kin eng 42° umugabane: agace k’imari shingiro gahabwa buri munyamigabane cyangwa isosiyete ubwayo; "42° share: one of the equal parts of a company’s share capital issued to every shareholder or the company itself; " Iteka rya perezida n° 104/01 ryo kuwa 30/09/2015 rishyiraho sitati yihariye igenga abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’indege za gisiviri (rcaa) "Presidential order n° 104/01 of 30/09/2015 establishing the special statutes governing employees of rwanda civil aviation authority (rcaa) " Lieutenant général kayumba nyamwasa agizwe ambasaderi w’u rwanda i new dehli mu buhindi. "Lieutenant general kayumba nyamwasa is appointed rwanda’s ambassador to new dehli in india. " Raporo ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo itangwa bitarenze tariki ya cumi n’eshanu (15) y’ukwezi gukurikiye ugutangirwa raporo. "(2) the report referred to under paragraph (1) of this article is submitted not later than the 15th day of the month following the quarter reported on " Inyubako ya gereza igomba kuba ifite: "Prisons building must have the following : " (1) amasoko y’imari n’imigabane afite ikindi kibazo cyatuma akoreshwa mu iyezandonke kuko ashobora gukoreshwa mu iyezandonke rikomoka mu bikorwa bitemewe n’amategeko bikorerwa hanze y’amasoko y’imari kandi akaba ashobora gukoreshwa mu kunguka amafaranga atemewe n’amategeko aturutse mu isoko ubwaryo, nko mu gucuruza wamenye ibanga. "(1) the capital markets have an additional distinguishing money laundering risk factor in that not only can it be used to launder illicit funds that result from illegal activity outside of the financial markets but it can also be used to generate illicit funds from the market itself, for example, in cases of insider trading. " Icyishaka zachee ………………………………………………………………………..55 "- gatsinzi emmanuel……………………………………………………………….55 " Igihe amabanki afite politiki n’ibikurikizwa bigaragaza ibikorwa byabyo n’ibyateza ingorane, ibyo bireba n’ingano y’ibisabwa bisobanuye mu buryo burambuye muri iyi mirongo ngenderwaho bizahinduka bitewe na banki. ubuyobozi bugomba kumenya ko politiki n’ibikurikizwa bisubiza ibibazo by’impungenge bireba imicungire y’ibyateza ingorane kandi bivugururwa igihe bibaye ngombwa kugira ngo hasubizwe ibibazo by’impinduka nini mu bikorwa bya banki. "Once banks have policies and procedures that reflect their activities and risks, the coverage and level of detail proposed in these guidelines will necessarily vary from bank to bank. management must make sure that its policies and procedures respond to the bank’s concerns regarding risk management and are reviewed when necessary to respond to major changes in bank activities. " Umutwe wa iii: abana bavutse ku babyeyi batashyingiranywe "Chapter iii: children born out of wedlock " 6. gucunga umutungo wa minisiteriya; "6. managing the assets of the ministry; " Bisabwe n‟uwagizwe intwari akiriho cyangwa umuryango we umaze kubyumvikanaho na minisitiri ufite umuco mu nshingano, umurambo w‟uwagizwe intwari akiriho ushobora gushyingurwa mu irimbi ahandi. "Upon request by the person classified as hero while still alive or by his/her family and in consultation with the minister in charge of culture, the body of a person classified as hero while still alive can be buried in a place other than a heroes‟ cemetery. " Ingingo ya 20 : itegurwa, isuzumwa n’itorwa ry’iri tegeko "Article 20: drafting, consideration and adoption of this law " Nta muntu wemerewe kwamamaza mu mujyi wa kigali atabifitiye uruhushya rwanditse rutangwa n’umujyi wa kigali. "No one can advertise in the city of kigali without having received written permission issued by the city of kigali. " Ingingo ya 8: ibindi bigenerwa advisor to the diretor general uri ku rwego rwa “2.iii” "Article 8: fringe benefits for advisor to the diretor general on “2.iii” job level " Iyo hamaze gukorwa ibarura ry‟agaciro k‟ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa by‟umuryango no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uhabwa irindi shyirahamwe bihuje intego. "After the realization of the value of the movable and immovable assets of the association and paying the debts, the active assets will be given to another association with similar objectives. " 15° indi nyandiko cyangwa amakuru banki nkuru ishobora gukenera kugirango irangize imirimo yayo neza. "15° any other document or information that the central bank may need in smooth execrise of its functions. " 1. urukiko rw’ubucuruzi rwa nyarugenge / nyarugenge commercial court / tribunal de commerce de nyarugenge 1. akarere ka / district of / district de nyarugenge "5. akarere ka / district of / district de ngororero " Rigenga imiryango idaharanira inyungu. "Governing non profit making organizations. " (ii) ibihugu byafatiwe ibihano, byafatiwe ibyemezo cyangwa bimeze nka byo, urugero umuryango w’abibumbye; "(ii) countries subject to sanctions, embargos or similar measures issued by, for example, the united nations; " Minisiteri, ku bufatanye n’ingaga na komite olempiki y’u rwanda ishobora gushyigikira ibikorwa bigamije guteza imbere siporo n’imikino. "The ministry in collaboration with federations and the national olympic committee of rwanda may support sport and games development activities. " (2) dosiye isaba igomba kuba ikubiyemo amakuru cyangwa inyandiko bikurikira: "(2) the application file contains the following information or documents: " 8º inyandiko yerekeranye n’ifatira ry’umutungo wimukanwa w’utishyuye ubukode; "8° the form relating to seizure of a tenant’s movable property; " Ingingo ya 194: ikirego gisaba umubare w’amafaranga utazwi "Article 194: claim of an uncertain amount " Iteka rya perezida rishyiraho umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe amasomo…………..5 "Presidential order appointing the academic vice rector……………………………………5 " Urwego rw’ubugenzuzi rushobora kubuza cis cyangwa utanga serivisi zayo gucunga cyangwa kwikuraho umutungo mu buryo butagenwe n’urwego rw’ubugenzuzi. "The regulatory authority may prohibit the cis or the scheme service provider from managing or disposing of scheme assets in a manner not specified by the regulatory authority. " Uretse mu gihe byemewe na banki nkuru, ikigo gicuruza inyandiko z‟agaciro ntigishobora gushyiraho umuyobozi cyangwa undi muntu ukora nk‟umuyobozi cyangwa uri mu itsinda ry‟ubugenzuzi bw‟ikindi kigo cy‟imari cyemerewe. "Unless approved by the central bank, a discount house shall not appoint a director or any person who is serving as a director and or audit committee member of another licensed financial institution. " 7° itariki n’ahantu urubanza rwaciriwe; "7° the date and place of judgement; " A) kugira gahunda ihoraho yo gukora isuku mu kigo, cyane cyane mu byumba by’amashuri no mu bwiherero; b) kugira amasezerano na koperative cyangwa sosiyete itwara imyanda; "A) have permanent cleaning services in school, especially in classrooms and lavatories ; b) have a contract with a waste transportation cooperative/company ; " 1. bwana bizimana ruganintwali pascal: uhagarariye leta, perezida; "1. mr. bizimana ruganintwali pascal: government representative, chairman; " Mu igenzura ry’inyandiko rivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, inzobere mu gusesengura politiki zireba niba koko: "During the assessment referred to in paragraph one of this article, policy analysts shall ascertain the following: " Iteka rya perezida n°27/01 ryo kuwa 26/02/2015 rishyiraho abagize inama y’ubuyobozi "Presidential order n°27/01 of 26/02/2015 appointing members of board of directors " 2 º winjiye mu bikorwa by’ubucuruzi mu buryo butaziguye cyangwa buziguye akoresheje izina rinyuranye n’iryo yahombye yitwa kandi akarihisha abo bakorana ubucuruzi, aba akoze icyaha. "2 º engages, whether directly or indirectly, in any business under a name other than that in which he was adjudged bankrupt without disclosing to all persons with whom he enters into any business transaction the name in which he or she was so adjudged, commits an offence. " Umugereka : imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo muri polisi y’u rwanda ensipegiteri jenerali wa polisi ensipegiteri jenerali wungirije wa polisi "Annex : rwanda national police organisational chart deputy inspector general of police " 2° umubare w‟abakozi bose ubarirwaho intebe zitorwaho abahagarariye abakozi n‟abasimbura babo; "2° the number of all employees for distribution seats for election of workers‟ representatives and their alternates; " Ingingo ya 43: kwishyura imishahara "Article 43: payment of salaries " Haseguriwe ibivugwa mu gace ka 5°, k’igika cya mbere cy’ingingo ya 40 y’iri tegeko, umucamanza aba ari ku murimo we igihe akora koko akazi ko guca imanza ku ntera yashyizweho. "Without prejudice to the provisions of point 5° paragraph one, article 40 of this law, a judge shall be in service whenever he/she effectively carries out his/her duties at the rank to which he/she has been appointed. " Asubiye ku iteka rya minisitiri n° 026/11 "Revised ministerial order n° 025/11 of 21 " Abayobozi b‟amashuri y‟incuke, abanza, ayisumbuye n‟ay‟imyuga n„ubumenyingiro leta ihuriyeho n‟abikorera ku bw‟amasezerano bakorerwa isuzumamikorere na: "The head teachers of nursery, primary, secondary and technical and vocational schools of government subsidized schools shall be evaluated by: " Umukozi wemewe afite uburenganzira bwo kwinjira mu ruganda igihe cyose uruganda rukora. afite ububasha bwo gukora igenzura cyangwa isuzuma iyo bigaragaye ko ari ngombwa. kubera iyo mpamvu, umukozi wemewe afite ububasha bw’umugenzacyaha iyo akora akazi ke. "An authorised officer shall have the right to free access to a factory at any time it is operating. he or she shall have the right to carry out any inspection or verification if considered necessary. due to such a reason, the authorised officer shall have prosecution powers during the performance of his or her duties. " Ingingo ya 31: kwanga inyandiko y’ipiganwa ifite igiciro gikabije kuba gito "Article 31: rejection of a bid with an abnormally low price " Uburenganzira mu by’imbonezamubano no mu bya politiki, nk’uko yemejwe n’itegeko- teka n° 08/75 ryo kuwa 12 gashyantare 1975, uregwa mu rubanza rwimuriwe mu rwanda ruvuye muri tpir, afite uburenganzira bukurikira: "February 12, 1975, the accused person in the case transferred by ictr to rwanda is guaranteed the following rights: " Banki nkuru ishyiriraho amabwiriza n’imirongo ngenderwaho abatanga serivisi z’ibigo by’amakuru ku myenda, abatanga amakuru n’abayakoresha kugira ngo bubahirize ibiteganywa n’iri tegeko. "The central bank issues regulations, instructions and guidelines for credit reporting service providers, data providers and users to ensure compliance with provisions of this law. " Iteka rya minisitiri w’intebe n°285/03 ryo ku wa 27/10/2015 "Law n° 28/2015 of 23/05/2015 " Ingingo ya 129: "Article 129: " Icyiciro cya 2: ingingo zihariye ku bihano bimwe na bimwe "Section 2: special provisions applicable to some penalties " Iyo ari ikigo cyangwa urwego bifite ubuzimagatozi, ahanishwa rimwe ku ijana (1%) by’amafaranga y’ibyacurujwe mu mwaka w’ingengo y’imari wabanje. "In the event of a corporate body or a legal entity, he or she is liable to one percent (1%) of the global turnover of the preceding financial year. " Umurimo wose ukorwa nk’igihano nsimburagifungo cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro utegurwa kandi ugakurikiranwa n’urwego rwa tekiniki rufite icyo gikorwa mu nshingano zarwo, ugakorwa muri gahunda no mu ngengabihe byumvikanyweho na komite bireba n’urwo rwego. "Any work carried out within the context of community service as an alternative penalty to imprisonment shall be planned and supervised by the technical committee responsible for that work, and shall be carried out in accordance with the schedule and timeframe agreed on beforehand between the competent committee and the host institution. " Amategeko ngengamikorere y’urwego agena imyitwarire y’umuntu ufunzwe kandi agateganya amakosa y’imyitwarire n’ibihano bijyana na yo, uburyo bwo kwiregura, gutakamba no kujurira. "The standard operating procedures of the organ govern the conduct of an incarcerated person and specify the disciplinary faults and related sanctions, and procedure for defence and appeal. " Ibikorwa byo gutwara abantu cyangwa ibintu mu 40.000/10.000 kuri buri modoka individual transport activities by vehicle 40,000/10,000 per vehicle activités individuelles de 40.000/10.000 par véhicule official gazette n° special of 14/09/2023 "5,000,000 frw 4,000,000 frw 3,000,000 frw 1.000.000 frw 1,000,000 frw official gazette n° special of 30/03/2023 " Ingingo ya 5 : ishyirwaho ry’abagize inama y’igihugu y’umurimo badahagarariye leta prime minister’s order n°125/03 of 25/10/2010 determining the mission, organization and functioning of the national labour council "Article 5: nomination of members of the national labour council other than state arrete du premier ministre n°125/03 du 25/10/2010 portant mission, organisation et fonctionnement du conseil national du travail " Guhera igihe iseswa ritegetswe ritangijwe ikigo cy‟imari iciriritse kiba cyambuwe ubutegetsi ku bintu byacyo, ndetse no ku byakabaye ibyacyo mu gihe cyose kiba kiri guseswa. ubwishyu bwose, ibikorwa n‟ibindi ikigo cy‟imari iciriritse kiri mu iseswa cyakora kimwe n‟ibyo ikigo cy‟imari iciriritse cyakwishyurwa kiri mu iseswa, kirenze ku iyamburwa ry‟ububasha bwacyo, ntibishobora kugira agaciro imbere y‟abo kibereyemo umwenda bose. "The micro finance institution, as of the date of forced liquidation, shall be deprived the full right to administer its assets, even those that may accrue to it while it is in forced liquidation. all payments, operations and acts carried out by a micro finance institution in liquidation and all payments made to a micro finance institution in liquidation in violation of the deprival in force, shall not be enforceable against the assets. " Ushyize amafaranga kuri iyo konti yerekana aho yaturutse ku buryo bukurikira:umurenge................/impamvu amafaranga yinjiye. "Any person who deposits money on this account shall indicate the source of these funds as follows: sector…………../reason for deposit. " 3° gukora nta cyemezo cy’iyandikwa; "3° operating without a registration certificate; " Icyiciro cya 2: inzego z’ubuyobozi z’akarere ko mu mujyi wa kigali n’inshingano zazo "Section 2: management organs of the district of the city of kigali and their responsibilities " Cis ikorerwa ubugenzuzi bw’imari hakurikijwe ibipimo mpuzamahanga ngenderwaho mu bugenzuzi bw’imari kandi hubahirijwe ibisabwa n’amategeko n’amabwiriza y’urwego rw’ubugenzuzi agenga imikorere ya cis. appointment of the auditor are specified in relevant laws and the regulatory authority’s regulations governing the functioning of cis. "The cis is subject to audit in accordance with international standards on auditing and in compliance with the requirements stated in relevant laws and the regulatory authority’s regulations governing the functioning of cis. " 7. imishahara yashyizwe mu bwiteganyirize bwa pansiyo; "7. pensionable earnings; " Sheki ni inyandiko itavuguruzwa itanzwe n‟uwayishyizeho umukono igenewe banki imwe cyangwa ikigo cy‟imari kimwe, isaba kwishyura mu gihe bisabwe, umubare w‟amafaranaga usobanuye kuri sheki. iyo sheki igomba kwishyurwa nyir‟ubwite, umuntu wateganyijwe cyangwa uyitwaje. izina rya banki cyangwa ikigo cy‟imari bigomba kwishyura rigomba kuba ryanditse mu buryo busobanutse. "A cheque is an unconditional order in writing that is addressed by its signatory to one bank or one financial institution, and requires to pay on demand a sum certain in money to the drawer or to a specified person or to the bearer. the name of the bank or the financial institution on which the cheque is drawn shall be clearly indicated. " (1) uburyo bwo kwishyura ibyishingiwe n’inyandiko zisabwa kugira ngo kwishyuza bikorwe hashingiwe ku masezerano y’ubwishingizi buciriritse bigomba kuba byoroheje hitawe ku mikoro y’umufatabwishingizi buciriritse ashobora kuba ari make. "(1) the claims process and document requirements for lodging a claim under micro-insurance contracts shall be kept as simple as possible, considering the likely resource constraints of the micro- insurance policyholder. " Uko kwanga kwakira kopi y’ihamagara cyangwa gushyira umukono ku rwandiko ruhamagara rw’umwimerere no kuyishyikiriza uwo igenewe ku muyobozi w’akarere, ushinzwe guhuza ibikorwa ku rwego rw’akagari cyangwa rw’umurenge bihanishwa ihazabu mbonezamubano y’amafaranga kuva ku bihumbi makumyabiri (20.000) kugeza ku bihumbi ijana (100.000) bitabujije uwabigize kuba yacibwa indishyi z’akababaro zikwiye umuburanyi warenganijwe n’iryo kosa. "Such refusal to receive the summon or to sign its original and to serve it to the concerned person through the mayor of the district, the coordinator of the cell or sector shall be punished by a civil fine of from twenty thousand (20.000) to one hundred thousand (100.000) rwanda francs without prejudice to a fine of moral damages for the aggrieved party. " (a) igice gishyirwamo raporo z’ibikorwa bya komite y’ubuzima n’umutekano ku kazi zerekeye ubugenzuzi, iperereza ryakozwe n’inyandikomvugo z’inama za by its deputy chairperson. "(a) the part that contains reports of the occupational health and safety committee regarding findings of inspections and investigations conducted and minutes of the président. " Ashingiye ku itegeko n°20/200 ryo kuwa 26 nyakanga 2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 8, iya 9 n’iya 10 ; "Pursuant to law n o 20/2000 of 26/07/2000, relating to non profit organizations, especially in articles 8, 9, 10 and 20; " Abagize komite nyobozi bakora imirimo bashinzwe ku buntu nta gihembo. nyamara umunyamuryango uhawe ubutumwa bwihari, komite nyobozi ishobora kumugenera ishimwe "The mandate of the executive committee members is free. however, a member assigned to a special mission may receive a subsistence allowance determined by the executive committee. " 2° giha uwagihaye amakuru inyandiko imusaba kwemeza ukuri kw’amakuru akemangwa. "2° give the data provider a notice of dispute requesting him/her confirmation of the accuracy of the disputed information. " Ingwate yo kurangiza isoko neza ntigomba kubyara inyungu kandi igomba gukurikiza icyitegererezo cyatanzwe mu gitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa. "The performance security shall not generate interest and it shall be determined in accordance with the form provided for in the bidding document. " 2º abatemerewe kuba mu bagize akanama gashinzwe gutanga amasoko ya leta hakurikijwe amategeko agenga amasoko ya leta; "2º officials not allowed to be members of a public tender committee in accordance with the law governing public procurement; " 1° kuba ifite ubuzimagatozi butandukanye n’ubw’uwayishinze; "1° be a separate legal entity from its founder; " N’umutwe w’abadepite n’amazina y’abadepite batanu (5) bawuhagararira muri komisiyo ihuriweho n’imitwe yombi ishinzwe gutegura umwanzuro wumvikanyweho ku ngingo zikomeje kugibwaho impaka. "Are not accepted by the chamber of deputies and the names of five (5) deputies to represent it in the joint committee of both chambers responsible for drafting proposals regarding the provisions which are still under discussion. " Ingingo ya 43: kubika inyandiko "Article 43 : classement des documents " 8º guteza imbere igihugu mu karere no ku rwego mpuzamahanga nk‟ahantu h‟ihuriro alternative dispute resolution; "10º to encourage domestic arbitration as a means of settling commercial and business disputes; " Umugenzuzi w’amakuru cyangwa utunganya amakuru ashyiraho ingamba ziboneye zo kubahiriza uburenganzira n’ubwisanzure bya nyiri ubwite. "The data controller or the data processor puts in place appropriate safeguards to ensure the respect of rights and freedoms of the data subject. " 4° akatiwe burundu igihano kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6); article 14: incompatibilities with membership of rbc board of directors "4° he or she is definitively sentenced to a term of imprisonment equal to or exceeding six (6) months; article 14: incompatibilités avec la qualité de membre du conseil d’administration du rbc " Mu byerekeye imirimo y’amabanki, kugira ngo amakuru ahari abashe kugira akamaro, agomba kuba: "In the context of banking, in order for information to be useful it must be: " Mu gihe cy‟inama y‟inama njyanama, abantu bari mu myanya yagenewe abatari abajyanama baricara bagatuza kandi nta ngofero bambaye uretse ababiherewe uburenganzira n‟imirimo bakora, idini cyangwa undi wese inama njyanama yabihereye uburenganzira. "During council meetings, persons who are not councillors shall take their seats in an orderly manner and with no hats on their heads except those authorised to do so due to their occupation, religion or any other person authorised by the council. " Ibipimo fatizo by’ikibanza cyagenewe inyubako bigenwa n’iteka rya minisitiri ufite imiturire mu nshingano ze. "The standard size of plot of land meant for construction of buildings are determined by an order of the minister in charge of housing. " Rishyiraho kandi ritunganya ishuri rikuru nderabarezi ry’i kigali; "Establishing and organizing the kigali institute of education; " 17° gutegura gahunda yo guhangana n’icyatungurana cyose ku nyubako za polisi y’u rwanda, gufasha, kugena imigambi, kubaka, kugenzura umutekano w’inyubako za polisi y’u rwanda, n’ibindi bikoresho bifitanye isano no kuzisana hisunzwe amategeko n’amabwiriza abigenga; "17° to ensure that a contingency plan is in place to facilitate planning, construction, supervision and management of safety of rwanda national police buildings, their maintenance and related material through adherence to procedures policies and statutory orders to that effect; " 12° umuntu: umuntu ku giti cye, isosiyete y’ubucuruzi, koperative, umuryango, ikigo cyangwa urwego bifite ubuzimagatozi; "12° person: a natural person, a company, cooperative, organisation, enterprise or organ with legal personality; " 5° kugaragaza ibipimo bifasha kumenya ibikorwa by’ihererekanya ry’imari bikemangwa; "5º to identify indicators that assist in recognising suspicious financial transactions; " 8º gushyira igitugu ku basiviri barimo n’abana, ngo bajye mu mirwano cyangwa ngo bakore imirimo ijyanye n'inshingano za gisirikare; "8° forcing civilians, including children to take part in hostilities or to perform works related to military service purposes; " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’imirongo ngenderwaho nº 001/rlrc/2022 "Having reviewed regulations nº 001/fic/2022 " Kubera ko abayobozi, buri wese ku bimureba cyangwa bose hamwe, bashinzwe kugenzura ibikorwa by‟ikigo, bagomba guhora bamenyeshwa uko ibikorwa by‟ubucuruzi ikigo gikora byifashe. mu rwego rwo koroshya ifatwa ry‟icyemezo ku makuru ihawe no kugira ngo bagire inama ubuyobozi, abagize inama y‟ubuyobozi bagomba kujya bakora inama nibura rimwe mu mezi atatu. "Since the directors are jointly and solely responsible for the effective supervision of the affairs of the institution, they should be informed on a regular basis of the business condition of the institution. for the purpose of deliberating on this information and providing guidance to the management, the board should meet regularly, preferably at least once in a quarter. " 10. amadirishya "10. windows " Bafite inshingano n’uburenganzira bikurikira: - kwitabira inama z’inteko rusange zose kandi bakagira uburenganzira bwo gutora - kubahiriza amategeko shingiro, amategeko ngengamikorere y’umuryango moucecore ndetse n’ibindi byemezo by’inzego zawo; - gutanga ibitekerezo byubaka, kugira umurava n’ubwitange byatuma umuryango moucecore utera imbere; - gutanga umusanzu ugenwa n’inteko rusange. "- participate in all meetings of the general assembly with the right to vote; - comply with the constitution and internal procedure rules of moucecore as well as the decisions of moucecore’s organs; - contribute to and maintain a dedicated volunteer spirit for the advancement of moucecore; " Mu minsi icumi (10) y’akazi urukiko rumaze gufata icyemezo kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, abagize inama y’ubutegetsi ya buri sosiyete yahujwe bashyikiriza kopi y’icyo cyemezo umwanditsi mukuru, ushyira mu bikorwa ibyo icyemezo gitegeka niba hari ibihari. "Within ten (10) working days of an order being made by the court under paragraph one, the directors of each amalgamating company deliver a copy of the order to the registrar general, who takes such steps if any, as the order may direct. " Urutonde rw’ibinyobwa bitemewe bifatwa nk’ibiyobyabwenge byoroheje ruri ku instructions of the minister n° 20/0005/19 of 31/05/2019 "The list of unauthorised drinks considered as simple narotic drugs is annexed to these instructions du ministre n° 20/0005/19 du 31/05/2019 " Ingingo ya 45: igenzura rikorerwa abatunze intwaro "Article 30: audit of government investments " Gutanga uburenganzira bwo gufungura indi konti ntoya ishingiye kuri konti imwe rukumbi y‟ikigega gihurizwamo amafaranga ya leta. "The levy on goods imported shall be deposited into a sub account of the public treasury single account. " Buri mwaka, abagenzuzi b'imari bakorera raporo inama y'ubuyobozi. "The committee of auditors submits the report to the direction board every year. " Ingingo ya 145: imenyekanisha ryo kugurisha imigabane "Article 145: notice requiring purchase of shares " Uko byagenda kose, kwiyambaza abashinzwe umutekano ntibigomba kubangamira cyangwa kubuza abahagarariye abakandida kugenzura ibikorwa by’itora cyangwa kuzuza ibyo bemererwa n’amategeko. "In any event, the request for the assistance of security agents shall not hinder representatives of candidates from supervising the electoral activities or exercising their prerogatives as vested by the law. " Umutwe wa ii: umushahara n‟ibindi bigenerwa abacamanza b‟umwuga "Chapter ii: salaries and fringe benefits for career judges " 9. gusaba mu nyandiko umuntu wese w‟umuyobozi cyangwa wigeze kuba umuyobozi, umukozi, umugenzuzi uturuka hanze y‟ikigo cy‟imari iciriritse kiri mu iseswa cyangwa undi muntu wese urinda imari cyangwa ikindi kigize umutungo w‟ikigo cy‟imari iciriritse kiri liquidation during all procedures for bankruptcy of another enterprise in which it holds an interest; "9. demand in writing from any person who is or has been a director, employee, external auditor of the micro finance institution in liquidation or any person who had custody of the funds or other assets of the micro finance institution in liquidation: " Urwandiko ruhamagara rushyikirizwa ushinzwe kwakira amabaruwa. "A summons is delivered to the person responsible for receiving mails. " 1° guhitamo mbere na mbere ba rwiyemezamirimo b‟abanyarwanda mbere y‟abandi ku mirimo na serivise igihe cyose ibiciro, ubwiza n‟igihe imirimo ikorerwa cyangwa serivise zitangirwa binganya ubwiza n‟ibyo abanyamahanga batanga; "1° give priority to rwandan contractors for services, provided that the rates, quality and time schedule for delivery are competitive to what is submitted by non- residents contractors; " Amabwiriza ya minisitiri ufite abakozi ba leta mu nshingano ze agena imiterere y’amasezerano asinywa hagati y’urwego rwa leta n’umukozi wa leta woherejwe mu mahugurwa. "Instructions of the minister in charge of public service establish a model of the contract to be signed by the employing institution and a public servant sent on training. " Leta ishobora gukoresha ingwate mu gusana ahangijwe n’imirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro igihe uwahawe uruhushya atubahirije ibisabwa mu gusana no gufunga ahakorewe imirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. "The government may use the guarantee in rehabilitating the areas damaged by mining activities, in case the license holder does not comply with the requirements of rehabilitating the sites and of closing down the mining activities. " 9° kwemeza raporo z’ubushakashatsi ku muguzi wa serivisi y’imari;no "9° approve financial service consumer survey reports; and " Iyo uwo mubare utuzuye biturutse ku bwihane cyangwa ku kwiheza bya bamwe mu bagize inteko, wuzuzwa n’abasimbura kugeza igihe umwanzuro ufatiwe, cyangwa urubanza rurangiye kuburanishwa. "If the quorum is not reached, following objection or competence disclaimer from some of the bench members, it is completed by their substitutes until the last decision or the closure of hearings. " (sé) kagame paul perezida wa repubulika kigali, on 29/01/2020 "(sé) kagame paul president of the republic kigali, le 29/01/2020 " Ingingo ya 51: uburenganzira bwo gutora ku banditse ku ilisiti y’itora badafite ikarita y’itora "Article 51: rights of registered voters without voters’ cards " Mu gihe umunyamigabane atabihakanye, ku itariki yemejwe hagati y’isosiyete n’umunyamigabane, cyangwa n’iyo ntayo bemerenyijweho, isosiyete ihita igura imigabane yose ku giciro cyumvikanyweho. necessary measures to revoke the resolution. "Where the shareholder does not raise an objection, the company, on such date as the company and the shareholder agree or, in the absence of any agreement, as soon as practicable, purchases all the shares at the stated price. mesures nécessaires pour révoquer la résolution. " Amazi akoreshwa mu mirimo yo mu ngo avomwa bidatangiwe amahoro. nyamara hishyurwa amafaranga yerekeranye n'imirimo yo kubungabunga no kurinda umutungo kamere w’amazi, agenwa n’inzego zibifitiye ububasha. "Water used for domestic activities shall be tax free. however, a fee relating to the activities for maintenance and safeguarding water resources may be paid and the fee shall be determined by competent authorities. " 5º gukorana n’ibindi bigo bihuje inshingano mu rwanda no mahanga mu buryo bukurikije amategeko; "5º to collaborate with other institutions with similar mission in rwanda and abroad in accordance with laws; " Amakimbirane umuryango wagirana n‟abo hanze yawo asuzumwa mu bwumvikane, byananirana akoherezwa mu nkiko zo mu gihugu zibifitiye ububasha. "External disputes, meanwhile, will be settled amicably, otherwise, they will be brought before the competent national courts. " (e) politiki y’imitangire y’amasoko "B) l’economat " 2° kumenya niba inama y’ubutegetsi buri gihe ari yo ibazwa kandi igakurikirana ko banki ifite imiyoborere myiza kandi itanga umusaruro; "2° to ensure that the board of directors are regularly held accountable for the efficient and effective governance of the bank; " Iteka rya perezida n° 100/01 ryo ku wa 21/09/2020 rishyiraho chief of state protocol "Presidential order n° 100/01 of 21/09/2020 appointing a chief of state protocol " Ishyirwaho ry’umucungamutungo rigira agaciro iyo atangiye gushyira mu bikorwa inyandiko y’icungwa ry’umutungo. "The appointment of an administrator takes effect when he or she starts execution of the administration deed. " Ingingo ya 9: ibyiciro by’urusobe rw’ibarurishamibare rw’igihugu "Article 6: national ballet " 6° gutanga raporo ya buri kwezi kuri komite mpuzabikorwa yo ku rwego rw‟igihugu; "6° to submit a monthly progressive report to the steering committee at the national level; " 2° afite inyungu yemewe n’amategeko imusaba gukora ku buryo amasezerano y’ubwishingizi akomeza kubaho. "2° has a legitimate interest in ensuring that the insurance contract remains in effect. " Ingingo ya 75: iyemezwa ry’abagize ubunyamabanga nshingwabikorwa "Article 57 : obligation of secrecy " Ingingo ya 2: uburenganzira bw‟uregwa "Section 2: release " Kutubahiriza imwe muri izi ngingo bituma uhagarariye umuryango imbere y‟amategeko cyangwa umwungirije ahita atakaza ububasha bwo kuyobora umuryango. "Failure to fill one of these criteria automatically loses the quality of leadership and the legal representative or the acting legal representative. " Ingingo ya 55: gahunda y’izahura "Article 55: regional coordination meeting " N°13/08.11 ryo kuwa 22/01/2012 "N°13/08.11 du 22/01/2012 " 5º inyandiko ishyirwaho umukono n’abaterankunga biyemeza ko isosiyete y’imari ibumbye izindi izongera imari shingiro kandi igakomeza kugira imari shingiro ihagije ikurikije ingano n’imiterere y’ibikorwa byayo igihe icyo ari cyo cyose kandi ko isosiyete y’imari ibumbye izindi izakurikiza buri gihe ububasha bw’ubugenzuzi banki nkuru iyifiteho ; "5° a written and duly executed undertaking by the promoters that the financial holding company will be and remain adequately capitalized for the volume and character of its business at all times, and that the financial holding company shall always submit itself to the supervisory powers of the central bank; " Iyo ubushinjacyaha bubona ibimenyetso biri muri dosiye bidahagije, busaba urukiko igihe cyo gukora iperereza cyangwa bukarusaba kwikorera ubwarwo andi maperereza. "When the national prosecuting authority considers the evidence contained in the file insufficient, it can ask the court time for further investigation or propose the court to conduct investigations on its own. " Nº47/2011 ryo kuwa 05/12/2011 "Nº47/2011 du 05/12/2011 " The witnesses 1. anne mutesi (sé) 2. gaterega elgo lamberto (sé) the notary kamugisha robert (sé) "The witnesses 1. gatera claude 2. mukanyakayiro maggie (sé) (sé) the notary kayiranga jean baptiste (sé) derived rights: " Amasezerano y’igihe kizwi ashobora gusubirwamo inshuro zose impande zombi zumvikanyeho. "Fixed-term contract can be renewed as many times as agreed on by the parties. " - kizanya………………………………………………………...………………….78 "-kotimu………………………………………………………………………………………78 " 15° gutegura buri mwaka raporo y’ibaruramari ihujwe kugira ngo ishyikirizwe urwego rw’ubugenzuzi bukuru bw’imari ya leta; "15° to prepare the annual consolidated financial statements for submission thereof to the office of the auditor general of state finances; " Ingingo ya 23: imicungire y’abakozi ba reaf "Article 23: management of the staff of reaf " Ikigo gifite uburenganzira bwo kwinjira nta nkomyi ahantu hose mu kugenzura indege zose za gisiviri zanditswe mu rwanda aho zaba zikorera hose ku isi kigamije kureba ko ibiteganywa n’iri tegeko, amabwiriza arebana na ryo ndetse n’imigereka yo ku masezerano mpuzamahanga ya chicago byubahirizwa. "The authority shall have the right to unhindered access to inspect all civil aircraft registered in rwanda wherever they operate in the world for the purposes of ensuring that they operate in accordance with this law, regulations issued under this law and applicable annexes to the chicago convention. " Ibiyobyabwenge n‟indi miti ikoreshwa nka byo byinjira n‟ibisohoka mu gihugu bidaherekejwe n‟uruhushya rwemewe kimwe n‟ibinyuranyije n‟urwo ruhushya bifatwa n‟ababifitiye ububasha kugeza igihe bigaragariye ko byanyuze mu nzira zemewe n‟amategeko cyangwa kugeza igihe inkiko zifatiye umwanzuro wo kubifatira cyangwa kubitwika. "The narcotic drugs and psychotropic substances imported and exported not accompanied by an official authorization and those not in conformity with such authorization, shall be seized by the competent authorities, until it is proved that they are in conformity with law or the competent court orders their confiscation or destruction. " A) kwita ku ngaruka z‟ihagarikwa ry‟ibikorwa byayo mu gihugu kimwe bigira ingaruka ku ishami ryayo cyangwa ibikorwa bijyanye nacyo mu bindi bihugu; "A) take into account the implication of disruption of its business operations in one jurisdiction that significantly affect a subsidiary, branch or correspondent operations in other jurisdictions; " N° 104/01 ryo kuwa 30/09/2015 "N° 104/01 du 30/09/2015 " Igice cya 1. amahame y'ibanze "Section 1:. principes de base " Mu kubara igihe, hashobora gufatwa icyemezo ko igihe gitangiye hagati mu kwezi cyangwa mu gihembwe, kirangira ku munsi wa nyuma w’ukwezi gukurikiyeho cyangwa w’igihembwe gikurikiyeho. "For reasons of determining the period, it may be decided that a period, which commences in the course of a calendar month or quarter, ends on the last day of a subsequent calendar month or quarter respectively. " Inyandiko ihamya igira agaciro kangana n’ak’inyandiko y’irangamimerere ariko ntishobora gukoreshwa ikindi kitari icyo yatangiwe. "An affidavit has the same probative force as the civil status record but is used only for the purpose for which it is issued. " Amakuru ayo ari yo yose yatanzwe akoreshwa kandi agatangazwa hubahirijwe ibisabwa ku makuru yahawe akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe ibihano, hashingiwe ko nyandiko ikubiyemo ibisobanuro birambuye ivugwa mu gace ka 2° k’igika cya 5 cy’iyi ngingo itangazwa bisabwe na komite y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ibihano, usibye ibice komite igaragaza ko ari ibanga. "Any given information is subject to conditions restricting the use and disclosure of the information imparted to the relevant united nations sanctions committee, provided that the statement of case referred to in item 2o of paragraph 5 of this article, upon request, is disclosed by the relevant united nations sanctions committee, except for the parts the committee identifies as being confidential. " Uhereye mu majyaruguru ugana mu majyepfo, imbago z‟umujyi wa rusizi zihuye n‟umupaka w‟igihugu cy‟u rwanda n‟icya repubulika iharanira demokarasi ya kongo kuva aho umurenge wa gihundwe n‟uwa nkombo bihurira mu kiyaga cya kivu kugera aho umudugudu wa mutungo wo mu kagari ka tara ko mu murenge wa mururu bihurira n‟umudugugu wa cyete wo mu kagari ka kagarama ko mu murenge wa mururu bihurira mu mugezi wa rusizi. "From the north to the south, the limits of rusizi municipality meet the border between rwanda and the democratic republic of the congo from where gihundwe and nkombo sectors meet lake kivu up to where mutungo village in tara cell in mururu sector meet cyete village of kagarama cell in mururu sector in rusizi river. " -gukwiza ibitabo by’inyigisho za gikristu, ibyerekanwa n’inyandiko n’ibirebeshwa amaso byamamaza ubukristo. "-to distribute christian books, printed and audio- visual materials that spread out the gospel of christ. " Inama y‟ubutegetsi itorerwa kumara igihe kingana n‟imyaka itandatu ishobora kongerwa. iterana nibura kabiri mu mwaka na buri gihe iyo bibaye ngombwa, ihamajwe na perezida; yaba adahari na ba visi perezida be. "The board of directors is elected by the general assembly for a period of six years. it meets at least twice a year and whenever necessary, by invitation of the president or in case of absence by her vice presidents. " Umuryango ugamije guteza imbere mu bukungu no mu mibereho myiza, abaturage batishoboye binyuze mu bikorwa bikurikira: "The organization has an objective of improving the socio-economic situation of vulnerable persons by the following actions: " Abashyingiranywe bafite uburenganzira n‟inshingano bingana mu gihe cyo gushyingiranywa, igihe babana n‟igihe cyo gutandukana. "Spouses are entitled to equal rights and obligations at the time of marriage, during the marriage and at the time of divorce. " Bwana hakizimana patrice agizwe umuyobozi wungirije w‟ishuri rikuru ry‟ubuhinzi n‟ubworozi rya busogo ushinzwe amasomo. "Mr. hakizimana patrice is hereby appointed the vice rector of busogo institute of agriculture and animal resources in charge of academic affairs. " Komisiyo ishinzwe imari, ishoramari n’umutungo igizwe n’abashumba babiri (2) b’indembo n’impuguke eshatu (3). umuyobozi nshingwabikorwa yitabira inama z’iyi komisiyo mu buryo buhoraho akanayigezaho amakuru ku bijyanye n’imirimo yayo. "The commission for finance, investment and property is made up of two (2) regional pastors and three (3) experts. the executive director attends its meetings on regular basis and shares information in relation to the commission’s duties. " Amasezerano ya imnr yakozwe mbere y’uko iri tegeko ritangazwa mu igazeti ya leta ya article 15: approval and management of the budget of inmr "The contracts of imnr that were concluded before the publication of this law in the official gazette article 15: adoption et gestion du budget de l’inmr " 1° kwishyura amafaranga y‟ibirarane ; "1° a certificate of payment of the loan; " Ingingo ya 71: imirimo ya leta yerekeye amazi ingingo ya 72: ikigega cy’igihugu cy’amazi "Article 72: national water fund " -umunyamabanga; -umubitsi; -abajyanama; -abantu 2 bahagarariye urubyiruko n’umwe wa pvv. "- secretary; -treasurer; -advisers; - two representatives of the young and one of the pvv. " Ingingo ya 50: ikemurwa ry’ikibazo kigaragaye mu cyumba cy’itora "Article 50: resolution of disputes arising in a polling room " Ingingo ya 114: guhagarika akazi kubera impamvu z’uburwayi "Article 114: suspension due to sickness " Ingingo ya 24: igihe icyemezo cyemerera cyangwa cyima akazi umucamanza kigirira agaciro "Article 24: effective date of the decision confirming or rejecting a person as a judge " Ingingo ya 16: ifasi y‟ishyaka section one: categories of members "Article 16: jurisdiction of the party section première: catégories des membres " Umutwe wa ii: ibisabwa byerekeye imari shingiro "Chapitre ii: exigences relatives au capital " Umugereka ukurikira waburaga ku iteka rya perezida nº 72/01 ryo kuwa 03/12/2013 rishyiraho imishahara n’ibindi bigenerwa abakomiseri muri komisiyo z’igihugu ryatangajwe mu igazeti ya leta nº 49 yo ku wa 09/12/2013 "Determining salaries and fringe benefits for commissioners of national commissions published in official gazette nº 49 of 09/12/2013 " Bitoramo perezida, umwungirije, n‟umwanditsi warwo. "They shall elect from among themselves a chairperson, vice president, and a reporter. " Ryo kuwa 10/09/2008, rigena imikorere y‟imiryango itagengwa na leta (igazeti ya leta n o "Th september, 2008, governing non- governmental organizations (oj n o 23 of 1 " 1° bishobora kugira ingaruka ku buryo bugaragara zo gukumira cyangwa kubangamira ihiganwa; "1° it is likely to have the effect of substantially preventing or lessening competition; " 8.6.2. iyo inama y‟igihugu ishinzwe amashuri makuru isabye minisitiri gukuraho iyandikishwa ry‟ishuri cyangwa iyandikishwa ry‟agateganyo, ishuri rigomba kuba rihagarariwe mbere y‟uko umwanzuro wa nyuma ufatwa. "8.6.2 if the national council for higher education proposes to the minister the cancellation of an institution‟s registration or provisional registration, representation from the institution must be considered before the final decision is made. " Komite y‟abunzi igizwe n‟abantu b‟inyangamugayo kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga. "The abunzi committee is comprised of persons of integrity who are recognised for their conciliation skills. " Ingingo ya 60: inshingano, imitunganyirize n’imikorere by’umurenge, akagari n’umudugudu "Article 60: responsibilities, organisation and functioning of a sector, cell and village " Igice cya karindwi: imyizerere y’itorero ry’ivugabutumwa guilgal mu rwanda. "Section seven: confession of faith of evangelical church guilgal in rwanda. " Inteko rusange ishobora gusubiza muri komisiyo ingingo z’umushinga w’itegeko imaze kuziganiraho igasanga hari ibigomba gukosorwa. "The plenary assembly can decide to refer articles back to the committee when it is convinced that they need further improvement. " (a) inama y’ubuyobozi ikora neza igizwe n’abagize inama y’ubuyobozi b’abakozi n’abigenga. inama y’ubuyobozi igomba kuba igizwe nibura n’abantu barindwi, muri bo bane bagomba kuba bigenga; "(a) a well-established board of directors composed of both executive and independent directors. at minimum, the board of directors must be seven in numbers, of which at least four of them must be independent directors; " 3° amabwiriza: ibisabwa gukorwa cyangwa kudakorwa mu buryo runaka bikaba bigenewe umuntu ku giti cye cyangwa umuryango ufite ubuzima gatozi; "3° directives: orders or prohibitions of acting in a certain manner designed for a natural person or legal entity; " Ashingiye ku biteganywa n’amategeko, minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze atumiza inama ya mbere y’abagize inama y’ubuyobozi igamije gutora abagize biro yayo. "In conformity with the law, the minister in charge of health shall convene the first meeting of the board members to elect members of the bureau of the board. " «ingingo ya 140 bis: guha ubufatanye mu bucuruzi amakuru atari yo cyangwa ayobya ajyanye na nyir’ inyungu nyawe "“article 140 bis: provision to a partnership of false or misleading information on the beneficial owner " 38 º umuntu ushinzwe umutekano mu ndege : umukozi wa leta y’aho indege yanditswe wahawe akazi ko gucunga umutekano w’indege n’abayirimo iri mu kirere akayirinda ibikorwa binyuranyije n’amategeko. iki gisobanuro ntigihabwa ushinzwe umutekano w’umuntu umwe cyangwa benshi bari muri iyo ndege; "38º in-flight security officer: a person who is authorized by the government of the state of the operator and the government of the state of registration to be deployed on an aircraft with the purpose of protecting that aircraft and its occupants against acts of unlawful interference. this excludes persons employed to provide exclusive personal protection for one or more specific people travelling on the aircraft such as bodyguards; " Ingingo ya 2: imikoreshereze y’ibendera ry’iigihugu rinini "Article 2: ceremonial use of the national large flag " (3) icyakora ibipimo ntarengwa bivugwa mu gika cya (2) cy’iyi ngingo ntibikurikizwa ku mitungo itimukanwa yegukanwe na banki mu kwishyuza umwenda banki yari iberewemo, uwo mutungo upfa kuba bank yawikuyeho mu gihe kitarenze umwaka umwe uhereye itariki igurwa ryabereye. "(3) the limitations provided for in paragraph (2) of this article shall not, however, apply to the immovable properties acquired by the bank in recovery of a debt owed to the bank, provided that the property is disposed off within a period not exceeding one year from the acquisition date. " Ingingo ya 20: inshingano z’umuyobozi ushinzwe ingorane zishobora kuvuka "Article 20: responsibilities of risk manager " Aya mategeko shingiro atangira gukurikizwa ku munsi ashyiriweho umukono: "The current statutes shall enter into force on the date on which they are signed : " Ihuriro rihuriweho n’imitwe yombi rishyikiriza perezida wa buri mutwe w’inteko ishinga amategeko raporo igaragaza neza inkomoko y’umutungo kimwe n’ikoreshwa ryawo. "A joint network or forum of both chambers submits to the presiding officer of each chamber of parliament a report which clearly shows the sources and use of its property. " Iteka rya minisitiri no1991/08.25 ryo kuwa 30/08/2016 ritanga uburenganzira bwo guhindura amazina "Ministerial order no 1991/08.25 of 30/08/2016 authorising change of names " Inteko rusange cyane cyane inteko rusange iba buri mwaka ni bwo buryo bw‟ingenzi abanyamigabane, abagize ubuyobozi n‟abagize inama y‟ubutegetsi bifashisha kugira ngo bahanahane amakuru. "The general meetings, in particular the annual general meeting, is the main means of communication between shareholders, management and the board. " 2° gusuzuma no gutanga uburenganzira mu igurishwa cyangwa igwatirizwa ry’umutungo w’umwana igihe hagamijwe gukemura ibibazo bye; "2° to consider and authorize the sale of or creation of a mortgage on the minor’s property in order to cater for his/her needs; " 3° guhabwa ibikobwa by’ubuvuzi biri ku gipimo cyemewe kigenwa na minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze; "3° to have access to medical procedures that meet such an acceptable standard as set by the minister in charge of health; " - andi mafaranga yinjira ku bucuruzi n'amahanga 1.277.700.892 "- other export duties 1,277,700,892 " Ii. umwanya "Heures. " 12° gufasha akazi k’ubutabera bw’u rwanda mu gutanga ibimenyetso bifashwe mu buhanga n’ikoranabuhanga rigezweho binyujijwe mu nzira y’isesengura ry’ibimenyetso bikurikiranwaho icyaha nk’uko biba byasabwe n’inzego zigize ubutabera nka polisi, inkiko n’izindi; "12° to help the cause of justice in the republic of rwanda by supplying technical and scientific evidence through analysis of traces and clues under request of justice-related institutions like police, courts and others; " N° 006/2021 ryo ku wa 05/02/2021 "N° 030/2021 of 30/06/2021 " Ibicuruzwa ntibishobora gupakururwa no guhindurirwa uburyo bitwawemo bidatangiwe na gasutamo uburenganzira bwanditse kandi bigakorwa abakozi ba gasutamo bahari. gupakurura ibicuruzwa no guhindura uburyo bitwawemo bikorwa hakurikijwe amabwiriza ya gasutamo n’amategeko ariho. "Goods may not be unloaded or transshipped from their means of transport except with written authorization from customs and in the presence of customs officers. unloading or transshipment must take place according to the conditions determined by customs and in accordance with the legal provisions in force. " (b) hari impinduka zikomeye mu bipimo ngenderwaho biboneka mu nyandiko bwite z’umukiriya w’ikigo cy’imari; "(b) there is a substantial change in the financial institution’s own customer documentation standards; " Karambizi grégoire karambizi grégoire umwanditsi zigirababiri joseph ntabaringanira célestin nzabahimana félix ntabaringanira célestin x 14/33 "Barbary falcon peregrine falcon mauritius kestrel gyrfalcon galliformes official gazette nº special of 11/11/2021 " (a) “urwego” bivuga urwego rushinzwe ubutasi ku mari; "(a) “centre” means the financial intelligence centre; " Ubuso busabirwa inkondabutaka ntibugomba kurenza hegitari eshanu (ha 5). "The size of land that can be granted freehold title shall not exceed five (5) hectares. " 4° ishusho y’uburyo amafaranga yagiye yinjira n’uburyo yasohotse nibura mu myaka ibiri (2) ibanza y’ingengo y’imari ndetse n’uburyo 4° pension funds; "4° financial statement of the previous two (2) financial years and the forecasts for at least two (2) financial years following the 4° les fonds de pension; " 6° inyandikomvugo z’inteko rusange zose n’imyanzuro y’abanyamigabane nibura mu gihe cy’imyaka icumi (10); "6° minutes of all general meetings and resolutions of shareholders for at least the last ten (10) years; " Umutwe wa ii: ikurikiranwa, iburanisha n’irangizwa ry’imanza zerekeranye n’icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi n’ibindi byaha byibasiye inyokomuntu "Chapter ii: prosecution, hearing and the execution of judgments on the crime of genocide perpetrated against tutsi and other crimes against humanity " Ku rwego rw‟akarere komisiyo ifite inshingano zikurikira: "At the district level, the committee shall have the following responsibilities: " Ingingo ya 36: izamurwa ry’abanyeshuri barangije amashuri abanza "Article 36: promotion of primary school graduates " 2° byateje ibikomere, ubumuga, uburwayi ku muntu, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka icumi (10) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni cumi (10.000.000 "2° have caused injury, disability, illness to a person, he/she is liable to imprisonment for a term of not less than five (5) years but not exceeding ten (10) years and a fine of not less than five million rwandan francs (frw 5,000,000) but not exceeding ten million rwandan francs (frw 10,000,000) or only one of these penalties. " Uburyo nyabwo bwo gusuzuma inguzanyo buri gihe bugomba kugira nibura ibigamijwe bikurikira:  kumenya ko banki izi uko uwahawe inguzanyo ahagaze ubu mu byerekeye imari;  gutuma banki imenya ko ingwate iza bwa mbere cyangwa bwa kabiri ikwiye kandi b) periodic review and loan reclassification " ensure that the bank knows the current financial situation of the borrower;  enable the bank to be certain that the primary or secondary collateral is b) examen périodique et le reclassement du crédit " Ingingo ya 6: umushahara n‟ibindi bigenerwa perezida w‟urugereko rw‟urukiko rukuru, umucamanza mu rukiko rukuru, n‟umucamanza mu rukiko rukuru rw‟ubucuruzi "Article 6: salary and fringe benefits for the president of the chamber of the high court, judge in the high court, and judge in the commercial high court " Ingingo ya 14: ububasha bw’urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyaha byambuka imbibi "Article 14: jurisdiction of the specialized chamber of the high court hearing international crimes and cross-border crimes " - gushyiraho amashuri yisumbuye, kaminuza n’ibigo byigisha bikanahugura mubijyanye n’amahoteri n’ubukerarugendo, ikoranabuhanga , guteza imbere amahoteli, siporo no kwidagadura, n’ibindi.... - gutanga inyigisho z’ubumenyi n’uburere bihamye kugeza ku rwego rwo hejuru "- creating secondary and tertiary schools and technical and vocational training centres in tourism, hospitality and ict; promotion of hotels, sports, and leisure, etc… - providing sound scientific and moral education ; " Icyiciro cya 5: ururembo, inshingano n’imikorere byarwo ingingo ya 48 : ururembo n’umuyobozi warwo "Section 5: region, its responsibilities and functioning article 48: region and regional pastor " E) amasuzumabumenyi mu mashami y‟akazi akenerana no gusuzuma ibikoresho byagenewe isubukurabikorwa. "E) integrated tests for departments that are dependent on each other and also stress testing of recovery facilities. " Cma itegura ingengo y’imari yayo ya buri mwaka, ikemezwa n’urwego rubifitiye ububasha kandi igakoreshwa hakurikijwe amategeko abigenga. "Cma prepares its annual budget to be approved by the relevant authority and executed in accordance with relevant laws. " Urwego rumenyesha abarugejejeho ibibazo, mu gihe kitarenze amezi atatu (3), ibisubizo bequests. "The office shall inform the complainants of the decisions taken within three (3) months. des dons et legs. " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 7 kamena 2017; "The chamber of deputies, in its session of 7 june 2017; " Mu mikorere yayo reco igomba guharanira gukora yunguka igamije gutanga serivisi nziza no kwagura ibikorwa byayo. "In its functioning, reco shall strive to operate while making profits with an intention of providing good quality services and to extend its operations. " Ubuyobozi bwa gereza bumenya neza abantu bafunzwe basohotse bukanagenzura ko bagarutse. "The prison authorities are responsible for strictly acknowledging the prisoners out of prison and verify their return. " Iteka rya minisitiri w’intebe n° 19/03 ryo kuwa 29/11/2006 rishyiraho umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubushakashatsi mu by’ubuhanga n’ikoranabuhanga "Prime minister’s order n° 19/03 of 29/11/2006 appointing the director of institute for scientific and technological research " Ingingo ya 10: inshingano yo kurobanura imyanda ikomeye "Article 10: responsibility of solid waste segregation "  gutanga amakuru atari yo kandi abigambiriye nko ku birebana n‟ingwate ye cyangwa iy‟undi munyamuryango usaba inguzanyo, "Which is false or misleading in a material particular in connection with the application for a licence under this law or otherwise. " (d) sp twamugabo yusufu, law and ethic enforcement analyst muri minisiteri y’umutekano mu gihugu; "(d) sp twamugabo yusufu, law and ethic enforcement analyst in the ministry of interior; " Ingingo ya 22: imigendekere y‟amatora "Article 22: procedure for holding elections " Ba visi-perezida bombi bamufasha bamwibutsa ikintu cyose cyashobora kumwisoba. "Other members of the bureau shall remind him/her of what he/she might have forgotten. " (c) uburyo bwo kubika inyandiko mu gihe ushinzwe gutanga amakuru ahagaritse imirimo ye; "(c) modalities for record keeping when a reporting person suspends his or her activities; " 3° yemerewe kuguma mu rwanda ariko agakora ibikorwa binyuranyije n‟ibyo yaherewe uruhushya; "3° he/she is authorized to remain in rwanda but he/she engages in activities other than those he/she has been authorized for ; " D) gukora, guhindura cyangwa gukoresha ibiro birenze toni mirongo itatu (30 t) mu mwaka by‟igikoresho cy‟uburozi cyo mu mbonerahamwe ya 3 keretse abiherewe uruhushya n‟urwego rw„igihugu rubifitiye ububasha. article 9: chemicals in schedules 2 and 3 "D) to produce, process or use more than thirty (30) tonnes of a schedule 3 chemical per year unless authorized to do so by the national authority. " Ingingo ya 472: ibisobanuro by‟amagambo “ubugande bwo kwivumbagatanya n‟ abashinzwe umutekano” "Article 472: definitions of terms “ insurrection movement and security forces” " Amategeko shingiroy’umuryango ushingiye ku idini, diyosezi ya diyosezi gatolika ya butare "The statutes of the organization based on religion, the catholic diocese of butare " 6° kugaragaza ko abari mu nama y’ubutegetsi, abayobozi bakuru, are specified in the regulations. "6° prove that members of the board of directors, senior managers, auditors and rwanda sont stipulées dans les règlements. " Iteka rya minisitiri w‟intebe rishyiraho umuyobozi mukuru……………………………………..47 "Prime minister’s order appointing a director general ………………………………………47 " 2. ugenera ubwisungane mu kwivuza bene abo batagira kivurira n’imiryango yabo; 3. ugurira abadafite amikoro imiti ibaikenewe ngo bakire neza; "3. buying the necessary drugs for those needy patients for them to cure; " Umusoro ufatirwa wa cumi na gatanu ku ijana (15%) y’amafaranga yose hatabariwemo umusoro ku nyongeragaciro aho bishoboka, ukurwa ku bwishyu bukozwe n’abantu batuye mu rwanda harimo n’abantu basonewe, iyo ubwo bwishyu bukorewe umuntu utanditswe mu buyobozi bw’imisoro bwo mu rwanda, cyangwa wanditswe ariko akaba adafite imenyekanisha riheruka ry’umusoro ku nyungu. "A withholding tax of fifteen percent (15%) of the total amount excluding value added tax where applicable is levied on payments made by resident persons including tax exempt persons if such payments are made to a person not registered in the rwandan tax administration or to a registered person who does not have recent income tax declaration. " Inteko rusange ni rwo rwego rukuru rw‟umuryango. rugizwe n‟abanyamuryango bose. kugirango inama rusange iterane, hagomba kuba byibuze bibiri bya gatatu (2/3) by‟abanyamuryango bose hatabariwemo abanyamuryango b‟icyubahiro. "The general assembly is the supreme organ of the organisation. it is made up of all members of the organization. the quorum for sitting in the general assembly shall be 2/3 of its members excluding honorary members. " Ubugenzuzi bw‟umutungo bugizwe n‟abantu batatu batorwa n‟inteko –rusange. batorerwa uwo murimo imyaka ibiri kandi bashobora kongera kuwutorerwa ku yindi manda. chapter iv auditorship "Principal auditor principal auditor accounting professional qualification recognised by ifac (acca, cpa etc) and bachelor's degree in accounting with 3 years proven working experience in audit or 2 years in senior auditor position. 4 " - kwemeza amafaranga azakoreshwa n‟imicungire by‟umutungo no kwemeza ko inama y‟ubuyobozi n‟urugaga rw‟abagenzuzi b‟imali bakoze neza - gushyiraho amashuri agengwa n‟umuryango - kugena imisanzu igomba gutangwa - gushyiraho no gukuraho abagenzuzi b‟imali - kwemerera abanyamuryango bashya no kwemeza ko umunyamuryango awuvamo - guhindura amategeko agenga umuryango, gusesa umuryango, gushyiraho abagomba kugabanya umutungo no kwemeza igihe bazamara no kwemeza icyo umutungo usigaye uzakora. "-to create schools under supervision of the association -to determine the amounts of contributions -to appoint auditors and put an end to their mandate -to accept new members and decide the exclusion of a member - to make amendments to the statutes of the association, decide on the dissolution of the association , appoint liquidators and define their mandate, decide the allocation of assets after liquidation. " Ingingo ya 7: inyungu zikomoka ku mirimo ya koperative "Article 7: profits from activities of a cooperative " Isosiyete ishobora kugabanya imari shingiro yayo kugeza ku mubare wumvikanyweho mu nama idasanzwe y‟abanyamigabane. "A company may reduce its share capital to such amount as agreed upon by a special meeting of shareholders. " Iteka rya minisitiri nº 03/08.11 ryo kuwa 17/01/2011 riha ubuzimagatozi umuryango «groupe des anciens etudiants rescapes du genocide (gaerg)» kandi ryemera abavugizi bawo "Ategetse : ministerial order nº03/08.11 of 17/01/2011 granting legal status to the association «groupe des anciens etudiants rescapes du genocide (gaerg)» and approving its legal representatives " Ingingo ya 47: inshingano za komite nyobozi y’umudugudu "Article 47: responsibilities of the village executive committee " 1° kuba bwanditse; 2° kugaragaza umusoreshwa na nomero imuranga; 3° kugaragaza igihe cy'umusoro; 4° kugaragaza umusoro asoreshwa, impamvu zawo n’igiteye ubujurire; 5° kuba bwarashyizweho umukono n’umusoreshwa, cyangwa umuhagarariye wemewe n’amategeko cyangwa uwo yabihereye uburenganzira ufite icyemezo cyo kumuhagararira; 6° kugaragaza ibimenyetso byose n’ingingo z’amategeko bigaragaza ko isoresha ritakozwe neza. "1° be in writing; 2° identify the taxpayer and the taxpayer identification number; 3° identify the tax period; 4° mention the assessment and the object and the grounds for the appeal; 5° be signed by the taxpayer, the taxpayer’s legal representative or the representative holding a mandate; 6° contain all the proofs, and legal arguments against the assessment. " Ubuzimagatozi buhawe, umuryango «remera buffaloes rugby football club» ufite icyicaro cyawo mu karere ka gasabo, mu mujyi wa kigali. "Legal status is hereby granted to the association «remera buffaloes rugby football club» situate at gasabo district, in kigali city. " Indahiro y’umunyamabanga njyewe, uwimana honorine, umunyamabanga w’ishyirahamwe ry’abafite amashuri yo kwigisha amategeko y’umuhanda no gutwara ibinyabiziga « a.n.p.a.e.r » ndahiriye imbere ya kongere, nshingiye ku myanzuro y’inama ya kongere yantoreye kuba umunyamabanga w’ishyirahamwe ku italiki 01/04/2016, ko nzubahiriza imirimo nshinzwe nta vangura iryariryo ryose kandi ko ntazatatira inshingano n’amategeko agenga iri shyirahamwe. ndamutse ntatiriye iyi ndahiro nkazabihanirwa n’amategeko imana izabimfashemo bikorewe i kayonza, kuwa 01/04/2016 "Commitment of representation i, concessa mukamusoni hereby accept to assume the position of vice-president of the capacitar-rwanda and formally commit myself to carrying out all duties associated with the position. sincerely consessa mukamusoni (sé) kigali, 10 april 2014 " 5.3. uburyo nyabwo bw’igenzura ry’imbere busaba ko habaho inzira zo guhanahana amakuru mu buryo bukora neza mu rwego rwo gutanga icyizere ko abakozi bose basobanukirwa kandi bakubahiriza bihagije za politiki n’ibindi bikurikizwa bigira that cover all significant activities of the bank. these systems, including those that hold and use data in an electronic form, must be secure, monitored independently and supported by adequate contingency arrangements. "5.3. an effective internal control system requires effective channels of communication to ensure that all staff fully understand and adhere to policies and procedures affecting their duties and responsibilities and that other relevant d’information fiables couvrant toutes les activités importantes de la banque. ces systèmes, y compris ceux qui contiennent et utilisent des données sous forme électronique, doivent être sécurisés, contrôlés de manière indépendante et pris en charge par des dispositions d’urgence adéquates. " 5 º gukurikirana ishyirwa mu bikorwa rya gahunda y’ibikorwa yo guteza imbere umuco, siporo n’imyidagaduro; "5 º to follow up the implementation of the action plan aiming at promoting culture, sports and leisure activities; " (d) kumvikana , hagati y’ikigo cy’ubwishingizi kiri mu iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo n’izindi mpande ku birebana n’ubusabe bw’inkunga y’amafaranga, igihombo gishobora guterwa n’inkunga y’amafaranga asabwa, amafaranga ashobora gukurura imyenda, ubusabe bw’iki gihe n’ikizaza bushobora gutuma hasabwa indishyi z’ibyangijwe n’igihombo kiriho cyangwa gishobora kubaho; "(d) to make compromises on calls for funds, exposures related to the calls for funds, exposures which may entail debts, any sort of present and future claim apt to give rise to damage claims and exposures existing or apt to exist between the insurer undergoing liquidation and third parties; " Umusoreshwa wiyandikishije ahagarika kwishyura umusoro runaka mu gihe komiseri mukuru anyuzwe n’ibi bikurikira: "A taxpayer ceases to be liable to a particular type of tax at any time when the commissioner general is satisfied that he/she: " Ingingo ya 21: abatemerewe kujya mu "Article 10: persons not allowed to stand as candidates " Kubahiriza ibyemezo by‘inteko rusange. gushyikiriza inteko rusange raporo y‘ibyakozwe, ibiteganywa n‘uko imari yakoreshejwe. " submitting to the general assembly the budget proposals and the management of annual reports;  soumettre à l’assemblée générale les projets de budget et les rapports annuels de gestion ; " Kutandikisha inyandiko y’ubwizerane n’umutungo w’ubwizerane mu gihe kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ntibitesha agaciro uburenganzira ubwo ari bwo bwose umugenerwabikorwa ashobora kugira, hashingiwe ku itegeko, ku washyizeho ubwizerane no ku muntu uwo ari we wese wemeye gushyirwaho nk’ucunga iby’abandi w’umwuga cyangwa undi muntu uri mu bagiranye amasezerano. "Failure to register the trust instrument and the property of a trust within the period referred to in paragraph one of this article does not invalidate any right that a beneficiary may have under the law against the settlor and any person who has accepted the appointment as a trustee or any other party to the transaction. " Umuntu wamenyeshejwe n’ushinzwe iperereza ku mpanuka y’indege mu nyandiko ibyavuye mu igenzura n’imyanzuro yafashwe nk’uko bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, asubiza ushinzwe iperereza ku mpanuka y’indege amugira inama akoresheje inyandiko mu gihe kitarenze iminsi mirongo cyenda (90) kuva amenyeshejwe, ku cyo yakoze cyangwa icyo ateganya gukora ku byagaragajwe no ku myanzuro yafashwe, akanatanga impamvu zanditse mu gihe abona ko ntakigomba gukorwa cyangwa igihe abona ko ikigomba gukorwa kinyuranye n’icyasabwe gukorwa mu myanzuro. "A person notified of the findings and recommendations of the investigator in-charge as mentioned in paragraph one of this article, within ninety (90) days after notification, advises the investigator in-charge in writing of any action taken or proposed to be taken in response to the findings and recommendations, or provides written reasons if no action will be taken or if the action to be taken differs from the action that was recommended. " Nº 71/08/11 ryo kuwa 23/03/2012 "Nº 71/08/11 du 23/03/2012 " Ingingo ya 163: kwemeza ko itegeko ryemejwe n’inteko rusange ryohererejwe umutwe w’abadepite rihuye n’inyandiko yerekeye iyemezwa ry’umushinga w’itegeko "Article 163: certifying that an adopted law sent to the chamber of deputies corresponds to the minutes on the bill adoption " Komite nyobozi igizwe na: - perezida: umuvugizi w'umuryango; - visi-perezida: umuvugizi wungirije; - umunyamabanga; - umubitsi; - abajyanama batatu. section two: executive committee "The executive committee is composed of: - chairperson: legal representative; - vice-chairperson: vice-legal representative; - secretary; - treasurer; - three counselors. section deuxième : du comite exécutif " Ingingo ya 22: ibituma utakaza ubuyobozi: - kugira imyifatire mibi inyuranyije n‟ijambo ry‟imana - kutubahiriza inshingano yahawe - kutagira ubunyangamugayo n‟ubupfura - kutubaha ubuyobozi - guteza imvururu no gushyigikira amacakubiri; - kumena amabanga y‟akazi. "Article 22: loss of leadership: - to have bad behaviours and characters against the word of god - irresponsibility - lack of integrity and honesty - disobedience to the leadership - to provide discord and division; - to abuse organisation secrets. " Ntamugabumwe jerome 1196980034455017 rubavu evangeliste sé 17 basabose emmanuel 1197080040801057 rubavu intumwa ya region sé 18 ndayisenga tharcisse 119788006152098 rubavu dept.y'urubyiruko sé 19 "9 gishwati farm ltd 102619558 western kageruka emmanuel 1196680068335000 0788465258 (sé) 10 local cheese promotion ltd 102899654 kigali honore mukamwiza 1198870118940012 0788880007 " Ingingo ya 105: kwitabara "Article 105: self-defence " Icyiciro cya mbere: inshingano za komite "Subsection one: responsibilities of committees " 10. uhagarariye abakozi ba ilpd; article one: appointment of members of the board of directors "10. ilpd administrative staff representative; article premier: nomination des membres du conseil d’administration " Iyo ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye bumara igihe kizwi kirangiye ntihabeho amasezerano mashya yeruye yo kucyongera, umufatanyabikorwa agumana uburenganzira n’inshingano nk’ibyo yari asanzwe afite mu gihe bihuje n’ibikorwa by’ubufatanye bufite uburyozwe budahinnye. "If a general partnership entered into for a fixed term continues after the expiration of the term without any express new agreement, the rights and duties of a partner remain the same as they were at the expiration of the term, so far as is consistent with the activities of a partnership. " Ingingo ya 18: inteko rusange ifite ububasha bukurikira: "Article 18: the general assembly has the following powers: " Inteko rusange iterana mu nama idasanzwe igihe cyose bibaye ngombwa, byemejwe na inama y'ubuyobozi cyangwa se bisabwe na 1/3 cy’abagize umuryango. "The general assembly shall hold an extraordinary session whenever so required upon a decision by the board of directors or at the request of one third (1/3) of the members of the organization. " (b) kuba yarujuje inyandiko isaba inguzanyo yo kwiga; "(b) to have filled a study loan application form; " 5° kopi y’icyemezo ihuje n’iy’umwimerere igaragaza impamvu zacyo, yaba itazigaragaza, ikaba iriho isobanurampamvu; "5° a certified copy of the decision stating its reasons and, if it does not state such reasons, an explanatory note of such reasons; " Iyo icyemezo cyo gukora cyateshejwe agaciro cyangwa cyahagaritswe, ikigo kigomba kubimenyesha ufite icyemezo cyo gukora ko cyatesheje agaciro icyo cyemezo cyo gukora cyangwa cyagihagaritse kikagaragaza: "The authority must, if it revokes or suspends a licence, notify the licence holder in writing of the revocation or suspension and indicate: " 7° urwego indwara igiraho ingaruka ku baturage b’abanyantege nke; "7° the degree to which the disease affects vulnerable population; " (a) icyemezo kimenyekanisha ko icyemezo cy’iyandikwa cyatakaye "(a) a statement of loss of the registration certificate issued by the competent " N° 100/01 ryo ku wa 26/08/2021 "N° 100/01 du 26/08/2021 " Ishyirwaho ry’abagize inama y’ubutegetsi n’abayobozi bakuru b’ibigo bya leta by’ubwishingizi rigenwa n’amategeko agenga ibyo bigo. "Appointment of members of the board of directors and senior managers of public insurers is determined by the laws governing such institutions. " Imari shingiro y‟isosiyete ni imigabane abanyamigabane bemeye gufata yaba yarishyuwe cyangwa itarishyuwe. "Share capital shall mean all the shares received whether paid or not. " Ingingo ya 114: ibintu ntarengwa byo guha undi muntu imirimo y’ibanze ya banki "Article 114: restriction to outsource core functions of a bank " Amasezerano y’inguzanyo n° 439 yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda, kuwa 14 ukuboza 2005, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega cy’iterambere cy’ibihugu by’amajyaruguru y’i burayi (ndf), yerekeranye n’inguzanyo ingana na miliyoni eshanu z’amayero (5.000.000 euro), agenewe umushinga w’ibikorwa remezo n’icungwa ry’imijyi, yemerewe kwemezwa burundu. ingingo ya 2: "The loan agreement n° 439 signed in kigali, december 14, 2005, between the republic of rwanda and the nordic development fund (ndf), relating to the loan of five million euros (euros 5,000,000) for the urban infrastructure and city management project, is hereby authorized for ratification. " (1) umuntu upfiriye kwa muganga ahita yandikwa muri crvs n’umukozi ubishinzwe amakuru agahita ajya mu gitabo cyandikwamo abaturage hakurikijwe amategeko abigenga. "(1) a person who dies at a health facility is immediately registered in the crvs system by a designated officer, and related data are automatically transferred to the population registry in accordance with the relevant legislation. " (b) gukora ubushakashatsi ku kiguzi cy’ibishoboka gukorwa bitandukanye hagendewe ku isaranganya ry’imari shingiro y’ikigo; "(b) conducting research on various opportunity costs vis a vis the capital rationing of the institution; " Bibaye ngombwa, inteko rusange ishobora gushyiraho izindi nzego. "Assembly may decide the creation of other organs. " Umusirikare afite uburenganzira bwo gusoma idosiye y’akazi ye bwite, ariko ntashobora gukuramo urupapuro na rumwe. icyakora, ashobora kurubonera kopi. "A soldier has the right to consult his or her personal administrative file, but he or she cannot take away any piece of paper from it. however, he or she can be provided a copy of it. " Itegeko n°24/2011 ryo kuwa 29/06/2011 "Law n°24/2011 of 29/06/2011 " (sé) kagame paul perezida wa repubulika kigali, on 09/12/2014 "(sé) kagame paul president of the republic kigali, le 09/12/2014 " Banki nkuru ishobora guha ushinzwe iseswa ububasha bukurikira: "The central bank may grant to the liquidator the following powers: " Iyo bigararagaye ko benshi cyangwa bose mu bagize inama y‟ubuyobozi ya rgb bafite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu bibazo bisuzumwa cyangwa bizasuzumwa vuba, ku buryo bidashoboka gufata ibyemezo kuri ibyo bibazo, ibyo bibazo bishyikirizwa urwego rureberera rgb. "When majority or all members of directors of rgb has direct or indirect interests in a matter being discussed or to be discussed, to the extent that a decision cannot be taken, the issue(s) shall be forwarded to the organ supervising rgb. " Ingingo ya 13: umutekano mu gukoresha imashini n’ibindi bikoresho "Article 13: safe use of plant machinery and equipment " Aya mategeko yemejwe kandi ashyizweho umukono n‟abanyamuryango nyakuri bari ku ilisiti iyometseho "This statute is approved and adopted by founder members of the association " Ikigega gishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu igihe cyose bibaye ngombwa, byemejwe n’iteka rya minisitiri w’intebe. "The fund may have branches anywhere else in the country if considered necessary and upon approval by a prime minister’s order. " Iyo umutwe w’abadepite ugomba gufata icyemezo ku buryo bwihutirwa, perezida w’inama ashobora kugena igihe gihabwa ufata ijambo wese amaze kubyumvikanaho n’inama y’abaperezida, kandi hatitawe ku biteganywa n’ingingo ya 19 y’iri tegeko ngenga. "When the chamber of deputies is to make an urgent decision, the chairperson of the session may determine the time limit to be allotted to each member who wishes to speak, after consultations with the conference of chairpersons, and in disregard of provisions of article 19 of this organic law. " 11° yahamwe n’icyaha cy’ivangura n’amacakubiri; "11° he/she is convicted of the crime of discrimination and divisionism; " Inteko rusange ni rwo rwego rukuru rwa koperative. igizwe n’abanyamuryango bose. ifite ububasha busesuye bwo gusuzuma ibibazo no gufata ibyemezo bireba koperative. "The general assembly is the supreme organ of a cooperative. it consists of all members. it is vested with extensive powers to deliberate and take decisions of relevance to a cooperative. " 13 º umubaruramari mukuru wungirije, ushinzwe imicungire y‟ikigega cya leta muri ministeri; "13 º deputy accountant general, treasury management function at the ministry; " Inyandiko ndangabikorwa ndetse n‟andi makuru yose asabwa ku birebana n‟imyenda itandukanye ihurijwe hamwe igamijwe kugurishwa nk‟impapuro ndangamwenda ndetse n‟imigabane ishingiye ku ngwate y‟umutungo bigomba gushyikirizwa ikigo mu gihe kitari hasi y‟iminsi makumyabiri n‟umunani (28) mbere yo gutangira kubara igihe cyo guhamagarira rubanda kugura imigabane kandi ikigo kikaba gishobora gusaba amakuru y‟inyongera iyo kibona ari ngombwa. "The information memorandum and all required information relating to the proposed securitization and asset backed securities shall be submitted to the authority within a period of not less than twenty eight days before the opening of the offer period and the authority may require additional disclosures as it deems fit. " Icyo gihe, inama yo gushyiraho perezida w'inama y'iyo nteko rusange iyoborwa n'uhagarariye abatumije inama. "In such a case, the session of appointing the president of the meeting of the same general assembly is presided over by a representative of the group that called the meeting. " Amakuru ajyanye n’igikorwa kitagenzurwa kigereranywa cyo hanze y’ubucuruzi bw’umusoreshwa, ntashingirwaho n’ubuyobozi bw’imisoro ku mpamvu y’ihuzwa ry’ibiciro iyo umusoreshwa adafite ayo makuru. "Information concerning a comparable external uncontrolled transaction is not relied upon by the tax administration for the purposes of making an adjustment of prices if the information is not available to the taxpayer. " 8 º uburyo n’ibisabwa mu gusaba kureka cyangwa gusubirana ubwenegihugu nyarwanda bw’inkomoko; "8 º the procedure and requirements to apply to renounce or recover rwandan nationality by origin; " Ingingo ya 227: abashinzwe gukurikirana irangizwa ry’imanza "Article 227: persons responsible for monitoring the execution of judgements " Ingingo ya 12: intekorusangenirworwegorw‟ikirengarw‟umury angorugizwe: - inamay‟ubutegetsi; - abayobozib‟amashami; - abayobozibamasegisiyo; - abapasitoribayoboyeintara; - abapasitoribayoboyezaparuwasi; - abapasitoribose; - abagenzuzi; - komitenkemurampaka. "Article 12: the general assembly is the supreme organ of the organization and its composed by: - the board of directors; - the chiefs of departments; - section‟s chiefs; - the pastors of regions; - the pastors of parishes; - all the pastors; - financial audit; - organ conflict resolution. " (g) gutanga, afatanyije n’umukuru w’umudugudu umuntu yapfiriyemo, mbere yo kumushyingura, kopi y’inyandiko y’uwapfuye igaragaza ko umuntu ufite irangamimerere ritazwi yapfuye, iyo yapfiriye ahatari mu kigo cy’ubuzima; "(g) to issue, in collaboration with the head of the village where the death took place, before burial, a copy of death record for a person with unknown civil status, in case the death occurred in a place other than a health facility; " Icyakora, mu rwego rwo kuzuzanya n’izindi nzego z’ubutegetsi za leta, perezida wa buri rukiko ashinzwe guharanira imikoranire myiza hagati y’urukiko ayobora n’izindi nzego za leta zikorera mu ifasi yarwo. "However, for purpose of complementarity with public institutions, the president of each court shall ensure good collaboration between the court he/she heads and other public institutions that operate in the jurisdiction of the court. " 9° icyemezo cy’ubwishyu cy’amafaranga adasubizwa; "9° a proof of payment of the nonrefundable fee; " 4° kwemeza imbanzirizamushinga w’ingengo y’imari ya buri mwaka, mbere yo kuyishyikiriza inzego zibishinzwe; 5° gusuzuma imikorere ya cdf hakurikijwe gahunda n’ingengo y’imari; 6° kwemeza raporo y’ibikorwa na raporo y’imikoreshereze y’umutungo‚ z’umwaka urangiye; 7° gukurikirana imikorere y’ubuyobozi bwa cdf n’abakozi bayo. "3° to approve the annual draft budget proposal before it is transmitted to relevant authorities; 4° to examine the performance of rarda in accordance with the plan of action and the budget; 5° to approve the activity report and the previous financial reports; 6° to monitor the performance of the administration and the personnel of rarda. " Ingingo ya 7: umuhanda wo ku rwego rw’akerere n’umujyi wa kigali wo ku rwego rwa kabiri "Article 7: district and city of kigali road of class 2 " (a) ilisiti y’abantu bemerewe gutora ishyigikiye kandidatire ye kandi iriho abemerewe gutora nibura 600 "(a) a list of persons eligible to vote supporting his or her candidacy which includes at least 600 " Politiki y'imicungire y’ibyateza ingorane ikigo n’uburyo bw'igenzura bigomba kujyana n’urusobe, ingano ndetse n’imiterere y’ibikorwa by’umwishishingizi. "Risk management policies and internal control systems shall be appropriate to the complexity, size and nature of the insurer’s business. " Icyitonderwa: shyira ku mugereka inyandiko zose zijyanye n’iyi ndahiro harimo fotokopi y’indangamuntu, urwandiko rw’abajya mu mahanga (niba ari umunyamahanga), icyemezo cy’umunyamigabane, icyemezo cy’ishoramari, urwandiko rutanga akazi n’ibindi. "The notary n.b: attach all copies of documents related to the above declaration including national identity card/ passport (if foreigner), shareholding certificate, investment certificate, appointment letters, etc. " Ibindi byaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyaha byambuka imbibi bivugwa mu gitabo cy’amategeko ahana bikomeza kuburanishwa n’urukiko rubifitiye ububasha hakurikijwe ibihano bibiteganyirizwa. "Other international crimes and transnational crimes provided under the penal code remain under the jurisdiction of the relevant court depending on penalties applicable thereto. " Banki nkuru ifite ububasha bwo gushyiriraho isosiyete y’imari ibumbye izindi andi mabwiriza ngenderwaho y’ubushishozi mu byerekeye imari shingiro, amafaranga abitse n’imikoranire hagati mu itsinda hagamijwe kureba ko imiterere y’imari ihagaze neza mu isosiyete no mu bigo byayo by’imari bigenzurwa. "The central bank reserves the right to impose to the financial holding company any other prudential norms related to capital, liquidity and intergroup transactions to ensure its financial soundness and those of its regulated financial institutions. " Ingingo ya 151: ibigenerwa abagize inzego za koperative "Article 151: benefits for members of organs of a cooperative " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’iteka rya minisitiri w’intebe nº 99/03 ryo kuwa 08/09/2011 rishyiraho imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo by’ikigo gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi "Seen to be annexed to the prime minister’s order nº 99/03 of 08/09/2011 determining the organizational structure and summary of job positions for national agricultural export development board " 4° ishyirwaho umukono n’abagize inama y’ubutegetsi babiri (2) ba sosiyete mu izina ry’inama y’ubutegetsi ya sosiyete, cyangwa umukono w’umuyobozi mu gihe ari we wenyine uhari; "4° is signed on behalf of the board of directors by two (2) directors of the company, or, if there is the only one director, by that director; " 6° kumenyesha ku gihe ubuyobozi raporo z’umurimo w’ubugenzuzi bwite; "6° to communicate on time internal audit engagement reports to the management; " Imigabane ntishobora kugabanwa iyo hari imigabane ihuriweho na benshi ububasha bwose bujyana n‟umugabane muri sosiyeti burahagarara kugeza igihe habonekeye umuntu umwe uba nyir‟umugabane muri sosiyete. iyo ari intizo, imigabane muri sosiyete yandikwa ku izina ry‟uwatijwe imigabane no ku izina rya nyir‟imigabane. uwatijwe imigabane ahagararira nyirayo mu gihe baba batashoboye kumvikana k‟undi muntu wabahagararira . "Shares bear the holders’ names, are jointly owned and may only be transferred after agreement has been reached by the general meeting, provided it is held and deliberates in conditions provided for in terms of amendments of articles of association. the partners have the right of first refusal on shares transferred by the other partners according to the shareholders agreement. " 1° ritegura inyandiko y‟isesengura irimo n‟inama ikayishyikiriza komite y‟igihugu yo kwemeza kugena ubufasha mu macumbi aciriritse hashingiwe ku bisabwa mu guhabwa ubufasha bwihariye na leta ku mishinga yo guteza imbere amacumbi aciriritse ; "1° prepare an assessment report with a recommendation and submits it to the national affordable housing support approval committee, based on the criteria for government special support for affordable housing development projects; " (4) mu gihe ubwiganze burunduye bw’amajwi butabonetse ku nshuro ya kabiri, urushije abandi amajwi aba atowe. "(4) when the absolute majority is not obtained for the second round, the candidate with the highest number of votes is elected. " Igihe perezida na visi-perezida bose badahari, batabonetse cyangwa banze, inteko rusange ihamagazwa na ⅓ cy‟ abanyamuryango nyakuri. icyo gihe bitoramo uyobora inama. "Should both the president and the vice-president be concurrently absent, or not available, the general assembly is summoned by ⅓ of the effective members. for the circumstance, the assembly elects a president from the present members. " Ingingo ya 3: ishyirwa mu myanya ku baganga n’abandi bakora umwuga w’ubuvuzi bo mu mu rwego rwa a1 gusubiza hejuru "Article 3: appointment of medical doctors and other health professionals with a1 level and above " E. uburambe bw’umusenateri mu mirimo ijyanye n’ibyo komisiyo ishinzwe ; "E. the experience of the senator in relation to the functions of the standing committee; " A. “konti yo hanze “: konti icungwa na banki yemewe mu rwanda ifitwe n’umuntu uri mu rwego rw’umudipolomate cyangwa y’umuntu bwite cyangwa ikigo gifite ubuzima gatozi ushaka/gishaka gukorera mu rwanda mu gihe kiri munsi y’amezi 12; "A. “external account”: account maintained with a licensed bank in rwanda by a person with diplomatic status or by an individual or a legal entity having the intention to operate in rwanda during a period of less than 12 months; " Ingingo ya 74: itegurwa, isuzumwa n’itorwa ry’iri tegeko iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw‟ikinyarwanda, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw‟ikinyarwanda. "Article 74: drafting, consideration and adoption of this law this law was drafted in kinyarwanda, considered and adopted in kinyarwanda. " Ingingo ya 20: aho umutungo ujya nyuma y’iseswa "Article 20: industry overview " Iyo ikigega cy’ishoramari mu mutungo utimukanwa cyangwa sosiyete icunga ishoramari mu mutungo utimukanwa: "In case a real estate investment trust or real estate investment management company: " Umutwe wa v: ibyerekeye ingingo zisoza "Chapitre v : des dispositions finales " A. ibiranga by’ingenzi serivisi itangwa hakurikijwe konti ihuriweho; "A. principal characteristics of the service provided pursuant to the trust; " Ingingo ya 3: ibyaha bishobora gukurikiranwa mu nkiko zo mu rwanda "Article 3: crimes triable in rwanda " 1° ibikorwa ibyo ari byo byose bibangamira itemba ry‟amazi bikurikiranwa hakurikijwe amategeko yo kurengera ibidukikije; "1° any activity that may adversely impact on the flowing of water shall be punishable in accordance with the law on the protection of environment; " Bitabangamiye ibiteganywa n‟amategeko ku birebana n‟amatora, komisiyo y‟igihugu y‟amatora ishyiraho amabwiriza ya ngombwa atuma amatora agenda neza. "Without prejudice to the general rules and regulations relating to the elections, the national electoral commission issues other necessary instructions so as to enable good conduct of the elections. " Ikigo cy’ubwishingizi kigomba guhora gifite igipimo cy’ubushobozi bwo kwishyura. "An insurer must at all times maintain its solvency margin. " Icyiciro cya mbere: imitunganyirize y’ubwiteganyirize bwa pansiyo bw’ubushake article 27: minimum pension benefits "Article 27: minimum pension benefits " Urwego ngenzuramikorere rushobora no kugenzura ibikorerwa mu nyubako z’uwahawe uruhushya ndetse n’inyandiko zerekeye inyubako z’uwahawe uruhushya. iryo genzura rishobora gukorwa ryategujwe cyangwa ritategujwe. "The regulatory authority may also perform physical inspections of the license holder’s facilities and corporate records on license holder’s premises. these inspections may be conducted on an announced and unannounced basis. " 5° habayeho mu rwego rwo gukora kinyamwuga, kudahita wizera amakuru mu itegurwa n’ishyirwamubikorwa ry’ubugenzuzi bw’ikigo, hitawe ku mwihariko w’ibikorwa byabo; "5° professional skepticism has been exercised when planning and performing the audit of the institution, considering the particularities of their activities; " Imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi ba minubumwe biri mu mbonerahamwe y’imishahara yemejwe n’inama y’abaminisitiri yateranye ku wa 06/06/2023 kandi iboneka muri minisiteri ifite abakozi ba leta mu nshingano. "Salaries and fringe benefits for employees of minubumwe are contained in the salary structure approved by the cabinet, in its meeting of 06/06/2023 and available in the ministry in charge of public service. " Uruhushya rwo gukora ubushakashatsi rumara imyaka ine (4) kuva ku munsi rwatangiweho. "A research licence shall be valid for four (4) years from the date of its issuance. " Kariyeri nini igomba gucukurwa mu rwego rw’inganda kandi ikaba igomba kongerera agaciro ibicukurwa. "A large-scale quarry must be exploited at industrial level operations and add value to the extracted materials. " 8° ku masosiyete y’ubucuruzi, amazina na aderesi by’abanyamigabane, abagize inama y’ubutegetsi, amayobozi bakuru ndetse n’abagenzuzi bigenga; "8° for companies, names and addresses of shareholders, directors, senior officers and external auditors; " Vu pour être annexé à l’arrêté ministériel n°001/2008 du 01/04/2008 déterminant les conditions et les procédures suivies pour le bail des terres le ministre des ressources naturelles kamanzi stanislas (sé) vu et scelle du sceau de la république: le ministre de la justice/garde des sceaux karugarama tharcisse (sé) umugereka wa 2 w’iteka rya minisitiri n o 001/2008 ryo ku wa 01/04/2008 rigena ibyubahirizwa n’ibikurikizwa mu gukodesha ubutaka icyemezo cy’ubukode burambye ubukode burambye no. ………………… h ak urik ijwe it e g e k o ng e ng a no 08/ 2005 ryo k uwa 14/ 07/ 2005 rig e na imikoreshereze n’imicungire y’ubutaka mu rwanda n’iteka rya minisitiri no 001/2008 ryo kuwa 01/04/2008 rigena ibyuhabirizwa n’ibikurikizwa mu gukodesha ubutaka hagati ya: repubulika y’u rwanda ihagarariwe n’umubitsi w’impapurompamo z’ubutaka (ariwe wiswe umukode mu ngingo zikurikira) ku ruhande rumwe: na: umuntu cyangwa abantu bakurikira (wiswe cyangwa biswe ukodesha mu ngingo zikurikira) ku rundi ruhande: amazina y’ukodesha cyangwa y’abakodesha numero z’ibibaranga imigabane 1. 2. 3. 4. 5. 6. 7. 8. 9. 10. n’abandi…. aderesi bahisemo kubarizwaho : ubahagarariye : _________________________ akarere : _________________________________ intara : ___________________________ akagari : _________________________________ umujyi wa kigali umurenge : ___________________________ umudugudu ______________________________ bumvikanye ibi bikurikira ingingo ya 1 : ibyerekeye uburenganzira bw’ubukode burambye umukode ahaye ukodesha uburenganzira bw’ubukode bw’igihe cy’imyaka ……………. ku butaka burangwa n’ibi bikurikira: intara : ____________________________ nomero y’ikibanza : _________________________ akarere : __________________________ ubuso : ____________________________________ umurenge: _________________________ igihe buzatangira n’aho buzarangira: _____________ akagari : __________________________ icyo ubutaka bugenewe gukoreshwa: _____________ umudugudu: _______________________ ingingo ya 2: ibyerekeye ingingo rusange uburenganzira bw’ubukode burambye butangwa hashingiwe ku ngingo rusange ziteganywa n’iteka rya minisitiri n o 001/2008 ryo kuwa 01/04/2008 rigena ibyubahirizwa n’ibikurikizwa mu gukodesha ubutaka n’ingingo z’umwihariko zikurikira: icyiciro cya mbere: ibyerekeye inshingano z’ibanze z’ukodesha ingingo ya 3: ibyerekeye ubwishyu bw’ubukode ku mwaka 1. ubukode ku mwaka ni ………ako gaciro k’ubukode gashobora guhinduka buri mwaka. ariko agaciro kongerewe kishyurwa ariko habanje kujyaho iteka rya minisitiri rihindura agaciro ka mbere. 2. ubukode bw’umwaka bwishyurwa ……………….mbere y’itariki ya 1 mutarama, umubitsi w’impapurompamo z’ubutaka atarinze kubisaba. 3. iyo ubukode butishyuwe ku itariki yagenwe, ukodesha agomba kwishyura inyungu yiyongereye ku bwishyu harimo n’ibirarane, hashingiwe ku bwishyu bw’umusoro bwite n’umusoro ku nyongeragaciro kandi haseguriwe ubundi burenganzira. ingingo ya 4: ibyerekeye ubwishyu bw’imisoro ku butaka ukodesha agomba kuriha imisoro n’andi mafaranga asabwa ku butaka no ku mitungo iburiho kuri buri tariki ngarukamwaka y’igihe yaboneyeho ubukode. ingingo ya 5 : ibyerekeye gukoresha neza ubutaka n’ibihingwa mu gihe cyose ubukode buzamara, ukodesha ubutaka agomba kubukoresha kandi agomba guhora abufata neza hakurikijwe amategeko n’imigenzereze isanzwe ikoreshwa. ukodesha agomba kubahiriza amategeko n’amabwiriza yerekeye ubutaka, gukora ibishoboka byose kungira ngo imbibi yadikanije nazo zigaragare neza, kwica udukoko twakwangiza imyaka, kurwanya indwara z’ibihingwa no kurandura ibihingwa bitagenewe aho ahantu, gufata ingamba za ngombwa zo kurwanya isuri, ibihumanya ibidukikije cyangwa ibituma ubutaka budakoreshwa cyangwa bukoreshwa nabi; agomba kutabangamira imitembere y’amazi y’imigezi kandi agakosora icyangiritse cyose k’ubutaka. "Bibonywe kugira ngo byomekwe ku iteka rya minisitiri n° 002/2008 ryo kuwa 01/4/2008 rigena uburyo iyandikishwa ry’ubutaka rikorwa minisitiri w’umutungo kamere kamanzi stanislas (sé) bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika: minisitiri w’ubutabera/intumwa nkuru ya leta karugarama tharcisse (sé) annex 2 to the ministerial order n° 002/2008 of 01/4/2008 determining modalities of land registration cadastral plan province: ……………………. city of kigali district: ...…………………….. sector: ...................................... cadastral plan visa of the district land officer date: parcel plan cadas tral board no index div no documents i.g.c.b. demarcation map province: official demarcation report district: demarcation and adjudication report sector: area ha a ca land use cell: occupant’s identity nature and duration of right occupancy title registration follow-up: number date folio volume construction sketch map of parcel, constructio ns and possible servitudes. indication of butts and bounds. scale: 1/2000 " Bwana mushabe didus agizwe director of science and languages quality unit mu kigo cya leta gishinzwe guteza imbere ubumenyingiro n’imyigishirize y’imyuga mu rwanda. "Mr. mushabe didus is appointed director of science and languages quality unit in workforce development authority. " Umunyamabanga mukuru muri minisiteri ashobora, bibaye ngombwa, gusaba umukozi uwo ari we wese ucunga imari cyangwa urwego urwo ari rwo rwose, hakurikijwe itegeko riteganya ko imari rukoresha igenzurwa n’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta, gutanga ibisobanuro abona ko ari ngombwa kugezwaho. "The secretary general in the ministry may, if considered necessary, require any accounting officer or any local administrative entity, whose accounts are subjected by the law to an audit of the auditor general of state finances, to supply information, as he/she considers necessary. " (h) «icyemezo cy’imyitwarire iboneye» bivuga icyemezo gitangwa n’ishyirahamwe ry’abishingizi mu rwanda kigaragaza imyifatire, ubunyangamugayo cyangwa ubushobozi by’impuguke mu kugena agaciro k’ibyangiritse, impuguke mu kwishyuriza abishyuza, impuguke mu kugena agaciro k’ibishobora kwangirika n’umugenzuzi w’ubwishingizi; "(h) “certificate of good standing” means a certificate issued by association of insurers of rwanda issued to a loss adjuster, loss assessor and risk surveyor, and insurance investigator to indicate his or her moral character, integrity and performance; " 10 º guha ingurane ikwiye ku butaka n’indi mitungo byangijwe biturutse ku bikowa by’ubucukuzi muri mine yaherewe uruhushya; "10° provide a fair compensation for damage to land and other property resulting from mining operations in the mine under licence; " 2° impuguke mu mibare yashyizweho: sosiyete yemerewe n’urwego rw’ubugenzuzi guha umwishingizi cyangwa ubwiteganyirize bwa pansiyo serivisi z’imibare ikoreshwa mu bwishingizi cyangwa mu bwiteganyirize bwa pansiyo; "2° appointed actuary: firm or a company accredited by the supervisory authority to provide actuarial services to an insurer or pension schemes; " “umuyobozi ukuriye mu kazi umwanditsi w’irangamimerere ashingiye ku byavuye mu iperereza aregera urukiko rubifitiye ububasha arusaba kwandukura ibyakozwe cyangwa kwandika ibitaraditswe byagaragaje ko byabayeho. "“the immediate supervisor of the civil registrar, on the basis of the inquiry results, petitions the competent court to restore drawn up or record non-drawn up data found to have existed. " Ingingo ya 59 : gukura inyamaswa mu ndiri kamere yayo, kuyigirira nabi, cyangwa kuyizerereza "Article 59: removing from its habitat, harming or hawking an animal " Ingingo ya mbere: inshingano za rtda "Article one: mission of rtda " 5º gushyikiriza inama y’abakomiseri imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari, iteganyabikorwa na raporo y’ibikorwa bya cnlg; "5º to submit to the council of commissioners a draft budget, action plan and activity report of cnlg; " 4 º gutegurira minisitiri raporo za buri gihembwe, buri mezi atandatu (6) na buri mwaka zerekeye inguzanyo zitishyuwe n‟ingwate zatanzwe n‟ubutegetsi bwite 7 º director of financial markets in the national bank of rwanda, vice- chairperson; "4 º to prepare quarterly, semestrial and annual reports for the minister on outstanding loan and guarantees by central government entities and 7 º directeur des marchés financiers à la banque nationale du rwanda, vice- président; " I. gisabirwa cyangwa cyarasabiwe gufunga ibikorwa byacyo, haba mu rwanda cyangwa ahandi; "(vii) is or has been the subject of a bankruptcy petition, whether in rwanda or elsewhere; " Iyo umufarumasiye akorera abandi, inyandiko isaba gufungura farumasi igomba guherekezwa n’icyemezo kigaragaza ubwo bufatanye cyitwa “amasezerano mbonera y’ubufatanye” ariho umukono w’umufarumasiye n’uw’umuntu wemerewe n’amategeko gukora mu izina ry’icyo kigo. "Based on the fact that a pharmacist is employed by another person ; official request to set-up a pharmacy must be accompanied by a contract ascertaining collaboration, one entitled “partnership contract”, jointly signed by the pharmacist in-charge, and the official representative of the pharmaceutical institution in question. " 2° gukora ku buryo imiterere y’igura cyangwa igurisha ihita yandikwa mu gitabo cy’abafite inyungu. "2° ensures that particulars of the acquisition or disposal are immediately entered in the register of interests. " Mirongo itanu (50.000 frw) ku mwaka. "(50, 000 rwf) per year. " 3° umunyeshuri umwe (1) utorwa na bagenzi be mu rwego rw’ishami. "3° one (1) student elected by his/her peers students at the department level. " 2° ukugirwa umwana mu buryo busesuye cyangwa bworoheje bwahindutse cyangwa bwavanyweho. "2° if the previous form of simple or full adoption has been changed or revoked " 5° urwego rwa 5: umwarimu wa tvet mukuru umenyereye umwuga; "5º category 5: senior principal tvet teacher; " Ingingo ya 147: ububasha bw’urukiko bwo gutegeka ko hakorwa igenzurwa ry’ibikorwa "Article 147: power of the court to order the supervision of activities " Icyicaro cy‟umuryango gishinzwe mu mujyi wa kigali, bp 3218 – kigali. gishobora kwimurirwa ahandi mu gihugu byemejwe na 2/3 by‟abagize inteko rusange bahari. non-profit making association aprojumap "The headquarters of the association shall be situated in kigali city, bp 3218 – kigali. it may be reallocated anywhere on demand of the general assembly. association sans but lucratif aprojumap " Ingingo ya 2: ishyirwaho ry’urwego rw’ubwiteganyirize mu rwanda "Article 2: establishment of rwanda social security board " (3) abakozi bakora mu mirimo y’ikoranabuhanga, amategeko article 29: staff skills and qualifications "(3) the staff involved in information technology, legal and other functions article 29: compétences et qualifications du personnel " Icyicaro cy’ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki kiri mu mujyi wa kigali, umurwa mukuru wa repubulika y’u rwanda”. "The head office of the national consultative forum of political organisations is located in the city of kigali, the capital of the republic of rwanda”. " Aya mategeko ashobora guhinduka gusa iyo byemejwe n’ubwiganze busesuye bw’abanyamuryango nyakuri b’inama rusange. "These statutes can only be modified with the absolute majority of effective members of the general assembly. " 1° gusesa amasezerano y’ubukode cyangwa gusaba gusubirana ubutaka cyangwa imitungo itimukanwa byaguzwe ku giciro cyatanzwe n’umuguzi waguze ubwo butaka cyangwa ku giciro kiri ku isoko mu gihe igiciro cy’ushaka gusubirana ubutaka kiri hasi; "1° to cancel the lease agreement or request to repossess the purchased land or immovable property on the price received from the purchaser at the time of selling the said land or on the actual market price if the person who wants to repossess the land gives the low price; " Ibigo byose bya leta bigomba kubahiriza ibiteganywa n’iri tegeko ngenga mu gihe kitarenze imyaka ibiri (2) uhereye igihe iri tegeko ngenga ritangiye gukurikizwa. "All public institutions must comply with provisions of this organic law within two (2) years from its commencement. " Ingingo ya 19: gukurikiza itegeko rigenga amasosiyete y’ubucuruzi mu rwanda "Article 19: compliance with the law relating to companies in rwanda " Minisitiri ufite amakoperative mu nshingano ashyiraho amabwiriza agaragaza uburyo koperative za buri cyiciro zigaragaza ifoto y’umutungo, raporo ku myinjirize n’imikoreshereze y’amafaranga, n’uburyo imari yazo igenzurwa. "The minister in charge of cooperatives issues instructions specifying how each category of cooperatives declares its balance sheet, its income and expenses statement and modalities for its financial auditing. " Ingingo ya 14:gukora amasezerano y’akazi "Article 14: conclusion of an employment contract " Iyo bibaye ngombwa, gahunda na raporo y’ibikorwa bishobora kugibwaho impaka mu nteko rusange ya buri mutwe w’inteko ishinga amategeko. "When necessary, action plans and activity reports can be subject to debates by the plenary assembly of each chamber of parliament. " Ingingo ya 36: komite ikemura amakimbirane "Article 36: conflicts resolution committee " Urwego rurebererwa na minisiteri ifite umutekano mu nshingano zayo akaba ari na yo itegura politiki irwerekeye kandi ikagira inama guverinoma uko yajyaho ikanagenzura ishyirwa mu bikorwa ryayo. "The service is supervised by the ministry in charge of security which shall design its policy, advise the government on its establishment and supervise its implementation. " 3° gutegura integanyanyigisho z‟uburezi bw‟abantu bakuru no kuzigeza kubo bireba; "3° to develop curricula of adult education and put them at the disposal of those concerned; " (n) “serivisi yo gutanga inyandiko zo kwishyurana” bivuga serivisi yo kwishyurana itangwa ijyanye no – "(n) “issuance of payment instruments service” means a payment service provided related to – " 2° atujuje ibisabwa ku mwanya w’umurimo; "2° does not comply with conditions of access to the information; " 10° icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mibereho myiza n‟iterambere; "10° bachelor‟s degree in welfare and social development; " Umuntu wese umenye ko hari umurage ndangamuco wazanywe mu rwanda ku buryo bunyuranyije n’amategeko, abimenyesha minisiteri. ibisabwe na minisiteri, ministeri ifite ububanyi n’amahanga mu nshingano zayo ibimenyesha igihugu bireba. "Any person who becomes aware of the existence of any cultural heritage that was unlawfully imported into rwanda, he/she notifies the ministry. upon request by the ministry, the ministry in charge of foreign affairs notifies the concerned state. " (2) icyakora, ibiteganywa mu gace ka (f) k’igika cya (1) cy’iyi ngingo, ntibireba itsinda rw’ubwato burimo ubusunikwa, uretse ubwato butanga imbaraga. "(2) however, the provisions of subparagraph (f) of paragraph (1) of this article do not apply to a vessel convoy comprised of pushed vessels except vessels providing traction. " Ingingo ya 19: visi perezida w’umuryango ni umuvugizi wungirije w’umuryango. afasha perezida mu mirimo ye kandi akamusimbura mu gihe adahari. "Article 19: the vice president of moucecore is the deputy legal representative. he assists the president in his functions and replaces him when he is absent or held up. " Ministiri w’ubutabera "The minister of justice, " Uburyo umushahara uvugwa muri iyi ngingo ubarwa bigenwa n’amategeko ngengamikorere ya naeb. "Modalities of calculating the salary referred to in this article are determined by internal rules and regulations of naeb. " Iyo gukora ibisabwa ku ruhande rumwe bisaba igihe, urundi ruhande rugomba kurangiza inshingano zarwo mbere, keretse bigaragaye ukundi, hakurikijwe uko ibintu biteye. "Where the performance of one party requires a period of time, the other party must perform his/her own obligations at an earlier time, unless the circumstances indicate otherwise. " Madamu undoyeneza domina agizwe umuyobozi ushinzwe abakozi n‟ubutegetsi mu kigo cy‟u rwanda gishinzwe ubumenyi mu by‟ubuhinzi (isar); "Mrs. undoyeneza domina is hereby appointed director of administration and human resources in the rwanda agricultural science institute (isar). " Nyir’ubutaka bwafatiriwe, hakurikijwe ibikubiye mu ngingo ya 52 y’iri tegeko, ashobora gusaba kubusubizwa nyuma y’igihe bwaragijwe. ubusabe bushyikirizwa urwego rwafatiriye ubutaka. "The owner of the requisitioned land as referred to in article 52 of this law, may request for its repossession after expiry of the period of its assignment. the request is directed to the organ that has requisitioned the land. " Uwo mushinga ugaragaza ingano y’ubutaka, ibipimo ndangahantu by’ubutaka bukenewe, n’ibikorwa bizabukorerwaho. "The project indicates the size, geographic coordinates of the needed land and the activities that will be carried out on that land. " Nemeje ko aya mafaranga agabanywa mu buryo bukurikira: "I order that the amount is to be shared as follows: " Nyongeragaciro ku mashini, ibikoresho remezo n’ibikoresho fatizo; "Tax on machinery, capital goods and raw materials; " Uburyo bwo gutanga ishimwe n’ingororano ku bakinnyi bugenwa n’iteka rya minisitiri. "Powers to award ranks and promote warders is vested in the minister. " Amafaranga y’imisoro n’amahoro yakiriwe ahita ashyirwa kuri konti ihuriweho n’urwego rusoresha n’urwego rw’imitegekere y’igihugu rwegerejwe abaturage. amafaranga yose yakiriwe yoherezwa kabiri mu kwezi (itariki ya 5 na 20 za buri kwezi) nta kiguzi kuri konti y’urwego rw’imitegekere y’igihugu rwegerejwe abaturage iri muri banki nkuru y’u rwanda. "All taxes and fees collected are deposited on a joint account of the tax administration and the decentralised entity as soon as they received. all these revenues are transferred twice a month (5th and 20th of every month) to decentralised entity accounts in national bank of rwanda without any charges. " Rcs ni urwego rwihariye. "The rcs is a specialised organ. " (1) biro y’inama njyanama y’akagari igizwe na perezida, visi perezida n’umunyamabanga batorwa mu bagize inama njyanama y’akagari nyuma y’uko barahira. "(1) the bureau of the cell council is composed of the chairperson, vice- chairperson and the secretary who are elected from members of the cell council after swearing in. " 23° ivangura: iheza iryo ariryo ryose rikorewe umuntu rishingiye cyane cyane ku bwoko, ku muryango cyangwa ku gisekuru, ku nzu, ku ibara ry‟umubiri, ku gitsina, ku karere, ku byiciro by‟ubukungu, ku idini cyangwa ukwemera, ku bitekerezo, ku mutungo, ku itandukaniro ry‟umuco, ku rurimi, ku bukungu, ku bumuga bw’umubiri cyangwa ubwo mu mutwe cyangwa irindi vangura iryo ari ryo ryose; rigamije kwangiza cyangwa gukuraho cyangwa kubuza uwo muntu guhabwa , kubona cyangwa gukoresha ibyo yarafitiye uburenganzira. "23° discrimination: any distinction, exclusion or restriction made to somebody based on, inter alia, ethnic origin, family or ancestry, clan, skin colour or race, sex, region, economic categories, religion or faith, opinion, fortune, cultural differences, language, economic status, physical or mental disability or any other form of discrimination; which has the effect or purpose of impairing or nullifying the recognition, enjoyment or exercise of the right by that person; " Nzi kandi nsobanukiwe neza n‘ibikubiye muri icyi cyemezo kandi ko ibi mbivuze nabanje kubirahirira ………………………………………………………………………………………………………………………………………………………… bikorewe i kigali kuri uyu munsi wa …………………………………………………………………………………………………………………………………….…………………… umukono w’utanze inyandiko (umwanya arimo) official gazette no 06 0f 09/02/2015 "I know and understand the contents of this declaration and that i am making it under oath. sworn at kigali, rwanda this ……………day of …………………………………………………………………………………………………………………………………………………. official gazette n° special of 04/05/2023 " (2) ku muhuzabikorwa n’umuhuzabikorwa wungirije ba dasso, amanota 60% by’amanota yose ni ay’isuzuma ry’umusaruro w’ibikorwa byagezweho hashingiwe ku masezerano y’imihigo yasinyanye n’ubuyobozi bw’akarere, naho 40% by’amanota yose akaba ay’isuzuma article 21: performance appraisal "(2) for coordinators and deputy coordinators of dasso, 60% of the overall score represents the performance appraisal of the results based on the performance contract signed with the district administration, while 40% of the overall score represent the evaluation of conduct at work and within the population. " Buri gihembwe, inzego za leta zikorera isuzuma ryuzuye ry’uburyo amasezerano ashyirwa mu bikorwa. "Quarterly, public institutions appraise themselves of the situation of the performance of the contract in a comprehensive way. " Kandi buri gihe agashyirwa ku gihe kugira ngo yerekane impinduka zabaye mu mikorere y’igenzura ry’imbere no kongeramo imirongo mishya y’imirimo. nk’igitabo cy’ibigenderwaho muri rusange, igenzura rigenda rigaruka mu mirimo yose igenzurwa rigomba kuba nibura rimwe mu mwaka. "Changes to the system of internal control or work process and to incorporate new lines of business. as a general guide, the audit cycle for all auditable areas shall be at least once a year. " N’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni icumi (10.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni cumi n’eshanu (15.000.000 frw). "Rwandan francs (frw 10,000,000) but not more than fifteen million rwandan francs (frw 15,000,000). " Visi perezida w’inama nkuru ya rcs afite inshingano zikurikira: "The chairperson of the high council of rcs has the following duties: " Uretse raporo y’umugenzuzi w’imari, inteko rusange ishobora gusaba impuguke ibifitiye ubumenyi n’inararibonye ituruka mu muryango « institut de missionnaires de jesus, marie et joseph » ariko itari iyo mu rwanda gukora raporo y’imicungire y’imari. "Beside and supplement to the report of the auditor, the general assembly may require an external audit report on financial management, prepared by a competent and experienced person belonging to the congregation « institut de missionnaires de jesus, marie et joseph » but not belonging to the congregation working in rwanda. " (a) gukoresha umukozi w’umunyamahanga umurimo ujyanye n’ibyashingiweho ahabwa uruhushya rwo gutura mu gihugu; "(a) employ a foreign employee for a job for which he or she was issued the residence permit; " Ingingo ya 27: serivisi zitari iz’ubugenzuzi "Article 27: non -audit services " Gutanga amakuru atari yo ugamije kubona uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda bihanwa n’iri tegeko. "Provision of false information with intention to obtain a license for possession and carriage of a firearm is punishable under this law. " Icyiciro cya 5: urukiko rw’ikirenga "Section 5: supreme court " Uburyo bukurikira bukomatanyirijwe hamwe, ariko butagarukira ku bukurikira, bukoreshwa mu gukora isesengura ry’ingaruka ku mirimo: "A combination of methods and techniques, not limited to the following are used to carry out business impact analysis: " Ingingo ya 670: gutunga intwaro, kuyicuruza, kuyikora, guhindura ibimenyetso by‟intwaro, gukwirakwiza no kwinjiza intwaro "Article 670: possessing, selling, manufacturing, falsification of identification marks, distribution and importing arms " Ingingo ya 2: uburyo bw’ikoranabuhanga bw’itangazwa ry’amategeko, amateka n’amabwiriza "Article 2: electronic means of publication of laws, orders and regulations " 21° ikinyabuzima cy’igicirirano: ikinyabuzima kitari gature cyajyanywe ahantu hatari mu ndiri yacyo ku bushake bwa muntu cyangwa biturutse ku mpanuka; "21° alien species: non-indigenous species trans-located to a place out of its habitat, intentionally or accidentally; " Ishingiye ku itegeko ngenga n°12/2013/ol ryo ku wa 12/09/2013 ryerekeye imari n’umutungo bya leta nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu; "Pursuant to organic law n°12/2013/ol of 12/09/2013 on state finances and property as modified and complemented to date; " Icyiciro cya gatatu: kurinda abakozi ihohoterwa cyangwa kubuzwa amahwemo "Section 3: protection of workers against violence or harassment " Uretse raporo z’ubugenzuzi zirimo aho ubuyobozi bukekwaho imikorere mibi, buri raporo ya nyuma "Except for audit reports where management is suspected of malpractices, each final internal audit immédiates pour sécuriser les documents originaux. " (b) upiganwa afite ubushobozi mu rwego rw’amategeko bwo gukorana amasezerano n’urwego rutanga isoko; "(b) the bidder has the legal capacity to enter into a contract with the procuring entity; " 1° ihohoterwa; 2° ibikorwa bibi; 3° kudashobora kumurera kubera uburwayi bwo mu mutwe; 4° kwamburwa ububasha bwa kibyeyi. "1° violence; 2° mistreatments; 3° incapacity to provide him/her with care following mental disability; 4° being stripped off parental authority. " Iyandikishwa ry’ubutaka rishingiye ku guhuza ubutaka rikorwa hamaze kugaragazwa ibyemezo by’iyandikishwa ry’ubutaka buhana imbibi, buhuje nyir’ubutaka, kandi buhuje imicungire n’imikoreshereze, burebwa no guhuzwa. "Land registration on basis of merger of land is done upon presentation of certificates of land registration of the adjacent land with the same land owner, land management and use, subject to merger. " Iyo bisuzumwe kandi bikemezwa n’inama nkuru ya pcc, amakosa akomeye atuma umuyoboke ahanishwa kwirukanwa muri ppc ni aya akurikira: "After consideration and confirmation by ppc’s high council, gross misconducts resulting in a member’s exclusion from ppc are as follows: " (e) kugira uruhare mu kurinda ibikorwaremezo bya gariyamoshi na gariyamoshi ubwazo mu gace agenzura; "(e) to participate in the protection of railway infrastructure and railway traffic means in the area under his or her control; " 4° ingano y’ibintu bisabwa gukurwa mu mari shingiro y’inyongera hakurikijwe ibiteganyijwe mu ngingo ya 14 y’aya mabwiriza rusange birenga ku mari shingiro y’inyongera ya banki. "4° the amount of items required to be deducted from tier 2 items pursuant to article 14 of this regulation that exceeds the tier 2 capital of the bank. 3° le montant des éléments devant être déduits des éléments du capital complémentaire (tier 2) conformément ẚ l’article 14 du présent règlement qui excède le capital complémentaire de la banque. " Ingingo ya 20: ingingo zisoza "Article 20 : des dispositions finales " Hakurikira: - imisanzu y‟abayoboke; - impano n‟imirage bitanzwe n‟abantu ku giti cyabo cyangwa n‟imiryango cyangwa n‟amashyirahamwe; - imfashanyo za leta iyo zibonetse; - amafaranga avuye mu bikorwa bya u.d.p.r. "The resources of the organization mainly shall come from: - the subsidies from the state, public or private organizations; - donations extended by brothers of charity; " Iteka rya perezida rishyiraho abagize inama y’ubuyobozi………………………………….110 "Presidential order appointing members of the board of directors ………………………….110 " Icyakora, icyemezo cyo gusezerera umucamanza burundu, gifatwa ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) by’abahari. "However, the decision as to dismissal of a judge shall be taken upon a majority vote of two third (2/3) of members present. " 3° gushyiraho no guteza imbere amasomo y’amahugurwa muri “ict” no gukorana n’ubuyobozi bushinzwe amahugurwa kugira programs with the ultimate goal of capacity building in crime prevention techniques; "3° to determine, initiate, and develop an i.c.t training curriculum and collaborate with the department of training to have the curriculum de proximité ayant pour objectif de construire la capacité dans les techniques de prévention criminelle ; " 6° ibyishyurwa ku bwiteganyirize bw’izabukuru; "6° maintaining plans for succession; " Inyandiko zigaragaza ingingo z’ingenzi zigomba gushyirwaho umukono n’umwanditsi w’irangamimerere kandi zigashyirwaho na kashe yo mu biro bye. "Extracts must be signed by the civil registrar and bear the seal of the civil registrar’s office. " (2) ku bw’iyo mpamvu, banki nkuru ishobora gusaba ivanwaho ry’ugize ubuyobozi mukuru nk’uwo ndetse n’umusimbura we cyangwa igafata ibyemezo biteganyijwe mu itegeko. "(2) for that purpose, the central bank may require the removal of such a member of management and his or her replacement or take decisions provided for in the law. " (a) kwemeza cyangwa guhindura amategeko agenga rwabia n’amabwiriza biyigenga; "2. adopt or modify statutes and the internal rules and regulations; " Ingingo ya 20: kugena uhabwa umutungo bwite wa leta ku buntu "Article 20: identification of a beneficiary of a state private asset donation " C) ibintu n'imiti bihawe ibitaro n'amavuliro ; "C) the supply of equipment and drugs to hospitals and health centres; " 1º ofisiye cyangwa suzofisiye mukuru wakoze neza umaze mu ngabo nibura imyaka makumyabiri (20), suzofisiye muto cyangwa umusirikare muto wakoze neza umaze mu ngabo nibura imyaka icumi (10); "1º an officer or a senior non commissioned officer who served diligently for at least twenty (20) years, a junior non-commissioned officer or enlisted personnel who served diligently for at least ten (10) years; " D) kwigisha abaturage gutegura imishinga y‟amajyambere ibafasha kwivana mu bukene; "D) to educate the population on how to prepare developmental project; " 13° gukora igikorwa icyo ari cyo cyose, uretse ibijyanye n’ubushakashatsi n’ubumenyi mu bishanga bikomye; "13° to carry out any activity, except that related to research and science in reserved swamps; " Bitabangamiye ibiteganywa n’ingingo ya 97 y’iri tegeko ngenga, ibyemezo by’umutwe w’abadepite bifatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abadepite bahari, uretse ibyo amategeko ateganya ukundi. "Without prejudice to the provisions of article 97 of this organic law, resolutions of the chamber of deputies are taken by an absolute majority vote of deputies present unless otherwise stipulated by law. " Article 26 : ibiro bya sendika mu kigo bishinzwe : "Article 6: head office " Birabujijwe guhohotera umukozi uwariwe wese bishingiye ku gitsina cyangwa se kumubuza amahwemo mu buryo buziguye cyangwa butaziguye byose mu rwego rw’akazi. "It shall be forbidden to directly or indirectly subject a worker to gender based violence or moral harassment within the context of work. " A) kugenzura komite nyobozi ishinzwe (4.3) powers of it committee: the committee must have the following powers: "A) perform oversight functions (4.3) compétences du comité chargé de l’informatique: le comité dispose des compétences suivantes: " 1° gutanga igisobanuro gifite ireme, cyemewe n’amategeko kandi cyumvikana kimwe ku ngingo zose; 2° guha uburemere ingingo zisobanutse neza kurusha kureba uko amasezerano yagiye arangizwa, uko akorwa muri rusange n’uko ibintu bisanzwe bigenda, kandi uko amasezerano yagezweho bihabwa agaciro kurusha uko ibintu bisanzwe bigenda; 3° imvugo y’umwuga n’ingingo zivuga neza ibiteganyijwe bihabwa uburemere kurusha imvugo rusange; "1° providing an interpretation which gives a consistent, lawful and reasonable meaning to all the clauses; 2° giving greater weight to explicit clauses than the performance of the contract, the formation of the contract in general and usage, and the process to sign the contract is given greater weight than usage; " Ingingo ya 7: biro y’inama njyanama y’akagari "Article 7: cell council bureau " 13. gufasha nta gutezuka, umuntu wese ushinzwe imirimo ya za gereza cyangwa undi muntu wese igihe bibaye ngombwa; 5. respect orders which are given to him/her by his/her superiors and to collaborate with other prison guards in whatever is useful to service; "13. assist without respite any member of the prison service or any other person everytime as deemed necessary; 5. respecter les ordres émanant de ses supérieurs et collaborer avec les autres surveillants dans l'intérêt du service; " N° 058/03 ryo ku wa 07/05/2020 "N° 058/03 of 07/05/2020 " 1° guhuza ibikorwa hagati ya za minisiteri bireba, inzego n’inzego z’ibanze zifite ubuzima gatozi; no "1° coordinating with relevant ministries, agencies and decentralized entities with legal personality; and " N° 94/03 ryo ku wa 27/02/2015 "N° 94/03 du 27/02/2015 " Ingingo ya 129: gukuraho icyizere guverinoma, umwe cyangwa benshi mu bayigize "Article 129: motion of no confidence against the government, or one or more of its members " 5 º icyapa cy’umuti : inyandiko cyangwa igishushanyo biri ku muti kigaragaza amabwiriza y’uko umuti ukoreshwa; 6 º icyemezo cy’agateganyo: uruhushya rw’agateganyo rutangwa ku muti cyangwa ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi mbere y’uko byemererwa gukoreshwa burundu; "6 º provisional registration certificate: a provisional use permit for an agrochemical before it is allowed to definively be used; " « ingingo ya 169 bis: iburanishwa ry’uwari warakatiwe n’urukiko gacaca woherejwe mu rwanda "« article 169 bis: trial of an extradited person sentenced by a gacaca court " 1º ibanziriza irangira ry’igihe cy’ubwishingire ku mirimo yakiriwe by’agateganyo cyangwa ibanziriza irangira ry’igihe cya nyuma cy’ubwishingire ku when this period expires, the procuring entity pays to the successful bidder zero point five percent (0.5%) of the amount that would be due for payment after the provisional acceptance for each week of delay. such penalties shall not exceed five percent (5%) of such amount. "1º prior to expiry of the guarantee period for the provisional acceptance of works or the last period of guarantee for the provisional acceptance of works if there had been several partial acceptances of works; si ce délai est dépassé, l’entité de passation de marché est redevable à l’attributaire du marché d’une indemnité égale à zéro virgule cinq pour cent (0,5%) par semaine de retard sur la somme dont le paiement dépend de l’agrément provisoire des travaux avec une limite de cinq pour cent (5%) du montant de ladite somme. " Buri gihembwe kandi, inama y’ubuyobozi ya rwanda fda igomba gusuzuma raporo y’imari n’iy’ibikorwa byerekeranye n’igihembwe kirangiye igashyikirizwa urwego rureberera rwanda fda. "In every quarter, the board of directors must examine the financial and activity reports relating to the previous quarter to be submitted to the supervising authority of rwanda fda. " Ingingo ya 34: guhindura umwanya w’umurimo binyuze mu ipiganwa "Article 34: change of a job position through competition " Buri muntu wese wagize igihombo biturutse article 49: unsafe or defective goods "Any person who has incurred loss as a result article 49: biens dangereux ou défectueux " (2) abatanga serivisi zo kwishyurana bashyira mu bikorwa uburyo bwo gucunga ingorane z’umutekano kugira ngo bamenye, basuzume, bagabanye kandi bakurikirane ingorane z’umutekano. uburyo bwo gucunga umutekano buharanira – "(2) payment services providers implement a robust security risk management framework to actively identify, assess, reduce and monitor security risk. the security system ensures – " Umutwe wa iii: umutungo n’imari "Chapter iii: property and finance " (g) icyiciro cya 7: abandi batanga serivisi z’imari. "(g) category 7: other financial service providers. " Ryo ku wa 14/06/2019 rigena intego, inshingano, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi ba minisiteri y’ubutabera/serivisi z’intumwa nkuru ya leta n’izindi ngingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. "Determining mission, responsibilities, organisational structure, salaries and fringe benefits for employees of the ministry of justice/office of the attorney general and all other prior provisions contrary to this order are repealed. " Mu gihe kitarenze amezi atatu (3) akurikira impera z’umwaka w’ibaruramari, umuyobozi mukuru wa cma ashyikiriza urwego rureberera cma raporo y’umwaka w’ibaruramari, imaze kwemezwa n’inama y’ubuyobozi hakurikijwe amategeko agenga imicungire y’imari n’umutungo bya leta. "Within three (3) months following the closure of the financial year, the executive director of cma submits to the supervising organ of cma the annual financial report after approval thereof by the board of directors in accordance with laws governing the management of state finance and property. " (c) 7% ry’agaciro k’amasezerano ku masoko afite agaciro kuva kuri frw 50.000.000 kugeza kuri frw 100, 000,000; "(c) 7% of the contract price whose value is between frw 50,000,000 to frw 100,000,000; " Ingingo ya 3 : uruhare rw’abaturage "Article 3: the role of the population " Ibisabwa byose mu masezerano cyangwa igice cyabyo bigomba gukorwa mu gihe kimwe n’impande zombi iyo bishoboka, keretse bigaragaye ukundi hakurikijwe uko ibintu biteye. "All or part of the obligations under the contract must be performed simultaneously by both parties if possible, unless the circumstances indicate otherwise. " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera kuwa 15/10/2013. "This order shall come into force on the date of signature. it takes effect as of 15/10/2013. " Abagize komite y’ubugenzuzi batemera icyemezo cyafashwe na komite y’ubugenzuzi article 76: attendance by senior managers of the entity "Audit committee members who disagree with the audit committee decision may request their article 76: participation des membres de la direction de l’entité " Ikoranabuhanga mu masoko ya leta rikoreshwa mu: "Bidding process used for public procurement: " Umuryango ugamije : - gutegurira urubyiruko amahuriro arufasha kugira imibanire myiza no kungurana ibitekerezo hagamijwe ubwisanzure no guhinduka ; - gufasha urubyiruko kumenya kristu hifashishijwe ivugabutumwa ; "The association has the following objectives : - organizing the meetings for youths to allow the good relations and exchanges for their cheerfulness and conversion; " Umuyobozi mukuru wa koperative y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa agomba kuba bafite ubumenyi kandi ujuje ibyangombwa bikurikira: "The managing director or chief executive officer heading the deposit-taking microfinance cooperative shall have the following qualifications and skills: " Ibaruramutungo rigaragaza inyungu cyangwa igihombo - ishoramari "Deprecia- tion and amortize- tion " Komite nyobozi ku rwego rw’igihugu ishobora guhagarikwa by’agateganyo igihe kitarenze amezi atatu (3) iyo yagaragayeho imicungire mibi y’inama y’igihugu y’urubyiruko. iri hagarikwa rigomba kuba rigamije guha urubuga abakora igenzura ku mikorere ya komite nyobozi. iki cyemezo gifatwa n’inteko rusange ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abitabiriye inama y’inteko rusange ku rwego rw’igihugu. "The executive committee at national level may be suspended for a period not exceeding three (3) months if it is proved that it has ineffectively managed the national youth council. this suspension shall be aimed at facilitating evaluation of the functioning of the executive committee. this decision shall be taken by the general assembly by the absolute majority of votes of the members present in the general assembly at the national level. " Nida ishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu bibaye ngombwa kugira ngo igere ku nshingano zayo byemejwe n‟iteka rya minisitiri w‟intebe. "Nida may have branches elsewhere in the country if considered necessary in order to fulfil its mission, upon approval by a prime minister‟s order. " K. ibisobanuro kuri buri saranganya ry’umugabane; "K. details on any transfer of shares; " Umutwe wa ii: ibyerekeye iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba "Chapter ii: about money laundering and financing of terrorism " Hashyizweho komite tekiniki itanga inama ku iyubakwa n’ikoreshwa ry’ingomero z’amazi. "It is hereby established a technical committee on dams which provides advice with regard to the construction and use of dams. " N° 36/2011 ryo kuwa 02/09/2011 "N° 36/2011 of 02/09/2011 " 1° gusesengura ibyihutirwa kurusha ibindi mu iterambere, intego n’imiterere y’igihugu mu guhangana n’imihindagurikire y’ibihe; "1° to analyse development priorities, objectives and national circumstances in order to address climate change; " N° 169/03 ryo ku wa .28/11/2018 "N° 169/03 du 28/11/2018 " Ingingo ya 278: gusuzugura mu ruhame imihango y‟idini "Article 278: publicly humiliating a religious worship " Umuntu wishyura cyangwa uha avansi y’amafaranga ucunga iby’abandi w’umwuga ntarebwa no kumenya ko ayo mafaranga ari yo yifuzwaga kuri uwo mutungo cyangwa icyo ayo mafaranga azakoreshwa. "A person who pays or advances money to a trustee is not concerned with knowing whether that money is the actual amount that was required for that property or the use of such money. " Uwiyandikishije ku ilisiti y’itora yemerewe guhabwa ikarita yerekana igihe agiye gutora. "A person who is registered on the voter’s register is entitled to receive a voter’s card which he or she presents on the polling day. " B. guhuza ibikorwa bigamije kurwanya indwara z’ibihingwa n’iz’amatungo; "(b) to coordinate activities aimed at promoting agriculture and animal resources infrastructure; " Ingingo ya 26: iringanizwa ry’imirimo n’amapeti ranks of prison guards "Article 26: adjustment of duties with ranks grades des surveillants de prisons " Inyama zemejwe ko zishobora kugaburirwa abantu, umugenzuzi yemeza niba ari izo mu kiciro cya mbere cyangwa icya kabiri. "For any meat which has been deemed fit for human consumption, the expert shall rank in first or second quality grade. " Iyo guta umurimo bikozwe n’umusirikari ushinzwe ubuyobozi bw’umurimo, uwakoze icyaha ahanishwa igihano ntarengwa cyo hejuru. "If abandonment of service is committed by the commander of the post of service he/she is liable to the maximum penalty. " Gutegeka kugikora uruhande rutubahirije amasezerano cyangwa rugiye kuyica iyo: "Breached or is about to breach the contract to perform a specific obligation if: " 3° agomba, mu gihe abitse ibyo bitabo, kwemerera isosiyete kuba yabibona igihe cyose bikenewe. "3° shall, where those books is in his/her possession, permit the company to have access, at all reasonable times to the book. " Cyohererezwa umwanditsi w’irangamimerere w’aho urebwa n’ikibazo atuye. icyo cyemezo cyandukurwa mu bitabo by’uwo mwaka, kandi bigashyirwa mu mpande y’igitabo cy’irangamimerere. "Civil registrar of the domicile of the interested person. such an operative part is recorded in the current year’s registers and an indication thereof is entered in the margin of the civil status register. " Ingingo ya 71: gutanga imigabane mu mwanya w’inyungu "Article 71: allotment of shares in lieu of dividends " 3º gutegura umushinga w’ingengo y’imari ya cma; "3º to prepare the draft budget of cma; " 3° iyo abantu bakeneye inzira igera ku mugezi cyangwa ku kiyaga, kandi nta handi banyura. "3° if people need a pathway to reach the river or the lake, when there is not any other option. " 6° “imfungwa”: umuntu wese ufunze kubera icyemezo cyafashwe n‟urukiko kandi ataraburana ngo akatirwe mu buryo budasubirwaho; "6° “detainee”: any person incarcerated in accordance with a court decision but who has not been tried and sentenced; " Umukoresha: "Employeur: " Icyiciro cya ii: gusimbura, kwegurira no gusubirana "Section ii : replacement, hand-over and resumption " 15 º “umutungo”: umutungo, waba ufatika cyangwa udafatika umuntu yabonye kugira ngo awukoreshe mu kigo cye cy’ubucuruzi, ariko hatabariwemo: "15° “capital asset”: tangible or intangible asset acquired by a person for use in his/her commercial enterprise but excluding: " 1° imirimo ituma amafaranga ashobora kubitswa cyangwa kubikuzwa kuri konti yo kwishyuriraho n’ibindi bikorwa byose bisabwa mu gukoresha konti yo kwishyuriraho; "1° services enabling cash to be placed on, or withdrawn from a payment account as well as all the operations required for operating a payment account; " Ibendera ry’igihugu rinini risanzwe ari na bene iryo rizamurwa imbere y’inyubako z’ubutegetsi rifite ingero za santimetero ijana na mirongo cyenda n’eshanu (195 cm) z’uburebure na santimetero ijana na mirongo itatu (cm 130) z’ubugari kandi nta nshunda rifite. "The ordinary large national flag which is like the flag meant for being hosted in front of administrative buildings shall be one hundred and ninety-five centimetres (195 cm) long and one hundred and thirty centimetres (130 cm) wide and shall have no strands. " Umuntu wese wubaka, usenya, usenyesha inyubako cyangwa ukora imirimo yo gutunganya umujyi mu buryo bunyuranyije n‟amategeko yerekeye imiturire n‟imitunganirize y‟imijyi, ahanishwa igifungo kuva ku kwezi kumwe (1) ariko "Any person who carries out construction works, demolishes, orders demolition of buildings or conducts urban planning operations contrary to the law relating to urban planning and organization shall be liable to a term of imprisonment of one (1) incendie, le coupable est passible de l‟emprisonnement à perpétuité. " Umunyamigabane cyangwa ugize inama y’ubutegetsi uhagarariye undi muntu agomba kuba afite amakuru agaragaza uwo ahagarariye ndetse n’umuntu ku giti cye akora mu nyungu ze ndetse agashyikiriza ayo makuru isosiyete kugira ngo yandikwe mu gitabo cyandikwamo abagenewe inyungu ku migabane. "A nominee shareholder or nominee director must have information identifying his or her nominator and the natural person on whose behalf the nominee is ultimately acting, and to disclose this information to the company to be recorded in the register of beneficial owners. " Ingingo ya 19: umubare usimbura nomero ya sdid "Article 19: sdid number token " (5.7) ibibazo bigaragara muri buri kintu cyateza ihagarikwa ry’imirimo byatuma hatangizwa uburyo bw’ikomeza ry’imirimo: butuma habaho isubukura ry’imirimo, bushyiraho intego z’igihe cy’isubukura, intego z’igihe cy’isubukura ry’imirimo, bukanashyiraho imirongo ngenderwaho y’itumanaho. "(5.7) limits within each disruption scenario that activate a business continuity procedure which: addresses resumption aspects, sets recovery time objectives (rtos) and recovery point objectives (rpos), and establishes communication guidelines. " Ibihano bivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo ni na byo bihabwa umuntu wese utanga cyangwa usezeranya gutanga, mu buryo ubwo ari bwo bwose, indonke iyo ari yo yose, kuri we cyangwa ku wundi muntu kugira ngo hatangwe cyangwa hadatangwa serivise. "Penalties provided under paragraph 2 of this article apply to a person who offers or promises to offer a benefit, by any means, an illegal benefit for him/ herself or another person to have a service rendered or omitted. " Mu matora y’inzego z’ibanze, kwiyamamaza hakoreshejwe amafoto n’inyandiko byemewe gusa mu matora y’abagize inama njyanama y’akarere cyangwa iy’umujyi wa kigali. "During the local elections, the use of photos and documents shall be allowed only in the elections for members of the district or city of kigali councils. " Ingingo ya 4: inshingano z’inama y’ubuyobozi ya rppa "Article 4: responsibilities of the rppa board of directors " Usaba ashobora gusubirana ubusabe bwe mu nyandiko yoherereza ikigo kandi ibyo akabikora igihe cyose mbere y‘uko ikigo gifata icyemezo kuri ubwo busabe. "The applicant may withdraw his application, by giving the authority written notice, at any time before the authority determines it. " Umuntu wemerewe gukora nk’umukozi wo mu ndege ni ufite uruhushya rwubahiriza iri tegeko n’amabwiriza ajyanye na ryo kandi rugaragaza ubushobozi ruha nyirarwo. "A crew member of an aircraft shall be the holder of a valid license which complies with the provisions of this law and related regulations and specifies the capacity of the holder. " - gushyiraho amabwiriza rusange areba abanyamuryango no kuba yayahindura bibaye ngombwa; - kugena ibikorwa by‟umuryango; "- to establish the general requirements regarding all members and modify them if need be; - to determine the activities of the organization; - to accept donations and bequests; " B. ibitangwa ku mahugurwa no ku bushakashatsi biteza imbere ibikorwa "B. training and research expenses " Ingingo ya 57: aho uwambuwe ubushobozi bwo gukoresha uburenganzira bwe atura "Article 57: domicile of person deprived of the capacity to exercise his/her rights " Abawinjiramo ni abantu babisaba bamaze kwiyemeza gukurikiza aya mategeko shingiro, bakemerwa n‟inteko rusange. abanyamuryango b‟icyubahiro ni abantu cyangwa imiryango bemerwa n‟inteko rusange kubera inkunga ishimishije batera umuryango. bagishwa inama gusa ariko ntibatora. "An honorary member is any person who agrees with the doctrinal basis of the organization and is accorded this title for exception services to the movement by the local general assembly. they may participate in general assembly, but they have a consultative role only, they do not have voting rights. " Nk'ishuri rikuru, ishuri rikuru ry‟itumanaho - «fondation margrit fuchs » (escom) ritanga, hakurikijwe amategeko ariho mu gihugu, impamyabumenyi zo kurangiza ibyiciro by'amasomo. chapter one: name, object and head office "As an institution of higher education, the high school of communication «margrit fuchs foundation» (escom), in accordance with legal provisions in force, confers degrees sanctioning the cycles of education. chapitre premier : de la denomination, de l’objet et du siege " Amasezerano akozwe n’ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo mu kuzuza inshingano ze afatwa nk’ayakozwe n’umufatanyabikorwa mu bucuruzi mu izina ry’isosiyete y’ubufatanye bw’abantu mu bucuruzi, keretse iyo ayo masezerano ateganya ko ayakoze ku giti cye. "A contract entered into by a provisional liquidator of a partnership in the performance of his or her functions is taken to be entered into by the partner on behalf of the partnership, unless the contract provides that he or she should be personally liable on it. " Abagenerwabikorwa ni abanyamuryango hamwe n‟andi bantu bose, ari abo mu mbibi z‟aho umuryango ukorera, cyangwa hanze yazo. "The beneficiaries are the members of the organization, and other people within and beyond the boundaries of the area of its activities. " Igihe urwego ngenzuramikorere rudashoboye kubahuza mu bwumvikane ngo habeho gushyira umukono ku masezerano bagiranye, urwo rwego rufite ububasha bwo kubategeka ibyo bubahiriza nta kubogama. "Where the regulatory authority is unable to amicably facilitate the reaching of an interconnection agreement by the parties, the regulatory authority has the power to impose fair interconnection terms on both parties. " Itora ry‟abakandida ry‟abunzi ritangira saa moya za mugitondo (7h00) rigasoza saa kumi n‟ebyiri (18h00) za nimugoroba. "Voting of candidates to the mediation committee membership starts at 7.00 a.m and ends at 6.00 p.m. " Ingingo ya 34: ababerewemo imyenda ikomoka ku mutungo washyizwe mu ikurikirana ryerekeye igihombo "Article 34: actions taken on carcasses of animals infected with anthrax " 2° kwishyura inyungu ku mafaranga agomba kwishyurwa avugwa mu gace ka 1o k’igika cya 2 cy’iyi ngingo kandi iyo nyungu ikabarwa ku ijanisha rikwiye; "2° to pay interests at the appropriate rate on the amount payable under item 1° of paragraph 2 of this article; " “abashinjacyaha bari mu byiciro bitatu (3) bikurikira: "“prosecutors are in three (3) categories: " Komisiyo itegura amategeko ngenga mikorere yayo ikayashyikiriza minisitiri kugira ngo ayemeze. "The commission shall draft its own internal rules and regulations and submit it to the minister for approval. " 4. ubuyobozi 22 "4. direction 22 " Amabwiriza rusange agena ibikubiye muri dosiye y’ubusabe buvugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo n’igihe ubusabe busubirizwa. "The regulations determine the content of the request file referred to in paragraph one of this article as well as the period of reaction to such a request. " Ingingo ya 17: raporo isoza imenyerezwa "Article 17 : training report " Ku bijyanye n’ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, amategeko n’amabwiriza agenga konti ihuriweho ategeka ikigo gitanga amafaranga ari mu article 25: diversification of trust funds in financial institutions "For the purpose of the provisions of the paragraph one of this article, the terms and conditions of the trust account shall require the e-money issuer to promptly carry out checks to article 25: diversification des fonds fiduciaires dans les institutions financières " Rw’igihugu no ku rwego mpuzamahanga; -kugira rngof on aids&hp ihuriro rihamye ryo kurwanya sida, malariya,igituntu n’izindi ndwara zitandukara; "National and international policies; to strengthen rngof on aids&hp as a partnership of strong national linking organizations for fighting hiv/aids,malaria,tb and non comunicable diseases; -to enhance capacities of members and other stakeholders to respond effectively to hiv/aids,malaria,tb,non comunicable diseases and their impact; " (2) iyo umunyamabanga adahari, imirimo yo mu nama z’inama njyanama y’akarere imureba ikorwa na visi perezida w’inama njyanama y’akarere. "(2) if the secretary is absent, his or her duties in the district council meetings are carried out by the deputy chairperson of the council. " Umuyobozi yandika kuri iyo fishi icyo atekereza ku mikorere n’imyitwarire y’umushinjacyaha cyangwa umukozi wunganira abashinjacyaha; maze uwasuzumwe, akagira icyo avuga ku isuzuma amenyeshejwe n’umuyobozi we, kandi akabyandika kuri iyo fishi. iyo fishi ishyirwaho umukono n’uwasuzumye n’uwasuzumwe. "The supervisor shall make comments on the prosecutor or assistant of prosecutor’s work performance and conduct; the prosecutor or the assistant of prosecutors shall also make comments on the appraisal results announced to him /her by recording them on the apprasal card which has to be signed by both the supervisor and the evaluated prosecutor or assistant of prosecutors. " 22. bwana kabera origène (e.s.mbogo) mbogo 1 1957 8 0014870 0 46 gasaka nyamagabe (sé) xi. intumwa yo mu rwego rw'ubuzima official gazette nº 48 of 02/12/2013 "(sé) 10. byusa eugene ereva garage member 1195980000536088 (sé) official gazette nᵒ49 of 07/12/2015 " Komite nyobozi iterana mu nama zisanzwe inshuro imwe buri kwezi. itumirwa kandi ikayoborwa na perezida wa pdi. iyo adahari cyangwa adashoboye kuboneka itumirwa kandi ikayoborwa na visi-perezida. iyo bombi badahari cyangwa badashoboye kuboneka bikorwa n‟umunyamabanga mukuru. "The executive committee shall meet once a month for its regular meetings. it shall also be convened and chaired by pdi president. when he/she is absent or impeded, it shall be convened and chaired by pdi vice president. when both are absent or impeded, it shall be convened and chaired by pdi secretary general. " 2° nomero y’ikarita ndangamuntu ye n’aho yayifatiye; 3° nomero y’ikarita y’itora ye naho yayifatiye; 4° aho atuye; 5° umukono cyangwa igikumwe by’uwamushyigikiye. "2° number of his/her national identity card and place of issue; 3° number of his/her voter’s card and where it was issued; 4° place of residence; 5° signature or fingerprint of the person who support the candidate. " Iyo isosiyete cyangwa koperative yasabye uruhushya itishimiye igisubizo yahawe ishobora gutakambira urwego rw’ubugenzuzi mu gihe kitarenze ukwezi kumwe (1) uhereye ku munsi yaboneye igisubizo. urwego rw’ubugenzuzi rugomba mu gihe kitarenze amezi atatu (3) abarwa uhereye ku munsi rwakiriyeho ugutakamba, kuba rwasubije isosiyete cyangwa koperative yarutakambiye. "Where the company or cooperative which applied for the license is not satisfied with the response received, such a company or cooperative may appeal against it to the supervisory authority within one (1) month of the response receipt. the supervisory authority must provide the company or cooperative with the response within three (3) months of date on which the appeal was lodged. " 3° uwatanze ikibazo: umuntu ku giti cye cyangwa urwego rufite ubuzima gatozi rugaragaza ko rutishimiye serivisi cyangwa igicuruzwa byatanzwe n’utanga serivisi y’imari; "3° complainant: individual or legal entity who is expressing dissatisfaction about a service or product provided by the financial service provider; " Abadepite bagize komite bemerewe no kuba mu zindi komisiyo zihoraho, ariko igihe inama yayo ihuye n’iya komisiyo ihoraho, bitabira iya komite. "Deputies serving on the committee are also allowed to be members of other standing committees but in case of its meeting is held concurrently with that of the standing committee, such members attend the meeting of the committee. " Ashingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y‟u rwanda ryo kuwa 4 kamena 2003, nk‟uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 120, iya 121 n‟iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in its articles 120, 121 and 201; " Imitobe y’imbuto 5% limonades, soda n’indi mitobe 39 % "Fruit juices 5% limonade, soda and other juices 39% " Kugaragaza mu ncamake imiterere y’umutungo wa nyir’ugusaba ndetse na sosiyete shami ze cyangwa sosiyete mfatanyabikorwa ze obligations; "Brief description of the nature of properties of the applicant and its subsidiaries or associated companies outlining the following: rapport aux titres de créance à court terme; " Umuhuza arigisha, agahugura, akayobora kandi agatoza impande zombi azifasha mu buryo bwo kuganira neza. "The mediator coaches, teaches, leads and sets the tone for a better communication between the parties. " Mu gihe umwenda usigaye ushobora kwishyurwa n‟igice cy‟ingwate, uwatanze ingwate n‟uwahawe ingwate babyumvikanyeho bashobora kugurisha igice cy‟ingwate. "Where the remaining loan is refundable with part of the mortgage, both the mortgagor and the mortgagee may, upon mutual consent, sell a portion of the mortgage. " Urutonde ruvugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo rutangazwa n’inama y’urugaga, ikanakurikirana buri gihe uko ruvugururwa. urutonde rw’abagize urugaga rumanikwa kuri buri rukiko. "The roll referred to in paragraph one of this article shall be published by the council of the bar association. the roll of the bar association shall be posted on the notice board of every court. " Ingingo ya 13: ushinzwe kwakira amakuru "Article 13: provision of information " Iyo urukiko rubanza rwemeje ko uwarezwe adafite ubushobozi atsinzwe, akajurira, urukiko rwajuririwe ntirushobora kwanga kwakira ubujurire bwe bitewe n‟uko adafite ubushobozi ahubwo ruvuga ko ubujurire bwe bwakiriwe, admitted the claim, without prejudice to payment of damages mentioned in the previous paragraph. "If a respondent who has no capacity appeals against a judgment which found against him/her, the appellate court cannot refuse to admit his/her appeal based on his/her incapacity. instead, the court declares his/her appeal admissible and dûdéclarer la demande irrecevable. ceci ne porte pas préjudice au paiement des dommages et intérêts indiqués au paragraphe précédent. " 4) kuba atarakatiwe ku buryo budasubirwaho igihano cy’iremezo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6) y’igifungo kitahanaguwe n’imbabazi z’itegeko cyangwa ihanagurabusembwa. ingingo 18: ububasha bwo guhagararira umuryango no gutakaza ubuyobozi a) umuryango uhagararirwa mu butabera kimwe n’ahandi hose na perezida, cyangwa se visi perezida mu gihe atabonetse, cyangwa se undi wakwemezwa n’inama ya komite nyobozi mu gihe bombi batabonetse. b) ntiyemerewe kuba umuyobozi utujuje ibisabwa n’ingingo ya17b y’iri tegeko. "Article 18: the competence of representing organization and loss of leadership: a) the organization is represented in justice and elsewhere by the president or his assistant, if he misses, or by another person elected by the directing committee if the two last miss. b) he(she) is not eligible he(she)who does not meet the criteria mentioned in article 17b of this statute. " Mu mpera za buri kwezi, umukozi ushinzwe dosiye z‟abakozi akora raporo ashyikiriza umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga imari ya leta agaragaza umubare w‟abakozi, ibyiciro by‟imishahara n‟ibisobanuro birambuye ku bakozi batakiri mu myanya, harimo n‟abakozi bataye akazi. "At the end of each month, the officer in charge of human resource shall make a report to the chief budget manager indicating the number of staff, salary grades and details of staff who have left the entity including those who have absconded from duty. " N° 128/03 ryo ku wa 02/11/2020 "N° 128/03 du 02/11/2020 " 4° gusabira umuburanyi kuburanirwa ku buntu; "4° request that a party benefits from free legal aid; " Kwiga amashuri abanza ni itegeko kandi ni ubuntu mu mashuri ya leta n’ay’abafatanya na leta ku bw’amasezerano. muri aya mashuri, ikiguzi cy’uburezi cyishingirwa na leta. "Primary education is compulsory and free both in public and government-subsidised schools. in these schools, the cost of education is covered by the government. " 2° yuzuza inshingano ashingiye ku bumenyi n’ubuhanga mu kazi akora; "2° performs duties based on the best knowledge and skills in his or her work; " A. iyo ikirego cy’umwarimu kigikurikiranwa n’urwego rubifitiye ububasha; cyangwa "A. when the teacher’s case is pending before competent institution; or " Ingingo ya 3: umuryango campus pour christ international ufite intego yo gushyiraho no gukwirakwiza ivugabutumwa, gusenga, guhindura abantu abigishwa ba kristo no gushyigikira ibikorwa by’ubugiraneza n’amajyambere. "Article 3: campus pour christ international has the mission to foster and spread out evangelism, prayer, discipleship, charitive and development deeds. " 1° hashingiwe ku mpamvu zariho igihe icyemezo cyafatwaga, kitagombaga gufatwa; "1° the reasons for which the decision is made; 2° the time at which the decision must take effect; " A. ukorana cyangwa ushaka gukorana n’undi muntu, cyangwa gushishikariza uwo muntu kugirana amasezerano abonetse ayo ariyo yose mu rwego rwo kugura cyangwa kugurisha hakurikijwe amasezerano y'ibicuruzwa by’ibanze; b. usaba cyangwa uwemera gucuruza hakurikijwe amasezerano y’ibicuruzwa by’ibanze; "A. making or offering to make with other person, or inducing that person to enter into any agreement for or with a view to the purchase or sale of a commodity contract; " Ingingo ya 61 : ifatira, itwikwa n’isenywa ry’intwaro zinyuzwa mu rwanda mu buryo butemewe n’amategeko "Article 61 : seizure, burning and destruction of arms in illegal transit in rwanda " Igihe cy’ubukode burambye bw’ubutaka ntigishobora kujya munsi y’imyaka itatu (3) cyangwa ngo kirenze imyaka mirongo cyenda n’icyenda (99), ariko gishobora kongerwa. "The land lease period can not be less than three (3) years and can not exceed ninety- nine years (99), however it can be renewed. " Igitsina ni imimerere umuntu afite 1° if the name infringes upon the honour of the person bearing it; "Sex is the human physiological state of being male 1° lorsque le nom porte atteinte à l’honneur du titulaire ; " Itegeko ryemerera kwemeza burundu amasezerano ashyiraho ikigo gishinzwe gucunga ibiza mu karere k’ibiyaga bigari n’ihembe rya afurika, yashyiriweho umukono i nairobi (kenya) ku wa 15 kanama 2005………………………………………………………………………………... n° 35/2006 ryo kuwa 26/08/2006 "Law authorizing the ratification of the memorandum of agreement on the great lakes region and the horn of africa disaster management center of excellence, signed in nairobi (kenya) on august 15, 2005…………………………………………………………………………………….. n° 35/2006 of 26/08/2006 " 7° “minisitiri’’: minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze. "7° “minister’’: minister in charge of health; " 7° ingengo y'imari y'umwaka n'ingamba zo kubona imari; "7° annual budget and financing strategies; " Banki nkuru ikurikirana uko amabanki yubahiriza amategeko n’amabwiriza ikoresheje uburyo bwo kugenzura. "The central bank ensures that banks are in compliance with legal and regulatory provisions through the supervisory mechanisms. " 1° umuyobozi wa khi ari na we perezida wayo; "1° the rector of khi, who shall be its chairperson; " -gushyiraho uburyo bwiza bwo kwita ku bana mu gihe cy‟amashuri; "-to set up adequate mechanisms to take care of children during school period; " Iyo hari impamvu zihutirwa, umushinjacyaha mukuru ashobora guhagarika by‟agateganyo umushinjacyaha ku mirimo, uretse abagize biro y‟umushinjacyaha mukuru, kugira ngo akazi kagende neza kugeza hafashwe icyemezo ndakuka ku makosa akomeye akurikiranyweho. "In case of emergency, the prosecutor general may suspend a prosecutor on duty, except those who are members of the office of the prosecutor general, to ensure smooth running of duties until a final decision is taken. " Ingingo ya 44: umubare wa ngombwa kugirango inama za komisiyo ziterane "Article 44 : quorum required for committees to convene " Iyandikisha ry‟ubugwate riba rifite agaciro uhereye ku munsi ryandikiweho: "The registration of a security interest shall be effective commencing on the day it is perfected: " Uruhushya rwo gukora imirimo y’amabanki rutangwa na banki nkuru. "The banking licence is granted by the central bank. " 7° gucunga neza abakozi ba naeb hashingiwe kuri gahunda zemewe z’imicungire y’abakozi hubahirizwa amategeko n’amabwiriza ariho; "7° effectively managing the staff of naeb according to human resources management policies approved with accordance to existing laws and regulations; " 6° gushyiraho umugenzuzi w’imari wigenga n’igihe bibaye ngombwa, umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize wigenga; "6° contract an independent auditor and, as necessary, an independent actuary; " Ingingo ya 23: inteko rusange ishyiraho abagenzuzi b‟imari babiri bafite inshingano yo kugenzura buri gihe imicungire y‟imari n‟indi mitungo by‟ umuryango no kuyikorera raporo. manda yabo ni imyaka ibiri ishobora kongerwa. "Article 23: the general assembly appoints two auditors who are charged with auditing the use of the organisation‟s funds and other assets, upon which they make a report. their term is two year renewable. " Iri teka ritangira gukurikizwa umunsi rishyiweho umukono. "This order comes into force on the day of its signature. " Minisitiri ategura kandi agashyikiriza imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko bitarenze itariki ya 30 mata ya buri mwaka imbanzirizamushinga y’itegeko ry’ingengo y’imari ya leta. "The minister in charge of finance prepares and submits to both chambers of parliament not later than 30th of april of each year the draft state finance bill. " 2° gusimbura visi perezida ushinzwe gukurikirana imirimo yerekeranye n’imari n’abakozi iyo adahari "2° deputy vice chancellor in charge of administration and finance. " 2° gukurikirana ikoreshwa ry‟ingufu zisubiranya no kurwanya isesagurwa ry‟ingufu zituruka ku biti; "2° to ensure the use of reusable energy and discourage the mismanagement of energy from wood consumption; " N’inkomezi ku bantu benshi mu muryango mugari w’abanyanyarwanda mu murongo w’icyerekezo gikomeje cyatangiwe n’abamisiyoneri ba mbere muri aka karere; "Many people in the greater community of rwanda in line with the continued vision of the former missionaries in this region; " Umucamanza ntashobora gushingira icyemezo cye ku bitagaragajwe mu iburanisha; ntashobora kandi no guca urubanza ashingiye ku byo aruziho ku giti cye. "A judge cannot base his/ her decision on facts that were not presented in the course of trial; nor can he/ she decide a case basing on his/her personal knowledge of the case. " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umuyobozi mukuru w’imirimo rusange...............65 "Prime minister’s order appointing a director general of general services...........................65 " 3º akiciro k’abofisiye jenerali. "3º subcategory of general officers. " Inyandiko y’ibyemezo by’inama y’inama y’ubuyobozi ishyirwaho umukono n’abayitabiriye inama ikirangira. "The final statement of works is signed by the supervising official and submitted to the procuring entity. " Aya mabwiriza ashyiraho komite y’igihugu ishinzwe ishyirwa mu bikorwa ryo kubungabunga ibidukikije mu by’indege za gisivili. "These instructions establish the national committee on implementation of civil aviation environmental protection. " Isosiyete, kimwe n‟uwishingiye umwenda wafashwe n‟isosiyete, ntibashobora gutambamira umuntu wagiranye amasezerano na yo cyangwa uwahawe uburenganzira n‟iyo sosiyete hitwajwe ko: "A company or a guarantor of an obligation of a company shall not assert against a person dealing with the company or with a person who has signed a contract, received rights or interests from the company basing on the fact that : " Umutwe wa iii: inshingano "Chapter iii: mission " (sé) businge johnston minisitiri w’ubutabera / intumwa nkuru ya leta seen and sealed with the seal of the republic: "(sé) busingye johnston minister of justice/attorney general seen and sealed with the seal of the republic: " Umutwe wa v: uburenganzira bw’umukozi wa naeb "Chapter v: rights of an employee of naeb " Inteko rusange ihamagazwa kandi ikayoborwa na perezida wa komite nyobozi; yaba adahari submitted to the approval of the general assembly. "The general assembly is convened and headed by the president of the board of directors. in his/her soumet à l‟approbation de l‟assemblée générale. " (4) inyandiko imenyesha ivugwa mu gika cya (2) cy’iyi ngingo igomba kuba igaragaza incamake y’imiterere y’akazi cyangwa y’umurimo n’ibishingirwaho mu guhitamo. "(4) the notice referred to under paragraph (2) of this provision must include a short description of the task or job description and the criteria for selection " 1° uburezi bwo mu muryango; 2° uburezi bwo mu mashuri; 3° uburezi bw‟abantu bakuru. "1° education within the family; 2° formal education; 3° adult education. " (h) kopi z’amasezerano usaba ateganya kugirana n’umuntu ku giti cye, ishyirahamwe cyangwa ikigo cy’ubucuruzi kugira ngo bagikorere imirimo ya ngombwa, irimo imenyekanishabikorwa, kwandikisha no gutanga amasezerano ikigo kigirana na sosiyete y’ubwishingizi, ikigo gifite gahunda nk’iy’ibitaro cyangwa ikigo gitanga serivisi z’ubuzima cyabigize umwuga kugira ngo gitange serivisi z’ubwishingizi, uburyozwe cyangwa gusubiza ikiguzi cya serivisi zo kwita ku buzima zatanzwe n’ikigo gishinzwe gucunga ubwishingizi bw’ubuzima (hmo); "(h) copies of a proposed contract with an individual, association or corporation for the performance on its behalf of necessary functions, including marketing, enrolment and administration of a contract with an insurance company, hospitals or professional health service corporation for the provision of insurance, indemnity or reimbursement against the cost of health care services provided by the health maintenance organization (hmo); " Ingingo ya 32: igihamya cy’uko ibikorwa byo kwishyurana byemejwe ari umwimerere kandi byakozwe "Article 32: proof of authentication and execution of payment transactions " Umubyeyi wese cyangwa ushinzwe kurera umwana afite inshingano zo kuganiriza abana ibyerekeye ubuzima bw’imyororokere y’abantu. "Every biological parent or guardian has the duty to discuss with the children about human reproductive health. " Itegeko ngengamikorere ry’ishuri rigena uko inama ziterana. "Internal rules and regulations of the school shall determine modalities for the conduct of meetings. " Ingingo ya 25: ishyirwaho ry’umwanditsi wungirije wa sena akademiki ya sfb "Article 25: appointment of the deputy rapporteur of the academic senate of sfb " Ingingo ya 15: inteko rusange nirwo rwego rw’ikirenga rw’umuryango. igizwe n’abashumba bose, abavugabutumwa, abadiyakoni, intumwa z’abalayiki muri buri karere n’uhagarariye abamisiyoneri. "Article 15: the general assembly is the supreme organ of the organisation. it is made up of all anointed pastors of rwanda pentecostal assemblies of god, the representatives of evangelists, laics and the missionaries representative " Mu rwego rwa mbere kimwe no mu rwego rw’ubujurire, inkiko z’ubucuruzi ziburanisha rwanda of 4 june 2003 as amended to date, especially in articles 62, 66, 67, 88, 89, 92, 93, 94, 95, 108, 140, 141, 142, 143, 145 and 201; "In the first instance and at appeal level, commercial courts shall hear all cases, while rwanda du 04 juin 2003, telle que révisée à ce jour, spécialement en ses articles 62, 66, 67, 88, 89, 92, 93, 94, 95, 108, 140, 141, 142, 143, 145 et 201 ; " Ingingo ya 43: gukorana ibikorwa by’ubucuruzi n’ikigega kitemerewe gukora "Article 43: transaction with an unlicensed scheme " Umuyobozi w’urwego rwa leta usaba inama mu by’amategeko, ashyikiriza minisitiri w’ubutabera/intumwa nkuru ya leta inyandiko y’amasezerano aherekejwe n’izindi nyandiko zerekeranye n’ayo masezerano. "The head of the public institution seeking for a legal opinion from the minister of justice/attorney general submits to him or her a copy of the contract accompanied with any other document related to the contract. " - yapfuye; - yasezeye bigaragazwa n‟icyemezo yashyikirije abahagarariye umuryango; - igihe avuye burundu mu rwanda; - byemejwe n‟inteko rusange ku bwiganze bwa 2/3 "- accepted voluntary dismissal; - exclusion pronounced by 2/3 from general assembly; - death. " N° 2310/2018 -00020[ 614 ] yo ku wa 27/12/2018 "N° 2310/2018 -00020[ 614 ] du 27/12/2018 " Aya mabwiriza agena imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo by’urwego rw’ubugenzuzi bukuru bw’imari ya leta. "These instructions shall determine the organizational structure and the summary of job positions of the office of the auditor general of state finances. " 2° yavukiye muri gereza yakuzuza imyaka itatu (3) ntabone abo bafitanye isano bamwakira; 3° urukiko rwafashe icyemezo cy‟uko umwana ashyirwa ahandi arererwa ariko akaba atarabona undi muryango umwakira; 4° ari impunzi akaba atarabonana n‟ababyeyi be; 5° ari inzererezi ataragira imyaka cumi n‟ine (14) cyangwa asabiriza mu gihe hagishakishwa ababyeyi be; 6° hari impamvu igaragaza ko umwana afite ibibazo byihariye kandi adafite umuryango witeguye kumwakira. "4° he/she is a refugee and has not yet found his or her parents; 5° he/she is a vagrant under fourteen (14) years and procedures to identify his/her parents are still in process; 6° there are sound reasons indicating that the child is facing serious problems and no family is ready to receive him/her. " Icyiciro cya 5:urwego rwo gukemura amakimbirane, uko rushyirwaho n‟imikorere yarwo "Chapter five: mechanisms of conflicts resolution " Mategeko shingiro kandi bakemerwa n‟inteko rusange. abanyamuryango bawushinze n‟abawinjiramo ni abanyamuryango nyakuri. bafite uburenganzira bumwe n‟inshingano zimwe ku birebana n‟umuryango. abanyamuryango b‟icyubahiro ni abantu cyangwa imiryango bemerwa n‟inteko rusange kubera ibikorwa byiza by‟akarusho bakoreye umuryango. abanyamuryango b‟icyubahiro batangwa na komite nyobozi, bakemerwa n‟inteko rusange. bagishwa inama gusa ariko ntibatora. "The adherent and founder members are effective members of the association. they have the same rights and duties with respect to association. the honorary members are persons or entities to which the general assembly will have decreed this title in recognition of the special and appreciable services rendered to the association. the honorary members are proposed by the executive committee and are approved by the general assembly. they play an advisory role but they are not allowed to vote. " Ishinzwe "Alteration " E) abanyamigabane cyangwa ibiro by’ivunjisha ubwabyo byahamwe n’icyaha cy’iyezandonke mu rwanda cyangwa mu mahanga cyangwa se sosiyete ifitemo imigabane cyangwa sosiyete yayibyaye yarahamwe n’icyo cyaha; "E) the shareholders of the forex bureau, or the bureau itself, is convicted by any court of competent jurisdiction, in rwanda or elsewhere, of an offense related to the money laundering, or is an affiliate or subsidiary of a company that has been so convicted; " 1 º ryashyikirijwe uwo mu muryango w’uberewemo umwenda ufite nibura imyaka cumi n’itandatu (16) y’amavuko; "1° given to a family member of the creditor aged at least sixteen (16) years old; " Iteka rya perezida n°02/01 ryo kuwa 23/04/2009 rishyiraho “military defense attache‟‟ "Presidential order n°02/01 of 23/04/2009 appointing a military defense attache " Umutungo n‟imyenda by‟umuryango udaharanira inyungu wavuzwe byeguriwe nta kiguzi umuryango uteganywa n‟aya mategeko shingiro. "The assets and liabilities of the said association are transferred free of charge to the organization created by this constitution. " Ingingo ya 27:inama y‟ubugenzuzi ishinzwe: -kureba niba inyandiko z’icunga mutungo zuzuzwa neza kandi zikabikwa neza. "Titre iv : administration – direction – surveillance. " Iteka rya minisitiri w’intebe no 36/03 ryo ku wa 27/02/2015 rigena inshingano, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi muri minisiteri y’imicungire y’ibiza n’impunzi (midimar) n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. "Prime minister’s order no 36/03 of 27/02/2015 determining mission and functions, organizational structure, salaries and fringe benefits for employees in the ministry of disaster management and refugee affairs (midimar) and all prior provisions contrary to this order are repealed. " 10° abacungamutungo ba za banki z‟abaturage zikorera mu karere; "10° managers of ”banques populaires” operating in the district; " Ingingo ya 262: se na nyina b’umwana wavutse ku babyeyi batashyingiranywe "Article 262: father and mother of a child born out of wedlock " Ingingo ya 33: ishyirwaho rya perezida na visi perezida b’urukiko rw’ubujurire "Article 33: appointment of the president and vice president of the court of appeal " Ingingo ya 8: ururimi rw’igihugu n’indimi zemewe mu butegetsi "Article 8: national language and official languages " Ikigo gikora, buri mwaka, ibarura rigaragaza ingano y’ibintu bigenzuwe, ibyakozwe article 19: reporting "The authority carries out, every year, an inventory establishing the volumes of article 19: rapport " Amabwiriza rusange ya banki nkuru y’u rwanda yerekeye ibisabwa birebana n’ubushobozi bwo kubona amafaranga ku mabanki…………………………………………………………11 "Regulation of the national bank of rwanda on licensing conditions of banks……………….2 " Mu nkiko z‟ubucuruzi, nta raporo y‟iburanisha ry‟ibanze yihariye ikorwa, ahubwo handikwa urubanza rugaragaza ibyemezo byafashwe n‟impamvu zashingiweho. "For commercial courts, no preliminary hearing report is prepared. instead a judgment indicating the decisions taken and their grounds is given. " Madamu gashumba jeanne pauline agizwe umuyobozi w’ishami rishinzwe gukumira no kurwanya ruswa n’ibindi byaha biyishamikiyeho mu rwego rw’umuvunyi. "Mrs. gashumba jeanne pauline is hereby appointed director of fighting corruption and related offences unit in the office of ombudsman. " Umukoresha abujijwe gushingira ku kuba muri sendika cyangwa gukora imirimo yayo afata ibyemezo bibera cyangwa birenganya umukozi ku birebana n’imigendekere yose y’akazi n’ uburyo gakorwamo. "It is prohibited for an employer to rely on membership of a trade union or a trade union activity to take favourable or unfair decisions concerning a worker with regard to the running and conditions for performing work. " Nta muntu ushobora kugira uruhushya rwo kugura no kugurisha amabuye y‟agaciro mu gihe atanditse mu bitabo by‟ubucuruzi. "Nobody is allowed to purchase or sell minerals without commercial registration. " Iyo bibaye ngombwa ko hakorwa iperereza, umuntu wese ashobora kubazwa mu rubanza. "If it is deemed necessary to conduct investigations, any person may be heard at trial. " Icyakora, abaturage bashobora nabo gusaba uwo baziho ubushobozi n’ubunyangamugayo ubyemeye, kuba umukandida. "However, the population may, on its own volution also request a person they consider competent and honest who agrees, to be their candidate. " Ibisagutse mu irangizamutungo byose bifatwa nk’inyungu ku migabane mu gihe cy’umusoro cya nyuma cy’ubuzima bw’isosiyete. "All liquidation proceeds are considered as dividends on shares in the last tax period of the company’s existence. " Interuro ya iv: ibyerekeye imicungire ya za gereza "Title iv: management of prisons " Uhereye iburengerazuba ugana iburasirazuba, urubibi rw’akarere ka rutsiro ruhuye n’urw’amajyaruguru y’akarere ka karongi kuva ku mupaka w’igihugu cy’u rwanda n’icya repubulika iharanira demokarasi ya kongo aho uturere twa rutsiro na karongi duhurira mu kiyaga cya kivu kugera aho uturere twa rutsiro , ngororero na karongi duhurira. "From the west to the east, the boundary of rutsiro district meets the northern boundary of karongi district from the border between the republic of rwanda and the democratic republic of congo where rutsiro and karongi districts meet in lake kivu up to the place where rutsiro, ngororero and karongi districts meet. " 1° ingamba zo kurengera umuguzi wa serivisi y’imari zashyizwe mu bikorwa mu mwaka ; "1° the annual activities of the insurer; " B. mu gihe cy’umunsi wose: 200.000 frw; "B. acting during the whole day: 200.000 rwf; " Icyicaro cy‟umuryango gishyizwe mu kagari ka nyabisindu, umurenge wa remera, akarere ka gasabo, umujyi wa kigali. gishobora ariko kwimurirwa ahandi mu rwanda byemejwe na 2/3 by‟inteko rusange. "The head office of the izere mubyeyi organization is located in kabeza cell, kanombe sector, kicukiro district, kigali city. it may be transferred to any other place in rwanda upon a decision of 2/3 of the general assembly. article 2 : siège " Dushishikajwe no gushyira mu bikorwa politiki ya leta mu kurwanya sida no guteza imbere ubuzima, hashingiwe k’ubwuzuzanye n’uruhare rwa buri rwego, harimo n’imiryango itegamiye kuri rwanda ngo forum on hiv/aids and health promotion “rngof on aids&hp” "Willing to contribute to the implementation of the government policy concerning the fight against hiv and aids, based on the multisectoral response with a participation of all forum des ong sur le sida et la promotion la sante au rwanda “rngof on aids&hp” " 2° abayobozi b’amashami. "2° college of managers. " 8. gukurikirana no gusuzuma impinduka z’ibikorwa byo kubaka ubushobozi mu byiciro by’imirimo bitandukanye; "8° monitor and assess the impact of capacity building activities across different employment sectors; " Abakoresha bisi bagira raporo z’ibaruramari zitagaragaza ukuri kw’amakuru nyayo bitewe n’uburyo bw’imikorere yabo, batanga umusanzu udahinduka ugaragara ku mugereka wa iii w’aya mabwiriza. "Operators whose financial reports do not reflect the reality due to their operational status must be charged a flat fee as provided in annex iii of these regulations. " Ingingo ya 4: uburenganzira bwo kuroba "Article 4: the right to fish " Ububasha bw’inteko rusange ni bumwe n’ubuteganywa mu ngingo ya 16 y’itegeko nº 20/2000 ryo kuwa 26 nyakanga 2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu, aribwo: "The general assembly’s powers are ones defined in the article 16 of the law n° 20/2000 of 16 july 2000 relating to nonprofit making organization, such as: " B) ibyagabanutse ku mitungo birebana n‘ijanisha ryemewe nk‘ibyashowe bitari ku isoko ry‘imari n‘imyenda yishingiwe kugeza kuri 70%, icyashowe cyishingiwe ku isoko ry‘imari n‘ayishyuzwa abishingizi b‘abishingizi atari ibirarane kugeza kuri 90%, ibyashowe mu bwubatsi bw‘amazu kugeza kuri 80%, n‘indi mitungo iyo ariyo yose hatarimo ikinyuranyo cy‘amafaranga akoreshwa n‘abitse ku makonti ndetse n‘ibyo baguzemo imigabane mu bisa n‘imari byashyizwe ku isoko na leta kugeza kuri 50%. "(b) deductions for assets subject to maximum admissible percentages such as investments in unlisted equities and debt securities up to 70%, investment in listed securities and receivables from reinsurers which are not overdue up to 90%, real estate investments up to 80%, and all other assets excluding cash, deposit balances and government securities, up to 50%. " Ingingo ya 14: ibisabwa mu kwishingira imigabane "Article 4 : objectifs " Nta muntu cyangwa itsinda ry’abantu bemerewe gukora imiti n’ibikoresho byo mu buvuzi batabiherewe uruhushya. "No individual or association of persons shall manufacture pharmaceutical products and medical devices unless they are granted a license to do so. " Buri muganga cyangwa umuganga w’amenyo agomba kugeza nibura ku manota yagenwe n’inama y’igihugu y’urugaga buri mwaka kugira ngo ashobore gukora byemewe umwuga wo kuvura. 9° to perform any other duty as may be deemed necessary by the national council board. "Each medical doctor or dentist must, each year, obtain the minimum score as determined by the national council board for him/her to be duly authorized to practice the medical services. " (d) gushyiraho aho ikigo cy’ubwishingizi ku buryozwe bw’ibigo umwishingizi ashamikiyeho kigarukira mu kwishingira imwe mu mirongo y’ubucuruzi. "(d) limiting the captive insurer to writing certain lines of business. " Hashyizweho ku gihe kitazwi ishyirahamwe ry’abakoresha ryitwa: association of cassava processors and exporters in rwanda, acper mu magambo ahinnye y’icyongereza. "Hereby established, for unlimited period, an employers’ professional association named association of cassava processors and exporters in rwanda, acper in its english acronym. " Noteri w’indahiro "Notary for oaths " 3° ikigo kinyurwamo by’igihe gito: ahantu hagenewe kunyurwamo by’agateganyo n’abantu bagaragaza imyitwarire yatuma bajyanwa mu kigo ngororamuco. "3° transit center: premises used for accommodating on a temporary basis the people whose behaviors may constitute a cause for placement in the rehabilitation center. " Ibihembo ku mirimo yihariye bigenwa ku buryo bukurikira: "The fees applicable to certain special services are fixed as follows: " Amabwiriza rusange agena imarishingiro fatizo isabwa, amafaranga y’uruhushya n’ibindi bisabwa kugira ngo isosiyete cyangwa koperative isaba yemererwe gukora imirimo y’ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa. "The regulations determine the minimum paid-up capital, the licensing fee and other requirements for the company or cooperative to be licensed to carry out deposit-taking microfinance institution activities. " Ashingiye ku itegeko ngenga n° 08/2005 ryo ku wa 14/07/2005 rigena imikoreshereze n’imicungire y’ubutaka mu rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 12 n’iya 14; "Pursuant to organic law n° 08/2005 of 14 july 2005 determining the use and management of land in rwanda, especially in articles 12 and 14; " (2) ushinzwe gutanga amakuru afata ingamba zikumira zirimo izikurikira n’izindi zose zishobora kugira ingaruka zimwe mu kugabanya ingorane: "(2) a reporting person undertakes counter- measures including the following and any other measures that may have a similar effect in mitigating risks: " « uwatsinze ipiganwa, iyo amaze kwishyura, yohereza inyemezabwishyu binyuze mu kuzuza inyandiko yabugenewe article 7: punishment of a bidder "“the successful bidder, after paying the price, sends the payment receipt by filling the appropriate form in electronic system within article 7: sanctions contre le soumissionnaire " Ingingo ya 137: itorwa ku rwego rw’umurenge ry’umujyanama rusange n’iry’umukandida uhagarariye abagore ku rwego rw’akarere "Article 137: election of a member of a sector council and of a member representing women at the district level " 2° inyigo igaragaza ibishushanyo by‟ahasabwa, uko imirimo izakorwa, igishoro n‟inyungu izavamo. "2° the study showing the drawings for area applied for, the execution of works, the capital and the interest expected. " 5° amazina y’abahamwe n’icyaha cya jenoside bo mu rwego rwa mbere n’urwa kabiri, aherekejwe n’inyandiko ihinnye igaragaza umwirondoro wabo n’ibyaha bakoze, ashyirwa mu nyubako yihariye ku nzibutso za jenoside, mu gice kirebana n’amateka . ayo mazina kandi ashyirwa ku biro by’imirenge, mu nyandukuro zerekana ibyaha byakozwe n’ababikoze no ku rubuga rwa interineti”. "5°. the names of the persons falling within the first and the second category, convicted of the crime of genocide, together with a short description of their identities and the crimes they committed, shall be posted in the history section of the genocide memorials. those names shall also be posted at the offices of their sectors, registered in their ‘criminal record’ and published on the internet”. " Inshingano nkuru ya wda ni ugushyira mu bikorwa umurongo ngenderwaho wa politiki y‟igihugu mu bijyanye no guteza imbere ubumenyingiro bw‟abaturarwanda kugira ngo bashobore kubona imirimo no guhangana ku isoko ry‟umurimo, hifashishijwe uburyo bunoze bwo kwigisha imyuga. "The main mission of wda shall be to implement the national policy guidelines for improving the practical skills of rwandan residents for their employability and competitiveness on the labour market through an appropriate technical and vocational education and training system. " Amakimbirane muri minisiteriya akemurwa n’urwego rwa minisiteriya rushinzwe gukemura amakimbirane. iyo urwo rwego runaniwe kuyakemura, hiyambazwa umuryango ishamikiyeho. "Any conflict within a ministry is resolved by its conflict resolution organ. if the organ is unable to resolve the conflict, the ministry can refer the case to the organisation to which it is affiliated. " 1° arangije manda ye ntiyongerwe; "1° the term of office expires without extension; " Inyandiko zikoreshwa zerekeye imari mu kwishingira ntizitandukanye n’izikoreshwa mu kugura imimerere y’icyateza ingorane. "The financial instruments used for hedging do not differ in form from those used for acquiring the risk position. " Isubiye ku mabwriza no 006/2015 yo kuwa 16/09/2015 ya banki nkuru y’u rwanda yerekeye sheki zitazigamiwe "Having reviewed the regulation no 006/2015 of 16/09/2015 of the national bank of rwanda relating to bouncing cheques; " Ingingo ya 22: imenyekanisha ry’ihindurwa ry’umunyamwuga mu ishoramari cyangwa umubitsi w’umutungo w’ikigega "Article 22 notification of change in scheme investment manager or custodian " Inshingano z‟ingenzi za rcs ni izi zikurikira : "The main responsibilities of rcs are as follows: " Ihanagurabusembwa rituma uwarihawe afatwa nk’utarahawe igihano cyo mu rwego rw’akazi. section 4: rehabilitation "Rehabilitation entitles to the beneficiary the right to a clean disciplinary record. section 4: réhabilitation " 7. gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe n’inama y’inteko rusange. 7. implement all decisions taken by the general assembly. 7. exécuter toutes des décisions prises par l’assemblée générale. "7. implement all decisions taken by the general assembly. " 2° yakoze igenzura ry’imari ku buryo butabereye uwo murimo ; for payment of the costs of the inspection. "5° has conducted an audit in a manner that is not appropriate; montant qu’il juge approprié en garantie des coûts de l’inspection. " Rusingiza zerubabeli ……………………………………..………………………….....157 "Ebenezer holy church (ehc) …………………………………………………….156 " 5° gukatirwa igihano cy’igifungo kingana nibura n’amezi atandatu (6) cyangwa ibihano by’igifungo bibiri (2) biteranyije birengeje amezi atandatu (6); 6° kwirukanwa; "5° prison sentence exceeding six (6) months or two (2) prison sentences exceeding six (6) months when combined; 6° revocation; " -abantu bahawe ubwenegihugu bw‟u rwanda………………………………………….......89 "-persons who have been granted rwandan nationality…………………………………........89 " 7° kwemeza ingengo y’imari izakoreshwa uwo mwaka ya minisiteriya. "7° approval of the annual budget of the ministry. " 9. guhuza ibikorwa bijyanye no kumenyereza abantu akazi mu nzego zitandukanye no kumenyekanisha amahirwe ahari mu byerekeye guteza imbere ubushobozi; "9° coordinate internship programmes in different sectors and create awareness on skills development opportunities; " Ingingo ya 412: kwangiza cyangwa konona ku bw‟inabi ibiti, imyaka n‟ibikoresho by‟ubuhinzi n‟ubworozi "Article 412: malicious degradation or damaging of trees, crops and agricultural tools " 6. gushyiraho no guteza imbere ihana makuru mu banyamuryango b‟ibishyirahamwe bigamije inozwa ry‟umwuga wo gutunganya ibikomoka ku ifarini; "6. create and develop exchange of information among the members of association aiming improvement of practices in the bread making industry; " Iteka rya minisitiri w’intebe no 98/03 ryo ku wa 10/08/2017 rigena inshingano, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo bya minisiteri y’ibikorwaremezo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi bayo n’izindi ngingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. "The prime minister’s order no 98/03 of 10/08/2017 determining mission and functions, organisational structure of the ministry of infrastructure, salaries and fringe benefits for its employees and all other prior provisions contrary to this order are repealed. " 6° ibikorwa byo kugirira nabi abandi bikabije bikabaviramo gupfa; "6° death; " (f) iminsi ine y’akazi iyo umuvandimwe bavukana yapfuye; "(f) four working days in case of death of his or her brother or sister; " Ishingiye ku itegeko-teka n° 23/79 ryo kuwa 31 kanama 1979 ryerekeye ibaruramari rya leta, ryemejwe n’itegeko n° 01 ryo kuwa 26 mutarama 1982 ryemeje amategeko-teka, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 76, iya 77, iya 78 n’iya 79; "Given the decree law n° 23/79 of august 31, 1979 on public accounting as confirmed by the law n°01 of january 26,1982 on confirmation of decree-laws, especially in its articles 76, 77, 78 and 79; " Ubu bubasha bushobora kuba busesuye mu buryo bwose cyangwa bufite aho bugarukira cyangwa se bumwe busesuye mu buryo bwose n’aho ubundi bufite aho bugarukira. bushobora guhabwa abantu cyangwa amatsinda cyangwa se busangiwe na muri komite. "These powers can be totally absolute or limited or some can be absolute and others limited. they can be conferred to persons or to groups or shared within a committee. " (c) kuri buri muyoboro uvugwa mu gace b), hagaragazwa ingamba rusange n’uburyo bwo kurinda umutekano byashyizweho, bisobanura neza igenzura ikigo gisaba kizaba gifite ku bantu bagera kuri iyo miyoboro ndetse n’imiterere n’inshuro igenzura rikorwa, hibandwa nk’igenzura ryo mu (c) how the system is interoperable with other existing electronic payment systems. "(c) for each of the connections listed under point b), the logical security measures and mechanisms in place, specifying the control the applicant will have over these accesses as well as the nature and frequency of each control, such as technical versus organizational, preventive vs detective; (c) la façon dont le système est interopérable avec d'autres systèmes de paiement électronique existants. " Abagize inama y‟ubutegetsi bashirwaho n‟umwepesikopi, abakuye mubanyamuryango nyakuri bakora imirimo yabo umunsi kuwundi y‟umuryango. "The members of board of directors are chosen by bishop among the effective membership of organisation they exercises theirs activities day by day of organisation. " (c) kubimenyesha ibiro by’ubugenzacyaha bibwegereye; "(c) to inform the nearest bureau of the organ in charge of investigation; " Umutwe w’abadepite werekana ibyemezo byawo ukoresheje gucisha mu majwi . "The council shall take its decisions through elections. " Ingingo ya 22 : inshingano z’inzego z’ibanze "Article 22: duties of the executive head " 1° gukora igikorwa kinyuranyije n’amategeko, cyabangamira inzego cyangwa ubuyobozi buriho cyangwa igikorwa icyo ari cyo cyose kigamije article 59: obligations of a soldier in command position "1° undertaking any activity which is illegal, contrary to established institutions or authority or any activity intending to jeopardize the security of the republic of rwanda; article 59 : obligations d’un militaire en position de commandement " Umutwe wa iii: ibyerekeye gutakaza uburenganzira "Chapter iii: deprivation of rights " Iyo usaba uburenganzira bwo gushinga ishuri yifuza gushinga ishuri rifite umwihariko utuma indi minisiteri igira uruhare muri iryo shingwa, minisitiri amaze kubyumvikanaho na minisitiri ufite uwo mwihariko mu nshingano ze, agirana amasezerano n‘ushaka gushinga ishuri. "If the applicant intends to establish a school which has a particularity that requires involvement of any other ministry, the minister, after consultation with the minister having that particularity in his/her portfolio, sign an agreement with the applicant who intends to establish the school. " 2° umushinjacyaha mukuru wa gisirikare wungirije. "2° deputy directors general. " Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano asuzuma uwo mushinga hashingiwe ku gishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka y’aho ubutaka bukenewe buherereye. "The minister in charge of land assesses the project in compliance with the land use master plan for the location of the needed land. " (3) ibi bizasaba guha amahugurwa abantu bashinzwe kugenzura imyirondoro kimwe n’inzira zumvikana zikurikizwa n’umuntu ushinzwe gukora ubugenzuzi kugirango abashe kumenya neza umwirondoro w’umukiriya. "(3) this will require training of the persons charged with identity verification as well as clear processes to be followed by the person in charge of the verification to be sure of the identity of the customer. " Umuvugizi wa c.p.r. bishop alexis bilindabagabo (sé) "Legal representative of cpr bishop alexis bilindabagabo (sé) " Umuntu wese ubishaka ashobora guhabwa kopi y’izo nyandiko abanje kwerekana urupapuro yishyuriyeho amafaranga urwego rubitse izo nyandiko rwamutegetse kwishyura. "Any person wishing to obtain a copy of those documents shall be allowed to do so upon presentation of a prepaid slip of the amount requested by the entity keeping them. " Ingingo ya 334: kwemeza amasezerano y’ikurikiranabwishyu atujuje ibisabwa "Article 364: pledging a share as a security " Isubiye ku itegeko n° 16/2012 ryo ku wa 22/05/2012 rigena imiterere, imikorere n’inshingano by’ikigega cy’igihugu cy’ibidukikije (fonerwa); "Having reviewed law nº 16/2012 of 22/05/2012 determining the organization, functioning and mission of the national fund for environment (fonerwa); " Urukiko rwohererejwe uru rubanza ntirushobora kwanga kuruburanisha rwitwaje ko rwafashe icyemezo kuri iryo burabubasha. "The court that receives such a case cannot refuse to hear the case on the pretext that it made a decision on the lack of jurisdiction. " 2° iyo umubitsi w’inyandikompamo z’ubutaka, uwo bashyingiranywe, uwo akomokaho, umukomokaho, umuvandimwe cyangwa uwo bafitanye isano ishingiye ku ishyingiranwa kugeza ku gisanira cya kabiri, arebwa n’ikibazo kigomba gukemurwa n’inama. "2° if a registrar of land titles, his or her spouse, ascendant, descendant, collateral or in-law up to the second degree, has personal interest on issue under consideration by the council. " (b) ububasha n‟ubushobozi "2. competence and capability " Ingingo ya 22: umubare w’amafaranga ugaragajwe neza umubare w‟amafaranga uri kuri sheki cyangwa mu nyandiko ntegekabwishyu na nsezeranyabwishyu ugomba kugaragazwa uko uri harimo inyungu zishobora gutangwa, ibyiciro byo kwishyura, inyungu z‟ubukerererwe n‟uburyo bw‟ivunjisha iyo ari ngombwa. "A sum for which the cheque, bill of exchange or promissory note is shown shall be clearly indicated including possible interests, stated instalments, default interests and the rate of exchange if need be. " Imanza ziciwe n’urukiko rukuru rw’ubucuruzi ku byemezo byavuzwe mu gika cya 4 cy’iyi ngingo ntizijuririrwa. "Judgments rendered by the commercial high court on the actions mentioned in paragraph 4 of this article are not subject to appeal. " Article 15: the general assembly legally meets when gathers the two third 2/3 of the effective membership. in case the quorum is not reached, a second meeting is convened within fifteen (15) days. in that case, the general assembly shall meet and take valid resolutions irrespective of the numbers of participants. ingingo ya 16: inteko rusange idasanzwe iterana igihe cyose bibaye ngombwa kandi ikayoborwa ku buryo bumwe nk‟ubw‟ inteko rusange isanzwe.igihe cyo kuyitumiza gishyizwe ku minsi cumi n‟itanu(15). impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganyijwe mu butumire. "Article 13: quorum of the general assembly the general assembly shall convene when at least two thirds (2/3) of effective members are present. in the case the quorum is not attained, a second meeting will be convened within fifteen days (15). in this case, the general assembly shall meet and adopt valid resolutions regardless of the number of present members. the general assembly in extraordinary session shall convene as often as deemed necessary. the modalities of how it is convened and chaired are the same as for the general assembly in ordinary session debates shall deal with only the item on the agenda. resolutions shall be adopted by the majority votes except those provided for in articles; 2, 8, 12 and 29. in case of a tie, the president shall have a casting vote. " A)kwigisha tekiniki z‟iterambere ry‟umuntu ku giti cye nk‟umwiyumviron‟ubundi buryo burikomokahohamwe n‟ibitekerezo byubaka no kubishyira mu bikorwa. "A)to teach self development techniques such as meditation and related methods of personal development, self management and positive thinking and their practice. " Dr. binagwaho agnès minisitiri w’ubuzima "Dr. binagwaho agnès minister of health " Avoka ashobora kugirana n‟umukiriya amasezerano ahoraho, aho bumvikana ko avoka azafasha umukiriya we mu bibazo by‟amategeko cyangwa mu manza, ku gihembo gicishirije kigenwe ku bwumvikane, hubahirijwe ibihembo mbonnera biteganywa n‟aya mabwiriza. "The advocate may sign a permanent contract with his/her client through which he/she shall provide him/her with legal and/or judicial assistance against payment of a fixed fee determined by mutual agreement in respect of the scale fixed by this regulation. " Ingingo ya 56: imyaka yo gutangira amashuri abanza "Article 56: age of entry into primary school " Inyandiko icuruzwa yateganyijwe ko izishyurwa ari uko bibanje gusabwa, ntishobora kwerekanwa ngo yemerwe cyangwa ngo yishyurwe kuri uwo munsi banki itakoze. "A negotiable instrument to be paid on demand cannot be presented and accepted or be paid on the day a bank is not open for business. " (f) gushyira abantu mu bucakara no kubacuruza nk’abacakara, no gukora ibikorwa bijyana na byo cyangwa kubakoresha imirimo y’uburetwa y’uburyo ubwo ari bwo bwose; "(f) to enslave and engage in slave trade, or commit slavery-like practices and forced labour in any form; " Komisiyo zishyingura inyandiko n’amadosiye by’inama n’iby’indi mirimo yazo. buri mushinga w’itegeko usuzumwe ufungurirwa idosiye igaragaza ikintu cyose cyakozwe ku buryo umuntu wakenera kuyigeraho ngo ayisome yayibona. ni nako bigenda ku kindi kibazo cyasuzumwe na komisiyo. "Committees carry out the archiving of records and files of their meetings and any other work. a file is open for every draft law or private member’s bill that is considered, and such a file gives an account of anything that has been done in respect thereof in such a manner that any person interested in consulting it may easily access it. this also applies to any other issue considered by the committee. " -gushishikariza rubanda kwirinda icyorezo cya sida no kwigisha abayanduye uko bagomba kwitwara mu buzima; "-senzitize he population on hiv/aids prevention and inform the infection people about the conduct to adopt in the life; " Ishyirwaho rya gahunda yo guhuza amasambu n‟ishyirwa mu bikorwa ryayo ikurikiza amahame akurikira: "Public procurement shall be governed by the following fundamental principles: " Ikigo kigomba kugirana amasezerano n‟ibyo bigo bya leta ajyanye n‟ibikoresho cyangwa serivisi bikenera. "The authority shall conclude agreements with such government institutions in relation to the facilities and services as may be required. " 6° gufata ku ngufu: ugukoresha undi muntu imibonano mpuzabitsina nta bwumvikane bubayeho, hakoreshejwe imbaraga, iterabwoba, amayeri n‟ibindi; "6° rape: the fact that a person is envolved into sexual intercourse without consent, by force, intimidation, trices and others; " Imicungire nyayo y’icyateza ingorane gokomeye isaba ko politike, ibikurikizwa n’ibitarengwaho bishyirwaho kugira ngo hizerwe isuzuma nta marangamutima ry’igisubizo ku bijyana n’ubucuruzi bwa banki. "Effective management of strategic risk requires that policies, procedures and limits be established to ensure objective evaluation of and responsiveness to a bank’s business environment. " Inyandiko igaragaza ibyemezo by‟inama y‟ubutegetsi y‟utanga umwenda, kwemererwa n‟abanyamigabane iyo ari ngombwa ndetse n‟ibyemejwe n‟abatanze imyenda iyo bibaye ngombwa. inyandiko y‟ibyemezo by‟inama y‟ubutegetsi y‟ushyira ku isoko imigabane, ibyo abanyamigabane bemeje ushyira ku isoko imigabane yiyemezako afite kandi akemera inshingano z‟umwenda zituruka ku myenda itandukanye ihurijwe hamwe igamijwe kugurishwa nk‟impapuro ndangamwenda. "A statement of the originator‟s board resolutions, shareholders approval where required and approval by existing debt holders where required. a statement of the issuer‟s board resolutions and shareholder approval of the issuer acknowledging and accepting the liabilities arising in accordance with the securitization transaction. " Ingingo ya 47: ivanwaho ry‟abagize inama y‟ubutegetsi n‟abakozi bakuru "Article 47: removal of directors or officers " Ku myanya y’imirimo yose, iyo umukozi avuye ku ngazi ntambike ya iii ajya ku ikurikiye kugeza kuya xvi, buri zamurwa mu ngazi ntambike imwe rimuhesha uburenganzira ku nyongera y’icumi ku ijana (10%) by’umubare fatizo. "For all jobs, each horizontal step promotion from step iii gradually to xvi, the step promotion gives right to an increment of ten percent (10%) of the index. " (1) mu gihe komisiyo itangaje ko idafite ububasha bwo kwiga ikibazo cyangwa mu gihe gihuriweho na komisiyo nyinshi, biro y’inama njyanama y’akarere ni yo yemeza komisiyo igomba kucyiga. "(1) if a commission declares itself incompetent for the examination of an issue or when the issue concerns several commissions, the bureau of the district council decides which commission must examine it. " (a) cyashyizweho kigamije gukora nk’ikigega kandi amategeko agishyiraho ateganya ko kizakora nk’ikigega cy’ishoramari mu mutungo utimukanwa hakurikijwe aya mabwiriza; "(a) it is set up as a trust and the trust deed provides for undertaking real estate investment schemes as per these regulations; "  gusuzuma gahunda y‟ibikorwa n‟ingengo y‟imari mbere y‟uko byemezwa n‟inteko rusange;  kwemeza raporo y‟ibikorwa by‟ubunyamabanga buhoraho ;  gukurikirana imikorere n‟ibikorwa " to examine the action plan and the budget before their approval by the general assembly ;  to approve activity reports of the permanent secretariat;  to assure a follow-up and evaluation of premier vice-président, il est convoqué et dirigé par le deuxième vice-président. " N° 57/01 ryo ku wa 14/09/2015 "N° 57/01 du 14/09/2015 " Usa n’ufatiwe mu cyuho ni umuntu rubanda ruha induru, cyangwa uwo basanze afite intwaro, ibikoresho, impapuro cyangwa ibindi bintu bituma akekwaho ko ari we wakoze icyaha cyangwa yafashije uwagikoze, hapfa kuba hadashize umwanya icyaha gikozwe. "A person presumed to be caught red-handed shall be a person being yelled at by the public or found with arms, instruments, documents or any other objects which give reason to assume that he/she is a perpetrator or an accomplice provided that it is soon after the offence. " 3° gusinyana amasezerano y’imihigo n’urwego rureberera cma no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo; "3 º to conclude a performance contract with the supervising organ of cma and make follow-up on implementation thereof; " 6° kunyuranya n’amategeko y’igihugu ateganya uko hashyirwaho umukuru w’igihugu. "6° acting contrary to the laws of the country that relate to the appointment of the head of state. " A. gushyiraho no kumenyekanisha politiki, ingamba, imishinga na gahunda zigamije kuvugurura, kongera mu bwinshi no mu byiciro umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi kugira ngo abaturage bihaze mu biribwa; "A. elaboration and dissemination of the policies, strategies, projects and programs aimed at modernizing, intensifying and diversifying agriculture and livestock production in order to ensure food security; " Chuk ishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu bibaye ngombwa, kugira ngo igere ku nshingano zayo, byemejwe na minisiteri ifite ubuzima mu nshingano. "Chuk may have branches elsewhere in the country if considered necessary in order to fulfil its responsibilities, upon approval by the ministry in charge of health. " Ingingo ya 15: ibishingirwaho mu kugena ikiguzi n’imisanzu by’ubwishingizi "Article 15: information about costs and charges " A. gushakisha no gukusanya ibikenewe no kugenzura ibikorwa hagamijwe kureba ko bikoreshwa neza mu gisirikari; "A. source and mobilization of resources and supervising actions to ensure their rational utilization in the military sector; " 1º amabuye y’agaciro y’ibanze: amabuye y’agaciro ashongeshwa cyangwa ahindurwa n’uko ashyizwe ahantu ahura n’umwuka cyangwa hahehereye. agizwe n’umuringa, polo, zinke, nikeli, aluminiyumu, gasegereti, ubutare, tungusiteni, molibudene, tantale, cobaliti, bisimati, kadimiyumu, titane, zirikoniyumu, antimwane, manganeze, beririyumu, korome, jerimaniyumu, vanadiyumu, galiyumu, hafiniyumu, indiyumu, niyobiyumu, reniyumu, taliyumu, toriyumu, uraniyumu n’ibinyabutaka bidakunze kuboneka; "1º base metals: metals that oxidize or corrode easily when exposed to air or moisture. they shall include: copper, lead, zinc, nickel, aluminum, tin, iron, tungsten, molybdenum, tantalum, cobalt, bismuth, cadmium, titanium, zirconium, antimony, manganese, beryllium, chromium, germanium, vanadium, gallium, hafnium, indium, niobium, rhenium, thallium, thorium, uranium and rare earth elements; " Ingingo ya 35: ibura ry’uruhushya "Article 35: non discrimination " 19 kanyabigunda godefroid "19 rushingwankiko valens " Iteka rya perezida n°87/01 ryo ku wa 30/09/2015 ryongerera manda umukomiseri "Presidential order n°87/01 of 30/09/2015 renewing term of office for a commissioner " Ingingo ya 73: ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi birebana no gukora inyandiko z’irangamimerere "Article 73: administrative sanctions relating to the drawing up of civil status records " Urwego rugaragaza ibitabo byose bifitanye isano n‟ubukerarugendo byasomwa na rubanda mu masaha y‟akazi, ku biro by‟urwego cyangwa ibindi biro byagenwe n‟urwego, n‟ubundi buryo bw‟ikoranabuhanga bwakoreshwa. "The board shall determine all the tourism- related registers which may be made available to the public during working hours, at the board‟s office or another office determined by the board or those which shall be accessible by other practicable electronic means. " Nzeri 2007 rigena ishyirwaho, imiterere n’imikorere y’amakoperative mu rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 25 ; "Determining the establishment, organisation and functioning of cooperative organizations in rwanda, especially in article 26; " Ingingo ya 71: guhagararirwa k’u rwanda mu iperereza ku mpanuka y’indege rikozwe n’ibindi bihugu "Article 71: representation of rwanda in aircraft accident investigations conducted by other states " Ashingiye ku itegeko n o 62/2008 ryo kuwa 10/09/2008 rigena uburyo bwo gukoresha, kubungabunga, kurengera no gucunga neza umutungo w’amazi, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 24; "Pursuant to law n o 62/2008 of 10/09/2008 putting in place the use, conservation, protection and management of water resources regulations, especially in article 24; " Ukora iperereza ku mpanuka y’indege, ashobora, nyuma yo kubimenyesha mu nyandiko uwo bireba, gukora ibi bikurikira: "The aircraft investigator may, after informing the concerned person, do the following: " 2° kuba yumvikanye kuri serivisi adashobora guha abanyamuryango bayo ariko impuzamahuriro ikaba yazitanga; "2° agree on the services they cannot provide to their members but which the federation can provide; " Ingingo ya 3: ibyiciro by’ahakorera banki article 3: classification of place of business "Article 3: classification of place of business " Umutwe wa ii: ubuyobozi bw’amashuri "Chapter ii: schools management " 5° ikigega cy’abishyizehamwe cy’ubwizerane cy’umugabane fatizo ku ishoramari: ikigega cy’ishoramari cy’abishyizehamwe cyashyizweho n’inyandiko y’ubwizerane yakozwe hagati y’ucunga ikigega n’ucunga iby’abandi w’umwuga; "5º unit trust scheme: a collective investment scheme established by a trust deed executed between the operator and the trustee; " Uretse abantu bavugwa mu duce twa 7°, 8° na 15° tw’igika cya mbere cy’ingingo ya 123 y’iri tegeko ngenga, indi mirimo itabangikanywa n’iy’ubudepite ivugwa muri iyo ngingo ntibuza uyikora gutorwa. icyakora, akimara kurahira, uwo mudepite ahita yegura ku mirimo yakoraga security service, the rwanda correctional service or the district administration security support organ; "With the exception of the persons provided under items 7°, 8° and 15° of paragraph one of article 123 of this organic law, other offices incompatible with that of deputy provided under that article do not prevent the person holding them from being elected. however, such a deputy resigns from his/her previous office immediately after taking du service national de renseignements et de sécurité, du service correctionnel du rwanda ou de l’organe d’appui à l’administration du district pour le maintien de la sécurité ; " Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera kunyuza cyangwa kurunda mu gihugu imyanda ihumanya n‟ibindi byose byagira ingaruka zikomeye ku buzima bw‟abantu no ku bidukikije. "It is prohibited to make international agreements permitting the transit or dumping, on national territory, of toxic waste and other hazardous materials likely to cause serious damage to public health and the environment. " Ingingo ya 24: aya mategeko ashobora guhindurwa byemejwe n‟inteko rusange ku bwiganze busesuye bw‟amajwi y‟abanyamuryango nyirizina, bisabwe na komite nyobozi cyangwa na kimwe cya kabiri cy‟abanyamuryango nyirizina. "Article 33 : the current statutes can be amended with the decision of the general synod taken on absolute majority of votes, or with the proposal of the synod council or else with a vote of 2/3 of the members of the general synod. " Abajyanama ba sinode bavuye muri za paruwasi "Synode provincial " Ikigo gikora umurimo w’ubwishingizi buciriritse cyangwa umwishingizi utanga serivisi microinsurance intermediaries shall comply with requirements provided for in the regulation governing insurance intermediaries. "A dedicated microinsurer, insurer offering microinsurance products shall prepare les intermédiaires de micro-assurance doivent se conformer aux dispositions prévues par la réglementation des intermédiaires d’assurance. " (iii)amafaranga abikijwe mu mabanki no mu bindi bigo by’imari kuri konti zibyara inyungu n’inyungu zibarwa zishobora kwishyurwa zayo; "(iii)cash held in banks and other financial instititutions on savings/term deposit accounts and their accrual interests receivable; " Abantu ni bo shingiro ry’amajyambere arambye. bafite uburenganzira ku buzima buzira umuze kandi bukora bitabangamiye kamere. ariko uburenganzira ku majyambere bugomba kugerwaho hitaweho ibizakenerwa n’ibisekuruza biriho ndetse n’ibizaza. "Human beings are central to sustainable development. they are entitled to the right of a healthy and productive life in harmony with nature. however, the right to development must be achieved in consideration of the needs of present and future generations. " Igihe umuyobozi udasanzwe amara ku mirimo kigenwa n’inyandiko imushyiraho. ariko ntigishobora kurenga amezi cumi n’abiri (12). 2° the management of the pension scheme or its service providers’ business may jeopardize members and beneficiaries of the pension scheme; "The term of office of a special administrator shall be specified in the instrument of appointment. however, it shall not exceed twelve (12) months. 2° la gestion du régime de pension ou les activités des prestataires de services risque de porter préjudice aux membres et aux bénéficiaires du régime de pension; " Ibihumbi bitanu y’amanyarwanda (5.000 frw) kuri buri nyandiko. "B. five thousand rwandan francs (rwf 5,000) per day. " Ingingo ya 29: komite nyobozi ya ppc "Article 29: ppc’s executive committee " A. urwego rufite ubutasi ku mari mu nshingano; "A. the organ in charge of financial intelligence; " Ingingo ya 19: ubumenyi n’uburambe bw’abagize inama y’ubutegetsi "Article 19: skills and experience of the board members " (2) nisr ishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu, bibaye article one: purpose of this order "(2) nisr may have branches elsewhere in the country, if considered necessary, in article premier: objet du présent arrêté " Guhera igihe hatangijwe ikurikirana ry’izahura ry’ubucuruzi, nta kirego, harimo n’ikirego gisaba gushyira mu bikorwa, kireba isosiyete cyangwa cyerekeranye n’umutungo uwo ariwo wose w’isosiyete cyangwa ufitwe mu buryo bwemewe n’isosiyete gishobora gutangizwa cyangwa gukomeza gukurikiranwa, uretse: "From the commencement of reorganization proceedings, no legal proceeding, including enforcement action, against the company, or in relation to any property belonging to the company, or lawfully in its possession, may be commenced or proceeded, except: " Ibicuruzwa biri mu bubiko bihabwa agaciro hakurikijwe igiciro cy’ikiguzi cyangwa igiciro cy’isoko cyo ku munsi wa nyuma w’igihe cy’umusoro, hakurikijwe ikiri munsi y’ikindi. ibintu bigikorwa bihabwa agaciro hakurikijwe ikiguzi cy’ibimaze kubitangwaho. "Trading stock is valued at a lower of cost price or market price on the last day of the tax period. work in progress is valued at cost price. " 7° guha amakuru inzego zibifitiye ububasha igihe ziyasabye; "7° provide the data to the competent organs, upon request; " - gushyiraho uburyo bwo guhura, kuganira no kungurana ibitekerezo ku bibazo bahuriyeho kugira ngo babibonere umuti; "-to serve as a forum for discussion and consultation on all matters relating to education; " Urukiko rukuru rwa repubulika cyangwa urukiko rukuru rwa gisirikare rufatira icyemezo ku ngingo z’ubushinjacyaha mu gihe cy’amezi abiri, usaba ihanagurabusembwa cyangwa umwunganira amaze kubazwa cyangwa barahamagawe ku buryo buteganyijwe n’itegeko». "The high court of the republic or the military high court makes a ruling on the arguments of the public prosecution within a period of two (2) months after hearing or summoning the applicant or his or her counsel in accordance with the law”. " Iyo igice cy’amafaranga y’amahugurwa kigomba gutangwa n’abafatanyabikorwa cyangwa umukozi ubwe, umukozi wa leta ugiye mu mahugurwa ahabwa na leta y‘u rwanda amafaranga yo kwishyura ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo article 22: communication allowance "If the training is partially financed by the development partners or the public servant him/herself, the public servant who goes for training gets funds from the rwandan government in order to meet expenses provided for in the paragraph one of this article not article 22: frais de communication " 4º gufasha muri gahunda zijyanye n’ishyirwaho ry’abayobozi no kurobanura abakandida b’abashumba, ababwirizabutumwa n’abadiyakoni; "4° supporting in the process of proposing leaders and candidates to the position of pastors, evangelists and deacons; " Ingingo ya 33 : ishyirwaho rya perezida, visi perezida n’abacamanza b’urukiko rukuru rwa gisirikare p erezida w’urukiko r ukuru rwa gisirikare, visi-perezida n’abacamanza barwo, batoranywa mu bagize ingabo z’igihugu, bagashyirwa ku mirimo n’iteka rya minisitiri w’intebe bisabwe na minisitiri ufite ingabo z’igihugu mu nshingano ze. nta gihe kigenwe bategetswe kumara mu kazi kabo. ariko, bashobora gukurwaho igihe cyose, hakurikijwe uburyo bashyizweho, bitewe n’ubushobozi buke, imyitwarire mibi yabagaragayeho cyangwa izindi mpamvu ziteganywa n’amategeko. "Article 28: appointment of the president, the vice president and judges of the military tribunal the president, the vice president of the military tribunal and its judges are selected from rwanda defence force and appointed by the order of the prime minister upon request by the minister in charge of rwanda defence force. t h ey s h a l l b e ap p o i n t ed f o r undetermined period in service. however, they may be dismissed at any time in accordance with similar procedures of their appointment due to incompetence, misconduct or other reasons as may be provided by law. " Inama njyanama y’umujyi wa kigali, mu nama yayo yo ku wa 15/09/2016, imaze kubisuzuma no kubyemeza; "After consideration and approval by the city of kigali council, in its meeting of 15/09/2016; " Umutwe wa iii: imitunganyirize y’ intara "Article 33: distric congress meetings " (1) ingaruka ziba ku utanga serivisi z’imari utakira amafaranga abitswa gikuriweho uruhushya ni izi zikurikira: involved in illegal practices; "(1) the effects on a non-deposit taking financial services provider whose license is revoked are the following: dans des pratiques illégales ; " Ingingo ya 23: kugira uruhare mu kubera umubyeyi umwana utabyaye, kumwakira mu muryango cyangwa kumwishingira hagamijwe inyungu "Article 23: participating in the adoption, fostering, or guardianship of a child for the purpose of exploitation " Leta iha umucungagereza imyambaro y’ubucungagereza, intwaro n’ibindi byangombwa bikenewe kugira ngo imirimo ye itungane. "The government makes available to a prison guard a uniform, weapon and other equipment necessary for the exercise of his/her functions. " L) amakuru agaragaza iyemerwa rya buri gahunda y‟amasomo; m) amabwiriza y‟amasomo yose yigishwa harimo uburyo amasaha yose y‟amsomo yizwe ateranywa, uburyo amasomo akurikirana n‟impamyabumenyi zitangwa n) amafarannga y‟ishuri n‟andi yose asabwa umunyeshuri harimo no kuba yasubizwa amafaranga igihe amasomo avanweho cyangwa aretse kuyakurikirana.; o) amaserivisi afasha abanyeshuri; p) amabwiriza cyangwa amategeko y‟imyitwarire y‟abakozi n‟abanyeshuri; "L) accreditation status of each registered program; m) regulations for all taught programs including assessment, academic credit accumulation, progression and qualifications; n) fees and charges including refund(s) in case of cancellation or withdrawal; " Umuryango ushingiye ku idini itorero ry‟ivugabutumwa ry‟inshuti mu rwanda « e.e.a.r»38 "Religious- based organisation: evangelical friends church of rwanda « e.e.a.r. » ……..38 " (1) ikigo cy’imari gitegura kandi kigashyira mu bikorwa ingamba z’imirimo ikorwa n’intumwa no gushyiraho uburyo bukora neza bwo gukurikirana imicungire ya serivisi z’imari intumwa zikora. "(1) a financial institution develops and implements the agent’s business strategy and establishes an effective management oversight of the agent’s financial services. " 3. leta imwishyurira imisoro n’amahoro bya gasutamo y’imodoka iri mu cyiciro kiri hagati ya cc 1,500 na 2,500. inama y’abaminisitiri igena igiciro cy’iyo modoka igeze i kigali n’amafaranga agenerwa yo kumufasha gukoresha iyo modoka buri kwezi yiyongera ku mushahara uhereye ku munsi yatangiriye akazi. leta kandi remaining amount being paid for by the person concerned. the state shall conclude an agreement with the interested party concerning the utilization of that vehicle. "2 º the state shall take charge of the customs duties for a new vehicle delivered in kigali and ranging between 1,500 cc and 2,000 cc. the cabinet shall approve the maximum value of the vehicle delivered in kigali and determine the monthly allowance above their salary for car maintenance. the state shall conclude an agreement with the interested party concerning that vehicle. the state shall also grant to him/her (½) of the car value approved by the cabinet with the balance being paid by the person concerned. the state shall conclude an agreement with the interested party concerning the utilization of that vehicle. " Ingingo ya 32: urwego rwemerera kandi rugenzura ibikorwa by’ikodeshagurisha "Article 32: competent organ for licensing and supervising finance lease operations " Iri teka rigena urwego rureberera ikigo cy‟igihugu gishinzwe ubumenyi bw‟ikirere (meteo rwanda) n‟icyiciro kirimo. rigena kandi imiterere, imikorere n‟inshingano by‟inzego zacyo. "This order determines the supervising authority and category of rwanda meteorology agency (meteo rwanda). it also determines the organization, functioning and responsibilities of its organs. " (sé) kagame paul perezida wa repubulika kigali, on 28/08/2016 "(sé) kagame paul president of the republic kigali, le 28/08/2016 " (d) ipakiwe hubahirijwe ibindi byateganywa n’amabwiriza y’urwego rufite mu nshingano umutekano wo mazi nyabagendwa. "(d) is loaded in compliance with other rules laid down by the entity in charge of waterways safety. " Ingingo ya 7: inzandiko zisaba kwinjira mu muryango zohererezwa perezida w‟inama y‟ubuyobozi ariko bikemezwa n‟inteko rusange. "Article 7: application letters are adressed to the president of the executive committee but are submitted to the approval of the general assembly. " Mu buryo bw’ingarukagihe, bnr itangariza rubanda ingamba za politiki y’ifaranga n’uburyo bwo kuzishyira mu bikorwa. "Nbr periodically communicates to the public the strategies of the monetary policy and the ways of implementing them. " Ikiguruka cyose gifatwa nk’aho cyanduye indwara y’ibicurane iyo : "Any bird shall be considered as infected with bird flu if : " Umutwe wa iii: ibindi bisabwa ibigo by’imari iciriritse bifite uruhushya rwo gukora "Chapter iii: other regulatory requirements for lincensed deposit-taking financial institutions " Uburyo bwo kugereranya ibiciro bitagenzurwa bugereranya igiciro cy’umutungo, icy’ibicuruzwa cyangwa icya serivisi byatanzwe mu gikorwa the nature of the controlled transaction, through an analysis of the transaction undertaken taking into account assets used and risks assumed by each person involved in the controlled transaction; "The comparable uncontrolled price method consists in comparing the price charged on property, goods or services transferred or supplied in a controlled transaction to the prix de transfert en tenant en considération la nature de la transaction contrôlée, à travers une analyse de la transaction tenant compte des actifs engagés et des risques assumés par chaque personne impliquée dans la transaction contrôlée; " 3 º inama nkuru ya ppc ifata ibyemezo byihutirwa biri mu nshingano za biro politike na kongere, igihe kongere na biro politiki zidashoboye guterana ku mpamvu zagaragajwe n’urwego rufite ububasha bwo kuyitumiza; "3 º ppc’s high council makes decisions within the congress remit where the congress and the political bureau are unable to meet for reasons given by the organ authorized to convene the meeting; " Ingingo ya 50: "Article 50 : " A) inteko rusange, b) komite nyobozi, c) inama ngenamigambi. "A) general assembly, b) executive committee, c) management committee. " Mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda. "Of its publication in the official gazette of the republic rwanda. " C) gushyikiriza guverinoma raporo ngarukabihe na ngarukamwaka ku mpinduka zizanwa na politiki, ingamba, gahunda n’imishinga ijyanye no kugendera ku mategeko mu rwanda; "C) submitting periodical and annual reports to the government on the impact of the policies, strategies, programs and projects on the rule of law in rwanda; " (a) umubare w’intumwa cyifuza n’uburyo bwo guhuza ibikorwa byazo muri buri ntara mu gihe cy’imyaka itatu; "(a) proposed number and coordination of agents per province over a three-year period; " Uyu muryango ukorera imirimo yawo mu mujyi wa kigali ariko ushobora kwagura ibikorwa byawo mu gihugu hose byemejwe n’inteko rusange. "The association carries out its activities in huye district, but it can extend its activities throughout the country by the decision of the general assembly. " Njyewe, ntanze iyi nyandiko y’ubusabe kandi ndahiriye ko amakuru yose abikubiyemo (harimo n’imigereka iyiherekeje) ari ukuri kandi yuzuye nkurikije ibyo nzi kandi nemera. nzi neza ko kubeshya cyangwa kudatangaza amakuru afatika bishobora kuba impamvu yo kutemerwa k’ubusabe. nzi neza ko nshobora gusabwa n’uwego rw’ubugenzuzi, gutanga andi makuru y’inyongera ajyanye n’ubu busabe. umukono: itariki: amazina: "V. submission of application form and declaration. i hereby submit this application and declare that all information given in this application (including any annexes and appendices attached) is true and complete to the best of my knowledge and belief. i understand that any misrepresentation or omission of material facts may be grounds for the rejection of the application. i understand that i may be required to furnish additional information relating to this application upon request by the authority. " Ingwate y’amagarama igenwa n’iteka rya minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze. ingwate y’amagarama itangwa mu bihe bikurikira: "The deposit of court fees is determined by an order of the minister in charge of justice. the court fees are deposited in the following cases: " “umutwe w‟abadepite ushobora gutera inkunga ihuriro ry‟abadepite. buri huriro rikora raporo y‟umutungo waryo buri mwaka, rikayishyikiriza perezida w‟umutwe w‟abadepite. iyo raporo igaragaza neza inkomoko y‟umutungo kimwe n‟ikoreshwa ryawo. ” "“the chamber of deputies may support a forum or a network of deputies. every forum and network shall prepare an annual financial report and submit it to the speaker of the chamber of deputies. such report shall indicate the source of the property and its use.” " Inama y’ubutegetsi ishinzwe imirimo y’ubugenzuzi, isobanurwa nk’iyo gutanga ingamba n’icyerekezo rusange by'umwishingizi, ndetse n’ubwuzuzanye kugirango ubuyobozi bushyireho ingamba na politiki biboneye. "The board is responsible for oversight functions, which are defined as those providing overall strategy and direction for the insurer, as well as checks and balances to ensure the effective implementation of strategies and policies by the management. " Inyubako rusange zose zigomba guteganya ibyangombwa by’ingenzi bituma hakoreshwa ikoranabuhanga ku buryo bworoshye. "All buildings intended for public use shall be equipped with facilities enabling the use of technology. " Bwana musoni musonera ildéphonse henry ahawe igihe cy’amezi atatu uhereye ku munsi iri teka ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda kugira ngo akure amazina ya musoni musonera ildéphonse henry mu gitabo cy’irangamimerere kirimo inyandiko ye y’ivuka. "Mr. musoni musonera ildéphonse henry is hereby given three months commencing from the date of publication of this order in the official gazette of the republic of rwanda to delete the names musoni musonera ildéphonse henryin the civil registry of births. " Uretse iyo uwahawe kopi y’inyandiko aregeye urukiko, ibikorwa by’ubucuruzi bikurwaho nyuma y’umunsi wa makumyabiri (20) w’akazi kuva igihe ikirego gitangiwe. "Unless a person on whom the notice was served has applied to the court, the transaction is set aside after the twentieth (20) working day after the date of service of the notice. " Abahawe impushya zo gutanga imiyoboro, bagomba gusangira ibikorwa remezo by’itumanaho koranabuhanga bashingiye ku byo bumvikanyeho. "Licensed network operators must share the use of their electronic communications infrastructures on agreed upon terms and conditions. " Ingingo ya 23 y‟iteka rya minisitiri n° 10/07.01 ryo kuwa 12/10/2007rishyiraho amabwiriza agenga impuzamashyirahamwe, amashyirahamwe n‟ibigo byita ku bafite ubumuga ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 23 of the ministerial order n° 010/07.01 of 12/10/2007 providing for the regulation of the federations, associations and centers responsible for welfare of disabled persons is modified and complemented as follows: " 9° guhuza igenamigambi ry’ibikorwa byose bijyanye n’imiti n’ibikoresho bikenerwa mu buvuzi no kubigura ku bufatanye na sosiyete ifite inshingano yo kugurira ibigo by’ubuvuzi bya leta imiti n’ibikoresho igenwa n’iteka rya minisitiri w’intebe. "9° to coordinate the planning of all activities related to pharmaceutical products and medical equipment and purchase them in collaboration with the company in charge of procuring pharmaceutical products and medical equipment for government health facilities determined by a prime minister’s order. " 3° intumwa zemewe kuyihagararira cyangwa aho intumwa yemewe ibarizwa; "3° the authorised agents or the address of an authorised agent; " 6 º iseswa ry’amasezerano: ihagarikwa ku mirimo ry’umusirikare igihe cy’amasezerano y’umurimo kitararangira byemejwe na minisitiri; "6 º rescission of contract: an early end of a service contract of a soldier upon decision of the minister; " Iteka rya perezida nº121/01 ryo kuwa 15/12/2011 ryemeza burundu amasezerano y’umuryango w’ubumwe bw’afurika yerekeye kurinda no gufasha abakuwe mu byabo muri afurika yashyiriweho umukono i kampala muri uganda kuwa 23 "Presidential order nº121/01 of 15/12/2011 ratifying the convention on the protection and assistance of internally displaced persons in africa, adopted in kampala, uganda, on 23 october 2009 " 15° guhagarika imirimo y’umunyamuryango usa n’uwananiwe cyangwa ugiye kunanirwa kuzuza inshingano ze mu bijyanye n’amasezerano y’ibicuruzwa by’ibanze amwe cyangwa menshi no kumutegeka kwishyura amasezerano yose y’ibicuruzwa by’ibanze atarishyura yari afitemo uruhare; 12° clearing and other arrangements made, and the financial condition of the commodity exchange and related contracts, the clearing house of the commodity exchange and related contracts and members of the commodity exchange and related contracts, such as to provide reasonable assurance that all obligations arising out of the commodity contracts trading will be met; "15° where a member who appears to be unable, or likely to become unable to meet his/her obligations in respect of one or more commodity contracts, provide binding conditions for him/ her to close out his/her position in relation to all unsettled commodity contracts to which he/ she is a party and settlement terms thereof; 12° la compensation et autres arrangements conclus, et situation financière de la bourse des produits de base et contrats connexes, de la chambre de compensation de la bourse des produits de base et contrats connexes et des membres de la bourse des produits de base et contrats connexes pour fournir l’assurance raisonnable du respect de toutes les obligations découlant de la négociation des contrats de produits de base ; " Ufite ibikorwa by’imikino y’amahirwe udashyiraho politiki n’uburyo bukurikizwa byanditse bigaragaza ibisabwa mu rwego rwo kugira ubushishozi mu kumenya abakiriya aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi ya 3.000.000 frw. "A gaming operator who fails to establish written policies and procedures on customer due diligence requirements commits a fault and is liable to an administrative fine of frw 3,000,000. " Ku bakandida b’abagore, itangwa rya kandidatire rikorwa n’umuntu ku giti cye mu nyandiko itangirwa icyemezo cy’iyakira igashyikirizwa komisiyo y’igihugu y’amatora hasigaye nibura iminsi mirongo itatu n’itanu ( 35) ngo itora ribe. "For female candidates, the candidature shall be submitted personally in writing against an acknowledgment of receipt to the national electoral commission at least thirty five (35) days before polling day. " Ingingo ya 290: gusubirana umutungo kw’isosiyete yongeye kwandikwa mu gitabo cy’amasosiyete "Article 290: vesting of property in company on restoration to register " N°002/10/15/tc ryo ku wa 17/11/2015 "N°002/10/15/tc of 17/11/2015 " Abakozi bari ku nzego z’imirimo za “f”, “g” na “2.iii” ntibagenerwa indamunite y’urugendo ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. boroherezwa ingendo hakurikijwe amabwiriza ya minisitiri ufite gutwara abantu mu nshingano ze. "Officials positioned on levels “f”, “g” and “2.iii” are not granted the transport allowance specified in the paragraph one of this article. their transport is facilitated in accordance with instructions of the minister in charge of transport. " Tumaze kubona ko ari ngombwa gusakaza mu baturage bakora umwuga w’ubuhinzi n’ubworozi ubumenyingiro mw’ikoreshwa ry’inyongeramusaruro statutes of rwanda agriculture inputs dealers association(raida) "Knowing that is important to sensitize the farmers at having basic knowledge and skills in using agricultural input and working qualitatively with market operators to have surplus for market; les statuts de l’association de commercants des intrants agricoles au rwanda(raida) " (a) guhagararira udpr imbere y’abandi bantu n’izindi nzego mu ntara no mu mujyi wa kigali ariko ibiherewe ububasha na biro nshingwabikorwa; "(a) representing udpr in front of other people and institutions at provincial level and in the city of kigali but upon the delegation from the executive bureau; " Ikigo gitanga serivisi z’amafaranga ari mu buryo bw’ikoranabuhanga kigomba: "A financial service provider shall: " Iyo uwasabye kuba umunoteri wikorera yujuje ibisabwa bivugwa mu ngingo ya 2 y’iri teka, kandidatire ye yemerwa na minisitiri mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30) uhereye igihe yaherewe through a registered mail or hand delivery with acknowledgement of receipt. "If the applicant for being a private notary fulfils the requirements mentioned in article 2 of this order, the minister is required to approve his/her application within thirty (30) days from the date recommandée à la poste ou remise en mains avec accusé de réception. " 9° kwicisha abaturage inzara no kubabuza ko imfashanyo zagenewe kubagoboka zibageraho; "9° starving the civilian population and preventing humanitarian assistance from reaching such population; " Inshingano zihariye z’abagize inama y’ubutegetsi zisobanuwe mu mategeko ngengamikorere y’umuryango. "The specific attributions of member of the board of directors are defined in the internal rules of the league. " Ingingo ya 154: ikigo gicunga ubwishingizi bw’ubuzima "Article 154: health maintenance organization " Iteka rya minisitiri n o 83/0811 ryo kuwa 06/05/2011 ritanga uburenganzira bwo guhindura izina "Ministerial order n o 83/0811 of 06/05/2011 authorizing name alteration " Ingingo ya 47: inshingano n’ububasha bya biro ya federasiyo "Article 47: responsibilities and powers of the federation bureau " Ingingo ya 182 : "Article 182 : " Isosiyete ntishobora gukora igikorwa cy‟ubucuruzi gihambaye keretse iyo icyo gikorwa cyemejwe n‟umwanzuro udasanzwe w‟abanyamigabane. "A company shall not enter into a major transaction unless the transaction is approved by special resolution from the meeting of shareholders. " Rmf itegura ingengo y’imari yayo ya buri mwaka, ikemezwa n’urwego rubifitiye ububasha. "Rmf prepares its annual budget to be approved by the relevant authority. " Ingingo ya 78: iyemererwa ry’ushinzwe iseswa "Article 87: approval of the reorganisation " 2 º amafaranga y’itumanaho rya telefoni igendanwa angana n’ibihumbi mirongo irindwi y’u rwanda (70.000 frw) buri kwezi ku mugenzuzi; "2 º a mobile phone communication allowance of seventy thousand rwandan francs (rwf 70,000) per month for the inspector; " Ingingo ya 64: igihe kigenerwa umukandida mbere yo gutangaza ilisiti ntakuka ngo asubire muri dosiye ye iyo ituzuye "Article 64: time for candidate to review his/her dossier before announcement of final list in case his/her dossier is incomplete " Itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko n° 25/2002 ryo ku wa 18/07/2002 rishyiraho igena ry’amahoro ku bicuruzwa byinjira mu gihugu............................................................................. n° 28/2004 ryo ku wa 03/12/2004 "Law modifying and completing the law n° 25/2002 of 18/07/2002 fixing the import duty tariff on imported products…………………………………………………………………………… n° 28/2004 of 03/12/2004 " Iteka rya perezida nº 049/01 ryo ku wa 02/08/2023 rishyiraho ikigo cy’u rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera.........................3 "Presidential order nº 049/01 of 02/08/2023 establishing rwanda forensic institute...............3 " Amasoko y’imirimo, ay’ibigemurwa n’aya serivisi zitari iz’impuguke afite agaciro k’amafaranga y’u rwanda atarenze miliyoni icumi (10 000 000 frw) ashobora kudasabirwa ingwate yo kurangiza neza isoko. "Tenders for works, goods and services other than consultancy services, whose amount does not exceed ten million (10, 000, 000) rwandan francs may not require a performance security. " N° 57/01 ryo kuwa 02/11/2012 "N° 57/01 du 02/11/2012 " Rishyiraho umuyobozi w’ikigo cya leta "Vacation of office of director " Inzego z‟ibanze zisabwa gushyikiriza minisitiri inyandiko isaba kuvugurura umwenda kugira ngo yemezwe. "Decentralized entities shall be required to submit to the minister the proposed debt restructuring for approval. " N°04 yo kuwa 06/06/2012 "N°04 du 06/06/2012 " (2) mu rwego rwa leta, abagize komite y’ubuzima n’umutekano ku kazi batoranywa mu bakozi b’urwo rwego mu buryo bukurikira: "(2) in a state organ, members of an occupational health and safety committee are selected from employees of that organ as follows: " 4° amezi cumi n’atanu (15) y’imperekeza iyo yakoze nibura kuva ku myaka makumyabiri n’itanu (25) kugera kuri mirongo itatu (30). "4° fifteen (15) months of his/her salary when he/she served at least twenty five (25) years to thirty (30) years. " Iyo rwatakaye, rwibwe cyangwa rwangiritse, uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga rusimburwa by'agateganyo, mu gihe gihagije "In case of loss, theft or deterioration, the driving licence is provisionally replaced, for the length of time necessary to obtain a " 3° amafaranga yatanzwe n‟uwo umwe mu bagize inama y‟ubutegetsi cyangwa umukozi aburana ku birego nshinjabyaha: "3° costs incurred by that director or employee in defending any criminal proceedings: " Ivugururwa ry’amategeko shingiro agenga umutwe wa politiki w’ubwisungane bugamije iterambere (psp) ……………………………………………………………………………..13 "Amendment of the statutes of the party for solidarity and progress (psp)…………………...13 " (b) n’uburyo ibikoresho bivugwa mu gaka ka (a) k’iyi ngingo bikorerwa ubugenzuzi. "(b) modalities for conducting audit of equipment referred to in subparagraph (a) of this article. " Amabwiriza rusange agena amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi, bihabwa ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa, ugize inama y’ubutegetsi, ugize inama y’ubugenzuzi, uri the supervisory authority within five (5) months of the receipt. "The regulations determine administrative faults and sanctions for a deposit-taking microfinance institution, a director, a member of the supervisory board, a member of the management of a deposit-taking par l’autorité de contrôle endéans cinq (5) mois de sa réception. " Ubutaka bwateguwe budafite ibikorwaremezo by’ibanze 40 kugeza kuri 50 "Serviced land without basic infrastructure 40 to 50 " "Umuntu abura ubunyamuryango bwe muri ""h.t.m.″ iyo : - kwegura ku bwende bwe - mu gihe apfuye - iyo atubahirije amategeko agenga uyu muryango - iyo byemejwe n ‘intekorusange ko yirukanwa" "One may loose her/his membership in case - s/he freely resignes - s/he dies - s/he fails to abide by ""h.t.m.″ regulations - the general assembly decides to terminate her/his membership " Banki nkuru ishobora kwemerera isosiyete cyangwa koperative gukora nka banki mu rwanda, imaze kureba niba yujuje ibi bikurikira: "The central bank may license a company or a cooperative in rwanda as a bank, if it determines that the following conditions are met: " 3° gushyira inyungu z’igihugu cy’amahanga imbere y’iz’u rwanda; "3° prioritizing interests of foreign countries to the detriment of those of rwanda; " Byongeye buri cyemezo cya icglr kigomba kuba gifite umutwe “icyemezo cy’inama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari” n’amagambo akurikira: aya mabuye yacukuwe, acuruzwa kandi yoherezwa mu mahanga byubahirije ibipimo ngenderwaho bya icglr”. "Additionally, each icglr certificate shall bear the title “international conference on the great lakes region (icglr) certificate” and the following statement: “the minerals/metals in this lot have been mined, traded and handled in accordance with the requirements of the icglr standards”. " Abanyapolitiki bakuru b’igihugu bahabwa indamunite n’ibindi mu buryo butandukanye hashingiwe ku nzego z’imirimo n’imyanya y’imirimo barimo. "State top political appointees shall get different allowances and other fringe benefits on the basis of institutions of appointment and posts occupied. " Ikoranabuhanga, mbere y’isaha ntarengwa yo gutanga inyandiko z’ipiganwa, upiganwa yemerewe guhindura cyangwa gusubizwa inyandiko y’ipiganwa iyo abisabye mu nyandiko kandi hakurikijwe amabwiriza y’itangwa ry’inyandiko z’ipiganwa. "Electronic procedures, before the deadline for submitting bids, a bidder may change or withdraw upon a written request thereof in accordance with the procedures for submitting tenders. " Ingingo ya 126: gutanga sheki itazigamiwe "Article 126: issuing a bouncing cheque " 4° gutegura umushinga w’amategeko ngengamikorere ya chub; "4° to prepare the draft internal rules and regulations of chub; " 3° umuntu wese uri mu nama y’ubutegetsi cyangwa umukozi wo mu rwego rw’ubuyobozi bw’ubwiteganyirize bwa pansiyo; 4° umuntu wese washyingiranywe byemewe n’amategeko cyangwa ufite isano yo ku rwego rwa mbere n’umuntu wese wavuzwe mu gace ka (1°), aka (2°) cyangwa aka (3°) by’iyi ngingo. "4° any person married to or who is a relative at the first degree of any person referred to under item (1°), (2°) or (3°) of this article. " Ingingo ya 26: kurinda imibereho bwite y’umwana ukurikiranywe mu butabera cyangwa wakorewe icyaha "Article 26 : protection of the privacy of a child under the prosecution or victim " Ingingo ya 2: ishyirwaho rya za gereza "Section 2: emprisonnement " Ihame ryo gukorera mu mucyo rikurikizwa ku nzego zose mu gihe utanga serivisi y’imari yiyemeje gukorana n’umuguzi wa serivisi y’imari. "The principle of transparency applies at all stages of a financial service provider’s engagement with the financial service consumer. " (1) nta muntu wemerewe kugirana amasezerano yerekeye kugira imigabane igize uruhare rugaragara mu kigo cy’umuhuza wigenga mu bwishingizi atabanje kubyemererwan’urwego rw’ubugenzuzi. "(1) no person shall enter into an agreement that makes him or her a qualifying shareholder of the insurance broker without prior approval of the supervisory authority. " 5°gukangurira abaturage kubungabunga ibidukikije; "5° sensitize the population to protect the environment; " Uretse amasezerano, umuguzi wa serivisi y’imari afite n’uburenganzira bwo guhabwa ingengabihe yo kwishyura ibicuruzwa na serivisi, igaragaza mu buryo burambuye gahunda zo kwishyura n’inyandiko imenyekanisha ry’amakuru y’ingenzi. "In addition to the contract, a financial service consumer is entitled to a repayment schedule for products and services detailing the payment plans as well as the key fact statement. " Umuvumvu wese agomba kandi koza neza umuzinga w‟inzuki akoresheje uburoso. ibice bigize umuzinga kandi nabyo bigomba gusukurwa hakoresheje isabune yabugenewe. "Every beekeeper must also scrub the beehives thoroughly well using a wired brush. components of the beehive must also be washed using appropriate detergent. " Revu la directive nº 03/2015 portant exigences relatives au capital; banki nkuru y’u rwanda, yitwa « banki nkuru » mu ngingo zikurikira, itegetse: the national bank of rwanda hereinafter referred to as « central bank », decrees: "Pursuant to regulation n°03/2011 on pecuniary sanctions applicable to banks the national bank of rwanda hereafter referred to as “central bank”, decrees as follows: " 1° amategeko ndemyagihugu: urusobe rw’amahame agenga uburyo bw’imibereho muri sosiyete ashyirwaho hagamijwe inyungu rusange ababuranyi badashobora having reviewed law n° 21/2012 of 14/06/2012 relating to the civil, commercial, labour and administrative procedure; "1° public order : a set of rules governing life in society that are set out for reasons of public interest and from which parties cannot mutually agree to derogate ; revu la loi n° 21/2012 du 14/06/2012 portant code de procédure civile, commerciale, sociale et administrative; " Ingingo ya 18 : "Article 18 : " 1° ingororano igizwe n‟ibi bikurikira: a) umudende w‟imanzi; b) impano y‟ubumanzi; c) gufasha uwo bashakanye n‟abana b‟intwari bemewe n‟amategeko. section 3: benefits granted to national heroes "A) imanzi medal; b) a gift as a symbol of bravery ; c) to support the spouse and his/her legally recognized children. " Ingingo ya 6: abagize komite "Article 6: composition of the committee " (1) umuhuza wigenga mu bwishingizi wemerewe ashyiraho politiki yerekeye gucunga ibyateza ingorane n’uburyo bw’imicungire y’imbere bijyanye n’urusobe, ingano n’ubwoko bw’umurimo w’ubuhuza akora. "(1) a licensed insurance broker puts in place risk management policies and internal control systems that are appropriate to the complexity, size and nature of his or her business. " Iri teka rishyiraho ubunyamabanga bw’igihugu bwo kongera ubushobozi “ncbs” mu magambo ahinnye y’ururimi rw’icyongereza. rigena kandi inshingano, imiterere n’imikorere byabwo. "This order establishes the national capacity building secretariat abbreviated as ""ncbs"" and determines its mission, organization and functioning. " Ingingo ya 63: ishyirwaho ry’izinga "Article 3: establishment of the institution " (2) urwego rutanga isoko, rutanga icyemezo cyo kurangiza amasezerano neza rugaragaza muri icyo cyemezo izina ryarwo n’aho rubarizwa, umwirondoro w’uwashyize umukono ku masezerano, izina, nomero n’agaciro k’isoko ryakozwe, itariki amasezerano yashyiriweho umukono, ndetse n’iyo yarangiriyeho. "(2) the procuring entity issuing a certificate of good completion specifies its names and address, identification of the concerned contractor, the title, reference number and value of the tender, as well as the dates of signature and completion of the contract. " Umuryango ushobora gutunga cyangwa gutira ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa ukeneye kugira ngo ugere ku ntego zawo. "The organization may may hire or own movable and immovable properties needed to achieve its objectives. " Intebe y‟umuryango ishyizwe i kigali, akarere ka nyarugenge, mu mujyi wa kigali. ishobora kwimurirwa ahandi hose mu rwanda byemejwe n‟ inama rusange. umuryango uzakorera imirimo yawe mu ifasi yose y‟u rwanda, igihe uzamara ntikigenwe. "The head office of the association is established in nyarugenge, in kigali city, bp 1842 kigali. it may be transferred to any other place on the place on the territory of the republic of rwanda upon a decision by the general assembly meeting. the association shall conduct its activities on the rwandan territory. it is established for an unspecified period of time. " Amafaranga yose yinjira mu rwego rwegerejwe abaturage no mu ishami ryarwo, harimo imisoro ishyirwaho n’amategeko yeguriwe inzego zegerejwe abaturage n’andi yinjizwa n’izo nzego, akomoka ku ngengo y’imari ya leta, inguzanyo n’impano, yose ashyirwa mu kigega gihurizwamo amafaranga kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. "All revenue of a decentralised entity and its subsidiary entity, including taxes established by law for decentralised entities and other own revenues, resources from the state budget, loans and grants constitute the consolidated fund provided for under paragraph one of this article. " A) ikigega cyanditswe ngo gishore imari mu mushinga cyangwa imishinga iteganya kumara imyaka irenga ibiri (2); "A) registered for investment purpose in projects, which are meant to last for more than two (2) years; " (1) imirimo ishobora kutakirwa ni iyakozwe mu buryo butujuje ibisabwa cyangwa iyakozwe hadakurikijwe amategeko agenga ibyerekeye imirimo, kimwe n’imirimo yakoreshejwe ibikoresho bitabanje kwemerwa n’urwego rutanga isoko. "(1) refusal to accept works applies on the executed works which do not meet the requirements or were not executed in professional standards as well as works executed using materials not approved by the procuring entity. " 2° agamije kwambura akoresheje ubushukanyi ababerewemo umwenda n‟isosiyete: "2° with intent to defraud creditors of the company : " Inteko rusange nirwo rwego rw‟ikirenga rwa sndbc. igizwe n‟abanyamuryango bose b‟umuryango. "The general assembly is the supreme organ of sndbc. it is composed of all members of the organisation. " 4º guhanahana amakuru ajyanye n’umwuga w’abanyamwuga bakora isuzuma ku bidukikije; "4º to exchange information relating to the environmental assessment practitioners’ profession; " Umusanzu w’umukoresha awutanga ku giti cye. amasezerano y’akazi anyuranyije n’ibivugwa muri iyi ngingo nta gaciro agira. a ministerial order determines the components of the gross salary. "The employer pays individually his/her part of contributions. any employment contract contrary to provisions of this article is null and void. un arrêté ministériel détermine les composants du salaire brut. " 2° ibisabwa ku mwanya; "2º investment requirements; " Ingingo ya 23: inshingano z’urwego nshingwabikorwa rwa cma "Article 23: responsibilities of the executive organ of cma " Banki nkuru igomba, mbere yo gutanga icyemezo icyo ari cyo cyose gishingiye kuri aya mabwiriza rusange kijyanye no gufungura ishami, kubanza kumenya neza ko: "The central bank shall, before granting any approval under this regulation in respect of opening a branch, ensure that: " Ingingo ya 36: uburenganzira bwo kwanga igiciro cyatanzwe mu cyamunara "Article 36: right to object to the offered auction price " Iyo ushyira ku isoko imigabane ahawe uburenganzira rusange n‘abanyamigabane kugira ngo ashyire ku isoko imigabane kugira ngo igurwe kandi akemerera abagize inama y‘ubutegetso gushyira ku isoko iyo migabane kugira ngo igurwe, abagize inama y‘ubutegetsi bagomba kumenyesha abanyamigabane na rubanda imigabane yo muri iyo migabane yaguzwe abanyamigabane bafitemo inyungu cyangwa se ihinduka ryijanisha cyangwa ry‘imiterere by‘imigabane itunzwe n‘abanyamigabane bitewe n‘iryo gurisha. "Where an issuer obtains a general approval from the shareholders to issue shares for purposes of acquisition and authorizes directors to issue such shares for that purpose, the directors shall disclose to the shareholders and the general public any acquisition involving such shares in which an existing shareholder has an interest, or where the shareholding percentage or structure of the existing shareholding will change as a result of such acquisition. " Igitekerezo cy’ugize itsinda ry’abakora iperereza ku mpanuka y’indege cyangwa ukora iperereza ku mpanuka y’indege ari wenyine nticyemewe nk’ikimenyetso mu rukiko cyangwa ahandi. "An opinion of a member of investigators’ team or of a sole investigator is not admissible as evidence in court or elsewhere. " O ikigo cyita ku mibereho myiza cyigenga: ikigo cyangwa ishyirahamwe bigengwa n‟itegeko rigenga imiryango itari iya leta byakira, bikarinda abana mu buryo buteganywa n‟amategeko; "O private social welfare institution: an institution or an association which is governed by the law on non-governmental organizations and that caters for children and provide them with the protection in accordance with the law. " 23° kudakurikiza ibisabwa ku gipimo cy’imari shingiro ihagije hakurikijwe ibiteganywa n’amabwiriza agena ibipimo ngenderwaho by’imicungire myiza. "23° failure to maintain the minimum requirement of capital adequacy ratio required under the provisions of the regulation determining prudential norms. " Umushinjacyaha wiyamamaza abimenyesha mu nyandiko ubunyamabanga nshingwabikorwa bw’inama nkuru y’ubushinjacyaha hasigaye nibura ukwezi kumwe (1) ngo amatora abe. "Any prosecutor willing to submit his/her candidacy shall write to the executive secretariat of the high council of the national public prosecution authority at least one (1) month before the election. " Umusanzu utangwa n’umukoresha mu buyobozi bw’ubwiteganyirize ku bw’iri tegeko ushingiye ku mushahara mbumbe. "The contribution made in reference to this law by the employer to the social security administration is based on the gross salary. " 4° ibikorwa by’itunganywa ry’imijyi: igikorwa cy’ikatwa ry’ibibanza, icyo law and definitions of terms "4° urban planning operations: land subdivision, restructuring, urban renewal, termes " Urwego rushinzwe gukemura amakimbirane rugizwe n‟abantu batatu (3) b‟inyangamugayo batorwa n‟inteko rusange: perezida, visi perezida, n‟umunyamabanga. bagira manda y‟imyaka itatu, ishobora kongerwa n‟inteko rusange inshuro imwe. "The organ charged with conflict resolution comprises of 3 persons of integrity elected by the general assembly: the president, the vice president and secretary. they have a term of three years renewable only once. " Amabwiriza ya komisiyo agena uburyo gutangaza ibyavuye mu itora bikorwa. "Instructions of the commission determine modalities for the proclamation of electoral results. " (1) umuhuza wigenga mu bwishingizi wifuza gufata ubwishingizi ku mwishingizi w’umunyamahanga cyangwa kuba umuhuza mu bikorwa byo korohereza umwishingizi hashingiwe ku bushobozi bw’isoko atanga inyandiko y’ubusabe yujuje neza igaragazwa ku mugereka wa 2 "(1) an insurance broker who wishes to place a risk with a foreign insurer or to be an intermediary in the market capacity facilitation processes submits a well-filled application form prescribed on annex 2 for prior approval of the supervisory authority. " Mu gihe uburyozwe bureba umukoresha n’uwishingiwe, ingaruka zituruka ku bikorwa by’ubuvuzi zitari mu masezerano y’ubwishingizi ziryozwa umukoresha ndetse n’uwishingiwe hakurikijwe uruhare rwa buri ruhande. article 16: disciplinary action against a person who fails to comply with the provisions of articles 14 and 15 of this law "In the event of shared liability between the employer and the insured, liability for health risks not covered under insurance policy shall rest with both the employer and the insured in proportion to their respective liabilities. article 16 : sanctions disciplinaires contre une personne qui viole les dispositions des articles 14 et 15 de la présente loi " Ingingo ya 98: gucisha mu majwi hahamagarwa izina ry’umudepite "Article 33: abbreviations as to the name of limited company " Guhindura ibikubiye mu ihamagara bikozwe n’uhamagariwe gukora amasezerano na byo ni uguhamagarira gukora amasezerano hari ibyahinduwe mu ihamagara rya mbere. "A counter-offer made by the offeree is also an offer proposing a change of the content of the original offer. " 3° kugurisha ibikomoka ku bucukuzi byavuye ahantu yaherewe uruhushya. "3° to sell mineral products recovered from the holder’s mining licence area. " Banki cyangwa ikigo cy’imari cyemewe n’amategeko cyishyura inyungu ingana na rimwe ku ijana (1%) kuri buri munsi w’ubukererwe mu kwishyura. "The bank or authorized financial institution shall also be obliged to pay an additional interest of one percent (1%) for every day of payment delay. " 5º zone ya nasho igizwe n’ibiyaga byo mu gikombe cya nasho mu turere n’imirenge bidakora ku kiyaga cya muhazi; "5º nasho zone made up of lakes in the nasho basin, in the districts and sectors not surrounding with lake muhazi; " Haseguriwe ibiteganywa mu ngingo ya 7 y‟iri tegeko, birabujijwe gusarura, gukwirakwiza no gukoresha ku butaka bw‟igihugu ibiyobyabwenge n‟urusobe rw‟ imiti ikora nkabyo. "Notwithstanding the provisions of article 7 of this law, the production, distribution and the use on the national territory narcotic drugs and psychotropic substances are prohibited. " 6° mme mukashyaka drocella; "13° gushimuta; " (1) mu gupiganira isoko, upigana asabwa gushyikiriza urwego rutanga isoko inyandiko yabigenewe yerekana nyir’umutungo nyawe. ifishi y’icyitegererezo yo kumenyekanisha nyir’umutungo nyawe ishyirwa mu gitabo ngenderwaho cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa. "(1) during the bidding process, the bidder is required to submit the beneficial ownership disclosure form to the procuring entity. the beneficial ownership disclosure form is part of the standard tender document. " 6° uwahamwe n‟icyaha cyo gusambanya ku gahato; "6° convicted of the crime of rape; " Ingingo ya 58: raporo y’umwaka ku ikoreshwa ry’ingengo y’imari "Article 58: annual report on the budget use " Sosiyete igomba gukora ku buryo ibara ry‘inyandikompamo z‘abakiriya n‘ihwanyamibare bisabwa bikorwa cyangwa bikubahirizwa ndetse bikanasuzumwa n‘abashinzwe gutegura cyangwa kubika ibyo bitabo. iryo bara n‘iryo hwanyamibare bigomba kugenzurwa n‘umuyobozi wa sosiyete. "The firm must ensure that the counting of client title documents and the reconciliation required is carried out or observed and reviewed by those who are not responsible for originating or maintaining such records and is supervised by a director of the firm. " 4° gusaba bikemerwa; "4° granted request; " 4.4.5 inkomoko y’ibyateza ingorane ku mikorere inkomoko y’ibyateza ingorane ku mikorere ni nyinshi kandi zitandukanye. zimwe ni: "The sources of operational risk are numerous and variable. some are: " (i) gukurikirana ko raporo zerekeye amafaranga agomba guhabwa no gutangwa n’abishingizi b’abishingizi bari mubwishingizi bw’abishingizi budashingiye ku masezerano asanzweho zitangwa ku gihe kandi mu buryo bwuzuye kandi kwishyurana bikorwa mu bihe bitaganyijwe mu masezerano. "(i) ensure that reporting of balances due to and from facultative reinsurers is timely and complete and that settlements are made within the durations specified in the contract. " Ishami ry‟igihugu rishinzwe ibarura rifite abakozi kuva ku rwego rw‟igihugu kugeza ku gapande k‟ibarura. "The national census service shall have employees from the national level to the enumeration area level. " Gusaba gusubirishamo icyemezo cy’inama nkuru y’ubucamanza hashingiwe ku kimenyetso gishya bisabwa perezida w’inama nkuru y’ubucamanza mu nyandiko kandi bigakorwa inshuro imwe gusa. "An application for review of the decision of the high council of the judiciary on the basis of new evidence is made in writing and only once to the president of the high council of the judiciary. " "2° kuba byanditseho “ahagenewe abanywa itabi "", mu nyuguti zitukura zanditse ahantu h‟umweru, mu gifaransa, icyongereza n‟ikinyarwanda." "2° bear the information ""smoking area"", written in red with white background in kinyarwanda, english and french. " D. kugaragaza aho uwatanze ikibazo abarizwa (intara, akarere n’umurenge); "D. address of the complainant (province, district and sector); " 2° iyo cyangiritse; "2° if it is destroyed; " Ingingo ya 61: imenyekanisha ry’ihakanwa ry’inyandiko icuruzwa "Article 16: display of the registration certificate " Amabwiriza ya komiseri mukuru n° 002/2023 yo ku wa 27/01/2023 ashyiraho ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi k’ushinzwe gutanga amakuru utuzuza inshingano ze "Commissioner general regulations n° 002/2023 of 27/01/2023 determining administrative sanctions applicable to reporting person who does not fulfil his, her or its obligations " (a) kugenzura imiterere ya tekiniki ya lokomoteri n’iya gariyamoshi; "(a) to check the technical condition of the locomotive and train; " I) imitungo n‘imyenda, uko imari ihagaze, inyungu n‘igihombo ndetse n‘intego z‘abashyira ku isoko ibyemezo by‘imitungo bicuruzwa ku isoko ry‘imari n‘imigabane; ii) uburenganzira bujyanye n‘ibyo byemezo; "(a) the assets and liabilities, financial position, profits and losses, and prospects of the issuer of the securities; " 5° gufata ibyemezo by’agateganyo byihutirwa hagamijwe gukemura ibibazo mu gihe hategerejwe ko inzego zibifitiye ububasha zifata ibyemezo bya burundu; "5° to take immediate temporary measures on identified urgent problems while awaiting relevant authorities to take final decisions; " Bisabwe na minisitiri w‟ubutegetsi bw‟igihugu; "Upon request from the minister of local government; " Iyo inyemezabuguzi idashobora kuboneka, agaciro k‟icyangiritse kagenwa n‟urwego rwa leta rubifitiye ubushobozi, keretse iyo bidashoboka. "If the payment receipt cannot be obtained, the value of the damaged property shall be determined by the competent public entity, unless it is not possible. " B. ishyaka rya politiki/ politic party / parti politique "C party/ psd " Umuryango uyoborwa na biro itorwa na komite. abagize biro ya komite batorerwa igihe cy’imyaka itatu ; kandi bashobora kongera gutorwa inshuro imwe. biro igizwe n’abantu batanu, aribo : perezida, visi perezida, umwanditsi, umubitsi n’umujyanama w’imibereho myiza y’imiryango. perezida niwe uhagararira umuryango imbere y’amategeko, visi perezida akaba umusimbura. "The daily management of the organisation shall be the responsibility of a bureau of the committee elected by the committee for a term of three years, renewable once. it shall comprise five members: the chairperson, the vice- chairperson, the secretary, the treasurer and the family supervision adviser. the chairperson and the vice-chairperson shall be the legal representative and deputy legal representative of the organisation. " 4° guteganya ko ubucuruzi bw’isosiyete bushobora gucungwa n’abanyamigabane, cyangwa bugacungwa n’umucungamari washyizweho, ufite uburenganzira, ububasha n’inshingano bisobanuwe mu nyandiko y’ubwumvikane n’amategeko shingiro; "4° provide that the affairs of the company may be managed by its shareholders in their capacity as such, or by some person designated as manager with such rights, powers and duties as may be specified in the memorandum and articles of association; " (p) uburyo bukoreshwa mu koherereza abanyamuryango abaganga b’inzobere badafite umugabane muri icyo kigo; "(a) modalities for access to the office of notary by private persons; " 3° gufata neza, kubungabunga no guteza imbere ibintu n’ahantu ndangamurage ku nyungu z’umuryango nyarwanda; "3° to maintain, preserve and promote objects and sites of national heritage in the interest of the rwandan society; " Ingingo ya 15 : gutumiza no kuyobora inama rusange "Article 15: convening and chairing the general assembly " B) icumbi ryarahawe umuntu wari kure y’urugo rwe ku nyungu z’ikigo uwacumbikiwe akorera cyangwa ku nyungu z’umukoresha we; "B) the accommodation was provided to the person who was away from his/her usual residential home for the interest of the business or employer’s interests; " 1° amakara; 2° imbaho; 3° ingiga z’ibiti "1° charchaol; 2° planks; 3° timber. " Utari ofisiye umara iminsi itandatu (6) cyangwa ufite uruhushya cyangwa konji akamara iminsi itandatu (6) ataragaruka mu mutwe agomba kubamo kandi uruhushya cyangwa konji byararangiye cyangwa nyuma y‟igihe yahawe itegeko ryo kugaruka ku kazi, ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri (2) kugeza ku myaka itatu (3). "Mu gihe cy‟amahoro, abandi bagambanyi days or has permission or is on leave but does not return to his/her unit for six (6) days, after the expiry of his/her leave or permission or after is ordered to return to duty shall be liable to a term of imprisonment of two (2) years to three (3) years. " 1° gutana by’agateganyo bishingiye ku mpamvu iteganyijwe n’amategeko; "1° legal separation for any cause provided by law; " (sé) kayumba aime president n’umuvugizi w’umuryango "(sé) kayitare rwigema the chairman of the executive committee and legal representative " 3. gukora raporo y‟ibyakozwe mu mwaka urangiye ; 4. gutegura ingengo y‟imari igomba gushyikirizwa inteko rusange ; 5. gutegura inama z‟inteko rusange ; "3. prepare the annual report of activities of the past financial year; 4. working out budget forecasts to be submitted to the general assembly ; " 1° kumuha amakuru yerekeye ikigamijwe mu gutunganya amakuru bwite; "2° the purposes of the processing of personal data; " Dushingiye ku biteganywa n‟itegeko n˚ 06/2012 ryo kuwa 17/02/2012 rigena imitunganyirize n‟imikorere by‟imiryango ishingiye ku idini, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 40 n‟iya 41, "In accordance with the law n˚ 06/2012 of 17/02/2012 establishing the organization and functioning of organizations based on religion, especially under articles 40 and 41. " N° 221/03 ryo kuwa 03/12/2013 "N 223/03 du 03/12/2013 " (a) izina ry’umuhuza wigenga mu bwishingizi ………………………………. "(a) the name of an insurer………………………………. " Ingingo ya 14: mu nama rusange, umunyamabanga nshingwabikorwa ni we utangaza ibyavuye mu nama. inyandikomvugo z‟inama zishyirwaho umukono n‟umuvugizi cyangwa umusimbura n‟umwanditsi w‟inama "Article 14: during the general assembly meetings, the executive secretary is the reporter. minutes of the meetings are signed by the legal representative or his substitute and the reporter of the meeting. " Umutungo w’ishuri rya leta ucungwa hakurikijwe amategeko agenga imicungire y’imari n’umutungo bya leta. "The property of a public education institution is managed in accordance with laws governing the management of state finances and property. " Abakozi bakurikiza ingengabihe y’akazi igenga abakozi ba leta.umukozi wese afite inshingano zo kuba ku kazi mu masaha yose y’akazi, ntiyemerewe kuhava atabiherewe uruhushya n’umukuriye mu kazi. "Employees shall be governed by public services work timetable. any employee shall be obliged to respect all the working hours, and not permitted to leave office without permission of his/her supervisor. " Article 6: features of microinsurance products article 6: caractéristiques des produits de micro-assurance serivisi z’ubwishingizi buciriritse zigomba kuba zujuje ibi bikurikira: "Article 6: features of micro-insurance products " 3° abagize inteko ishinga amategeko y’u rwanda basura cyangwa bagatumira abahagarariye inteko zishinga amategeko z’ibindi bihugu; "3° parliamentary tours by rwandan delegates abroad or those of foreign parliamentarians to rwanda; " Mu mezi atatu (3) akurikira impera z’umwaka w’ibaruramari, uyobora ubuyobozi bukuru bwa nica ashyikiriza urwego rureberera nica raporo y’umwaka w’ibaruramari, imaze kwemezwa n’inama y’ubuyobozi hakurikijwe amategeko agenga imicungire y’imari n’umutungo bya leta. "Within three (3) months following the closure of the financial year, the head of the general directorate of nica shall submit the annual financial report to the supervising authority of nica after its approval by the board of directors in accordance with laws governing the management of state finance and property. " Ingingo ya 84: ububasha bwo kwemeza ko abagize biro ya sena bavuye mu myanya "Article 84: powers to declare as vacant the office of members of the bureau of the senate " Ingingo ya 4: gukoresha umwambaro wabugenewe usukuye "Article 4: use of a clean appropriate beesuit " Ingingo ya15: abagize inteko rusange. "Article 15: composition of the general assembly. " - abagenzuzi bose; - abayobozi b’inzego z’imirimo; - intumwa imwe ihagarariye abandi bose muri buri torero. . "- all internal auditors; - department leaders; - one delegate representing all others from each local church. " Banki nkuru, iyo isanze ko ari ngombwa, isaba uwo ariwe wese ufitanye isano na banki, kimwe n‟ibigo bifitanye isano nayo, gutanga ifishi y‟amakuru mu buryo buvugwa mu mugereka wa 3 w‟amabwiriza n° 03/2008 yo ku wa 05/09/2008 yerekeye ibisabwa mu kwemerera amabanki gukora, iyo ari sosiyete, cyangwa, niba ari umuntu ku giti cye, inyandiko yuzuzwa n‟umuntu ubwe ivugwa mu mugereka wa 4 "The central bank shall, if it deems necessary, require for any bank-related parties and affiliates to submit an information sheet in the form set out in appendix 3 to regulation n° 03/2008 of 05/09/2008 on licensing conditions of banks, for incorporated companies, or, for individuals, a personal declaration form set out in appendix 4 to this regulation. " Ingingo ya 17: umutungo wa rba n’inkomoko yawo ingingo ya 18: imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa rba article 8: members of the board of directors "Article 18: use, management and auditing of the property of rba article 8: membres du conseil d’administration " Imicungire ya buri munsi ya rgb ishinzwe ubuyobozi bukuru bwayo. "The daily management of rgb shall be entrusted with its general directorate. " Ingingo ya 3: ibikorwa by’ingenzi bya polisi y’u rwanda mu kurangiza inshingano zayo "Article 3: main activities of rwanda national police in the accomplishment of its mission " Bitabangamiye ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, ibigo bya leta byemerewe gukoresha ibindi bitabo by’icyitegererezo byo ku rwego mpuzamahanga mu masoko mpuzamahanga, mu gihe bibona ko ari byo bikwiriye. "Without prejudice to provisions of paragraph one of this article, public institutions are allowed to use other international standard tender documents for international tenders, if they find them more appropriate. " Ukwakira 2016, ari ku mugereka w’iri teka, yemejwe burundu kandi atangiye gukurikizwa uko yakabaye. "October 2016, annexed to this order, is ratified and becomes fully effective. " Ibishingirwaho mu gusaba ubwenegihugu nyarwanda butangwa hashingiwe ku nyungu z’igihugu ni ibi bikurikira: "Conditions for applying for rwandan nationality by acquisition on national interest grounds are the following: " Umuryango ugizwe n„abanyamuryango nyakuri bashyize umukono kuri aya mategeko n‟abandi bazayatora hamaze kwitabwa ku buzima bwabo bw‟abihaye imana muri « congrégation des frères joséphites » aho baba barohererjwe gukorera aho ari ho hose mu rwanda. "The ministry comprises actual signatories to the present articles of association and others who will adhere to it after having been bound by religious vows in the “congrégation des frères maristes”, irrespective of the place where they will be called to work in rwanda. " Kugira ngo su-ofisiye azamurwe mu ntera, agomba kuba amaze nibura imyaka itatu (3) ku ipeti. ishimwe rya su-ofisiye uzamurwa mu ntera rigomba kuba ririmo “arabikwiye“ no kuba yarabonye nibura “nyamwete“ mu mashimwe atatu (3) akurikirana ya nyuma. "To be promoted in ranks, the non- commissioned officer must also have held the current rank for at least three (3) years ; the rating for a non-commissioned officer to be promoted must contain “merit” and have been rated at least “active” in the three (3) last consecutive ratings. " Twebwe abashyize umukono kuri aya mategeko, tumaze gusesengura neza ibibazo u rwanda rwahuye nabyo mu mateka yarwo bitewe n‟ubuyobozi bubi ndetse bwaje no kugeza igihugu ku mahano ya jenoside yakorewe abatutsi; "We, the signatories of the present statutes, being fully mindful of the darkest moments that marked the history of rwanda as a result of bad governance that culminated in the genocide against the tutsi; " (h) “umuryango” bivuga itsinda ry’abantu bafitanye isano hagati yabo ishingiye ku kuba bamwe bakomoka ku bandi, ku mategeko cyangwa ku bushyingiranwe; rishobora kuba rigizwe n’ababyeyi, abana, ababakomokaho ndetse n’abo mu miryango y’abashyingiranywe na bo; "(h) “family” means a group of persons related by kinship, law or marriage; it may include parents, children, their descendants and in-laws; " 12. isosiyete y’ubucuruzi ufitemo uruhare muri iki gihe cyangwa wagizemo uruhare mu gihe cyahise (ku buryo butaziguye cyangwa buziguye): "12. past and present business affiliations (direct and indirect): " Icyicaro cy‟itorero “church of god world missions in rwanda” gishyizwe mu nyubako ziri mu kibanza no 37, avenue taba, mu murenge wa niboye, mu karere ka kicukiro, agasanduka k‟iposita 4627 umujyi wa kigali, muri repubulika y‟u rwanda, gishobora kwimurirwa ahandi mu rwanda igihe byemejwe n‟inteko rusange ya “chuch of god world missions in rwanda ”. itorero “church of god world missions” rikorera imirimo yaryo mu turere twose tugize u rwanda. ‟church of god world missions in rwanda” "The national headquarters of church of god world missions in rwanda shall be located in the premises at the plot no 37,taba avenue, niboye sector, kicukiro district, and p.o. box 4627 kigali city, republic of rwanda . it may however be shifted to any other place in rwanda upon decision of the general assembly of “church of god world missions in rwanda”. " 1° guhuza ibikorwa byose birebana na gahunda zigamije guteza imbere no kubyaza ingufu amasoko ntangangufu yo mu gihugu; "1° to coordinate all activities related to programmes aimed at promoting and exploiting energy resources in the country; " 4° kuvugurura banki. "4° to reorganise the bank. " Uburenganzira bwo kwegura burundu buhabwa umunyamuryango mu gihe cy’umwaka nta cyemezo cyafashwe uhereye ku munsi yandikiye ibaruwa isaba kwegura. igihe umunyamuryango yeguye cyangwa yambuwe ubunyamuryango, imisanzu yatanze ntabwo ayisubizwa. the legal representative shall file membership applications to the executive committee for consideration and send thereafter a list of successful candidates for approval in the general assembly. the assembly decides on the admission or non-admission of the candidate in thirty days. "The legal representative shall file membership applications to the executive committee for consideration and send thereafter a list of successful candidates for approval in the general assembly. the assembly decides on the admission or non-admission of the candidate in thirty days. " Umubitsi niwe ushinzwe gucunga umutungo w’umuryango n’imikoreshereze yawo myiza. "The treasurer is responsible for management of the association’s property ensure its proper use. " Ingingo ya 21: ivanwaho ry’agace ka ii kerekeranye na komite nyobozi y’akagari "Article 21: repeal of point ii regarding the cell executive committee " Ntibyemewe ku bagize inama y’ubuyobozi cyangwa ibigo bafitemo imigabane gukora umurimo uhemberwa muri ocir cafe. "The members of the board of directors and companies in which they are shareholders are not allowed to perform any remunerated activity in ocir cafe. " 9 º gukuraho inyubako z’agateganyo cyangwa ibindi bikorwa mu gihe kitarenze iminsi mirongo icyenda (90) nyuma y’uko uruhushya rurangiye cyangwa rukuweho; "9 º remove temporary buildings or other facilities within ninety (90) days after expiration or termination of the licence; " Ingingo ya 37: inshingano z’umuyobozi wa sfb mu bihe byihutirwa "Article 37: responsibilities of the rector of sfb in emergency cases " Icyicaro cya hec kiri mu karere ka huye, intara y’amajyepfo. gishobora kwimurirwa ahandi hose mu rwanda igihe bibaye ngombwa. "The head office of hec is located in huye district, southern province. it may be relocated elsewhere on the territory of rwanda when considered necessary. " 3. gukurikirana no gufasha abanyeshuri mu myigire n’ubushakashatsi bakora; 4. gukora ubushakashatsi bushingiye kuri gahunda ziteganywa n’ishuri rikuru kandi zigamije guteza imbere imyigishirize muri ishuri rikuru muri rusange n’iy’umwarimu by’umwihariko; 5. gukora ubushakashatsi bugamije guteza imbere ubumenyi, ikoranabuhanga no gukemura ibibazo by’abaturage; 6. kwita ku burere bw’abanyeshuri no kuba intangarugero mu myifatire; 7. kugira uruhare mu bindi bikorwa by’ishuri rikuru bigamije guteza imbere abaturage; 8. kwitabira ibindi bikorwa bijyanye n’inshingano z’ishuri rikuru. "2. to design and teach courses that are meant for providing students with the expected and appropriate knowledge and skills; 3. to supervise and support students in the education and research activities; 4. to carry out research which is based on the programmes of the institution by promoting academic quality in the institute in general, and building the teaching staff capacity in particular; 5. to carry out research meant to promote science and technology as well as to solve the problems the population is faced with; 6. to make sure that students are well brought up and to serve as model of good conduct; 7. to participate in other activities of the institute which are aimed at promoting the population; 8. to participate in other activities related to the mission of the institute. " 7° icyemezo kigaragaza ko usabirwa kwegurirwa uruhushya nta misoro abereyemo leta. "7° transferee certificate of tax clearance. " A) ibisabwa bike ntarengwa byerekeye imari ikwiye byagenwe n‟amabwiriza n°11/2009 yerekeye ibisabwa kugira imari shingiro ihagije mu buryo buhujwe byiyongera kuri banki ubwayo; "A) minimum capital adequacy requirements established by regulation n o 11/2009 on capital adequacy requirements on a consolidated basis in addition to complying on a sole basis; " Amabwiriza y’urwego rw’ubugenzuzi arebana n’ibikorwa bya cis agena uburyo igitabo cya cis cyandikwamo abafite uruhare mu kigega cyangwa abashoramari kibikwa haba mu buryo bw’impapuro cyangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga. "Regulations of the regulatory authority relating to the operations of cis determine the manner in which the cis register of participants or investors is kept, whether in paper-based or electronic form. " Iyo umugenga w’ingengo y’imari ahisemo guhindura abagize akanama gashinzwe gutanga amasoko ya leta bose agomba kumenyesha icyo cyemezo ikigo cy’igihugu gishinzwe gutunganya amasoko ya leta mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) uhereye ku munsi cyafatiweho. "Where the chief budget manager opts to change all members of the public tender committee, he or she must communicate such a decision to rwanda public procurement authority within fifteen (15) days from the date the decision was taken. " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 16 ugushyingo 2022; "The chamber of deputies, in its sitting of 16 november 2022; " Iyo hari ugize inama y’ubuyobozi ya rdb ugiye kurangiza manda, umuyobozi mukuru wa rdb abimenyesha, mu nyandiko, urwego rureberera rdb, hasigaye nibura iminsi 90 "In case there is a member of the board of directors of rdb whose term of office is about to expire, the chief executive officer of rdb notifies, in writing, the organ supervising rdb, at least 90 days before the expiry of the term of office. " 3° kugaragaza niba mu micungire y’imari n’umutungo mu nzego n’ibigo bya leta nta byuho byatuma habaho imicungire mibi, niba izo nzego n’ibigo byubahiriza amategeko, niba gahunda y’ibikorwa irangizwa neza kandi igera ku ntego; "3° to ascertain whether the financial and property management within public entities and public institutions contains no gaps that may give rise to mismanagement, whether such entities and institutions comply with the laws, activity plan and fully attain the pursued objectives; " D. inyandiko imenyesha ko isosiyete ishaka kureka kugira icyicaro mu rwanda; "D. notice that the company intends to cease to have a place of business in rwanda; " Uhereye iburasirazuba ugana iburengerazuba, urubibi rw’amajyaruguru y’akarere ka gasabo ruhuye n’urubibi rw’amajyaruguru y’umujyi wa kigali kuva aho umugezi wa kigozi wisukira mu kiyaga cya muhazi hagati aho uturere twa rwamagana, gicumbi na gasabo duhurira kugera ku mugezi wa yanze aho uhurira n’igikombe cya sakigobe. "From the east to the west, the northern boundary of gasabo district meets the northern boundary of the city of kigali from where river kigozi pours into lake muhazi where rwamagana, gicumbi and gasabo districts meet on the point where river yanze meets the valley of sakigobe. " 1° itsinda rya mbere: kugena umutungo n‟ibyakoreshejwe; "1° thematic working group 1: resource allocation and expenditures; " Iteka rya minisitiri riha ubuzimagatozi umuryango « association rwanda-spiruline » kandi ryemera abavugizi bawo………………………………………………………………..3 "Ministerial order granting legal status to the “association rwanda-spiruline” and approving its legal representatives…………………………………………………………...3 " 2º kopi y’inyandikomvugo y’inama y’inteko rusange yashinze umutwe wa politiki iriho umukono wa noteri w’akarere k’aho inama y’inteko rusange yabereye; "2º a copy of the minutes of the meeting of the constituent assembly of the political organisation, certified by the notary of the district where the constituent assembly meeting was held; " Inyandikomvugo y’inama y’inama y’ubuyobozi ya cma yemezwa mu nama ikurikira igashyirwaho umukono na perezida n’umwanditsi wayo. "The minutes of the meeting of the board of directors of cma are approved in the following meeting and signed by the chairperson of the meeting and the rapporteur. " Iteka rya minisitiri w’intebe n° 01/03 ryo ku wa 14/03/2005 rihindura iteka rya minisitiri w’intebe n°84/03 ryo kuwa 23/12/2002 rishyiraho abagize inama y’ubutegetsi y’ikigega rusange cya leta gitsura amajyambere y’uturere, imijyi n’umujyi wa kigali kandi rikagena umubare wabo, manda n’ibyo bagomba kuba bujuje "Prime minister’s order n° 01/03 of 14/03/2005 modifying the prime minister’s order n° 84/03 of 23/12/2002 appointing members of the board of directors of the national common developpement fund for districts, towns and the city of kigali and determining their number, mandate and conditions required for their appointment " Ibikorwa by’ubugeni, ibiranga umuco wa kera, ibisigaratongo, imidari, ibiceri bya kera n’ibindi bikoresho byose by’agaciro mu rwego rw’ubuhanga n’ikoranabuhanga kimwe n’ibikoresho by’imbonekarimwe cyangwa bikozwe mu mabuye y’agaciro bivumbuwe mu gihe cy’icukura cyangwa isenywa, biba umutungo bwite w’urwego rutanga isoko kandi ugakorerwa ihererekanya hagati y’uwatsindiye isoko n’ukurikirana imirimo cyangwa n’uhagarariye urwego rutanga isoko. "Artworks, antiquities, archaeological objects, medals, ancient coins and any other valuable objects in the area of science and technology as well as rare or objects made from precious materials, discovered during excavation or demolition, become the property of the procuring entity and are subject to handover between the successful bidder and the supervising official or the representative of the procuring entity. " Ryavuguruwe kugeza ubu ivuguruwe ku buryo bukurikira: "Is amended as follows: " Nzi neza ko ntagomba, mbizi cyangwa kubera uburangare, guha urwego rw’ubugenzuzi amakuru y’ibinyoma cyangwa ayobya ku kintu kirebana no gusaba kwemererwa gukora hakurikijwe aya mabwiriza. "I am aware that i should not knowingly or recklessly provide to the supervisory authority any information that is false or misleading in a material particular in connection with the application for accreditation under these regulations. " (l) «serivisi » bivuga igikorwa kidafatika cyishyurirwa, gikorerwa umuntu umwe cyangwa benshi; "(l) “service” means any intangible activity performed for one or more persons in return for payment; " 5° kwishyura ayo mafaranga byahungabanya ubukungu bw’uwasabye amakuru. "5º payment of the fee can cause financial hardship to the applicant; " Ingingo ya 9: kwegura k‟ubunyamuryango bikorwa mu ibaruwa yandikiwe perezida rnmu rnmu ikomeza kwemerera abanyamuryango bayo batagikora akazi (abari mu za bukuru, abashomeri batakiri mu kazi), kugira uruhare mu bikorwa bya sendika yabo, igihe bafite uburambe bugera ku myaka ibiri muri sendika. "Article 9: the resignation is made through a letter to the president rnmu the rnmu shall keep recognizing its members who are not working (retired, unemployed), participate in each activities of trade union when they have at least two years of seniority in the union. " 6° uburenganzira bwo gucuruza: inyandiko yemewe n’amategeko itangwa n’ikigo kibifitiye ububasha hagamijwe kwamamaza ibikorwa cyangwa gukwirakwiza mu bwisanzure ibicuruzwa byemejwe nyuma y’isuzuma kugenzura ubuziranenge n’ireme; "6° marketing authorization: a legal document issued by the competent authority for the purposes of marketing or free distribution of a product which has been approved after evaluation for safety, efficacy and quality; " Politiki y’ishoramari y’ubwiteganyirize bwa pansiyo igomba kuba ikubiyemo ingamba z’imikoreshereze y’umutungo yagenwe n’umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize cyangwa yemejwe n’umujyanama mu ishoramari wemewe. "The investment policy of a pension scheme shall contain an asset allocation strategy determined by an actuary or certified by an investment advisor. " Ingingo ya 58: icyemezo cy’urukiko cyo gusesa ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye "Article 58: court’s order for dissolution of a general partnership " Bafite uburenganzira bwo kureba mu bitabo various services of the society. "They have access to all documents of the personnel de divers services de l’association ; " Ubutaka bwateguwe budafite ibikorwaremezo by’ibanze 125 kugeza ku 150 "Serviced land without basic infrastructure 125 to 150 " Abashinzwe gutanga amakuru bagomba: "Reporting persons must: " (1) amasosiyete y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa n’amakoperative manini y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa agomba gutangaza inyandiko inyandiko z’imari z’umwaka zemejwe n’umugenzuzi wigenga binyuze ku rubuga rwayo rwa interineti. "(1) deposit-taking microfinance companies and large deposit-taking microfinance cooperatives shall publish their annual audited financial statements through their official websites. " Mu kurangiza inshingano ze, umuyobozi w’ishuri rikuru yunganirwa n'abayobozi bavugwa mu ngingo ya 64 y’iri tegeko n’izindi nzego z’ishuri rikuru hakurikijwe ubusumbane bw’inzego n’inshingano za buri muntu. "The rector shall be assisted in his/her duties by the persons mentioned in article 64 of this law as well as various organs of the higher learning institution according to their hierarchy and duties assigned to them. " Mu gihe uburenganzira bwahererekanyijwe bwashyizweho inkomyi ishingiye ku gukora igisabwa k’urundi ruhande, kabone n’iyo ihererekanya ryaba ritaramenyeshejwe ufite inshingano, ihinduka ryose cyangwa isimburwa assignor would do. "Where the assigned rights are under suspensive condition of the performance by the other party, and notwithstanding the failure of notification of the assignment to the debtor, any modification of or substitution for the contract made in good faith comme le ferait le cédant. " Umukoresha urebwa n’amasezerano rusange agomba kuyamanika ahantu habigenewe kuva agitangira gushyirwa mu bikorwa. "The employer bound by a convention shall, after its entry into force, display it in a place established for that matter. " Iteka rya minisitiri riha ubuzimagatozi« association rwandaise pour la promotion et la connaissance des droits de l‟homme (arpcdh) » kandi ryemera abavugizi bawo………..56 "Ministerial order granting legal status to the «association rwandaise pour la promotion et la connaissance des droits de l‟homme» (arpcdh) and approving its legal representatives...56 " Iteka rya perezida n° 065/01 ryo ku wa 16/10/2023 rigena ibikoresho bigirirwa ibanga by’urwego rw’u rwanda rushinzwe igorora "Presidential order n° 065/01 of 16/10/2023 determining rwanda correctional service classified equipment " 1. kwinjira mu kigo agenzura mu masaha y’akazi haba ku manywa cyangwa nijoro mu rwego rw’igenzura ry’umurimo; "1) enter, during working hours whether at night or during the day, any firm of his/her area for inspection; " (d) no kuzuza imari shingiro isabwa. "(d) satisfy capital requirements. " Ingingo ya 80: ukutabaho kw‟isubiracyaha igihe habaye imbabazi zitangwa n‟itegeko cyangwa n‟ihanagurabusembwa "Article 80: no recidivism in case of amnesty or rehabilitation " Ingingo ya 10: ifasi y‟u rwanda "Article 10: rwandan territory " Umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga imari n’umutungo bya leta w’urwego rwegerejwe abaturage ashobora kwimura amafaranga yagenwe mu ngengo y’imari y’urwego rwegerejwe abaturage, muri gahunda imwe, kugeza ku mibare ntarengwa yashyizweho n’iteka rya minisitiri, n’imirongo ngenderwaho ishyirwaho na minisitiri. "The chief budget manager of a decentralised entity may reallocate appropriations under the budget of the decentralised entity within the same program, up to such limits as specified in the ministerial order and guidelines issued by the minister. " Umunoteri wikorera agira ibiro bigaragazwa n’icyapa. ashyikiriza minisitiri inyandiko her activities are considered valid except if declared void by a court. "A private notary has an office identified by a sign post. he or she submits to the minister a l’exercice de ses fonctions font foi sauf en cas d’annulation par une juridiction. " Umudari w’akazi k’indashyikirwa mu ngabo ni uruziga kandi ufite ibara rya zahabu. ku ruhande rw’imbere rw’umudari hariho urukomatane rw’ikarita y’u rwanda, aho uwawuhawe akorera, ikirango cya rdf kigaragaza imbaraga, buri kimenyetso gishushanyije ku ikarita y’u rwanda, n’ingabo ebyiri ku mpande zombi z’ikarita zisobanura ingabo z’igihugu. ku ruhande rw’inyuma rw’umudari handitse amagambo “defence distinguished service medal”. "The defence distinguished service medal is round and in golden colour. on its obverse part there is a combination of a map of rwanda, where the beneficiary is operating from; the rdf logo representing the force, each symbol embedded in the map of rwanda, and two shields on both sides of the map representing the national defence. the reverse of the medal bears the wording “defence distinguished service medal”. " Y‟ubuyobozi n‟abandi bamwe bayigiza aribo: -umuyobozi wa kaminuza; -abayobozi bungirije ba kaminuza; -abantu batatu bahagarariye uwashinze iri shuri rya kaminuza; -abantu batatu b‟impuguguke mu by‟uburezi, ubumenyi n‟ikoranabuhanga. -gushyiraho abayobozi b‟ibigo by‟amashuri uretse uwamashami n‟udushami. -kwemera impano n‟indagano -gufata icyemezo cyo gusesa umuryango "-the rector; -the vice-rectors; -three persons representing the founder of the institution; -three persons who are experts in education, science and technology. -appoint directors and other cadres of the institutions with the exception of deans of faculties and heads of departments. -accept donations and legacies -decide upon the dissolution of the association. " Asubiye ku iteka rya minisitiri nº 07/07.04 ryo ku wa 22/07/2003 ryemerera iyandikwa ry‟umutwe wa politique:ishyaka ntangarugero muri demokarasi; "Having reviewed ministerial decree nº 07/07.04 of 22/07/2003 approving registration of the ideal democratic party (pdi); " Ingingo iyo ari yo yose y’amasezerano ngenderwaho y’ubugure bw’igicuruzwa cy’imari cyangwa serivisi y’imari ihabwa umuguzi wa serivisi y’imari irimo akarengane, itakaza agaciro uko yakabaye. "Any clause of contract governing the provision of any financial product or service to financial service consumer that is unfair becomes invalid in its entirety. " Iyo inyandiko yatakaye itararenza igihe cyo kwishyurwa, uwari uyifite ashobora gusaba article 85: alteration of a negotiable instrument "Article 85: alteration of a negotiable instrument article 86: material alteration of a negotiable instrument " 2° abagize komite nyobozi ku rwego rw'intara n'umujyi wa kigali. chapter iii: organisation and functioning of the union "2° the members of the executive committees at the province and the city of kigali. chapitre iii: organisation et fonctionnement de l’union " 8° gufatanya n’izindi nzego mu kubahiriza umutekano igihe cyose bibaye ngombwa; "8° to reinforce other organs regarding maintenance of security if deemed necessary; " Ingingo ya 21: ifatira ry’agateganyo n’ubunyagwe bw’ahantu hakorerwa icuruzwa ry’abantu, ubw’ibikomoka ku cyaha n’ibintu byakoreshejwe mu cyaha "Article 21: seizure and confiscation of places used for trafficking in persons, proceeds of crime and objects used for the commission of the offence " Werurwe 2011; "March 2011; " (5) inguzanyo isigaye itishyuwe ikubiyemo amafaranga y’umwenda watanzwe, inyungu ziyongereyeho n’andi mafaranga yose agomba gutangwa yiyongereye ku nguzanyo isigaye itarishyuwe n’inyungu zahagaze. "(5) the outstanding balance consists of principal, interest which has been capitalized and all other charges, fees and other amounts, which have been capitalized to the outstanding balance and interest in suspense. " Gukora ibi, banki igomba kugera ku bubiko bw’ibintu byatuma ifata ingamba zikwiye ku gihe kabone niyo igihe cyagenwe cyaba ari kigufi. uko banki ifata igihe kinini mu guhuza, gukuraho no kubasha guhagarika icyateza ingorane ni nako hashobora kuba igihombo. "To do this, the bank must have access to data that will allow it to take the appropriate measures on a timely basis, even when the deadlines are very short. the more time the bank takes to compile, eliminate or neutralize an undesired risk, the greater the possibility of loss. " B. uruhare ndetse n’inshingano zo gukomeza no kugerageza gahunda y’ikomeza ry’imirimo y’utanga serivisi; "B. the roles and responsibilities for maintaining and testing the service provider’s business continuity plan; " Inama y’ubuyobozi iterana rimwe mu mezi atatu (3) mu bihe bisanzwe, itumiwe na perezida wayo cyangwa visi perezida, iyo perezida adahari. "The board of directors shall hold its ordinary session once every three (3) months, at the invitation of its chairperson or vice-chairperson if the chairperson is absent. " Muri iri teka, “ubuyobozi bw’ubwiteganyirize” bisobanura ubuyobozi bukuru bw’ikigo cya leta gifite ubwishingizi bw’ibigenerwa umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara mu nshingano zacyo. "For purposes of this order, “social security administration” means the general directorate of the public institution in charge of maternity leave benefits scheme. " 6° nyuma y’igihombo, utubahirije amategeko yose akomoka ku bwumvikane bwe n’abo abereyemo imyenda cyangwa yaratsindiwe kuba ari we wishe amasezerano y’ubwo bwumvikane; "6° after bankruptcy, does not observe obligations inherent to agreements with he or she creditors or the winding up arrangements have been pronounced against him or her; " Leta hitabwa ku kugera ku ntego zagenwe. "Are vitally important to meet its objectives. " Ingingo ya 5: umubare w’abagize inama y’ubuyobozi na manda yabo "Article 5: number of members of board of directors and their terms of office " 2 º kugena, kugaragaza no kwerekana imikoreshereze n’imitunganyirize y’ubutaka igomba gukurikizwa buri hantu n’imiterere yayo; "2º determine, indicate and designate the land use and development that should be adopted in each area in accordance with its specific conditions; " Mbere y’uko itangazwa, raporo y’iperereza ku buriganya igomba kubanza gusuzumwa n’umugenzuzi bwite mukuru. "Before publication of an investigation report on fraud, it must be reviewed by the chief internal auditor. " Visi perezida afasha perezida, akanamusimbura igihe adahari cyangwa havutse indi mpamvu imubuza kuboneka. muri icyo gihe, visi perezida ashobora guhagararira ishyirahamwe imbere y’amategeko. article 22: "The vice chairperson shall assist the chairperson and shall replace him/her when absent or in case of unforeseen difficulty. the deputy legal representative, represents the association. " Hitawe ku ngengo y’imari, amashimwe akurikira niyo ashobora gutangwa: "In consideration of the available budget, the following awards may be given: " Umunt wese ujugunya, usuka, uyobora cyangwa uzika mu mazi y‟imusozi cyangwa ayo ikuzimu, mu buryo buziguye cyangwa butaziguye, ikintu kimwe cyangwa byinshi byakurura ingaruka mbi ku buzima cyangwa ku bidukikije, ahanishwa igifungo kuva ku kwezi kumwe (1) kugeza ku mezi atatu (3) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi magana atanu (500.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. "Any person who throws, pours or flows in the surface or underground waters, directly or indirectly one or several substances likely to harm health or environment, shall be liable to a term of imprisonment of one (1) month to three (3) months and a fine of five hundred thousand (500,000) to five million (5,000,000) rwandan francs or one of these penalties. " Icyiciro cya gatatu: ibyerekeye ububasha n’inshingano "Section 3: competence and responsibilities " Mu kubara no kugabanya ibyavuye mu mutungo, umucungamutungo w’uwahombye agomba guteganyiriza ibi bikurikira: "In the calculation and distribution of a dividend, the trustee must make provision for: " Bwana katanisa peter, wari umujyanama wa minisitiri w’ibidukikije, yemerewe guhagarika akazi mu gihe kitazwi. "Mr katanisa peter, who was advisor to the minister of environment, is granted leave of absence for non-specific period. " Ingingo ya 7: itegeko rikoreshwa ku byerekeye uburenganzira mbonezamubano ku mutungo "Article 7: law applicable to civil rights with respect to property " Ingingo ya 4: inshingano z’umukoresha "Article 4: employer’s duties " Isoko ryose riteganywa gukorwa mu gihe kitarenze amezi icyenda (9) ritangwa ku biciro ndakuka, cyeretse habaye impamvu itunguranye kandi ntarengwa. icyo gihe impande zombi zagiranye amasezerano y’isoko zumvikana ku buryo bwo gusubiramo ibiciro. mu gihe impande zombi zinaniwe kumvikana zitabaza ibiteganywa n’iri tegeko. "Any tender that is planned to be executed within a period that does not exceed nine (9) months is awarded on a fixed price, except in cases of force majeure. in that case, the contracting parties negotiate the modalities for revising the prices. if no compromise is reached between the two parties, the provisions of this law apply. " (sé) dr. m. kalibata agnès minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi "(sé) dr. m. kalibata agnes minister of agriculture and animal resources " Ingingo ya 50: kubahiriza ibisabwa byerekeye amashuri n’ibisabwa n’amashuri y’umwuga "Article 50: compliance with professional qualification requirements "  ko ku bw‟iryo tegeko, imiryango nyarwanda itari iya leta yabonye ubuzima gatozi mbere y‟iri tegeko ryo ku wa 17/02/2012 igomba kubahiriza ibisabwa n‟itegeko ryisha mu gihe kitarenze amezi cumi n‟abiri (12); " that under this law, all national non- governmental organizations that were granted legal personalities before the law of 17/02/2012 are required to comply with the new law in a period not exceeding twelve (12) months; " - kwemera, guhagarika by’agateganyo no kwirukana umunyamuryango; - kwemeza ubufatanye n’indi miryango ifite inshingano zihuye n’iz’umuryango kugira ngo ubashe kugera ku nshingano zawo; - gusesa umuryango. the legal representative of the organisation. in the absence or incapacity of the legal representative, the general assembly is convened and presided over by the deputy legal representative. in case of simultaneous absence or incapacity of the legal representative and deputy legal representative, the general assembly shall be convened by the elder member of the organisation. in such circumstances, it elects among itself a president of the general assembly. "- adopt amendments to the statutes of the organization; - dissolve the organization. article 12: the general assembly is convened and chaired by the legal representative of the organization. in the absence or incapacity of the legal representative, the general assembly shall be convened and chaired by one of the vice legal representatives. in case of the absence or incapacity of the legal representative and the vice legal representatives, the oldest member in the profession shall convene the general assembly. for the occasion, the general assembly shall elect the president of session. article 13: the general assembly can only validly deliberate if it meets 2/3 of its members. if the quorum is not reached, another meeting is organized within 15 " Perezida, umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko uteshutse ku nshingano ze cyangwa ku mategeko mbonezamyitwarire y’abacamanza ahanishwa, mu nyandiko, kimwe mu bihano bikurikira hakurikijwe uburemere bw’ikosa yakoze: "Order, a judge or a member of judicial personnel who fails to perform his or her duties or who does not comply with the code of conduct for judges is sanctioned in writing with one of the following sanctions, according to the gravity of the fault committed: " Ingingo ya 26: agaciro k’icyemezo gihawe umuhuza mu bwishingizi wigenga "Article 26: validity of license of an insurance broker " Ubuzimagatozi buhawe umuryango «reach the children of rwanda international», ufite icyicaro mu murenge wa kacyiru, akarere ka gasabo, mu mujyi wa kigali. "Legal status is hereby granted to the association «reach the children of rwanda international» situate at kacyiru sector, gasabo district, in kigali city. " Ingingo ya 84 y‟itegeko n° 27/2010 ryo ku wa 19/06/2010 rigenga amatora nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 84 of law n° 27/2010 of 19/06/2010 relating to elections as modified and complemented to date is modified and complemented as follows: " Itegeko ngenga rishobora gushyiraho izindi nkiko zihariye”. "An organic law may establish other specialised courts "". " Ingingo ya 130: gushyikiriza komisiyo ihoraho umushinga w’itegeko chapter vi: procedures for the adoption of draft laws and private member’s bills "Article 130: submission of a draft law or a private member’s bill to the standing committee chapitre vi : procédures d’adoption des projets ou propositions de loi " 1° imiyoborere y’ikigo n’uruhare rw’inama y’ubuyobozi cyangwa ubuyobozi bw’ikigo kigenzurwa "1° corporate governance and role of the board or management " (c) igihembwe cya gatatu kimenyekanishwa kikanishyurwa bitarenze 15 ukwakira ; "(c) the third quarter must be declared and paid not later than 15th october; " Imbabazi zitangwa n'itegeko cyangwa ihanagurabusembwa ntibigira icyo bihindura ku bihano byahawe abacamanza bikomoka ku byo bakoze byatumye bahanwa mu manza z'inshinjabyaha. "Amnesty or rehabilitation shall not have any effect on disciplinary sanctions meted out on judges following their conviction for criminal offences based on the same facts. " C. yayamenye ku buryo buziguye cyangwa butaziguye biturutse ku muntu uvugwa mu gace ka 1° n‟aka 2° tw‟iki gika. "C. the direct or indirect source of this information is a person referred to under items1°and 2° of this paragraph. " 15° gukora ibindi byose bya ngombwa kugira ngo imirimo yo gufunga koperative no gusaranganya umutungo wayo irangire neza; "15° carry out any other functions as may be necessary for winding up of the cooperative and distribution of its assets; " (3) banki nkuru ishobora gusaba utanga serivisi zo kwishyurana wifuza gutanga serivisi z’inyongera gushyiraho ikigo cyihariye kizajya gitanga izo serivisi mu gihe isanga gutanga izo serivisi byabangamira ubushobozi bw’utanga serivisi zo kwishyurana bwo kubahiriza ibisabwa biri mu itegeko rigenga uburyo bwo kwishyurana no muri aya mabwiriza rusange. "(3) the central bank may require a payment service provider that intends to provide secondary service, to create a separate entity for the provision of such services, if it believes that the conduct of such services may have a negative impact on the payment service provider’s ability to comply with the requirements of the law governing payment system and this regulation. " Icyiciro cya 3: ubunyamabanga bwa jadf ku karere "Section 3: district jadf secretariat " 4º leta yishyurira buri wese imisoro n’amahoro ya gasutamo y’imodoka iri mu cyiciro kiri hagati ya cc. 2,000 na 2,500. inama y’abaminisitiri igena igiciro cy’iyo modoka igeze i kigali n’amafaranga bagenerwa yo kubafasha gukoresha iyo modoka buri kwezi yiyongera ku mushahara. "4º the government shall take charge of the customs duties for a vehicle delivered in kigali and ranging between 2,000 cc and 2,500 cc. the cabinet shall determine the maximum value and the monthly allowance in addition to their salary for car maintenance. " Uwahawe inguzanyo ashobora gusonerwa kuyishyura bitewe n’impamvu y’urupfu cyangwa ubumuga buhoraho byemejwe n’inzego zibifitiye ububasha. "The loan recipient may be exempted from repaying the loan due to death or permanent disability upon approval by competent organs. " Iby’ingenzi bikubiye mu masezerano y’akazi yanditse biteganywa n’iteka rya minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze. "Major contents and modalities for written contract are determined by the order of the minister with labour in his/her attributions. " 1° uburenganzira bwo guhererekanya umutungo w’urimo umwenda, kuwugiraho uburenganzira cyangwa kuwukoresha mu bundi buryo burahagarara; "1° the right to transfer, encumber or otherwise dispose of any assets of the debtor is suspended; " Buri komite igomba kuba nibura igizwe n’abagize inama y’ubutegetsi batatu (3) babiri (2) muri bo bakaba bigenga. a dedicacated microinsurer shall have a mandatory internal audit and risk management board committees. "Three (3) directors of whom two (2) must be independent directors shall comprise each committee. le micro-assureur spécialisé doit avoir un comité du conseil d’audit interne et du comité du conseil de gestion des risques. " B. nibura impamyabumenyi y'umwuga mu kugena agaciro k'ibyangiritse cyangwa mu masomo y'ubwishingizi yahawe n'ikigo kibizobereyemo. imyaka amatungo a. nibura impamyabushobozi y’amashuri yisumbuye (a2) mu buvuzi bw'amatungo n'imyaka itatu (3) yo mu kazi ka tekiniki cyangwa iy’icyiciro cya kabiri cya kaminuza (a0) mu myororokere y'amatungo, mu buvuzi bw'amatungo cyangwa ibindi bisa nka byo "Senior auditor senior auditor accounting professional qualification recognised by ifac (acca, cpa etc); or at least completed fundamental level of accounting professional qualification recognised by ifac (acca, cpa etc) with 5 years proven working experience in audit or 2 years in auditor position. 3 " Undi utanga serivisi yuzuza inshingano ijyanye n’ubushishozi ku byerekeye umukiriya, ari uko – "A third-party service provider performs client due diligence, if – " Inteko rusange igena uburyo bwo kwibumbira hamwe n’ubufatanye n’ayandi mashyirahamwe y’umwuga. "The general assembly shall fix modalities for affiliation and eventual co-operation with professional organisations. " Ingingo ya 27: itangwa ry’inyandiko igena umusoro n’inyandiko imenyekanisha ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi "Article 27: issuance of the notice of tax assessment and notification of an administrative fine " Mbere y’ibikorwa by’umuntu ku giti cye byo kwishyurana bitangizwa n’uwishyura hakurikijwe amasezerano asasiye, utanga serivisi zo kwishyurana agomba gutanga amakuru ku bintu bikurikira: "Before executing individual payment transactions initiated by the payer within a framework contract, the payment services provider provides information about the following: " Ingingo ya 44: ishingiro ry’umusoro ku nyungu z’amasosiyete "Article 44: base for corporate income tax " Iyo umwe mu bagize inama y’ubuyobozi avuye mu mirimo ye mbere y’uko manda irangira , ubuyobozi bubifitiye ububasha bushyiraho umusimbura. ushyizweho arangiza iyo manda. "If one of the members of the board of directors leaves his or her duties before the expiration of his or her mandate, competent authorities shall appoint his or her substitute. the appointee shall complete the remaining term of office. " Ishyirahamwe rigizwe n’inzego zikurikira: inteko rusange, komite nshingwabikorwa na komite y’abagenzuzi. article 9: "Organs of the association shall include: the general assembly, the executive committee and audit committee. article 9: " Ingingo ya 39: uburyozwe bw’utanga serivisi zo kwishyurana w’uwishyura iyo habaye ibikorwa byo kwishyurana bitemewe "Article 39: payer’s payment services provider's liability for an unauthorised payment transaction " 14° uburyo bukoreshwa mu koherereza abanyamuryango abaganga b’inzobere badafite umugabane muri icyo kigo; "14° a procedure for referral of members to nonparticipating specialists; " Iyo icyo gihe kirenze hongerwaho icumi ku ijana (10%) by‟agomba kwishyurwa. iyo harenzeho amezi abiri (2) nyuma yo kwihanangirizwa ntihagire igikorwa, hakurikiraho kwamburwa uburenganzira bwo gucukura amabuye y‟agaciro na kariyeri bitanabujije gukurikiranwa n‟inkiko kugira ngo hishyuzwe inyungu zitishyuwe. "If such period expires, such fees shall be increased by ten per cent (10%) of the due amount. after a two (2) months‟ notice without any action, the mining and quarry extraction license shall be forfeited, and this may be followed by judicial action to recover unpaid interests. " Mu gihe cy’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko, umutwe wa sena, inama rusange y’ihuriro yubahiriza ingengabihe yemejwe n’inzego zibifitiye ububasha. "During the period of elections of members of the parliament, chamber of senate, the general assembly of the forum shall comply with the schedule approved by competent authorities. " Ikigo cya leta gikora imirimo y’ubucuruzi gifite ububasha bwo gukora ibikorwa bikurikira: "A commercial public institution has powers to : " 2° guhuza ibikorwa bya reaf; "2° to coordinate activities of reaf; " Leta igirana amasezerano n’ibihugu bihana imbibi n’u rwanda kugira ngo ishobore gushyira mu bikorwa igenamigambi ku rwego rw’ahantu nyabuzima hambukiranya imipaka. "The government shall enter into an agreement with neighbouring countries of rwanda to ensure effective implementation of a transboundary bio- regional plan. " Iyo idosiye y’ubusabe yuzuye, urwego rwongera igihe cy’icyemezo cy’ishoramari kandi rugaha umushoramari wanditswe icyemezo cy’ishoramari kigaragaza igihe cy’inyongera, mu gihe kitarenze iminsi ibiri (2) y’akazi uhereye ku munsi ubusabe bwakiriweho. "When the application file is complete, the board renews an investment certificate and provides a registered investor with an investment certificate indicating the renewal duration, within two (2) working days from the date of receipt of the application. " Mu byo akoze byose, agomba kuvuga ubigenewe, yasimbuye, udahari, utabonetse cyangwa wapfuye. amategeko ngengamikorere agena uburyo perezida asimburwa iyo abuze burundu kandi manda ye itararangira. "During the performance of his/her duties, he/she shall indicate the person who is replacing in the interim period caused by absence, disability or death. the internal regulations shall precise the modalities the chairperson in case of the definitive vacancy of the post before the end of his/her mandate. " Icyitonderwa- impande zishobora kureba uko zakongeramo: (a) umubare w’abakemurampaka uzaba……(umwe cyangwa batatu); (b) icyicaro cyangwa ahantu ubukemurampaka buzabera ni …..(umujyi cyangwa igihugu); (c) ururimi ruzakoreshwa mu miburanishirize y’ubukemurampaka ni…………. "(a) the number of arbitrators shall be ... (one or three); (b) the seat or legal place of arbitration shall be ... (town and country); " Icyiciro cya 3: inzego, inshingano zazo n’amahame remezo "Section 3: organs, their responsibilities and fundamental principles " Ashingiye ku iteka rya perezida n° 113/01 ryo ku wa 01/11/2019 rishyiraho sitati yihariye igenga abakozi mu by’ububanyi n’amahanga, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 8; "Pursuant to presidential order n° 113/01 of 01/11/2019 establishing special statute governing diplomatic officers, especially in article 8; " Ingingo ya 32: kumenya umukiriya mu buryo buhoraho "Article 32 : diligence permanente du client " 3° amashuri yubatswe n‟inkungay‟ubutwererane, ayubatswe n‟ubutegetsi bwa gikoloni cyangwa n„indi nkunga iyo ari yo yose yahawe leta; 4° amashuri yigenga yeguriwe leta na bene yo; "3° schools built through a foreign cooperation, by the colonial administration or with any other subsidy granted to the government; " 5° “serivisi y’itumanaho”: serivisi yose isakaza amakuru, amajwi cyangwa amashusho hakoreshejwe insinga cyangwa ibindi bikoresho by‟ikoranabuhanga; "5° “communication service”: any service involving the transmission of data, voice or images by wire, optical or other electronically guided systems; " Iyo bibaye ngombwa kandi ku mpamvu z’akazi akora, umukozi ufite ubumuga ahabwa uburyo bwo gukora bumworohereza akazi hakurikijwe ubumuga afite. "Where necessary and due to the work to be performed, the disabled worker shall be granted such working conditions as suitable to his/her disability. " Bwana nshuti fred agizwe umuyobozi w’ishami rishinzwe kugenzura no gukemura ibibazo by’abakozi ba leta muri komisiyo ishinzwe abakozi ba leta. "Mr. nshuti fred is appointed director of inquiries and public employees litigation unit in the public service commission. " Umuryango ukorera imirimo yawo mu karere ka huye by‟umwihariko, n‟ahandi hose mu rwanda mu gihe byaba bibaye ngombwa kandi byemejwe n‟inteko rusange. "The association exercises its activities in huye district in particular and every where else where it is proved to be necessary on the whole area of the republic of rwanda on decision of general assembly. " Umukoresha agomba kwiyandikisha mu kigo cya leta gifite ubwiteganyirize bwa pansiyo mu nshingano zacyo mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi ikurikira igihe umukozi wa mbere yatangiriye akazi. "The employer shall be required to register with the public institution in charge of pension schemes within seven (7) working days from employment of the first employee. " Amafaranga yishyuwe ku ruhushya ashyirwa mu kigega cy’igihugu cy’ibidukikije (fonerwa). "Permit fees shall be deposited in the national fund for climate and environment (fonerwa). " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera kuwa 13/01/2012. "This order shall come into force on the date of its signature. it takes effect as of 13/01/2012. " Icyiciro cya mbere: gufungura, kwimurira ahandi, gufunga koleji, ishuri, ishami cyangwa ikigo cy’ubushakashatsi bishamikiye ku ishuri rikuru cyangwa kuzamura icyiciro cy’inyingisho "Section one: opening, relocation, closure of a college, a school, a faculty or a research institute affiliated to an institution of higher learning or upgrading the level of teaching " 6º gufata icyemezo ku bibazo byose bikomeye biri mu nshingano za naeb; "6º to take decision on all critical matters falling within the mission of naeb; " Ingingo ya 35: itegurwa n’iyemezwa by’ingengo y’imari ya nrs "Article 35: preparation and adoption of the budget of nrs " 7° amafaranga yo kwakira abashyitsi; "7° housing allowance; " 15° gukora indi mirimo yose yahabwa n’umushumba mukuru ijyanye n’inshingano z’itorero adepr. "15° to execute any other task in relation to the adepr church responsibilities assigned to him or her by the senior pastor. " Ingingo ya 63: abadatorwa ku bw’ubukuru bwabo ni abapasitori n’abadiyakoni, ababwiriza butumwa, umukuru w’abategarugori, ushinzwe urubyiruko, n’abigisha bafite inzandiko bose. "Article 63: members not elected due to their responsibilities are; pastors, deacons, church centres, mothers’ union president, head of youth and church leaders with certificates. " Isubiracyaha ku bikorwa by‟iterabwoba byateje urupfu rw‟umuntu, rihanishwa igifungo cya burundu cy‟umwihariko. "Recidivism of terrorist acts resulting in death of a person shall be liable to life imprisonment with special provisions. " 3° yita kw’ikoreshwa neza n’umutekano w’umutungo afatanyije na serivisi bireba; "3° ensure good utilization and safety of facility resources in collaboration with relevant services; " 5 º gukurikirana no gukora imirimo yose ijyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ikorerwa mu karere ; "5 º to monitor and perform all activities relating to the implementation of projects implemented in a district; " “ (1) uburenganzira bwo gutanga ikirego kijyanye n’itangwa rya kandidatire cyangwa itora rya perezida wa repubulika n’iry’abagize inteko ishinga amategeko bufitwe na buri munyarwanda ubifitemo inyungu n’umukandida. "“ (1) the right to file a complaint related to the submission of candidacy or to presidential and legislative elections is vested in any interested rwandan and the candidate. " - yapfuye; - yasezeye bigaragazwa n‟icyemezo yashyikirije abahagarariye umuryango; - byemejwe n‟inteko rusange ku bwiganze bwa 2/3 by‟abanyamuryango kandi bisabwe n‟inama y‟ubuyobozi, bitewe n‟uko yarenze ku mabwiriza akubiye mu itegeko shingiro ry‟umuryango no mu itegeko ngengamikorere. "- death; - resignation submitted in writing to the legal representative; - the decision by the general assembly by a majority of two thirds of the full members of the board of directors , proposal on the grounds of persistent violation of the provisions of this constitution and the internal regulations. " W‟intebe, abaminisitiri, abanyamabanga ba leta n‟abandi bagize guverinoma barahirira mu ruhame imbere ya perezida wa repubulika. "Ministers, state ministers and other cabinet members publicly swear an oath before the president of the republic. " (i) gushinga isosiyete y’ubucuruzi cyangwa ikindi kigo; "(i) forming a company or any other corporate body; " Iteka rya perezida n o 30/01 ryo kuwa 24/5/2013 rishyiraho guverineri wa banki nkuru y’u rwanda "Presidential order n o 30/01 of 24/5/2013 appointing the governor of the national bank of rwanda " Bitabangamiye ibiteganywa n’aya mabwiriza, umuntu wese utubahirije ibijyanye n’isuku mu mujyi wa kigali afatirwa ibyemezo kandi akishyura amahazabu atarenze ateganyijwe ku mugereka wometse kuri aya mabwiriza. "Without prejudice to provisions of these instructions, any person who does not abide by hygiene regulations in the city of kigali sanctions against him/her will be taken and shall pay fines not exceeding those provided for in attachment of these instructions. " 1° hamenyeshwa uwo bireba cyangwa umuhagarariye; "1° notifying the concerned party or his or her proxy; " Kuri buri rwego inteko rusange isanzwe iterana mu buryo bwemewe rimwe mu mwaka, hari abarenga kimwe cya kabiri (½ ) cy‟abayigize. "The general assembly at each level shall meet legally once in every year when a half (1/2) of its members are present. " 1. nyirabakiga immaculée 2. musabyimana samuel 3. myirangirimana spérata 4. gahinda jean marie vianney 5. mubera j.claude official gazette nº 07 of 13/02/2012 "Founder members 1. mme mukarubega zulfat 2. mme cyulinyana jeanne d’arc 3. mlle maboyi afsa 4. mr ndizeye muhamad official gazette no 18 of 30/04/2012 " Imanza zaciwe n’urukiko rw’ubujurire ntizijuririrwa. "Cases tried by the court of appeal are not appealable. " 5° akurikirana kandi agatanga raporo y’ibyorezo ku bayobozi b’ubuzima bireba. "4° ensure epidemiological surveillance and reporting findings to relevant health authority. " Inama rusange zidasanzwe zifata ibyemezo byerekeye: - guhindura amategeko shingiro; - gutanga imigabane yo kuguza - n'ikibazo cyose gikomeye kandi cyihutirwa kireba sosiyete. "The extraordinary general meeting shall deliberate on: - the modification of the by-laws, - the increase or decrease of share capital, - any other urgent or material matters or thought to be urgent for the smooth operation of the company. " Abagize biro y’inama njyanama y’akarere cyangwa iy’umujyi wa kigali bitoramo biro igizwe na perezida, visi perezida n’umunyamabanga hakurikijwe amabwiriza ya komisiyo. mu bagize biro, hagomba kubamo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) by’abagore. "Members of district or city of kigali councils elect among themselves members of the bureau composed of the chairperson, the vice- chairperson and the secretary in accordance with the instructions of the commission. at least thirty per cent (30%) of members of the bureau must be female. " B. amabwiriza / directions / règlement "B. amabwiriza/rules/directives " Uruhushya rwo gukwirakwiza amazi aranguzwa rwemerera urufite kugurisha amazi aranguzwa sosiyete yo gutanga serivisi z’amazi, serivisi z’imiyoboro y’amazi no kuvana amazi yakoreshejwe aho ari ajyanwa ahandi cyangwa undi mucuruzi kugira ngo nawe ayagurishe cyangwa ayadandaze ku bakiriya batuye ahantu hemewe. article 43: bulk water supply license "A license of bulk water supply permits the holder to sell in bulk water to an appointed water utility company, water and sewerage utility or any other operator for the purpose of resale or retail it to customers at eligible premises. " 3° isuzuma rya gahunda yo kwishingira abishingizi, harimo amakuru arambuye n’ibyifuzwa; "3° assessment of the reinsurance program, including details and suitability; " (d) urwego rutanga uruhushya rwo gukora: ………………………………….. "(c) licensing authority: ………………………………….. " Ingingo ya 12: gukorana kw’abanoteri bikorera "Article 12: collaboration among private notaries " Ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa gishyiraho uburyo bunoze bw’igenzuramikorere bufasha imicungire y’ibyateza ingorane n’iyubahirizwa ry’amategeko ariho. "A deposit-taking microfinance institution establishes an adequate internal control system that facilitates the risk management and compliance with applicable laws. " Ingingo ya 33: kwanga ikarita ya sdid ku ruhande rwifashisha amakuru "Article 33: refusal by relying party of sdid card " Iyo rumaze gukora ibiteganywa mu ngingo ya 8 "Upon completion of the requirements of article 8 " Y’iri tegeko atubahirijwe uko yakabaye, urubanza cyangwa indi nyandikompesha birangizwa ku ngufu za leta hifashishijwe umuhesha w’inkiko kugirango uberewemo umwenda yishyurwe, imitungo y’ugomba kwishyura itezwe cyamunara kugirango ivanwemo ubwishyu, nta rundi rubanza rubaye. ni nako bigenda iyo mu minsi mirongo itatu (30) ivugwa mu ngingo ya 247 "If the agreement mentioned in article 243 of this law is not entirely respected, the judgement or other enforcement order is compulsorily executed by a court bailiff in order to get the due of the creditor, by auctioning the property of the debtor in order to get payment from it, without any further judgement. the same process is followed when, within the period of thirty (30) days mentioned in article 247 of this law, the l'exécution de la décision de la juridiction ou du titre exécutoire. " Ryemerera kwemeza burundu amasezerano avuguruye hagati ya guverinoma ya repubulika y’u rwanda n’urukiko rwihariye rwashyiriweho sierra leone yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda ku wa 11 ugushyingo 2013, yerekeranye no kurangiza ibihano "Authorising the ratification of the amended agreement between the government of the republic of rwanda and special court for sierra leone signed in kigali, rwanda on 11 november 2013, relating to the execution of sentences " Hakurikijwe amahame ngenderwaho y’ikigo nderabuzima, umuforomokazi cyangwa umuforomo uvura indwara zo mu mutwe wanditse-urwego rwisumbuye ayobora, ategura, 15° provide care for the dying and for last offices; "In accordance with the established standards of the health center, the registered mental health nurse-diploma level shall lead, plan, supervise and evaluate psychosocial rehabilitation 15° fournit des soins pour les mourants et aux corps après la mort ; " Uburyo inama z‟ubuyobozi bukuru zitumizwa bigenwa n‟amategeko ngengamikorere ya meteo rwanda. "Modalities for decision-making by the board of directors are determined by internal rules and regulations of rwanda cultural heritage academy. " 2° gukemura ibibazo byihariye nk’uko biteganyijwe n’amategeko bwite kandi rusange ya ministeriya; "2° address issues provided by the proper and universal law of the congregation; " Nyuma ya buri lisiti, perezida w’inama yerekana ibitekerezo by’ingenzi byagaragajwe n’impaka. "After every list, the council chairperson shall read a summary of key opinions and discussions given. " 1° a common equity tier 1 of not less than 10.5% of total risk weighted assets including risk weighted off-balance sheet items; 1° actions ordinaires de tier 1 qui n’est pas moins de 10.5% du total des actifs pondérés, y compris les éléments hors bilan pondérés; 2° igipimo cy’imari shingiro bwite kitari munsi ya 12.5% by’umutungo wose uganyijweho ibyateza ingorane habariwemo n’ibidashyirwa mu ifoto y’umutungo bibarwa bigabanyijweho ibyateza ingorane; "2° the core capital ratio of not less than 10 percent(10%) of total risk weighted assets including risk weighted off- balnce sheet items; 2° le ratio du capital de base qui n’est pas moins de dix pour cent (10 %) du total des actifs pondérés, y compris les éléments d’actif hors bilan pondérés; 3° igipimo cy’imari shingiro yose kitari munsi ya cumi na kabiri n’igice (12.5%) by’umutungo wose ugabanyijweho ibyateza ingorane. " Inyandiko icuruzwa, itanzwe n‟ikigo cy‟ubucuruzi gifite ubuzima gatozi, iba ifite agaciro iyo iriho umukono na kashe by‟icyo kigo. ariko, ibi ntibivuze ko inyandiko icuruzwa iba idafite agaciro iyo nta kashe iriho. "Any negotiable instrument issued by a corporation with legal personality is valid if duly signed and sealed with the corporate seal. however, absence of seal shall not deprive a negotiable instrument of its validity. " - pusitakoze y’inyoni iterwa na « chlamydia psittaci »/ornithose psittacose; - umuraramo w’inyoni nkuru "Psitacosis in birds, caused by ־ chlamydia psittaci ; " Article 2: duration for alteration in the civil registry article 2: délais de changement au registre de l‟etat civil ingingo ya 3: igihe iteka ritangira gukurikizwa "Article 2: duration for alteration in the civil registry article 3: commencement " (3) iyo banki nkuru itemeje ubusabe cyangwa kimwe mu bigize dosiye y’ubusabe, ishobora, mu gihe kitarenze iminsi 30 uhereye ku itariki yashyikirijweho dosiye yujuje ibisabwa, kumenyesha ikigo cy’imari mu nyandiko umwanzuro kandi ikanatanga impamvu yawo. "(3) where the central bank does not approve the application or any part thereof, the central bank may within 30 days from the date of submission of the complete application communicate its decision to the financial institution in writing and shall state the reasons thereof. " Ingingo ya 6: uwemerewe gutorwa "Article 6: elegible person " Uri mu bagize inama y’ubutegetsi ashobora kwegura ku mirimo ye abimenyesheje, mu nyandiko, minisitiri w’intebe. icyemezo cya minisitiri w’intebe kigomba gufatwa mu gihe kitarenze ukwezi kumwe uhereye ku iyakirwa ry’ibaruwa ibisaba. iyo icyo gihe kirenze, kwegura bifatwa nk’aho byemewe. "A board member may resign from his/her duties by informing the prime minister in writing. the prime minister‟s decision shall be made in a period not exceeding one month from receipt of the resignation letter. upon expiration of such a period, the resignation shall be deemed as having been definitely approved. " Icyiciro cya ii: gusimbura, kwegurira undi muntu, gusubukura imirimo no kwimuka "Section ii : replacement, hand-over, resumption and transfer " Bakorera imirimo yabo muri biro bya noteri by’igihugu biri i kigali. "They do so within the kigali city’s notarial office. " Amasezerano yashyiriweho umukono i buruseli mu bubiligi kuwa 17 gicurasi 2010, ahindura amasezerano yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda kuwa 16 mata 2007 hagati ya repubulika y‟u rwanda n‟ubwami bw‟u bubiligi yo kuvanaho gusoresha kabiri no kwirinda forode n‟ihisha ry‟imisoro ku byerekeye imisoro ku musaruro no ku mari shingiro, yemerewe kwemezwa burundu. "May 2010, amending the convention signed in kigali on 16 april 2007 between the republic of rwanda and the kingdom of belgium for the avoidance of double taxation and prevention of tax fraud and fiscal evasion with respect to taxes on income and on capital, is hereby authorized for ratification. " Iteka rya minisitiri riha ubuzimagatozi “association des parents pour la promotion de l‟education de kabarondo” (appeka) kandi ryemera abavugizi bawo……………………38 "Ministerial order granting legal status to the “association des parents pour la promotion de l‟education de kabarondo” (appeka) and approving its legal representatives…………..38 " Abanyamuryango b’icyubahiro batangwa na komite nyobozi bakemezwa n’inteko rusange. bashobora kugiswa inama, gutanga ibitekerezo no kwitabira inama ariko nta burenganzira bwo gutora bagira. "The honorary members are approved by the general assembly, their names are proposed by the council of administration they can be consultated for advice but do not participate in elections. " (a) gutanga serivisi z’ibanze; "(a) to provide the basic services; " C. gukusanya no kubika ibyemezo by’inkiko byafashwe ku buryo budasubirwaho bireba minisiteri. "C. collecting and keeping files of jurisprudence decisions concerning the ministry. " Umuntu ushaka kwinjira mu bakozi ba leta agomba kuba yujuje ibi bikurikira: chapter ii: entry into public service, working hours and induction program "A person that wishes to be integrated in public service must fulfil the following: chapitre ii : entrée dans la fonction publique, heures de travail et formation préparatoire " Bikorewe i …………………………….. ku wa ………………………………. "Done at …………………….,on…………………. " (k) ikindi gikorwa banki nkuru yagena cyangwa yagaragaza mu nyandiko. "(k) any other event that the central bank may prescribe or specify by notice in writing. " Abayobozi bakuru bashinzwe gucunga ingengo y'imari bashinzwe gutegura raporo z’umwaka z’ibigo bayobora basobanura uko ingengo y’imari yakoreshejwe babigereranya n’intego zagombaga kugerwaho n’ibyari biteganyijwe, bagasobanura cyane cyane impamvu ibyagezweho bidahuye n’ibyari byateganyijwe. "Chief budget managers are responsible for preparing the respective annual reports of their respective institutions and shall explain their budget execution relative to objectives to be achieved and estimates, and especially emphasizing on the reasons why budget achievements differ from those planned. " 18° gutangaza raporo zigaragaza imibare yuzuye, amoko n’imihindagurikire by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi kimwe n’amakuru arebana n’ibikorwa byayo; "18º to publish reports with comprehensive statistics, typologies and trends of money laundering, the financing of terrorism and the financing of proliferation of weapons of mass destruction, as well as information regarding its activities; " Inyandiko mvugo y’inteko rusange ya victory churches of rwanda“vcor” yo kuwa 18/07/2012 "Minutes of general assembly meeting of africa new life ministries of 18/09/2012 " Iyo isuzuma ryerekana ko icyo cyuma kifashishwa mu kuzamura abantu gifite ikibazo gituma kitakomeza gukoreshwa mu mutekano wose, kigomba guhita gikorwa mu buryo bwihuse. "If the inspection indicates that a hoist or lift has a problem that makes it unsafe for use, its reparation must be carried out immediately. " Ingingo ya 75 : gusaba kwemererwa ibikorwa bimwe bijyanye n‟iseswa "Article 75: request for resignation of service " Igihe ikigo bitanga amafaranga ari mu buryo bw’ikoranabuhanga cyifuje kwifashisha abandi bantu bo hanze yacyo mu gukora imirimo yo kwishyurana kigomba kigomba gusaba banki nkuru uruhushya kikanatanga ibi bikurikira: "When e-money issuer intends to outsource its activities it shall request for the central bank approval and provide the following information: " Gahunda y‟umutekano ya sosiyete cyangwa abantu bagenzurwa n‟ikigo itegurwa hakurikijwe ibiteganyijwe muri gahunda y‟igihugu y‟umutekano w‟indege za gisivili. "The security programme of agents or companies supervised by the authority shall be in accordance with the requirements prescribed in the national civil aviation security programme. " Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003, nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 112, iya 120, iya 121, 2°, iya 167 n’iya 201; "Given the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in its articles 112, 120, 121,2º, 167 and 201 ; " Umuntu wifuza gupiganwa ahagarariwe, umuhagarariye ashyikiriza ushinzwe gucunga ingwate inyandiko y’itangabubasha yashyiriweho umukono imbere ya noteri mbere y’uko uwo ahagarariye ashyirwa ku rutonde. "A person acting as a proxy of an interested bidder presents a power of attorney signed before the notary to the receiver before the represented bidder is registered. " Ingingo ya 26: ihinduka ry’icyemezo cyerekeye ubwumvikane ku myishyurire y’umwenda "Article 26: change of association articles " - mu rwanda: 30.000 frw - mu mahanga: 50 usd cyangwa amafaranga yo mu mahanga yemewe angana nayo yishyurwa ku biro bihagarariye u rwanda mu mahanga "- in rwanda: 30,000 rwf - abroad: 50 usd or equivalent accepted foreign currency paid in rwandan foreign diplomatic mission. " Ingingo ya 30. umuryango ushobora gutunga ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa. inkomoko z‟umutungo w‟umuryango ni imisanzu y‟abanyamuryango, harimo umusanzu w‟ibanze n‟umusanzu wa buri mwaka, impano, imfashanyo, indagano n‟ibindi byakorwa bifitanye isano iziguye cyangwa itaziguye n‟intego z‟umuryango. uburyo umutungo w‟umuryango ukoreshwa bivugwa n‟amategeko y‟imikoreshereze y‟imari ashyirwaho n‟inteko rusange. "Article 30. the association can acquire movable and immovable property. the assets of the association come from contributions of its members, including the initial contribution ,annual contribution , donations, subsidies and legacies and any other operations carried out in direct relation with the object. the terms of assets use by the association are reflected in financial regulations established by the general assembly. " Kugira ngo yubahirize ibivugwa mu gika cya 4 cy’iyi ngingo, isosiyete ibumbye ibice birinzwe ishobora guhindura inyandiko y’ubwumvikane yayo ikoresheje umwanzuro udasanzwe. "A protected cell company may, in order to comply with paragraph 4 of this article, alter its memorandum by special resolution. " Umuvugizi w’ishyirahamwe abanditsi b’inama: réverend rutayigirwa denys (sé) pasitori nyabyenda martin (sé) "Legal representative : secretary : mutembe danny (sé) rugina moise (sé) " Umuyobozi mukuru cyangwa undi muntu yabihereye uburenganzira afite ububasha bwo kubuza ukora imirimo y’ubwikorezi bwo mu kirere cyangwa umupilote w’indege ya gisivili kuyihagurutsa iyo: "The director general or his/her proxy has powers to prevent the air operator or a pilot of a civil aircraft from flying the aircraft if: " Ingingo ya 161: kugenzura igitabo "Article 161:inspection of the register " Komite y‟ubuzima n‟umutekano ku kazi mu kigo cyigenga itoranywa mu bakozi bagize ikigo. "The members of an occupational health and safety committee in a private enterprise are selected from employees of the enterprise. " (ii) aho bishoboka, igipimo cy’ivunjisha cy’ibanze cyangwa icyashingiweho cyangwa igipimo cy’ivunjisha bikoreshwa; "(ii) where applicable, the underlying exchange rates or, in the event that reference or exchange rates are used; " Umutungo wa jadf ucungwa hakurikijwe aho "Jadf finances is managed depending on their " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera kuwa 04/11/2011. article one: appointment "This order comes into force on the date of its signature. it takes effect as of 04/10/2017. article premier: nomination " 627 109041 pte murwanashyaka thierry 21 mp 2/1/2011 "Raf protection force 104 6093 2lt mushirabwiko justin 29 2/23/2017 47 bn 105 6094 2lt mugabire alphonse 23 2/23/2017 " Ingingo ya 17: uruhushya rwo kuroba hagamijwe ubushakashatsi "Article 17: license for fishing with an aim to carry out scientific research " Birabujijwe gukoresha mu iperezeza cyangwa mu miburanishirize ibimenyetso bitandukanye n’ibyateganyijwe mu isaba ryakozwe n’ikindi gihugu. kubikoresha byatuma iryo perereza n’iyo miburanishirize biba imfabusa, keretse bibanje kwemerwa na leta y’icyo gihugu gisaba. "For investigations or procedures, the use of evidence other than that provided for by another country request is prohibited. such use may lead to nullity of the said investigations and procedures, unless there is a prior consent by the requesting state. " Ingingo ya mbere: ishyirwaho dr. mukazayire k. marie jeanne agizwe umuyobozi w’ishami rishinzwe inganda zikora ubushakashatsi ku miti n’ubutabire mu kigo cy’igihugu cy’ubushakashatsi n’iterambere mu prime minister’s order n°05/03 of 22/01/2015 appointing a division manager "Article one: appointment dr. mukazayire k. marie jeanne is hereby appointed head of pharmaceutical and chemical industries division in national industrial research and development agency (nirda). arrete du premier ministre n°05/03 " Ibyo bikorwa ntibishobora gukorwa mu rwego rw‟imigabane y‟ugura keretse igihe inyandiko yo gupiganira kugura imigabane idashobora kugira ingaruka ku giciro cy‟iyo migabane iramutse itangarijwe rubanda. "No such dealings may take place in the securities of the offeror except where the takeover offer is not price sensitive in relation to those securities. " Iyo umusaruro wose ukomoka ku ishoramari mu gihe cy’umwaka cyangwa undi musaruro birengeje miliyari makumyabiri, amafaranga y’ubugenzuzi abarwa mu buryo bukurikira: "Where the total annual investment income and other income is above frw 20 billion, the supervision fee shall be calculated as follows: " Cyangwa urwego rw‟ibibuga by‟indege kutubahiriza iri tegeko iyo bisabwe kandi ikigo gisanze biri mu nyungu rusange z‟abaturage. "Person, airport or category of airports from the application of this law, if it is in the public interest. " Ingingo ya 3: igisobanuro cya komisiyo y’igihugu "Article 3: definition of a national commission " Ingingo ya 183: kwisubiza umugabane ku itariki yagenwe "Article 183: redemption upon a fixed date " Amasezerano mpuzamahanga yo kurengera uburenganzira bw‟abakozi b‟abimukira n‟ubw‟imiryango yabo yemejwe n‟inteko rusange y‟umuryango w‟abibumbye mu cyemezo cyayo nº 45/158 cyo ku wa 18 "Convention on the protection of the rights of all migrant workers and members of their families, adopted by the general assembly resolution nº45/158 of 18 " 1 º kuva cyangwa kugerageza kuva mu rwanda agamije guhunga inshingano ze; "1 º leave or attempt to leave rwanda with the intention of avoiding any of his or her obligations; " Birabujijwe mu gihe cyo kwiyamamaza cyangwa kwamamaza gukora ibintu bikurikira hagamijwe guhindura cyangwa kugerageza guhindura imitekerereze y’ugomba gutora: "During the electoral campaign, it is prohibited to influence or attempt to influence the voter’s choice through the following practices: " (d) gusaba ikigo kugira igipimo cy’imari shingiro cyihariye iyo bigaragara ko gishobora cyane guhura n’ingorane zaterwa n’uko isoko rihagaze. "(d) require the institution to have specific capital adequacy ratio when it has higher market risk. " Iteka rya minisitiri w’intebe no 112/03 ryo ku wa 08/11/2017 rigena inshingano, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, ibisabwa ku myanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi muri minisiteri y’urubyiruko n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. "Prime minister’s order no 112/03 of 08/11/2017 determining mission and functions, organisational structure, job profiles, salaries and fringe benefits for employees of the ministry of youth and all prior provisions contrary to this order are repealed. " Xxiv. uburenganzira n‟inyungu ku bicuruzwa byo ku isoko ry‟imari n‟imigabane ni uburenganzira cyangwa inyungu ku bintu ibyo ari byo byose bicuruzwa ku isoko ry`imari n`imigabane bigaragara muri uyu mugereka. "Rights and interests in capital market instruments are any rights or interest in anything which is a capital market instrument falling within any paragraph of this annex. " Itegeko nº 33/2013 ryo kuwa 24/05/2013 "Law nº 33/2013 of 24/05/2013 " (d) kubuzwa kugurisha ibicuruzwa na serivisi z’ubwishingizi bishya cyangwa bimwe na bimwe; "(d) prohibition against selling new or certain insurance products and services; " (sé) karugarama tharcisse minisitiri w’ubutabera / intumwa nkuru ya leta (sé) kagame paul president of the republic "(sé) karugarama tharcisse minister of justice / attorney general (sé) kagame paul président de la république " 16° kwemeza no gutanga uruhushya ku byerekeye kugurisha cyangwa gutangira ubuntu umutungo bwite w’akarere; "16° to approve and permit the sale or give away the property of the district; " 3° guhuza igitabo n’igihe, igihe cyose habaye impinduka ku biranga ba nyiri umutungo nyabo mu gihe cy’iminsi cumi n’ine (14) ibarwa uhereye ku munsi izo mpinduka zibereye; "3° update the internal register whenever there is a change to the particulars of the beneficial owners within fourteen (14) days from the date on which such changes occurred; " Inkurikizi zo kwibeshya k’utanze isezeranya cyangwa ugenewe isezeranya ku bijyanye no kubaho k‘uburenganzira bw’undi muntu ugenewe ibisabwa zigenwa n’amategeko atuma amasezerano ashobora guseswa kubera kwibeshya. "The effect of a mistake of the promisor or the promisee as to the existence of the third party beneficiary’s rights shall be governed by the rules making contracts liable to annulment for mistake. " 2. yita ku bijyanye n’inzandiko byose. "Each member. " Ingingo z‟iri tegeko zireba umuntu ku giti cye cyangwa umuryango ufite ubuzimagatozi mu rwego rw‟imirimo akora, ayobora, agenzura, cyangwa se atangamo inama ku byerekeranye no kubitsa, kuvunja, gushora imari, guhindura cyangwa ubundi buryo bwose bwo kwimura amafaranga, cyangwa indi mitungo, by‟umwihariko: "The provisions of this law shall apply to any natural or legal person that, in the framework of its profession, conducts, controls or advises transactions involving deposits, exchanges, investments, conversions or any other capital movement or any other property, in particular: " Kongere y’intara cyangwa umujyi wa kigali iterana rimwe (1) mu myaka ibiri (2) n’igihe cyose bibaye ngombwa, itumizwa kandi elected by the council of each district. "The provincial congress or that of the city of kigali meets once every two (2) years and whenever required. it shall be convened and représentante des femmes élus par chaque conseil de district. " Ingingo ya 43: raporo y’umwaka ku ikoreshwa ry’ingengo y’imari "Article 43: annual financial report " Ubuyobozi bw’akarere, ubw’umujyi cyangwa izindi nzego zishinzwe umutekano bushobora kwitabaza abagize “local defence” mu mirimo isanzwe y’ubuyobozi cyangwa imirimo yindi y’umutekano ku rwego rw’igihugu mu gihe bibaye ngombwa. "The district, town or municipality administration or the other security organs may, if considered necessary, seek assistance from members of the local defence as regards ordinary administrative duties or other security related activities at the national level. " Ibikoresho bishushanyijeho, byanditseho cyangwa se bigaragaraho ikirango cya hoteli, bitumijwe na hoteli yahawe uruhushya kugira ngo ibikoreshe: "Any of the following goods engraved or printed or marked with the hotel logo imported by a licensed hotel for its use: " (2) iyi mirongo ngenderwaho kandi igamije gufasha ibigo by’imari gukora ibyo bitezweho n’urwego rushinzwe isoko ry’imari n’imigabane (cma) n’ urwego rushinzwe ubutasi ku mari (fic) mu gushyira mu bikorwa imicungire y’ingorane zishobora kubaho mu kurwanya iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba. "(2) these guidelines also intend to help financial institutions meeting the capital market authority (cma) and financial intelligence center (fic)’s expectations with regard to implementing aml/cft risk management practices. " (2) haseguriwe ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, raporo z’imari z’abahuza bigenga mu bwishingizi zigomba kuba zigizwe n’ishusho y’umutungo ndetse n’ishusho y’urwunguko cyangwa igihombo nk’uko biteganywa ku mugereka wa 4 w’aya mabwiriza rusange. "(2) subject to the provisions of paragraph one of this article, the financial reports of the insurance brokers shall comprise of the balance sheet and the income statement as set on appendix 4 of this regulation. " Imaze gusuzuma amasezerano yashyiriweho umukono i doha muri qatar ku wa 15 ugushyingo 2018, hagati ya guverinoma ya repubulika y’u rwanda na guverinoma ya leta ya qatar, yerekeye guteza imbere no kurengera ishoramari hagati y’impande zombi; "After consideration of the agreement signed at doha, qatar on 15 november 2018, between the government of the republic of rwanda and the government of the state of qatar for reciprocal promotion and protection of investments; " Kuba umuyoboke ushinga ishyaka psp no kwemererwa kuba umuyoboke nyirizina byemererwa buri wese wujuje ibi bikurikira: "A candidate who is eligible as mediator is any person approved by the population and fulfiling the following conditions: " Ingingo ya 26: isubikwa ry’amasezerano y’akazi by’igihe gito kubera impamvu za tekiniki "Article 26: suspension of a contract due to technical reason " Ingingo ya 10: inshingano z’ingenzi za serivisi ishinzwe kugira inama leta mu by’amategeko "Article 10: mandate of the legal advisory services " Gusezerera umukozi wa leta ni icyemezo umuyobozi ubifitiye ububasha afata cyo kuvana umukozi mu bakozi ba leta bidaturutse ku bushake bw’umukozi. icyakora umuyobozi ubifitiye ububasha ntashobora guha umukozi igihe cy’integuza yo kumusezerera nta mpaka igihe ari mu kiruhuko icyo ari cyo cyose yemererwa n’amategeko. "Automatic removal from office of public servant shall be a decision taken by a competent authority to remove him/her from the public service against the will of the public servant. however, the competent authority shall not give the notice of automatic removal from office to a public servant during his/her official leave. " Inshingano z‟inama ya diyoseze: "Responsibilities of the diocesan council: " 3° ikigo gifite kuva ku bakozi mirongo itanu (50) kugeza ku bakozi mirongo icyenda n’icyenda (99) gitora intumwa z’abakozi eshatu (3) n’abasimbura batatu (3); "3° an enterprise with fifty (50) to ninety-nine (99) employees elects three (3) employees’ representatives and three (3) substitutes; " - kwiga imishinga y‟ahantu nyaburanga k‟ubukerarugendo, ibiyaga, n‟imigezi. "- analyze projects in the field of tourist site, shallows, rivers and beach coastal areas. " 5° ms. umumararungu marie rose. "2º mme bugingo emma marie. " 1° gufunga: gushyira umuntu mu igororero hashyirwa mu bikorwa icyemezo cy’urukiko ; "1° to incarcerate: to place a person into a correctional facility to enforce a court decision; " Ingingo ya 29 : uburyo aya mategeko shingiro azubahirizwa kimwe n‟ibindi bidateganyijwe nayo bizasobanurwa ku buryo burambuye mu mabwiriza ngengamikorere y‟umuryango yemejwe n‟inteko article 25 : en cas de dissolution, après inventaire des biens meubles et immeubles de l‟association et apurement du passif, l‟actif du patrimoine sera cédé à une autre association poursuivant les objectifs similaires. "Article 29 : les modalités d‟exécution des présents statuts et tout ce qui n‟y est pas prévu seront déterminés dans un règlement d‟ordre intérieur de l‟association adopté par l‟assemblée générale à la majorité absolue des voix. article 25: when the organization is dissolved, the property is given to another organization with similar objectives after inventory of movable and immovable property and after compassion of organization‟s dues. " Ingingo ya 18: kubarura amajwi "Article 18: vote counting " 3° ikigo cy’ubwishingizi cyamugiriyeho inama, cyangwa kikamuha impamvu yumvikana ituma umufatabwishingizi yibwira ko atagombye kuyimenyekanisha. "3° the insurer advised the policyholder, or gave the policyholder reasonable cause to believe, it did not have to be disclosed. " Ingingo ya 34: aya mategeko niyo y’ikirenga mu muryango, ashobora kwerekanwa mu nzego z’ubutegetsi igihe ziyakeneye. ingingo ya 35: aya mategeko azatangira gukurikizwa nyuma y’uko atangazwa mu igazeti ya leta ya official n°6 of 08/02/2010 "Chapter iv: patrimony article 22: the association may possess movable or immovable property necessary in the carrying official gazette nº 48 of 28/11/2011 " Ijwi ry’umujyanama uterekanye igitekerezo cye, mu matora kandi yaje mu nama ribarwa nk’imfabusa, kimwe n’umujyanama washyize umukono kuri lisiti y’abahari ariko mu gihe cy’itora akaba adahari. "Councillors who abstain, shall show their position by use of word ""abstain"". the vote of the councillor who shall not show his/her position in elections and is present shall be regarded as invalid. the same shall apply to a councillor who will have signed the attendance list but is absent during elections. " Haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 5 y’iri tegeko, imenyesha rihabwa ababerewemo participate in an insolvency proceeding against his or her debtor in rwanda. "Subject to the provision of article 5 of this law, notification is given to known creditors that do not have addresses in rwanda. participer à une procédure d’insolvabilité contre son débiteur au rwanda. " Ingingo ya 35: igihe cy’inzibacyuho "Article 35: transitional period " Ingingo ya 59: umunyeshuri wa u.p "Article 59: student of u.p " 8° ikarita yerekana ahatangirwa serivisi za hmo; "8° a map of the service area showing the locations of the providers used by the hmo; " Hashyizweho igicumbi cy‟intwari gishyingurwamo abantu bapfuye bashyizwe mu cyiciro cy‟intwari hakurikijwe ibisabwa. igicumbi cy‟intwari gicumbikira kandi n‟inzibutso z‟intwari. section 3: use of army cemeteries "There is hereby established a heroes‟ cemetery in which shall be buried deceased persons classified as heroes in accordance with the requirements. a heroes‟ cemetery shall also have a place reserved for heroes‟ memorials. section 3 : usage des cimetières militaires " 2° kwitabira inama za biro n’iz’inama y’abaperezida no kuzibera umwanditsi iyo umunyamabanga mukuru wa sena adahari; "2° to attend meetings of the bureau and those of the conference of chairpersons and be the rapporteur in case the clerk to the senate is absent; " 5° gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ibyifuzo nama by’umugenzuzi w’imari ya leta; "5° to monitor the implementation of recommendations of an auditor of state finances; " Umuryango udaharanira inyungu association modeste et innocent(ami) "Association sans but lucratif association modeste et innocent(ami) " 3° umusoro ku mutungo w’ibinyabiziga bifite moteri n’amato; "3° property tax on motor vehicles and boats; " Muri buri karere bari ku ilisiti y’itora y’akarere bafatiyemo ikarita ndangamuntu; "Persons in each district registered on the voters’ register of the district of issue of their national identity cards; " Iteka rya minisitiri w’intebe n°71/03 ryo kuwa 14/07/2012 "Prime minister’s order no 53/03 of 14/07/2012 " Ingingo ya 7: ibindi bigenerwa ba principals ba za koleji za rp "Article 7: fringe benefits for principals of rp colleges " Inyandikomvugo ishyirwaho umukono cyangwa igikumwe n’umurinzi cyangwa ikandikwaho impamvu zimubujije gusinya. "The statement is signed or bear a fingerprint of the custodian or a mention be made of the reasons preventing him/her from signing. " Gahunda igomba kwerekana mu buryo busobanutse bushoboka inkomoko n’umubare w’amafaranga sosiyete iteganya kubona. "The plan must state as clearly as possible the sources and amount of funds that a company intends to obtain. " Ihagarika ry‟impaka rishobora kandi gusabwa n‟uyoboye inama y‟inteko rusange iyo abona ko inteko yize ibibazo ku buryo buhagije, cyangwa rigasabwa n‟umudepite ku mpamvu nk‟iyo rikemezwa n‟inteko rusange hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 72 y‟iri tegeko ngenga.” "The closure of debates may also be requested by the chairperson of the plenary sitting when he/she believes that the sitting has exhausted all the issues or it may be requested by a deputy for the same reason and approved by the plenary assembly in accordance with the provisions of article 72 of this organic law.” " 5º gukora ibikorwa bigamije kurinda ituze n’umudendezo mu ngo, ahakorerwa imirimo, ku nyubako zikorerwamo imikino n’imyidagaduro n’ahandi hantu hahurira abantu benshi; "5 º carrying out activities designed to maintain order and tranquillity of households, workplaces, sports and leisure premises and other public places; " Umuntu kugira ngo agirwe umucamanza mu rukiko rwisumbuye agomba kuba: "In order to be appointed registrar in the supreme court, a person must: " 2° umubare w’amafaranga yishyurwa; "2° the amount of money payable; " 1° kugenzura no gucunga ishyirwa mu bikorwa rya politiki zerekeye ikoreshwa ry’amafaranga ya leta; "1° to oversee and ensure the implementation of policies relating to the use of public funds; " Imanza zari mu nkiko z’intara n’urw’umujyi wa kigali zizoherezwa mu nkiko zisumbuye zifite ububasha bwo kuziburanisha hakurikijwe ingingo z’amategeko zisanzwe zigenga ububasha bushingiye ku ifasi. "Cases which were in provincial and the city of kigali courts shall be sent to higher instance courts which have jurisdiction to try them in accordance with legal provisions that normally govern territorial jurisdiction. " Ubutaka buvugwa mu ngingo ya 58 y’iri itegeko uduce aka gatatu (3º), aka kane (4º) n’aka gatanu (5º), bwamburwa nyirabwo n’urwego rwatanze urupapurompamo rw’ubutaka rubisabwe n’ubuyobozi bw’akarere ubwo butaka buherereyemo. three (3) consecutive years unexploited; "Land stipulated in article 58 of this law, in items three (3º), four (4º) and five (5º), shall be confiscated by the authority that issued the land title based on proposal of district authority where that land is located. " Y‟amatora, ifite uburenganzira bwo kwinjira muri buri cyumba cy‟itora. "Right to enter in each voting room. " Agamijwe koherezwa bitarenze umunsi banki ikoraho ukurikira umunsi yakiriye ayo mafaranga. "Customers for remittance purposes not later than the next bank business day following the day on which the currencies were received by it. " Icyangombwa cy‟ubuvumvu kigomba kuba gikubiyemo: 1° izina ry‟umuvumvu n‟aho abarizwa certificate in writing to rwanda agricultural board. "Furthermore, the application for accreditation must include the following documents and information : 1° copy of certificate of practice issued by the institute of certified public accountants of rwanda (icpar); " Ingingo ya 92: igihe lisiti z’abakandida b’imitwe ya politiki, ishyirahamwe ry’imitwe ya politiki cyangwa iz’abakandida bigenga zohererezwa komisiyo y’igihugu y’amatora "Article 92: deadline for submission of lists of candidates of political organisations, coalition of political organisations and independent candidates to the national electoral commission " Ikigo gishobora gushyiraho amabwiriza ajyanye n’uburyo bwo kuvangura no gucunga neza imitungo y'umukiriya icunzwe n’umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho. "The authority may make regulations with respect to the segregation and safekeeping of client assets managed by a commodity exchange and related contracts market intermediary. " Frw 5. kutagira amakuru akwiye kandi ahuje n’igihe kuri ba nyiri amakonti, nubwo umukiriya yaba ari umuhuza cyangwa umuntu uhagarariye undi mu buryo bwemewe kandi ayo makuru agomba kuba byibuze arimo ibi bikurikira: "Maintain accurate, adequate and updated information on the beneficial owner of accounts, even where a customer is an intermediary or authorized representative of another party including but not limited to the following: " Ingingo ya 27: imikoranire y’inama y’igihugu y’urubyiruko n’abadepite batowe n’inzego zayo "Article 27: collaboration between the national youth council and deputies elected by its organs " Ingingo ya 1 : hakurikijwe itegeko n0 20/2000 ryo ku wa 26 nyakanga 2000 rigenga amashyirahamwe adaharanira inyungu, hashinzwe umuryango udaharanira inyungu wiswe« umuryango wa mutagatifu petero intumwa» (c.s.p.a. mu magambo ahinnye y‟igifaransa). "Article 1: in accordance with the article 8 of the law n°20/2000 of july 26, 2000 relating to non- profit making association, it is hereby established a non-profit making association known as « ansp+ ». " Ingingo ya 37: imicungire ya serivisi zo gutwara abagenzi "Article 37: management of passenger transport services " Urwego rwa leta rufite ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu nshingano zarwo rugaragaza ahagaragaye indiri z’amabuye y’agaciro ashobora gucukurwa ku buryo bubyara inyungu. "The public organ in charge of mining operations demarcates potential mining areas which are economically viable. " Ikigega cyihariye kandi gishobora guseswa iyo minisitiri cyangwa umuyobozi wa komite nshingwabikorwa y‟urwego rwa leta rugenzura ikigega cyihariye asanze cyarujuje neza intego zatumye gishingwa. "Igfrf ni uburyo bufasha minisitiri kujya inama na komite nyobozi z‟inzego z‟ibanze na a special fund may also be dissolved if the minister or chairperson of the executive committee responsible for controlling a public entity of the special fund considers that the special fund has successfully completed the specific objectives for which it was created. " 4º abanyamadini, abavuzi n’abakozi b’ibitaro batari mu mirwano; "4° members of religious, medical and hospital personnel not directly involved in hostilities; " Urutonde rwa serivisi zishyurwa n’ikiguzi cyazo "Table of contants " Ingingo ya 12: imiterere ya niss "Article 12: organisation de niss " Iyo isosiyete idahamagarira rubanda kuyiguramo imigabane ifite umuyobozi umwe, uwo muyobozi ni we ufite ububasha n’inshingano z’inama y’ubutegetsi ziteganywa n’iri tegeko. "Where a private company has one director, he or she exercises the powers and carries out the duties of a board of directors provided for in this law. " 3° kudafatira umusoro ufatirwa; "3° not to withhold tax; " 1° iyubahirizwa ry’itegeko rigenga amasosiyete y’ubucuruzi ku bijyanye no kuvugurura inyandiko y’ubwumvikane y’ishingwa ry’isosiyete n’amategeko shingiro; "1° compliance with the law governing companies on amendment of the memorandum and articles of association; " Icyiciro cya mbere: ubuzima bw’umwana "Section one: child’s health " Ministiri w‟ubutabera /intumwa nkuru ya leta ; "The minister of justice / attorney general; " Ingingo ya 98: itangwa rya kandidatire ku basenateri bavugwa mu gace ka mbere k’igika cya 3 cy’ingingo ya 117 y’iri tegeko "Article 98: submission of senatorial candidacies referred to in item 1 of paragraph 3 of article 117 of this law " Ingingo ya 37: kwimurwa mu cyiciro kimwe cy’ingabo "Article 37: transfer within one unity of army " Iii. intego umuryango ugamije ingingo ya 4 : "Iii. mission de l’organisation article 4 : " E) kubuzwa by’igihe gito gukora imirimo mu nzego za psp; "E) temporary forfeiture of the right to exercise functions within the psp organs; " Igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa giteganya igenzura rikubiyemo isuzuma rya tekiniki ry’ibikoresho n’ibindi bicuruzwa cyangwa ibigemurwa. iyo umwe mu bagiranye amasezerano y’isoko anenze ibyavuye muri iryo suzuma rya tekiniki, afite uburenganzira bwo gukoresha isuzuma mpinyuza. "The tender document provides for inspection that includes technical verification of materials and other goods or supplies. if anyone of the contracting parties disagrees with the results of the technical verification, he or she has the right to sanction a counter verification. " Ingingo ya 13: urwego rwihariye rw’umwarimu w’icyubahiro "Article 13: special category of honorary teacher " 15° mu duce tw’imbere aho gari ya moshi zihagarara, aho bisi zihagarara, aho abagenzi bategerereza bisi, ku bibuga by’indege n’ibikoreshwa na zo, ku byambu n’ahandi bategera indege zitwara abagenzi; "15° indoor areas of railway stations, bus stops and queues at bus stops, airports, air fields, ports, and other public transport terminals; " Mhc ifite ubwisanzure mu micungire y‟umutungo n‟abakozi bayo. mhc iri kandi mu cyiciro cy‟ibigo bifite inshingano zo gutanga amabwiriza no guteza imbere ibikorwa by‟ubukungu, iby‟imibereho myiza n‟ibindi bigamije inyungu rusange. "Mhc shall enjoy financial and administrative autonomy. it shall also fall within the category of institutions responsible for the regulation and promotion of economic and social activities as well as other activities of general interest. " Umugenzuzi w’imari ashobora kwitabira inteko rusange y’abanyamigabane iyo ari yo yose, kandi akagira icyo avuga muri iyo nama yitabiriye cyangwa igice cyayo kimureba nk’umugenzuzi w’imari. "An auditor of a company may attend any shareholders' meeting and may be heard at any shareholders' meeting which the auditor attends on any part of the business of the meeting which concerns him/her as an auditor. " Icyakora, perezida w‟urukiko, abyibwirije, ashobora gushyiraho inteko y‟abacamanza batatu (3) cyangwa barenga bunganiwe n‟umwanditsi w‟urukiko bitewe n‟uko abona uburemere n‟imiterere by‟urubanza». "However, the president of the court may at his/her absolute discretion designate a quorum of three (3) or more judges assisted by a court registrar depending on his/her assessment of the complexity and importance of the case». " Ishobora guterana mu nama zidasanzwe, bisabwe na komite mpuzabikorwa y’urugaga imbaraga mu ntara cyangwa 1/3 cy’abagize inama rusange. icyo gihe yiga gusa ku kibazo yatumiriwe. "It may meet in extraordinary meetings at the request of the provincial coordinating committee or of 1/3 of members of the general assembly. in such a case, only the matters relating to its convening will be dealt with. " (2) ibisabwa n’ibisobanuro byihariye kuri buri gahunda, umushinga cyangwa igikorwa bigomba gushyirwa mu bikorwa, bitegurwa mbere kandi bikemezwa n’umuyobozi mukuru. "(2) requirements and specifications for each programme, project or activity that needs to be implemented are prepared in advance and approved by the director general. " Umuntu wese ubonye umuriro mu ishyamba article 26: allowed activities in protected state forests "Anyone who notices fire in the forest must try to article 26: activités permises dans les forêts de l’etat protégées " Ingingo ya 49: ibisabwa umunyamuryango wifuza kuba umwe mu bagize inama y’ubugenzuzi "Article 49: requirements for being a member of the supervisory board " Itegeko rigenga inzibutso n‟amarimbi by‟abazize jenoside yakorewe abatutsi mu rwanda..62 "Law governing memorial sites and cemeteries of victims of the genocide against the tutsi in rwanda………………………………………………………………………………………..62 " 2 º gutegura igenamigambi na gahunda z’iterambere by’akarere no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa within fifteen (15) days from the day of taking action. "2 º to develop the action plan and development programmes of a district and monitor their implementation; quinze (15) jours à partir de la prise de la mesure. " - guteza imbere no gushishikariza rubanda kugira uruhare mu kurwanya sida na virusi iyitera, malariya, igituntu n’izindi ndwara zitandura; "- to promote and encourage the active participation of communities in the fight against hiv/aids, malaria, tb and other non communicable diseases; " Umukozi wa banki nkuru cyangwa umwishingizi cyangwa umuhuza mu bwishingizi wigenga, kugira inyungu iyo ari yo yose ku mwishingizi cyangwa ku muhuza mu bwishingizi wigenga keretse uwishingiwe, cyangwa ukora imirimo iyo ari yo yose itari iyo kuba umugenzuzi wigenga ku mwishingizi cyangwa umuhuza mu bwishingizi wigenga cyangwa ikigo icyo ari cyo cyose kigenzura cyangwa abagifitemo imigabane, abagize inama y’ubutegetsi cyangwa abayobozi bacyo cyangwa se mu kigo gikomokaho; "The central bank or the insurer or broker, by holding any interest in the insurer or broker except as a policyholder, or by performing any functions whatsoever other than that of external auditor in the insurer or broker or in any enterprise owned by it or by its qualifying shareholders, directors or managers or in its parent company; " (1) umwana winjiranye na nyina mu igororero akorerwa isuzuma rusange na muganga kugira ngo yitabweho. "(1) a child entering a correctional facility with his or her mother undergoes a general medical check-up to provide him or her with care services. " A. inteko rusange nirwo rwego rukuru rw‟umuryango igizwe n‟abanyamuryango bose. inshingano z‟inteko rusange ni zimwe n‟iziteganywa mu ngingo ya 16 "A. the general assembly is the supreme body of organization. she is made up of all the members of organization. attributions reserved for the general assembly are those envisaged in article 16 of the law n o " (d) kwishyura amafaranga ya pansiyo cyangwa ay’ubwiteganyirize; "(d) cash payment of pension or social security benefits; " Ingingo ya 4: igihe iteka ritangira gukurikizwa presidential order n° 96/01 of 24/02/2017 appointing deputy commissioner general of rwanda correctional service (rcs) "Presidential order n° 95/01 of 24/02/2017 appointing commissioner general of rwanda correctional service (rcs) " Ingingo ya 4: itegeko ritangira gukurikiza "Article 4: coming into force " Ingingo ya 86: ishyirwaho rya komisiyo idasanzwe "Article 86: establishment of an ad hoc commission " 3° uwaregeye kurihwa cyangwa abahawe indishyi batiriwe bayaka ariko ku byerekeye ibirihwa gusa; "3° a person claiming for damages or persons who have been automatically awarded damages, solely for their civil interests; " Ikigega cy’igihugu cy’ibidukikije kirebererwa na minisiteri y’ibidukikije. "The national fund for environment is under supervision of the ministry of environment. " Ingingo ya 29 : umuryango uhagarariwe ku buryo bwemewe n’amategeko na perezida, cyangwa mu gihe adahari, na visi perezida b’umuryango. "Article 29: the organization is legally represented by the president, and in his absence, by the vice president of the organization. " Ingingo ya 55: imikorere n„inshingano by‟inama ngishwanama "Article 55: functioning and responsibities of the consultative council " (3) icyakora, iyo igikorwa kigenewe abaturage ari igikorwa cy’amaterasi y’indinganire, imirwanyasuri cyangwa gutera ibiti, abo baturage bashobora gukora imirimo ifite agaciro katarenze frw 60.000.000. "(3) however, in case of works related to radical terracing, anti-erosion ditches or planting trees, the beneficiary community may participate in execution of works of a value which does not exceed frw 60,000,000 " 1° iyo isosiyete yakomatanyije izindi ari imwe n’imwe muri sosiyete zakomatanyirijwe hamwe, icyemezo cy’ikomatanya cyanditse mu nyandiko yabugenewe, iherekejwe, iyo ari ngombwa, n’icyemezo gikosowe cya sosiyete; "1° if the amalgamated company is the same as one of the amalgamating companies, a certificate of amalgamation in the prescribed form, together with, if necessary, an amended certificate of incorporation of the company; " Ingingo ya 65: uburenganzira bw’umusoreshwa mu gihe cy’itangazwa ry’icyamunara "Article 65: rights of a taxpayer during the publication of public auction " Avoka agira uburenganzira ku gihembo gishingiye ku kiguzi, kibarwa mu buryo bukurikira: "The advocate shall be entitled to a fee proportional to the selling price, calculated as follows: " Intwaro zose zifashwe zitunzwe mu buryo butemewe n’amategeko zigomba kubarurwa, zigashyirwaho ibimenyetso kandi zikandikwa ahabugenewe mbere yo gutwikwa cyangwa gusenywa mu buryo ubwo ari bwo bwose. "All impounded illegally possessed arms are subject to inventory, marked and recorded in an appropriate register before they are burnt or destroyed in any manner. " (c) kugena ingengo y’imari y’akarere; "(c) determine the district budget; " Kugera ku 200 000 "200.000 " (2) abujuje ibisabwa nibo bemererwa akazi hakurikijwe uko ubusabe bwabo bukurikirana. "(2) offers are given to qualifying applicants in the order in which applications were received. " 6° gushyiraho no gushyira mu bikorwa politiki zo guteza imbere ishyirwaho ry’amabwiriza rusange n’igenzura by’uburyo bw’ihwanyabwishyu n’uburyo bw’imyishyuranire bunoze kandi bukora neza; "6° to formulate and implement policies to promote the establishment of regulations and the supervision of efficient and effective clearing and settlement payment systems ; " 12º gutegura buri mwaka raporo y’ibaruramari ihujwe kugira ngo ishyikirizwe umugenzuzi mukuru w’imari ya leta; "12º to prepare the annual consolidated financial statements for submission to the auditor general of state finances; " Igazeti ya leta n° 26 yo ku wa 27/06/2022 "Official gazette n° 26 of 27/06/2022 " Ingingo ya 50: ibaruramari rya banki rihurijwe hamwe n’iry’amasosiyeti ayikomokaho "Article 50: consolidated accounting of a bank with subsidiaries " Imenyekanisha ry’umusoro w’ipatanti rigomba gushyirwaho umukono n’umusoreshwa cyangwa umuhagarariye mu buryo bwemewe n’amategeko. "The trading licence tax declaration is signed by the taxpayer or his/her legally authorized representative. " Umutwe wa ii: inshingano za polisi y’urwanda n’imikoranire n’izindi nzego "Chapter ii: responsibilities of rwanda national police and collaboration with other organs " Ingingo ya 147: raporo y’inkomyi cyangwa y’impanuka y’ubwato "Article 147: vessel incident or accident report " 2° bidashobora kuboneka mu masezerano y’ubwishingizi buciriritse byenda gusa. "2° is not normally found in comparable microinsurance contracts. " (1) umukozi mu by’ububanyi n’amahanga washyizwe mu biro by’ububanyi n’amahanga afite uburenganzira ku kiruhuko cy’umwaka gihwanye n’iminsi 30, afatira mu ifasi akoreramo, keretse ahawe uruhushya rwihariye. ikiruhuko cy’umwaka gishobora kugabanywamo ibyiciro bitarenze bibiri. "(1) a diplomatic officer appointed in a diplomatic mission is entitled to an annual leave of 30 days, which are taken within his or her area of jurisdiction, unless he or she is given a special authorisation. the annual leave may be divided into two instalments at most. " Asubiye ku iteka rya minisitiri nº 002/13/10/tc ryo ku wa 31/07/2013 rigena imikoreshereze y’imashini y’ikoranabuhanga yemewe mu gutanga inyemezabuguzi, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 11; "Having reviewed the ministerial order nº 002/13/10/tc of 31/07/2013 on modalities of use of a certified electronic billing machine, especially in article 11; " Iyo imari-shingiro igabanutseho kimwe cya kane, inama y'ubutegetsi igomba gutumira inama rusange idasanzwe, ikagezwaho ibyazahura sosiyete. "In the event of loss of a quarter half of the share capital the board of director shall convene an extraordinary meeting and submit measures for recovery of the company. " Umutwe wa ii: ingingo zihariye ku bihano bimwe na bimwe "Chapter ii : special provisions for some penalties " Uwungirije uwuhagarariye mu mategeko « national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda » "Le représentant légal suppléant de la « national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda » " Iteka rya minisitiri w’intebe n°209/03 ryo ku wa 13/11/2013 "Ministerial order n°09 of 13/07/2010 " - gukwirakwiza isuku n‟isukura umuturage afitemo uruhare. "- promotion of participatory hygiene and sanitation. " Ingingo ya 3: urutonde rw’imirimo, ibikorwa n’imishinga bigomba gukorerwa igenzura ku bidukikije "Article 3: list of works, activities and projects that must undergo environmental audit " 3º inyungu z’ubukererwe zikomoka ku musanzu wishyurwa na banki n’ibigo by’imari iciriritse bikorana n’ikigega; "3º default interest on payment of premiums from contributing banks and microfinance institutions; " Igabanuka/ inyongera mu yandi mafaranga abandi bantu babereyemo ikigo "Revenus des locations " Umutungo n’ubucuruzi bw’ubwishingizi mu rwego rwo kumenya no gusesengura imihindagurikire y’urwego rw’ubwishingizi n’ingorane z’uruhererekane. "Availability and effectiveness of controls to protect nonpublic information and information systems. " A. amafaranga akoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe 171.973.444.590 "A. current expenditure 171,973,444,590 " Ingingo ya 3: ibirebwa n’iri tegeko article 3 : scope of application "Article.3: champ d'application " 12 º imiyoboro inyuranye : imiyoboro y‟amazi akoreshwa, iy‟ayanduye, iy‟ibivuye mu musarani, iy‟amashanyarazi, iy‟itumanaho cyangwa iy‟ibindi bikorwaremezo byose districts and land agencies may develop programs for land planning, infrastructure, urban renewal and rehabilitation; "12 º various networks: water supply, waste water, sewage disposal, electrification, communication networks or any other infrastructure requiring a connection; zones à l‟intérieur desquelles l‟etat, les districts et les agences foncières peuvent développer des programmes d‟aménagement, d‟infrastructure, de rénovation et de réhabilitation urbaines; " Akanama gashinzwe gukurikirana amakosa yo mu kazi gafite inshingano zikurikira: "The procedures for conducting the labour market testing are as follows: " Twemeje amategeko shingiro y’ishyirahamwe ry’abakoresha : rwandamining association (rma): "We hereby adopt the statutes of the employer’s professional organization: rwanda mining association (rma): " Dushingiye ku iteka rya perezida nº 72/01 ryo kuwa 8/07/2002 rishyiraho amategeko rusange y‟abasirikare nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 19; "Pursuant to the presidential order nº 72/01 of 8/07/2002 establishing army general statutes as amended and complemented to date, especially in article 19; " (b) gushyiraho ingamba zifasha abamurika ibitabo, abacapa ibitabo, ababigurisha ndetse n’amasomero established in kigali city, gasabo district, in remera sector. it may be relocated to any other place in the rwandan territory when decided by the general assembly. "(b) establishing mechanisms which help publishers, printers, booksellers and librarians for being more professional ville de kigali, district de gasabo, secteur de remera. il peut être transféré dans n’importe quelle localité du rwanda sur décision de l’assemblée générale. " Ingingo ya 81: inshingano zihariye z’urwego ngenzuramikorere zirebana n’itumanaho rikoresha imirongo ya radiyo "Article 81: special duties of the regulatory authority in radio communications " 2° ubushobozi buke, cyangwa imicungire mibi y’umutungo w’umwana; "2° inability or poor management of the minor’s property; " 7° kugena amahoro atangwa kuri serivisi z’isuku n’isukura. "7° determining a hygiene and sanitation service fee. " Rishyiraho urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (rura) rikanagena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere byarwo; "Establishing rwanda utilities regulatory authority (rura) and determining its mission, powers, organization and functioning; " - kwemeza no guhindura amategeko agenga umuryango n‟amabwiriza mbonezamikorere; "- adoption and modification of statutes and the interior order regulation; " (a) gushyiraho politiki n’ibigomba gukurikizwa bikwiye mu gutahura no gukumira iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba no gukurikirana ko bikora neza; no "(a) establishment of appropriate policies and procedures for the detection and prevention of money laundering and terrorist financing and ensuring their effectiveness; and " Ingingo ya 80: inshingano yo guha amakuru abanyamuryango "Article 80: obligation to provide information to members " Ingingo ya 131: gusiba ubufatanye mu bucuruzi mu gitabo cyandikwamo ubufatanye mu bucuruzi n’ingaruka zabyo "Article 131 striking-off a partnership from the register of partnerships and its effects " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y'u rwanda. kigali, ku wa 05/02/2015 "This law comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. kigali, on 15/10/2016 " Mu isosiyete ihamagarira rubanda kuyiguramo imigabane, umuyobozi w’inama y’ubutegetsi 1°is under the age of sixteen (16) years; "In a public company the functions of the chairperson of the board of directors and the chief 1º il est âgé de moins de seize (16) ans; " 9° guhuza ibikorwa by’inkambi z’impunzi z’abanyamahanga ziri mu rwanda; "9° to coordinate the activities of foreign refugee settlements in rwanda; " Inama y‟ubutegetsi igomba gushyiraho komisiyo ishinzwe kugena imishahara n‟ibihembo ifite inshingano zo gutanga ibyifuzo ku mushahara n‟ibihembo bigomba kugenerwa buri wese mu bagize inama y‟ubutegetsi n‟umuyobozi w‟ubuyobozi bukuru (ceo). igihe inama y‟ubutegetsi igizwe n‟abantu bake, iyi nshingano ishobora gukorwa na komite ishinzwe gushyiraho abagize inama y‟ubutegetsi. "The board must set up a remuneration committee to recommend remuneration packages for each director and the ceo. if the board is small, then this function can be undertaken by the nominating committee. " Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa polisi y’u rwanda buha raporo inama nkuru ya polisi. "The internal audit unit of the rwanda national police submits its report to the police high council. " 2° ugize inama y’ubutegetsi nk’uwo abuzwa gukomeza guhagararira cyangwa kugira "2° such director be disqualified from representing or holding a position on " Nyuma yo gusuzuma ubusabe bw’uruhushya rw’ubushakashatsi, minisitiri asubiza uwasabye uruhushya mu nyandiko mu gihe kitarenze iminsi mirongo cyenda (90) amumenyesha ko ubusabe bwe bwemewe cyangwa butemewe. iyo ubusabe bwemewe, uwasabye ahita atumizwa mu biganiro ku masezerano agaragaza uburyo ubushakashatsi buzakorwa. "After consideration of the application for exploration license, the minister, within ninety (90) days, responds to the applicant in writing specifying whether the application is accepted or not. where the application is accepted, the applicant is invited for negotiation of an agreement for exploration. " 3. gutoza abaturage umuco wo kwakira neza ba mukerarugendo bagana pariki n’akarere kayikikije. "3. help local population to develop skills in handling tourists visiting the park and the region neighbouring the park. " 6° gutanga ibitekerezo n’inama bitabogamye kandi byubaka igihe atanga inama. "6° be objective and constructive when giving advice or guidance. " (2) ibigemurwa, imirimo, serivisi z’impuguke n’izitari iz’impuguke bitangirwa amasoko n’urwego rwemerewe gutegurira isoko n’amasezerano yaryo izindi nzego za leta bigenwa n’urwego rwa leta rufite amasoko ya leta mu nshingano. "(2) goods, works, consultancy, and non- consultancy services to be procured under central framework agreement are determined by the state organ in charge of public procurement. " Amafaranga atanzweho ingwate ashyirwa kuri konti ifungurwa kandi igacungwa n’urwego rwemeje itangwa ry’ingwate. the competent authority may release the suspect on only bail or on bail with one or more conditions referred to under article 80 of this law. "The amount of money paid as bail is deposited into the account opened and managed by the authority that ordered bail. l’autorité compétente peut ordonner la mise en liberté provisoire du suspect sous caution seulement ou sous caution en plus de l’une ou plusieurs des obligations visées à l’article 80 de la présente loi. " 2º biro y’inama y’igihugu y’ubumenyi n’ikoranabuhanga; "2º the bureau of the national science and technology council; " 1°. gukorwa nk’igurisha rigenewe gusa abashoramari b’umwuga; "1°. be made only as a restricted offer to professional investors; " Ingingo ya 171 y’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo ku wa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ivanyweho. "Article 171 of the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date is hereby repealed. " Ingingo ya 32: ku bidateganijwe n‟aya mategeko cyangwa amabwiriza, ishyirahamwwe a.e.l.c.r rizakurikiza itegeko rigena imitunganyirize n‟imikorere by‟imryango ishingiye ku idini. "Article 32: for all dispositions not provided for by the present statutes and in the internal rules and regulations, a.e.l.c.r. will refer itself to the law determining organization and functioning of religious based organizations. " Uru ruhushya rushobora guhabwa umunyamahanga wari utuye mu rwanda byemewe n‟amategeko igihe nibura cy‟imyaka itanu (5). umuyobozi mukuru asuzuma niba uwarusabye yujuje ibisabwa hakurikijwe uburyo buhari. "This permit may be issued to a qualified foreigner who has been a lawful resident for at least a period of five (5) years. upon application, the director general shall examine the eligibility of the applicant as determined by prescribed criteria. " (2) icyakora, iyo hakoreshwa amafaranga afatika, haba hari ingorane ko amasoko y’imari n’imigabane ashobora gukoreshwa ku cyiciro cy’ishoramari. "(2) however, where the transactions are in cash, there is still the risk of capital markets being used at the placement stage. " Hubahirijwe n‟andi mategeko ku mikoreshereze y‟impuguke, igihe cyose bibaye ngombwa abahanga mu bijyanye n‟ibisakwa baritabazwa. shall indicate the place or a certain area in which such a search can be conducted. "In respect of other laws on the use of experts, search experts in related fields shall be consulted at any time. article définit l‟endroit ou la zone soumis à la fouille. " Kigaragaza umutungo urebwa n’icyo cyemezo n’amakuru arambuye ajyanye n’ibiwuranga ndetse n’aho uherereye. "The decision of confiscation indicates the concerned assets and the details necessary for their identification and location. " Umukozi wese wakoreye amahugurwa imbere mu gihugu cyangwa mu mahanga, agomba gutanga raporo y’amahugurwa ku muyobozi wamwemereye kuyajyamo mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) amahugurwa arangiye, akagenera kopi: "Every public servant who pursues training inside or outside the country is required to submit training report to the authority that authorized him/her to go for the training within eight (8) days from the end of training, and provides a copy to: " Umugereka……………………………………………………………………………….44 "Annexe…………………………………………………………………………………...44 " Nta muyobozi nshingwabikorwa uyobora komite y’inama y’ubutegetsi. "No executive director shall chair any board committee. " B. gushyiraho, kumenyekanisha no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza n’imirongo ngenderwaho mu bikorwa bijyanye na, siporo n’umuco; "B. development, dissemination and monitoring the implementation of standards and norms applicable to the sector of sports and culture; " Umutwe wa ii: gutanga uruhushya chapter ii: licensing "Chapter ii: licensing " (2) ushinzwe gutanga amakuru mushya nyuma y’aho aya mabwiriza atangiriye gukurikizwa, yiyandikisha ku rwego mu gihe kitarenze iminsi 30 akimara kubona icyemezo cyo gukora. "(2) a new reporting person after the entry into force of this regulation, registers with the centre within 30 days after getting the certificate of incorporation. " Igihe ubutumwa koranabuhanga bwinjiye mu rusobe rw’ikoranabuhanga rwatanzwe n’ugenewe ubutumwa, uko kwinjira mu rusobe rw’ikoranabuhanga bifatwa nk’aho yabwakiriye kandi igihe cyose ibibukubiyemo bitubahirijwe uwagenewe article 6: means of communication "Where the electronic message has been duly sent to the email address given by the receiver, upon it’s accessible into the network, it is deemed received and the non- compliance of the content of the message article 6: moyens de communication " Ingingo ya 108: ububasha n’inshingano bya komite nkuru y’ubuyobozi "Article 108: powers and responsibilities of senior management committee " Ihuza imirimo yose y’umutungo "All industrial " Fondasiyo mvamahanga ishaka kwagurira ibikorwa byayo cyangwa kwimukira mu rwanda isaba umwanditsi kwagurira cyangwa kwimurira ibikorwa byayo mu rwanda. "A foreign foundation willing to extend its activities or re-domicile in rwanda applies to the registrar to extend its activities or re-domicile in rwanda. " (3) amafaranga ashobora kwishyuzwa iyo byemeranyijweho mu masezerano asasiye, kandi agomba kuba akwiriye kandi ahuye n’ikiguzi. "(3) fees may be collected, if they have been agreed in the framework contract, and must be appropriate and in line with costs. " Iteka rya perezida rishyiraho high commissioner…………………………………………....25 "Presidential order appointing a high commissioner…………………………………………25 " Ikigo kigenzurwa kigomba kugira itsinda rishinzwe imicungire y’ikomeza ry’imirimo rigizwe nibura n’aba bakurikira: "A regulated institution shall have a business continuity management team that shall be comprised of at least: " Kigali, ku wa 9 mutarama. 2013. "Th january, 2013. " Abisabwe n‟umuvugizi w‟umuryango «association pour la defense des ecritures saintes (ades)» mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 04/03/2011; "On request lodged by the legal representative of the «association pour la defense des ecritures saintes (ades)» on 04/03/2011; " Uwahanwe utishimiye icyemezo cyafashwe n’urwego rwa leta rufite amasoko ya leta mu nshingano atakambira urwo rwego mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) uhereye ku munsi yamenyesherejweho icyo cyemezo kiriho umukono w’abagifashe, mbere yo kuregera urukiko rubifitiye ububasha. "The sanctioned person who is not pleased with the decision made the public organ in charge of public procurement, appeals for reconsideration to the same organ within a period not exceeding seven (7) days from the day of notification of the decision signed by signatories, before bringing the case before a competent court. " Intumwa idasanzwe ishobora gukora iperereza iryo ari ryo ryose cyangwa isesengura ry‟imibare isanga ari ngombwa. ikigo cy‟imari iciriritse kigomba kuyifasha muri byose, kikayiha uburyo bwose ikeneye baba abantu cyangwa ibikoresho. "The special commissioner may conduct any inquiries or statistic analysis where necessary. the micro finance institution shall facilitate the special commissioner in all ways and provide any possible human or material means. " Umubitsi ashinzwe gucunga neza umutungo w’ishyirahamwe. yakira imisanzu y’abanyamuryango agakora imirimo y’ibaruramari. afatanije n’umukuru w’inama y’ubuyobozi cyangwa umusimbura we, yemerewe gushyira umukono ku nyandiko zisohora amafaranga y’umuryango. "The treasurer makes sure that the patrimony of the association is well managed. he collects members’ subscriptions and is responsible for financial transactions. together with the president of the executive committee or his substitute, he is authorized to sign on association’s accounts. " 7° kuguriza abanyeshuri b’abanyarwanda amafaranga, binyujijwe mu kigo cy’imari, kugira ngo bashobore kwirihira amashuri makuru; "7° to provide, through a financial institution, loans to rwandan students to enable them to pay for their studies in higher education; " Perezida w‟inama nkuru y‟ubushinjacyaha atangaza imyanya y‟abashinjacyaha idafite abayirimo. "The president of the high council of the public prosecution shall advertise vacant posts of prosecutors. " (e) inguzanyo zihabwa rdb zemejwe na minisitiri ufite imari mu nshingano; "(e) loans granted to rab as approved by the minister in charge of finance; " 7 º perezida wa repubulika watowe utaratangira imirimo hamwe n’umuryango we wa hafi; "7 º the elected president of republic but who has not yet taken office and his/her immediate family; " Ingingo ya mbere : abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashinze umuryango utegamiye kuri leta ryitwa « association of ugandans in rwanda, aur mu magambo ahinnye y‟icyongereza, ugengwa n‟itegeko nº 20/2000 "Article one : the undersigned people convene to create a nongovernmental organization «association of ugandans in rwanda», aur in english abbreviation, governed by the law nº 20/2000 of 26/07/2000, relating to non profit making organization and by the present constitution. " 1° uhagarariye minisiteri ireberera rcs; "1° a representative of the supervising ministry of the rcs; " Ingingo ya 32: iyo urukiko rubifitiye ububasha rufashe icyemezo cyo gusesa umuryango nyarwanda utari uwa leta, rugena umuntu umwe cyangwa benshi bashyira mu bikorwa icyo cyemezo. iyo bamaze gusuzuma amadeni n‟ibyagombaga gukorwa n‟umuryango, umutungo usigaye uhabwa umuryango bihuje intego hashingiwe ku biteganywa mu mategeko ngenga mikorere y‟umuryango washeshwe. "Article 32: if the competent court decide to dissolve a national non gouvernmental organization, it shall appoint one or several parsons to implement that decision. after establishing liabilities and the pending activities of such organization, the remaining assets shall be allocated to any other organization of the same objectives on the basis of the internal rules and regulations of the dissolved organization. " 2° kwemeza ivanwaho ry‟amakimbirane yanditswe mu gihe cy‟iyandikisha rusange ry‟ubutaka; "2° decide the removal of dispute which was registered during the systematic land registration; " Iteka rya minisitiri riha ubuzimagatozi ishyirahamwe «association rwandaise pour l’aménagement et la sauvegarde des infrastructures (arasi) » kandi ryemera abavugizi bawo………………………………………………………………………...32 "Ministerial order granting legal status to the association « association rwandaise pour l’amenagement et la sauvegarde des infrastructures (arasi) » and approving its legal representatives………………………………………………………...32 " Perezida wa repubulika. "Of the president of the republic. " Iyo adahari cyangwa atabonetse kubera impamvu zitandukanye; bikorwa n’umuvugizi wungirije. igihe umuvugizi n’uwungirije badahari; batabonetse cyangwa banze gutumiza inama; inteko rusange ihamagazwa mu nyandiko isinyweho ½ cyabanyamuryango nyakuri. icyo gihe abagize inteko rusange bitoramo perezida w’inama. "The general assembly is called and chaired by the president. if not available because of various reasons it is chaired by the speaker of the association. if both of them are not available, not willing to convene the general meeting then the general meeting is convened after ½ of the members have signed the paper. in that case they choose among themselves the president. " Ingingo ya 56: kugaragaza mu rubanza ko habaye ubusembure "Article 56: indication of provocation in judgement " Inama za komite zishinzwe guhuza imirimo ya za minisiteri ziyoborwa na minisitiri w’intebe. iyo atabonetse ziyoborwa na minisitiri ushinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri cyangwa undi minisitiri ugenwa na minisitiri w’intebe. "The inter-ministerial coordination committee meetings shall be chaired by the prime minister. when he/she is absent, they shall be chaired by the minister in charge of cabinet affairs or any other cabinet member designated by the prime minister. " Urwego rwo gukemura amakimbirane rugizwe na: - prezida - visi prezida - umwanditsi - umujyanama muby‟amategeko "The conflict resolution organ is composed of: - chairman - vice chairman - secretary - legal advisor " Iyo minisitiri w’intebe cyangwa abandi bagize guverinoma bari mu nama ya komisiyo, bahabwa ijambo buri gihe iyo barisabye. bashobora no guherekezwa n’impuguke bihitiyemo. izo mpuguke zishobora guhabwa ijambo muri komisiyo zihoraho gusa. "When the prime minister or other members of cabinet are in the meeting of the committee, they are given floor at any time they request for it. they may be accompagnied by experts of their choice. such experts may be given floor in standing committees only. " G) umutekano w’uburyo bukoresha ikoranabuhanga n’uw’umuyoboro; "D) security and legal documentation; " 8 º abantu ku giti cyabo, ibigo cyangwa amasosiyete y’ubucuruzi bikwirakwiza amafaranga; "8 º natural persons, institutions or companies involved in the business of distributing money; " 1º imirimo itararangira neza mu gihe giteganyijwe mu gitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa cyangwa ku bihe ibice runaka by’imirimo byagombaga kurangirira; "1º the works are not fully completed within the period provided for by the tender document or within the period within which specified sections of the works were to be completed; " Iyo icyaha kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo gikozwe ku kimera cyashyizwe ku rutonde ruri ku mugereka wa i cyangwa uwa ii w’iri tegeko, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 "If the offence referred to in paragraph one of this article is committed on a listed plant on annex i or ii of this law, the penalty is a term of imprisonment of not less than five (5) years and not more than seven (7) years and a fine of not less than five million rwandan francs (frw 5,000,000) and not more than seven million rwandan francs (frw 7,000,000) " 53.inguzanyo zitangwa na za leta,ibigega rusange n‟ibigega by‟ubwishingizi ku nguzanyo "25. national defence, public security and judicial power 76 " Article 23 : le conseil d’administration est chargé de :  exécuter les décisions et les recommandations de l’assemblée générale,  s’occuper de la gestion quotidienne de l’organisation ; - perezida: umuvugizi w’umuryango - vice-perezida: umuvugizi wungirije - umunyamabanga - umubitsi - ushinzwe imibereho myiza - umukangurambaga - ushinzwe itangazamakuru - ushinzwe gahunda "Article 19: the executive committee is the organ responsible for organization‟s management and administration. it is composed of : -the president: legal representative of the organization; -the vice-president: deputy legal representative; -the secretary general; -the general treasurer; " Komisiyo ibinyujije kuri biro ya sena, ishobora gutumiza uhagarariye guverinoma, urwego cyangwa umuntu uwo ariwe wese bireba ngo baze gutanga ibisobanuro birambuye ku mushinga w’itegeko ubareba uba usuzumwa na komisiyo. "Through the senate bureau, a standing committee can call upon a member of cabinet, a representative of an organ or any other person to a committee meeting in order to get full information regarding a bill. " Hakurikijwe uburenganzira byahawe, ibigo bigenerwa ingengo y’imari bifata ibyemezo bigamije gushora amafaranga, bikanasaba amafaranga yo kwishyura ibintu n’imirimo, nk’uko biteganywa n’iri tegeko ngenga n’andi mategeko abyerekeye kimwe n’amabwiriza ya minisitiri. "In accordance with the authorisation issued, budget agencies shall make commitments on cash investments and shall request for funds for payment of goods in accordance with this organic law and other related laws as well as the regulations issued by the minister. " 1° kumvikanisha intego za ngombwa, ibyihutirwa n’iteganyagihe ryo gusubukura imirimo; "1° provide an understanding of most critical objectives, priority and the timeframes for resumption of business operations; " Amafaranga yo kwiyandikisha agenwa n‟amabwiriza ya minisiteri ifite ubuzima mu nshingano zayo. "Registration fees are determined by an instruction of the minister having health is his/her attributions. " Dushingiye ku masezerano ashyiraho umuryango w’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari ugamije kurwanya sida, glia, mu magambo ahinnye y’icyongereza, yashyizweho umukono i bujumbura kuwa 27 nyakanga 2004; "Given the convention establishing the great lakes initiative on aids, abbreviated at glia in english, signed in bujumbura on july 27 " Igihe cy‟inama isuzuma, umucungamutungo akora inyandiko-mvugo ku miterere y‟imari y‟ugomba kwishyura n‟impamvu zayo. agaragaza uburyo bwose bushoboka bwo gukomeza ibikorwa by‟ubucuruzi by‟ugomba kwishyura byaba byose cyangwa igice cyabyo, agaragaza uburyo bwose bushoboka bwo gushyiraho gahunda yo kuzahura ndetse asobanure n‟ingaruka za buri gisubizo ku iyishyurwa ry‟ababerewemo imyenda. "At the verification meeting, the administrator shall report on the financial situation of the debtor and its causes. he/she shall assess any prospects of maintaining the debtor's enterprise as a whole or in part, indicate any possibility of drawing up an insolvency plan and describe the effects of each solution on the satisfaction of the creditors. " Inama yashojwe mu mutuzo n‟umukuru w‟inama y‟ubuyobozi, karangwa patrick, saa kumi n‟imwe z „umugoroba. umuyobozi w‟inama umwanditsi w‟inama karangwa patrick (sé) kaneza aline (sé) "Heures du matin, l‟assemblée générale constitutive de l‟organisation life changing ministries (l.c.m) sous la direction de twahiirwa james. " Ingingo ya 35: amasezerano ya gahunda y’ibikorwa hagati y’umuyobozi mukuru wa ur n’umuyobozi wa koleji "Article 35: performance contract between the vice chancellor of ur and the principal " Ingingo ya mbere: abashyize umukono kuri aya mategeko bashinze umuryango witwa «gateway international missions rwanda», gimi rwanda. mu magambo ahinnye, ugengwa n‟itegeko n° 20/2000 ryo kuwa 26/07/2000 "Article one: the undersigned people convene to form an association named « gateway internacional missions rwanda», gimi rwanda in abbreviation, governed by the law n° 20/2000 " Ubuhamya bw’umuntu wabajijwe ntibwemerwa nk’ikimenyetso mu rubanza nshinjabyaha urwo ari rwo rwose aregwamo, keretse ku cyaha cyo kubeshya muri ubwo buhamya. "The testimony of any person examined is not admissible as evidence in any criminal proceedings against that person, except on a charge of perjury in respect of the testimony. " N’inama y’ubuyobozi inzego zibigenewe; "Governing the organization of education; " Icyemezo cyafashwe uregwa adahari ntigishobora kujuririrwa mbere y‟uko gisabirwa gusubirwamo. gishobora gusubirwamo mu gihe kitarenze iminsi icumi (10) uhereye igihe usubirishamo yamenyesherejwe icyemezo cy‟abunzi. "The mediation decision made in the absence of the accused party shall not be appealed against prior to applying for its review. it may be subject to review in a period not exceeding ten (10) days from the notification of the mediators‟ decision. " (iv) kuba umuntu ataranyuranyije n’ibisabwa n’amabwiriza hamwe n’ibipimo ngenderwaho cyangwa ibisabwa byo ku rwego rumwe na/ cyangwa ibindi bipimo ngenderwaho; "(iv) a person has not contravened any regulatory requirements and standards and/or equivalent requirements and standards; " Urwandiko mpuzamahanga rwo gufata ni icyemezo gishyirwaho umukono n’umushinjacyaha mukuru wa repubulika cyangwa umushinjacyaha mukuru wa gisirikare ku birebana n’ibyaha abasirikare n’abo bafatanyije bakurikiranyweho kugira ngo hafatwe umuntu uri mu mahanga ukurikiranyweho icyaha cy’ubugome n’ibyaha birebana n’umutungo. urwo rwandiko rugira agaciro k’amezi atandatu (6) gashobora kongerwa”. "An international warrant of arrest is an order signed by the prosecutor general of the republic or the military prosecutor general against a person staying in a foreign country while he or she is alleged to have committed a crime and other offences related to the property. that warrant shall remain valid for six (6) months renewable”. " Komite ishinzwe umutekano w’ikibuga cy’indege igizwe n’abantu baturuka mu bigo byose bifitanye isano n’imikoreshereze y’ikibuga cy’indege bikaba bifite uruhare ku bijyanye n’umutekano w’ikibuga cy’indege barimo: "The airport security committee shall comprise of members from all agencies involved in the operation of the airport which contribute to the establishment and implementation of airport security measures including: " Ingingo ya 14: impinduka mu migabane cyangwa ikomatanya "Article 14: change in shareholding or amalgamation " 4 º uburenganzira ku kubahirizwa kw’inshingano z'ucunga ububiko bw'ibicuruzwa zo kubika cyangwa gutanga ibicuruzwa by’ibanze hakurikijwe ibigaragara mu nyandiko nyemezabubiko ndetse n'andi masezerano y'ububiko bifitanye isano atavuguruzwa cyangwa atarangwamo ikibazo n'ucunga ububiko bw'ibicuruzwa, usibye ibigaragara mu nyandiko nyemezabubiko cyangwa mu masezerano "4 º the right to the compliance with the obligation of the warehouse receipt operator to hold or deliver the commodities according to the terms of the warehouse receipt and any related storage agreement free of any defence or claim by the warehouse operator, except those arising under the terms of the warehouse receipt or storage agreement or under this law. " Ihamagarira gukora amasezerano ntiryemerwa iyo ibikubiye mu masezerano ateganyijwe bitumvikana neza cyangwa se ngo bibe byagaragazwa n’imyitwarire y’impande zigirana amasezerano. "An offer cannot be accepted if the terms of the purported contract are not reasonably certain or cannot be made reasonably certain from the manifestations of the parties. " 1. amasezerano ashobora gukorwa igihe impande zombi zihuriye ku gikorwa cyangwa umwe muri bo afite umuhagarariye mu buryo bw’ikoranabuhanga. uhagarariye umuntu mu buryo bw’ikoranabuhanga akora ibisabwa n’amategeko mu gukora amasezerano; "3º uwibeshye yakoze ibishoboka byose harimo 1. an agreement may be formed where all parties to a transaction or either one of them uses an electronic agent. the agent performs all legal requirements in forming an agreement; " Ingingo ya 8: inshingano z’abashinzwe gutanga amakuru "Article 8: obligations of reporting persons " (4) ubusabe bwo guhindura uruhushya kandi bujyana n’ibisabwa byose muri aya mabwiriza rusange n’andi makuru ashobora gusabwa na banki nkuru. "(4) the application for change of the license is also accompanied by all requirements under this regulation, and other information as may be requested by the central bank " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda. agaciro karyo gahera kuwa 23/06/2010. "This order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 23/06/2010. " Iri teka rigena inshingano, imiterere n‟imikorerere y‟inama y‟igihugu y‟umurimo. prime minister’s order n°125/03 of 25/10/2010 determining the mission, organization and functioning of the national labour council "This order determines the mission, organization and functioning of the national labour council. arrete du premier ministre n° n°125/03 du 25/10/2010 portant mission, organisation et fonctionnement du conseil national du travail " E) imirimo ikorerwa mu mahanga; "A) foreign affairs ; " Amabwiriza rusange ya banki nkuru y’u rwanda yerekeye ishoramari rinini n’ibitsa ry’amabanki…………………………………………………………………………………...44 "Regulation of the national bank of rwanda on major investments and placements of banks…44 " By’ingingo ya 72 y’iri tegeko, nk’aho byari inyungu ku migabane. "Of article 72 of this law, as if it were a dividend. " 13. inzego zose za leta n’iz’abikorera zirebwa n’aya mabwiriza zirasabwa kuyubahiriza no gutanga amakuru ku nzego zibishinzwe; "13. all public and private organs who have to play a role in the implementation of these instructions are requested to comply with them and disclose information to relevant organs; " Icyiciro cya mbere: abakozi ba komisiyo "Section one: staff of the commission " Ingingo ya 8: abacamanza b’umwuga bari ku rwego rwa h/2.iii: perezida w’urukiko rwisumbuye na perezida w’urukiko rw’ubucuruzi abacamanza b’umwuga bari ku rwego rwa h/2.iii bagenerwa buri wese amafaranga y’itumanaho bakanoroherezwa urugendo ku buryo bukurikira: "Article 8: career judges on level h/2.iii : president of the intermediate court and the president of the commercial court " Ingingo ya 90: inshingano z’umwihariko za komisiyo y’imibereho y’abaturage n’uburenganzira bwa muntu "Article 90: specific responsibilities of the committee on social affairs and human rights " 4° yataye akazi nta mpamvu mu gihe cy‟iminsi cumi n‟itanu (15) ikurikirana; "4° he/she abandons office without any justified reason for fifteen (15) consecutive days; " Muri izi nzego hamwe n’abagize imiryango yabo, iyo bafite ubwenegihugu bw’u rwanda, nabo bafatwa ko batuye; "Rwandan nationality, members of their families are also considered as residents; " Rishyiraho imishahara n’ibindi bigenerwa abashinjacyaha b’umwuga, abagenzuzi, umunyamabanga mukuru n’abakozi bunganira abashinjacyaha seen to be annexed to presidential order nº 38/01 "Determining the salaries and fringe benefits for career prosecutors, inspectors, secretary general and assistants to prosecutors vu pour être annexé à l’arrêté présidentiel no 114/01 du 06/11/2019 " Y’aya mabwiriza rusange, banki y’inyamahanga yifuza gushinga banki iyikomokaho igomba gutanga amakuru akurikira: "Of this regulation, a foreign bank wishing to establish a banking subsidiary shall submit the following information and supporting documents: " Perezida wa repubulika kagame paul (sé) minisitiri w’intebe makuza bernard (sé) minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, imiyoborere myiza, amajyambere rusange n’imibereho myiza y’abaturage musoni protais (sé) minisitiri w’ubutaka, ibidukikije, amashyamba, amazi na mine mugorewera drocella (sé) minisitiri w’imari n’igenamigambi kaberuka donald (sé) bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika : "The president of the republic kagame paul (sé) the prime minister makuza bernard (sé) the minister of local government, good governance, community development and social affairs musoni protais (sé) the minister of land, environment, forestry, water and mines mugorewera drocella (sé) the minister of finance and economic planning kaberuka donald (sé) seen and sealed with the seal of the republic : " Inteko rusange ishyiraho abagenzuzi babiri bafite manda y‟umwaka umwe ushobora kongerwa. mu byo bashinzwe harimo: 1. gusuzuma ibitabo, amafaranga afatika n‟ibikorwa by‟ishyirahamwe; 2. ishyirwa k‟umurongo ry‟igenzura n‟ubudakemwa bw‟ishusho y‟umutungo n‟ukuri kw‟ibiri kuri konti; 3. gusuzuma niba imyanzuro y‟inteko rusange yarashyizwe mu bikorwa no kureba uburyo amategeko yubahirizwa ndetse n‟amategeko ngenderwaho ishyirahamwe. "The general assembly shall elect, for a one year renewable term of office, two auditors. their duties include: 1. check without removing them, books, cash and assets of the association; 2. control adjustment and sincerity of balance sheets and accuracy of information on accounts; 3. check whether decisions of the general assembly were implemented and ensure compliance with the internal rules and regulations. " (b) gushyiraho uburyo bwo guhitamo umwishingizi w’abishingizi, gushyira mu bikorwa, gukurikirana, gusuzuma, kugenzura n’ubwo gushyira mu nyandiko amasezerano y’ubwishingizi bw’abishingizi; with the view to manage risks related to reinsurance and other forms of risks transfer; "(b) put in place a framework to select a reinsurer, implement, monitor, review, control and document the reinsurance arrangements; and " Komite igishwa inama ku mishinga y’amategeko no ku bikorwa byose by’igenamigambi ku rwego rw’igihugu mu bijyanye n’amazi no ku bibazo byose birebana n’amazi haba ku rwego rw’igihugu, urw’akarere n’urwego mpuzamahanga. "It shall be consulted on all legislative drafts/bills regarding planning in the water domain elaborated at the national level, as well as on matters of national, regional or international level. " Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itatu (3) ariko kitarenze imyaka itanu (5) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni zirindwi (7.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni icumi (10.000.000 frw) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. "Upon conviction, he or she is liable to a term of imprisonment of not less than three (3) years but not exceeding five (5) years and a fine of not less than seven million rwandan francs (frw 7,000,000) but not exceeding ten million rwandan francs (frw 10,000,000) or only one of these penalties. " 1° gukora imirimo ya buri munsi y’ubuyobozi bw’akagari; "1° perform daily duties of the cell administration; " 5° guteza imbere umuco w’igihugu hagamijwe uburere bubereye umunyarwanda; "5° to promote national culture with a view of specific civic education of a rwandan citizen; " C) gukumira no kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside, ipfobya ryayo, ihakana ryayo n’ibyo igaragariramo byose; "C) the prevention and fight against the ideology of genocide, minimization and denial of genocide and all their manifestations; " 5° ucamo isoko ibice agamije guca ku ruhande ibiteganywa n‟itegeko rigenga amasoko ya leta; "5° splits a tender with the aim of avoiding the application of the provisions of the law relating to public procurement; " Ubunyamabanga nshingwabikorwa bushinzwe abakozi bo mu rwego rw’ubuzima bufite inshingano zikurikira: "The human resource for health secretariat has the following responsibilities: " 5° icyemezo cy’umutungo: inyandiko yo mu rwego rw’amategeko ihamya uburenganzira bw’umuntu ku mutungo itangwa n’ubuyobozi bubifitiye ububasha hakurikijwe amategeko; "5° title deed: a written legal document confirming a person’s right to property which is delivered by the competent authority in accordance with the law; " Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003, nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 29, iya 30, iya 62, iya 66, iya 67, iya 90, iya 92, iya 93, iya 94, iya 108 n’iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in articles 29, 30, 62, 66, 67, 90, 92, 93, 94,108 and 201; " 13° ikindi gikorwa icyo aricyo cyose cyangwa amakuru bya ngombwa ku isoko.” "13° any other activity or information necessary for the tender”. " Amajyaruguru n’iburengerazuba: "In the north and the west: " Umuyobozi ufite ububasha bwo gutanga uruhushya rwo gusiba agenwa n’umugaba mukuru w’ingabo. "Competent authority for granting authorisation for absence is determined by the chief of defence staff. " Gahunda ikurikizwa mu iseswa ry‟ikigo cy‟imari iciriritse ikorwa n'ushinzwe iseswa, igizwe ahanini n‟ibi bikurikira : "The liquidation plan for a micro finance institution established by the liquidator shall include the following: " Mu gihe akomeje kwirengagiza kubahiriza amategeko akoresha igice cy’impuzamirongo ya radiyo binyuranyije n’amabwiriza y’urwego ngenzuramikorere, urwo rwego rushobora: "In the case of continued unlawful use of any part of radio spectrum in contravention of any prohibition notice, the regulatory authority may: " N° 41/2004 ryo ku wa 30/12/2004 "N° 41/2004 du 30/12/2004 " 7° kugena abagomba guhabwa inkunga, ingano n’ubwoko bwayo, n’ibigenderwaho mu kuyitanga. "7° to decide upon those people who shall be assisted, the quantity and nature of the assistance as well as criteria for its distribution. " Icyicaro cy‟umuryango w‟abihayimana « congregation de la mission – pères lazaristes – » kiri i kabgayi, mu karere ka muhanga, umurenge wa nyamabuye, akagari ka gahogo, intara y‟amajyepfo, b.p 66 gitarama. gishobora ariko kwimurirwa ahandi hantu ho muri repububulika y‟u rwanda biturutse ku mwanzuro w‟inama constitution of a non profit making religious association: « congregation de la mission - pères lazaristes» "The head office of the religious association “congregation de la mission - pères lazaristes – » is located in kabgayi, muhanga district, nyamabuye sector, gahogo cell, southern province, b.p 66 gitarama. " Madamu mugabekazi grace agizwe umujyanama wa minisitiri muri minisiteri y’urubyiruko. "Ms. mugabekazi grace is appointed advisor to the minister in the ministry of youth. " 2° guterura cyangwa kwimura umubiri w’uwazize jenoside yakorewe abatutsi asanze muri urwo rwibutso. "2° taking or displacing a body of a victim of the genocide against the tutsi resting in the memorial site. " (m) gusuzuma imishinga y’icyerekezo y’ikigo; "(m) review key strategic projects of the institution; " 7º anyweye inzoga mu masaha y’akazi; "7º takes alcohol during working hours; " Umuryango ufite intego zikurikira: - kwimakaza umuco w’ubukristu mu rubyiruko; - kurwanya ubukene binyuze mu guhanga imirimo; - kurwanya sida no gufasha ababana nayo; - kwimakaza umuco w’amahoro; - kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge; - kwimakaza uburinganire. "The association’s objectives are the following : - promoting the culture of christianism; - fighting against poverty through job creation; - fighting against hiv/aids and take care of people living with the virus; - promoting the culture of peace; - promoting unity and reconciliation; - promoting positive gender equality in the youths. " Ingingo ya 105: ibisabwa ukwemera kugobokewe ingingo ya 106: inshingano z’uwagobotse "Article 105: requirements for acceptance for honour article 106: liability of acceptor for honour article 107: payment for honour " Ishingiye ku masezerano ashyiraho umuryango w‟ibihugu by‟afurika y‟iburasirazuba yo kuwa 30/11/1999 nk‟uko yavuguruwe kugeza ubu kandi yemejwe n‟iteka rya perezida n° 24/01 ryo kuwa 28 "Pursuant to the treaty establishing the east african community of 30/11/1999 as amended to date and ratified by presidential order n°24/01 of 28 june 2009; " B. amasosiyete y’ubucuruzi/trading companies/sociétés commerciales "B. amasosiyete/trading companies/sociétés commerciales " Amabwiriza n° 05/06 yo kuwa 20/06/2006 agenga parikingi zo ku mihanda yo mu mujyi wa kigali "Resolutions n° 05/06 of 20 june 2006 regulating vehicle parking in the kigali city " (4) amabwiriza agenga gutanga inguzanyo cyangwa uburyo bwo kwemeza imyenda idasohora amafaranga, agomba kuba yanditswe ku buryo bunononsoye kandi ajyanye article 42: internal control in loans management "(4) procedures for lending and making commitments, especially when authority is delegated, must be clearly formalized and adapted to the characteristics of the deposit-taking article 42: contrôle interne dans la gestion des crédits " Inshingano z’inama y’ubuyobozi ya imnr ni izi zikurikira : "The administrative organs of unr are the following: " Ingingo ya 30: ibigenerwa abagize guverinoma n‟ibitabangikanwa n‟imirimo yabo "Article 30: benefits for members of the cabinet and incompatibilities with their office " Binyujijwe kuri guverineri w‟intara cyangwa umuyobozi w‟umujyi wa kigali. "The governor of the province or the mayor of the city of kigali. " B. abandi bantu bireba, ayo mabwiriza asanzwe, yihariye cyangwa andi yose biteye kimwe yaba ashyirwaho n’isoko ry’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho cyangwa isosiyete ishinzwe isuzuma n'iyishyurana cyangwa akaba akubiye mu mategeko shingiro yayo; "B. other parties concerned, whether or not those rules, by-laws or similar body of statements are made by the commodity exchange and related contracts or clearing house or are contained in its articles of association; " Itegeko ryemerera kwemeza burundu amasezerano y’impano n o tf011435 yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda ku a 17 mutarama 2012, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida) gihagarariye ikigega mpuzamahanga cy’iterambere y’abanyakanada, yerekeranye n’impano ingana na miliyoni indwi n’ibihumbi magana inani z’amadolari y’abanyamerika (7.800.000 usd) agenewe umushinga ugamije gufata neza ubutaka, kubika amazi no kuhirira…………………………………………16 "Law authorising the ratification of the grant agreement n o tf011435 signed in kigali, rwanda on 17 january 2012, between the republic of rwanda and the international development association (ida) acting as administrator of the canadian international development agency single donor trust fund, relating to the grant of seven million, eight hundred thousand american dollars (usd 7,800,000) for the land husbandry, water harvesting, and hillside irrigation project……………………………………………………………………………...16 " Nº 001/2007 ryo kuwa 30/01/2007 "Nº 001/2007 of 30/01/2007 " Ingingo ya 75: gusenya, guhindura cyangwa kwangiza indiri kamere y’ibinyabuzima byo mu gasozi "Article 75: destroying, altering or degrading natural habitat of wild animals and plant species " Ingingo ya 12: inteko rusange inteko rusange ni urwego rw‟ikirenga rw‟umu- ryango; rufite inshingano zikurikira: "Article 12: the general assembly the general assembly is the supreme organ of the organization, and has particular functions: " Iyo uwakoze icyaha yakomerekeje abantu benshi, ahanishwa igifungo kirenze amezi abiri (2) ariko kitageze ku mezi atatu (3) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi y’ibihumbi magana atanu (500.000 "If the offender causes injuries to several persons, he/she is liable to imprisonment for a term of more than two (2) months and not less than three (3) months and a fine of not less than five hundred rwandan francs l’incommoder ou le souiller, commet une infraction. " 10° uburobyi; "10° fishing; " 1º icyemezo cy’urukiko gitegeka ivanwaho ry’itambamira kuri ubwo butaka; "1° the decision of the court that orders deregistration of the caveat on the concerned land; " 11° kudatanga serivisi ushinzwe gutanga kandi nta mpamvu yumvikana kandi ifatika ushingiyeho; "11º to do not deliver a service under his or her duties without reasonable and valid justification; " 1° gushyiraho abakozi bashinzwe gucunga no gufata neza urwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi kandi bafite ubumenyi buhagije bubafasha gusobanura neza amateka ya jenoside yakorewe abatutsi; "1° to recruit employees in charge of management and maintenance of the memorial site for the genocide against the tutsi with sufficient knowledge enabling them to explain well the history of the genocide against the tutsi; " Ihuza imikorere ya za komisiyo za biro politiki n‟inzego z‟ishyaka ku rwego rw‟intara cyangwa umujyi wa kigali. "It shall coordinate the functioning of the commissions and party organs at province or kigali city levels. " 4° gusuzuma imikorere ya rnra hakurikijwe gahunda y’ibikorwa n’ingengo y’imari; "4° to evaluate the rnra’s performance basing on its action plans and budget; " Ingingo ya 7: ibikubiye mu mategeko shingiro "Article 7 : principes directeurs " Bitabangamiye ibiteganywa n’andi mategeko, amabwiriza n’ibyemezo by’inama njyanama y’akarere ko mu mujyi wa kigali ntibigomba kuvuguruza cyangwa kunyuranya n’ibyemezo by’inama njyanama y’umujyi wa kigali. "Without prejudice to other legal provisions, instructions and decisions of the council of a district of the city of kigali must always be in conformity with the decisions of the council of the city of kigali. " Amabwiriza rusange ashyiraho uburyo inyemezamasezerano y’ubwishingizi itangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga. "The regulations establish modalities for issuance of insurance policies through electronic means. " 11º kwemeza raporo y’ibikorwa n’iy’imikoreshereze y’umutungo y’umwaka urangiye; "11º to approve the report on the activities and use of property during the previous year; " B) umuhuza abona ko nta bwumvikane bushoboka; "B) the mediator is convinced that parties will not settle; " Ingingo ya 103: imirimo itabangikanywa n’umurimo wa perezida wa repubulika "Article 103: duties incompatible with the office of the president of the republic " Iteka rya perezida rigena ibigenerwa abagize inama y’ubuyobozi ya mmi. "A presidential order determines the benefits provided to members of the board of directors of mmi. " 9° gukora raporo y’imigendekere y’igikorwa cyo gutoranya abakandida, gukora urutonde rw’abakandida yahisemo no kubashyikiriza guverinoma 3° to approve rules governing interview aiming at selecting candidates to the post of commissioner; "9° to make a report of the selection process of candidates, draw up a list of selected candidates, and submit them to the government through the ministry. 3° approuver les directives relatives à l’interview en vue de sélectionner des candidats commissaires; " 17° kubura ku murimo mu gihe cy‟intambara; "17° absence from the post in wartime; " Iri tegeko ntabwo rireba ubutaka bwa leta, ibiyaga, imigezi, pariki za leta n’amashyamba kimeza. "This law shall not be applicable to government land, lakes, rivers, national parks and natural forests. " Ingingo ya 55: uburyo ikiganiro cya tekiniki giteganyijwe mu gihe cy’ipiganwa mu byiciro bibiri gikorwa "Article 55: guidance on technical discussion provided for during the two- stage tendering " Ingingo ya 19: ikirango ku itabi n’ibirikomokaho bicuruzwa mu rwanda itabi n’ibirikomokaho bicururizwa mu rwanda bigomba kuba biriho ikirango gitangwa na serivisi za gasutamo n’amagambo “ricuruzwa mu rwanda /sold in rwanda/vendu au rwanda”. "An order of the minister in charge of health shall determine the content and design of the warning to be put on the package of tobacco and tobacco products. article 19: stamp on tobacco and tobacco products for sale in rwanda tobacco and tobacco products sold in rwanda shall bear a stamp issued by customs services and with imprints “ricuruzwa mu rwanda/ sold in rwanda/vendu au rwanda”. " Ingingo ya 16: kwanga kwemeza amasezerano y’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha bikozwe n’urukiko "Article 16: rejection of the plea agreement by court " Umutwe wa mbere: ibisobanuro by’amagambo regulation n°03 on capital markets (cross border introductions), 2012 "Regulation nº01 on capital markets (licensing requirements), 2012 " (f) icyemezo cy’ishingwa, amasezerano n’amategeko shingiro iyo ari sosiyete, cyangwa icyemezo cy’iyandikisha n’amategeko shingiro iyo ari koperative; "(f) the certificate of incorporation; the memorandum and articles of association if company, or the certificate of registration and bylaws if cooperative; " 14° serivisi rusange z’amaposita: imirimo yo gutwara ubutumwa bw’iposita n’imirimo y’imari bifasha mu kurangiza inshingano yo guha abantu serivisi mu gihugu hose; "14° public service of the posts: the postal and financial services whose activity contributes to the entire national territory, with the realization of the public service mission; " Inama y’abakomiseri ishobora gutumira mu nama yayo umuntu wese ibona ashobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. uwatumiwe ntiyemerewe gutora no gukurikira iyigwa ry’izindi ngingo ziri ku murongo w’ibyigwa. "The council of the chancellery may invite any person to its meeting from whom it may seek advice on a certain issue on the agenda. the invitee is not allowed to vote and to follow the debates of other issues on the agenda. " Ingingo ya 14: amahame n’amabwiriza y’imiyoborere ingingo ya 15: ibisabwa utanga serivisi z’ibiro by’amakuru ku myenda "Article 14: corporate governance standards and principles article 15: requirements for credit reporting service providers " Imishahara y’abakozi ba rsb igenwa hashingiwe ku mbonerahamwe y’urutonde rw’imirimo kandi hakurikijwe amahame ngenderwaho mu kubara imishahara mu butegetsi bwa leta. "Salaries for employees of rsb are determined basing on the job classification and in accordance with general principles on salary calculation in public service. " Aya mategeko ashobora guhindurwa byemejwe n’abagize ubwiganze busesuye bw’abanyamuryango nyakuri bateraniye mu nteko rusange, bisabwe n’inama y’ubuyobozi cyangwa na 1/3 cy’abanyamuryango nyakuri. "The present statute can be modified by absolute majority of the effective members meeting in general assembly, on proposition by the board of directors or by 1/3 of the effective members. "  kwigisha ijambo ry’imana, binyujijwe mu buryo bwose, bushoboka;  kwigisha urubyiruko iby’ubukorikori n’imyuga iciriritse no kwita ku iterambere rusange;  kwimakaza umuco w’amahoro no gukemera amakimbirane;  gushyiraho isanduku zo kwirengera, kugurizanya no kugoboka abanyamuryango n’ababisunze;  kubaka ibigo by’amahugurwa y’urubyiruko mu gihugu ku bwo guteza imbere imikino inyuranye n’ingando z’urubyiruko kandi no kurwanya icyorezo cya sida n’ikwirakwizwa ryacyo. " educating and training youthstechnical, professional skills and development generaly;  uplifting the culture of peace and dispute resolution  creating a fund for assisting, loan acquisition and helping members and affiliates;  building youth training centers and camps all over the country in order to develop different games and also fight against the hiv pandemic and its transmission. " Ogmr igizwe n’inzego ebyiri (2) zikurikira : "Ogmr comprises of the following two (2) organs: " 13° ikinyabuzima ndangasano: inyamanswa imwe, cyangwa igice cy’inyamanswa, ikimera, cyangwa igice cy’ikimera, cyangwa ikinyabuzima kitaboneka n’amaso, gikoreshwa mu guhagararira ibindi kugira ngo higwe imiterere y’umuryango wose w’icyo kinyabuzima; "13° specimen: an individual animal, part of an animal, plant, part of a plant, or microorganism used as a representative to study the properties of the whole population of that species or subspecies; " 2º amahame, ibipimo ngenderwaho n’amategeko bigenga imicungire y’umutungo wa leta; "2º principles, standards and laws determining management of public finance; " Igihe umukiliya yumva ko amakuru abitswe aho akusanyirizwa atari ukuri, arimo amakosa, adahagije, atuzuye cyangwa atajyanye n’igihe, ashobora kumenyesha mu nyandiko ikigo amakuru akemangwa. "Where a customer believes that the information contained in the database is inaccurate, erroneous, insufficient, incomplete or outdated, he/she may notify the credit bureau in writing of the information disputed. " Ibyemezo bya nadimac bigaragaza urwego rugomba kubishyira mu bikorwa n’igihe bigomba gushyirwa mu bikorwa. "Decisions of nadimac indicate the institution to implement them and the deadline for their implementation. " Ugomba gusomana ubushishozi imenyekanisha ry’amakuru y’ingenzi mbere yo gushyira umukono ku masezerano y’inguzanyo kugira ngo wumve ikiguzi cyayo n’ibiyiranga. ugomba kandi kureba neza niba amakuru arambuye ari mu imenyekanisha ry’amakuru y’ingenzi ari nayo n’agaragara mu masezerano y’inguzanyo ugiye guhabwa. "You should read the kfs carefully before entering into the credit contract to ensure that you understand the cost and other key features of the loan. you should also ensure that the details in the kfs are the same as those in the proposed credit contract. " Niss ikorana n’izindi nzego zishinzwe umutekano ndetse n’izindi nzego za leta n’izigenga zayifasha kugera ku nshingano zayo zijyanye no kubungabunga umutekano w’igihugu. "Niss shall collaborate with other security organs and other public and private institutions that may assist in accomplishing its mission of safeguarding national security. " 13° perezida wa ralga; "13° chairperson ralga; " Rp ni urwego rufite ubuzimagatozi, ubwigenge n’ubwisanzure mu miyoborere, mu myigishirize, mu bushakashatsi no mu micungire y’umutungo n’abakozi barwo kandi rucungwa hakurikijwe amategeko abigenga. "Rp is an organ that has legal personality and enjoys administrative, teaching, research and financial autonomy and it is managed in accordance with relevant laws. " Icyakora, iyo bigaragaye ko hari ibyo umusoreshwa yahishe agambiriye kunyereza umusoro, ububasha bwo kugenzura busaza nyuma y’imyaka icumi (10). "However, if it is established that the taxpayer has concealed information with intent to evade tax, the power to audit lapses after ten (10) years. " 2° uburenganzira bw’uwo uwahombye aberewemo umwenda bwo gusaba kwishyurwa umwenda uwahombye uhanaguweho igihombo amubereyemo; "2° the right of any creditor of the bankrupt to claim in the bankruptcy for any debt from which the bankrupt is released; " Iteka rya minisitiri w’intebe n°033/03 ryo ku wa 18/02/2019 rivana ubutaka n’umutungo utimukanwa uri kuri ubwo butaka mu mutungo rusange wa leta bigashyirwa mu mutungo bwite wa leta "Prime minister’s order n° 31/03 of 18/03/2014 withdrawing land and immovable assets from the state’s public assets " Iyo umwe mu bagize biro y’inama njyanama yeguye, yandikira inama njyanama, akagenera kopi guverineri w’intara. "If a member of the executive committee of the district council resigns, he or she shall write to the district council and reserves a copy to the governor of the province. " 4° ubuvuzi 5° kwita ku batishoboye. "4° state contribution for medical care. " Iyo bakeneye umutangabuhamya cyangwa undi muntu wese ushobora kubaha amakuru "When they need a witness or any other person who may provide them with " (ii) cyangwa guhererekanya amafaranga mu buryo bw’ikoranabuhanga angana cyangwa aruta ikigero cyashyizweho n’urwego, imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo. "(ii) a domestic or cross border wire transfer in the amount equal to or above the threshold set by the centre. " Inoti zikorwa na bnr zifite ububasha busesuye mu kwishyurana. ububasha bwo kwishyurana bw’ibiceri buhagararira kuri buri bwoko bw’ibiceri, ku nshuro ijana (100) agaciro kanditse kuri buri bwoko bw’ibiceri, keretse iyo uwishyurwa yemeye kwakira umubare w’ubwoko bw’ibiceri urengaho. "Banknotes issued by nbr have unlimited legal tender. for each type of coin, the legal tender is limited to a hundred (100) times its unitary face value, except when the creditor accepts to receive coins valued in excess of this amount. " Ashingiye ku itegeko ngenga n° 20/2003 ryo kuwa 03 kanama 2003 rigena imiterere y’uburezi, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 16, iya 19 n’iya 21 ; "Given organic law n° 20/2003 of 03 august 2003 on national education, especially its articles 16; 19 and 21; " Icyakora, iyo umwe mu bagize komite nyobozi y’akarere avuye mu mwanya hasigaye igihe kitarenze umwaka umwe (1) ngo manda irangire, umusimbuye afite uburenganzira bwo kwiyamamaza ku zindi manda ebyiri (2) zikurikirana. "However, if a member of the district executive committee ceases his or her duties when the remainder of the term of office does not exceed one (1) year, his or her substitute has the right to stand for election for two (2) consecutive terms. " 3° ku nyandiko zose zitangwa cyangwa zishyirwaho umukono mu mwanya w’isosiyete zemeza cyangwa zishyiraho 2° sending it by registered post to the registered postal address of the company or sending it electronically; "2° sending it by registered post to the registered postal address of the company or sending it electronically; " 5° gushyiraho amahame, imirongo ngenderwaho n’uburyo bwo kubungabunga no gucunga neza umutungo w’amazi yaba ayo ku butaka n’ay’ikuzimu; "5° to establish principles, guidelines and procedures for preserving water resources both ground and underground; " Igihe umuburanyi yakererewe kwiyambaza inzira z’ubujurire bitewe n’impamvu zikomeye zitunguranye kandi zidaturutse ku bushake bwe, igihe cyo kujurira kirongerwa kugeza igihe izo mpamvu zirangiriye. "If a party delays in complying with time limits of appeal procedures due to exceptional reasons that are beyond his/her control, the time limit for filing the appeal is extended until such reasons cease to exist. " Iyo hagize andi mahoro urwego rw’ibanze rubona ko ari ngombwa kwakira, byemezwa n’inama njyanama imaze kugisha inama minisitiri ufite imari mu nshingano ze. "In case the decentralized entity finds it necessary to levy any other fees, this shall be approved by the council of the decentralized entity after consultation with the minister in charge of finance. " Haseguriwe ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, umukozi ushinzwe gutanga amakuru ashobora gusaba urwego rw’umuvunyi ko igihe ntarengwa giteganywa n’iri teka cyakongerwaho iminsi itarenze cumi n’ine (14) y’akazi mu gihe isabwa ry’amakuru ryerekeye ibintu byinshi cyane cyangwa amakuru menshi, iyo riterekeye ubuzima cyangwa ubwisanzure bw’umuntu. "Without prejudice to paragraph one of this article, where an application, other than an application that concerns the life or liberty of a person, is especially complex or relates to a large volume of information, an information officer may request the office of the ombudsman for an extension of time of no more than fourteen (14) working days. " Iii.3. amasezerano yo gucunga umutungo w’ubucuruzi: "Iii.3. contract for the management of a business asset: " E) gutanga abantu bateganywa kuba mu urwego rw’ubuyobozi, kuba mu nama y’ubuyobozi na ba nyiri migabane, bagomba kuba ari abantu bazwi neza kandi bazwiho ubunyangamugayo bisabwa mu kuyobora ibiro by’ivunjisha; "E) provide the proposed management, directors and shareholders who must be persons of good repute and integrity which required to run a forex bureau; " 7° uburyozwe bw’ikosa ryo mu kazi ni gatozi ku warikoze; "7° the liability of a disciplinary fault is personal; " Impaka mu nteko rusange zibanza kugibwa kuri raporo ya komisiyo yize umushinga. "Debates in the plenary sitting are firstly done on the committee’s report on the bill. " 3° ibikurikizwa mu kubaka urwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi; "3° standards for constructing a memorial site for the genocide against the tutsi; " Inshingano z’inama y’ubuyobozi ya ocir cafe ni izi zikurikira: "The specific responsibilities of ocir cafe are as follows: " Impaka zose zivutse mu irangizwa ry‟ibyemezo byafashwe n‟inkiko gacaca hadakurikijwe amategeko n‟amabwiriza yabigengaga igihe ibyo byemezo byafatwaga zikemurwa n‟urukiko rw‟ibanze rwabishyizeho kashe mpuruza cyangwa rw‟aho cyamunara yabereye, hakurikijwe ibiteganywa n„amategeko asanzwe. "Disputes arising from the execution of the judgment of gacaca courts without consideration of the relevant laws and regulations at the time of these judgments shall be settled by the primary court which has affixed the executory formula or of the place of execution of the auction. " Ingingo ya 18: ububasha bw’ucunga "Article 18: the powers of coordinator " 17° isosiyete y’ubucuruzi ya leta: isosiyete leta ari yo munyamigabane rukumbi; "17° state-owned company: a company in which the state is the sole shareholder; " Umuryango uzaharanira guteza imbere ibikorwa bizawufasha kugera ku ntego zawo,mu rwego rw‟uburezi n‟umuco mu baturage hakoreshejwe amahugurwa,imyidagaduro n‟ amanama. "Article 4: the organization will develop any activity that allows it to achieve its objectives in the field of school education as well as cultural activities for the general public in the field of ad hoc training courses, events, conferences and seminars. " Mbere y‟uko iterana. rigomba kwerekana aho inama izateranira, itariki n‟ibiri ku murongo w‟ibyigwa. "3. the notice of the meeting must indicate venue, time, date and include the agenda for the meeting, accompanied by all the necessary documents to discuss the agenda. " Ingingo ya 3: icyicaro cya nica "Article 3: head office of nica " Ingingo ya 15: inteko rusange iterana rimwe mu mwaka mu nama zisanzwe. inyandiko z‟ubutumire rikubiyemo ibizigwa rihamagara abanyamuryango nibura mbere y‟iminsi mirongo itatu (30). abadahari bafite uburenganzira bwo gutora bakoresheje iposita cyangwa e-mail. "The general assembly gathers twice a year in ordinary sessions. invitation letters containing the agenda are addreed to members at least thirty (30) days before the meeting. the absent members have the right to vote through the post mail or e-mail. " (b) 25% iyo iyo sosiyete igurisha kuri rubanda nibura 30% by’imigabane yayo.” "(b) 25% if that company sells at least 30% of its shares to the public.” " Ingingo ya 32: kugira ngo ishyirahamwe rigere ku necessary without interfering with the daily management of the association. "Article 33: the association may possess either through nécessaires, sans interférer avec la gestion journalière de l'association. " Ingingo ya 4: ibipimo by’inzira "Article 4: categories of roads " Visi perezida cyangwa umwe mu bagize komite kuyitumiza no kuyiyobora. "Request the vice-chairperson or one of the members of the committee to convene and preside it. " Rtuc igizwe na : -abanyamuryango bawushinze ; - abanyamuryango bawinjiyemo; - abanyamuryango b’icyubahiro. abashinze umuryango ni abashyize umukono kuri aya mategeko shingiro. "Rtuc defines three types of members: - the founder members; - the adhesive members; - the honorary members. founder members are the signatories of this constitution; " (i) izina, itariki iyandikisha ryakoreweho ndetse n‟aho ryakorewe, amazina y‟abagize inama y‟ubutegetsi n‟icyo bakora, amazina y‟abanyamigabane n‟inyungu zabo ndetse n‟imiterere iteganijwe y‟ushyira ku isoko imigabane; (ii) izina, itariki y‟iyandikisha n‟aho ryakorewe amazina y‟abagize inama y‟ubutegetsi n‟icyo bakora, amazina n‟inyungu by‟abanyamigabane b‟ushyira ku isoko imigabane; (iii) amazina na aderesi by‟abajyanama mu gikorwa; (iv) incamake y‟igikorwa cy‟imyenda itandukanye ihurijwe hamwe igamijwe kugurishwa nk‟impapuro ndangamwenda; (v) amasezerano ateganijwe mu rwego rw‟ihererekanya ry‟imitungo ishobora kubyara amafaranga n‟imiterere y‟iyo mitungo; form. "B. names and profile of owners or shareholders and founders, directors and key management personnel, including relevant domain (technology, capital markets industry, financial sector industry, fintech, etc.) knowledge and experience: i. names and profile of owners (or shareholders) and founders: official gazette n° special of 04/05/2023 " (c) n’utanga serivisi zo kwishyurana w’uwishyurwa agomba, vuba hashoboka kandi mu gihe kitarenze iminsi itanu y’akazi uhereye igihe yakiriye ubusabe "(c) the payee’s payment services provider must, as soon as reasonably possible and by no later than five business days of receiving the payer’s payment services provider request – " Ibikoresho by‟ubwikorezi by‟ubwoko bwose byikorera toni makumyabiri n‟eshanu (25) n‟izirenze, imiyoboro inyura mu mazi, inganda zo mu mazi, ubwato buroba amafi manini, ubwato bw‟imidagaduro, n‟ubwoto barobesha(butari ubwato bwa siporo), ubwato bwifashishwa mu gupima iteganyagihe, ubwato bwa gisirikare(bukaba bushinzwe gutwara abantu n‟ibintu) ubwato bunini, ibyuma bisimbura ibindi, hatabariyemo bateri. "Passenger and cargo vessels of all kinds of twenty-five net register tonnage or more, cable ships, floating factories, whale catching vessels, trawlers and other commercial fishing vessels (other than sport fishing vessels), weather ships, hopper barges; lighters, pontoons (being flat decked vessels used for the transportation of persons orgoods) and ferry boats; parts and accessories, but not including batteries and sparkingplugs. " Mu gusaba uruhushya, usaba ashyikiriza urwego rw’ubugenzuzi ibi bikurikira: "When applying for a license, the applicant shall submit the following to the supervisory authority: " Icyo kigega gitanga amafaranga gishingiye kuri gahunda ya buri mwaka y’imirimo yo gusana imihanda ya leta yemejwe n’inama y’abaminisitiri, iyigejejweho na minisitiri ufite imihanda n’amateme mu nshingano ze. "The fund shall disburse finances basing on the annual public roads maintenance program approved by the cabinet upon proposal by the minister in charge of roads. " Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igihano cy’igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7) n’ihazabu itari munsi y’amafaranga y’u rwanda miliyoni eshatu (3.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 frw). article 51: use of a document belonging to another person to prove rwandan nationality "Upon conviction, he or she is liable to a term of imprisonment of not less than five (5) years but not more than seven (7) years and a fine of not less than three million rwandan francs (frw 3,000,000) but not more than five million rwandan francs (frw 5,000,000). article 51: utilisation d’un document appartenant à une autre personne pour prouver la nationalité rwandaise " Intego nkuru y‟itorero “church of god world missions in rwanda” ni ukubwiriza ubutumwa bwiza bwa yesu kristu no gukora ibikorwa bigamije kuzamura imibereho myiza y‟abanyarwanda . bikaba bizagerwaho hashingiwe ku ntego z‟ingenzi zikurikira: "The mission of church of god world missions in rwanda is to preach the gospel of jesus christ and conduct social activities that may improve the welfare of rwandan citizens. the following are the main objectives: " 1. kwigana inoti za banki cyangwa ibiceri, guhindura inyandiko za leta zivunjwa amafaranga, izigurizwaho amafaranga, izigaragaza inyungu cyangwa gukoresha izo nyandiko z'inyiganano cyangwa z'impimbano kimwe no kwigana amakashi, amatembure, ingano n'ibyapa; 2. iyezandonke; 3. guhimba impapuro no gukoresha impapuro mpimbano; 4. icyaha cyerekeye amategeko n‟amabwiriza ku bucuruzi bwo hanze n‟ivunjisha; "1. counterfeiting or falsification of bank notes, coinage, government securities, bonds, interest coupons or the use of such counterfeit or falsified securities, or seals, stamps, punches or marks; " 3° ibyifashishwa mu kongera gupfunyika imyanda birimo ibyakoreshejwe mu guhambira ntibigomba gukorwaho n’imyanda itwawe cyangwa kugira ngo bitivanga bigateza impanuka; "3° re-packaging materials including that used for fastening must not be affected by the contents or form a dangerous combination with them; " (7) banki nkuru kandi ifite ubushobozi bwo gutanga ibihano mu gihe ushinzwe imikoreshereze y’uburyo bwo kwishyurana atubahirije amabwiriza n’amategeko cyangwa ibipimo by’ubuziranenge bishyirwaho na banki nkuru. "(7) the central bank is also empowered to levy sanctions, in case the operator is found in non-compliance of the regulations and rules, or standards issued by the central bank from time to time. " Impaka zose zivutse ku irangiza ry‟ibyemezo bya komite y‟abunzi zishyikirizwa inteko ya komite y‟abunzi yafashe icyo cyemezo mu rwego rwa mbere. mu gihe abunzi bari bagize inteko yasuzumye icyo kibazo badashoboye kuboneka, ikibazo cyerekeranye n‟irangizwa ry‟icyemezo gishyikirizwa iyo komite, kigasuzumwa n‟indi nteko yatoranyijwe mu buryo buteganywa n‟ingingo ya 18 y‟itegeko ngenga nº 02/2010/ol ryo kuwa 09/06/2010 rigena imiterere, ifasi, ububasha n‟imikorere bya komite y‟abunzi. "Any dispute regarding the execution of mediation committee‟s decisions shall be brought before the mediation committee panel that took the decision in the first instance. in case of absence of mediators who had composed the panel, the contestation relating to the execution of the decision shall be brought to that mediation committee and examined by another panel selected through procedures specified in article 18 of the organic law nº 02/2010/ol of 09/06/2010 on organisation, jurisdiction, competence and functioning of the mediation committee. " Mu masaha 48 nyuma y‟igihe kivugwa mu gika kibanziriza iki, ashingiye ku nyandiko yashyikirijwe perezida w‟urukiko cyangwa uwo yabihereye ububasha afata icyemezo; ku kibazo yashyikirijwe kirebana no gutesha agaciro the review decision is not subject to appeal, except through an application for review of a judgment on grounds of injustice. "Within 48 hours after the time limit stipulated in the previous paragraph, the president of court or any person delegated by them, based on the request presented to him/her makes a decision on the request clearly indicating the reasons for the la décision rendue en matière de révision n‟est susceptible d‟aucune voie de recours sauf celle du recours en révision d‟une décision judiciaire définitive entachée d‟injustice. " Umukandida wese mu matora aziguye wifuza kwiyamamaza mu nama cyangwa mu iteraniro rihuza abagize inteko itora , abimenyesha ubuyobozi bw’akarere. ubuyobozi bw'akarere ni bwo butumiza inama abakandida bose babisabye biyamamarizamo, hazirikanwa ko abakandida bagomba guhabwa amahirwe angana. "Any candidate in direct elections who intends to campaign in direct rallies or gatherings in an electoral college shall apply to the district authorities to do so. the district authorities shall convene such a meeting in which all the candidates shall campaign in consideration that all the candidates are given equal opportunity. " 1° gutanga raporo ikubiyemo ibisabwa kandi ku gihe cyagenwe n‟iteka rya minisitiri; "1° produce such reports with content and at intervals as may be determined by a ministerial order; " Ingingo ya 17: inteko rusange idasanzwe iterana burigihe bibaye ngombwa. ihamagazwa kandi ikayoborwa mu buryo bumwe nk’ubw’inteko rusange isanzwe. icyo gihe igihe cyo kuyitumiza gishingira kubwihutirwe bw’ikigamijwe. impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganyijwe mu butumire. "Article 17: extraordinary general is convened as often as it deems necessary. the modalities in which it is convened and chaired are the same as for the ordinary one. the deadline to convene the general assembly depends upon the emergency of the matter. debates shall deal only with the matter on the agenda. " 3. bufite uburyo bwagenwe bw‟igenamigambi bwizwe kugira ngo bworoshye kugera ku intego no ku bigamijwe. "3. has a formal planning process that has been developed to facilitate achievement of targets and objectives. " 7° kugenzura ibipimo ntarengwa by’ingaruka z’inyungu ku mpinduka z’inyungu ku isoko zishyirwaho n’inama y’ubutegetsi; "7° to monitor limits on the sensitivity of the net interest margin on changes in market interest rates as set by the board; " Ingingo ya 44: igihe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo rimara na raporo yaryo "Article 44: duration of the liquidation and report thereon " Nta wugize rwabia n’umwe uri muri komite nyobozi ugomba gukoresha ububasha afite mu nyungu ze bwite. "No member of rwabia who is in the executive committee should use the power he or she has for his or her own benefit. " 8° ubucuruzi bw’ingingo z’imibiri y’abantu; "8° trafficking in human organs; " - urwego rwa mbere: imodoka ifite ingufu ziri hejuru ya 14 cv/hp kugeza kuri 17 cv/hp:163 frw/km - urwego rwa kabiri: imodoka ifite ingufu ziri hejuru ya 11cv/hp kugeza kuri 14 cv/hp:135 frw/km - urwego rwa gatatu: imodoka ifite ingufu zitarengeje 11 cv/hp :112 frw/km "Class one: cars powered by more than 14 hp up to 17 hp: 163 rwf/km; class two: cars powered by more than 11 hp up to 14 hp: 135 rwf/km; class three: cars powered by not more than 11 hp: 112 rwf/km. " Inyandiko ŕ mvugo y‟inama rusange idasanzwe yo ku wa 24 kamena 2007 "Minutes of the extraordinary general meeting held on june 29, 2007 " 1) gushyirwa kuri konti y’amadevize; 2) kugurishwa umuhuza ubyemerewe; cyangwa 3) gukoreshwa mu kwishyura imyenda yo mu person aiming at selling at the highest exchange rate or parchasing at the lowest rate. "The foreign currency received shall be either: 1) credited on a foreign currency account; 2) sold to a licensed intermediary; or 3) used to settle external obligations ou a un taux de change bas. " Bwasuzumye urubanza bukarubonamo akarengane, busanze nta yindi nzira ihari yo gukemura akarengane kagaragara mu rubanza rwaciwe burundu, bukora raporo kuri icyo kibazo cy’akarengane bukayishyikiriza perezida w’urukiko rw’ikirenga. "Considers the judgment and finds that there has been injustice and that there is no any other remedies to resolve injustice found in the final judgement, he/she prepares a report on such injustice and submits it to the president of the supreme court. " Ingingo ya 97: kuyobora inama ya komisiyo "Article 97: chairing the meeting of the committee " Inama y’ubuyobozi iterana igihe cyose bibaye ngombwa, ariko byanze bikunze rimwe mu gihembwe, ihamagawe kandi iyobowe na perezida yaba adahari cyangwa atabonetse, bigakorwa na visi-perezida. iterana kandi igafata ibyemezo bifite agaciro hakurikijwe ubwiganze busesuye bw’abayigize. iyo amajwi angana, irya perezida rigira uburemere bw’abiri. inama y’ubuyobozi iterana, igafata ibyemezo iyo hari byibuze 2/3 by’abayigize. "The executive committee meets once per term and as many times as he need arises, under the convocation and presidence of the president of the organisation or if not, of the vice-president. the committee relevantly sits when ¾ of the member are present. its decisions are taken by the absolute majority of the members present. in case of parity of voices, that of the president counts double. " Icyicaro cya diyosezi gatolika ya cyangugu kiri mu murenge wa kamembe; mu karere ka rusizi; intara y‟i burengerazuba; repubulika y‟ u rwanda. article 3 "The headquarters of the catholic diocese of cyangugu is located in kamembe sector, rusizi district, western province, republic of rwanda. article 3 " Iyo abagize komite y’imicungire bateranye bahabwa amafaranga angana n’agenwa n’iteka rya perezida ku bagize inama y’ubuyobozi mu bigo bya leta. "Members of the managing committee who attended its meetings shall receive the same sitting allowances as board members within public institutions, as determined by the relevant presidential order. " 36. dr gasangwa ivan, forest research division manager mu kigo gishinzwe gucunga no guteza imbere amashyamba; "36. dr gasangwa ivan, forest research division manager in rwanda forestry authority; " Umuntu wese ushinzwe imirimo rusange yaba iya leta cyangwa iy‟abikorera igenewe abaturage, ufata icyemezo ashingiye ku butoneshe, ku bucuti, urwango cyangwa icyenewabo ku bamugana, ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe (1) kugeza ku myaka itatu (3) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi magana atatu (300.000) kugeza kuri miliyoni ebyiri (2,000,000). "Any person in charge of a public or private service with general interest, who makes a decision based on favouritism, friendship, hatred or nepotism to any person who seeks a service, shall be liable to a term of imprisonment of one (1) year to three (3) years and a fine of three hundred thousand (300,000) to two millions (2,000,000) rwandan francs. " B) amakuru ayo ari yo yose yerekeranye n’umuntu biturutse ku izina rye, nomero ye, ikimenyetso cye bwite, cyangwa ikindi kintu kimuranga gishobora gukoreshwa mu kumenya uwo muntu hakoreshejwe kimwe cyangwa byinshi muri ibi bintu bikurikira: (i) nomero y’ubwiteganyirize ye, (ii) nomero y’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ye cyangwa nomero y’ikarita ndangamuntu ku badafite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, (iii) nomero ya konti, nomero y’ikarita yo kubikuriza amafaranga yemera 6° nonpublic information: all electronic information that is not publicly available information and is: "B) any information concerning an individual which because of name, number, personal mark, or other identifier can be used to identify such individual, in combination with any one or more of the following data elements: (i) social security number, (ii) drivers’ license number or non-driver identification card number, (iii) account number, credit or debit card number, (iv) any security 6° information non publique: toute information électronique qui n’est pas disponible au public et qui est : " Ingingo ya 108: ububasha bwa perezida mu byerekeranye n’intambara, ibihe by’amage n'ibihe by’imidugararo "Article 108: powers of the president of the republic in matters of war, state of siege and state of emergency " 3º kugurisha cyangwa ubundi buryo bwo kwamamaza; "3° offering for sale or any other marketing form; " Dukurikije ibiteganywa n‟amategeko agenga imiryango idaharanira inyungu, official gazette n° 26 of 27/06/2011 "Save the case willingly provided by the law governing the non profit making organisations official gazette nº 17 of 26/04/2010 " 5 º amafaranga azinjizwa n‟inzego z‟ubutegetsi bwite bwa leta ubwazo harimo inkunga zo hanze y‟igihugu article 18: budget documentation "5 º for central government entities, details of all own revenues, including external financing; article 18: documentation budgétaire " 10° “ushinzwe gutanga amakuru”: umuntu ku giti cye cyangwa umuryango ufite ubuzimagatozi bivugwa mu ngingo ya gatatu (3) y‟iri tegeko. "10° “reporting entity”: natural or legal person with legal personality set forth in article 3 " Ubwoko bw’impushya z’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro zishobora gutangwa hashingiwe kuri iri tegeko ni ubu bukurikira: "Types of mineral licences that may be granted under this law are the following: " (b) cyarashyize mu bikorwa uburyo bukoreshwa mu gukurikirana abakiriya bacyo mu buryo buhoraho; "(b) has implemented mechanisms for ongoing monitoring with respect to its customers; " 21 000 + 0.2% y’amafaranga ari hejuru ya 9 000 000 "21 000 + 0.2% of the amount over 9 000 000 " 1° ingengo y‟imari igenerwa na leta; 2° inkunga, impano n‟indagano; 3° ibituruka ku mirimo mhc ikora; 4° umutungo wose wari ufitwe n‟inama nkuru y‟itangazamakuru. directors; 5° drafting the proposal of the organisational chart and structure of mhc and submitting it to the board of directors; "1° the state budget; 2° grants, donation and bequests; 3° funds from services mhc offers; 4° all property previously owned by the high council of the press. d‟administration; 5° élaborer l‟avant-projet d‟organigramme du mhc et le soumettre au conseil d‟administration ; " Ubuzimagatozi buhawe umuryango “odrbes- saint esprit school” ufite icyicaro mu karere ka kicukiro mu mujyi wa kigali. "Legal status is hereby granted to the association “odrbes-saint esprit school” situated at kicukiro district, in kigali city. " N°03/01 ryo kuwa 03/05/2012 "Th may 2012 " Komite zishinzwe imicungire y’amavuriro ya leta cyangwa aterwa inkunga na leta akorera mu karere n’ingingo zose z’amabwiriza yabanjirije aya kandi zinyuranyije na yo bivanyweho. "Functioning of committees in charge of the management of public or subsidised health facilities operating in the district and all prior provisions contrary to these instructions are repealed. " Ugize inama y‟ubuyobozi ava muri uwo mwanya bitewe n‟impamvu zikurikira: "A member of the board of directors may leave office due to the following reasons: " Amategeko shingiro umutwe wa mbere izina, icyicaro, igihe n’intego ingingo ya mbere: abashyize umukono kuri aya mategeko bashinze umuryango witwa «itorero rikirisitu ry‟urumuri muri afurika», i.r.u.a. mu magambo ahinnye y‟ikinyarwanda, ugengwa n‟itegeko n° 20/2000 ryo kuwa 26/07/2000 "Chapter one denomination, headquarter, duration and aim article one: it is made up between the undersigned; an association called ""association pour la conservation de la nature au rwanda "", a.c.n.r. in short, governed by these statutes and subjected to the provisions of the law n° 20/2000 " Uretse igihe byaba bisobanuye ukundi muri uyu mutwe, « ubuhuza bwigenga » n’“umuhuza wigenga” bikoreshwa ku murimo w’ubwishingizi n’ubwishingizi bw’abishingizi. "Unless it is stated in a specific way, under this chapter, terms “brokerage” and “broker” apply to both insurance and reinsurance business. " 4° umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri kaminuza no mu mashuri makuru bya leta uri ku rwego nibura rw‟umwarimu wungirije utorwa n‟abarimu n‟abashakashatsi bo muri ibyo bigo; "4° one (1) lecturer or one (1) researcher from public universities and institutions of higher learning with at least the rank of associate professor, elected by the academic and research staff of such universities or institutions; " (l) inzira zorohereza abafite ubumuga; "(l) ways to facilitate persons with disabilities; " 1° kugerageza guhindura cyangwa guhindura igiciro kiri mu masezerano y’ibicuruzwa by’ibanze gishobora gucuruzwa ku isoko ry’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho cyangwa cy’igicuruzwa cyose kiri mu masezerano y’ibicuruzwa by’ibanze; 2° kugerageza kwiharira cyangwa kwiharira igicuruzwa kiri mu masezerano y’ibicuruzwa by’ibanze. "1° manipulate or attempt to manipulate the price in a commodity contract that may be dealt with on the commodity exchange and related contracts, or of any commodity which is the subject of such commodity contract; " Iyo uwasubirishijemo urubanza atitabye, uwo baburana asaba ko hagumishwaho imikirize y’urubanza rwa mbere, ariko bitabangamiye ko yashobora no gusaba indishyi zihwanye n’ibyo yatakaje akurikirana urubanza. "When a party who requested for the opposition defaults to appear in court, the other party may request for the confirmation of the first judgement without prejudice to the fact that he/she can ask for the damages equivalent to the costs incurred. " N° 055/01 ryo ku wa 19/10/2022 "N° 055/01 du 19/10/2022 " Ingingo ya 2: itegurwa, isuzumwa, n’itorwa by’iri tegeko "Article 2: drafting, consideration and doption of this law " Akiciro ka 2: ubujurire "Subsection 2: appeal " Ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo cyangwa umucungamutungo w’uwahombye cyangwa undi muntu ku buryo buziguye cyangwa akoresheje undi muntu,unyereza, urigisa cyangwa uwigarurira umutungo w’uwahombye cyangwa wigira uberewemo umwenda mu buriganya, aba akoze icyaha. "Any person who, by deception, obtains another person’s property, whole or part of his/her finance by use of false names or qualifications, or who offers positive promises or who threatens of future misfortunes, commits an offence. " Ingingo ya 56: uburenganzira bwo gusaba gusubizwa ubutaka bwafatiriwe "Article 56: right to request for repossession of requisitioned land " 13° ingwate zanditswe kuri konti: inyandiko z’agaciro zanditswe mu gitabo cy’imari hashingiwe ku masezerano ajyanye n’ingwate, ahamya ko zibitswe muri rejisitiri cyangwa kuri konti icungwa n’uwabiherewe ububasha cyangwa ayicungirwa n’undi; "13° book entry collateral: financial securities provided under a financial collateral arrangement which consists of financial instruments, title to which is evidenced by entries in a register or account maintained by or on behalf of an intermediary; " Ingingo ya 18: ibisabwa mu guha uruhushya umuyobozi nk’ikigo "Article 18: requirements for licensing a corporate administrator " Ingingo ya 14: kurangira kw’igeregeza "Article 14 : expiration d’essai " B. ishyirahamwe ridaharanira inyungu/non profit making organisation/association sans but lucratif "Association sans but lucratif non profit making organization " Ingingo ya 7: imikoreshereze "Article 7: use " Byemejwe n’abanyamuryango bashinze umuryango capacitar-rwanda bari i kigali kuwa 15 kanama 2010. "Adopted by the founder members of capacitar- rwanda at kigali on 15 august 2010 " Iyo ababuranyi batumvikanye cyangwa bumvikanye kuri bimwe, umwanditsi abaha itariki y’iburanisha. "If the parties fail to reach a settlement, or reach a partial settlement, the registrar shall set a hearing date. " (3) inshingano z’inama y’ubutegetsi n’iza komite zayo ziba zikubiye mu nyandiko igaragaza amahame n’imirimo y’abari mu nama y’ubutegetsi. "(3) the responsibilities of the board and board committees must be included in the relevant board charters. " Abashinjacyaha bari mu byiciro bitatu (3) bikurikira: "Prosecutors are in the following three (3) categories: " Itegeko n° 12/2007 ryo kuwa 27/03/2007 rigenga amasoko ya leta "Law n° 12/2007 of 27/03/2007 on public procurement " Mu bihe by'amakuba cyangwa iyo hari imvururu zenda kuvuka cyangwa zavutse, akarere gahabwa abapolisi ba ngombwa n'urwego rwa polisi rushinzwe ako karere. "In case of danger, imminent unrest or unrest the district receives police reinforcement from the police department in the district. " 11° ukwezi: igihe kingana n’iminsi mirongo itatu (30) ikurikiranye y’ingengaminsi; "11° month: a period of thirty (30) consecutive calendar days; " Sœur ntahorutaba gaudence (sé) umuvuguzi wungirije w’umuryango article 36: dissolution, merger and affiliation "Sister ntahorutaba gaudence (sé) deputy legal representative article 36: dissolution, fusion et affiliation " Agabagabanywa abanyamigabane b’ikigo cy’ubwishingizi. "Indicates the insurance intermediary category. " - guteshuka ku cyerekezo cya solace ministries "- failure to comply with the vision of solace ministries " (a) ibintu bishobora gufatwa n’inkongi y’umuriro ku buryo bworoshye bibikwa ahantu hubatswe mu bintu bidashobora gufatwa n’inkongi y’umuriro cyangwa bikabikwa ahantu hizewe hanze y’inzu ikorerwamo kugira ngo birinde ahakorerwa akazi mu gihe habaye inkongi y’umuriro mu bubiko; "(a) highly flammable substances and materials are kept in a fire-resisting store or in a safe place outside an occupied building in order to protect the workplace in case fire occurs in the store; " Uhagarariye umuntu udatuye mu rwanda ariko ahafite icyicaro gihoraho, afatanya n’uwo ahagarariye uburyozwe buteganywa n’iri tegeko. "A representative acting on behalf of a non- resident but with permanent establishment in rwanda, shares liability with the non- resident for the obligations provided for by this law. " Isosiyete ishyiraho umuntu ku giti cye nk’ugize inama y’ubutegetsi. "A company appoints a natural person as a member of the board of directors. " Kimaze kubyemererwa na banki nkuru, ikigo gicuruza inyandiko z‟agaciro gishobora kugura no kugira imigabane y‟ikigo cy‟imari icyo aricyo cyose hahurikijwe ibisabwa bikurikira: "With the approval of the central bank, a discount house may acquire or hold part of the equity of any financial institution subject to the following conditions: " Rishyiraho igihe cyo kwimenyereza umwuga w‟ubuganga nk‟uko ryahinduwe kugeza ubu; "Relating to the code of criminal procedure as amended to date; " Kugeza ku ya 231 z’iri tegeko; "And 231 of this law; " Ingingo ya 8: ibigega byihariye "Article 8: special funds " 2) igikorwa cyo gushyira amakuru ahagaragara : gutangaza cyangwa kwereka rubanda amakuru muri rusange nk’uko biteganywa n’aya mabwiriza; "2) disclosure: publishing or displaying information to the general public as prescribed in this regulation; " (b) kumenya umukiriya no kugenzura umwirondoro we hifashishijwe amakuru akurikira: "(b) identify the customer and verify its identity through the following information: " Iyo impushya zo gukora ubushakashatsi, izo gucukura cyangwa izo gukeberwa imbago z‟amabuye y‟agaciro zatanzwe ku bicukurwa bitandukanye ku butaka bumwe, nyir‟uruhushya wacukuye ibicukurwa by‟agaciro ataherewe uruhushya, agomba kubiha uwabiherewe uruhushya, na we ariko akamuha indishyi ikwiye ijyanye n‟imirimo yakozwe. "If research licences, exploitation licences or mining concessions granted for various mines, are issued for the same land, the licensee to whom substances extracted by him/her do not belong, in terms of the legal act, shall submit them to the licensee whom they legally belong to, in return for payment of a fair compensation. " Iyo isosiyete yanze gushyira mu gitabo ihererekanya ry‟umugabane cyangwa umugabane nguzanyo cyangwa se indi nyungu, mu gihe cy‟iminsi mirongo itatu (30) uhereye ku munsi iryo hererekanya ryayishyikirijwe igomba koherereza ugenewe iryo hererekanya inyandiko igaragaza ko yabyanze, niba ari isosiyete ihamagararira rubanda kuyishoramo amafaranga y‟abantu bataziranye, impamvu zo kwanga zigomba kuvugwa muri iyo nyandiko. "Where a company refuses to register a transfer of any share, debenture or other interest in the company, it shall, within thirty (30) days of the date on which the transfer was delivered to it, send to the transferee notice of the refusal and in the case of a public company ,the reasons for the refusal shall be given in the notice. " 10° kugena santeri y’ubutabazi imwe cyangwa nyinshi ku binyabuzima ndangasano bizima byafatiriwe n’ibyambuwe. "10° to designate one or more rescue centres for seized and confiscated living specimens; " “icyemezo cy’agateganyo cy’ibyinjira mu rwanda” bisobanuye icyemezo gitanzwe n’ikigo cy‘igihugu gitsura ubuziranenge cyemerera umucuruzi wavanye ibicuruzwa hanze kubikura mububiko bw’ikigo gishizwe kwinjiza imisoro n’amahoro, ariko hari ibyo abanje kubahiriza mu gihe hategerejwe icyemezo cy’ubuziranenge gitanzwe n’ ikigo cy’igihugu gitsura ubuziranenge. """visiting user"" means clients of other mobile operators in rwanda having entered into national roaming agreements with the licensee, using the licensee's licensed network; the definitions of any other capitalized terms used in the license are those set forth in article 1 of the telecommunications law. " N° 029/03 ryo ku wa 30/11/2022 "N° 029/03 du 30/11/2022 " Mu cyiciro cya mbere urwego rutanga isoko rutegura igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa rusaba inyandiko y’ipiganwa ijyanye na tekiniki, ubwiza cyangwa ibindi byihariye biranga ibicuruzwa cyangwa ibigemurwa, imirimo, serivisi z’impuguke n’izitari iz’impuguke byifuzwa, haba mu bijyanye n’ingingo zashyirwa mu masezerano, mu buryo ibintu byatangwamo, aho bikenewe, ubushobozi mu kazi n’ubuhanga muri tekiniki by’abapiganwa. "During the first stage tendering, the procuring entity prepares the tender document requesting for bids relating to the technical, quality or other characteristics of needed goods or supplies, works, consultancy and non- consultancy services, as well as to contractual terms and conditions of supply, and, where relevant, the professional and technical competence of the bidders. " 9° kugenzura mu buryo buziguye: igihe umurimo ukorwa umugenzuzi atahibereye ariko agatanga amabwiriza, impanuro, imirongo ngenderwaho abinyujije mu magambo cyangwa mu buryo bw’inyandiko harimo n’ikoranabuhanga; 10° icyihutirwa: igihe ubuzima bw’umuntu, ibintu cyangwa ahantu biri mu kaga bisaba kwihutira kuramira ubuzima bw’umuntu cyangwa gukumira ubwiyongere bw’ikibazo; "10° emergency: situation that poses an immediate risk to health, life, and property or environment requiring urgent intervention to save life or prevent worsening of the situation; " N°45/2008 ryo kuwa 09/09/2008 "Nd november, 2008 " Kubera umubyeyi umwana utabyaye ku buryo busesuye byemerwa gusa iyo biri mu nyungu z’umwana mu bihe bikurikira: "Full adoption is only granted in the best interests of the child under the following circumstances: " Igihe uruhushya rwo gutanga serivisi zo gutwara abantu mu buryo rusange rumara kigenwa hakurikijwe icyiciro cyarwo nk’uko bigaragara mu buryo bukurikira: "The validity of the license of public transport services is determined depending on its category as prescribed below: " Ingingo ya 17: kwegurirwa umutungo wa irst "Article 17: transfer of property of irst " 4° gushyiraho no kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza arebana n’imirimo ishamikiye ku buvuzi; "4° to establish and monitor the compliance with standards relating to the practice of allied health professions; " Icyiciro cya 2: gufata, gusaka no gufunga by’agateganyo "Section 2: arrest, search and provisional detention " 4° inararibonye mu bijyanye n‟ibidukikije; "4° one expert in environment matters; " Abanyamuryango nyakuri (amazina yabo ari ku mugereka) "Les members effectifs (liste nominative et signature) " Umutwe wa ii: ububasha n’inshingano mu micungire y’imari ya leta "Chapter ii: powers and responsibilities in public finance management " 3° atigeze ahabwa igihano ku ikosa ryo mu rwego rw’akazi; "5º not having been convicted for any criminal offense; " (iv) gukoresha umutamenwa cyangwa ubundi buryo bwo kubitsa butekanye; "(iv) the use of a safety deposit box or any other form of safe deposit; " 3° gukora iperereza mu bigo birebwa n‟itegeko ry‟amasoko ya leta 9° to draw up and publish the list of bidders suspended or debarred from participating in public procurement; "3° to carry out investigations in any entity governed by the law of public 9° établir et publier la liste des soumissionnaires suspendus ou exclus de la participation aux marchés publics ; " 3° itangazwa rishobora kubangamira umwishingizi cyangwa urwego rw’ubwishingizi muri rusange. "3° the publication can cause harm to the insurer or the insurance sector in general. " 1° gushyira mu bikorwa ibyemezo n‟imyanzuro by‟inteko rusange; "1° to implement the decisions and recommandations of the general assembly; " Iri tegeko ngenga rigenga ibigo bya leta. "This organic law shall govern public institutions. " 6° imigabane iyo ari yose ishobora kuzafatwa ariko ntiyishyurwe ku buryo isosiyete ishobora kuba ifite impamvu yo guteganya kuzayikuraho cyangwa kuyigabanya. "6° any contingent liability the company can reasonably expect to reduce or extinguish. " Umutwe wa iv: umutungo w’ishyirahamwe "Chapter iv: property of the organization " 3° ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa; "3° microfinance institutions; " Ingingo ya 31: kwanga, kubangamira cyangwa kurindagiza urwego ngenzuramikorere "Article 31: resistance, hinderance or obstruction to the regulatory authority " Icyiciro cya 6: raporo z’ubugenzuzi bwite "Section 6: internal audit reports " 1° uhohotera undi ku buryo bishobora kumuviramo gukomereka cyangwa gupfa; "1° commits an act of violence against a person that is likely to cause injury or death; " Nyuma yo gushyikirizwa iyo dosiye n’inama nkuru y’ubucamanza, urwego rw’ubugenzuzi bukuru bw’inkiko butanga umwanzuro usobanuwe mu mpamvu zawo kandi ukamenyeshwa nyir’ubwite. "After submission of the file by the high council of the judiciary to the department of inspectorate general of the courts, the later shall give a justified consideration, and it shall be notified to the concerned person. " Aya mabwiriza agena uburyo bw’ikurwaho ry’ibikoresho birimo “asbestos”. "These instructions determine the procedure for eradication of asbestos materials. " Aya mategekoshingiro azatangira gukurikizwa igihe article 22 "These statutes shall enter into force on the day article 22 " 27º umukozi ushinzwe amasoko ya leta: umukozi w’urwego rutanga isoko ufite mu nshingano ibijyanye n'imitangire y'amasoko; "27º procurement officer: employee of a procuring entity in charge of public procurement; " - gushyiraho ihuriro ryo guhanahana amakuru no kwamagana ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu; "- to create a network of information and denunciation of the human rights violations; " 13° ubujeni: uburyo bugaragara bw’umutekano bukozwe mu bikoresho bimeze nka plastiki, muri plastike, mu cyuma cyangwa mu makabule bukoreshwa mu gufunga ahasohokera petroli n’ibiyikomokaho ku buryo butanga ikimenyetso ko hangijwe n’umutekano hagamijwe kugenzura ubujura cyangwa kwandura bitewe n’impanuka cyangwa bikozwe ku bushake mu modoka n’ubwikorezi cyangwa ku bindi bipimo bikoreshwa mu bucuruzi bwa peteroli n’ibiyikomokaho ; "13° seal: security material mechanism in form of polypropylene, plastic, metal or cable used for closure of outlets in a way that provides tamper evidence and some level of security to detect theft or contamination, either accidental or deliberate in vehicles and carriages or any other measuring tools used in petroleum and petroleum products trade; " Uretse igihe hari itegeko ribiteganya ukundi, hahanwa umuntu wakoze icyaha yabigambiriye. "Unless otherwise provided by the law, only a person who intentionally commits an offence shall be liable to a penalty. " Ashingiye kuri politiki y`ubucuruzi mu rwanda yo mu mwaka wa 2010 igaragaza imitunganyirize y`ubucuruzi mu rwanda; "Pursuant to the rwanda trade policy 2010 that stipulates the organization of trade in rwanda; " Umutwe wa v: itangwa cyangwa igurishwa ry’ibikoresho "Chapter v: grant or sale of equipment " Raporo y’ibaruramari ihujwe ikubiyemo iy’inzego z’ubutegetsi bwite bwa leta, iy’inzego zigenerwa igice cy’ingengo y’imari mu ngengo y’imari ya leta n’iy’inzego z’ibanze. "The consolidated financial statements shall include central government entities, extra budgetary entities and decentralized entities. " Abagize komite y’ababerewemo imyenda bagomba: "Members of the creditors’ committee must: " 1. urutonde rw’ibicuruzwa, harimo inyito z’ibanze n’inyito zungirije zagenwe n’amasezerano mpuzamahanga yo guhuza uburyo ibicuruzwa bisobanurwa n’uburyo bwo kugena ibiciro (international convention on the harmonized commodity description and coding system), yashyizweho kandi agenzurwa n’umuryango mpuzamahanga ushinzwe za gasutamo (world customs organization), hiyongereyeho inyito zungirije zo mu gihugu zemejwe hakurikijwe amasezerano u rwanda rwashyizeho umukono kandi rwemeje burundu; "1° a goods nomenclature, consisting of the headings and sub-headings of the international convention on the harmonized commodity description and coding system, established under the auspices of, and managed by the world customs organization, supplemented with national or regional sub-headings adopted in accordance with agreements concluded and ratified by rwanda; " Ruburanisha mu rwego rw’ubujurire kandi bwa nyuma, mu buryo buteganyijwe n’amategeko, imanza zaciwe n’izindi nkiko. rufite ingereko zihariye zikorera mu mafasi anyuranye y’igihugu mu buryo buteganyijwe n’amategeko. "The high court shall hear on the first and last instances appeals against decisions taken in the council of the bar association as well as election petitions arising from the members of the organs of their association. " N0 amazina nomero z‟indangamuntu umukono 1. rev.rutezayombi theogene 1 1961 8 0002651 0 34 (sé) "Post i.v nbr level index gross salary (rwf/mont h) clerk 441 1 f 2869 1,613,167 " Ingingo ya 10 : uburenganzira bw’imikurire "Article 10 : right to grow " 2° gukurikirana ibijyanye n‟imicungire y‟umutungo wa khi ; 3° gukurikirana ibijyanye no gutanga akazi, gushyira abantu mu myanya, kuzamura finance; 6° the director of the library; 7° the director in charge of academic affairs and research; 8° the director in charge of education and students affairs. "3° gukurikirana ibijyanye no gutanga akazi, finance; 6° the director of the library; 7° the director in charge of academic affairs and research; 8° the director in charge of education and students affairs. " Utanga amafaranga ashobora kwanga guha ushyira imigabane ku isoko avansi y‟amafaranga keretse igihe azi neza ko ushyira imigabane ku isoko ashobora kuzishyura ayo mafaranga akayishyura yose uko yakabaye ku bafasha mu gukemura ibibazo byo kutishyura inguzanyo byavuka no kuri ba nyir‟imigabane ishingiye ku ngwate y‟umutungo bagahabwa uburenganzira bungana mu kwishyurwa cyangwa se hakaba hari abahabwa uburenganzira imbere y‟abandi mu kwishyurwa. "A liquidity provider may decline to advance sums to an issuer unless it is certain that such amounts are recoverable and payable in full from the issuer pari passu or in priority to credit enhancers and asset backed securities holders. " (e) umukozi wa leta agomba kuboneka kuri telefoni, imeyili n’igihe cyose akenewe n’umuyobozi cyangwa (2) the following conditions must be respected for a public servant to be authorised to work from home or from any other place: "(e) the public servant must be available on telephone, email and whenever his or her supervisor or the service (2) les conditions suivantes doivent être respectées pour qu’un agent de l’état soit autorisé à travailler à domicile ou en tout autre lieu: " (b) raporo y’ushinzwe cyangwa itsinda rishinzwe gucunga amasezerano isobanura ishingiro ry’izo impinduka ku masezerano; "(b) report of contract manager or contract management team explaining the adequacy of these changes to the initial contract; " Bitabangamiye ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, iyo usaba umurinzi ugendanwa ari umunyamahanga uba mu rwanda, agomba guha ikigo cy’abikorera gitanga serivisi z’umutekano inyandiko zikurikira: "Without prejudice to provisions of paragraph one of this article, if the applicant of a bodyguard is a foreigner but who resides in rwanda, the applicant must provide to the security provider the following documents: " Ishuri rikuru cyangwa ishami ryaryo, rishobora gufungwa by’agateganyo kubera imwe mu "An institution of higher learning or its faculty may be temporarily closed for any of the est créée par une loi. " Ingingo ya 33: inshingano yo guha umuguzi amakuru bitarenze igihe cyo gukora amasezerano y‟igurisha, ugurisha wabigize umwuga agomba guha umuguzi amakuru y‟ukuri kandi akenewe yerekeye imiterere y‟igicuruzwa cyangwa ya serivisi ndetse n‟ibisabwa mu masezerano hitawe ku buryo umuguzi yagaragaje ko akeneye amakuru kimwe n‟icyo yavuze ko azakoresha igicuruzwa cyangwa cyateganywa mu buryo bwumvikana. if the enterprise fails to respond within the required timeframe, the regulatory body may impose sanctions provided under this law or base on its decision to order such an enterprise to: "No later than the time of the conclusion of a sale contract, the seller must provide the consumer with correct and necessary information on the characteristics of the product or service and conditions of contract considering the need for information expressed by the consumer and given the reported use by the consumer or reasonably foreseeable use. si l‟entreprise ne répond pas dans le délai prescrit, l‟organe de contrôle peut imposer des sanctions prévues par la présente loi ou ordonner, sur base de sa décision, à cette entreprise de: " Urutonde rw’abanyamuryango bashyize umukono ku mategeko y’ishyirahamwe « i.i.r.u.r. » "«auto choice company» s.a.r.l statuts " Ibindi bisabwa kugira ngo umuntu abe umuyobozi w’umuryango, cyangwa awuhagararire imbere y’amategeko, n’uko abitakaza bikubiye mu mategeko ngengamikorere (kanoni) y’itorero angilikani mu rwanda. "Other requirements for being the leader of the organization or being its legal representative, and criteria for loss of leadership, are stated in the canons of the anglican church of rwanda " Ishingiye ku itegeko n° 87/2013 ryo kuwa 11/09/2013 rigena imikorere n’imitunganyirize y’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage; "Having reviewed law n° 87/2013 of 11/09/2013 determining the organisation and functioning of decentralized administrative entities; " Ufite uburenganzira bw'umushakashatsi ukora amoko y'ibihingwa, agomba guha uwahawe uruhushya rutegetswe igipimo gihagije cy'imbuto kijyanye no gukwirakwiza cyangwa gutubura kugira ngo akoreshe uruhushya rutegetswe rwo gukoresha ubwoko bw’igihingwa burinzwe yahawe ku buryo bukwiye. "The holder of the breeder’s rights must make available to the beneficiary of the compulsory license sufficient quantity of the relevant reproduction or propagating material necessary for the use of the compulsory license. " Umutwe wa ii: kwinjira mu murimo wa gisirikare n’imyitozo y’ibanze "Chapter ii: entry in military service and basic training " Ikigo gikora umurimo w’ubwishingizi buciriritse cyangwa umwishingizi utanga serivisi z’ubwishingizi buciriritse agomba kubika inyandiko zigaragaza uko yubahiriza ibiteganywa n’igika cya (1) igihe cyose izo serivisi zikiri ku isoko. when designing and developing a microinsurance contract, a dedicated microinsurer or insurer offering micro insurance products shall: "A dedicated microinsurer or insurer offering microinsurance products shall comply with the existing regulation on reporting requirements. un micro-assureur spécialisé ou assureur proposant des produits de micro-assurance doit se conformer au règlement existant sur les exigences des rapports. ingingo ya 66: igenzura ry’urwego rushinzwe ubugenzuzi " 1º uburezi bwo mu muryango; 2º uburezi bwo mu mashuri; 3º uburezi bw’abantu bakuru; 4º uburezi nkangurambaga. "1º l’éducation en famille; 2º l’éducation formelle; 3º l’éducation des adultes; 4º l’éducation informelle. " D. kugira ibikenewe bihagije n‟abakozi bahuguwe uko bikwiye kandi bafite uburambe busabwa bwo kumva no kugena agaciro k‟umurimo bakorera igenzura. and scope appropriate to the business which shall have: "D. sufficient resources and staff that are suitably trained and have relevant experience to understand and evaluate the business they are auditing. " Ingingo ya 61: igenzura ry'ibitabo n’inyandiko by’ububiko bw'ibicuruzwa "Article 61: inspection of records and documents of warehouses " Ahagenewe guturwa ubutaka bwateguwe bufite ibikorwaremezo by’ibanze 8 kugeza kuri 15 "Residential area serviced land with basic infrastructure 8 to 15 " Umutwe iv:inzego "Chapitre iv : leader " Iteka rya perezida rigena amakosa, uburyo bwo kuyakurikirana n’ibihano byo mu rwego rw’akazi. "A presidential order determines disciplinary faults, modalities for disciplinary proceedings and disciplinary sanctions. " 21° iyakirwa ry’inyubako: inyandiko nyir’imirimo avugamo ko yakiriye inyubako akagaragazamo ingingimira ku makosa yo gukosora iyo ahari; "21° acceptance of building works: document by which the client declares to accept the work and, where appropriate, with reservations on defects to be rectified; " Ishingiye ku itegeko n° 03/2002 ryo kuwa 19/01/2002 rishyiraho ikigo cy‟igihugu gitsura ubuziranenge; "Having reviewed law n°03/2002 of january 19, 2002 creating a national bureau of standards; " Agaciro k‟umutungo wawo, ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uzatangwa hakurikijwe ibitegenwa mu ngingo ya 23 ijyana n‟irangizwa. "And immovable assets and discharging current liabilities, the association‟s assets could be allotted as provided by the article 23 related to the liquidation. " Iyo nta mupfakazi cyangwa impfubyi zihari, ayo mafaranga ahabwa abamuzungura bemewe n’amategeko. "If the deceased does not leave behind any spouse or orphan, the death allowances are allocated to legally recognised successors. " Ingingo ya 75: guhanagura burundu ibirarane by’imisoro "Article 75: writing off tax arrears " (b) imodoka ziteranyirizwa mu rwanda; "(b) vehicles assembled in rwanda; " (d) andi makuru yose urwego rw’ubugenzuzi rusanga yafasha gusuzuma ubusabe cyangwa umwishingizi usaba asanga yashyigikira ubusabe bwe. "(f) any other information that the supervisory authority believes can help to assess the application or the applicant insurer believes may support its application. " Inkiko z’ibanze ntiziburanisha imanza zifi te agaciro k’amafaranga arenze umubare w’ayo zifitiye ububasha, bitewe n’ibirego cyangwa ibiregerwa byagiye biteranyirizwa hamwe. "Primary courts shall not try cases whose monetary value exceeds the amount of which they have jurisdiction due to claims or cumulative claims. " 4° ishuri: urwego rushamikiye kuri koleji ya ur rugizwe n’amashami atandukanye. ishuri kandi rishobora kuba ikigo gishamikiye kuri ur gitanga inyigisho zihariye; "4° school: an organ of a college of ur comprised of different departments. a school may also be a branch of ur offering specialized academic programmes; " Ubuyobozi bw'imisoro bwoherereza amabaruwa, amatangazo cyangwa ubundi butumwa umusoreshwa cyangwa umuntu ku cyicaro cye cyangwa aho atuye hazwi. "The tax administration sends letters, information or any other communication to the taxpayer or any other person at his or her official seat or known residence. " Umuhuza uwo ari we wese wirukanywe na banki nkuru cyangwa akirukanwa n’umwishingizi cyangwa umwishingizi w’abishingizi kubera ikosa cyangwa imigirire idahwitse mu rwego rw’imari ku buryo aba atagifite ubunyangamugayo n’ubushobozi ashobora guhanagurwaho ubusembwa na banki nkuru nyuma y’imyaka itanu ahawe igihano. "Any intermediary who was revoked by the central bank, or dismissed by insurer or reinsurer due to a financial fault/misconduct in a financial sector in such a manner that he/she is no longer fit and proper may be rehabilitated by the central bank 5 years after the sanction. " 18° indiri z’urusobe rw’ibinyabuzima zirinzwe: indiri z’urusobe rw’ibinyabuzima zibungabunzwe cyane n’izifite agaciro kanini ku rwego rw’igihugu cyangwa urwo arirwo rwose; 19° minisitiri: minisitiri ufite urusobe rw’ibinyabuzima mu nshingano ze; "18° protected ecosystems: ecosystems that are of high conservation value or of high national importance or of any other importance; " Guhindura cyangwa kwigana inoti n’ibiceri bikorwa na bnr, inoti n’ibiceri bikorwa n’ubundi butegetsi bw’ifaranga bwo mu mahanga, kimwe no kwinjiza mu gihugu, all monetary obligations or transactions entered into or made in the republic of rwanda are considered to be expressed and settled in rwandan franc unless otherwise provided for by laws or it is lawfully agreed upon between the parties. "Counterfeiting or forgery of banknotes and coins issued by nbr or any other foreign monetary authority, as well as the introduction, use, sale, hawking and the distribution of such toutes les obligations monétaires ou transactions conclues ou faites sur le territoire de la république du rwanda sont réputées être exprimées et réglées en francs rwandais, sauf dispositions contraires prévues par les lois ou s’il est légalement convenu entre les parties. " Ingingo ya 45: igihe igihano cyo kwamburwa uburenganzira mboneragihugu gishobora gutangwa "Article 45: circumstances in which the penalty of deprivation of civic rights may be imposed " B) umubitsi w’impapurompamo wungirije n’umukozi ufite mu nshingano ze iyandikisha ry’ubutaka n’ibijyanye n’amategeko mu ifasi y’iyandikisha ry’ubutaka igihe umubitsi 1° a civil servant in charge of the office of notary in the ministry; "B) deputy registrar of land titles and an officer in charge of land registration and legal affairs within the land registration area in the absence of the deputy registrar; 1° un agent de l’etat ayant la fonction de notaire dans ses attributions au sein du ministère; " 1 º gukorera ahantu hubahirije ibijyanye n’ubuzima n’umutekano ku kazi; "1 º to work in an environment where health and safety in the workplace are guaranteed; " 3° amafaranga y’igihano kubera kudaha inyandiko umwanditsi mukuru mu gihe giteganyijwe n’iri tegeko. "3° penalty fees for failure to deliver a document to the registrar general within the time prescribed by this law. " Article 39: corporate directorship article 39 : direction d‟entreprise abakozi ntibagomba gusaba kuba mu nama y‟ubutegetsi y‟ikigo. umukozi ntagomba gukora nk‟uri mu nama y‟ubutegetsi w‟indi sosiyete atabyemerewe n‟inama y‟ubutegetsi. abakozi bari mu nama z‟ubutegetsi batarabyemerewe bagomba kubisaba vuba, niba bifuza kuguma gukora nk‟abari mu nama y‟ubutegetsi bw‟ibindi bigo. staff members shall not solicit corporate directorships. a staff member shall not serve as a director of another corporation without approval of the board of directors. staff members who hold directorships without such approval must seek approval immediately, if they wish to remain as directors of other corporations. "Ingingo ya 41: gukoresha nabi umwanya w’umurimo abayobozi, abayobozi bakuru n‟ubuyobozi an employee should not serve as a director of another corporation without approval of the board of directors (or chief executive, in case of foreign banks). employees who hold directorships without such approval must seek approval immediately, if they wish to remain as directors of other corporations. " Iyo umukozi wa leta yapfuye, urwego rwa leta yakoreraga rworohereza urugendo abakozi ba leta bakoranaga mu buryo bukwiye, hashingiwe ku mubare w’abakozi b’urwego bahawe uruhushya rwo kwitabira imihango yo gushyingura. "In case of death of a public servant, his or her employing state organ provides an appropriate transportation facilitation to workmates of the deceased public servant basing on the number of public servants given permission to participate in funeral ceremonies. " 5° kumenya ibikubiye mu mategeko ngengamyitwarire y’ishuri no kubyubahiriza; article 9: conduct of a teacher with regard to the community "1º to provide the child with quality education and ensure his or her development; article 5: responsabilités de l’état dans l’éducation " Iteka rya perezida nº123/01 ryo kuwa 15/12/2011 ryemeza burundu amategeko ashyiraho ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu zisubira (irena) yashyizweho umukono i bonn kuwa 26 mutarama 2009 "Presidential order nº123/01 of 15/12/2011 ratifying the statute establishing the international renewable energy agency (irena) signed in bonn on 26 january 2009 " Inyandiko ndangabikorwa igomba kuba igaragaza amakuru akurikira yerekeye amafaranga yakoreshejwe: "An information memorandum shall provide the following information on expenses: " Umugereka wa ii w’iteka rya minisitiri no 001/07.01 ryo ku wa 17/01/2017 rishyiraho uburyo n’inzira bikurikizwa mu guhindura izina "Annex ii to ministerial order no 001/07.01 of 17/01/2017 establishing modalities and procedures for change of name " Bitarenze igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri makuru, buri shuri rikuru rishyikiriza minisitiri ufite amashuri makuru mu nshingano ze inyandiko zikurikira: "Before the end of the first term of an academic year, each higher learning institution shall submit the following documents to the minister in charge of higher education: "  gutegura no kugeza ku nteko rusange mu nama yayo isanzwe raporo y‟ibyakozwe n‟umuryango. " prepare and present the activity report to the general assembly during its ordinary session. " Kujya mu butumwa bw’akazi imbere cyangwa hanze y’igihugu byemezwa n’umuyobozi mukuru wa naeb. umuyobozi mukuru wa naeb ajya mu butumwa bw’akazi byemejwe n’urwego rubifitiye ububasha. "Official missions within the country or abroad are approved by the chief executive officer of naeb. official missions of the chief executive officer of naeb are approved by the competent authority. " 27º ukwatira: amasezerano umuntu ufite ubukode burambye cyangwa inkondabutaka agirana n’undi akamwemerera gukoresha ubutaka bwe amaze kumuha icyatamurima bumvikanyeho; "27º sub-lease: a contract between a holder of an emphyteutic lease or freehold and another person so that the latter may exploit the former’s land in return for payment of an agreed fee; " Uretse igihe agaragaje impamvu ikomeye yamuzitiye, umuntu wahohotewe cyangwa abafite uburenganzira ku ndishyi batakaza uburenganzira ku ndishyi iyo barengeje igihe cy‟imyaka ibiri (2) kibarwa bahereye igihe ihohoterwa ryabereye batarageza inyandiko y‟ubusabe ku rwego rushinzwe gutanga indishyi. "Unless there is a reasonable ground, the grievances concerning aggression to the victim or a person with the right to damages shall be null and void if a period of two (2) years elapses from the day of aggression without filing a related request to the department in charge of compensation. "  mgr kayinamura samuel : umwepiskopi n’umuvugizi w’itorero methodiste libre mu rwanda  rev. munyandame daniel : umuvugizi wungirije w’itorero methodiste libre mu rwanda  bwana serugo singaye jeremie : umunyamabanga nshingwabikorwa w’itorero methodiste libre mu rwanda  rev. mushimiyimana casmir : umwanditsi w’inama y’ikirenga  rev. muhoza josue  rev. mushimiyimana simeon  rev. sebagabo cyprien  rev. rwihaniza jonas  rev. nzayibonante evariste  bwana nsabimana emmanuel official gazette nº 35 of 02/09/2013 "Name of the organization: the pentecostal church of rwanda – adepr church headquarters /address: kimihurura, gasabo legal representative: ndayizeye isaie deputy legal representative: rutagarama eugène legal personality n°: 03/07 " Ingingo ya 25: imirimo itabangikanywa no kuba umukomiseri ingingo ya 26: uko umukomiseri ava ku murimo "Article 25: incompatibilities with being a commissioner article 26: removal from office of a commissioner " Banki nkuru ishobora gutegeka umuhuza mu bwishingizi wigenga uri mu itsinda ry’ibigo by’imari gutanga raporo ya konti ikomatanyije ndetse n’andi makuru yerekeye imiterere y’itsinda ndetse n’y’ibyo rigura n’ibyo rigurisha. "The central bank may require an insurance broker belonging to a group to submit its consolidated accounts and other information relating to group structure and transactions. " Umukoresha yiyandikisha mu buyobozi bw’ubwiteganyirize mu gihe cy’iminsi irindwi (7) y’akazi ikurikira itariki yahereyeho umukozi wa mbere akazi akoresheje inyandiko yabugenewe. "An employer applies for registration with the social security administration within seven (7) working days following the date of employment of the first employee, using a prescribed form. " Igihe abikoze ku bw’ububuraburyo, uburangare, ubushishozi buke, umwete muke, kudakurikiza amabwiriza cyangwa ubundi buteshuke bwose, igihano kiba igifungo kitari munsi y’amezi abiri (2) ariko kitageze ku mezi atandatu (6) mu gihe cy’amahoro. iyo abikoze mu gihe cy’intambara, igihano kiba igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2). "If he/she engages in such acts due to clumsiness, negligence, carelessness, lack of attention, failure to observe the rules or through any other default, the applicable penalty is an imprisonment for a term of not less than two (2) months but less than six (6) months, in peacetime. if he/she commits the offence in wartime, the applicable penalty is imprisonment for a term of not less than one (1) year and not more than two (2) years. " (sé) dr. habumuremyi pierre damien premier ministre (sé) murekezi anastase minisitiri w‟abakozi ba leta n‟umurimo "(sé) dr habumuremyi pierre damien prime minister (sé) murekezi anastase minister of public service and labour " 14° serivisi y'ubwishingizi bw'ibijyanye n'ubuhinzi; a regulated collective investment scheme; "17º fund: a collective investment scheme; " Amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ni amatora y’inzego z’ubuyobozi ku rwego rw’umudugudu, akagari, umurenge, akarere n’urw’umujyi wa kigali. "Election of leaders at local administrative level shall be at the level of village, cell, sector district and the city of kigali " Amategeko ngengamikorere ya rcs agena umwanditsi w’inama mpuzabikorwa. "The standard operating procedures of the rcs designate the rapporteur of the coordination council. " Ingingo ya 7: isakwa ry’ibinyabiziga bikoresha moteri n’abantu babirimo "Article 7: search of motor vehicles and passengers on board " 2° akore imirimo ya politiki. "2° carry out political activities " 5° gushyiraho gahunda no guhuza ibikorwa byo kwigisha, gukangurira no guhugurira abakozi b’ikibuga cy’indege n’abaturage basanzwe ku bijyanye n‘umutekano w’ikibiga cy‘indege. "5° to prescribe and coordinate security education, awareness and training of airport and other staff and general public on airport security. " 2° kumenya ko gahunga z’amashuri zakozwe, ibiteganijwe byose bigerwaho, disipulini yubahirizwa kandi n’ibikoresho byose bikoreshwa neza akanabitangira raporo ya buri kwezi n’uburyo bwo gupima imikorere birimo ibyakoreshejwe, ibyagezweho, ingaruka "2° ensure that all the police schools’programs are executed, targets set and met, discipline maintained and all resources prudently managed and well used through monthly reports and performance logframes indicating inputs, outputs, impacts and clearly set dans la région ; " -gutegura no gusinya amasezerano rusange n’izindi nzego zose bireba mu rwego rwo kugira ngo umwuga wacu ukorwe neza. "- promote and develop partnership system with other leagues relate with our main objectives nationally and internationally in order to make strong and last forever for our association. " Biyemeje ko, nubwo bakomeza kwishimira ubutandukane bw’amatorero yabo n’amateka yabo, amatsinda y’abamisiyoneri mu karere k’ibiyaga bigari yiyemeje kurenga uruhare rwabo mu gukwirakwiza ubutumwa bwiza n’inkuru nziza, bakongera kwiyunga, mu kwakira ibiterane by’impemburo. "Convinced that while remaining proud of their different church backgrounds and their own history, the missionary group in the great lakes region is determined to continue spreading the gospel, building unity and cooperation among themselves, and to holding regular spiritual meetings for the strengthening and encouragement of the evangelical missionary community. " Atarishyura n’umusoro cyangwa se atarigeze asaba ko igihe cyo kwishyura kigizwayo, cyangwa kwigizayo igihe cyo kwishyura atarabyemerewe, urwego rw’ibanze bireba rufite uburenganzira bwo gutangiza ibikurikizwa mu kugaragaza no kwishyuza imisoro itarishyuwe. "If by the due date, the taxpayer has not yet filed a tax declaration, and paid the tax or has not applied for tax deferral, or the tax deferral was not granted, the concerned decentralized entity shall have the right to start procedures to identify and recover unpaid taxes. " Umushinjacyaha uyobora ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye ayobora kandi akabazwa imikorere y’ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye no ku rwego rw’ibanze bwo mu ifasi ayobora. 3° to make follow-up on the functioning of the general secretariat; "The chief prosecutor at the intermediate level is responsible and answerable for the functioning of the public prosecution at intermediate and primary levels within the territorial jurisdiction under his/her supervision. 3° faire le suivi du fonctionnement du secrétariat général ; " 7° kumenya niba amafaranga y’ubusabe n’andi ateganyijwe yaratanzwe. article 2: modalities used by plant variety registrar to test plant variety for protection "Article 2: modalities used by plant variety registrar to test plant variety for protection " Umuntu wese ukekwaho n’ukora iperereza kuba afite uburenganzira ku nyandiko zikubiyemo cyangwa zishobora kuba zikubiyemo amakuru iperereza rivugwa muri iyi ngingo ribona ko ari ingenzi, cyangwa ukekwaho kuba afite ayo makuru cyangwa ayafiteho uburenganzira, agomba: "Any person who is reasonably suspected by the investigator to have under his/her control any document which contains, or which is likely to contain, information relevant to the investigation under this article, or who is so suspected by the investigator of otherwise having such information in his possession or under his control, must: " 7 º udatanga raporo z’ibikorwa bikemangwa kandi imiterere y’ibyo bikorwa yatumye hakekwa ko amafaranga yaba yaraturutse kuri kimwe mu byaha bifitanye isano n’iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba; "7 º does not submit the suspicious transactions report, despite the fact that the circumstances of the transactions lead to deduce that the funds could come from one of the offences related to money laundering and to terrorism financing; " Ingingo ya 10. umuntu arorera kwitwa umunyamuryango byuzuye iyo : -asezeye mu muryango ku bushake bwe kandi akaba yarabyandikiye inama rusange , ikabyemeza mu gihe kitarenze amezi atatu. iyo icyo gihe kirenze , isezera rye riba ryemewe nta nshiti . "Article 10. the effective membership is lost by : -voluntary resignation in writing addressed to the general assembly and accepted by it within a period not exceeding three months. after this time, the resignation is automatically acquired . " Uhereye iburengerazuba ugana iburasirazuba, urubibi rw’amajyepfo y’akarere ka kicukiro ruhuye n’urubibi rw’amajyepfo y’umujyi wa kigali kuva aho umurenge wa mageregere wo mu karere ka nyarugenge, umurenge wa gahanga wo mu karere ka kicukiro n’umurenge wa ntarama wo mu karere ka bugesera ihurira ku kagera kugera aho akagezi ka rugende kisukira mu kagera aho akarere ka kicukiro, ko mu mujyi wa kigali n’uturere twa rwamagana na bugesera two mu ntara y’iburasirazuba duhurira. "From east to the west, the southern boundary of kicukiro district meets the southern boundary of the city of kigali where mageregere sector in nyarugenge, gahanga sector in kicukiro district and ntarama sector in bugesera district meet at river akagera up to where rugende stream pours into river akagera where kicukiro district, in the city of kigali and rwamagana and bugesera districts in the eastern province meet. " 1° ikomatanya ry’ibigo bibiri cyangwa birenga bikavamo ikigo cyihariye; "1° a merger of two or more entities into a separate entity; " Gusaba ko ihindurwa rivugwa muri iyi ngingo bishyikirizwa umwanditsi mukuru mu gihe cy’iminsi icumi (10) y’akazi ikurikira ifatwa ry’icyemezo cyo guhindura: "An application for change of status under this article there is delivered to the registrar general within ten (10) working days of the resolution to change status: " (1) ibyemezo by’inama y’inama y’ubuyobozi ya loda bishyirwaho umukono n’abayigize inama ikirangira, kopi yabyo ikohererezwa minisiteri ifite imibereho myiza mu nshingano mu gihe kitarenze iminsi itanu. "(1) resolutions of the meeting of the board of directors of loda are signed by its members immediately after the end of the meeting, and a copy thereof is sent to the ministry in charge of social affairs within five days. " Guhererekanya urushya na none kandi niba uteganyijwe kwegurirwa uruhushya yujuje ibisabwa byose kugira ngo aruhabwe. "Transfer and if the proposed transferee meets all the conditions to be granted the relevant license. " Ashingiye ku iteka rya perezida n° 71/01 ryo kuwa 08/07/2002 rigena imiterere n'imitunganyirize y'ingabo z'igihugu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya mbere n'iya 2; "Pursuant to the presidential order nº 71/01 of 08/07/2002 establishing the structure and organization of the rwanda defence forces, especially in articles one and 2; " Igice cya kabiri: ingingo ya 7: abanyamuryango umuryango ugizwe n‟abanyamuryango bawushinze, abanyamuryango bawinjiyemo bagaragaza ko bemera ukwemera kw‟itorero rya metodisiti mu rwanda n‟amategeko yihariye yaryo, n‟abanyamuryango b‟icyubahiro. abanyamuryango nyakuri b‟umuryango ni abashinze umuryango n‟abawinjiyemo. "Chapter two: art.7: members the association is made up of the founder members, adherent members who believe in methodist church in rwanda doctrine, and its internal rules, and honorary members. the effective members of the association are the founders of the association and the adherents members. " Ix. itariki inoti yakoreweho: 01.02.2019. "Ix. the date of issuance: 01.02.2019. " 7° umwe mu bayobozi bakuru b’ibitaro by’intara; "7° one of the director general of a provincial hospital; " Ibarura ry‟umutungo w‟umuryango rikorwa n‟abo inteko yashinze uwo murimo hakurikijwe ubwiganze bwa 2/3 by‟amajwi. ishyirwaho ry‟abashinzwe kurangiza iseswa ry‟umutungo rivanaho nta mpaka abagize inama y‟ubuyobozi. "Team to ensure liquidation of the organization upon approval of 2/3 of members. this nomination shall terminate the mandate of the executive committee. " Bwana nkuranga joseph agizwe umuyobozi ushinzwe imicungire yʼabakozi mu nteko ishinga amategeko/umutwe wa sena. "Mr. nkuranga joseph is hereby appointed director of human resources in the parliament/ chamber of senate. " Sitati z‟ikigo mpuzamahanga mu by‟ingufu atomike zashyiriweho umukono i new york, kuwa 23 ukwakira 1956 zemejwe burundu kandi zitangiye gukurikizwa uko zakabaye. "The statute of international atomic energy agency signed in new york, on 23 october 1956 is ratified and becomes fully effective. " Gihanishwa guhagarikwa kugeza kibonye uruhushya n’ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni ebyiri (2.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 "It is liable to a sanction of suspension until it is granted a licence and to an administrative fine of not less than two million rwandan francs (frw 2,000,000) but not more than five million rwandan francs (frw 5,000,000). " 1° kubanza kumenyesha urwego rw’ubugenzuzi ibyerekeranye n’itangwa ry’ububasha no gusaba ko rubanza kubyemera; "1° ensure that the regulatory authority is notified of the delegation arrangements and seek its non- objection; " Ku bidateganijwe muri aya mategeko shingiro, umuryango uziyambaza itegeko rigena imiryango idaharanira inyungu, amategeko agenga abakorerabushake n‟amategeko ngengamikorere yemejwe n‟inteko rusange. "For what is not provided for in this current constitution, the association will refer to the law regulating the non profit making associations, code of the volunteers and the rules of internal order adopted by the general assembly. " 5° guhagarika cyangwa kwemeza ihagarikwa ry‟abapiganira amasoko ya leta. "5° to suspend or approve the suspension or debarment of bidders from participating in public procurement. " Icyiciro cya 4: kugarura ibyatanzwe "Section 4: rachat " 12º“serivisi mbumbe ku bukerarugendo” : uburyo umuntu utanga serivisi mu rwego rw’ubukerarugendo ategura serivisi shall be regarded as provided in rwanda if the services provider: "12° “all inclusive tour package”: arrangement whereby a tour operator organizes a service package of necessary services such as sont considérés comme étant prestés au rwanda lorsque le prestataire : " Ingingo ya 4: gushishikariza undi gukora jenoside "Article 4: incitation à commettre le génocide " Umukozi wa leta, agomba: "A public servant must: " Ishyirahamwe ryiyemeje intego zikurikira:  gufata neza ibikorwa remezo byo mu gishanga cya nyarubogo; "The association shall have the following objectives:  to promote the welfare of human being; " (c) gusaba inteko rusange kwemeza iyakirwa cyangwa isezererwa ry’umunyamuryango wa rwabia; "(c) propose the general assembly admission or exclusion of the member of rwabia; " Ingingo ya 23: komite ishinzwe gucunga ibyateza ingorane "Article 23: the risk management committee " Umusirikare wese usezerewe kubera impamvu z’ubumuga ahabwa pansiyo y'ubumuga nk'uko biteganywa n’itegeko rigenga ubwiteganyirize bw'abakozi. "Any military personnel discharged on medical grounds is entitled to the disability benefits in accordance with social security laws. " (iii) iminsi y’akazi n’amasaha y’akazi; "(iii) the working days and business hours; " Umwarimu ntashobora kuva mu mujyi wa kigali cyangwa mu karere ngo yimurirwe ahandi, mbere y’uko umwaka w’amashuri urangira. icyakora, umwarimu ashobora kwimurwa atabisabye, bikozwe n’umuyobozi w’umujyi wa kigali cyangwa w’akarere, hagati mu mwaka w’amashuri ku bw’inyungu z’akazi. "A teacher cannot be transferred from the city of kigali or a district to another before the end of the school year. however, a teacher may be transferred by the mayor of the city of kigali or the mayor of the district in the course of the school year, without his or her request, in the interest of service. " Ingingo ya 5: imirimo y’ubuforomo "Article 5: nursing activities " « l‟autorisation spéciale de circulation/communauté economique des pays des grandslacs» ruhabwa abanyarwanda cyangwa abanyamahanga bafite uruhushya rwo kuba mu rwanda. « l‟autorisation spéciale de circulation/communauté economique des pays des grands lacs» rufasha urufite kujya mu bihugu bigize umuryango wa cepgl. "“l‟autorisation spéciale de circulation/communauté economique des pays des grands lacs” shall be issued to a rwandan or to a foreigner in possession of rwandan residence permit. « l‟autorisation spéciale de circulation/communauté economique des pays des grands lacs» allows the holder to travel to cepgl member states. " Iyo hari uweguye ku bushake cyangwa abisabwe n’inteko rusange cyangwa iyo umwe mu bagize komite nyobozi yitabye imana manda ye 2. nomination and revocation of the executive committee; 3. determination and approval of the activities of the organization; "In case of voluntary or forced resignation pronounced by the general assembly, of the death of a member of the executive committee in the course of the 2. nomination et révocation des membres du comité exécutif ; 3. détermination des activités de l’organisation ; " Ucunga ikigega ashobora, byemejwe n’urwego rw’ubugenzuzi, gusesa ku bushake ikigega hakurikijwe ibiteganywa n’amabwiriza ashyirwaho n’urwego rw’ubugenzuzi. "The operator may, subject to the approval of the regulatory authority, winds up the cis in accordance with the provisions of regulations issued by the regulatory authority. " Ibirimo/summary/sommaire urup/page "Ibirimo/summary/ page/urup. " Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda. especially in articles 62, 66, 67, 88, 89, 90, 92, 93, 94, 95, 108, 189, 190 and 201; "This law shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. spécialement en ses articles 62, 66, 67, 88, 89, 90, 92, 93, 94, 95, 108, 189, 190 et 201; " Kohereza umuntu ufunzwe mu gihugu cy’amahanga bikorwa gusa iyo yabyemeye mu nyandiko cyangwa ubundi buryo bwemewe n’amategeko. iyo atabyemeye, ntashobora kubiha nirwa cyangwa kubihatirwa. "The transfer of a person in custody to a foreign state can only be made with his or her consent in writing or any other means provided by law. if he or she does not consent to the transfer, he or she is not liable to any penalty or measure of compulsion. " 8° amafaranga aturuka mu bafatanyabikorwa; "8° fees from partners; " Duwaye akaba n‟umuvugizi wungirije wa provensi y‟itorero angilikani mu rwanda (pear) (sé) bishop bilindabagabo alexis "Dean and deputy legal representative of the province of the anglican church of rwanda (pear) (sé) bishop bilindabagabo alexis " Ingingo ya mbere: hakurikijwe amategeko agenga imiryango idaharanira inyungu mu rwanda, hashyizweho umuryango udaharanira inyungu witwa « power of prayer church in rwanda», ari wo witwa « itorero » mu ngingo zikurikira. igihe itorero izamara ntikigenwe. "Article one: in accordance with the legal provisions enforced by the republic of rwanda, relating to non profit making associations, it is hereby established a non profit making association to be known as “power of prayer church in rwanda” designated hereinafter “the church”. " Inama y’abaminisitiri iterana rimwe mu byumweru bibiri, ku wa gatatu. ishobora guterana ku wundi munsi uwo ari wo wose, mu nama idasanzwe, mu gihe bibaye ngombwa. "The cabinet shall convene once in two weeks, on a wednesday. however, the cabinet may convene on any other day of the week for an extraordinary session when necessary. " 1° ryarumye cyangwa ryariye inzara umuntu nta mpamvu igaragara mu buryo bunyuranije n’ingeso zayo zari zisanzwe; "1° it bites or scratches a human being without any sound reason which could led to its behavioural change; " Ingingo ya 50: kwemeza no guhamya ukuri kw’imikono y’amasezerano arebana n’umutungo utimukanwa "Article 50: authentication of signatures on contracts related to immovable property " Ingingo ya 6: kode z’amabara y’ibendera n’ay’ikirangantego "Article 6: codes of colors of the flag and the logo " -gufasha urubyiruko rutishoboye kwihangira imirimo no kwibumbira mu mashyirahamwe abyara inyungu; -gutegura no gushyira mu bikorwa za porogaramu ziboneye zo kwigisha abana b‟imfubyi n‟abandi bana batishoboye imyuga statuts:\«association centre marembo» ( asbl) "-to empower the youth with entrepreneurial and income-generating skills to help the youth to start small businesses; -empowering street children and other vulnerable with different skills related to income generating activities in order to fight against poverty and official gazette nº 48 of 29/11/2010 " Quater iteye ku buryo bukurikira: "Quater is inserted to read as follows: " Amazina y’ukodesha cyangwa ay’abakodesha inomero z’ikiranga ukodesha imigabane (%) amazina y’uhagarariye abandi (aho bikenewe) aho ukodesha cyangwa uhagarariye abandi abarizwa 1. "Names of concessionaire (s) number of identification document shares (%) names of the representative (where applicable) residence address of the concessionaire or of the representative 1. " 3° guhagararira sfb imbere y‟amategeko; "3° to represent sfb before the law; " 4° zaciwe n’inteko itubahirije umubare ugenwa n’amategeko; "4°is subject to a disqualification by a court’s order; " Uwahawe uruhushya cyangwa nyiri sitasiyo cyangwa ibikorwaremezo by’ahagemurwa ibikomoka kuri peteroli agomba kumenyesha urwego ngenzuramikorere mbere y’iminsi cumi n’itanu (15) ngo sitasiyo ikoreshwe. "The licensee or owner of the service station or bulk fuel delivery must notify the regulatory authority fifteen (15) days before decommissioning of the service station. " Umunyamahanga usaba gukora imirimo y’ubuhanga mu guhanga inyubako cyangwa imirimo y’ubuhanga mu by’ubwubatsi mu rwanda, agomba kuba yujuje ibi bikurikira : "A foreigner who applies for the authorization to practice the architecture or engineering profession in rwanda must fulfill the following conditions: " (1) imyenda yose yahawe umuntu ufitanye isano na banki nta na rimwe igomba kurenga 5% by’imari shingiro bwite ya banki. "(1) the total exposure to a bank related party shall not, in any case, exceeds 5% of the core capital of the bank. " Imbuto zinjiye mu gihugu zitujuje ibisabwa zisubizwa aho zaturutse cyangwa zigasenywa. ikiguzi cy’isenya cyishyurwa na nyirazo. "Seeds that have been imported contrary to the requirements are returned to the country of origin or be destroyed. the cost of destruction is met by the importer. " Umuntu, ishyirahamwe, sosiyete, koperative, umuryango utari uwa leta bifite ubuzima gatozi cyangwa ikigo cya leta bashobora guhabwa uburenganzira kugira ngo bacunge ishyamba ry’akarere. "An individual, association, company, cooperative, non-governmental organization having legal personality or a government institution may be granted the right to manage a district forest. " Uwahawe uruhushya rwo gucukura amabuye y‟agaciro muri mine nini ashobora gusaba minisitiri uruhushya rwo kugira ibyo ahindura kuri gahunda y‟ubucukuzi na gahunda yo kubungabunga ibidukikije yemejwe. minisitiri ashobora kwemeza izo mpinduka ashingiye ku mpamvu zemejwe, kandi agakora ivugurura ry‟uruhushya rwogucukura amabuye y‟agaciro muri mine nini bibaye ngombwa. "The holder of a large-scale mining licence may apply to the minister to make some amendments to the approved programme of mining operations and the approved environmental management programme. the minister may, basing on agreed terms and conditions, approve such amendments and amend the large-scale mining licence where necessary. " 5.000.000 frw 4.000.000 frw 3.000.000 frw 1.000.000 frw 1.000.000 frw 8 kutagira uburyo bwo gutanga amakuru bufasha mu kugenzura, gusesengura no gukora raporo ku bikorwa bikemangwa. "5,000,000 frw 4,000,000 frw 3,000,000 frw 1.000.000 frw 1,000,000 frw 8 failures to put in place an information system to monitor, analyze and generate reports on suspicious transactions. " Icyiciro cya 2: inshingano yo kubahisha ministerial instructions n°004/moj/act.2015 of 02/11/2015 "Section 2: obligations to the profession instructions ministerielles n°004/moj/act.2015 du 02/11/2015 " Birabujijwe gukoresha intoki ku kintu cyose cyikaraga nk’iminyururu cyangwa ikamba bituma icyuma kimwe gikaraga ikindi mu gihe moteri y’imashini zakirizwa ahantu hamwe ihagaritswe. "It is prohibited to use bare hands at any rotating object like release lever or engine belt in case the engine of chain machines is shut down. " (11) umukiriya agaragara nk’udaterwa impungenge n’ibiguzi by’ibikorwa by’ubucuruzi biri hejuru y’ibisanzwe. "(11) the customer exhibits a lack of concern about higher-than-normal transaction costs. " “ushinzwe imikoreshereze”: ikigo gishinzwe imikoreshereze cyangwa imicungire y‟uburyo bwo kwishyurana; "2. ""bureau"": micro finance institutions, an establishment, a service outlet as well as an automated teller machine; " 9° igitabo cy’amasosiyete: igitabo cyangwa ubundi buryo bw’ikoranabuhanga bibikwa n’umwanditsi mukuru byandikwamo ibintu byose by’isosiyete biteganywa n’iri tegeko cyangwa andi mategeko ; "9° register of companies: a register or any other electronic record kept by the registrar general, into which all the matters concerning the company that are prescribed under this law or other laws are entered; " 2° makumyabiri na bane (24) b’abagore batorwa n’inzego zihariye hakurikijwe inzego z’imitegekere y’igihugu ; "2° twenty- four (24) women elected by specific councils in accordance with the state administrative entities; " 3° gukurikirana mu rwego rw’imari n’ubutegetsi, ibifasha abasenateri kugera ku nshingano zabo; "3° to monitor activities meant to financially and administratively support the senators to discharge their duties; " Iyo umwanzuro woherejwe hatifashishijwe ikoranabuhanga umwanditsi agasanga wuzuye awushyiraho umukono akanawuteraho kashi yemeza ko awakiriye n’itariki awakiriyeho; kopi yawo akayiha ababuranyi bose, naho umwimerere ukabikwa muri dosiye. "When submissions are submitted by means other than the use of technology and the registrar finds them complete, he or she signs, stamps and dates them in acknowledgment of receipt and gives a copy to all parties while the original is kept in the file. " (3) mu gihe amasoko agabanijwemo ibyiciro, inyandiko y'ipiganwa itanga ibisobanuro birambuye ku byerekeye imikoreshereshe yabyo article 39: preparation of the tender document in one language "(3) in case of tender divided into lots, the tender document provides more details on their use and bidders should have the option to bid for one article 39 : préparation du dossier d’appel d’offres en une seule langue " Umwarimu wifuza gusaba kwimuka ava mu mujyi wa kigali cyangwa akarere ajya ahandi, cyangwa guhindura ikigo cy’ishuri atanga ibi bikurikira: 4° guidance and counselling; "A teacher who wishes to apply for transfer from the city of kigali or a district to another or transfer to another school submits the following: 4º orientation et conseils; " 1° director generals na chief digital officer bagenerwa buri wese amafaranga y’u rwanda ibihumbi mirongo irindwi (70.000 frw) y’itumanaho rya telefoni yo mu biro n’amafaranga y’u rwanda ibihumbi mirongo irindwi (70.000 frw) y’itumanaho rya telefoni igendanwa buri kwezi; "1° director generals and chief digital officer are each entitled to seventy thousand rwandan francs (frw 70,000) per month for office land line communication allowance and seventy thousand rwandan francs (frw 70,000) per month for mobile phone communication allowance; " 2° gushyiraho uburyo impushya zitangwa n’uburyo igenzura rikorwa, mu rwego having reviewed the decree law n° 43/76 of 01/12/1976 on the organization of the postal service; "2° to establish a licensing and regulatory framework in support of national policy revu le décret-loi n° 43/76 de la 01/12/1976 portant organisation du régime postal ; " Nta na rimwe itegeko ngenga rivuguruza itegeko nshinga; nta n'ubwo itegeko risanzwe cyangwa itegeko-teka rivuguruza itegeko ngenga, cyangwa se ngo iteka cyangwa amabwiriza bivuguruze itegeko.” "An organic law shall not be inconsistent with the constitution. neither shall an ordinary law or a decree-law be inconsistent with an organic law nor shall an order or regulation be inconsistent with a law”. " Umucungagereza bitewe n’ikosa yakoze mu kazi ashobora gusezererwa n’urwego rutanga akazi hatitawe ku cyemezo cy’urukiko ahubwo hashingiwe ku buremere bw’ikosa ry’akazi. "A prison guard depending on the gravity of offence commited during service may be suspended without putting into consideration any court decision, but rather basing on gravity of mistake in the service. " Mu mategeko ngengamikorere y’ubwiteganyirize bwa pansiyo bw’ubushake hagomba kuba harimo nibura ibi bikurikira: "Voluntary scheme rules of procedure shall include at least the following: " Amabwiriza yose umuyobozi w’urwego cyangwa inama y’ubuyobozi baha umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga imari n’umutungo bya leta afite ingaruka ku mari agomba kuba yanditse. "Any directive having financial implications that is given to the chief budget manager by the executive head or board of directors must be in writing. " Ingingo ya 37: umutungo w’umuryango ushingiye ku idini nyuma y’uko useswa "Article 37: property of a religious-based organisation after its dissolution " 4º kayitesi deborah, ufite nomero ya matirikire rcs 1825; "4º kayitesi deborah, whose matriculation number is rcs 1825; " 1° amahame ngenderwaho: amahame ubugenzuzi bugenderaho yemewe hose kandi akubiyemo imikorere, ibikurikizwa n’amabwiriza y’ubugenzuzi ari byo : "1° standards: internationally recognized principles which include auditing practices, procedures and guidelines, namely: " Balearica regulorum 7. intashya swallow hirondelle hirundinidae 8. ikijwangajwanga arrow-marked babbler "Blood donor recorders rcbt-ruhengeri blood donor recorders rcbt-ruhengeri 2 " Ufite iyi viza ashobora kwemererwa kwinjira inshuro nyinshi ariko ntiyemerewe gukora. ufite iyi viza kandi ntiyemerewe kuyihindura kugira ngo ahabwe uruhushya rwo kuba mu rwanda. "The holder of this visa may be allowed multiple entries but shall not be allowed to work and change his/her status to acquire a residence permit. " 10° amafaranga aturuka ku bukode no ku igurishwa ry’ubutaka bw’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage; "10° funds obtained from rent and sale of land of decentralized entities; " Ingingo ya 9: inshingano za minisiteri ishinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri "Article 9: responsibilities of the ministry in charge of cabinet affairs " 8° indi mpamvu yakwemezwa n’urukiko. "8° other reason approved by the court. " Abofisiye komiseri bavuye burundu ku murimo w’ubucungagereza kubera izabukuru, bemererwa gukomeza kwambara imyenda y’abacungagereza n’amapeti bari bagezeho ku minsi mikuru ya leta. "Article 63: honour for a retired commissioned officer the commissioned officers who retire from prison service because of age shall be permitted to wear ceremonial dress with their last rank during state ceremonies. " Inama y’ubuyobozi ya ocir the ni rwo rwego ruyiyobora kandi rushinzwe gufata ibyemezo. ifite ububasha busesuye n’inshingano byo gucunga umutungo wa ocir the kugira ngo ishobore kugera ku nshingano zayo. "The board of directors of ocir the is the authority which directs ocir the and which is in charge of taking decisions. it shall have full powers and responsibilities to manage the property of ocir the in order to fulfill its responsibilities. " Iri tegeko rigamije gusobanura no guhana icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano nayo. "The purpose of this law is to describe and punish the crime of genocide ideology and related crimes. " (f) dr uwimana aline, division manager for maternal, child and community health mu kigo gishinzwe ubuzima mu rwanda ; "(f) dr uwimana aline, division manager for maternal, child and community health au centre biomédical du rwanda; " Iyo umuntu ufunzwe yimuriwe mu rindi gororero, ubuyobozi bw’igororero bubimenyesha umuntu yahisemo ko bimenyeshwa. iyo uwimurwa ari umuntu ufunzwe by’agateganyo, bimenyeshwa urukiko agomba kuzaburaniramo, correctional facility which is far from his or her family’s domicile if: "If an incarcerated person is transferred to another correctional facility, the correctional facility management notifies his or her contact person. if the person to be transferred is under provisional detention, the court before which he or she must appear, the transférée à un établissement correctionnel qui est loin de du domicile de sa famille lorsque: " Iri teka rigena igihe ntarengwa cyo gutanga amakuru cyangwa ibisobanuro byo kutayatanga. "This order determines the time limit for the provision of information or explanations of not providing it. " 12° guteza imbere ibikorwa remezo mu mujyi wa kigali no gukurikirana uko byitabwaho; "12° to promote infrastructure in the city of kigali and monitor its management; " (a) kumenya neza ko inyungu z’abakiriya cyangwa abanyamuryango b’aho ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa gisanzwe gikorera zitazabangamirwa n’ifunga; "(a) ensure that the interest of clients or members in the area where the deposit-taking microfinance institution currently operates will not be jeopardized by the relocation or closure; " 11. gisagara "On 11 " (d) guhagarika by’agateganyo cyangwa guhatira ikigo cy’ubwishingizi cyangwa umuhuza mu bwishingizi kuva ku isoko; "(d) suspend or force an insurer or an intermediary to exit from the market; " 1° uburyo n’ibiteganywa mu kubara amafaranga y’ingoboka n’ijanisha ry’imisanzu y’ubwiteganyirize nk’uko biteganyijwe mu ngingo ya 12 y’aya mabwiriza rusange; "1º the method and assumptions to be used in calculating the technical reserves and rates of contributions of the pension scheme as provided in article 12 f this regulation; and " 3º gukodesha imitungo iri ku butaka bwa leta; "3 º government borrowing programmes; " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’amabwiriza rusange nº 69/2023 yo ku wa 14/06/2023 yerekeye ibigenderwaho mu kwemerera n’ibindi bisabwa abahuza mu bwishingizi seen to be annexed to the regulation nº 69/2023 of 14/06/2023 licensing requirements and other conditions for insurance intermediaries "Seen to be annexed on regulation n° 39/2021 of 07/10/2021 governing the accreditation and other requirements for appointed actuaries for insurance business and pension schemes " Sosiyete igomba buri gihe gukurikirana no gukora igenzura igamije kureba niba uburyo ikoresha, imigenzurire yayo ndetse n‘amasezerano ikora byuzuye kandi binoze ndetse ikanafata ingamba za ngombwa kugira ngo ikemure inenge zishobora kugaragara. "A firm shall monitor and evaluate the adequacy and effectiveness of its systems, internal control mechanisms and arrangements on an ongoing basis and take appropriate steps to address any deficiencies. " Iyo ubukemurampaka burangiye ku bwumvikane cyangwa buhagaritswe nta buranisha ribayeho, ikiguzi cy’ubukemurampaka kigenwa n’ubunyamabanga. ubunyamabanga bwita ku bintu byose birebana n’ikirego, harimo n’urwego ubukemurampaka bwari bugezeho mbere yo guhagarara cyangwa kurangira ku bwumvikane. iyo ikiguzi cy’ubukemurampaka cyagenwe kiri munsi y’amafaranga ya avansi yatanzwe, amafaranga arenzeho asubizwa impande ziburana mu buryo zumvikanaho, cyangwa mu gihe zitabyumvikanyeho, amafaranga abasubizwa hakurikije amafaranga buri ruhande rwari rwaratanze. "If the arbitration is settled or disposed of without a hearing, the cost of arbitration shall be finally detrerrmined by the secretariat. the secretariat shall have regard to all the circumstances of the case, including the stage of proceedings at whh the arbitration is settled or disposed of. in the event that the costs of arbitration determined are less tat the desposists made, there shall be a refund in such proportions as the parties may agree, or failing an agreement, in the same proportions as the desposits were made. " Isubiye ku itegeko n° 25/2005 ryo kuwa 04/12/2005 rigena imitunganyirize y’isoresha nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 10, iya 27, iya 29 n’iya 46; law nº38/2012 of 20/12/2012 modifying and complementing law n° 25/2005 "Having reviewed law nº 37/2012 of 09/11/2012 establishing the value added tax as modified and complemented to date, especially in articles 2, 6, 24 bis and 24 ter; loi nº40/2016 du 15/10/2016 " 4° ibigengwa n’iri tegeko: imiti, ibiribwa, ibikoresho byo mu buvuzi, ibihumanya n’ibinoza kandi bisukura umubiri; "4° items regulated under this law: pharmaceutical and food products, medical devices, poisons and cosmetics; " Iyo umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho ahagaritse gukora ubucuruzi yaherewe icyemezo cyo gukora cyangwa impinduka yakozwe mu byerekeye amakuru asabwa kugira ngo yandikwe mu gitabo, agomba kumenyesha ikigo, binyujijwe mu nyandiko kugira ngo amenyeshe ikigo ibijyanye n’izo mpinduka mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7). "If a commodity exchange and related contracts market intermediary ceases to carry on the business to which the licence relates or a change occurs in any particulars of which are required to be entered in the register, a commodity exchange and related contracts market intermediary must, within a period not exceeding seven (7) days, provide the authority with a written notice thereof. " 7º kugira inama izindi nzego zifite imyuga n’ubumenyingiro mu nshingano zazo mu gushakira umuti ibibazo bigaragaye mu byerekeye imyuga n‘ubumenyingiro; "7º to provide other institutions in charge of technical and vocational education and training with advice on how to find solutions to the problems arising in technical and vocational education and training; " 5° ibidukikije kamere: urusobe karemano rw’ibinyabuzima n’ibidafite ubuzima biba ku isi, harimo ubutaka, ikuzimu, amazi, umwuka, urusobe rw’ibinyabuzima, imisozi n’ibibaya, ahantu nyaburanga n’inyubako karemano bigira ingaruka ku mibereho y’umuntu ndetse n’ibikorwa by’ubukungu; "5° natural environment: an environment that encompasses all living species and non-living things occurring naturally on earth, including soil and subsoil, water, air, biodiversity, and landscapes, tourist sites and monuments that affect human survival and economic activity; " 4°gutanga amabwiriza asaba ko ibyemezo bijyanye no kubahiriza umutekano bihita bishyirwa mu bikorwa; "4° issue directives to require the implementation of immediate security measures; " Nyir’ubutaka bwagenewe ibikorwa by’inyungu rusange agomba kugaragaza ibyangombwa by’ubutaka n’ibimenyetso bihamya ko ibyabukoreweho ari ibye. "The owner of land designated for expropriation in the public interest shall provide land titles and documentary evidence that he/she is the owner of property incorporated on land. " Inyubako z’igihe gito zishobora kuvanwaho nta bwishyu cyangwa ingurane 11. industrial buildings "Being temporary structures which can be removed without compensation. 11. bâtiments industriels " (b) ingingo y’ururimi; "(b) a language provision; " Ingingo ya mbere: abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashinze umuryango witwa «optima» ugengwa n‟itegeko n° 04/2012 ryo kuwa 17/02/2012 rigena imitunganyirize n‟imikorere by‟imiryango nyarwanda itari iya leta hamwe n‟aya mategeko shingiro. "Article one: the undersigned people convene to create a national non-governmental organization named «optima», governed by the law n° 04/2012 of 17/02/2012, relating to national non- governmental organizations and the present constitution. " Ingingo ya 19: guteza imbere no korohereza undi gukora icuruzwa ry’abantu "Article 19: promoting and facilitating trafficking in persons " 3° kugaragaza ingamba zishoboka zo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe; "3° identify possible climate change adaptation measures; " (d) uburyo bwo gukurikirana ko uburyo buhari bukwiye kandi butanga amakuru y’imicungire ku gihe, y’ukuri kandi yizewe; "(d) the systems in place so as to provide timely, accurate and reliable management information; " 11° ibindi bikorwa birenze kamere muntu bisa n'ibimaze kuvugwa bikozwe ku bushake bigamije kubabaza cyangwa kwangiza bikabije umubiri cyangwa ubwenge. "11° other inhuman acts of a similar character intentionally causing great suffering, or serious injury to mental or physical health. " Abisabwe n' umuvugizi w’umuryango «international des facultes-rwanda» (i.f.r) mu rwandiko rwe rwakiriwe ku wa 20/03/2009 ; "Upon request lodged by the legal representative of the association «international des facultés-rwanda» (i.f.r) on 20/03/2009; " Ingingo ya 62: uburenganzira bw’abasaba n’abafite icyemezo cyo gukora "Article 62: rights of applicants and holders of licence " Inshingano z’itsinda cyangwa umuyobozi ku rwego rwa kabiri ni izi zikurikira: "Responsibilities of the evaluating panel or supervisor at second level shall be the following: " Ubuzimagatozi buhawe umuryango “ikigo cy’amahugurwa cyitiriwe padiri vjeko (c.f.p.v)” ufite icyicaro cyawo mu murenge wa kivumu, akarere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo. "Legal status is hereby granted to the “father vjeko training centre (c.f.p.v)” situate at kivumu sector, muhanga district, in the southern province. " Ingingo ya 71: imirimo ya leta yerekeye amazi "Article 71: public works related to water " Asubiye ku iteka rya minisitiri n° 47/08 ryo ku wa 06/03/1963 riha ubuzimagatozi « auxiliaires feminines internationales (afi) cyane cyane mu ngingo yaryo ya mbere ; "Revised ministerial order n° 47/08 of 06/03/1963 granting legal status to the « auxiliaires feminines internationales (afi), especially in article one; " Ingingo ya 5: ubwigenge bwa rnec n’urwego ruyireberera "Article 5: autonomy of the rnec and its supervisory organ " Gutunga ibintu byifitemo cyangwa bibyara imirasire yangiza igamije gukoreshwa mu nganda, mu burezi, mu bushakashatsi, mu buhinzi n’ubuvuzi; gutwara ibikoresho byifitemo imirasire yangiza, ubucukuzi bw’ amabuye y’agaciro n’itunganywa ryayo; ifungwa burundu ry’inyubako n’ibikorwa bifitanye isano, gusukura uduce twagezweho n’ingaruka z’ibisigazwa by’ibikorwa bya kera; n’ibikorwa byo gucunga imyanda yifitemo imirasire yangiza nko gusukura imiyoboro byagezemo; cyangwa n’ikindi gikorwa icyo ari cyo cyose kibyara imirasire yangiza nk’uko biteganywa n‘amasezerano mpuzamahanga yerekeye ingamba zo kurinda ingaruka z’imirasire yangiza; "5° ibipimo ntarengwa: ingano y’imirasire yangiza igenwa industrial use, education, research, agriculture and medical purposes; transport of radio-active material; the mining and processing ores; the closing down of associated facilities; the clean-up of sites affected by residues from past activities; and radio-active waste management activities such as the discharge of effluent; any activity involving nuclear material as defined in the safeguards agreement; " Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa nirda buha raporo inama y’ubuyobozi, bukagenera kopi uyobora ubuyobozi bukuru bwa nirda. "The internal audit unit of nirda shall submit a report to the board of directors with a copy to the head of the general directorate of nirda. " 2° ikintu icyo aricyo cyose cyiza cyangwa kibi gifite ingaruka ku miterere yo kubungabunga ibigize urusobe rw’ibinyabuzima. "2° any positive or negative trends affecting the conservation status of the various components of biodiversity. " Umugereka wa i w’iteka rya minisitiri w’intebe no 117/03 ryo ku wa 06/08/2018 rigena imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere rya transiporo (rtda) "Prime minister’s order no 117/03 of 06/08/2018 determining organisational structure, salaries and fringe benefits for staff of rwanda transport development agency (rtda) " Iyo imari y'ishingiro igabanutseho kimwe cya kabiri, inama rusange idasanzwe, igomba guterana ikaba yafata icyemezo cyo gusesa iyo koperative. icyo cyemezo kidafashwe kandi imari y'ishingiro yaragabanutseho bitatu bya kane, minisitiri ushinzwe amakoperative ashobora gusaba ubucamanza gusesa iyo koperative "In case of loss of a quarter of the share capital, the general manager must convene an extra-ordinary general meeting to adopt measures to redress it. if the loss attained is half of the share capital, winding up is automatic unless the capital is increased by the same amount. " Minisitiri areba neza ko ibyemezo byafashwe n‟imyanzuro ya igfrf byatangajwe vuba bishoboka. "The minister shall ensure that the decisions and recommendations of igfrf are timely announced. " 1° guverineri wungirije wa banki nkuru y’u rwanda, akaba na perezida w’inama; "35º the governor of the national bank of rwanda and his/her deputy; " 4° abafite uburenganzira ku mutugo wayo, abari mu nama y’ubuyobozi n’abari mu buyobozi bukuru mu isosiyete y’imari ibumbye izindi babikwiye kandi bujuje ibyangombwa; "4° beneficial owners, directors and senior managers of a financial holding company are fit and proper; " Ingingo ya 15: abagize biro y’inteko "Article 15: members of the board " Aya mategeko yemejwe n‟abanyamuryango uko ari cumi n‟umwe (11), bateraniye mu the local civil authority which operates. "These statutes were adopted by an absolute majority of eleven (11) members of the l‟autorité civile locale où s‟exerce son activité. " Ingingo ya 24: umuryango ugenera umutungo wawo ibikorwa byose byatuma ugera ku ntego zawo ku buryo buziguye cyangwa butaziguye. nta munyamuryango ushobora kuwiyitirira cyangwa ngo agire umugabane asaba igihe asezeye ku bushake, iyo yirukanywe cyangwa iyo umuryango usheshwe. "Article 24 : the organization designs its assets to all that can directly or indirectly contribute to the realization of its objectives. no member has the right to own it or claim any share in case of voluntary resignation, exclusion or dissolution of the organization. " Ingingo ya 25 : amasezerano yo kwishyura mu byiciro "Article 35: balancing charges " “ubwiganze” mu rwego rw‟ibicuruzwa byo ku isoko ry‟imari n‟imigabane bivuga ububasha bwo kugira uruhare rusumba urw‟abandi ku birebana n‟ububasha bwo gutora umuntu agira bitewe n‟imigabane afite; "“control” in relation to securities, means the power to exercise a controlling influence over the voting power attached to securities; " 6 º kwemeza imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi ba cma imaze kubyunguranaho ibitekerezo n’urwego rureberera cma; "6º to approve salaries and fringe benefits for the staff of cma after consultation with the supervising authority of the cma; " Umunyamuryango ukoze amakosa cyangwa ugaragaweho imyitwarire mibi; "Any member who commits a fault or demonstrates any misconduct; " Imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo by’urukiko rw’ikirenga n’iby’izindi nkiko biri ku mugereka wa i n’uwa ii y’iri teka. "The organizational structure and the summary of job positions of the supreme court and other courts are respectively in annexes i and ii of this order. " Abisabwe n’umuvugizi w’umuryango «collectif des artisans de la paix et reconciliation (capr)» mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 27/02/2012; "On request lodged by the legal representative of the association «collectif des artisans de la paix et reconciliation (capr)» on 27/02/2012; " 2oamasosiyete akora ibikorwa by’ubucuruzi bito atanga umusoro ukomatanyije hakurikijwe imbonerahamwe iteganyijwe mu ngingo ya 12 y’iri tegeko; "2° micro-enterprise companies pay the flat tax whose amount is indicated in accordance with the table referred to under article 12 of this law; " Ingingo ya 77: iyemezwa ry’ihagarika ry’umurimo wa gisirikare kubera impamvu z’uburwayi cyangwa ubumuga "Article 77: approval of suspension of military service due to sickness or disability " 4. kumenyesha banki nkuru y‟u rwanda n‟ikigo cy‟ihererekanyamakuru ku myenda sheki iyo ari yo yose itazigamiwe bigakorwa hakurikijwe ibisabwa mu imenyekanisha. mu rwego rwo kunoza iyo raporo, umubare w‟amafaranga wanditse kuri sheki yatanzwe mu mafaranga y‟amanyamahanga, uhindurwa mu mafaranga y‟u rwanda hakurikijwe agaciro k‟ifaranga ku isoko ry‟ivunjisha ku munsi sheki yagerejwe kuri banki; "4. report all bouncing cheques to the national bank of rwanda and credit reference bureau, in accordance with reporting requirements. for reporting purpose, the amount on bouncing cheque(s) denominated in foreign currency shall be converted in rwandan francs using the exchange rate applicable on the presentation date; " 3° guhamya ibyabaye yiboneye abisabwe n’uwifuza ko bikorerwa inyandiko mvugo ; "3° to certify facts he or she witnessed on the request of the person who wishes to have it recorded in statement; " Ryo ku wa 09/12/1985. "Of 09/12/1985. " Abishingizi bose bagira politiki isobanutse y‘imicungire y‘ingorane zavuka ku byishingiwe n‘uburyo bushobora kwerekana neza, gupima, gusesengura, kugaragaza no gucunga ingorane zashingira ku mari cyangwa ibindi bitari yo article 19: financial soundness and risk management "All insurers shall have in place comprehensive risk management policies and systems capable of promptly identifying, measuring, assessing, reporting and controlling their financial and non-financial risks. article 19: solidité financière et gestion du risque " Ingwate y’ibintu yakozwe hakurikijwe itegeko ry’aho ibintu biri igihe ubugwate bwabaga na mbere y’uko ibintu bizanwa mu rwanda ikomeza kugira agaciro mu rwanda mbere y’uko biza mu rwanda kandi igashobora kuba yakwandikishwa igahabwa uberewemo umwenda hakurikijwe iri tegeko. "A security interest in goods that is effective under the law of the jurisdiction in which the goods are situated when the security interest was created and before the goods are brought into rwanda shall continue to be effective in rwanda and the security interest may be registered in rwanda for the benefit of the secured creditor in accordance with this law. " Tegeko shingiro ry‟umuryango, bizakemurwa hakulikizwa amategeko agenga imiryango itagengwa na leta n‟amabwiriza ngenga-mikorere y‟umuryango. "Be resolved in accordance with the law which regards the non-governmental organizations and the interior regulations of the organization. " Ingingo ya 52: ibipimo ntarengwa ku nguzanyo ingingo ya 53: gukurikirana umwenda ingingo ya 54: kwishyura igihe kitaragera no guhindura umwenda article 42: preparation and approval of expenditure plan "Article 53: debt monitoring article 54: prepayment and conversion conditions article 42: elaboration et approbation du plan des dépenses " Icyiciro cya 2: inzira zo gutanga ibibazo no gufata ibyemezo "Section 2: procedures used in submitting issues and taking decisions " 12° gutora abagize komisiyo idasanzwe na komisiyo y’igenzura n’abayobozi bazo; "12° to elect members of an ad hoc committee and an inquiry committee as well as their chairpersons; " Inyandiko isaba urukiko rw’ikirenga kwemeza kandidatire ifatwa nk’ikirego gishyikirijwe urukiko. urukiko rw’ikirenga rusuzuma kandi rukemeza kandidatire rwashyikirijwe mu muhezo, inteko y’abacamanza igizwe nibura na bibiri bya gatatu (2/3) by’abacamanza bagize urukiko rw’ikirenga, rugashingira ku nyandiko n’ibindi byangombwa bisabwa abakandida nk’uko biteganywa n’amategeko. icyemezo cyafashwe n’urukiko rw’ikirenga ntikijuririrwa. "The request for approval of candidacies is submitted as a petition filed with the supreme court. the supreme court considers and approves the submitted candidacies behind closed doors, based on documents and other requirements to candidates as provided for by the law, with the bench being composed of at least of two-thirds (2/3) of the judges of the supreme court. the decision of the supreme court is non-appealable. " Ingingo ya 9: impuguke zikora isuzuma ry’ingamba ku bidukikije "Article 9: experts to conduct strategic environmental assessment " Kutubahiriza ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo bituma hatangwa inyungu z’ubukererwe zingana na rimwe n’igice ku ijana (1,5%) by’amafaranga yose atatanzwe buri kwezi k’ubukererwe. "Disrespect of what is expressed in paragraph one of this article leads to payment of delay overcharges equivalent to one and a half per cent (1.5%) of the entire amount paid every month on delays. " Ubunyamuryamuryango bushingiye ku kwemera no kubahiriza aya mahame remezo, amategeko n’amabwiriza hamwe n’imyizerere n’ubutumwa bwa “armée du salut”. "And voluntary. membership shall be subject to a declaration of commitment to this constitution, the orders and regulations as well as to the faith and mission of the salvation army. " Ingingo ya 19: amahugurwa "Article 19: contravention " Icyakora, abagize inama y’ubutegetsi ntibashobora gutanga ububasha bwabo bwerekeranye n’inshingano zishingiye ku cyizere bagiriwe. "However, the members of board of directors cannot delegate any of their fiduciary duties. " Amasezerano y’isoko ashobora kurangira kubera urupfu rw’uwatsindiye isoko, asheshwe, arangiye neza cyangwa ku mpamvu zitunguranye kandi ntarengwa. "A procurement contract may be terminated by the death of the successful bidder, cancellation, completion of the contract execution or force majeure. " Umwanzuro wo kwemera cyangwa kwanga ubusabe bwo kujya ahageragerezwa ibicuruzwa na serivisi birimo udushya umenyeshwa uwasabye mu gihe cyateganijwe mu itangazo rivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo "The decision to approve or to reject the participation in the regulatory sandbox is communicated to the applicant within the timeline set in the call for application alluded to in the paragraph one of this article. " Abahuza bemewe batoranwa mu babisabye bujuje ibikurikira: "Accredited mediators are selected from interested applicants meeting the following requirements: " Igice cya 25 : ubugenzuzi bw‟imari inteko rusange itora buri myaka itatu (3)abagenzuzi b‟imari batatu bafite inshingano yo kugenzura buri gihe imicungire y‟imari n‟indi mitungo by‟umuryango no kuyikorera raporo. bafite uburenganzira bwo kureba mu bitabo n‟inyandiko z‟ibaruramari z‟umuryango ariko batabijyanye hanze y‟ububiko. "Article 25: the auditing committee the general assembly elects for three years three (3) internal auditors committed to control at any time the management of financial accounts and other properties of the organization and give report. they have access, without carrying outside, to the books and accounting documents out the organization. " Ingingo ya 39: irangira ryo gushyirwa ahandi "Article 39: end of the secondment " Y’amavuko kandi akaba yujuje ibi bikurikira: 1. atuye mu rwanda; 2. afite nibura impamyabushobozi y’amashuri makuru mu mategeko, mu ibaruramari, icungamutungo, ubukungu cyangwa ibindi bisa nabyo "A person is eligible to be registered as insolvency administrator if: - is a natural person of at least 21 years of age and complies with the following requirements: 1. reside in rwanda; 2. hold at least a bachelor’s degree in either law, accounting, management, economics or any other related fields; " Ingingo ya 4: umubare wa ngombwa mu gutora abagize komite y’abunzi "Article 4: required quorum for election of the mediation commitee members " 2º kwandika umwirondoro w’abantu bose bagira uruhare mu ishoramari ry’ubwiteganyirize, harimo imirimo y’abo bantu n’ububasha bwabo, no "2º record the identity of all the persons that are part of the investment process of the scheme, including the persons’ activities and authority; and " Inyandiko y’ubwishingire ikorwa n’umwanditsi w’irangamimerere kandi igashyirwa mu gitabo cy’ubwishingire. "The certificate of guardianship is drawn up by the civil registrar and entered in the guardianship register. " Urwego rw‟ubutabera rufite intego rusange zifasha: "The justice sector shall have general objectives enabling: " O “uburyo bwo kwegukana isosiyete”: inzira ikurikizwa kugira ngo umuntu cyangwa isosiyete 41° “non-executive director” is a director who is not involved in the day to day management of the company; "44° “take-over scheme”: scheme involving the making of an offer for the acquisition of shares 41° « administrateur non gérant » : c‟est l‟administrateur qui ne gère pas les affaires journalières de la société ; " Ingingo ya 13: inshingano z’abubaka zone "Article 13: responsibilities of the cell " Rishyiraho imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo by’ibitaro bya gisirikare by’u rwanda (rmh) "Establishing the organisational structure and summary of job positions for rwanda military hospital (rmh)) " Chapitre vi : dispositions finales ingingo ya 24: itegurwa, isuzumwa n’iyemezwa ry’aya mabwiriza rusange article 24: drafting and consideration of this regulation "Chapter vii: transitional and final provisions article 27: transitional period article 28: drafting, consideration and adoption of this law " Ingingo ya 71: uburenganzira bw’abari basanganywe inkondabutaka "Article 10: rights of the lessor " Imiterere n„imikorere y„uru rwego biteganijwe mu mategeko ngengamikorere y‟umuryango. "The structure and functioning of this organ are determined in internal regulations of the organization. " (iv) impuzamasendika z’abakozi nibura eshatu mu kwandikisha urugaga rw’abakozi, n’amahuriro icumi y’abakoresha mu kwandikisha urugaga rw’abakoresha; (j) have a different name from other registered organisations; and "(iv) at least three federations of employees to register a confederation of employees and ten chambers of employers to register a federation of employers; (j) avoir un nom différent de ceux des autres organisations déjà enregistrées ; et " Guhitamo kuzungura bikorwa mu gihe cy’amezi atandatu (6) abarwa uhereye ku itariki uzungura cyangwa uragwa yamenyesherejweho n’ushinzwe kwegeranya umutungo uzungurwa ko afite uburenganzira bwo kuzungura cyangwa ku munsi we ubwe yagaragajeho ko afite ubwo burenganzira. "The right of option in succession is exercised within six (6) months after the date from which the liquidator informs the heir or legatee of his/her right to succeed or after the date from which he/she him/herself testifies to his/her status as a heir or legatee. " 5° agena, akagenzura ibikorwa n’abakozi ashinzwe kandi agakora raporo; "5° plan and supervise unit activities and staff, and make reports; " D) urwego rwa kane: 100 % yabarirwa utagira akazi ku mwaka. "D) 4th category: 100 % of annual compensation allocated to the person who had no remunerated employment. " (c) byemewe n’umukiriya, kwemeza hifashishijwe telefone y’urwego rw’akazi rw’umukiriya hamwe n’ishami rishinzwe abakozi ry’umukoresha w’umukiriya kuri "(c) subject to the customer’s consent, telephone confirmation of the customer’s employment status with the customer’s employer’s personnel department at a listed business number " Y’iri tegeko ngenga, rumufatira kimwe mu bihano bivugwa mu gika gikurikira, hakurikijwe uburemere bw’ikosa n’urwego rw’umurimo arimo. iyo nta rwego ruteganyijwe cyangwa iyo uruteganyijwe rwanze guhana bitewe no kubogama cyangwa gusuzugura, icyo gihe igihano kigenwa n’urwego rw’umuvunyi rumaze gusobanukirwa impamvu igihano kitatanzwe n’inzego zibishinzwe. "Penalize him/her with any of the following penalties below depending on the gravity of the offence and his/her seniority. where no institution is provided for or when it refuses to impose an appropriate sanction due to unfairness or disobedience, the sanction shall be imposed by the office of the ombudsman after being given reasons why the competent institution failed to do so. " 9° gutangaza amakosa yakozwe n’ushinzwe gutanga amakuru n’ibihano yahanishijwe binyujijwe ku rubuga rwarwo rwa murandasi. "9° publish the fault committed by reporting person and the imposed sanctions through publication on its official website. " (d) ikigo cyigenga gikora ubuhuza mu bwishingizi bw’abishingizi bwigenga cy'abanyamahanga "A) the internal audit function’s standing " Umutwe wa sena, mu nama yawo yo kuwa 22 gicurasi 2009; "The senate, in its session of 22 may 2009; " Ingingo ya 75: ibikurikizwa mu gutanga umutungo wa leta "Article 57: government subsidies " Ingingo ya 68: uburenganzira bw‟abakozi n‟abanyeshuri ba unr mu gushinga amashyirahamwe muri unr "Article 68: rights of staff and students of unr to form associations " A. gutanga inama cyangwa icyerekezo kuri politiki na gahunda zihariye zigomba gushyirwa mu bikorwa n’inzego ziyishamikiyeho; "A. orientation on specific policies and programs to be implemented by the institutions under its supervision; " Mu gusuzuma niba abagize inama y’ubutegetsi babikwiriye, ibijyanye n’ubumenyi n’uburambe bikurikira bigomba kwitabwaho: "In assessing the collective suitability of the board, the following skills and experience must be taken into account: " Ryo kuwa 26/07/2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu ryavuyeho; "Th july 2000 relating to non-profit associations; " 2° kugena igihe cyo kwimenyeraza umwuga ndetse n‟igihe cy‟igenzura; "2° determining the duration of medical internship and calendar of inspection; " 2º gushyira mu bikorwa ibyemezo by‟inama rusange; "2º to implement the resolutions of the general assembly; " Biro ya komite ishobora gutumira umudepite ikamugira inama mu magambo ku byo yakwikosoraho birebana n’imyitwarire cyangwa imyifatire bye. "The bureau of the committee may invite a deputy and provide him/her with oral advice as to the changes that would be appropriate for him/her to amend his/her conduct or discipline. " Iyo umusenateri wari waratowe muri kaminuza n’ibigo by’amashuri makuru ashaka kwiyamamariza manda ya kabiri (2) ku mwanya w’umusenateri utorwa muri kaminuza n’ibigo by’amashuri makuru, ntasabwa ibyangombwa biteganywa mu gace ka mbere k’igika cya 2 cy’iyi ngingo iyo manda ashaka kwiyamamariza ikurikirana n’iyo arimo. "A candidate seeking to run for a second consecutive term as a senatorial candidate to fill the seat reserved for lecturers and researchers of universities and institutions of higher learning is not required to provide the certificate referred to under item one of paragraph 2 of this article. " 1. komanda wa polisi ku rwego rw’intara: "2. district police commander: " 5. kwamamazwa n‟ishyaka mu myanya y‟ubutegetsi bw‟igihugu no guterwa inkunga n‟ishyaka igihe ariryo ryabamamaje; "5. be proposed by the party as candidates to various positions in the administration of the country and enjoy support from the party where it presented their candidacy; " Kwemeza ibikorwa by‘umuryango kugenzura inzego zose z‘umuryango "To approve the organisation‘s activities. to supervise all organs of the organisations " Iyo bibaye ngombwa, urwego rushaka abakozi gishobora gukoresha iyakure yifashisha ikoranabuhanga mu itumanaho ku kizamini gikorwa ku buryo bwanditse cyangwa bw’ikiganiro hakoreshejwe ibikoresho byabugenewe byemezwa na komisiyo. "The recruiting institution, if considered necessary, may use electronic means to conduct a written or oral exam using appropriate facilities authorized by the commission. " (iv) serivisi zo kohereza amafaranga cyangwa ibicuruzwa ariko zitareba umuntu uha ibigo by’imari ubutumwa gusa cyangwa ubundi buryo bwifashishwa mu kohererezanya amafaranga; "(iv) money or value transfer services but does not apply to any person that provides financial institutions solely with message or other support systems for transmitting funds; " Umutwe wa iii: kubungabunga no kurengera ibidukikije kamere "Chapter iii: conservation and protection of natural environment " Ingingo ya 16: impaka zivutse mu irangiza ry’ibyemezo bya komite y’abunzi "Article 16: disputes arising from the execution of the mediation committee decisions " Iyo abo bombi bavuzwe mu ngingo ibanziriza iyi batabonetse inteko rusange itumizwa kandi ikayoborwa n'umunyamabanga mukuru. iyo atabonetse inteko rusange itumizwa kandi ikayoborwa n'umuyobozi ushinzwe ubukungu n‟imari. iyo nawe atabonetse itumizwa kandi ikayoborwa n'umujyanama mu by'ubuzima bw'itorero adepr. iyo adahari itumizwa kandi ikayoborwa n'umujyanama mu by'imari n'ubutegetsi. iyo adahari itumizwa kandi ikayoborwa n'umushumba w'ururembo ukuriye abandi mu murimo. iyo uwo mushumba nawe adahari inama itumizwa kandi ikayoborwa na perezida w‟inama y'ubuyobozi bwa adepr. mu gihe abavuzwe muri iyi ngingo bose batabonetse, inteko rusange itumizwa kandi ikayoborwa n'umushumba w'itorero ry'akarere uwo ariwe wese kandi ikabera ku cyicaro cy'umuryango. iyo 2/3 bitabonetse inama irasubikwa ikongera gutumizwa mu minsi itarenze cumi n'itanu. icyo gihe abayijemo baraterana uko baba bangana kose bagafata ibyemezo. "In the absence of those above mentioned, the general assembly is convened and presided over by the secretary general. in his absence, it is convened and presided over by the finance manager. in his absence, it is convened and presided over by adepr‟s spiritual advisor. in his absence, it is convened and presided over by the financial advisor. in his absence, it is convened and presided over by the elder of regional pastors. in his absence, it is convened and presided over by the dean of adepr‟s board of directors. in his absence, it is convened and presided over by one of the pastors of local churches. in the absence of all those above mentioned, the general assembly is convened and presided over by any pastor of a local church and must take place at adepr‟s head office. if 2/3 of the members are not available, it is postponed until the next fifteen days. this time it meets and makes decisions without taking into account the quorum. " Amabwiriza ya perezida w’urukiko rw’ikirenga nº 001/2023 yo ku wa 25/01/2023 "Instructions of the president of the supreme court nº 001/2023 " Ingingo ya 6: umunyamuryango w‟ishyirahamwe aba we iyo yemewe n‟intego rusange. ugusaba kwemererwa kuba umunyamuryango bikorwa mu nyandiko yohererezwa perezida w‟iryo shyirahamwe. "Article 6: the association is open to: all people recognized in rwanda by members of that organization. the condition to be member of the association is to present letter to the president of that organization. " Rlrc itegura umushinga w’amategeko ngengamikorere yayo ikawushyikiriza inama y’abakomiseri kugira ngo iwemeze. ishobora kandi ikoresheje amabwiriza y’imiyoborere guteganya uburyo bw’imikemurire y’ibibazo byo mu kazi. "Rlrc shall prepare the draft internal rules and regulations and submit it to the council of commissioners for approval. it may also, through administrative directives, institute mechanisms of managing its internal affairs. " (d) abavandimwe (basaza na bashiki bawe): ……………………………………………………………… ………………………………………………………………. official gazette n° special of 28/04/2023 "(c) parents: …………………………………………………………………..……………………………….. …………………………………………………………………………………………………….. official gazette n° special of 28/04/2023 " Muri iri tegeko, amagambo akoreshwa ahawe ibisobanuro bikurikira : "In this law, the terms used carry the following definitions : " 7º gukora ubushakashatsi kuri jenoside no kubutangaza, gutanga inama ku bushakashatsi kuri jenoside yakorewe abatutsi bukorwa n’abandi bantu cyangwa izindi nzego no kugenzura ireme ry’ubwo bushakashatsi; "7º to conduct and publish research on genocide, provide advice on research on genocide against the tutsi conducted by other researchers or institutions and assess the relevance of the researches; " Bitabangamiye ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, umuntu wahawe inguzanyo ntatangire kwishyura inguzanyo yahawe kandi abona amafaranga yamufasha kwishyura, arakurikiranwa kugira ngo yishyure hakoreshejwe uburyo bwo kwishyuza inguzanyo buteganywa n’amategeko mbonezamubano, ay’ ubutegetsi n’ay’ubucuruzi akoreshwa mu gihugu. "Without prejudice to provisions of paragraph one of this article, a loan recipient who fails to commence repayment of the loan while he/she earns income which may enable him/her to repay the loan, shall be subject to loan collection proceedings as provided under civil, administrative and commercial laws in force in the country. " Amasezerano y’umurimo ashobora guhindurwa umurimo ugikomeza bisabwe na rumwe mu mpande zayagiranye kandi zombi zibyumvikanyeho. "The employment contract can be modified in the course of its execution at the request of either party and upon mutual consent. " Ingingo ya 77: ibisabwa kugira ngo umuntu agirwe umujyanama wa perezida w’urukiko rw’ubujurire "Article 77: requirements to be appointed advisor to the president of the court of appeal " Ingingo ya 2: inshingano z’ingenzi za serivisi z’intumwa nkuru ya leta/ minisiteri y’ubutabera "Article 2: mandate of the attorney general’s office/ ministry of justice " (7) umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga imari n’umutungo bya leta ashobora gusimbuza umwe mu bagize akanama gashinzwe gutanga amasoko ya leta, abarenze umwe cyangwa abakagize bose kubera imyitwarire mibi, kutubahiriza amabwiriza ngengamyitwarire mu masoko ya leta, uburwayi bumaze igihe kirekire, ubushobozi buke cyangwa kutuzuza inshingano. "(7) the chief budget manager may replace one, more than one or all members of the public tender committee due to misconduct, breach of rules of ethics in public procurement, prolonged illness, incompetence or poor performance of his or her duties. " (f) n’ibikoresho byo gushyirwamo imyanda no kuyitwaramo. "(f) risks management and internal controls. " Ingingo ya 101: igabanya ry’imari shingiro "Article 101: réduction du capital social " • guhagararira rnmu mu ma nama yose ndetse no mu zindi forumu; • gusinya ku mpapuro zose z‟amafaranga; • gufata ibyenezo byihutirwa mu izina rya rnmu akabikorera raporo kuri biro. "-to accept the subscription from all the members and issue receipts; -to give an abridged account in the terminal executive committee meeting; " Icyerekezo cya rnmu "Philosophie de rnmu " N° 001/16.01 ryo kuwa 03/01/2012 "Nº 001/01 du 16/01/2017 " Abarimu bo mu mashuri y‟abafatanya na leta ku bw‟amasezerano batoranywa kandi bagacungwa ku bufatanye bwa leta hamwe n‟umuntu ku giti cye cyangwa umuryango washinze ishuri. "The academic staff of government subsidized schools shall be selected and jointly managed by the government and the individual person or the organization that founded the school. " 14º itsindary’imbangukiragutabara: ikigo icyo ari cyo cyose gishinzwe gutabara rubanda mu gihe habayeho ibiza (nk’ishami rirwanya inkongi, serivisi za polisi, ibitaro); "14º emergency response team: any organization that is responsible for responding to hazards to the general population (e.g. fire brigades, police services, hospitals); " Rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza n’umutekano "Determining the powers, mission, organisation and functioning of the national intelligence and security service " (a) utanga serivisi zo kohereza amafaranga ahagaze neza mu byerekeye imari; "(a) the money remittance service provider is financially sound; " Umuntu wese, uhindura, ubangamira, cyangwa wivanga mu mikorere ya mudasobwa, urusobe rwa mudasobwa cyangwa mu muyoboro wa mudasobwa ashyira, anyuza, asiba, yangiza, ahindura cyangwa akuraho amakuru abitse muri mudasobwa cyangwa mu rusobe rwa mudasobwa atabifitiye uburenganzira, cyane cyane gushyira cyangwa kohereza porogaramu igamije kwangiza cyangwa kwiba, aba akoze icyaha. "Any person who alters, hinders or interferes with the functioning of a computer, a computer system or a computer network by putting, transmitting, deleting, deteriorating, altering or suppressing of computer or computer system data, electronic document, or electronic data message, without authorization to do so, including the introduction or transmission of malicious code, commits an offence. " Musabyimana jean claude agaciro k'icyangombwa minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu cyatanzwe ku wa: 2024-01-02 "Musabyimana jean claude document validity minister of local government issued on: 2024-01-07 " Kugira ngo umuntu abe umuyobozi mu muryango wa new jerusalem church mu rwanda agomba kuba yujuje ibi bikurikira: "In order to be a leader in new jerusalem church in rwanda, someone should fulfill the following requirements: " Igihe ibitabo by’icungamutungo bisabwa bidatanzwe, ikigo gishobora gusaba umuntu wagombaga kubitanga gusobanura impamvu atatanze ibyo bitabo. "Where books of accounts required are not produced, the authority may require the person who should have produced them to explain reason of that failure. " Ingingo ya 20: kwegurirwa amasezerano, ibikorwa, umutungo, imyenda n’amazina by’ibigo byahujwe "Article 20: transfer of contracts, activities, assets, liabilities and denominations of merged institutions " Hashinzwe umuryango udaharanira inyungu uhuza abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe abatutsi mu rwanda mu 1994 "It is created a non-profit making association regrouping students survivors of the genocide committed in rwanda in 1994 denominated aerg in abbreviation. " Ingingo ya 5: ikiguzi cya serivisi y’imari "Article 5: coût d’un service financier " Amabwiriza rusange agena igipimo kitagibwa munsi cy’ubushobozi bwo kwishyura bujyanye na buri cyiciro cy’ikigo cy’ubwishingizi cyemewe. ashobora kandi kugena ibipimo bitagibwa munsi bitandukanye kuri buri cyiciro cy’umurimo cyangwa ikigega cy’ubwishingizi. "The regulations determine the minimum solvency margin that applies to each category of licenced insurer. it may also specify different minimums by category of insurance business or fund. " Ingingo ya 26: ibarwa ry’amafaranga y’icumbi n‘ayo gutunga umukozi wa leta uri mu mahugurwa mu mahanga "Article 25: calculation of accommodation and meals fees for a public servant in training abroad " Minisitiri w’umuco na siporo, "The minister of culture and sports, " Ingingo ya 26: uruhushya rwatanzwe hashingiwe ku mabwiriza akuweho "Article 26: issued accreditation under repealed regulation " (c) isuzuma ry’ingaruka y’umushinga ku mikomerere yose ya banki; "(c) assessment of impact of the project on the overall soundness of the bank; " § 2. hatirengagijwe ingingo z’amategeko agenga kiliziya zirebana n’imbibi, abagenerwabikorwa ba “carmel sainte therese de jesus rwanda kigali” ni abantu bose nta vangura iryo ari ryo ryose. "§ 2. without prejudice to the provisions relating to the canonical territorial jurisdiction, the beneficiaries of the action of the “carmel sainte therese de jesus rwanda kigali” are all persons without any discrimi-nation. " 7° kugeza raporo y’ibikorwa bya rbc ku nama y’ubuyobozi nibura rimwe mu gihembwe; "7º to submit to the board of directors the activity report of rbc at least once a quarter; " (b) guha umwishingizi w’abishingizi bihagarariye amakuru yerekeye urwego rw’imari mu gihugu no mu karere; "(b) providing the reinsurer, it represents with information regarding financial sector in the country and region; " Iteka rya perezida n°11/01 ryo kuwa 23/04/2010 rishyiraho umuyobozi wungirije "Presidential order n°11/01 of 23/04/2010 appointing a vice rector " Mu kurangiza inshingano ze umuyobozi w’ishuri rikuru, yunganirwa n’abayobozi bavugwa mu ngingo ya 39 y’iyi sitati hakurikijwe ubusumbane bw’inzego n’inshingano za buri muntu. "In his duties, the rector of the institute is assisted by the authorities mentioned in the article 39 of these statutes in accordance with their hierarchy and attributions. " 3° abafite imigabane itubutse, abagize inama y’ubutegetsi, abayobozi bakuru ndetse n’abagenzuzi b’isosiyete bafite ubunyangamugayo n’ubushobozi kugirango buzuze inshingano zabo; "3° the qualifying shareholders, directors, senior managers, and auditors of the company are fit and proper to fulfill their roles; " Intera z’abakozi mu by’ububanyi n’amahanga bakora muri minisiteri ku munsi iri teka ritangiye gukurikizwa zigenwa hashingiwe ku mwanya w’umurimo barimo no ku burambe bafite umunsi iri teka ritangiye gukurikizwa. "The grades of diplomatic officers working in the ministry on the commencement date of this order are determined on the basis of the job position they occupy and their experience on the commencement date of this order. " Urwego, umubare fatizo, agaciro k’umubare fatizo n’umushahara mbumbe bigendana na buri mwanya w’umurimo muri minisiteri promotion of culture; "The level, index, index value and gross salary corresponding to each job position in the ministry of youth and culture are in annex ii aux jeunes et la promotion de la culture; " Ingingo ya 21: kubuzwa gukoresha amagambo «ubuhuza bwigenga» "Article 21: prohibition on the use of expression “brokerage” " (c) «umuhuza mu bwishingizi wigenga» bivuga umuntu wigenga ukorera umufuragiro iyo yagiranye imishyikirano y’ubwishingizi n’abishingizi mu izina ry’umufatabwishingizi cyangwa yahagarariye umufatabwishingizi, harimo no kuba umuhuza mu bwishingizi bw’abishingizi wigenga uhagarariye umwishingizi; "(c) “insurance broker’’ means independent person who, for commission, negotiates insurance business with insurers on behalf of a prospective policyholder or as a representative of a policyholder and includes reinsurance broker carrying on reinsurance brokerage for an insurer; " N° 169/03 ryo ku wa 12/09/2019 "N° 169/03 du 12/09/2019 " 4º gushaka umunyamahanga ufite uruhushya rwemewe n’urugaga "4º recruit a foreigner whose license is recognised by a regulatory " Isukura rusange ni igikorwa cyo gutunganya imiyoboro yo gukusanyirizamo amazi, yitwa “imiyoboro y’isukura rusange”, ituma amazi yakoreshejwe mu ngo, mu nganda n’ay’imvura akusanywa kandi agatunganywa mu buryo buberanye no kwita ku buzima muri rusange no kubungabunga umutungo w’amazi n’ibidukikije. "Collective sanitation shall mean an act of putting in place a collective network named “collective sanitation network”, in order to ensure collection of water used in homes, factories, and rain water for treatment in order to meet public health standard preservation of water resources and the environment. " (3) ibiteganywa n’igika cya (2) cy’iyi ngingo ntibibuza ikigo gikora umurimo w’ubwishingizi buciriritse gusa cyangwa umwishingizi utanga serivisi z’ubwishingizi buciriritse gushyira icyo kirango ku mpapuro zirenze rumwe z’incamake y’inyemezamasezerano y’ubwishingizi buciriritse cyangwa z’amasezerano yose y’ubwishingizi buciriritse. "(3) the provisions of paragraph (2) of this article do not prevent a dedicated microinsurer or an insurer offering micro-insurance products from displaying an official micro-insurance logo on more than one page of the policy summary or micro-insurance contract. " 2° kurinda abantu bafunzwe gutoroka; "2º to prevent incarcerated persons from escaping; " 4° umucungamutungo; "4° exporting; " (c) urwego rutanga isoko rusobanura ibyerekeye amakuru y’ibanze ajyanye n’ibifitanye isano n’amazi, ubushakashatsi, ibyerekeranye n’ibidukikije, imiterere y’ubutaka, creative solutions which optimize the design. "(c) the procuring entity provides hydrological baseline, investigations, geotechnical, environmental and social impact information, permits and consents that have been obtained apporter des solutions créatives qui optimisent la conception. " Uwatumije ibicuruzwa afite igihe cy’iminsi 30 ngo asubize. iyo icyemezo ntakuka cyafashwe, gasutamo imenyesha mu nyandiko uwatumije ibicuruzwa mu mahanga icyemezo cyayo n’impamvu yashingiyeho igifata. "The importer has thirty (30) days to respond. when a final decision is made, the customs administration communicates to the importer in writing its decision and the grounds for taking the decision. " Mbere yo gushyiraho ububiko bw’imibiri y’abantu, ingingo, ingirangingo, uturemangingo cyangwa ibikomoka mu mubiri w’umuntu, ikigo kibisabira uruhushya mu nyandiko muri minisiteri. "A centre wishing to establish a bank of human bodies, organs, tissues, cells or products of human body makes a written application for the licence to the ministry. " D. gufata igikoresho cy’ikigo umukoresha cyangwa umuhagarariye ahibereye, kugira ngo hakorwe isuzuma, 1 º enter in enterprise of his or her jurisdiction during working hours, without notice for inspection purpose; "D. to take a material of the enterprise in presence of the employer or his or her representative for analysis, if 1 º entrer dans l’entreprise de son ressort, pendant les heures de travail, sans préavis, aux fins d’inspection; " Inyandiko y’ubujurire ubwayo ntihagarika ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo, kereka iyo nyirayo yabisabye urwego rwajuririwe rukabyemeza rumaze kubona ku buryo bugaragara ko urwego rwafashe icyemezo rwibeshye cyangwa rwabeshywe mu gusuzuma no mu gufata icyo cyemezo. "The process of appeal shall not stop implementation of a decision unless the appellant requested so and after the appellate organ finds it convincing that the lower organ took such a decision in error or that it was mislead while examining and taking the decision. " Iyo umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko yakoze ikosa rihanishwa ibindi bihano bitari ukwirukanwa ashobora, abisabye mu nyandiko, gukorerwa ihanagurabusembwa, byemejwe n’inama nkuru y’ubucamanza nyuma y’imyaka itatu (3) ibarwa uhereye umunsi yaherewe igihano. "If a judge or member of judicial personnel committed a fault punishable by sanctions other than dismissal, he or she may, upon application in writing, be granted rehabilitation upon approval by the high council of the judiciary after three (3) years following the day on which the sanction was imposed. " Byemejwe n’inama nkuru y’ubucamanza, umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko ashobora guhindurirwa inshingano mu nyungu z’akazi, agashyirwa ku wundi mwanya w’umurimo ugenwa n’iri tegeko uri ku rwego rumwe n’uwo yarimo bitabaye ngombwa ko hakorwa ikizamini. "Upon approval by the high council of the judiciary, a judge or member of judicial personnel may, in the interest of service, be subjected to change of duties and be placed to other employment post determined by this law and on the same grade without passing recruitment test. " Abashyingiranywe bagomba kudahemukirana, gutabarana no gufashanya. "Spouses must owe each other mutual fidelity, help and assistance. " 2 º akorana cyangwa yarigeze gukorana n’umuntu cyangwa itsinda ry’abantu bakekwaho kuba bagira cyangwa baragize uruhare mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi; "2 º he/she has or had an association with an individual, a group or an organization suspected of having been or being involved in criminal activities; " (iv) nibura mirongo itanu ku ijana (50%) by’abahagarariye abanyamigabane b’icyo kigega cy’ishoramari mu mutungo utimukanwa n’iby’abagize inama y’ubutegetsi ya sosiyete icunga ishoramari mu mutungo utimukanwa bagomba kuba aria bantu bigenga kandi badakorana ku "(iv) at least fifty per cent of the trustees of such real estate investment trust and directors of real estate investment management company shall consist of persons who are independent and are not directly or indirectly associated with the persons who have control over the real " - kwigisha no kurera abashakashatsi bashyashya bakiri bato, ngo bategure ejo hazaza heza h’u rwanda. "- to educate and train young researchers, in order to prepare rwanda of tomorrow. " Abagize inama y’ubutegetsi bashobora igihe icyo ari cyo cyose gufata icyemezo cyo gutanga imigabane nk’uduce tw’umugabane, iryo tangwa ry’imigabane ritubahirije igika cya mbere n’icya 3 "The directors may at any time resolve to allot shares as a share split, and such allotment of shares does not necessarily respect paragraphs 1 and 3 of this article. " (d) amafaranga ku cyapa kiranga ubwato; "(a) money laundering; " C. guha inama za minisiteri n’inzego zizifasha gushyira mu bikorwa inshingano zazo ku buryo hatangwa serivisi mu buryo bwihuse ; d. gusesengura inyandiko ziva mu nzego za leta n’izabikorera ; "C. providing advice to ministries and supporting agencies in order to speed up up service delivery; " Amasomo ahabwa abantu bakuru amara igihe cy‟amezi cumi n‟abiri (12) kigabanyijemo ibihembwe bine (4). nyuma ya buri gihembwe hacamo ikiruhuko cy‟ibyumweru bibiri (2). "Adult training shall be carried out for a period of twelve (12) months divided into four (4) quarters. each quarter shall be followed by a break of two (2) weeks. " 2° abashakashatsi mu by’amategeko mu rukiko rw’ikirenga; "2° the legal researchers for the supreme court; " (2) raporo y’imirimo y’ubunoteri igaragaza ibi bikurikira: "(2) the report of notarial activities indicates the following: " Ingingo ya 28: ubugenzuzi bw’imbere mu matsinda y’ibigo by’imari, amashami n’ibigo bishamikiye ku bigo byo hanze y’igihugu "Article 28: internal controls in financial groups, foreign branches and subsidiaries " Iteka rya perezida n°26/01 ryo ku wa 25/02/2015 rivanaho iteka rya perezida n° 3/11 ryo ku wa 03/01/1991 rishyiraho imbago z’imihanda ya leta n’uko igabanyije "Presidential order n°26/01 of 25/02/2015 repealing presidential order n° 3/11 of 03/01/1991 " - abashumba bose; - abagize komite nyobozi ; - abagize komite y’ubukemurampaka; - abagenzuzi bose; - abayobozi b’inzego z’imirimo; - intumwa imwe ihagarariye abari n’abategarugori muri buri torero ; - intumwa imwe ihagarariye urubyiruko muri buri torero ; - intumwa ebyiri zizajya ziva muri buri torero zihagarariye abandi bayoboke bose. "- all pastors ; - executive committee members; - conflicts resolution conflict members; - all internal auditors ; - department leaders; - one delegate representing women from each local church ; - one delegate representing the youth from each local church; - two delegates from each local church representing all other members. " Tumaze kubona amasezerano hagati ya guverinoma ya repubulika y’u rwanda na guverinoma ya repubulika yunze ubumwe ya tanzaniya yerekeye ubufatanye mu ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga w’inzira ya gariyamoshi isaka-kigali, yashyiriweho umukono i kigali ku wa 09 werurwe 2018; "Considering the bilateral agreement between the government of the republic of rwanda and the government of the united republic of tanzania for the joint implementation of isaka-kigali standard gauge railway project, signed at kigali on 09 march 2018; " D) gukora kuburyo igitabo kirimo abagize ikipe na aderesi zabo kigera kuri buri wese uri muri iyo kipe; "(b) the address of the applicant’s head office, and the name and address of every directors and key management; " 1° ko izina ry’isosiyete ryahindutse muri icyo gihe; "1° the name of the company being changed in that period; " 19° inyandiko yabugenewe: inyandiko iteganywa n’iteka rya minisitiri cyangwa amabwiriza y’umwanditsi mukuru ikubiyemo ikanomekwaho amakuru n’inyandiko byasabwa n’iryo teka cyangwa amabwiriza; "19° prescribed form: a form prescribed by an order of the minister or instructions of the registrar general and containing and having attached such information and documents as such order or instructions may require; " Umuryango wikuraho umutungo ari uko byemejwe n‟inteko nkuru y‟umuryango (ingingo ya 23 n‟iya 24 z‟aya mategekoshingiro), ibiherwa ububasha n‟inama rusange (nk‟uko bitenganywa n‟ingingo ya 19 y‟aya mategekoshingiro). "The acts to dispose of the properties are the prerogative of the general council of the organization (ref: art. 23 and 24 of the present statutes) which has the mandate of the general assembly (see art. 19 of the present statutes). " Ingingo ya 3: ivugururwa ry‟urutonde "Article 3: updating of the list " Ingingo ya 29: ibyangombwa mu kwandika urwandiko ruhamagara "Article 29: publication of an auction " The executive board shall be composed of : le comité exécutif est composé: -perezida : umuvugizi w‟umuryango -the president : legal representative of the organization -du président: représentant légal de l‟organisation -umunyamabanga nshingwabikorwa: umuvugizi wungirije wa mbere -executive secretary: first "The executive committee of the association includes:  the president: legal representative of the association,  the vice-president: deputy legal representative of the association, " Ingingo ya 79: isuzumwa ry’ikibazo cy’umudepite muri komite "Article 79: consideration of an issue concerning a deputy in the committee " Umuntu wese ubigambiriye ukoresha umwirondoro w’undi muntu kuri murandasi mu buriganya, agamije kubona inyungu, kuyobya cyangwa kwangiza ubwamamare bw’umuntu n’ibindi, mu gihe imyirondoro yabo isa, iteza urujijo cyangwa yenda gusa n’izina cyangwa ibiranga undi muntu cyangwa ikigo aba akoze icyaha. "Any person who intentionally uses somebody identity over the internet in bad faith to profit, mislead or destroy reputation or otherwise, if such identity is similar, undistinguishable, or confusingly similar to an existing name or description that belongs to another person or organ, commits an offence. " Iyo umucamanza apfuye akiri ku murimo, amafaranga y’impozamarira angana n’umushahara we mbumbe w’ukwezi aheruka guhembwa wikubye inshuro esheshatu (6) ashyikirizwa uwapfakaye n’impfubyi asize, yaba atabafite agashyikirizwa abamuzungura bemewe n’amategeko bakayagabana ku buryo buteganywa n’amategeko. "When the career of a judge terminates due to death, an allowance equal to six (6) times of the last gross monthly salary shall be given to the surviving spouse and children, or in their absence, to the rightful heirs and distributed in accordance with laws. " Ingingo 7: abanyamuryango nyakuri "Article 7: effective members " (7) icyemezo cy’urwego rutanga isoko cyo kutakira inyandiko y’ipiganwa kubera ibiciro bidakwiye hamwe n’impamvu zashingiweho gifatwa bimenyeshwa uwapiganwe bireba n’urwego rwa leta rufite amasoko ya leta mu nshingano. "(7) the decision of the procuring entity to reject the bid due to abnormal price and the reasons thereof must be promptly communicated to the concerned bidder and to the state organ in charge of public procurement. " Ingingo ya 41: imicungire y’amafaranga yo mu mahanga "Article 41: foreign currency management " 4.gutangiza imishinga yo guteza imbere uyu muryango mu buryo bwo kwifasha; "6. mobilise citizens on the family planning; " Kugira ngo izo ntego zigerweho, 4. to establish partnerships with organisations pursuing similar goals. "To achieve those goals, the organisation shall 4. promouvoir le partenariat avec d'autres organisations poursuivant les mêmes buts. " Mbere y’ibishobora guhindurwa hakurikijwe ibitegetswe na banki nkuru, imari shingiro bwite y’ibanze igizwe n’igiteranyo cy’ibi bikurikira: "Prior to regulatory adjustments, common equity tier 1 capital shall consist of the sum of the following elements: " Ucunga iby’abandi w’umwuga ashobora kandi kwiyishyura ku mutungo w’ubwizerane cyangwa kwiyishyura ku mafaranga yinjijwe n’ubwizerane ibyo yakoresheje bijyanye n’ubwizerane. "A trustee may also pay himself or herself out of the property of a trust or out of the trust income all expenses and liabilities reasonably incurred in relation with the trust. " 1° amabwiriza arebana n’amashyamba: amabwiriza ya ministiri ateganywa n’iri tegeko; "1° forestry guidelines: instructions of the minister that are provided under this law; " Ingingo ya 19: inteko rusange idasanzwe iterana buri gihe bibaye ngombwa. ihamagazwa kandi ikayoborwa mu buryo bumwe nk‟ubw‟inteko rusange isanzwe. igihe cyo kuyitumiza gishingira ku bwihutirwe bw‟ikigamijwe. impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganyijwe mu butumire. "Article 19: the extraordinary general assembly is convened as often as it deems necessary. the modalities in which it is convened and chaired are the same as for the ordinary one. the deadline to convene the general assembly depends upon the emergency of the matter. debates shall deal only with the matter on the agenda. " A) inama y’intara n’inama y’umujyi wa kigali ; "A) the provincial and city of kigali council; " Ingingo ya 16: itegurwa ry’isesengura ry’ubwihaze mu bushobozi bwo kubona amafaranga (ilaa) article 16: development of the internal liquidity adequacy assessment (ilaa) "Article 16: development of the internal liquidity adequacy assessment (ilaa) " Abashinze umuryango n‟abawinjiramo nyuma bemerewe ni abanyamuryango nyakuri. biyemeza kugira uruhare muri gahunda zawo zose. baza mu nama z‟inteko rusange kandi bafite uburenganzira bwo gutora. bagomba gutanga umusanzu ugenwa n‟inteko rusange. chapitre ii : membres "Founer members and adherents members constitute the effective membership of the association. they are committted to actively participate in all the activities of the association. they attend the meetings of the general assembly with the right to vote and have to give contributions decided by the general assembly. article 7 " Abisabwe n‟umuvugizi w‟umuryango uharanira guhindura abantu ibyaremwe bishya, mu rwandiko rwakiriwe kuwa 31 "On request lodged by the legal representative of the association “assist” on july 31 " Arex: amategeko shingiro agenga umuryango nyarwanda w’abohereza ibintu mu mahanga/statuts de l’association rwandaise des exportateurs………………. statutes of rwanda association of exporters (rae)………..………………... "Zeneca rwanda ltd : memorandum & articles of association……………………69 " 2° raporo cyangwa inyandiko y’ibyifuzo by’umucungamutungo w’agateganyo byarimo amakuru 3° a liquidator of the company; "2° the report or a statement on provisional administrator’s proposals contained false or misleading information or omission; 3° un liquidateur de la société commerciale; " 2° kuba ubwo busabe bushingiye kuburiganya; "2° the request is made in bad faith; " 6° abayobozi bakuru: abakozi bo mu buyobozi bari mu bakozi bakuru b’isosiyete y’imari ibumbye izindi. abo ni aba: "6° senior manager: the management personnel which are the high-level executives of the financial holding company including: " 5° inguzanyo zihabwa cesb zemewe na minisitiri ufite imari mu nshingano ze; "5° loans granted to cesb as approved by the minister in charge of finance; " Ingingo ya 279: igisobanuro cy’ifatira ry’ibihingwa bitarasarurwa "Article 279: definition of seizure of standing crops " 5° gushyiraho amabwiriza agenga ibikorwa, imikorere n’imyifatire mu by'ubucuruzi by’abakigize, abakozi bacyo n’abagihagarariye hakurikijwe amabwiriza, politiki, uburyo bukurikizwa n’imikorere y’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana; "5° to regulate the operations, standards of practice and business conduct of its members, its employees and representatives in accordance with the rules, policies, procedures and practices of the clearing house; " Bwana ntahontuye jean de dieu, ahawe igihe cy'amezi atatu uhereye ku munsi iri teka ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y'u rwanda kugira ngo ahinduze ayo mazina mu gitabo cy'irangamimerere kirimo inyandiko y'ivuka. "Mr ntahontuye jean de dieu is hereby given a three-month's period of time starting from the date of publication of this order in the official gazette of the republic of rwanda to have those names changed in the registry of births. " Igihembwe cya gatatu, ku banyeshuri bose bo mu mashuri y‟incuke, abo mu mashuri abanza hamwe n‟abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere, uwa 2, uwa 4 n‟uwa 5 bo mu mashuri yisumbuye, gizatangira ku wa mbere tariki ya 03 kanama 2009 "The third term for senior three (3) and senior six (6) secondary schools shall begin on monday, article 4 : trimestres de l’année scolaire 2009 " Ingingo ya 146: ububasha bwa komite nkemurampaka "Article 146: powers of the arbitration committee " Iyo umucungamutungo w’agateganyo cyangwa umucungamutungo bavanywe mu mirimo, urukiko rushobora gufata icyemezo gikwiriye mu rwego rwo kubungabunga umutungo w’isosiyete y’ubucuruzi, harimo gufata icyemezo gitegeka umucungamutungo provisional administrator’s or administrator’s duties. "Where a provisional administrator or an administrator is removed from office, the court may make an appropriate order for the preservation of the company’s property, including an order requiring the removed administrator to make available any accounts, ordonnance judiciaire demandant l’exécution des attributions d’un administrateur provisoire ou d’un administrateur. " Ashingiye ku itegeko n° 005/2016 ryo ku wa 05/04/2016 rigenga imbuto n’amoko y’ibihingwa mu rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 48; "Governing seeds and plant varieties in rwanda, especially in article 48; " 15 gereza ya gisirikare gereza ya gisirikare gasabo umujyi wa kigali/ city of kigali/ ville de kigali "4 º the organisational structure of the cell of the city of kigali. " Dr laurent mbanda (sé) perezida n‟umuvugizi "Dr laurent mbanda (sé) president and legal representative " Ishami ryo muri minisiteri rifite ihuzabikorwa ry‟imfashanyo ziturutse mu mahanga mu nshingano zaryo rishinzwe guhuza no gushaka imfashanyo zikomoka mu mahanga ziza ari inkunga n‟impano no kuzitangira raporo. "The external assistance coordination function at the ministry shall be responsible for coordinating, mobilizing and reporting on foreign aid in form of grants and donations. " Leta iha umwarimu ibikoresho bya ngombwa kugira ngo abashe kurangiza inshingano ze. "The state provides a teacher with necessary equipment to carry out his or her duties. " *guteza imbere uburezi n`ubuvuzi *kurwanya ivangura ry’amoko *guteza imbere isanamitima,ubumwe n`ubwiyunge tubinyujije mubikorwa by`amajyambere "*promotion education and health * fighting against segregation *discriminatory experiences, trauma healing and unity reconciliation through developmental activities " Ingingo ya 41: inshingano z’umukozi "Article 59: function of an administrator " Abavuye mu nyangamugayo z‟inkiko gacaca kubera imikorere cyangwa imyitwarire mibi ntibashobora gutorerwa kujya muri komite z‟abunzi. mediator’s "The persons who have been suspended from the category of persons of integrity in gacaca courts due to their under performance or misconduct cannot be elected as mediation celle du conciliateur " Ubushobozi n’ubunyangamugayo bisabwa bikubiyemo ariko ntibigarukira kuri ibi bikurikira: "(2) criteria for competence and capability include but not limited to, the following elements: " 1° gushyira mu bikorwa ibyemezo byose byafashwe n‟inama y‟ubuyobozi; 2° gukurikirana ibikorwa bya buri munsi bya mhc; 3° kuyobora, gukurikirana no kugenzura imikorere y‟abakozi ba mhc; "1° implementing all the decisions taken by the board of directors; 2° monitoring daily activities of the mhc; " Ingingo ya 96: iseswa ry’itorero adepr "Article 96: dissolution of the adepr church " Amategeko yose ashyiraho pariki z’igihugu asanzwe akurikizwa mbere y’uko iri tegeko ritangira gukurikizwa akomeza kubahirizwa mu ngingo zayo zose zitanyuranyije n’iri tegeko mu ireme ryaryo kugeza igihe amateka ya minisitiri ashyiraho pariki z’igihugu zisanzweho atangiye gukurikizwa. "All the laws establishing national parks in force before the commencement of this law continue to apply in all their provisions that are not inconsistent, in substance, with the provisions of this law up to the commencement of orders of the minister establishing national parks. " Icyo gitabo kigomba guhabwa ikigo kugira ngo kikigenzure igihe kibisabye. "Such register shall be made available for inspection by the authority at its request. " Ingingo ya 9: raporo zitangwa n’inzego z’ibanze "Article 9: reports submitted by local authorities " Ingingo ya 44: amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi bijyanye n’ibikorwa by’ubushakashatsi n’ubucukuzi bwa peteroli "Article 44: administrative faults and sanctions related to petroleum exploration and production activities " Ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa cyifuza guseswa ku bushake kigomba gusaba urwego rw’ubugenzuzi mu nyandiko uburenganzira bwo kubikora. "A deposit-taking microfinance institution that intends to be voluntarily liquidated must, in writing, apply for authorisation to do so from the supervisory authority. " 8° itariki y’ibaruramari: itariki yemezwa n’ubufatanye mu bucuruzi ko ari cyo gihe buhagarikira ibaruramari ryabwo; "8° accounting date: a date determined by a partnership as its accounting year-end date; " Umuganga cyangwa umuganga w’amenyo ukora imirimo y’ubuganga mu by’ubuvuzi atanditswe ku rutonde rw’urugaga kimwe n’umuganga cyangwa umuganga w’amenyo ukora mu gihe yahagaritswe by’agateganyo cyangwa burundu, ashyikirizwa inkiko zibifitiye ububasha. article 30 : non discrimination "Any medical doctor or dentist who practices his/her profession without being registered in the register of the council as well as one who practices while he/she is subject to temporary or permanent suspension shall be brought before the competent courts of law. article 30 : non discrimination " Umutwe wa iv: imiterere n’imikorere bya wda "Chapter iv: organisation and functioning of wda " 20. ibicuruzwa bitumizwa kugira ngo bikoreshwe mu butabazi mu gihe cy’amage mu gihugu kigize umuryango iki n’iki cyabayemo ikiza "20. relief goods imported for emergency use in specific areas where natural disaster/calamity has occurred in a partner state " Abashinzwe gutanga amakuru basabwe gukurikiranira hafi imishyikirano ndetse n‟ibikorwa mu rwego rw‟ubucuruzi bagirana n‟abantu baba mu bihugu bigaragara ko, mu rwego rwo kurwanya iyezandonke, bidakurikiza cyangwa bikurikiza mu buryo butuzuye ingingo z‟amategeko zisa n‟iziteganijwe muri iri tegeko "In order to fight money laundering, reporting authorities are required to pay special attention to their business relationships and transactions with persons residing in countries which do not apply regulations for combating money laundering or apply insufficiently regulations equivalent to those provided for in this law. " Inshingano z’umunyabanga mukuru: 1.umunyabanga mukuru wa beth ammi christian fellowship church (b.c.f.c) agomba kuba afite:impamyabushobozi y‟ikiciro cya a1 "Beth ammi christianc fellowship church ( b.c.f.c) …………….…………17 " (e) umukozi ushinzwe kureba uburyo ibisabwa bikurikizwa ashyirwaho ku rwego rw’ubuyobozi bukuru mu kigo cy’utanga serivisi zo kohereza amafaranga kandi agomba kuba afite inshingano zisobanutse neza muri gahunda yo kurwanya iyezandonke n’ibikorwa bitera inkunga iterabwoba; "(e) a compliance officer shall be appointed at the senior management level in the remittance service provider and must have explicit and ultimate responsibility for anti-money laundering and the combating of the financing of terrorism compliance program; " Umuyobozi wese ukora igikorwa kigamije gusebya igihugu cyangwa leta, ahanishwa igifungo kuva ku myaka itatu (3) kugeza ku myaka itanu (5) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni imwe (1.000.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000). "Any authority who commits an act aimed at tarnishing the image of the country or the government, shall be liable to a term of imprisonment of three (3) years to five (5) years and a fine of one million (1,000,000) to five million (5,000,000) rwandan francs. " 3° ku burenganzira ku izungura cyangwa ku kunyuranya n’itegeko mvamahanga cyangwa icyemezo cy’urukiko mvamahanga cyangwa cyo mu rwego rw’ubutegetsi mvamahanga cyangwa igikorwa kigamije kwemera, kurengera, gushyira mu bikorwa cyangwa guha agaciro ubwo burenganzira, ibyishyuzwa cyangwa inyungu. "3° of heirship rights or contradiction with a rule of a foreign law or a foreign judicial or administrative order or action intended to recognise, protect, enforce or give effect to such rights, claims or interests. " Ingingo ya 20: ingaruka zo kutubahiriza ibisabwa mu myishyurire y‟inyungu ku migabane "Article 20: effects of non compliance with conditions of payments of any dividend distribution " Guhagarika imirimo cyangwa gufunga ikigo bigomba kurangirana n’igihe cyatanzwe mu ibaruwa imenyesha. "A strike or lock-out comes to an end with the period specified in the notification. " Iteka rya perezida rishyiraho abagize inama y‟ubuyobozi harimo perezida na visi- perezida. abagize inama y‟ubuyobozi batoranywa hakurikijwe ubushobozi n‟ubuzobere. "A presidential order shall appoint members of the board of directors including the chairperson and the deputy chairperson. les membres du conseil d’administration dont le président et le vice-président sont nommés par arrêté présidentiel. " Ingingo ya 17: gusaba urukiko guca urubanza rutangaza urupfu rw’umuntu wabuze "Article 17: applying to the court for a declaratory judgment of death of the disappeared " Umwana afite uburenganzira bwo gufata imiti igabanya ubukana igihe bibaye ngombwa. "The child shall have the right to take anti- retroviral drugs in case of need. " Iyo perezida na visi-perezida badahari, batabonetse cyangwa banze, inteko rusange ihamagazwa mu nyandiko isinyweho na 1/3 cy‟abanyamuryango nyakuri. icyo gihe, abagize inteko bitoramo perezida w‟inama. "In case both the president and the vice- president are absent or fail to convene it, the general assembly is called upon in a letter signed by the 2/3rd of the effective members. in this case, the assembly shall elect a president for the session. " Ubuyobozi bw’icyubahiro bwa abi bugizwe n’umuyobozi w’icyubahiro ushyirwaho n’iteka rya perezida. "The title of founder president is recognized by this statute. " Rishyiraho ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi bw‟indabyo, imboga n‟imbuto mu rwanda (rhoda) rikanagena inshingano, imiterere n‟imikorere byacyo; "On the establishment of rwanda horticulture development authority (rhoda) and determining its responsibilities, organization and functioning; " Habungwabungwa ibidukikije, ubuzima n’umutekano by’abantu. "Comply with environmental, health and safety standards. " Iyo umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi n’umuyobozi w’ishami ry’ubutegetsi n’imari badahari, umunyamabanga nshingwabikorwa "In absence of both the director of research unit and the director of administration and finance, the executive secretary shall designate any other employee to replace " Inama mpuzabikorwa y’ururembo itumizwa ikanayoborwa n’umushumba w’ururembo mu rwego rwo guhuza no gukurikirana ibikorwa by’itorero adepr mu mbibi z’ururembo. "The regional coordination meeting is convened and chaired by the regional pastor in order to coordinate and monitor the adepr church activities within the region borders; " “ibiteganywa mu ngingo ya 9 n’iya 10 z’iri tegeko bikurikizwa mu kumenya umwirondoro w’umukiriya udahoraho no kugenzura inyandiko z’umukiriya, mu gihe habayeho ibikorwa by’ubucuruzi bifite agaciro k’amafaranga angana nibura n’ikigero cyashyizweho n’urwego. "The provisions of articles 9 and 10 of this law apply to identification of the occasional client and verification of that client’s documents in case of transactions involving an amount equivalent to at least the threshold set by the centre. " Iri teka rishyiraho amabwiriza agenga imyifatire y’abantu bahagarariye inzego zigira uruhare mu gikorwa cy’amatora. "This order establishes regulations governing the conduct of persons representing organs which participate in the electoral activity. " Inyamaswa ziri ku mugereka wa mbere ntizemerewe guhigwa na gato keretse hari uruhushya rutangwa n‟inzego zibishinzwe. "The animals mentioned in appendix 1 should not be hunted except when there is prior authorization from competent authorities. chapitre premier: dispositions generales " Ingingo ya 243: igura rikozwe n’undi muntu "Article 243: purchase by a third party " Imbabazi zitangwa n’itegeko ni imbabazi zitangwa mu nyungu rusange zihabwa abantu ku bihano bari barakatiwe. "Amnesty is a pardon granted in the general interest and for the benefit of convicted persons in respect of the offences they have committed. " Iteka rya minisitiri ufite ubutegetsi bw‘igihugu mu nshingano ze rigena amafaranga agenerwa izo nzego. "An order of the minister in charge of local government shall determine budget to be allocated to such entities. " Mu ishyirwa mu bikorwa ry’iri tegeko, minisiteri ifite imitunganyirize y’imijyi n’imyubakire mu nshingano zayo ishinzwe: "For the purpose of the implementation of this law, the ministry in charge of urban planning and building shall have the following responsibilities: " Abagize inama y’inararibonye batoranywa mu bantu bujuje ibi bikurikira: "The academic council shall be composed of the following persons: " 12° gutanga raporo y’ibikorwa bya buri gihembwe ku nama y’ubuyobozi ya fic; "12º to submit the quarterly activity report to the board of directors of fic; " Ingingo ya 24 : ururembo ni ihuriro ribumbiye hamwe amaparuwasi y‟ururembo hagamijwe igikorwa cyo kunoza imikorere n‟ubuyobozi. inteko y‟ururembo nirwo rwego rukuru rw‟ururembo. igizwe n‟intumwa enye z‟ibitsina byombi za buri paruwase n‟intumwa ebyiri za buri karere k‟ivugabutumwa ziri mu rurembo n‟umuyobozi w‟ururembo. inteko y‟ururembo yitoramo prezida, visi-prezida, n‟umunyamabanga. manda yayo imara igihe cy‟imyaka ine. inteko y‟ururembo iterana rimwe mu mezi section three: the executive committee "Article 24: a region is an entity which brings together all parishes in an ecclesiastic province for a harmonious administrative purpose. the regional synod is the supreme organ of the region. its composed of four delegates from each parish two delegates from each evangelization field in the region and the president of the region. the regional synod elects its president, vice president and secretary. they are all elected for a renewable mandate of 4 years once. the regional synod meets once in six months and any time when it is necessary. " Risezerera ba ofisiye bato ba polisi y’igihugu "Dismissing junior officers from rwanda national police " Ingingo ya 14: manda y’abagize inama nkuru y’urugaga "Article 12: senior management council " 10) umubare w’ibihingwa byabazwe …………………………amahundo/ibihingwa byashibutseho byabonetse ……..% "10) number of plants counted ……………………………………… tassels/selfing plant found ……..% " Ingingo ya 9: komite ishinzwe guhitamo uhabwa isoko komite ishinzwe guhitamo uhabwa isoko ishyirwaho n’inama y’ubutegetsi bwa sezar, hagamijwe gushyira mu bikorwa ibiteganyijwe mu ngingo ya 8 y’aya mabwiriza, igizwe n’aba bakurikira: "The selection committee to be appointed by the board of directors of sezar for purposes of implementation of the provisions of article 8 of this regulation is composed of the following: " Ingingo ya 67: umucamanza uri ku yindi mirimo mu rwego rw’ubucamanza "Article 67: judge in other judicial service " 6° ishyirwa mu bikorwa na gahunda byo kubaka ubushobozi bw’abagize inama y’ubutegetsi, ubuyobozi bukuru, n’abahagarariye utanga serivisi y’imari ; "6° capacity building implementation and plans for directors, senior management and representatives; " Umuntu wese wemerewe gukora isuzuma ryo kwinjira cyangwa gusuzuma ahari intege nke agomba kuba afite nibura bumwe mu bumenyi bukurikira: "Any person entrusted to conduct penetration test or vulnerability assessment shall have at least one or some of the following qualification: " Ashingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo ku wa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 37, iya 118 n’iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in articles 37, 118 and 201; " Abashyize umukono kuri aya mategeko bashinze umuryango witwa rwanda- spiruline asbl, “ars” mu magambo ahinnye, ugengwa n’aya mategeko shingiro hamwe n’itegeko n° 20/2000 ryo ku wa 26 "The signatories to this constitution do create a non-profit making organization hereafter named rwanda-spiruline association asbl, “ars” in short, governed by the present statutes and by the law n°20/2000 of july 26 " 18° ukorana n’ikigo ku bushake: umuntu ukora nk’utanga amakuru, umufatabuguzi cyangwa bombi, bishingiye ku bushake. "18° voluntary participant: a person who serves as a data provider, subscriber or both, on a voluntary basis. " 4. gukurikirana imirimo ya za komisiyo; "4. follow up activities of commissions; " Ingingo ya 7: ibisabwa mu kwandikisha ubwiteganyirize bwa pansiyo bw’inyongera bushingiye ku kazi "Article 7: requirements for registration of a complementary occupational pension scheme " Ingingo ya mbere: icyo iri teka rigamije iri teka rigena uburyo ingwate y'amafaranga yo kurengera ibidukikije itangwa n'uburyo ikoreshwa ministerial order n°001/minirena/2015 of 24/04/2015 "Article one: purpose of this order this order determines modalities and requirements for the financial guarantee of arrete ministeriel n°001/minirena/2015 du 24/04/2015 " (b) nimero ya konti y’uwohereje amafaranga mu gihe iyo konti yakoreshejwe kugira ngo hakorwe igikorwa cy’ubucuruzi cyangwa nimero yihariye national identity number, customer identification number or date and place of birth, place of residence or domicile; "(b) the originator account number where the account is used to process the transaction or a unique transaction reference number if no account number exists; numéro d’identité nationale, un numéro d’identification du client ou la date et le lieu de naissance, le lieu de résidence ou le domicile ; " Inama ya komite ncungamutungo itumizwa na perezida wayo mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) y’akazi. iyo adahari, itumizwa na visi perezida. "The committee is convened by its chairperson within five (5) working days. in his or her absence, it is convened by the deputy chairperson. " Umuntu wese, abigambiriye, utanga amakuru atari yo k’ushinzwe igenzura cyangwa k’utanga icyemezo cyangwa usiba amakuru y’ingenzi agamije kubona uruhushya cyangwa icyemezo cy’umukono koranabuhanga ukozwe mu mibare, aba akoze icyaha. "Any person who intentionally makes any misrepresentation to, or suppresses any material fact from or to the controller or the certifying authority for obtaining any license or digital signature certificate, commits an offence. " 24° ishyamba rya leta: ishyamba riri ku butaka bwa leta ryatewe na leta, umushinga wa leta, umuganda cyangwa urundi rwego urwo ari rwo rwose, irya cyimeza, iryo ku nkengero z’imihanda ya leta, iryo ku nkengero z’inzuzi n’ibiyaga, iryeguriwe leta n’ishyamba ryose ritagira nyiraryo; "24° state forest: a forest on state land planted by the state, government project, planted through community work or any other organ, a natural forest, forest planted along state roadsides, along the shores of rivers and lakes, a forest transferred to the state and any other un owned forest; " 1° kugira uruhare mu kugena ireme ry’ibyo umuhanga mu by'imiti agomba kuba ashobora gukora no kugira uruhare mu kugena uburyo inyigisho zikwiye gutangwa mu kwigisha ubuhanga mu by'imiti muri za kaminuza mu rwanda; "1° to participate in the process of defining the quality of potential procedures expected from a pharmacist and to participate in determining standards for pharmacy education at the university level in rwanda; " Y’iri teka, isosiyete ishobora gupiganira isoko riri mu byiciro bibiri byo munsi y’icyo irimo igihe yifatanije na sosiyete iri muri ibyo byiciro ariko akaba ari yo (2) the joint venture agreement must be part of the documents submitted in the bid of the joint venture. "(6) subject to the provisions of article 6 of this order, a company is allowed to bid for a tender in the next two categories below its category when it forms a joint venture with a company belonging to (2) l'accord du groupement d’entreprises doit faire partie des documents soumis dans l'offre du groupement. " (sé) frère ivica peric umuvugizi w’umuryango (sé) harelimana innocent "(sé) frère ivica peric legal representative (sé) harelimana innocent deputy legal representative " (4) inama njyanama y’akarere cyangwa iy’umujyi wa kigali igena buri mwaka ahafatwa nk’icyaro cyangwa nk’umujyi nk’uko biteganywa mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tegeko. article 29: trading licence tax rate "(4) the district council or the council of the city of kigali determines annually the rural or urban areas as provided for under the table annexed to this law. " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umuyobozi nshingwabikorwa w’akarere .............. 42 "Prime minister’s order appointing a district executive administrator ................................ 42 " Kubogama, urwikekwe, kugongana kw’inyungu cyangwa ingaruka zidakwiye ntibisimbura ubunyamwuga bw’imyitwarire y’umukozi wa leta. "Bias, prejudice, conflict of interest or undue influence do not supersede the professionalism of conduct of a public servant. " Ingingo ya mbere: appointment "Article one: appointment " (sé) urekezi anastase minisitiri w’intebe "(sé) murekezi anastase the prime minister " Iyo igihe cyose komite isanga ari ngombwa, ishobora gukora iperereza ku busabe bw’indishyi butanzwe kandi ikamenyesha mu nyandiko uwatanze ubusabe imusaba kuboneka ku itariki iyi n’iyi cyangwa gutanga amakuru aya n’aya cyangwa gutanga izindi nyandiko izi n’izi cyangwa ibindi bimenyetso ku isaha n’ahantu havugwa mu itangazo yohererejwe. iyo uwatanze ubusabe adashoboye kuboneka cyangwa se akananirwa gutanga ibimenyetso mu rwego rw’iryo perereza ku itariki ivugwa mu itangazo cyangwa se mu gihe kirekire gishobora kwemerwa na komite bitewe n’impamvu iyi n’iyi, komite ishobora kwanga ubusabe bwe. "The committee may accept a claim lodged otherwise than in accordance with the paragraph (6). if at any time the committee considers it necessary so to do, it may hold an inquiry into the claim of the applicant and shall by notice in writing, inform the applicant to be present on such date or provide any information or produce any securities documents or statements of evidence, and at such time and place as may be specified in the notice. where the applicant fails to appear or provide or produce evidence for such inquiry on the date set out in the notice or within such longer period as the committee may allow in any particular case, the committee may disallow the claim. " Ingingo ya 45: serivisi zitangwa nyuma yo kugurisha "Article 45: after sale services " B. utanga ibisobanuro cyangwa raporo mu rwego rwo gufasha abo ziba zigenewe gufata ibyemezo ku bijyanye n’igihe amasezerano y’ibicuruzwa by’ibanze yakorerwa cyangwa amategeko n'amabwiriza bigomba kuba biyakubiyemo; "B. issues explanations or reports, for the purposes of facilitating the recipients thereof to make decisions on the time at which, or the terms or conditions on which, commodity contracts are to be entered into; " 2. ikigo 1 izina ry‟ikigo 2 nimero iranga umukiriya ya bnr 3 aderesi 4 ubuzima gatozi 5 itariki ikigo cyandikiweho 6 ubwenegihugu 7 nimero y‟iyandikwa ry‟ikigo 8 icyicaro cy‟ikigo "2. legal entity 1 company names 2 bnr reference number(if any) 3 adress 4 judicial form 5 date of creation 6 nationality 7 trade document number 8 headquarters " 10.4. ku byerekeye abahagarariye abakinnyi bavugwa mu ngingo ya 8.3 y’aya mategeko shingiro, iyo bahise batakaza uburenganzira bwo kuba umunyamuryango bikimara kugaragara ko batacyujuje ibisabwa bivugwa muri iyo ngingo ya 8.3 ; "10.4. with regard to representatives of athletes mentioned under article 8.3. of these statutes, by the automatic losing of the membership since the time they no longer fulfill requirements under article 8.3. " N°79/01 ryo ku wa 30/09/2015 "Nº79/01 of 30/09/2015 " Iteka rya perezida n° 035/01 ryo ku wa 07/02/2019 risezerera nta mpaka umukozi wa leta "Presidential order n° 035/01 of 07/02/2019 automatically removing from office a public servant " Ingingo ya 34: buri rwego rwa pdi rugira inama isanzwe. rushobora no kugira inama zidasanzwe. amategeko ngengamikorere ya pdi agena uko inama zitumizwa n‟uko ziyoborwa. "Article 34: each pdi organ shall hold ordinary meetings. it may also hold extraordinary meetings. the internal rules and regulations of pdi shall determine procedures for convening and chairing these meetings. " Ingingo ya 7: isuzuma ribanziriza icyemezo regulation n° 46/2022 of 02/06/2022 "Section 5: technologies de l'information et de la communication official gazette n° 26 of 27/06/2022 " Umutwe wa mbere: izina, uburambe,icyicaro, ubufatanye, intego, uburyo "Chapter one: name, duration, head office, affiliation, objective, action means " Ingingo ya 10 : abagize urukiko rwisumbuye buri rukiko rwisumbuye rugizwe na perezida w’urukiko, visi-perezida n’abandi bacamanza nibura batanu (5), abanditsi b’urukiko kimwe n’abandi bakozi ba ngombwa. ingingo ya 11: ishyirwaho rya perezida, visi perezida n’abacamanza b’urukiko rwisumbuye perezida, visi-perezida n’abacamanza b’urukiko rwisumbuye bashyirwaho na p erezi da w’uruk i ko rw’ik i renga byemejwe n’inama nkuru y’ubucamanza. i b y o p e r e z i d a , v i s i - p e r e z i d a n’abacamanza b’urukiko rwisumbuye basabwa kuba bujuje bi teganywa n’itegeko rigenga abacamanza n’abakozi b’inkiko. "Article 10: composition of the intermediate court every intermediate court shall consist of the president of the court, the vice president and at least five (5) other judges, court registrars and such other support staff as deemed necessary. article 11: appointment of the president, the vice president and judges of the intermediate court the president, vice president and the judges of intermediate court are appointed by the president of the supreme court upon approval by the high council of the judiciary. the conditions required to be fulfilled by the president, the vice president and judges of the intermediate courts are determined by the law on statutes for judges and other judicial personnel. " Inyigisho mu mashuri yihariye y’incuke, abanza cyangwa ayisumbuye zitangwa mu byiciro bimwe n’ibyo mu mashuri asanzwe biri mu rwego rumwe. "The subjects taught in specialized nursery, primary or secondary schools shall be offered in the same cycles as those of ordinary schools of the same level. " Ingingo ya 48: uburenganzira bwo gutanga ikirego cyo mu rwego rw’ubutegetsi cy’umuntu ufunzwe kirebana n’uburyo afashwe "Article 48: right to file an administrative complaint by an incarcerated person about his or her treatment " 7° gusuzuma no kwemeza raporo y’imikoreshereze y’imari yakozwe n’ibiro byigenga bigenzura umutungo ; "7° to examine and approve the accounts of the cooperative; " Ingengo y’imari ya komisiyo yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. "The budget of the commission shall be approved and managed in accordance with relevant legal provisions. " 26. tushabe brenda mwene njungu geophrey na cyebitama wavukiye kiboga / uganda kuwa 28/11/1994. "26. tushabe brenda daughter of njungu geophrey and cyebitama born in kiboga / uganda on 28th /11/1994. " Igipimo cy‟ibintu byangiza akayunguruzo k‟imirasire y‟izuba bitumizwa mu mahanga gishyirwaho ku buryo kigenda kigabanuka hakurikijwe ingamba z‟igihugu zo kugabanya article 5: inventory of ozone layer depleting substances "The quotas of imported ozone depleting substances shall be fixed on decreasing scale in conformity with national strategies on reduction of the use of the ozone layer article 5: inventaire des produits altérant la couche d‟ozone " Umujyanama wese agomba gutanga ituze mu nama. umujyanama ubuza ituze mu nama y‟inama njyanama, umuyobozi w‟inama njyanama amuhamagara mu izina rye amwibutsa kwitonda. "Every councillor shall be orderly in the meeting. the chairperson of the council shall call any councillor who disrupts council meeting by name council reminding him or her to be orderly in his or her conduct. " Ingingo ya 11: inshingano z’itsinda ry’abayobozi "Article 11: responsibility of the leadership group " Umwanditsi mukuru ashobora gusaba urukiko hashingiwe kuri iyi isosiyete yananiwe gukosora amakosa yakozwe mu gihe cy’iminsi icumi (10) y’akazi nyuma yo gushyikirizwa inyandiko imenyesha ko isosiyete isabwa kubikora; cyangwa yakoze amakosa yo kutubahiriza amabwiriza isosiyete yahawe na minisitiri hakurikijwe iri tegeko. "The registrar general may apply to the court under this article if a company defaults in complying with a requirement in this law and fails to make good any such default within ten (10) working days after the service of a notice on the company requiring it to do so; or defaults in complying with any direction given to the company by the minister under this law. " Ingingo ya 133: ikimenyetso cy’imenyesharuhame "Article 133: proof of summons by public notice " Iyo umuti n’ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi bitemewe gukoreshwa mu rwanda, umwanditsi w’imiti n’ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi yemera ko unyura mu gihugu ugana mu kindi iyo azi ko bizemererwa kwinjira mu buryo bwemewe n’amategeko muri icyo gihugu. "Where agrochemicals are not authorized in rwanda, the transit of such agrochemicals shall be granted by the registrar of agrochemicals if he/she is sure that such agrochemicals will be legally accepted in the country of destination. " (b) gusuzuma ubushobozi bw’intumwa bwo gucunga ibikorwa by’ibigo by’imari binyuranye, hitabwa cyane cyane ku bijyanye n’ahantu gikorera, ikoranabuhanga n’amafaranga gikoresha. "(b) assess the capacity of the agent to manage transactions for different financial institutions with due regard to the working space, technology and its funds. " (1) inama njyanama y’urwego rw’imitegekere y’igihugu rwegerejwe abaturage igena ibipimo by’amahoro ateganyijwe muri iri teka bitarenze itariki ya 30 kamena ya buri mwaka. "(1) the council of a decentralised entity determines the rates of fees provided for by this order not later than 30th june of every year. " Nta muntu wundi uretse ubyemerewe ugomba kwinjiza mu gihugu imashini iyo ariyo yose cyangwa igikoresho cyerekeye imikino y‟amahirwe. "No person other than a licence holder shall import into the country any gaming machine or gaming device. " Ishingiye ku itegeko n°42/1988 ryo kuwa 27/10/1988 rishyiraho interuro y‟ibanze n‟igitabo cya mbere cy‟urwunge rw‟amategeko mbonezamubano; "Having reviewed law nº 42/1988 of 27 october 1988 instituting the preliminary title and book one of the civil code; " Umwishingizi cyangwa umwishingizi w’abishingizi agomba, mu izina ry’umuntu wifuza kongera, kwegukana cyangwa guhererekanya imigabane ihwanye n’uruhare rugaragara cyangwa igenzura ry’inyungu, kubisaba mu nyandiko urwego ngenzuramikorere agatanga ibisobanuro birambuye ku miterere y’iyongera, iyegukana cyangwa ihererekanya n’andi makuru urwego ngenzuramikorere rushobora gusaba. "An insurer or reinsurer shall, on behalf of a person who is seeking to increase, acquire or transfer shares equivalent to significant holding or controlling interest, apply in writing to the regulator providing details on the nature of the increase, acquisition or transfer and any such information that may be requested by the regulator. " Umuyobozi w’ishuri wungirije ushinzwe amasomo cyangwa umuyobozi w’ishuri wungirije ushinzwe imyitwarire bashyirwa mu mwanya hashingiwe kuri ibi bikurikira: "The deputy head teacher in charge of studies or the deputy head teacher in charge of discipline are recruited when they fulfil the following requirements: " Ingingo ya 222: gukoresha telefoni mu gushakisha amasoko ku buryo butaziguye bitabanje kumenyeshwa nyir’uguhamagarwa "Article 222: unsolicited calls for direct marketing purposes " Ingingo ya 20: ibigomba kubahirizwa mu guhitamo abakandida ku mwanya w’ubukomiseri "Article 20: requirements for selection of candidate commissioners " (b) guhagarikirwa by’agateganyo inkunga ya banki nkuru; "(b) temporary suspension of support from the central bank; " Ingingo ya 8: urwego rureberera hec "Article 8: supervising authority of hec " Abayobozi ba federasiyo mu nzego z’ibanze batorerwa manda y’imyaka irindwi (7) ishobora kongerwa. "The federation’s leaders at the grassroots level are elected for a renewable seven (7) year term of office. " Ingingo ya 4: ikarita igaragaza ahakorerwa ubushakashatsi n’ubucukuzi bwa peteroli "Article 4: reference map for petroleum exploration and production " 10° ababuranyi cyangwa abunganizi bashobora kubaza bavuguruzanya n’abatangabuhamya b’urundi ruhande. aho biri ngombwa, umushinjicyaha cyangwa uregwa bashobora kongera kubaza ibibazo abatangabuhamya bahamagaje mu rukiko; "10° parties or counsels can cross-examine witnesses of the other party. where necessary, the prosecution or the defendant can re-examine the witnesses invited in the court; " Icyakora, minisitiri amaze kugisha inama inzego bireba, ashobora gutanga uruhushya rwo gushyiraho inyubako cyangwa ikindi gikorwa bijyanye n’ubukerarugendo no gukoresha umutungo kamere w’amazi n’ibiri munsi yayo. "However, the minister, after consultations with relevant institutions, may authorize some constructions or any other tourism-related activity as well as the use of water and underwater resources. " Isosiyete yifuza gukurwa mu gitabo cy’amasosiyete kugira ngo ishingwe cyangwa yiyandikishe mu kindi gihugu igomba gukora itangazo rigenewe rubanda. "A company intending to be removed from the register of companies so as to be incorporated or to register in another country must give a public notice. " 1º urwego v-1: viza yo kwinjira: iyi viza yo kwinjira ihabwa umunyamahanga ushaka gusura u rwanda ku mpamvu iyo ariyo yose itari iyo gukora cyangwa ubucuruzi kandi atari umwenegihugu w‟igihugu kitishyuzwa viza. "1º class v-1: entry visa: this entry visa shall be issued to a foreigner who intends to visit rwanda for any purpose other than work or business and is not a citizen of a country with which rwanda has a visa waiver regime. " Ingingo ya 12: kuvanaho umwanda uri hafi n’imizinga y’inzuki "Article 12: removal of dirt from the viscinity of the beehives " 14° kwemeza ko uwari umukuru w’igihugu aba umusenateri; "14° to approve a former head of state as senator; " Andika niba ubwiteganyirize bwa pansiyo ari ubwiteganyirize bushingiye ku misanzu yatanzwe cyangwa niba ari ubwiteganyirize bushingiye ku bigenerwa abiteganyirije bizwi (niba hari ubundi bwoko bw’ubwiteganyirize bwandike). "I. state whether the pension scheme is a defined contribution or defined benefit scheme (if other specify) ………………………………………………………………………………… " Ikigo gifite ubuzimagatozi kigomba kwandikisha simukadi yacyo ku izina ry’ukoresha iyo simukadi cyagwa ku izina ryacyo bwite. "The corporate body must request to register its sim card under the name of the sim card user or under its own name. " Buri masezerano, yaba amato cyangwa amanini, yaba ayerekeye amasoko ya leta cyangwa imishinga y‟ishoramari, agomba gukorerwa isuzumwa n‟igenzurwa bihoraho, bigakorerwa raporo kandi minisitiri w‟ubutabera/intumwa nkuru ya leta akagenerwa kopi. "Every contract, complex/big or small, on public procurement or on investement project has to be periodically monitored and supervised. a report on the progress of the works has to be established and a copy of it has to be sent to the minister of justice/attorney general. " Amasezerano agenga sheki yumvikanwa kandi akagira ingaruka zishingiye ku mategeko y‟igihugu cy‟aho amasezerano agomba gushyirirwa mu bikorwa. "A contract on a cheque shall be interpreted and have effect in accordance with the law of the country where the contract is to be performed. " E) ishoramari rifatika mu byerekeye umubare w’imari ishowe mu mushinga, ibiteganyijwe kuzagerwaho n’umushinga n’umubare w’imirimo izahangwa; "E) an investment of significant scale in terms of the investment amount, production outputs and number of jobs created; " Mu kurangiza inshingano zayo, fic ikorana n’inzego zishinzwe umutekano, iz’ubutabera n’iz’ubutegetsi mu gihugu, mu karere no ku rwego mpuzamahanga hagamijwe guhererekanya amakuru, ku byerekeye kurwanya ibyaha by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi. "In the performance of its mission, fic collaborates with security, judicial and administrative organs at national, regional and international levels in order to share information related to the fight against the crimes of money laundering, the financing of terrorism and the financing of proliferation of weapons of mass destruction. " Umuntu wese ukoze icyaha cy‟ingengabitekerezo ya jenoside n‟ibindi byaha bifitanye isano na yo ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka icyenda (9) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi ijana (100.000) kugeza kuri miliyoni imwe (1.000.000). "Any person who commits the crime of genocide ideology and other related offences shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to nine (9) years and a fine of one hundred thousand (100,000) to one million (1,000, 000) rwandan francs. " Ingingo ya 3: urutonde rw’intambi n’ibijyana na zo zikoreshwa mu mirimo y’ubucukuzi bwa mine na kariyeri no mu bikorwaremezo "Article 3: list of explosives used in mining and quarrying activities and in civil engineering works " Banki nkuru y’u rwanda imenyesha buri banki na buri kigo cy’imari iciriritse bikorana n’ikigega ingano y’umusanzu n’igihe ugomba gutangirwa mu kigega. "The national bank of rwanda shall notify each contributing bank and each contributing microfinance institution of the premium and the period within which it shall be paid into the fund. " Perezida wa repubulika kagame paul (sé) minisitiri w’intebe makuza bernard (sé) minisitiri w’ingabo gatsinzi marcel (sé) minisitiri w’ibikorwa remezo kamanzi stanislas (sé) minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo prof. nshuti manasseh (sé) bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika : minisitiri w’ubutabera karugarama tharcisse (sé) this order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 14/09/2007. kigali, on 31/12/2007 "The president of the republic kagame paul (sé) the prime minister makuza beranrd (sé) the minister of defense gatsinzi marcel (sé) the minister of infrastructure kamanzi stanislas (sé) the minister of public service and labour prof. nshuti manasseh (sé) seen and sealed with the seal of the republic : the minister of justice karugarama tharcisse (sé) p g j de sa publication au journal officiel de la république du rwanda. il sort ses effets à partir du 14/09/2007. kigali, le 31/12/2007 " Ishyirwaho ry'abashinzwe kurangiza iseswa ry'umuryango rivanaho nta mpaka abagize inama nyobozi n'abagenzuzi b'imari. "The appointment of liquidators shall put an end to the powers of members of the board of directors and the internal auditors. " Iteka rya perezida n° 95/01 ryo ku wa 18/09/2019 rigena uko amatora y’abagize komite y’abunzi akorwa "Presidential order n° 95/01 of 18/09/2019 specifying modalities for electing abunzi committee members " 2° iyo yakatiwe igifungo kirengeje imyaka itanu (5) akaba amaze gufungwa bibiri bya gatatu (2/3) byayo; "2° if he/she was sentenced to a term of imprisonment more than five (5) years and has served at least two-thirds (2/3) of the penalty; " Ingengo y'imari iteganirizwa umwaka uhera ku itariki ya 1 nyakanga ukarangira kuwa 30kamena. "The annual budget starts on july 1 and ends on june 30. " 3° uburyo ucunga ububiko bw'ibicuruzwa yakoresheje cyangwa akoresha mu bikorwa byo mu bubiko bw'ibicuruzwa bwe butarengera inyungu z'umukiriya cyangwa inyungu rusange. "3° the manner in which a warehouse operator has engaged or is engaging in his/her warehouse operation business is not in the interest of the consumer or the public interest. " 1° inkomoko y’igihingwa cyangwa itsinda ry’amoko y’ibihingwa ubwoko burimo; "1° species or group of plant varieties to which plant variety belongs; " Ingingo ya 30 : ihame rusange "Article 30 : principe général " Ingingo ya 42: ingendo zo mu kirere zidahoraho article 31: application forms for license or certificate "Article 31: application forms for license or certificate " Ingingo ya 45: inama rusange y’abashoramari "Article 45: investors general meeting " Umutwe wa mbere: izina, igihe uzamara, icyicaro, intego n‟abagenerwa bikorwa "Chapter one: name, duration, head office and objective " 3° ubwoko bw’imirimo, itariki yakoreweho n’igihe yakozwemo, kimwe n’ibisobanuro byerekana umubare w’amafaranga yayitanzweho; "3° the type of services, dates of performance and their duration and details of related costs; " Ingingo ya 38: kuregera urukiko "Article 38 : l’instance judiciaire " Isuzuma rigomba gukorerwa abasirikare bose. rikorwa buri mwaka. "Evaluation is compulsory for all soldiers. it is carried out on annual basis. " 6° guhagararira ogmr imbere y’amategeko. "6° to represent ogmr before the law. " Twebwe, abashyize umukono kuri aya mategeko shingiro, dushingiye ku bushake dufite bwo guharanira iterambere rusange ry’akarere dukoreramo; twiyemeje gushinga umuryango utegamiye kuri leta uharanira inyungu rusange ugengwa n’amategeko shingiro akurikira : « organisation des parents pour la promotion de l’education en kigali: asppek ». "We, signatories of the present statutes, considering our will to contribute to the development of our intervention area ; we decide to put in place a nongovernmental organization for public interest governed by the present statutes: umutwe wa mbere: izina, icyicaro, igihe n’intego " Uretse abantu bavugwa mu gace ka 9° n’aka 14° by’igika cya mbere cy’iyi ngingo, gukora iyo mirimo itabangikanywa n’umurimo w’ubusenateri ntibibuza abari mu nzego zavuzwe uburenganzira bwo gutorwa. icyakora, 8° employee of a district or the city of kigali; 9° judge; 10° prosecutor; "With exception of persons referred to in points 9° and 14° of paragraph one of this article, the exercise of functions incompatible with the office of a senator does not deprive persons mentioned in the above positions of their right village ; 8° agent du district ou de la ville de kigali ; 9° magistrat ; 10° procureur; " 1° ahakorera banki: ahakorera banki hose ariko atari ku cyicaro gikuru, harimo ishami ryayo, agashami, imashini koranabuhanga itanga cyangwa ikanakira amafaranga (atm) n’ahandi hose hakorerwa ibikorwa bya banki; "1° a place of business of a bank: any premises, other than the head office, including branch, sub-branch/outlet, automated teller machine (atm), or any other place where banking activities are operated; " Rishyiraho kandi rigena inshingano, imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo muri serivisi z’ibiro bya minisitiri w’intebe "Establishing and determining the responsibilities, organisational structure and summary of job positions of the office of the prime minister " (iii) gahunda y’ibikorwa nibura y’imyaka itatu ya mbere. "(iii) an action plan for at least the first three year " 2.6.7. intego z‟imyigishirize z‟imiryango ikorana zigomba kuba zijyanye n‟iz‟ikigo gitanga impamyabumenyi. "2.6.7 the educational objectives of partner organizations shall be compatible with those of the delivering/awarding institution. " (c) ibyerekeye ibisabwa mu rwego rw’ubuzima n’umutekano; "(c) health and safety requirements; " (a) “akanama nshingwabikorwa mu by’imari” bivuga umuryango uhuza ibihugu na guverinoma ufite inshingano yo gushyiraho politiki having reviewed law nº 75/2019 of 29/01/2020 on prevention and punishment of money laundering, financing of terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction as modified; "5° reporting persons: persons whose list is provided for by law nº 75/2019 of 29/01/2020 on prevention and punishment of money laundering, financing of terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction as amended to date; " - kwita ku micungire ya buri munsi y‟umuryango ; - gukora raporo y‟ibyakozwe mu mwaka urangiye ; - gutegura ingengo y‟imari igomba gushyikirizwa inteko rusange ; "- to take care of the daily management of the association; - to write the yearly report of the activities of the disposed of exercise; " 1° “ibikorwa n’imyitwarire binyuranyije n’amategeko”: ibikorwa binyuranyije n’amategeko ngengamyitwarire na ngengamikorere y’abayobozi n’abakozi bo mu nzego za leta n’izitari iza leta; "1° “illegal acts and behaviors”: acts violating the code of conduct and professional ethics governing authorities of public and private institutions; " A) amafaranga y‘ingoboka ku mafaranga y‘ubwishingizi atarinjiye umwishingizi agomba kuvana ku mafaranga y‘ubwishingizi nyakuri yinjiye ateganyiriza amafaranga y‘ubwishingizi ajyanye na raporo y‘imari y‘igihe kiri imbere abarwa hashingiwe ku mubare w‘iminsi isigaye kugeza ku gihe amasezerano y‘ubwishingizi bw‘igihe kigufi azarangiririra kandi hanashingiwe ku byo umwishingizi yagiye ahura na byo mu birebana n‘amasezerano y‘ubwishingizi bw‘igihe kirekire; "(a) unearned premiums provision which the insurer shall allocate from the net underwritten premiums to cover premiums pertaining to future financial reporting period to be calculated based on the number of days remaining up to the expiration in case of short-term insurance policies and based on the experience of the insurer in case of long-term insurance policies; " Banki nkuru ishobora, biciye mu cyemezo cyayo, gusaba guhabwa amakuru ayo ariyo yose, y‟inyongera kuri za raporo zagenwe mu ngingo ya 3 kugeza ku ya 7 z‟aya mabwiriza, yerekeye abafitanye isano na banki n‟ibigo bifitanye isano nayo kugirango irebe ko ibikorwa byose n‟imirimo y‟izo sosiyete cyangwa abo bantu bitabangamiye umutekano n‟imikomerere ya banki bireba kandi ko byubahiriza itegeko rigenga imirimo y‟amabanki. "The central bank may, by decision, require the submission of any information, in addition to the reporting specified in articles 3 to 7 of this regulation, from bank-related parties and affiliates of a bank in order to satisfy itself that the operations and affairs of such companies or persons are not detrimental to the safety and soundness of the bank concerned and are in compliance with the banking law. " Haseguriwe ibiteganywa n’amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi, umufatanyabikorwa afite uburenganzira bwo kugira uruhare mu micungire y’ubucuruzi n’ibikorwa by’ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye. "Subject to provisions of the partnership business agreement, a partner is entitled to take part in the management of the general partnership business and affairs. " 15° abacamanza b’urukiko rw’ibanze. "15° judges of the primary court. " Icyemezo cy’ubwenegihugu nyarwanda certificate of rwandan nationality certificat de nationalité rwandaise "Photo certificate of rwandan nationality " (sé) museminali rosemary (sé) museminali rosemary (sé) museminali rosemary minisitiri w‟ububanyi n‟amahanga n‟ubutwererane "Museminali rosemary (sé) the minister of foreign affairs and cooperation museminali rosemary (sé) le ministre des affaires etrangères et de la coopération " Ingingo ya 23 : ibisabwa mu rwego rwo kuzibura ibikorwaremezo bitunganya amazi yakoreshejwe "Article 23: requirements to de-sludge a wastewater treatment system " 6° umusirikare; "6° soldier; " 4° zasomwe n’umucamanza utaraziburanishije ; "4° are pronounced by a judge other than the one having heard them ; " 3° kwibumbira hamwe: ikomatanya rya banki zemewe ebyiri cyangwa zirenze hakurikijwe itegeko rigena imitunganyirize y’imirimo y’amabanki; "3° amalgamation or merger: the fusion of two or more banks licensed under the banking law; " 30° umutwaro utinjiranwa mu ndege: ikintu gitwarwa mu gice cy’indege cyihariye cyabugenewe ku buryo umugenzi aba adashobora kugira aho ahurira na cyo igihe indege iri mu kirere; "30° hold baggage: baggage which is accepted for carriage in the hold of an aircraft and is inaccessible to the passenger during the flight; " Haseguriwe ibivugwa muri iri tegeko, gutanga ibintu cyangwa serivisi zihariye nk’ibintu cyangwa serivisi byunganira ibindi by’ubundi bwoko bifatwa nk’aho ari igice cy’ibintu cyangwa serivisi by’ibanze. "Subject to the provisions of this law, supply of goods or particular services as complementary goods or services of another kind is treated as part of the principal goods or services. " 12° yitababaza inzobere cyangwa akita ku barwayi bamugarukiye; "12° refer and receive double-referenced patients; " Ahandi wakoze "Other attachements " 2° ikumira ry’urupfu cyangwa ibikomere biterwa n’inkongi z’umuriro; "2° prevention of death or injuries due to fire; " Urwego b1: imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya munani ntarengwa yo kwicarwamo zakorewe kugenzwa n’abafite ubumuga bw’ingingo zimwe na zimwe . "Category b1: automobile vehicles made for the transport of persons and having a maximum of eight seats built to be driven by the physically handicapped persons. " Batorwa muri, kandi na bagenzi babo bari mu nteko rusange. batorerwa imyaka ibiri kandi article 15: the association if led by executive committee composed of:  president;  vice-president  secretary;  treasurer. "The elect are from the general assembly being voted by their fellows for a term of two years that article 15 : l‟association est administré par un comité directeur composé de :  un (e) président (e) ;  un (e) vice-président(e) ;  un (e) secrétaire ;  un (e) trésorier(e). " Ingingo ya 29: itorwa ry’abagize komite ngenzuzi y’ishuri "Article 29: election of members of the school audit committee " 1° umukozi wa leta ufite uburambe ushyizwe mu mwanya usaba uburambe mu kazi; "1° a public servant with experience appointed to a post that requires work experience; " (a) inyandiko zabonetse mu gihe cy’ingamba z’ubushishozi ku mukiriya, izijyanye na konti, izijyanye n’ihanahana ry’ubutumwa mu bucuruzi article 19: performance of customer due diligence process that may tip-off the customer "(a) records obtained through customer due diligence measures, account files, business correspondence and results of an analysis undertaken; article 19 : exécution des obligations de vigilance relatives à la clientèle pouvant alerter le client " Ntawemerewe kwiyandikisha ku ilisiti y’itora irenze imwe.” "No person shall be allowed to register on more than one voter’s register.” " Umunyarwanda wakoreye icyaha cy‟ubugome cyangwa gikomeye ahatari mu ifasi ya repubulika y‟u rwanda ashobora gukurikiranwa no gucibwa urubanza n‟inkiko z‟u rwanda hakurikijwe amategeko y‟u rwanda nk‟aho icyo cyaha cyakorewe mu rwanda mu gihe icyo cyaha gihanwa committed by or against a rwandan citizen in an area which does not fall under the sovereignty of any state or committed by any person on board a vessel flying the flag of rwanda and in waters which do not fall under the sovereignty of any state or on board a rwanda­registered aircraft in the territory which is not under the sovereignty of any state. "A rwandan who commits a felony or a misdemeanour, outside rwandan territory, may be prosecuted and tried by rwandan courts in accordance with the rwandan law as if the offence had been committed on the rwandan territory if such an offence is punishable by rwandan law. est perpétrée par ou contre un citoyen rwandais dans un lieu non soumis à la souveraineté d‟un etat, ou commise par toute personne soit à bord d‟un bateau battant pavillon rwandais et se trouvant dans des eaux non soumises à la souveraineté d‟un etat, soit à bord d‟un aéronef immatriculé au rwanda, s‟il se trouve sur des territoires non soumis à la souveraineté d‟un etat. " 5° uhagarariye abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza biri mu murenge utorwa n’abayobozi n’abarimu b’ibigo by’amashuri abanza biri mu murenge; "5° a representative of the head teachers of primary schools located in the sector elected by the head teachers and teachers of primary schools located in the sector; " Mu gihe itariki fatizo y’ibaruramari ry’isosiyete yabyawe n’indi idahuye n’iy’iyayibyaye, itariki fatizo y’iyo sosiyete iyishamikiyeho ku bijyanye n’itariki fatizo true and fair view of the state of affairs of the company as at the accounting reference date and its profit and loss account must give a true and fair view of the profit or loss of the company for the accounting period concerned. "Where the accounting reference date of a subsidiary company is not the same as that of the parent company, the accounting reference date of the subsidiary for the purposes of any sincère et fidèle de la situation de la société à la date de référence comptable et son compte de profits et pertes doit donner une image sincère et fidèle du bénéfice ou de la perte de la société pour l’exercice comptable concerné. " Ingingo ya 21: amakuru asabwa kuri serivisi z’itangizabwishyu "Article 21: information required to the payment initiation services " Rigena imiterere n’imikorere by’inzego z’imicungire y’ibiza "Of 17/07/2018 determining organisation and functioning of disaster management organs " Ingingo ya 30: iyubahirizwa ry’amategeko n’amabwiriza rusange "Article 30: conformity with laws and general regulations " 3º umubare n’ubuso by’ubutaka bukoreshwa neza ; "3º the number and surface area of land effectively exploited; " Ishyirwaho ry’icyanya kamere cya leta ryubahiriza inzira imwe n’iyo gushyiraho pariki y’igihugu nk’uko biteganywa mu ngingo ya 10 "Establishment of a state-owned nature reserve complies with the same procedure as for establishment of a national park as provided for in article 10 of this law. " Umuntu ushaka kwiyandikisha nk’umuntu utubura imbuto, utunganya imbuto cyangwa ucuruza imbuto abisaba urwego rubifitiye ububasha akuzuza ifishi nº 1 iri ku mugereka wa i w’iri teka. "An applicant for registration as a seed producer, seed conditioner or dealer must apply to the competent authority by filling the appropriate form nº 1 in annex i of this order. " Mu matora y’abagize komite nyobozi y’inama z’igihugu, kubarura amajwi bitangira amatora akirangira bigakorerwa imbere y’abagize inteko itora bahari. abayoboye amatora bahita bamenyesha abaturage bahari ibyavuye mu matora. "In the elections of the members of the executive committee of the national councils, counting of votes starts immediately after the closure of polls, before members of electoral college present. the polling officers declare elections results to the population present as soon as counting of votes is done. " 3° kugaragaza izina nyaryo ry’igicuruzwa n’igipimo cy’umusoro ku nyemezabuguzi y’ikoranabuhanga ku bantu banditse ku musoro ku nyongeragaciro; "3 º to indicate real name of goods and related tax rates on the electronic invoice for value added tax registered persons; " Iyo hari impamvu zibiteye, minisitiri ufite polisi y‟igihugu mu nshingano ze agena uturere intwaro, amasasu n‟ibindi bijyana na byo bibujijwe kunyuzwamo, gutungirwamo, "Where circumstances require, the minister in charge of the national police shall specify areas where the transit, possession, trafficking or the carriage of arms, " Ingingo ya 11: guhagarika ibinyabiziga bitubahirije ibipimo ngenderwaho by’ubuziranenge "Article 11: phasing out of vehicles not meeting standards " "Iteka rya perezida rizamura mu ntera komiseri na ba ""officiers"" bakuru ba polisi y‟igihugu ...12" "Presidential order promoting the commissioner and senior officers of the national police ….12 " Ayo masezerano amara igihe gihwanye na manda y‟abagize urwego rufata ibyemezo rwa rab. "Such a contract shall be valid for a period of the term of office of members of the decision making organ of rab. " C. guteza imbere ubufatanye bugamije guhuriza hamwe ingufu z’abafatanyabikorwa banyuranye mu nzego z’ibanze. "C. promoting partnerships that favor joint development of efforts by different stakeholders at the local level. " Hubahirijwe ibikubiye mu ngingo ya 183 y'itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 4 kamena 2003, nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, umugenzuzi mukuru w’imari ya leta agenzura, buri gihe, imikoreshereze y’imari n'umutungo bya leta. "In respect of provisions of article 183 of the constitution of the republic of rwanda of june 4, 2003 as amended to date, the auditor general of state finances carries out, on a regular basis, an audit of state finance and public property. " Naeb irebererwa na minisiteri ifite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano zayo. "Naeb is supervised by the ministry of agriculture and animal resources. " Kongere y’igihugu itumizwa kandi ikayoborwa na perezida wa psp mu rwego rw’igihugu. "The national congress shall be convened and chaired by the psp’s chairperson at national level. " Iyo isubika rikozwe igikorwa giteganyijwe cyatangiye, umucamanza cyangwa umwanditsi amenyesha abo bireba umunsi n’isaha cyimuriweho, bakagenda babisinyiye. nta rindi hamagara cyangwa imenyesha bihabwa ababuranyi batitabye, bapfa kuba bari baramenyeshejwe iyo gahunda mbere mu buryo bukurikije amategeko. "When the adjournment occurs after the planned act has started, the judge or court registrar informs concerned parties of the rescheduled date and time for them to sign it before leaving. no other summons or notice is addressed to parties having failed to appear provided that they had been regularly notified of the schedule. " Igenamigambi ryose rigomba kuba nibura rigaragaramo ibi bikurikira : "Any development plan must include at least the following items: " Inama nshingwabikorwa niyo iyobora umuryango. izo nshingano zihawe umunyamabanga nshingwabikorwa, ushyirwaho n’inteko rusange ibisabwe n’uhagarariye umuryango w’abafurere b’urukundo. "The organization is administered by the executive committee. that mission is delegated to the executive secretary, designed by the general assembly on the proposal of the general senor of brothers of charity. " Umutwe wa iii: abanyamuryango ingingo ya 8: umuryango ugizwe na: - abanyamuryango bawushinze -abanyamuryango bawinjiramo abanyamuryango bawushinze ni abashyize umukono kuri aya mategeko. abanyamuryango bazinjiramo ni abantu gatozi cyangwa imiryango babisaba bamaze kwiyemeza gukurikira aya mategeko, bakemezwa n'in’eko rusange. abanyamuryango nyakuri ni abawushinze n’abawinjiramo. abanyamuryango b’icyubahiro ni abantu gatozi cyangwa imiryango. nyuma yo kwishimira intego z’umuryango, bemera kuwutera inkunga iyo ari yo yose. bemerwa n’inteko rusange.bagishwa inama gusa , ariko ntibatora cyangwa ngo batorwe. "Chapter iii: members article 8: the organization is composed by: - founder members - adherent members founder members are those who signed this constitution. adherent members are any natural or legal persons who after having subscribed to this constitution, will be approved by the general assembly. effective members are founder and adherent members. effective members all have equal rights and duties vis-àvis the organization. honorary members are any natural or legal persons who will be interested in the objectives of the organization and will support its activities both materially and morally. their membership is approved by the general assembly. they may participate in its meetings in an advisory capacity (not elective nor eligible). " Amategeko remezo ya fpr-inkotanyi yo kuwa 28/03/2003 yujujwe n’ ingingo ya 17 quarto iteye ku buryo bukurikira: level; "The rpf-inkotanyi statutes of 28/03/2003 are complimented by article 17 quarto , which reads as follows: civile au niveau du secteur; " (c) inzira za gariyamoshi zihariye zitwara abantu n’ibintu by’abantu ku giti cyabo. "(c) specialised railways used for private transport. " Ingingo ya 8 y’itegeko n° 34/2010 ryo ku wa 12/11/2010 rishyiraho urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (rcs) rikanagena imitunganyirize n’imikorere byarwo ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 8 of law n° 34/2010 of 12/11/2010 on the establishment, functioning and organization of rwanda correctional service (rcs) is modified and complemented as follows: " C. inama y‟ubugenzuzi "C.council monitoring " Article 29: services permis sujet de sous- traitance ingingo ya 30: ibisabwa abandi batanga serivisi article 30: conditions for third-party providers article 30: conditions pour les prestataires tiers umutwe wa x: kurengera abaguzi chapter x: consumer protection chapitre x: protection des consommateurs ingingo ya 31: ihame ngenderwaho article 31: guiding principle article 31: principe directeur ingingo ya 32: ibisabwa byihariye ku bigo article 32: specific requirements for the institutions article 32: exigences spécifiques pour les institutions ingingo ya 33: ibisabwa byihariye ku ntumwa article 33: specific requirements for the agents article 33: exigences spécifiques pour les agents ingingo ya 34: ibisabwa mu gutoranya izina no kumenyekanisha ubucuruzi article 34: condition for branding and marketing article 34: condition d’étiquetage et de marketing umutwe wa xi: ingamba zo gukurikirana no gukemura ibibazo chapter xi: monitoring and remedial measures "Article 29: services permis sujet de sous- traitance ingingo ya 30: ibisabwa abandi batanga serivisi article 30: conditions for third-party providers article 30: conditions pour les prestataires tiers umutwe wa x: kurengera abaguzi chapter x: consumer protection chapitre x: protection des consommateurs ingingo ya 31: ihame ngenderwaho article 31: guiding principle article 31: principe directeur official gazette no.03 of 21/01/2019 " Ingingo ya 54: ibibujijwe ku batanga serivisi z’ubwiteganyirize bwa pansiyo "Article 54: prohibitions for pension scheme service providers " (a) gusuzuma inyandiko n’amakuru atangwa n’ikigo kigenzurwa; "(a) off-site analysis of documents and information from the supervised institution; " N° 032/03 ryo ku wa 18/02/2019 "N° 032/03 of 18/02/2019 " Uruhushya rw’umwimerere rugomba guhora aho imirimo y’ubwubatsi ikorerwa; fotokopi ntizemewe! imbata y’inzu (plans) yemejwe igomba guhora ku kibanza mu gihe cy’imirimo y’ubwubatsi. uruhushya ntiruhererekanywa. guhindura inyubako mu buryo ubwo ari bwo bwose cyangwa kunyuranya n’imbata y’inzu yemejwe bigomba kubanza gusabirwa uruhushya mu karere karutanze. "Original permit must be displayed on job site at all times; copies not allowed! approved plans must be kept on site during construction. permit is not transferable. any changes in construction or deviation from approved plans must be resubmitted to the district. " D. amatariki yo gutangira gukoreshwa; "D. commissioning dates; " Inama za komisiyo zitumizwa mu nyandiko na perezida wa komisiyo cyangwa visi-perezida wa komisiyo iyo perezida adahari, bikamenyeshwa perezida w’umutwe w’abadepite n’abadepite article 60: end of the mandate of ad hoc committee "Committee meetings are convened in writing by the chairperson of the committee or, in case of his/her absence, by the deputy chairperson and communicated to the speaker of the chamber of article 60 : fin du mandat d’une commission spéciale " Tumaze kubona amasezerano y’impano nº tf015345 "Considering the grant agreement nº tf015345 " Mu bunyamabanga no muri tewolojiya. 2. umunyamabanga akora inyandiko mvugo ya komite n‟izinteko rusange kandi akabika inyandiko z‟umuryango. "2. the general secretary put up verbal processes meetings of executive committee and general assembly and keeps archives of the community. 3. he prepares all the correspondances. " Ingingo ya 78: inama zidasanzwe "Article 78: extra-ordinary council meeting " Inzego z‟ishyirahamwe ni izi ziurikira: "The organs of the organization are the following: " Ingingo ya 15: itegurwa, isuzumwa n’itorwa ry’iri tegeko "Article 15: drafting, consideration and adoption of this law " 3° gufata ingamba zikwiriye zo kumenya aho imitungo ye n‟amafaranga bituruka; "3° take all reasonable measures to establish his/her source of wealth and source of funds; " 2º risa neza n’izina ry’ubucuruzi ryanditse cyangwa rikaba ryenda gusa na ryo ku buryo bishobora gutera urujijo; "2º is identical to a business name registered or so nearly resembles that name as to be likely to mislead; " 3° atagishoboye gukora imirimo ye kubera ubumuga bw’umubiri cyangwa uburwayi bwo mu mutwe, byemejwe na muganga wemewe n’amategeko; 4° akatiwe burundu igihano cy’igifungo kigejeje cyangwa kirengeje amezi atandatu (6) nta subikagihano; 5° asibye inama inshuro eshatu (3) zikurikirana mu mwaka umwe nta mpamvu zifite ishingiro; 6° agaragaje imyitwarire itajyanye n’inshingano ze; 7° abangamiye inyungu za sfar; 8° bigaragaye ko atacyujuje ibyashingiweho ashyirwa mu nama y’ubuyobozi; 9° yireze akemera icyaha cya jenoside; 10º apfuye. "3° he or she is no longer able to perform his or her duties due to physical or mental disability certified by an authorized medical doctor; 4° he or she is definitively sentenced to a term of imprisonment equal to or more than six (6) months without any suspension of sentence; 5° he or she is absent in meetings for three (3) consecutive times in a year with no justified reasons; 6° he or she jeopardise the interests of imnr; 7° he or she demonstrates behaviours contrary to his or her responsibilities; 8° he or she no longer fulfils the requirements considered at the time of his or her appointment in the board of directors; 9° he or she confesses and pleads guilty of the crime of genocide; 10° he or she dies. " 1° kunganira perezida wa sena no kumusimbura igihe we na visi perezida ubifite mu nshingano ze z’ibanze badahari ; "1° to assist the president of the senate and replace him/her in case him/her and the vice president who is in charge of doing so are absent; " Y’itegeko nshinga, urwego rw’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta rushyikiriza inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, raporo yuzuye ku ifoto y’umutungo wa leta irimo imikoreshereze y’imari ya leta y’umwaka ushize mbere y’itangira ry’igihembwe cyagenewe gusuzuma ingengo y’imari ya leta y’umwaka ukurikiye. iyo raporo igomba kugaragaza uburyo imari yakoreshejwe, amafaranga yakoreshejwe bitari ngombwa cyangwa hadakurikijwe amategeko, niba harabaye inyerezwa cyangwa isesagura ry’umutungo rusange. "“subject to the provisions of article 79 of the constitution, the office of the auditor general of state finances shall submit each year to both chambers of parliament in joint session prior to the commencement of the session devoted to the examination of the budget of the following year, a complete report on the balance sheet of the state budget of the previous year. this report must indicate the manner in which the budget was utilized, unnecessary expenses which were incurred or expenses which were contrary to the law and whether there was misappropriation or general squandering of public funds. " Ingingo ya 17: gusuzuma ingano y’amafaranga y’ingoboka "Article 17: the reviewing of the provisioning level " Inshingano z’umwanditsi mukuru zirebana no kwandika inyandiko ziteganywa muri iri itegeko zikorwa n’ibiro by’umwanditsi mukuru. "The registrar general's duties relating to registration of documents under this law are carried out by the registrar general’s office. " Iyo umusirikare yinjiye mu murimo wa gisirikare, agashyira umukono ku masezerano ya mbere muri 2º military clothing; "On his/her entry into military service, every soldier who signs an initial contract in rdf is entitled to an 2º l’habillement militaire; " B) indugu, amaheri, tilapia n’inkube: ziroberwa inyuma ya metero mirongo itatu (30 m) uvuye ku nkombe. "B) haplochromis, tilapia and clarias: their fishing area starts from at above thirty meters (m 30) from the shores. " Isosiyete iyo ari yo yose idatanga cyangwa idatangira ku gihe inyandiko ziteganywa n‟iri tegeko ku mwanditsi mukuru, ihanishwa ihazabu ingana n‟inshuro ebyiri z‟amafaranga yakoreshejwe mu kwandikisha igikorwa cyayo. "Any company which fails or delays to provide the registrar general with the documents that are required by this law shall be liable to a fine of as twice as the business registration fee. " Itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko n°12/2009 ryo ku wa 26/05/2009 ryerekeye izahura ry’ubucuruzi n’irangiza ry’ibibazo biturutse ku gihombo nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu……………………………………………………………………………………12 "Law modifying and complementing law n°12/2009 of 26/05/2009 relating to commercial recovery and settling of issues arising from insolvency as amended to date………………...12 " Ingingo ya 7: umubare w‟abanyamuryango nta mubare w‟abanyamuryango uteganyijwe; ariko kandi ntushobora kujya munsi y‟abantu batatu. "Article 7: number of members the number of members is unlimited in principle; it can never be less than three. " 6° gutanga raporo z’urwego mu nzego ziteganyijwe n’iri tegeko; "6° to submit reports of the office to the organs provided for by this law; " Ikirego gita agaciro iyo kidatanzwe mu gihe cy’ukwezi kumwe (1) uhereye umunsi hatangarijweho ibyavuye mu matora. 18 "Each petition shall fall extinct if it is not filed within a period of one (1) month from the day of announcement of the final electoral results. " Ingingo ya 29: ibikorwa bikosora n’ibindi bihano "Article 29: corrective actions and other penalties " 1º gusaba urwego urwo ari rwo rwose raporo ku miterere y’ibidukikije mu gihe birureba; 2º gusura nta nteguza aho ari ho hose hakorerwa umushinga, inyubako, uruganda n’ubucuruzi mu rwego rwo gukora igenzura ku bikorwa bibangamiye ibidukikije; 3º gufatanya n’ibindi bigo n’imiryango yo mu gihugu n’iyo hanze y’u rwanda; 4º kwakira imfashanyo, inkunga cyangwa impano; 5º gutanga ibihembo n’inkunga zishoboka kugira ngo horoherezwe ubushakashatsi no kongerera ubushobozi mu bijyanye no kurinda ibidukikije. umutwe wa iii : urwego rureberera rema "1° to request any organ for a report on the situation of environment in its capacity; 2° to visit, without any notice, anywhere a project operates from, a construction, an industry or a factory and trade in the framework of conducting supervision on acts that degrade the environment; 3° to work hand in hand with other institutions, national and international organisations; 4° to receive aid, assistance or grant; 5° to award rewards and possible support in order to facilitate research and increase capacity in matters related to environment. " Ingingo ya 94: guhanishwa igihano cyo kwihanangirizwa section one: disciplinary regime principles "Section one: disciplinary regime principles " Gasabo (sé) 16. numukobwa sauda umujyanama 119747000090107 "56 bean breeder associate research fellow 400 1 3.iv 1732 984,667 " Ingingo ya 58: igenwa ry’umunsi w’itora n’igihe cyo kwiyamamaza "Article 58: determination of polling date and the period for electoral campaign " Iteka rya perezida rishyiraho high commissioner…………………………………….…… 173 "Presidential order appointing a high commissioner…………………………………….... 173 " Uburyo bwo gutanga uruhushya rwo kubaka ni ubu bukurikira "The procedure for issuance building permit shall be the following: " Abanyamuryango b’icyubahiro ni abantu cyangwa imiryango bemerwa n’inteko rusange kubera ibyiza by’akarusho bakoreye umuryango. "The honorary members are persons or entities who have been accepted by the general assembly because of their good deeds towards the organisation. " (1) ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi biteganyijwe muri iri teka bitangwa hashingiwe – "(1) the administrative sanctions under this order are applied based on – " Icyakora, ibyaha biteganywa n’itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha n’imikorere bya komite y’abunzi biri mu bubasha bw’urukiko rwa gisirikare bishyikirizwa urwo rukiko kugira ngo biburanishwe n’urwo rukiko ku rwego rwa mbere n’urwa nyuma byarabanje gukemurwa n’iyo komite ku rwego rw’umurenge. article 19: repealing of article 136 of organic law n° 51/2008 of 09/09/2008 determining the organization, functioning and jurisdiction of courts as modified and complemented to date "However, offences provided for by organic law on organization, jurisdiction competence and functioning of the mediation committee which are in the competence of the military court shall be filed before this court to be adjudicated at the first and last instance after they are settled by the mediation committee at the sector level. article 19: abrogation de l’article 136 de la loi organique n° 51/2008 du 09 /09/2008 portant code d’organisation, fonctionnement et compétence judiciaires telle que modifiée et complétée à ce jour " Ibihano bivugwa mu ngingo ya 654, iya 655 "Governing the organization of insurance business, especially in articles 54, 55,56, 68 " Abisabwe na bwana renzi sangwa landry fabrice utuye geviret 48/oslo mu gihugu cya ministerial order nᵒ 30/08.11 of 16/01/2014 authorising change of names "On request lodged bya mr. renzi sangwa landry fabrice domiciled in geviret 48/oslo- arrete ministeriel nᵒ 30/08.11 du 16/01/2014 portant authorisation de changement de noms " Nta muntu ushobora kwamburwa icyarimwe uburenganzira bwose umuntu afite mu gihugu keretse ku bakatiwe igihano cy‟igifungo cya burundu. "A person shall not lose all the civic rights except in case of a penalty of life imprisonment. " Iyo nyandiko igomba kugaragaza impamvu y’ihagarikwa ry’icyo cyemezo. iyo iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye ku gihe yashyikirijweho ibyemezo ishize ntacyo minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze abivuzeho, biba byemejwe burundu. "Such writing shall provide reasons that led to the cancellation of those decisions. where a period of fifteen (15) working days elapses without the minister in charge of justice giving his or her views, such decisions shall be presumed as definitively approved. " Ingingo ya 7: gutumira abatayirimo "Article 7: invitation to non-members " - kuyobora abaturage mu gutegura gahunda no gutsura ibikorwa by‟amajyambere y‟icyaro nko gushyiraho imishinga mito mu rwego rw‟imibereho n‟uburezi, ubuzima n‟umwuga ; "- to lead the population in programs and realisation of rural development works like the creation of micro projects in the social, educational, sanitary and professional domains; " Iyo banki nkuru yemeje raporo y’ushinzwe iseswa, imuha icyemezo cy’uko yakoze neza, ikemeza ko iseswa rirangiye. "If the central bank approves the liquidator’s report, gives him/her a final discharge and decide to close out the liquidation process. " 1° muri buri tumanaho ryanditse ryoherejwe n’isosiyete cyangwa ryoherejwe mu izina ryayo; "1° in every written communication sent by, or on behalf of, the company; " O gushyiraho no gukurikirana gahunda zo gukangurira urubyiruko kugira isuku, kwirinda icyorezo cya sida n’izindi ndwara; 11 "Prevention and treatment of blood borne infections hiv/aids and blood borne infections 1 " 1º gutanga umusanzu mu mari shingiro y’ubwo bufatanye mu bucuruzi cyangwa guhindura umugabane we mu mari shingiro y’ubwo bufatanye mu bucuruzi abahuriye muri ubwo bufatanye mu bucuruzi bose batabyemeye; "1º contribute capital or vary the amount of his or her capital contribution to the partnership without agreement of all partners; " 9. nyuma yo kwakira kopi y’ibaruwa yemera ubusabe iturutse ku mugenzuzi w’ibanze, buri mugenzi mu bandi bagenzuzi bose iyo amaze kwakira inyandiko ndangabikorwa agomba gushyikiriza ikigo cye kimukuriye bireba iyandiko ndangabikorwa ya nyuma hamwe n’inyandiko yemera ubusabe y’umugenzuzi w’ibanze kugira ngo abisuzume kandi abifateho icyemezo kandi icyo cyemezo kigomba gufatwa mu minsi itarenze itanu (5) y’akazi uhereye igihe hakiriwe icyemezo cy’umugenzuzi w’ibanze. reba umugereka wa i. "9. upon receipt of a copy of the approval letter from the primary regulator, every other regulator in receipt of the information memorandum shall submit the final information memorandum together with the primary regulator’s approval to their respective authorities for consideration and determination provided that such submission will not be made later than 5 working days following the receipt of the primary regulators decision. refer to annex 1. " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho ushinzwe guhindura inyandiko mu ndimi…………12 "Prime minister’s order appointing a translator……………………………………………...12 " Ubutaka n‟umutungo utimukanwa bivugwa mu ngingo ya mbere y‟iri teka bitanzwe kugira ngo hakorerwe ibikorwa byo kwaguriramo hoteli ya “new century development (ncd) ltd”. "Land and immovable property referred to in article one of this order is allocated for the extension of new century development (ncd) ltd hotel. " Ingingo ya 10: ibisabwa mu rwego rwa tekenike mu gusaba urushya rwo kuvugurura "Article 68: time limit for application for license renewal " 1º kumenyesha mu nyandiko uwahawe uruhushya ko hagiye gutangira inzira zo guhagarika uruhushya cyangwa kurumwambura no kumusaba gutanga ibisobanuro; "1º sending a written notice informing the licensee of the commencement of the suspension or revocation procedures and to require the licensee to provide a response; " Bikorewe i kigali, ku wa 02/07/2015 "Done at kigali, on 24/07/2015 " N° 096/01 ryo ku wa 21/09/2020 "N° 096/01 du 21/09/2020 " Komisiyo ishinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amategeko agenga igikorwa cy’itora kandi igatanga, igihe bibaye ngombwa, amabwiriza akenewe kugira ngo 20° candidate: an individual, a political organisation or a coalition of political organisations fulfilling prescribed requirements that compete in an election; "The commission is responsible for ensuring the implementation of legal provisions governing the holding of elections and provides relevant instructions as necessary to ensure the 20° candidat: personne physique, formation politique ou coalition de formations politiques remplissant les conditions requises en compétition à l’élection ; " Imbago yose igomba gukorwaho ubudahagarara. iyo habayeho impamvu yo guhagarika imirimo y‟ubucukuzi cyangwa kuyigabanya bimenyeshwa kandi bikemezwa na minisitiri ufite ubucukuzi bw‟amabuye y‟agaciro mu nshingano ze. "Every concession shall be kept active. if the exploitation is suspended or restricted, the matter shall be reported to and approved by the minister in charge of mining exploitation. " Ibikoresho bibuza kwisanzura bikurwaho igihe umuntu ufunzwe agejejwe imbere y’urwego rw’ubutabera, imbere y’umuyobozi mu butegetsi bwa leta, kwa muganga cyangwa igihe agiye gukora imirimo yemejwe n’ubuyobozi bw’igororero. "The instruments of restraint are removed when an incarcerated person appears before a judicial organ or an administrative authority, when he or she is brought before a medical staff or when he or she goes to carry out works as approved by the administration of the correctional facility. " (2) abatanga serivisi zo kwishyurana cyangwa kohererezanya amafaranga bagaragaza kandi bakabika umwirondoro w’uwishyuye cyangwa uwohereje n’uw’uwakiriye cyangwa uwishyuwe amafaranga, hatitawe ku hantu uwohereje "(2) the payment service provider or money transfer service providers identify and keep records of the identification of payer or sender and payee or receiver of the funds, without considering the geographic location of sender or receiver of transferred " 12° kubungabunga no gusangiza abandi uburyo bwifashishijwe n’abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi mu gukira ibikomere no kwiyubaka nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi; "12° to maintain and share methods used by survivors of the genocide against the tutsi for recovery and resilience after the genocide against the tutsi; " Iyo uwahawe uruhushya rwo gucukura amabuye y’agaciro avumbuye inganzo y’ubundi bwoko bw’amabuye y’agaciro ataherewe uruhushya, ahita abimenyesha umuyobozi ubifitiye ububasha. "Where the holder of mining licence discovers any mineral deposit with another type of minerals not covered by his or her licence, he or she immediately notifies the competent authority. " «umutungo w’inama y’igihugu y’urubyiruko ukoreshwa gusa mu kuzuza inshingano zayo. "The property of the national youth council shall be used only for the purpose of fulfilling its mandate. " Igihe hari inenge ku gicuruzwa, umuguzi afite uburenganzira bwo gusaba ko igicuruzwa gihuzwa n‟ibisabwa, gisanwa cyangwa gisimburwa nta mafaranga abitangiye, cyangwa akagabanyirizwa igiciro mu buryo buboneye cyangwa se amasezerano ajyana n‟ikigurishwa agaseswa. "In the case of a lack of conformity, the consumer shall be entitled to have the commodity brought into conformity, repaired or replaced free of charge or have an appropriate reduction of the price or the contract rescinded with regard to that commodity. " Icyiciro cya mbere: kongera ubushobozi bw’urwego rushinzwe guhangana n’inkongi z’umuriro "Section one: fire brigade reinforcement " 6° iyo uwapfakaye ataye inshingano zo kurera abana bose cyangwa bamwe muri bo uwapfuye asize, yamburwa n’urukiko rubifitiye ububasha izo nshingano na kimwe cya kabiri (½) cy’umutungo wose, rukanagena ushinzwe kubarera no kubacungira umutungo kugeza igihe bagiriye imyaka y’ubukure. "6° if the surviving spouse fails to fulfil his/her duties of raising some or all of the children left behind by the de cujus, the competent court strips him/her of such duties and of half (1/2) of the whole property and determines guardian of children and who is in charge of ensuring the management of the property until they attain the age of majority. " Umutwe wa iii : imikoranire n’abahanga mu by’ubuvuzi "Chapter iii: collaboration with health professionals " Kigali, ku wa 22/01/2007 "St january, 2007 " Dosiye, inyandiko cyangwa ikindi gikoresho byakiriwe nk’ikimenyetso gitanzwe n’ikindi gihugu hashingiwe ku busabe bw’ubufatanye mu by’amategeko mu buryo buteganyijwe n’iri tegeko cyemerwa mu mihango y’urukiko nk’aho cyaba cyaratangiwe mu rwanda. "Any record, document or other material obtained as evidence from a foreign state pursuant to a request for mutual legal assistance under this law is admissible in court proceedings as it would have been obtained in rwanda. " N o 005/minirena/2015 ryo ku wa 18/06/2015 "N o 005/2015 of 18/8/2015 " 2° amashyamba akomye ku mpamvu zo article 7: state production forests "2° protected forests meant to maintain and article 7 : forêts de l’etat destinés à la production " Ingingo ya 14: iyoherezwa ry’ilisiti z’itora ku cyicaro cya komisiyo y’igihugu y’amatora n’imanikwa ryayo "Article 14: transmission of voters’ registers to the national electoral commission headquarters and their display " Isaba rigomba kuba riherekejwe na raporo ibigenewe yashyizweho umukono n’abayobozi bakuru b’amabanki yakoze amasezerano yo kwihuza cyangwa kwibumbira hamwe kandi iyo raporo igomba kuba igizwe nibura n’ibikurikira: "The application must be accompanied with a due diligence report signed by managing directors of the banks involved in the transaction and the report should at a minimum contain the following: " Umusanzu w’ubwishingizi bw’ibigenerwa umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara ni ibice bitandatu ku ijana (0,6%) by’umushahara ubarirwaho umusanzu. umugabane w’umukoresha kimwe n’uw’umukozi ni ibice bitatu ku ijana (0,3%) by’umushahara ubarirwaho umusanzu kuri buri wese. "The contribution for maternity leave benefits is equal to zero point six percent (0.6%) of the salary to which the contribution is subscribed. the employer and the employee each contributes zero point three percent (0.3%) of the salary to which the contribution is subscribed. " A) igikoresho cyabugenewe gipfundikirwa cyo gushyiramo umwanda kandi kikagirirwa isuku ; b) akabati gafite ibirahure ko kubikamo ibikoresho ; c) akuma gafata amasazi n’utundi dusimba ; "A) they must maintain personal hygiene and keep their clothes clean; b) they must always wear uniform and specifically a white apron, white and closed toe shoes for catering staff; " Umucungagereza afite uburenganzira bwo gusoma dosiye ye ariko atagize icyo avanamo. ashobora gusa guhabwa kopi. "A prison guard has the right of access to his/her personal file without removing any document from it. he/she may only be given a copy. " 1° ingwate mu bwoko bwose bw’umutungo wimukanwa, ufatika cyangwa udafatika, uriho ubu cyangwa uzaboneka, hakubiyemo ibicuruzwa biri mu bubiko, ibikoresho ndetse n’ibindi bifatika, ubwishyu bukomoka ku masezerano cyangwa ku bindi bitari amasezerano, uburenganzira bwo mu masezerano butari mu mafaranga, impapuro n’inyandiko mvunjwafaranga uburenganzira bwo kwishyurwa amafaranga yashyizwe kuri konti yo muri banki, uburenganzira bwo kwakira immovable property in a manner that causes a property right in the goods to arise in a person who holds an interest in the immovable property. "1° security interests in all types of movable asset, tangible or intangible, present or future, including inventory, equipment and other tangible assets, contractual and non-contractual receivables, contractual non-monetary claims, negotiable instruments, negotiable documents, rights to payment of funds credited to a bank account, rights to receive the proceeds under an independent undertaking and intellectual property; " Icyiciro cya 3: kwangiza no konona ibiti, imyaka, ibikoresho by‟ubuhinzi n‟ubworozi n‟ibidukikije "Section 3: degradation and damaging of trees, crops, agricultural tools and environment " 10° ufite ubukungu mu nshingano ze muri komite nyobozi y‟inama y‟igihugu y‟abagore ku karere; "10° the person in charge of economic affairs at national women council executive committee at district level; " Fondation icyizere igizwe n‟abanyamuryango bawushinze, abanyamuryango bawinjiramo n‟abanyamuryango b‟icyubahiro. abanyamuryango bayishinze ni abashyize umukono kuri aya mategeko shingiro. abanyamuryango binjiramo ni abantu babisaba bamaze kwiyemeza gukurikiza aya mategeko shingiro kandi bakemerwa n‟inteko rusange. "The association is composed of founder, adherent and honorary members. the founder members are signatories of these statutes. are adherent members persons who, on request and after having subscribed to the present statutes, are approved by the general assembly. " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’iteka no 040/03 ryo ku wa 28/02/2020 rishyiraho ubunyamaganga nshingwabikorwa bushinzwe abakozi bo mu rwego rw’ubuzima, rikanagena intego, inshingano, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi babwo "Seen to be annexed to prime minister’s order no 040/03 of 28/02/2020 establishing the human resource for health secretariat and determining its mission, responsibilities, organizational structure, salaries and fringe benefits for its employees " Ingingo ya 88: ibiranga ba nyiri umutungo nyabo b’ubwizerane "Article 88: particulars of the beneficial owners of trusts " Gufungura ikigo gikorerwamo ibya farumasi kiranguza bisaba kubanza gutanga dosiye yuzuye yo gusaba uruhushya kwa minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze, ufata icyemezo cyo gutanga uruhushya amaze kugisha inama komite y’igihugu ishinzwe imikorere y’ibigo bikorerwamo ibya farumasi. "In order for any whole-sale pharmaceutical institution to start its operations, it is required to submit a complete application file to the ministry with health in its attributions, which decides as to whether, the pharmaceutical institution applying for a work permit is worth. however, the permit is normally granted upon the recommendation of the national committee for pharmaceutical implementation. " Ingingo ya 15 : kubuza ko igicuruzwa, serivisi cyangwa igisubizo bigezwa ku isoko "Article 15: prohibition of deployment of the service, product or solution on the market " V. igiciro fatizo abapiganwa batagombaga kujya munsi: ………………… "V. reference price of the seized property………………… " Iyo bireba komisiyo ku rwego rw’igihugu, bisabwa minisitiri ufite ubutaka mu nshingano ze akaba ariwe ugena umwe mu bayigize kuyiyobora. "If it is the commission at the national level, the request is addressed to the minister having lands in his/her attributions, who appoints one of its members to chair the meeting. " - gutegura raporo z‟ibikorwa no kugeza ku nama nyobozi z‟ibikorwa no kugeza ndetse no ku nama ngenzuzi "- prepare and submit taxpayers tax declarations to tax administration " 6. kunganira leta mu gukangurira abaturage ubufatanye cyane mu gihe cy'amakuba; "6. helping the state in mobilising citizens on how they should cooperate especially in times of calamity; " Iri teka ryemerera umuyobozi guhagarika akazi mu gihe kitazwi. "This order authorizes a leave of absence for non- specific period to a director. " 2° kutabangamirwa n’ingaruka mbi cyangwa amakosa akorerwa ahatangirwa ibikorwa by’ubuvuzi; "2° not to suffer adverse events or errors occurring in the healthcare setting; " Bitabangamiye ibiteganywa n’amategeko agena imiterere, imitunganyirize n’imikorere y’akarere n’iy’umujyi wa kigali, inama njyanama niyo yemeza ko umwe mu bagize komite nyobozi y’akarere cyangwa iy’umujyi wa kigali asimburwa burundu ku mirimo we hakoreshejwe itora kandi byemejwe na 2/3 by’amajwi y’abari mu nama y’iyo nama njyanama. "Without prejudice to what is provided for in laws determining district or city of kigali organisation, administration and functioning, it shall be the council to decide whether one of the district or city of kigali executive committee members be replaced from his/her post through elections which must be approved by two- thirds (2/3) of the council members present in meeting. " Imirimo ifite ubukana bubi ku buzima bw‟abana irimo cyane cyane: "The works that may be dangerous to the health of the child shall include among others: " 1° inyandiko isaba gukorana amasezerano yo kwishingira kugurisha imigabane isanzwe n’imigabane nguzanyo; "1° an offer to enter into an underwriting agreement for selling shares and debentures; " Ubunyamabanga bw’inama ngishwanama ku rwego rw’umujyi wa kigali bufite inshingano zikurikira: "The advisory council at the city of kigali level has the following responsibilities: " Abafite uruhare muri csd bagira uburenganzira bw‟ibanze ku nyandiko z‟agaciro babikiye ba nyir‟inyandiko, iyo bagomba kwishyurwa imirimo babakoreye. "The participants shall enjoy lien in respect of the book-entry securities held for securities holders if they have to be paid for services rendered to them. " Iyo abajyanama batatu (3) babisabye, amatora asubirwamo rimwe gusa. "Election of instructions shall be done by raising hands up. on request by three (3) councillors elections shall be repeated only once. " (c) rishyiraho amagororero rikanagena ibisabwa ngenderwaho byayo; "(c) establishes correctional facilities and determines their required standards; " Umugenzi ufite uburenganzira bwo kunyuza mu rwanda intwaro agomba kuba bafite: "Any traveler who has an authorization for the transit of arms through rwanda shall be required to have the following: " 4.1.1. ibigo bigomba kuba bifite umubare uhagije w‟abarimu bahoraho kandi babifitiye impamyabumenyi, harimo n‟abayobozi bakuru bashoboye kuyobora imirimo y‟imyigishirize 3.1.5. section 2: leadership of academic/ scientific research "4.1.1. institutions must have a sufficient number of adequately qualified and competent full- time academic staff, including senior staff that are able to section 2: direction des recherches académiques/ scientifiques " 1º kuzirika ibisenge by’amazu yubakwa, hifashishijwe impurumpuru, imikwege, insinga n’ibindi bintu bisa nk’ibi; "1º to fix the roofs of houses under construction using steel strings, wires and other similar equipements; " 4° mirongo itanu ku ijana (50%) by‟umusoro yatubije iyo amafaranga yagabanyije ku musoro ageze cyangwa arenze mirongo itanu ku ijana (50%) by‟umusoro yagombaga kwishyura. umusoreshwa uhindura imenyekanisha rye akanishyura imisoro ijyanye na ryo mbere y‟uko amenyeshwa ko azagenzurwa uwo musoro, ntacibwa ibihano bivugwa mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo. taxpayer ought to have paid, he/she shall pay the non paid tax and also be subject to the following administrative penalties: "The taxpayer who rectifies his/her tax declaration and pays relevant taxes before he/she is notified of imminent audit of his/her tax shall not be subject to the penalty mentioned in paragraph one of this article. montant qui devait être payé, le contribuable doit payer l‟impôt éludé et il est aussi passible des pénalités administratives suivantes: " By’umwihariko, ako kanama kagomba: "Specifically, the committee must: " N° 018/03 ryo ku wa 03/01/2020 "N° 018/03 du 03/01/2020 " 4° kuba umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga ingengo y’imari ya sena; "4° to act as the chief budget manager of the senate; " - gukurikirana buri munsi ibikorwa by’umuryango ; - gushakashaka no gushyira mu article 15 "-ensure the daily management of the organisation; -outline and implement projects relating to the article 15 " Ingingo ya 106: uko umusenateri asura abaturage "Article 106: senator’s visit to the population " - imisoro ikomoka ku mitungo yimukanwa n’imirimo ikorerwa mu gihugu "- internal taxes on goods and services " Isubiye ku itegeko n° 22/2005 ryo ku wa 21/11/2005 rishyiraho pariki y’igihugu ya nyungwe; "Having reviewed law n° 22/2005 of 21/11/2005 establishing the nyungwe national park; " Ingingo ya 1 "Article 1 " Ingingo ya 9: umubare w’abanyamuryango ntugomba kuba munsi y’abantu batatu. nyarugenge district, kigali city. it may be transferred elsewhere within the republic of rwanda upon decision of 2/3 of members in the general assembly. "Article 2: the head office of the association is located in nyarugenge district, kigali city. it may therefore be transferred to any other place on the territory of the republic of rwanda on a decision of the 2/3 of the general assembly members. " (i) sosiyete cyangwa uwo muntu ashobora kugira inyungu y‘imari abona cyangwa kwirinda "(i) the firm or that person is likely to make a financial gain, or avoid a financial loss, at the expense of the client; " 7º gukurikirana imikorere y’ubuyobozi bukuru bwa reb n’abakozi bayo; "7º to monitor the performance of the management and personnel of reb; " Buri tungo cyangwa inyamaswa ifashwe izerera binyuranyije n‟iri teka, igihe ubuyobozi busanze kurifata biruhije, biteye impungenge cyangwa se bibangamiye umutekano w‟abantu n‟ibintu, hafatwa umwanzuro wo kuryica. "Any animal found straying around in breach of this order, shall be shot down by the administration if its capture is difficult or dangerous or if it is feared that it can harm people or their property, or in any way disturb the tranquillity of people. " Ingingo ya 18: guhabwa ubwenegihugu bushingiye ku nkomoko mu rwanda "Article 18: acquiring nationality of rwandan origin " Ingingo ya 9: amasaha y’akazi y’ikirenga mu nzego za leta "Article 9: overtime work in public service " 2° haseguriwe ibivugwa mu gika cya 5 cy’iyi ngingo, kopi y’icyemezo cyerekana ibigize isosiyete y’inyamahanga iriho umukono wa noteri, kandi icyo cyemezo cyaba kitanditse muri rumwe mu ndimi zemewe mu butegetsi, bukomekwaho ihindurandimi ryacyo ryemewe; "2° subject to the provisions of paragraph 5 of this article, a certified copy of the instrument defining the constitution of the foreign company, and if the instrument is not written in one of the official languages, a certified translation of it; " Mu isoza ry’igihe cy’umusoro, umutungo uri mu mafaranga y’amahanga, harimo imyenda yishyuzwa cyangwa igomba kwishyurwa, uhabwa agaciro hakurikijwe agaciro k’impuzandengo ifaranga rivunjwaho muri however, the exemption referred to in paragraph one of this article does not apply to the employee whose proportion of the company’s share capital is greater than ten percent (10%). "During the conclusion of the tax period, the assets in foreign currency, including claims and debts, are valued at the average exchange rate of the national bank of rwanda on the last day of the tax period. the profits or loss therein toutefois, l’exonération visée à l’alinéa premier du présent article ne s’applique pas au salarié dont la part du capital social de la société est supérieure à dix pour cent (10%). " 3° bemeze kwibumbira hamwe n‟indi sosiyete; "3° approve an amalgamation of the company; " A) kugura no kugurisha umutungo, amasosiyete y’ubucuruzi cyangwa ibikorwa by’ubucuruzi; b) gucunga amafaranga, inyandiko mvunjwafaranga n’indi mitungo by’umukiriya; "E) breakdown of treasury assets and liabilities operations; f) breakdown of treasury of reverse and repo agreements; " Umunyamabanga mukuru n’umunyamabanga mukuru wungirije ba sena bashyirwaho n’iteka rya perezida bisabwe na biro ya sena. "The clerk and deputy clerk to the senate are appointed by a presidential order upon request by the bureau of the senate. " Umwana wemerewe ubukure ashobora gukora ibintu byose bimuhuza n'abandi uretse ibiteganywa ukundi n’amategeko. "An emancipated minor is capable of all acts of civil life unless otherwise provided for by the law. " Y’itegeko n° 10/2012 ryo ku wa 02/05/2012 rigena imitunganyirize y’imijyi n’imyubakire mu rwanda, impushya zo kubaka zisabwa kuri ibi bikurikira: "Subject to provisions of article 83 of the law n° 10/2012 of 02/05/2012 governing urban planning and building in rwanda the building permit shall be required for the following: " Minisitiri ni we ufite ububasha bwo: "The minister has the authority to: " Y’iri tegeko bitubahirijwe, ushinjwa akaguma muri gereza, umucamanza ashobora gufata ibyemezo biteganywa mu ngingo ya 90 n’iya 91 z’iri tegeko. "If the provisions of paragraph one of this article and paragraph one of article 182 of this law are not enforced by retaining the acquitted person in prison, the judge may take measures provided for under articles 90 and 91 of this law. " -barangajwe imbere n‟umuryango udaharanira inyungu ugamije guteza imbere byumba ; adeb mu magambo ahinnye y‟igifaransa; "-directed by the organisation for development of byumba; adeb in french abbreviated; " N° 114/01 ryo ku wa 21/09/2020 "N° 114/01 du 21/09/2020 " Gashyantare 2002. "Th february 2003 " Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y‟u rwanda ryo ku wa 04 kamena 2003 nk‟uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 14, iya 51, iya 62, iya 90, iya 92, iya 93, iya 94, iya 108, iya 118, iya 179 n‟iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date especially in articles 14, 51, 62, 90, 92, 93, 94, 108, 118, 179 and 201; " 3° umwana umunyamuryango nyir’izina yagize uwe hakurikijwe amategeko mbonezamubano; "3° an adopted child of the affiliate; " 2° ishyingirwa ry’abafitanye isano ishingiye ku buvandimwe cyangwa ishingiye ku ishyingirana ku rwego rubujijwe; "2° marriage between relatives by kinship or allies to the prohibited degree; " Iyo umucamanza atijwe cyangwa ashyizwe ahandi, umurimo yakoraga ushakirwa undi mucamanza. "In case a judge is placed on secondment or at another administration disposal, a new judge shall be appointed to replace him/her. " Abagenerwabikorwa b‟umuryango «christ‟s bride preparation international ministries ˂cpi ministries˃» ni abayoboke bawo bagizwe n‟abawushinze hamwe n‟abandi bemerewe kuwinjiramo nyuma, basangiye imyemerere, gusenga n‟uburyo bwo kubigaragaza. "The beneficiaries of «christ‟s bride preparation international ministries ˂cpi ministries˃» are its founder members and other members who are allowed to join later, who share same beliefs, and practice. " Icyiciro cya mbere: urupfu rw'umwe mu bashyingiranywe "Section one: death of one of the spouses " 12° kugenzura politiki n’imikorere bya sosiyete y’iyongeramari ku nguzanyo yo kubaka hamwe n’ibigize umutungo wayo kugira ngo sosiyete ibashe kugera ku ntego yayo; "12° to monitor the mortgage refinance company’s policies, procedures and holding portfolio to ensure that it achieves its goals; " Ingingo ya 15: ubwishingizi bwo kwivuza ingingo ya 16: amafaranga y’ishyingura "Article 15: medical insurance article 16: funeral expenses " Nyuma yo kwiga dosiye mu muhezo, komite ya disipulini imenyesha uwo mupolisi icyemezo cyafashwe. "After deliberation in camera, the disciplinary committee notifies the concerned police officer in written form the decision taken. " 2° raporo y’umutungo yemejwe n’inama ntegurabikorwa ku rwego rw’akarere; "2° financial reports approved by the scheme steering committee at district level; " 3° guhamagarira rubanda gushora imari mu kigega ari bumwe mu buryo bwo kuzamura ishoramari ry’ibice fatizo by’umugabane, imigabane cyangwa ubundi buryo bwo kugira uruhare muri cis. "3° the offer or invitation is by way of a financial promotion of units, shares or any other form of participation in the cis. " Ingingo ya 70: kubuzwa kugurisha imigabane nguzanyo irenze umubare watangajwe "Article 70 : interdiction of over-subscription in debenture issue " 3º ubwoko bw’ubufatanye mu bucuruzi; 4º izina ry’ubufatanye mu bucuruzi; "3º type of partnership; 4º name of the partnership; " 1. inteko rusange, 2. “national overseer» na komite nyobozi, 3. inama njyanama, 4. komite ncungamutungo 5. komite nkemurampaka "1. general assembly, 2. national overseer & executive committee, 3. national council, 4. finance committee, and 5. conflict resolution board. " Ingingo ya 27: aya mategeko yemejwe kandi ashyizweho umukono n’abashinze umuryango vfa bari kuri lisiti iyometseho. "Article 27: the present constitution is hereby approved and adopted by the founder members of the organization vfa whose list is hereafter attached. " Mu matora aziguye cyangwa ataziguye, igihe cyo kuvugurura ilisiti y’itora n’uburyo bukoreshwa mu kuvugurura lisiti y’abagize inteko itora, bigenwa n’amabwiriza ya komisiyo y’igihugu y’amatora. "In indirect or direct elections, the period and the modalities of updating the voter’s register and electoral college members shall be determined by instructions of the national electoral commission.” " Kubera ko twemera ko sitati zacu zihuzwa n‟imiterere y‟uburezi mu rwanda iriho muri iki gihe; "Convinced of the need to update our statute with the current structure of education in rwanda; " E) nibura umwe (1) cyangwa makumyabiri na batanu ku ijana (25%) by’abayobozi baba mu rwanda, harebwa abagize umubare munini; members of the board of directors. "E) at least one (1) or twenty-five per cent (25%) of directors reside in rwanda, whichever is higher; " Icyiciro cya 3: igenzura ry’ibikorwa bya cis "Section 3: inspection of cis business " Ingingo ya 25: amategeko ngengamikorere "Article 95 : règlements " Iii.ibyerekeye ubunyamabanga nshingwabikorwa bw’akagari "11. confidentiality " Guverinoma ishyira mu bikorwa politiki y‟igihugu perezida wa repubulika yumvikanyeho n‟inama y‟abaminisitiri. "The cabinet implements national policies agreed upon by the president of the republic and the cabinet meeting. " Ukeneye icyemezo cyafashwe n‟inkiko gacaca ariko kikaba kitagishoboye kuboneka, yiyambaza ubushinjacyaha bwo ku rwego rw‟ibanze bugakusanya amakuru yo kongera kucyandika bundi bushya. ayo makuru ashyikirizwa urukiko rw‟ibanze kugira ngo rwandike bundi bushya icyemezo. "Any person who needs a copy of a judgment rendered by a gacaca court but which can no longer be found shall request the public prosecution at the primary level to recollect information for the reconstitution of the file. such information shall be submitted to the primary court in order to reconstitute the decision. " Ikiguzi cya serivisi giteganyijwe mu mafaranga y’amahanga cyishyurwa mu mafaranga y’u rwanda hakurikijwe igiciro kiri ku isoko ry’ivunjisha gishyirwaho na banki nkuru y’igihugu kuri uwo munsi. "The rates set in foreign currency are paid in rwandan francs at the exchange rate of the payment date as provided by the national bank of rwanda. " (1) iyo bihuye, ijambo “umukiriya” muri iki gika risobanura ba nyir’umutungo nyabo, abagenerwa bikorwa n’abazungura b’abagenerwa bikorwa. "(1) where relevant, the references to a “customer” in this paragraph include beneficial owners, beneficiaries and beneficial owners of beneficiaries. " Ingingo ya 47: abagize komite y‟ishyaka mu mudugudu "Article 47: village committee members " Amategeko ngengamikorere ya rfl ateganya uburyo bw’imikorere n’imikoranire by’inzego zayo bidateganyijwe n’iri tegeko. "The rules and regulations of rfl determine modalities for functioning and collaboration of its organs that are not provided for by this law. " Inyandiko-mvugo z’inama z’inteko rusange, iza komite nyobozi zibikwa ku cyicaro cy’umuryango. "The chief executive officer of the executive organ attends meetings of the board of directors. " 1) kwemeza no guhindura amategeko agenga umuryango n'amategeko yihariye yawo; 2) gushyiraho no kuvanaho abahagaririye umuryango n'ababungirije; 3) gushyiraho no gusimbura abagize komite nyobozi; 4) kwemeza ibyo umuryango uzakora; 5) kwemerera, guhagarika no kwirukana umunyamuryango; 6) kwemeza buri mwaka imicungire y'amafaranga; 7) kwemera rmpano n'indagano; "1) approve and modify the statutes and the by- laws, 2) appoint and dismiss legal representatives and their assistants; 3) admit and replace the members of the executive committee; 4) state the activities of the organization; 5) admit suspend or dismiss a member; 6) approve the organizational yearly accounts; " Amabwiriza rusange yerekeye igenzura ryo ku rwego rw’amatsinda mu bigo by’ubwishingizi………………………………………………………………………………53 "Regulation on group-wide supervision for insurers………………………………….……….53 " 3° gutegura ihererekanya ry‟inyandiko mu nzego zose zireba. "3° prepare transmission of such documents to all concerned instances. " Inshingano z’umukozi uhoraho w’akanama kigenga k’ubujurire ku rwego rw’igihugu n’umukozi ufasha akanama kigenga k’ubujurire ku rwego rw’akarere ni izi zikurikira: 1º kwakira inyandiko z’ubujurire; "The duties of the full time officer of the independent review panel at the national level and the support officer for the district independent review panel shall be the following: "  gushyigikira umubano w‟ubufatanye n‟indi miryango ikorera mu gihugu n‟iy‟ahandi bihuje intego. " to maintain a partnership with national and international associations pursuing similar objectives. " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka ku iteka rya perezida nº38/01 ryo ku wa 07/09/2012 "Without prejudice to penalties provided for by presidential order n° 25/01 of 09/07/2012 " Bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka. "Are entrusted with the implementation of this order. " Nk‟ikigo c‟amahugurwa y‟abakozi kandi kigira uruhare mu iterambere, kaminuza ishobora gutanga impamyabushobozi cyangwa ibyemezo by‟uko umuntu yakurikiye amahugurwa. "As a centre of training and intervention in the development, the university can also deliver certificates or papers to testify that the owner has attended a given training. " Umuntu kugira ngo agirwe umwanditsi mukuru w’urukiko rw’ubucuruzi agomba kuba: "In order to be appointed chief registrar of the commercial court, a person must: " C. kwegukana, gutunga cyangwa gukoresha umutungo uzi cyangwa ushobora kumenya, mu gihe cyo kuwakira, ko uwo mutungo ukomoka ku cyaha cyangwa uturuka ku kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; "C. acquisition, possession or use of property or funds the author knows or is likely to know, at the time of reception, that such a property or funds is derived from proceeds of crime or from an act of participation in such crime; " Ingingo ya 12: ingingo zivanyweho "Article 12: repealed provisions " Ruhango (sé) 3. gatete olivier hussein umunyamabanga 1198580047167085 huye (sé) 4. nahimana frank jihadi umubitsi 1198280005079029 nyarugenge (sé) "6. musaja karake vincent primium swift exporters ltd member 1196480004110015 (sé) 7. kantengwa odette kamiko general business ltd member 119747000660072 (sé) 8. rwantabana venant earthshaking company ltd member 1195780003516092 (sé) " Iyo itangazwa ryakorewe mu binyamakuru, umwishingizi atanga kopi z’impapuro z’ikinyamakuru ziriho ibyatangajwe. "In case of publication in newspapers, the insurer shall submit a copy of pages of the newspaper containing the accomplished publication. " Buri mutwe wa politiki cyangwa ishyirahamwe ry’imitwe ya politiki bigomba gutanga ilisiti ntakuka y’abakandida. "Any political organisation or coalition of political organisations introduces a closed list of its candidates. " Umugereka w’iteka rya minisitiri n° 15/moj/ag/20 ryo ku wa 19/10/2020 rishyiraho abahesha b’inkiko b’umwuga annex to ministerial order n° 15/moj/ag/20 of 19/10/2020 "Rishyiraho abahesha b’inkiko b’umwuga seen to be annexed to ministerial order n° 15/moj/ag/20 of 19/10/2020 appointing professional bailiffs vu pour être annexé à l’arrêté ministériel n° 15/moj/ag/20 du 19/10/2020 portant nomination des huissiers de justice professionnels " Itegeko n° 20/2000 ryo ku wa 26/07/2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu rikomeza gukurikizwa mu ngingo zaryo zose zitanyuranije n‟iri tegeko ngenga kugeza igihe amategeko yihariye arishamikiyeho asohotse mu igazeti ya repubulika y‟u rwanda. "The law n° 20/2000 of 26/07/2000 relating to non-profit making organizations shall remain into force in its provisions that are not contrary to this organic law until specific laws relating to this organic law are published in the official gazette of the republic of rwanda. " 2° abanyarwanda bari mu butumwa hanze y‟u rwanda. "2° rwandan nationals who are on official missions abroad. " Ni bwana gashugi innocent, umunyarwanda uba mu nyakabanda, akarere ka nyarugenge, umujyi wa kigali. "Mr. oscar kimanuka, a rwandan, domiciled in nyarugenge district, kigali city in the republic of rwanda, " 3° komisiyo y’imibereho myiza na gender. "3° committee on social affairs and gender. " Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. (mmi) and determining its mission, organization and functioning and all prior legal provisions contrary to this law are repealed. "This law comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. (mmi) et déterminant ses missions, son organisation et son fonctionnement et toutes les dispositions légales antérieures contraires à la présente loi sont abrogées. " Tegetse "Subscription " N°26/03 ryo kuwa 20/05/2009 "N°26/03 of 20/05/2009 " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umwe mu bagize inama y’ubuyobozi y’isosiyete y’ingufu zituruka ku mashanyarazi y’ibihugu bituriye ibiyaga bigari «sinelac»………4 "Prime minister’s order appointing a member of board of directors of the international electricity company of great lakes countries «sinelac»………………………………..4 " Minisitiri ureberera urwego afite inshingano zikurikira: "The executive secretary the following functions: " 2º guhagararira rtb imbere y’amategeko no kumenyekanisha ibikorwa byayo; "2º to serve as the legal representative of rtb and publicise its activities; " Ingingo ya 33 : komite z’ubutaka "Article 33: land committees " 3º kwemeza ibigenderwaho mu kwakira abanyeshuri; 4º kugirana amasezerano y’ubufatanye n’ubutwererane n’inzego zinyuranye zishinzwe uburezi, amahugurwa cyangwa ubushakashatsi kimwe n’andi mashuri makuru yo mu rwanda no mu mahanga; "3° to approve the requirements for admission of students; 4° to conclude partnership and cooperation agreements with various institutions in charge of education, training or research as well as other institutions of higher learning in rwanda and abroad; " 11º umunyamabanga nshingwabikorwa wa ncbs, uyibera umwanditsi ariko ntagire uburenganzira mu gufata ibyemezo. "11º the executive secretary of ncbs who shall be the secretary to the committee, but not entitled to vote in the decision making. " Iri tegeko ritangira gukurikizwa umunsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. agaciro karyo gahera ku itariki ya mbere mutarama 2005. "This law comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it becomes effective from january 1, 2005. " Ingingo ya 32: ahandi haturuka amakuru "Article 32: other sources of information " Kubera iyo mpamvu, abazanye inyandiko y‘amasezerano barasinye, abagabo barasinye, natwe noteri, dushyizeho umukono wacu kuri iyi nyandiko-mvaho kandi tuyiteyeho kashe ikoreshwa mu biro bya noteri mu karere ka nyarugenge. "In witness whereof, the deed hereby was signed by the associated members and us, authenticated and imprinted with the seal of the state notary office at nyarugenge district. " Iteka rya perezida n°68/01 ryo kuwa 11/10/2010 rizamura mu ntera kandi rigashyira ofisiye mukuru wa polisi y’u rwanda ku mwanya wa “commissioner” "Presidential order n°68/01 of 11/10/2010 promoting and appointing a senior officer of rwanda national police to the post of commissioner " Itegeko n° 06/2005 ryo ku wa 03/06/2005 rishyiraho amategeko agenga ibikorwa by’ikodeshagurisha n’ibisabwa mu mirimo y’ikodeshagurisha "Law n° 06/2005 of 03/06/2005 establishing regulations and conditions governing lease operations " Ishingiro ry’umusanzu rigomba kujyana n’ibipimo byateganyijwe n’itegeko. "The base of contribution must be within the limits fixed by the law. " Minisitiri ashobora gukuraho uruhushya iyo uwaruhawe atubahirije ibiteganywa n’iri tegeko, amasezerano ku bijyanye na peteroli cyangwa uruhushya yahawe. "The minister may cancel a license where the licensee fails to comply with the provisions of this law, the petroleum agreement or the conditions of the license. " Ingingo ya 10: abanyamuryango nyakuri "Article 10: effective members " L. gukurikirana imyitwarire mbonezamurimo mu kigo no gusuzuma itegurwa ry’ibipimo ngenderwaho mu kuboneza umurimo n’ibisabwa, harimo ireme ry’uburyo bukoreshwa mu gukemura ibibazo no gutanga za raporo ; "L. monitoring the ethical conduct of the institution and consider the development of ethical standards and requirements, including effectiveness of procedures for handling and reporting complaints; " (f) kumenyera igihe niba umuntu afite cyangwa agenzura konti; "(f) to identify, in a timely manner, whether a person holds or controls an account; " 3° inyungu zikomoka ku ngwate; "3° gucunga banki; " 3. gukoresha siporo n'umuco mu gufasha abana n'urubyiruko nyarwandwa gukira sportifs de kigali>> on 10/04/2008. "3. to utilize sports and culture activities to help children and youth heal from the esperance>> reçue le 10/04/2008. " (1) usora wifuza kongererwa igihe cyo kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa agomba kwandikira urwego rusoresha nibura hasigaye iminsi 60 ngo itariki ntarengwa yo kwishyura umusoro igere. "(1) the taxpayer wishing a deferral of immovable property tax payment makes a written application to tax administration at least 60 days before the due date. " (1) mu nteruro y’itegeko, iminsi yandikwa mu mibare y’icyarabu, amezi mu magambo, n’imyaka mu mibare y’icyarabu. "(1) in a legislative sentence, days are drafted in arabic numerals, months in words, and years in arabic numerals. " Rishyiraho ubunyamabanga bw’igihugu bwo kongera ubushobozi (ncbs) kandi rikagena inshingano, imiterere n’imikorere byabwo "Establishing the national capacity building secretariat (ncbs) and determining its mission, organization and functioning " Umushoramari wanditswe atanga, mu nyandiko, ibisobanuro yasabwe mu gihe kitarenze iminsi icumi (10) y’akazi uhereye ku munsi yakiriyeho imenyesha. "The registered investor provides, in writing, requested explanations within ten (10) working days from the date of receipt of the notice. " Umutwe iv : inzego ingingo ya 11 : inzego z‟umuryango ni izi zikurikira: - inteko rusange - komite nyobozi - ubugenzuzi - akanama gakemura amakimbirane "Chap.iv: organs article 11: the organs of the organization are: - general assembly - executive committee - internal auditing - conflict resolution committee " Umutwe wa mbere : izina ry’umuryango, icyicaro cyawo, igihe uzamara n’intego zawo chapter one : name, location, duration and objectives chapitre premier : denomination, siege, duree et objet "Chapter one: denomination, headquarters, objectives, range duration chapitre premier : denomination, siege, objectifs, etendue et duree " Umutungo wa reb ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. "The property of reb is comprised of movable and immovable assets. " Muri iri tegeko urubyiruko bivuze umuntu wese ufite kuva ku myaka cumi n’ine (14) kugeza ku myaka mirongo itatu n’itanu (35) y’amavuko». "In this law, “youth” shall mean any person aged between fourteen (14) and thirty five (35) years”. " Iri tegeko rigenga ibigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa. "This law governs deposit-taking microfinance institutions. " Iteka rya minisitiri w’intebe no 099/03 ryo ku wa 14/08/2020 "Annex i to prime minister’s order no 099/03 of 14/08/2020 " Ingingo ya 3: ibisabwa byihariye "Article 3: special conditions " Yo kuwa 03/07/2013 ashyiraho amabwiriza nyarwanda y‟ubuziranenge ntarengwa annex to the ministerial instructions n°23/2015 of 18/03/2015 "Modifying and complementing the ministerial instructions n°21/2013 of 03/07/2013 declaring compulsory rwandan standards annexe des instructions ministerielles n°23/2015 du 18/03/2015 " Ingingo ya 28: ububasha nk’urukiko rw’ubujurire "Article 28: jurisdiction as an appellate court " (5) haseguriwe ibiteganywa mu gika cya (1), icya (2) n’icya (3) by’iyi ngingo, inyandiko iriho umukono w’umunoteri wo mu mahanga igira agaciro kangana n’ako ifite mu gihugu yakorewemo”. "(5) subject to the provisions of paragraphs (1), (2) and (3) of this article, a deed notarized by a foreign notary has the same probative value as in the country where such a deed is drawn up”. " 2º ukwibeshya gushingiye ku byabaye kwatumye urubanza rucibwa nabi. "2º an error of fact which has occasioned a miscarriage of justice. " Ingingo ya 98: gusaba ingurane cyangwa igisimbura "Article 98: request for consideration or substitute " Kumenya inkomoko y‟amakimbirane. guhuza abagiranye ibibazo no kubafasha kubikemura. iyo binaniranye, hiyambazwa inkiko z‟u rwanda zibifitiye ububasha. "Knowing the source of conflict to reconcile those with conflicts and help them to find the solution. in case failure, the matter will be brought before the competent courts of rwanda. " - komisiyo yo gukusanya inkunga: - hon. higiro prosper - rusirare jacques - amb. kimonyo james - abbé bucyana luc "- michael boynton veal (managing director) - linda lowrimore - patrick b. mitchell - charles a. bohn " Kubera ko inteko rusange y‟umuryango foyer de charité, yateraniye i remera-ruhondo ku itariki ya 18 ukuboza 2012, yemeje ibigomba guhinduka ku mategeko shingiro y‟uwo muryango, mu buryo bwo kuyahuza n‟itegeko rishya rigena imiryango ishingiye ku idini. "Sincethe general assembly of the ""foyer de charité"", held in remera-ruhondo on december 18, 2012, adopted amendments to bring to statutes of above said organisation as a way of harmonizing them with the new law governing the religious based organisations. " Icyicior cya ii : ukutavogerwa kw’inama njyanama "Section two: counsel of administration " Minisiteri isuzuma dosiye y’imenyekanisha ikayitangira icyemezo iyo isanze yujuje ibisabwa . "The ministry shall analyse a declaration file and deliver receipt if it fulfils the required conditions. " Utanga serivisi z’ihererekanyamakuru ku myenda agira ibanga ry’amakuru ku myenda n’andi makuru y’ingirakamaro ari mu biro by’amakuru ku myenda cyangwa mu ikusanyirizo ry’amakuru ku myenda keretse iyo amategeko abiteganya ukundi. "A credit reporting service provider makes confidential credit information and other relevant information included in the credit bureau or the credit registry unless otherwise provided by laws. " Ku bw’imenyesha rikorwa hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 39 igika cya mbere, nta rindi costs of arbitration. "By virtue of the notification made in accordance with article 39 para 1, the parties de tous frais d’arbitrage impayés. " “uburyo urukiko rw’ikirenga rwemeza urutonde rw’abakandida b’abasenateri n’itorwa ryabo buteganywa n’itegeko rigenga amatora. "“modalities by which the supreme court approves the list of candidates to the position of senators and their election shall be determined by the law relating to elections. " Muri buri cyumba cy‟itora hari biro igizwe nibura n‟abaseseri babiri na perezida ushyirwaho n‟umuyobozi w‟ikigo. "There shall be, in each voting room, a bureau which shall consist of the chairman appointed by the manager and at least two assessors. " § 1. muri diyosezi, amakimbirane akemurwa mu bwumvikane. iyo bibaye ngombwa, hitabazwa urwego rw‟ubucamanza bwa kiliziya muri diyosezi gatolika ya cyangugu, rugizwe n‟umwepisikopi wa diyosezi ushobora gutuma igisonga cye mu bucamanza. umwepiskopi ashobora na none kwitabaza abacamanza b‟urukiko rwa kiliziya ruhuriweho na za diyosezi zo mu rwanda, nk‟uko amategeko agenga kiliziya gatolika abiteganya mu ngingo ya 391 igira iti: "§ 1. in diocese, the conflicts are settled amicably. in case of necessity, the organ charged to resolve them is the ecclesiastical justice of catholic diocese of kabgayi which is composed by the bishop. this one can delegate vicar general and /or the judges of interdiocesan ecclesiastical tribunal of rwanda in accordance with the canon 391: " Kugira ngo ishuri rikuru ryigenga ryemererwe gutangira gukora, nyiraryo abisaba ikigo gishinzwe amashuri makuru mu nyandiko igaragaza by’umwihariko ibi bikurikira: "In order for an institution of higher learning to be accredited, the owner applies, in writing, to the agency in charge of institutions of higher learning and the application particularly indicates the following: " Iyo ubifitemo inyungu abisabye mu buryo ubwo aribwo bwose, cyangwa ku mpamvu gasutamo ibona ko zifite ishingiro, gasutamo ishobora kwemera ko imihango ya gasutamo ikorwa mu minsi cyangwa mu masaha bitari iby’akazi bisanzwe cyangwa igakorerwa ahandi hatari mu biro bya gasutamo. "At the request of the person concerned and for reasons deemed valid by customs, customs formalities may be performed outside the designated working days or hours of or away from customs offices. " Umuntu wese witwara nabi mu gikorwa cyo kwiyamamaza, utubahiriza ibindi biteganywa n‟itegeko ryerekeye amatora, ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe or by use of force, the offender shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to ten (10) years. "Any person who misconducts in an electoral campaign and violates other provisions of the electoral law shall be liable to a term of imprisonment of one (1) year to two (2) years du scrutin est planifié et effectué par un groupe de personnes ou par usage de la force, l‟auteur est passible d‟un emprisonnement de plus de cinq (5) ans à dix (10) ans. " Iyo habonetse impamvu ituma abagize biro y’ihuriro badashobora gutumira inama rusange isanzwe, inama rusange idasanzwe itumizwa n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’ihuriro bisabwe mu nyandiko nibura na bibiri bya gatatu (2/3) by’imitwe ya politiki igize ihuriro. abaje mu nama bitoramo uyiyobora. "However, due to a given impediment, members of the bureau cannot convene an ordinary meeting, the executive secretary of the forum shall convene an extraordinary meeting upon request in writing by at least two third (2/3) of the political organisations constituting the forum. present participants shall choose their chairperson. " Mutarama ya buri mwaka ukarangira ku wa 31 "St january end on 31 " 4° “umutungo shingiro mvamahanga’’ bisobanura amafaranga y’amahanga, ibikoresho bigize inganda, amamashini, ibikoresho bisanzwe, ibyuma bisimbura ibishaje n’undi mutungo w’ubucuruzi udashingiye ku baguzi gusa, byinjizwa mu rwanda bigamije gushorwa mu bigo by’ishoramari kugira ngo byongere umusaruro w’ibintu n’uw’imirimo ikorerwa mu gihugu; "4°“foreign capital” means foreign currency, plant machinery, ordinary equipment, spare parts and other business assets, other than goodwill, imported in rwanda for investment in order to increase production of goods and services in the country. " (ii) nomero ya telefone na aderesi imeyili; "(ii) telephone number and email address; " Itora ry‟abagize komite nyobozi y‟umudugudu cyangwa ry‟abagize inama njyanama y‟akagari rikorwa abatora bajya ku murongo inyuma y‟umukandida bihitiyemo. mu itora, umukandida ntiyemerewe guhindukira kugeza igihe ibarura ry‟amajwi rirangiye. "Election of members of the executive committee of the village or cell council members shall be done by voters queuing behind the candidate of their choice. during the election, no candidate shall turn back until counting of votes is completed. " Iyo abayobozi bakuru bari ku rwego rwa e, g na h/2 "When senior officials on levels f, g/1.iv, and h/2 " Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’imisoro n’amahoro ashobora kuvanaho icyemezo cy’ubudakemwa igihe cyose ibya ngombwa, bisabwa mu gika cya 4 cy’iyi ngingo, bitujujwe. "The commissioner general may revoke a tax clearance certificate at any time if the conditions required in paragraph 4 of this article are not fulfilled. " 8° gushyira mu bikorwa gahunda y’ikoranabuhanga no guhanga udushya mu rwego rwo kunoza imikorere; "8° to implement technology and innovation programs in order to perform excellently; " 5° hatangijwe uburyo bw’ikurikirana ry’igihombo cy’isosiyete, kutabasha kwishyura imyenda cyangwa iburizwamo ryo kugwa mu gihombo kuri sosiyete ibumbye izindi. "5° proceedings for bankruptcy, insolvency or an arrangement with creditors are initiated against the holding company. " Iri teka rigena insimburamubyizi n’ibindi bigenerwa abagize inama njyanama iyo bateranye mu nama y’inama njyanama, iya biro y’inama njyanama cyangwa iya komisiyo y’inama njyanama ku rwego rw’akarere n’urw’umujyi wa kigali. "This order determines the sitting allowence and other fringe benefits given to district and city of kigali council members when they convene council, bureau or commission meeting at district or city of kigali level. " Iteka rya minisitiri nº169/11 ryo kuwa 08/12/2008 riha ubuzimagatozi «ishyirahamwe ry‟ababyeyi b‟abadiventisiti rigamije guteza imbere uburezi mu mayaga» (a.p.a.d.e.m) kandi ryemera abavugizi baryo "Ministerial order nº 169/11 of 08/12/2008 grating legal status to the «association of adventist parent‟s aimed at educational development in mayaga region» (a.p.a.d.e.m) and approving its legal representatives " Ibihindutse byose mu ijanisha ry‟iyishyura ry‟ibikoresho by‟imikino y‟amahirwe to which the prize winners are ascertained will take place. "Any change to the payout rate of the gaming devices shall be reported to the regulatory référence duquel les gagnants seront portés au public. " 19. inguzanyo zitishyurwa neza "9. avoidance of harmfull interference " 2° kwita ko ahantu gahunda igenewe hakorerwa ubuhinzi bugamije isoko; "2° coopérative d‟exploitation agricole; " Ingingo ya 170: gukora umurimo wo gusana gariyamoshi nta cyemezo "Article 170: carrying out train repair or maintenance without a license " Hashyizweho ku rwego rw’akarere no ku rwego rw’igihugu komite zishinzwe kunga no kugena indishyi zituruka ku ngaruka z’ibikorwa by’ubuvuzi. "There is hereby established at the administrative district and national level committees for conciliation and compensation for health risks. " 4° gukora mu izina ry’umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa guhabwa amabwiriza na we; "2° an entity acting on behalf, or at the direction, of a designated person; " Biro ya komisiyo itorerwa imyaka ibiri n'igice (2 ) ishobora kongerwa. "Members of the bureau of the committee have a term of office of two and a half (2 ) years renewable. " 11° gushyigikira no guteza imbere imibereho myiza y’abapolisi muri polisi y’u rwanda; "11° to enhance and promote general welfare in rwanda national police; " 14° kugira aho ahuriye n’umuntu washyizwe ku rutonde, kandi hari impamvu yumvikana ko uwo muntu abangamiye umutekano w’igihugu; "14° to have links with a designated person, and it is reasonably believed that the person is a risk to the national security; " Inyandiko ntangazategeko y’andi mategeko y’ingereka iteye nk’inyandiko ntangazategeko y’iteka rya minisitiri, ariko yo igaragaza umuyobozi wahawe ububasha bwo kuyashyiraho n’ububasha yahawe. "The enacting formula of other subsidiary legislation is structured as the enacting formula of a ministerial order but it indicates the authority to whom legislative powers were delegated and the delegated powers. " Uretse komiseri mukuru, abagize inama y’ubutegetsi ntibemerewe gukora umurimo ugenerwa igihembo muri rra. "Except for the commissioner general, members of the board of directors shall not be allowed to undertake any remunerated activities of rra. " Ingingo ya 144: kugurisha cyangwa guhererekanya umutungo w’ubufatanye mu bucuruzi "Article 144: sale or transfer of partnership property " Ku birebana n‟amasezerano y‟akazi, abakozi ba radio maria rwanda barebwa n‟itegeko rigenga umurimo mu rwanda. umutwe wa vi: gukemura amakimbirane "The staff of radio maria rwanda is governed, as to the contract, by the labor code of rwanda " 2° kohereza ku bushake amafaranga, inyandiko mvunjwafaranga cyangwa ikindi kintu gihawe ugenewe inshingano gitanzwe n’ufite inshingano, byaba inyungu ishamikiye ku mwenda wa mbere, byaba igice cy’ubwishyu, cyangwa ubugwate ku mwenda wa mbere; "2° a voluntary transfer of money, a negotiable instrument, or other thing by the debtor to the creditor, such as interest on or partial payment of, or collateral security for, the antecedent indebtedness; " Ingingo ya 6: itegeko rikurikizwa igihe hari impurirane y’amategeko ahana "Article 6: law applied in case of conflict of criminal laws " (c) gushyiraho no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba ziteza imbere umubano hagati y’imiryango ya siporo article one: purpose of this order "(c) to develop and implement strategies that promote cooperation between sports organisations at national, regional and international level; article premier : objet du présent arrêté " Mbagabanyije aya mafaranga mu buryo bukurikira: "I distribute to them this amount as follows: " 2° kwerekana ko izina ryayigenewe; "2° prove that the name was reserved; " 4º gufatira ikintu icyo ari cyo cyose kiri ahantu aho ari ho hose havugwa mu gace ka 1º, aka 2º n’aka 3º tw’iyi ngingo abona ko cyafasha mu kubona ibimenyetso ku cyaha giteganywa n’iri tegeko cyangwa impamvu cyangwa bibangamira iperereza rivugwa mu gace ka 3º k’iki gika; "4º seize any object found in any place referred to in items 1º, 2º and 3º of this article that he/she believes on reasonable grounds affords evidence with respect to an offence under this law or the causes or contributing factors pertaining to the investigations referred to in item 3º of this paragraph; " (3) nomero ya sdid cyangwa umubare usimbura nomero ya sdid, wasohotse mu mashini cyangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hamwe n’iyemezwa ryagenze neza, bifatwa supporting documentation determined by a competent authority. "(3) the sdid number or sdid number token, in print or electronic form and in conjunction with a successful authentication, is accepted as sufficient proof of identity. en remplissant le formulaire de demande de changement d’enregistrement accompagné de documents justificatifs appropriés déterminés par une autorité compétente. " (3) kwifashisha undi muntu ntibikuraho ushinzwe gutanga amakuru inshingano yo gukoresha ingamba z’ubushishozi ku mukiriya. "(3) reliance on a third party does not relieve a reporting person from the obligation to apply customer due diligence measures. " Aho ikigamijwe n‟impano, intwererano cyangwa inkunga kitagaragazwa neza, umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga imari ya leta agomba kugenzura neza ko iyo mpano n‟ibindi byakozwe mu nyungu za leta ariko bikemezwa n‟umuyobozi nshingwabikorwa. the chief budget manager shall ensure that grants and any other donor funds are spent wholly and exclusively for the objectives and activities specified in the agreements. "Where the purpose of a gift, donation, or sponsorship is not evident, the chief budget manager shall ensure that the gift, donation, or sponsorship is used in public interest subject to the approval of executive authority. " 10 º impamvu zashingiweho kugira ngo abe umujyanama zitakiriho; "10 º the reasons for being a councillor do not stand anymore; " 15º kubona ubutaka mu buriganya: kubona ubutaka mu buryo ubwo ari bwo bwose bunyuranyije n’amategeko; "15º land acquired in a fraudulent manner: any illegal appropriation of land; " Ibiro by’igenzura ryo mu rwego rwa tekiniki byemerwa mu buryo buteganywa n’iteka rya minisitiri ufite imitunganyirize y’imijyi n’imyubakire mu nshingano ze. "Authorization of technical supervising offices shall be granted in accordance with conditions provided for by an order of the minister in charge of urban planning and building. " 11° igitabo gituma amakuru asabwa asa: urutonde rw’amakuru abatanga amakuru bakusanya bagatanga mu kigo, mu ngano yagenwe na banki nkuru; "11° data standardization manual: a list of information which data providers shall collect and submit to a credit bureau, in a format determined by the central bank; " “ingereko zihariye z’inkiko zisumbuye ziburanisha imanza z’ubutegetsi zikurikira : "“the specialised chambers of higher instance courts shall hear the following administrative cases: " Bitabangamiye izindi nshingano ziteganywa n’andi mategeko, minisiteriya igomba: "Without prejudice to other obligations provided for in other laws, a ministry must: " (g) umubare ujyanye n’ibisabwa kwishyurwa ndetse n’umubare w’amafaranga umukiriya yishyurijwe n’impuguke mu kwishyuriza abishyuza; "(g) number of the claims and amount won for the client by a loss assessor; " (c) ingamba zijyanye no kugira ibanga no gukoresha amakuru asangiwe no kwirinda ko hari uwagira amakenga; "(c) measures for safeguarding the confidentiality and use of the shared information as well as preventing tipping-off; " 2° serivisi z’ubwunganizi mu ikoranabuhanga n’ibikorwaremezo; 3° umwanya wo gutunganyirizamo imirimo y’ishami; 4° icyumba kirimo imashini za seriveri n’aho gusubukurira imirimo; 5° umutekano rusange n’umutekano wihariye. "1° materials and technology for roads; 2° water treatment and supply; 3° electricity, energy and street lighting; " Uwohereje ubutumwa akomeza kuba nyirabwo kugeza igihe bushyikirijwe uwabwohererejwe keretse iyo biteganyijwe ukundi n’amategeko. "The sender of postal items retains ownership until their delivery to the recipient, unless otherwise provided by the law. " 6º guteza imbere no guharanira intego z‟umuryango. "6º to promote and uphold the objectives of the organization. " Ingingo ya 10: kwambara umwenda uranga utwara ipikipiki "Article 10: wearing a motocyclist uniform " Umukozi wa rcaa wimuriwe muri rcaa akajyanwa ahantu hari ku ntera y’ibirometero birenga makumyabiri na bitanu (25) uvuye aho asanzwe akorera ahabwa amafaranga yo kwimurwa. amafaranga yo kwimurwa agenwa n’inama y’ubuyobozi ya rcaa. ayo mafaranga ntatangwa iyo umukozi ahinduwe bitewe n'ibihano. "An rcaa employee who is transferred within rcaa to a location exceeding twenty- five (25) kilometers from his/her initial place of work shall be entitled to transfer fares. the transfer fares shall be determined by the board of directors. they shall not be granted if the employee is transferred on grounds of sanctions. " Inteko rusange iterana kandi igafata ibyemezo iyo 2/3 by‟abanyamuryango nyakuri bahari. "The general assembly meets and deliberates when 2/3 of the effective members are present. " H) kwita ku igenzura ry’uburyo bwo gukoresha amakuru y’abakiriya; "H) control considerations for handling of customer information; " 2° kumenya mu buryo bwuzuye kandi mu bushishozi imiterere, urwego n’urusobe by’amasezerano yo kwifashisha undi muntu mu gukora imirimo mu rwego rwo kugaragaza no kugabanya ibyateza ingorane nyamukuru; "2° performing comprehensive due diligence on the nature, scope and complexity of the outsourcing arrangement to identify and mitigate key risks; " Mu gihe urukiko ruciye ihazabu, amafaranga y’urubanza, ubwishyu ubwo ari bwo bwose bugenewe isanduku ya leta n’ibintu bigomba gusubizwa cyangwa indishyi z’akababaro bigenewe uwakorewe icyaha, rugena igihe cyo gukora igihano cy’imirimo y’inyungu rusange mu gihe uwakatiwe adashoboye kubahiriza ibyo yategetswe n’urukiko. "When the court imposes a fine, court fees, any other payment into the public treasury, and restitutions or payment of damages for the benefit of the victim, it determines, in case of the convict’s failure to execute the court’s convictions against him/her, the period to serve the penalty of community service. " C. imanza zerekeye amatora ya referendumu, aya perezida wa repubulika n’ay’abagize inteko ishinga amategeko "C. cases relating to the referendum and presidential and parliamentary elections "  kwita mu buryo bushoboka ku burere bw‟abana no kubateganyiriza kwiga amashuri abanza, ayisumbuye ndetse na kaminuza; "Governing the organization and functioning of nursery, primary and secondary education; " Iyo uwatanze isezeranya akoze isezeranya ku bagenewe isezeranya benshi, buri wese mu bagenewe isezeranya aba afite uburenganzira bwo gukorerwa igisabwa cyose. "Where a promisor makes a promise to many promisees, each of them has right to the whole performance. " Ku rwego rw’umudugudu, komite tekiniki y’umuganda ishinzwe: community works; "The community works supervising committee at the village level shall have the la supervision des travaux communautaires; " - gutegura raporo z‟umwaka n‟imbanzirizamushinga y‟ingengo y‟imari bishyikirizwa biro politiki; - gutegura gahunda y‟ingamba ishyikirizwa kongere y‟igihugu. "- prepare annual reports and annual budget proposal to be submitted to the national congress; - prepare the strategic plan to be submitted to the national congress. " -kongera ubushobozi bwo gukemura amakimbirane hifashishijwe ibiganiro ; "-to reinforce the capacity to solve conflicts through dialogue; " Inyandiko isaba uruhushya igomba kuba iherekejwe n’inyigo y’impuguke igaragaza ibi bikurikira: "The application letter for the authorization should be accompanied by a professional study carried out and showing the following: " Uko batorwa bigenwa n’amategeko ngengamikorere y’urugaga. "Shall be determined by a law. " B. inguzanyo z'ikigega cya leta 8.361.800.000 "B. net lending 8,361,800,000 " Abanyamuryango nyakuri biyemeza kugira uruhare mu bikorwa by’umuryango batizigamye. baza mu nama z’inteko rusange kandi bafite chapitre ii : des membres "Article 7: the effective members do commit themselves to take part in all the organizational activities. they will attend the general assembly’s meetings with chapitre ii: membres " Iteka rya minisitiri ufite umutekano mu nshingano ze rigena uburyo ishyirahamwe rihagarikwa n‟uburyo icyemezo cy‟iryo hagarikwa kijuririrwa. "An order of the minister in charge of security shall determine the procedures of suspension of an organization and modalities for the appeal of such a decision. " A) akaba afitanye isano n’ibikorwa by’ubucuruzi bya banki ku buryo kuyahindura mu buriganya, cyangwa kuyasakaza hanze, kuyageraho cyangwa kuyakoresha nta burenganzira byagira ingaruka mbi ku bucuruzi, ibikorwa cyangwa ku mutekano wa banki; "A) business related information of the bank, the tampering with which, or unauthorized disclosure, access or use of which, would cause a material adverse impact to the business, operations or security of the bank; " Komisiyo y‟igihugu y‟uburenganzira bwa muntu igenera komite aho ikorera n‟ahabikwa dosiye. "The national commission for human rights shall provide to the committee a working place and a place where to keep files. " Bibonywe kugira ngo byomekwe ku iteka rya minisitiri n°08/3/06 ryo kuwa 04/08/2006 rishyira mu kiruhuko cy'izabukuru su-ofisiye umwe n'abapolisi bato batatu. "Seen to be attached to the ministerial order n° 08/3/06 of 04/08/2006 discharging a non-commissioned officier and (3) police officers from the rwanda national police. " Ingingo ya mbere: guhabwa imbabazi "Article one: granting pardon " Ingingo ya 10 y‟itegeko ngenga nº 02/2010/ol ryo ku wa 09/06/2010 rigena imiterere, ifasi, ububasha n‟imikorere bya komite y‟abunzi ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 10 of the organic law nº 02/2010/ol of 09/06/2010 on organization, jurisdiction, competence and functioning of the mediation committee is modified and complemented as follows: " Inteko rusange ni rwo rego rw’ikirenga rwa cnosr. igizwe n’abanyamuryango nk’uko bavugwa mu ngingo ya 8 y’aya mategeko shingiro. "The general assembly is the supreme organ of the cnosr. it shall comprise members as mentioned under article 8 of these statutes. " Ingingo ya 28: gusaba gushyiraho cyangwa guhindura amabwiriza y’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana "Article 28: request for making or amending regulations for the clearing house " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. chapter iv: final provisions "This regulation comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. chapitre iv: dispositions diverses et finales " 12° gukurikirana imiterere y’ibipimo by’ubuzima hashingiwe ku mirongo ngenderwaho ya minisiteri y’ubuzima no gushyiraho ingamba iyo bibaye ngombwa. "12° to monitor the situation of health indicators on the basis of guidelines of the ministry of health and set up strategies where necessary. " Abashyinjacyaha n’abakozi bo mu bushinjacyaha bavugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo bashyirwa mu myanya mu bushinjacyaha ku rwego rw’ibanze no ku rwego rwisumbuye n’inama nkuru y’ubushinjacyaha hatitawe ku bivugwa mu ngingo ya 8 y’itegeko ngenga n° 22/2004 ryo kuwa 13/08/2004 rishyiraho amategeko ngengamikorere y’abashinjacyaha n’abakozi bo mu bushinjacyaha”. "Prosecutors and personnel of the prosecution service mentioned in the first paragraph of this article shall be appointed in the new structures of the prosecution service at a lower instance and at a higher instance regardless of the provisions of article 8 of organic law n° 22/2004 of 13/08/2004 on the statute of public prosecutors and personnel of the public prosecution service.” " Ingingo ya 28: ibigenderwaho mu kugena indishyi ikwiye "Article 28: criteria for determining fair compensation " Igazeti ya leta n° 39 bis yo ku wa 26/09/2022 "Official gazette n° 39 bis of 26/09/2022 " N° 174/03 ryo ku wa 12/09/2019 "N° 174/03 du 12/09/2019 " (1) haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 33 y’aya mabwiriza rusange, uwishyura yirengera ibihombo byose bituruka ku gikorwa cyo kwishyurana kitatangiwe uburenganzira gituruka ku: "(1) subject to article 33 of this regulation, the payer bears losses arising from any unauthorised payment transactions resulting from: " 7o gufasha abanyamuryango bayo mu gihe cy’itegura n’isinya ry’amasezerano asanzwe y’ubufatanye n’imicungire yayo hagati ya koperative n’abafatanyabikorwa; "7° to assist its members during the preparation and signing of contracts and memoranda of understanding between cooperatives and stakeholders and during their management; " 4° ibitabo, ibinyamakuru, amagazeti n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga byakoreshwa nk’imfashanyigisho. "4° books, newspapers, journals and other electronic equipments used as educational materials. " Ingingo ya 162: kumenyekanisha ibihembo cyangwa ibindi bigenerwa abagize inama y’ubutegetsi n’abandi bakozi "Article 162: disclosure of remuneration and other benefits for directors and other employees " 2° kwirukanwa ku kazi. "2° dismissal. " 3° gukangurira urubyiruko ibijyanye no kuboneza urubyaro. "3º raising youth awareness on family planning. " Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo mu 2003, ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 98, iya 112, iya 122 n’iya 176; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 2003, revised in 2015, especially in articles 98, 112, 122 and 176; " Abayobozi bakur bahari amazina ubwenegihug u umurimo itariki yo gushyirwa mu mwanya uburyo bwo kumushyikira "Current senior managers names nationality function date of appointment contact " Ashingiye ku itegeko n° 13/2014 ryo ku wa 20/05/2014 rigenga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 32; "Pursuant to the law n° 13/2014 of 20/05/2014 on mining and quarry operations, especially in article 32; " 17° capital complémentaires (capital de tier 2) est composé d’éléments du capital autres que ceux du capital de base aussi défini dans le présent règlement. le capital complémentaire ne peut pas excéder le capital de base ; 18° igipimo giteganyirijwe gukumira uruhererekane rw’ingorane : igipimo cy’inyongera ku mari shingiro bwite y’ibanze ugereranyije n’umutungo wose ugabanyijweho ibyateza ingorane cyiyongera ku bipimo by’imari shingiro ntangibwamunsi kigomba kugirwa na banki ifite ingaruka ku rwego rw’imari, mu rwego rwo kwirinda guhungabana ; "18° systemic risk buffer: ratio of extra common equity tier 1 capital in relation to risk weighted assets over and above the set minimum capital ratios to be held by any systemically important bank and intended to protect the bank from failing. 18° volant de risque systémique: ratio supplémentaire au capital de base (tier 1 capital) en rapport avec les actifs pondérés en plus de ratios du capital minimum prescrit, exigé de toute banque systémiquement importante et visant à protéger la banque contre l’échec; official gazette n º special of 26/05/2017 " Iteka rya minisitiri rigena imiterere y’ifishi yuzuzwa n’uwemewe guhabwa urugingo, tisi z’umubiri cyangwa igikomoka ku mubiri w’umuntu………………………………………...75 "Ministerial order determining the consent form to be filled by an organ, tissue or human body product recipient……………………………………………………………………….75 " Amadosiye y’ibibazo by’indishyi ku bangirijwe cyangwa bahohotewe n’inyamaswa byashyikirijwe urwego rushinzwe pariki z’igihugu n’ibirego by’indishyi byashyikirijwe inkiko kandi bikaba bitarabonerwa ibisubizo ku munsi iri tegeko ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda bizakurikiranwa na sgf binakemurwe hakurikijwe iri tegeko. "All compensation claim files relating to injuries or property damaged by animals lodged with the agency in charge of national parks as well as cases pending in courts of law by the date of publication of this law in the official gazette of the republic of rwanda shall be handled by sgf under the provisions of this law. " Hakurikijwe iri tegeko, kwica isoko ni imyitwarire y‟umuntu ku giti cye cyangwa y‟abantu benshi bashyize hamwe mu byerekeye isoko ry‟imari n‟imigabane barebwa n‟iri tegeko kandi bigaragarira buri muntu wese uzi imikorere y‟isoko, ko iyo myitwarire itubahirije amabwiriza agenga isoko. "Article 46: market abuse for the purposes of this law, market abuse is a behaviour by one person acting alone or by many persons acting jointly or in concert which occurs in relation to the capital market and is regarded by any person who is aware of the market practice as a breach of the standards of the market. " 7º igishushanyo gikozwe na mpandeshanu kiri ahagana mu ruhande rw’ibumoso hagati cyanditsemo mu buryo butambitse inyuguti «bnr» ; "7º the diamond of five sides in the middle left part in which is inscribed horizontally the letters «bnr». " 2. umuyobozi wa ilpd; "2. ilpd rector; " Yemejwe burundu kandi atangiye gukurikizwa uko yakabaye. "Ratified and becomes fully effective. " Icyakora, iyo byihutirwa amasaha yo gutangira imirimo y’inteko rusange ashobora guhinduka byemejwe na biro y’umutwe w’abadepite. amasaha yo gusoza imirimo y’inteko rusange ashobora guhinduka bisabwe n’uyoboye inama, bikemezwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abadepite bahari. "In case of urgency, however, the time for commencing the business of the plenary assembly may change with the approval of the bureau of the chamber of deputies. the time for concluding the business of the plenary assembly may change at the request of the person presiding over the sitting with the approval of an absolute majority vote of deputies present. " Ingingo ya 18: ibisabwa mu rwego rw’imari "Article 18: financial requirement " Ryerekeye imiryango idaharanira inyungu kimwe n‟aya mategeko shingiro, ibyemezo by‟inteko nkuru bifatwa ku bwumvikane. iyo ubwumvikane bubuze, bifatwa hakurikijwe ubwiganze busesuye bw‟amajwi. iyo amajwi angana, iry‟umuvugizi rigira uburemere bw‟abiri. "Stated in the legislation for non profit associations and the current statutes, the decisions of the general synod will be reached through general consensus. where no consensus, the absolute majority of votes will be followed. as for the equal votes, the legal representative‟s vote will count double. " Umusoreshwa wese ageza imenyekanisha ry’umusoro w’ipatanti ku rwego rusoresha bitarenze itariki ya 31 mutarama y’umwaka uhwanye n’igihe cy’isoresha. "Any taxpayer files a tax declaration to the tax administration not later than 31st january of the year that corresponds to the tax period. " «umusoro ku byaguzwe wakwa ku bicuruzwa no ku ijanisha ry’umusoro bikurikira : «consumption tax shall be levied on the following products at the corresponding rates: «le droit d’accise est imposé aux produits et aux taux suivants : ibicuruzwa ibipimo imitobe y’imbuto 5% limonades, soda n’indi mitobe 39 % amazi mvaruganda 10 % byeri 60 % divayi 70 % ibyotsi, likeri na wisiki 70 % "Ingingo ya 2 : drafting, consideration and adoption of this law this law was drafted in english, considered and adopted in kinyarwanda. produits taux d’imposition jus de fruits 5 % limonades, soda et autres jus 39% eaux minérales 10% bières 60% vins 70% eaux-de-vie, liqueurs et whiskies 70% tabacs 150% essence (exception faite du benzene) et mazout " Nta mujyanama wemerewe guhagararirwa mu nama z'inama njyanama. "No member of the council may be represented at the meetings of the council. " 9° gutegura igenamigambi n‟imbanzirizamushinga y‟ingengo y‟imari y‟umutwe w‟abadepite; "6° to establish and to update basic topographic maps and thematic maps; " N’amategeko hashyirwaho ingamba zo gukumira ibyo bikorwa hakoreshejwe abantu n’ibikoresho; "A combination of measures against unlawful acts by use of human and material resources; " Impuzamasendika cyangwa urugaga rw’abakozi, urugaga rw’abakoresha cyangwa impuzangaga, byashyize umukono ku masezerano rusange y’umurimo, impande zombi zimaze kubyumvikanaho, amasezerano rusange cyangwa ingingo zimwe zayo bikurikizwa ku bakoresha n’abakozi bo mu gace cyangwa icyiciro cy’umurimo amasezerano akurikizwamo, hakurikijwe igihe n’uburyo bwateganyijwe na yo. article 94: duration of collective agreement "The employees’ federation or confederation, the employers’ federation or confederation that have signed labour collective agreement, and upon agreement by both parties, the collective agreement or some of its provisions apply to all employers and employees of area or of some professional categories, in accordance with time and ways provided by them. " Inama z’inzego za psp zitumizwa n’abayobozi ba buri rwego rutumiye. ubutumire bugomba kugaragaza ibigomba gusuzumwa, kandi bukagezwa ku bayoboke hasigaye nibura iminsi irindwi (7) ngo inama ibe. "The presidents of the organs invited shall convene the meetings of the psp organs. the invitation shall indicate the agenda items. members shall receive invitation at least seven (7) days before the meeting takes place. " 1 º kuba yarimukiye mu rwanda ku mpamvu z’imibereho, iza politiki cyangwa iz’ubukungu; "1º to have immigrated to rwanda for social, political or economic reasons; " Uwahawe uruhushya agumishaho umuvuduko w’amazi mu matiyo utuma abakiriya bagerwaho n’amazi ahagije. "The licensee shall maintain a pressure in the pipes that shall ensure that customers receive adequate water supply. " 6° uburyo bw’igabanuka: ibarwa ry’inyungu ku nguzanyo hashingiwe ku mwenda fatizo usigaye; "6° declining method: calculation of interest on a loan on the basis of the outstanding balance of the principal amount; " Ingingo ya 6: ubuhamya bw’umwana "Article 6 : témoignage d’un mineur " Inama y’abakuru iterana rimwe mu gihembwe itumijwe na prezida wayo, yaba adahari cyangwa atabonetse bigakorwa na visi prezida. inzandiko z’ubutumire zikubiyemo ibiri ku murongo w’ibyigwa, itariki, isaha n’aho inama izabera zishyikirizwa abagize inama y’abakuru hasigaye nibura iminsi 21 kugirango iterane. manda yayo ni imyaka ine. imikorere y’inama y’abakuru isobanurwa n’amabwiriza ngengamikorere y’umuryango. "The council of elders meets once every quarter at the invitation of its chairperson or its deputy chairperson in case of absence or incapacity of the chairperson. invitation letters indicating the items of the agenda, the date and time as well as the venue of the meeting shall reach members of the council of elders at least 21 days before the tenure of the meeting. the term of office of the council of elders shall be four years. the functional modalities of the council of elders are specified in details in the internal rules and regulations of the organisation. " Urutonde rw’inzego ngenzuramikorere z’ibihugu cyangwa urw’inzego zisuzuma iyubahirizwa ry’ibisabwa rugomba gutangazwa ku rubuga rwa interineti rw’urwego ngenzuramikorere kandi urwo rutonde ruhora ruvugururwa buri gihe hakoreshejwe ifishi iri ku mugeraka wa i w’aya mabwiriza. "A list of recognized national regulatory authorities or a conformity assessment bodies must be published on the regulatory authority’s website and the list is updated regularly using the form in annex i of these regulations. " Umutwe iv: ibisabwa bijyanye n’ihererekanya ry’amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga "Chapter iv: requirements relating to wire transfer " Ingingo ya 18: urukiko rufite ububasha bwo gutangaza urupfu rw’uwabuze "Article 18: competent court for declaration of the disappeared person’s death " Bikorewe i kigali, kuwa …………...... "This is done at kigali, on 5 " Amafaranga y’imperekeza yishyurwa umwarimu abarwa hashingiwe ku mushahara mbumbe yari agezeho kandi hakurikijwe igihe umwarimu amaze mu kazi k’ubwarimu mu buryo bukurikira: "Termination benefits for a teacher are calculated on the basis of his or her last gross salary and on basis of his or her period served in teaching service as follows: " 7° gutegeka kubungabunga, kubika, kugurisha cyangwa ubundi buryo bwo kwikuraho umutungo cyangwa ikintu kiri mu maboko y’uruhande urwo arirwo rwose; "7° order the preservation, storage, sale or other disposal of any property or thing under the control of any party; " Icyiciro cya 3: abayobozi b’amashami, ab’amashuri, ab’ibigo byihariye bishamikiye kuri sfb n’abayobozi b’udushami "Section 3: deans of faculties, directors of schools, specialized centres of sfb and heads of departments " The legal representative shumbusho rurangirwa vianney (sé) "Deputy legal representative: vivens hitiyaremye (sé) " Umutangabuhamya wanze kurahira cyangwa wabeshye nyuma yo kurahirira kuvugisha ukuri ahanwa hakurikijwe ibihano biteganyijwe mu itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange. "A witness who refuses to take the oath or lies after taking the oath to tell the truth is liable to the penalties as provided for by the law determining offences and penalties in general. " Ingingo ya 31: igenzura ry’ahantu "Article 31: inspecting premises " Abadepite bahabwa ibyicaro bihoraho mu cyumba cy’inteko rusange cy’umutwe w’abadepite mu gihe bari mu mirimo y’inteko rusange hakurikijwe urukurikirane rw’inyuguti zitangira amazina bwite yabo. "Deputies are given permanent seats in the plenary hall of the chamber of deputies during the business of the plenary assembly based on alphabetical order of their surnames. " Iyo itora ryerekeranye n‟abantu, amatora asubirwamo rimwe gusa iyo bisabwe n‟abajyanama batanu (5) berekanye impamvu kandi bikemezwa n‟inama njyanama. "If it is an election of people, the election shall be repeated only once if five (5) councillors upon presentation of justifications, request so and on approval by the council. " N’amabwiriza yo kurwanya iyezondonke no gutera inkunga iterabwoba. "Of the law on prevention and penalizing the crime of money laundering and financing terrorism. " Ingingo ya 41: isonerwa ry’umusoro "Article 41: tax exemption " 10° kugena agaciro ka cis no kubara agaciro nyako k’umutungo wa cis n’agaciro nyako k’ibice fatizo by’umugabane, imigabane n’ubundi buryo bwo kugira uruhare muri cis, igihe bibaye ngombwa, agatanga igiciro kuri buri gice fatizo cy’umugabane, ku mugabane cyangwa ku bundi buryo bwo kugira uruhare hagamijwe igurishwa cyangwa isubizwa ry’imigabane; 6° to establish and maintain a register of participants; "10° to value the cis and calculate the net asset value of the cis and the net asset value units, shares or other form of participation in the cis and where relevant the price per unit, share or other form of participation for purposes for sales and redemption; " Ingingo ya 91: igisobanuro cy’icyaha cya jenoside "Article 91: definition of crime of genocide " Iyo amaze kwakira inyandiko isaba kwemeza ko umwanya wa perezida wa repubulika udafite umuntu uwurimo, umwanditsi mukuru w’urukiko rw’ikirenga ayandika mu gitabo cyabigenewe, akoherereza dosiye perezida w’urukiko rw’ikirenga kugira ngo agene itariki y’iburanisha n’inteko y’abacamanza bazaruburanisha. perezida w’urukiko rw’ikirenga agena kandi muri abo bacamanza uzakora raporo. in the event of death, resignation, sentence for treason or serious and deliberate violation of the constitution or permanent incapacity of the president of the republic, the two chambers of parliament meeting in a joint session shall, upon a two-third (2/3) majority of members to each chamber, petition the supreme court to declare the office of the president of the republic vacant. "Upon receipt of the petition seeking a declaration of the vacancy of the office of the president of the republic, the chief registrar of the supreme court shall record it in the relevant register and submit the case file to the president of the supreme court who shall fix the date of the hearing and designate the bench of judges to hear the petition. the president of the supreme court shall designate a judge-rapporteur from en cas de décès, de démission, de condamnation à une peine pour trahison ou violation grave et délibérée de la constitution ou d’empêchement définitif du président de la république, le parlement, les deux chambres réunies et à la majorité des deux tiers (2/3) des membres de chaque chambre, saisit la cour suprême pour qu’elle constate la vacance du poste de président de la république. " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 9 kanama 2021; "The chamber of deputies, in its sitting of 9 august 2021; " Muri aya mabwiriza rusange, amagambo akurikira asobanura ibi bikurikira: article 2: definitions "In this regulation, the following terms have the following meaning: article 2: définitions " I) ushyira ku isoko inyandiko agomba kumenyesha ikigo ingano y‟inyandiko z‟agaciro zicuruzwa nyazo zashyizwe "(a) submit a copy of a prospectus published in respect of the securities to be offered, to the authority; " Rbs ifite inshingano z’ingenzi zikurikira: "The main responsibilities of rbs are: " 33° amafaranga y’ingoboka mu bwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe: amafaranga agenwe mu bwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe yo gutunganya imirimo no kwishyura abiteganyirije; "33° reserve for mandatory pension: funds provided under the mandatory pension scheme for the general reserve and payment of benefits to members; " Brigadier general george rwigamba agizwe komiseri mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (rcs) ahabwa ipeti rya komiseri mukuru wa za gereza. yimuwe mu ngabo z’u rwanda. "Brigadier general george rwigamba is appointed commissioner general of rwanda correctional service (rcs) and conferred the rank of commissioner general of prisons. he is transferred from rwanda defence forces. " Ingingo ya 88: uburyozwacyaha bw’inzego za leta cyangwa imiryango ifite ubuzimagatozi "Article 88: criminal liability of public institutions or organizations with legal personality " 1° ibyerekeye imari shingiro biteganywa mu mabwiriza; "1° the regulatory capital requirements; " Ingingo ya 27: gushakira isoko umutungo w’ibinyabuzima kavukire no kubyohereza mu mahanga "Article 27: bioprospecting in and export of indigenous biological resources " 1° imanza zaregewe mu rwego rwa mbere urukiko rukuru zitakiri mu bubasha bwa rwo zoherezwa mu nkiko zisumbuye cyangwa mu nkiko z’ubucuruzi zibifitiye ububasha; "1° cases introduced at the first instance before the high court but which are no longer in its jurisdiction shall be referred to competent intermediate courts or commercial courts with relevant jurisdiction; " Umuntu cyangwa urwego bashobora kwemererwa gutanga imyanzuro nk’inshuti y’urukiko mu gihe bafite ubunararibonye bwafasha urukiko mu guca urubanza. "A person or an organ can be authorized to provide submissions as amicus curiae if they have expertize that can assist the court in taking a decision on the case. " (1) ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro ku byapa byamamaza hadakoreshejwe ikoranabuhanga bishyizweho ku buryo bukurikira: "(1) the standard rates of charges levied as fees on non-electronic advertising billboards are fixed as follows: " Ingingo ya 36: ikorwa ry’imirimo y’ubujyanama mu gihe ubugenzuzi bwite buri gukorwa "Article 36: carrying out consulting services during internal audit exercise " Iri tegeko ngenga ryibanda ku nshingano z’abashinzwe gutegura no gushyira mu bikorwa ingengo y’imari n'ibijyanye no gucunga imari n'umutungo bya leta muri rusange. "This organic law focuses particularly on the principal responsibilities of those involved in preparing and implementing the central government budget and on issues relating to management of state finances and property. " Ingingo ya 3: ikiguzi cy’amahugurwa "Article 3: training cost " N° 87/03 ryo kuwa 25/01/2013 "N° 87/03 du 25/01/2013 " Inama rusange iyoborwa n‟uhagarariye ishyirahamwe imbere y‟amategeko. igihe atabonetse iyoborwa n‟umwungirije mu mategeko. uhagarariye ishyirahamwe imbere successives non justifiées aux réunions, le non paiement de sa cotisation annuelle sur une période de deux ans et toute infraction aux lois rwandaises de nature à ternir l‟image de l‟organisation. "L‟assemblée générale est dirigée par le représentant légal de l‟idec ou, en son absence, par le représentant légal suppléant. le représentant légal convoque les successive absences to meetings, the non-payment of their annual membership fees within a period of two years and any offence to the rwandan laws likely to tarnish the picture of the organization. " 6° gukora ku buryo ikibazo gikemurwa mu buryo butabogamye kandi mu gihe gikwiye; "6° ensure the complaint is addressed in an equitable, objective and timely manner; " Utanga serivisi y’imari cyangwa uhagarariye utanga serivisi y’imari ntagomba kugira imyitwarire: "A financial service provider or a representative must not engage in a conduct which: " Amahugurwa ya gisirikare yemezwa na minisitiri abisabwe n’umugaba mukuru w’ingabo. "Military courses are approved by the minister upon proposal by the chief of defence staff. " Amafaranga ahari n’ibindi bishobora kuvunjwamo amafaranga undi mutungo "Property, contracts and liabilities " B) ishyirahamwe rigizwe n‟umujyi wa kigali n‟akarere, kaba ako mu ntara cyangwa ako mu mujyi wa kigali. "B) the association comprises kigali city and a district, whether of a province or of the city of kigali. " (f) gusuzuma ibindi bintu byose birebana n’imikorere ya buri munsi ya polisi y’u rwanda. "(f) to consider all other matters relating to the day-to-day functioning of rwanda national police. " Ingingo ya 9: ibisobanuro bigomba gutangwa n’ikigo gitanga konti article 9: mandatory explanations by account provider "Article 9: mandatory explanations by a financial service provider " Icyitonderwa: uru ruhushya rumara imyaka ibiri (2) gusa kandi ntirusimbura na gato itangwa ry’imisoro iteganywa n’amategeko. "Nb: the period of validity of this license shall be two (2) years only, and it shall not whatsoever substitute payment of taxes provided by the law. nom et signature du titulaire de la licence: " Utanga serivisi z’imari utakira amafaranga abitswa ashobora gushinga ikigo cy’ubucuruzi giteye mu buryo bukurikira: "The non-deposit taking financial services provider can open up a business in form of: " Icyakora, igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa gishobora guteganya avansi ku mirimo. iyo avansi ntishobora gutangwa gahunda y’ishyirwa mu bikorwa ry’imirimo provisions of the procurement contract, the procuring entity and the successful bidder agree on the decisions to be taken with a view to: "However, the tender document may provide for an advance payment on works. such an advance payment cannot be paid before the planning for the execution of works is approved and the procurement contract is signed. entraînent la modification des dispositions du contrat de marché, l’entité de passation de marché et l’attributaire du marché s’entendent sur les mesures à prendre dans le but de: " K) ibidateganyijwe mu bikorwa na gahunda y‟imirimo by‟imenyekanishabikorwa; "K) operational contingencies and marketing plan; " E) umunyamabanga wihariye wa perezida wa repubulika ; "E) the principal private secretary to the president of the republic; " 6° kuyobora no kugenzura ibyerekeye inyigisho, ubushakashatsi n’uburere mu mashami, mu mashuri mu bigo byihariye no mu dushami twa kist; "6° to direct and follow up matters relating to courses, research and education in faculties, schools in specialized centres and in departments of kist; " 3° ku byerekeye icyiciro cy’abagenewe imigabane nk’iyo ngano idashobora kugaragazwa kuri buri munyamigabane wa buri cyiciro, amakuru yuzuye agaragaza kandi asobanura icyiciro cy’abantu bagenewe imigabane. "3° in respect of a class of beneficial owners of such a size that it is not reasonably practicable to identify each member of the class, information sufficient to identify and describe the class of individuals who are beneficial owners. " Ikigega cy’isosiyete y’ishoramari gitanga gusa imigabane ku bagifitemo uruhare cyangwa ku bashoramari bacyo nk’igikorwa cya cis kandi imigabane y’isosiyete y’ishoramari ishobora kuba iy’imari shingiro ihinduka cyangwa idahinduka kandi ikaba ari imigabane itanga uburenganzira bungana mu gutora. "The investment company scheme issues shares only to its participants or investors as part of the cis and the shares of an investment company may have fixed or variable capital and are ordinary shares carrying equal voting rights. " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’iteka rya minisitiri n° 006/mininter/22 ryo ku wa 26/09/2022 "Ministerial order n° 006/mininter/22 of 26/09/2022 " C) uburenganzira bwo kwishingira cyangwa guhindura imigabane nguzanyo mo imigabane cyangwa izindi nshingano z‟isosiyete, z‟indi sosiyete cyangwa isosiyete y‟ubucuruzi; "C) any right to subscribe for or convert the debentures into shares or other debentures of the company or any other company or corporation; " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umuyobozi………………………………………..20 "Prime minister’s order appointing a director……………………………………………….20 " (c) imiterere y’isosiyete n’iy’itsinda niba isosiyete isaba uruhushya iri mu itsinda ry’ibigo by’imari (ibigo byose biri mu itsinda bigomba kwerekanwa n’iyo byaba bitagenzurwa); "(c) corporate and group structure, where company applying for a license is part of a financial group (all entities in the group must be indicated even when they are not regulated); " Urupfu, ikiruhuko cy‟izabukuru, kwegura, gukurwa ku murimo n‟inama rusange bitewe no gukora ibyaha bikomeye, cyangwa kunanirwa umurimo. "Death, retirement, resignation, to be removed by the general assembly due to do grave sins, ineffectiveness, or incapacity. " Umutwe wa ix: amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi, ibyaha n’ibihano "Chapter ix: faults and sanctions, offences and penalties " Utwo duce tw’ubwoko bwombi duhuriye ku mubare 6 mu mbonerahamwe rusange y’ibyiciro by’imirimo, g ikaba ibangikanye na 1 naho l ibangikanye na 6. "The two scales shall overlap in 6 levels in the general job classification table, g corresponding to 1 and l corresponding to 6. " 8° umushinjacyaha; "8° a prosecutor; " Ingingo ya 34: guhindura ibikurikizwa mu kugezwaho serivisi "Article 34: modification of a registration certificate " Icyakora, uruhare rwa leta mu bwizigame bw’igihe kirekire rutanzwe inshuro imwe, nta na rimwe rushobora kurenga amafaranga y’u rwanda ibihumbi cumi n’umunani (18.000). "However, the government’s contribution to long term savings scheme which is granted once can never exceed eighteen thousand (18,000) rwandan francs. " Ingingo ya 22 : inteko rusange ishinzwe: official gazette nº 34 of 22/08/2011 "Portant organisation de l‟éducation. official gazette nº 34 of 22/08/2011 " Ingingo ya 9: igenwa ry’umunsi w’itora n’igihe cyo kwiyamamaza "Article 9: determination of polling date and period for electoral campaign " (d) amakuru arambuye y'imikorere cyangwa ibijyanye na tekiniki harimo n'ibibazo by'umutekano w'ikoranabuhanga cyangwa ibyaha "(d) detailed log of operational or technical incidents including any cyber security issues or breaches (if any) and steps taken to address the same; " Umuryango grail movement rwanda ni umuryango udaharanira inyungu ugamije kwamamaza ubutumwa bukubiye mu nyandiko za abd-ru-shin « mu rumuli rw‟ukuri », ubutumwa bwa graal. "The grail movement rwanda is a non profit making organization with the sole aim of disseminating information about the work of abd-ru-shin “in the light of truth”, the grail message. " Iyo ibicuruzwa bitangiwe amahoro kugira ngo bikoreshwe mu gihugu ku gipimo kigabanyijwe, cyangwa kiri kuri zeru hakurikijwe icyo bizakoreshwa cyihariye bikomeza kugenzurwa. gasutamo ireka kubikurikirana iyo impamvu zatanzwe kugira ngo bagabanyirizwe ibipimo by’amahoro zitakiriho. "Where goods are cleared for home use at a reduced or zero rate of duty on account of their end-use, they remain under customs supervision. customs supervision ends when the conditions laid down for granting such a reduced or zero rate of duty cease to apply. " Guhoza undi muntu ku nkeke ni igikorwa kibangamye cyo kubwira umuntu amagambo cyangwa gukora ibikorwa ku buryo buhoraho bifitanye isano n’igitsina, bishobora kwangiza icyubahiro cye bitewe n’uko bitesha agaciro cyangwa icyubahiro nyir’ukubikorerwa cyangwa kumutera ubwoba cyangwa ikimwaro. "Sexual harassment are repeated remarks or behaviour of sexual overtones towards a person that either undermine, violate his/her dignity because of their degrading or humiliating character which create against him/her an intimidating, hostile or unpleasant situation. " Abisabwe n'umuvugizi w‟umuryango «rwanda environmental ngo‟s forum (rengof)» mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 17/01/2011; "On request lodged by the legal representative of the association «rwanda environmental ngo‟s forum (rengof)» on 17/01/2011; " Icyakora, icyo gihe ntigishobora kurenga imyaka cumi n’itanu (15). "However, the period shall not exceed fifteen (15) years. " (b) kugira uburambe busabwa muri serivisi zisa nk’izikenewe: amanota 20 kugeza kuri 30; "(b) relevant experience in similar services: 20 to 30 points; " Iteka rya minisitiri w’intebe n° 53/03 ryo ku wa 27/2/2015 rigena imbonerahamwe imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi muri komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu (nchr) n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo directors of units on job level “3.ii” are also each entitled to an office telephone communication allowance of one hundred thousand rwandan francs (frw 100,000), per month. "Determining the organisational structure, the salaries and the fringe benefits for employees of the national commission for human rights (nchr) and all prior provisions contrary to this order are repealed. les directors of units aux postes de niveau “3.ii” bénéficient aussi chacun des frais de communication par téléphone de bureau équivalant à cent mille francs rwandais (100.000 frw), par mois. " Ingingo ya 89: imikorere y’akanama k’ubujurire kigenga "Article 89: functioning of the independent review panel " Mu gihe kitarenze iminsi makumyabiri (20) y’akazi uhereye igihe inguzanyo igamije kuzahura ubucuruzi yemerejwe, uberewemo umwenda wari ufite uburenganzira bwo gutora icyo cyemezo ashobora kuregera urukiko asaba ko iyo nguzanyo idatangwa ashingiye kuri imwe mu mpamvu zikurikira: "Not later than twenty (20) working days after the business rescue finance was approved, a creditor who was entitled to take part in the vote may apply to the court for an order that the financing be cancelled for any of the following grounds: " Dushingiye ku itegeko ngenga n° 08/2005 ryo kuwa 14 nyakanga 2005 rigena imikoreshereze n’imicungire y’ubutaka mu rwanda cyane cyane mu ngingo zaryo iya 21, iya 54 n’iya 75; "Th , 2005 determining the use and management of land in rwanda, especially in its articles 21, 54 and 75; " (b) guhindagurika muri rusange kw’agaciro ku isoko k’umutungo utimukanwa hagati y’ibyiciro bibiri by’isuzuma ry’umusoro ntibiba impamvu yo kugena bundi bushya agaciro k’imitungo itimukanwa. "(b) a global fluctuation of the market value between two general revisions is not a reason for a new assessment of immovable property. " Inyandiko ijurira igomba kuba kandi iriho umukono w’ujurira ubwe, uw’umwunganira cyangwa umuhagarariye. iyo ujurira adashobora gushyiraho umukono we, umwanditsi w’urukiko arabyandika, akamuteza igikumwe. "The appellant, his/her legal counsel or representative must sign the statement of appeal. if the appellant is unable to sign, the court registrar shall mention it and cause him/her to affix his/her fingerprint. " 3° mu gihe cyagenwe kizaba hashingiwe ku kintu bigaragara ko kizaba nubwo igihe kizabera cyaba kitazwi neza. "3° at a fixed period after the occurrence of a specified event, which is certain to happen, though the time of happening is uncertain. " Ingingo ya 13: inteko rusange ihamagazwa kandi ikayoborwa na perezida wa komite nyobozi; yaba adahari cyangwa atabonetse, bigakorwa na visi-perezida. iyo perezida na visi-perezida bombi badahari, batabonetse cyangwa banze, inteko rusange ihamagazwa na kimwe cya gatatu (1/3) cy‟abanyamuryango nyakuri. icyo gihe, abagize inteko bitoramo perezida w‟inama. "Article 13: the general assembly is convened and chaired by the president of the executive committee or, in case of absence, by the vice-president. in case both the president and the vice- president are absent or fail to convene it, the general assembly shall be convened by at least a third (1/3) of the effective membership. in that case, the assembly shall elect a chairperson for the session amongst the members present. " Ingingo ya 31: impano "Article 31: donations " "Umuryango ""h.t.m.″ ushyizweho kumara igihe kitazwi." """h.t.m.″ is created for an indeterminate duration. " Itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba…………………...3 "Law on prevention and penalising the crime of money laundering and financing terrorism…3 " Ingingo ya 94: gukora imirimo y’ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa nta ruhushya "Article 94: conducting activities of deposit-taking microfinance institution without a license " 2° iyubahirizwa ry‟ihame ry‟uburinganire. "2° respect of the principle of gender. " Ingingo ya 16: itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko "Article 16: drafting, consideration and adoption of this law " Akiciro ka 3: uburenganzira bw’abana n’uburere bwabo mu kigo cyita ku mibereho myiza "Subsection 3: rights of children and their education in a social well-being institution " Iyo inama nkuru y’ubucamanza idateranye mu gihe cy’iminsi mirongo itatu n’itanu (35) ibarwa uhereye ku munsi ibaruwa yakiriwe mu bunyamabanga bw’urukiko rw’ikirenga, ugusaba guhagarika akazi mu gihe kitazwi, gufatwa nk’aho kwemewe. "If the high council of the judiciary fails to meet within thirty-five (35) days effective from the date of receipt of the letter in the secretariat of the supreme court, the request for leave of absence for a non-specific period is considered granted. " Ugize inama y’ubyobozi wamenyesheje inyungu afite ku kibazo cyigwa, ntiyitabira inama yiga kuri icyo kibazo. "A member of the board of directors who disclosed of his or her interest in the issue to be considered does not attend the meeting deliberating on that issue. " Intwaro zose zicurwa, zigurwa cyangwa zigurishwa zigomba kugaragaraho ibi bikurikira: igihugu zakorewemo, ikirango cy’uruganda rwazikoze, umwaka zakozwemo, nomero zishyirwa ahabugenewe kandi hadashobora gusibangana n’uruganda rwazikoze. "All arms manufactured, purchased or exposed for sale must bear the following particulars: the country of manufacture, the logo of the manufacturing industry, the year of manufacture, a serial number engraved into an appropriate part and the manufacturing industry. " 3º serivisi n’inyigo y’imiterere y’ahantu bya ngombwa bigomba gukorwa n’umusaruro utegerejwe kuvamo harimo raporo, amakuru ku mibare n’amakarita y’ahantu; "3º the services and surveys necessary to carry out the assignment and the expected outputs including reports, data and maps; " (1) ku masoko y’imirimo, ay’ibicuruzwa cyangwa ibigemurwa, aya serivisi z’impuguke n’aya serivisi zitari iz’impuguke asabirwa ingwate y’ipiganwa, urwego rutanga isoko rugena imiterere n’ingano yayo. article 44: modalities for requiring a bid security "(1) for tenders of works, goods or supplies, consultancy services and non- consultancy services requiring a bid security, the procuring entity determines its form and amount. the amount of the bid security may be a percentage of the article 44 : procédure d’exigence de garantie de soumission " Imiterere ya konti y‟ikigega gihurizwamo amafaranga ya leta igizwe na konti imwe nkuru iri muri banki nkuru y‟igihugu, izindi konti ntoya ziyishamikiyeho, na za konti z‟umwihariko aho biri ngombwa kugira ngo horoshywe imicungire y‟icyo kigega. "The bank account configuration for the consolidated fund shall include the main bank account with the national bank of rwanda, sub- accounts and special accounts as may be appropriate to facilitate the management of the fund. " (b) akumire ikorwa ry’icyaha cy’ubugome gishobora gutwara ubuzima bw’abantu cyangwa kubatera ibikomere bikabije ku mubiri; "(b) to prevent the commission of a felony threatening the life of persons or likely to cause them serious bodily harm; " Mmi ishinzwe cyane cyane ibi bikurikira: 1° kuvuza abanyamuryango bayo n’abagize imiryango yabo bemewe n’amategeko; 2° kwakira imisanzu y’abanyamuryango bayo n’inkunga zinyuranye; 3° gucunga umutungo wayo; 4° kwishyura ibikorwa by’ubuvuzi byakorewe abanyamuryango bayo n’abo bishingira mu rwego rwo kwivuza; 5° kunoza no gukurikiranira hafi ibikorwa by’ubuvuzi bya mmi. "1° providing medical care to its insured members and their eligible family members; 2° receiving subscriptions of its members and various aid; 3° management of its resources; 4° paying fees for medical services offered to its members and their eligible members; 5° harmonising and supervising medical services of mmi. " 9° umwanditsi mukuru: umwanditsi mukuru ufite mu nshingano ze kwandika ibikorwa by’ubucuruzi; "9° registrar general: registrar general of companies’ activities; " Gahunda y’ikomeza ry’imirimo yita ku isesengura ry’ingaruka ku mirimo n‘ingaruka zayo ku mu rwego rw’umutungo, rw’ibikorwa, rw’amategeko nurw’isura y’ikigo. "Business continuity plan shall consider business impact analysis and its consequences in relation to financial, operational, legal and reputational aspects of a regulated institution. " Agenzurwa n’abakozi bo mu rwego rutanga isoko; "Shared by public utilities providers; " Inama nshingwabikorwa ni rwo rwego rushinzwe ibyerekeye ubuyobozi, imari, imicungire y’abakozi n’iterambere ry’inzego muri ur. "The executive council shall be the organ responsible for administrative, financial, human resources and institutional relations issues in ur. " 16˚ uwahawe uruhushya : ufite uruhushya yahawe hakurikijwe aya mabwiriza ; "16˚ licensee: the owner of a license issued under this regulation; " 10º ikindi gishobora gusabwa mu gitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa hakurikijwe ibiteganywa n’iri tegeko cyangwa amabwiriza agenga amasoko ya leta. "10º anything else as may be provided for by the bidding document in accordance with this law or public procurement regulations. " Icyiciro cya mbere: ikeshamvugo n’ururimi rusanzwe, rwumvikana kandi rworoshye "Section première : style et langage courant, clair et simple " Umugenzuzi w’umurimo aharanira kunga impande zombi mu bwumvikane. mu gihe bidashobotse, akora inyandikomvugo yo kutumvikana, uruhande rubyifuza rugashyikiriza ikirego urukiko rubifitiye ububasha. "The labour inspector strives to settle amicably the labour dispute between parties. if conciliation fails, the inspector issues the parties with the minutes of non-conciliation and the interested party may refer the case to the competent court. " 11° kugenzura inkomoko y’inkunga; "11° to monitor sources of funds; " Ingingo ya 255: amagarama y’urubanza ku rwego rwa mbere "Article 235: provisional execution of a judgement " Iyo umuyobozi mukuru uri ku rwego rw’umurimo rwa “f”, urwa “1.iv” cyangwa urwa “2.iii” agiye mu butumwa bw’akazi imbere mu gihugu akoresheje imodoka ye, leta imugenera indamunite y’urugendo hakurikijwe amabwiriza ya of the ministry is also entitled to seventy thousand rwandan francs (frw 70,000) of office landline communication allowance, per month. "When a senior official on level “f”, “1.iv” or “2.iii” goes on official mission inside the country by using his or her vehicle, the state pays him or her mileage allowance in accordance with instructions of the minister in charge of transport. bénéficie aussi soixante-dix mille francs rwandais (70.000 frw) de frais de communication par téléphone de bureau, par mois. " Banki kuri banki mbyeyi, ku mashami yayo cyangwa ku yo yashoyemo imigabane mu rwanda cyangwa hanze y’u rwanda rifatwa ko ari igikorwa cy’umuntu ufitanye isano na banki kandi rikurikiza ibiteganywa mu mabwiriza rusange yerekeye ibikorwa hagati ya banki n’abantu bafitanye isano na yo. "Placements and deposits in parent, subsidiaries or affiliated bank in rwanda or outside rwanda shall be considered as related party transaction and shall be subjected to provisions of regulation on transactions with bank related party. "