kin eng Mu rwego rwo guteza imbere amasosiyete akivuka, amasosiyete mato n’aciriritse ataragira uburambe, usibye kuba yasabwa francs (500,000,000 frw); "To promote new, small and middle companies that do not have experience, except experience required for their staff, the required experience rwandais (500.000.000 frw); " Ubutumire bukorwa mu nyandiko ishyikirizwa abagize inama y’ubuyobozi hasigaye nibura iminsi cumi (10) y’akazi ngo inama iterane kandi igaterana hari nibura bibiri bya gatatu (2/3) by’abayigize. "The invitation is submitted to members of the board of directors in writing at least ten (10) working days before the meeting is held. the meeting is held when at least two thirds (2/3) of its members are present. " 10° gukoresha ubwo bubasha igihe biri ngombwa hagamijwe kubahiriza inshingano ziteganywa muri iri tegeko. "10° exercise such powers as may be necessary for the discharge of the responsibilities provided for in this law. " Ingingo ya 122: igishushanyo cy’inzira nyabagendwa mu mazi "Article 122: waterways navigational chart " Umuntu wese ukora mu izina ry’umukiriya agomba kugaragaza ibimenyetso by’uko akora mu izina rye, prepare or conduct for their clients acts relating to the following transactions: "Any person known to act on behalf of a customer must present evidence to act on his/her behalf, as leurs clients des actes relatifs aux opérations suivantes: " Ibitarengwaho bishobora kugaragaza ubushobozi bwa banki bwo guhuza imibare y’imiterere y’imari bireba igipimo cy’inyungu, urugero: gikomatanya urujya n’uruza rw’amafaranga y’imyenda ku bicuruzwa binyuranye byuzuzanya. "These limits can reflect the capacity of the bank to compensate internally its positions regarding interest rates, for example, by combining the monetary flows of liabilities of various complementary products. " Abisabwe n‟umuvugizi w‟umuryango « itorero gikirisitu ry’abapantekoti mu rwanda » (e.c.p.r) mu rwandiko rwakiriwe kuwa 28 werurwe 2002 ; "On request lodged by the legal representative of the association «christian pentecostal church in rwanda » (e.c.p.r) on march 28 " Ingingo ya 34: inshingano "Article 34 : bureau " A) indegisi yuzuzwa kuri buri gice cy‟inyubako igenwa n‟umubitsi w‟impapurompamo z‟ubutaka ndetse, no kuri buri kindi gice kigishamikiyeho iyo gihari; "A) an index in a form to the individual units set up by the registrar of land titles, and, if any, appurtenant accessory units; " Ingingo ya 3 : inshingano umuryango ufte inshingano zikurikira : - guhuriza hamwe abanyamuryango n‟ibikorwa bya- bo aho bakorera; -gucunga ibikorwa bijyanye no gutegura mu gu- fasha no guherekeza imiryango bijyanye n‟idini gatolika ; -gushyiraho, kubungabunga no gucunga ibigo byita ku mibereho myiza, umuco n‟idini, ufatikanije na kiliziya gatolika iri mu rwanda.; -kugira uruhare mu bikorwa bifasha abantu mu mahugurwa, uburere n‟ibikorwa by‟urukundo bijyanye n‟ibyo igihugu gikeneye. février (publié au journal officiel n°7 du 07 "Article 2: duration the organization is established for an indefinite period. chapter ii: mission and area of intervention beneficiaries article 3: mission the organization‟s mission: -organize common life of its members and service commitments; create, organize and manage institutions that have social, cultural and religious nature, in collaboration with institutions of rwanda catholic church; -participate in any activity of information, training, instruction, christian education, as well as in philanthropic services to the needs of country‟s population. " (1) inama y’ubuyobozi ya rtda ishobora gutumira mu nama undi muntu ibona ko ashobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. "(1) the board of directors of rtda may invite in its meeting a resource person from whom it may seek advice on a certain item on the agenda. " Mu gihe umubitsi w‟impapurompamo z‟ubutaka asanze hari itambamira cyangwa izindi nyandiko zigaragara muri rejisitiri y‟inyandiko mpamo igaragaza umutungo w‟igice cyo mu isangiramutungo ku nyubako kandi zigira ingaruka kuri icyo gice cy‟inyubako gusa, agomba kubyongera mu gitabo kigaragaza umutungo ku bice by‟isangiramutungo ku nyubako bireba. "The registrar of land titles shall, in the case of caveats or inscriptions appearing on the register of title to the unit in the condominium and he/she is satisfied that such caveats or inscriptions affect only a particular unit, endorse such caveats or inscriptions on the register of title to the concerned unit. " Ry’urubanza, icyo gihe gitangira kubarwa kuva umunsi yazimenyesherejwe ahawe urwandiko rw’imenyesha ubwe, cyangwa, rushyikirijwe, iwe mu rugo cyangwa mu icumbi rye, umuntu uhaba ufite nibura imyaka cumi n’itandatu (16) y’amavuko. "Umwanditsi w’urukiko rwaciye urubanza shall start running from the date he/ she was notified after receiving the notification letter in person or served at his/her domicile or residence or to a person who resides at his/her home who is at least sixteen (16) years of age. " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umuyobozi w’ishami……………………………..33 "Prime minister’s order appointing a division manager………………………………………….73 " Mu itora ry’abayobozi b’inzego z’ibanze ku rwego rw’umudugudu, akagari n’umurenge, umukandida urushije abandi amajwi ni we uba yatsinze ku mwanya utorerwa. "In decentralised entities elections at village, cell and sector levels, the candidate who obtains the majority of votes is declared the winner of the post. " Ingingo ya 15: kwemeza ihererekanya ry’uburenganzira bwo gukoresha ubutaka bwa leta "Article 15: approval of transfer of rights to use state land " Icyakora, usora wishyura amafaranga y’inkunga ateganywa n’amategeko yemerewe kuyavana mu musaruro usoreshwa. "However, the sub-lease beneficiary cannot acquire rights from prescription. " (3) amasezerano y’ubwishingizi buciriritse akozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga agomba gukurikiza ibiteganywa n’amategeko agenga ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu bucuruzi. "(3) provisions of micro-insurance contract concluded electronically shall strictly follow the requirements set by existing electronic commerce regulations. " (c) gushaka, gukusanya, gutanga no gukwirakwiza ikoranabuhanga, serivisi n’amakuru by’ubuhinzi n’ubworozi ku bahinzi n’aborozi byongera ubwinshi n’ubuziranenge by’umusaruro ukomoka ku buhinzi no ku bworozi; "(c) to search, collect, provide and disseminate technology, services and information of agriculture and animal resources to farmers that increase the quantity and quality assurance of crop and animal products; " 2° amazina y’umukozi wemewe ; "2 º the names of the authorized officer; " 6° mrs. uwababyeyi joséphine; "2° father and mother of the de cujus; " Ingingo ya 130: iyegura ritewe no kuvanwaho icyizere "Article 130: resignation due to a vote of no confidence " Umutwe wa ii: urwego rureberera rgb n’icyiciro irimo "Chapter ii: supervising authority of rgb and its category " Ingingo ya 24: komite nyobozi iterana rimwe mu gihembwe n’igihe cyose bibaye ngombwa, ihamagawe na perezida wayo, yaba adahari cyangwa atabonetse igahamagarwa na visi-perezida. "Article 24: the conciliation committee meets as often as necessary. it is convened and chaired by its president, or in case of his absence, by the vice-president. " Ingingo ya 30: sitati igenga abakozi b’ishuri rikuru n’ibigenerwa abagize ubuyobozi bukuru n’abakozi b’ishuri rikuru "Article 43: board of directors and senior management " Minisitiri w’intebe ashinzwe guhuza no gukurikirana muri rusange ishyirwa mu bikorwa rya gahunda zose za guverinoma n’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri mu nzego zose z’igihugu. "The prime minister shall ensure national coordination of government programs, follow up and implementation of cabinet decisions in all the sectors of the country. " 5° gufasha kwigisha abanyetorero n’abandi bantu muri rusange gahunda zijyanye n’ubuzima nk’imirire myiza, isuku n’isukura, ubwisungane mu kwivuza, n’ibindi; "5° assisting to sensitize church members and other people in general about health programs such as nutrition, hygiene and sanitation, health insurance and others; " Ibyemezo bifatwa ku bwumvikane busesuye. iyo bidashobotse, ibyemezo bifatwa ku bwiganze burunduye bw’abahari. "Decisions shall be taken by consensus. if not possible, decisions shall be taken by absolute majority vote of members present. " 2 º kuba akomoka ku muntu wimukiye mu rwanda ku mpamvu z’imibereho, iza politiki cyangwa iz’ubukungu; "2º to be a descendent of a person who migrated to rwanda for social, economic or political reasons; " Umutwe wa ii: itegurwa rya raporo y’igihugu ku mihindagurikire y’ibihe "Chapter ii: preparation of the national report on climate change " Ibiro by'umugenzuzi wa gender wungirije ushinzwe guteza imbere uburinganire umugenzuzi mukuru wa gender wungirije umugenzuzi mukuru wa gender wungirije ushinzwe iguteza imbere uburinganire 1 "Office of the deputy chief gender monitor in charge of gender promotion deputy chief gender monitor in charge of gender promotion deputy chief gender monitor in charge of gender promotion 1 " 5° nyuma y‟iryo gura, isosiyete igomba guhita igaragaza ko ishoboye kwishyura imyenda. "3° immediately after giving the assistance, the company shall satisfy the solvency test. " Ugushyingo 1990 "December 1992 " Ibidateganyijwe muri iri tegeko nshingiro bizagenwa n’amategeko n’amabwiriza ngenga-mikorere. article 45: ingingo ya 45: this constitution is written in two languages: english and kinyarwanda of which the english being the original versions. in case of conflict of the versions, the original version shall prevail. "This constitution is written in two languages: english and kinyarwanda of which case the english being the original version. in case of conflict of the versions, the original version shall prevail. " Ingingo ya 8: kwiyandisha kw’abanyabukorikori "Article 8: registration of artisans " (2) inama ngishwanama ku rwego rw’umujyi wa kigali ishobora gutumira mu nama yayo undi muntu ushobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. "(2) the advisory council at the city of kigali level may invite in its meeting a resource person from whom it may seek advice on a certain item on the agenda. " Abanyamuryango b’icyubahiro ni abantu cyangwa imiryango bemerwa na komite nyobozi kubera inkunga ishimishije batera umuryango. bagishwa inama gusa ariko ntibatora mu nama z’inteko rusange. "Honorary members are physical or moral persons that are awarded that title by the governance council due to appreciable support rendered to the organisation. they play a consultative role, but have no right to vote in the general assembly’s meetings. " Ingingo ya 4: intego umuryango ugamije ibi bikurikira: 1. kugira uruhare rugaragara mu guteza imbere ubuvuzi bw’indwara z’umubiri mu rwanda; 2. gushyiraho uburyo nyabwo mu gutanga no guhererekanya ubumenyi, gutegura amahugurwa ahoraho mu bijyanye n’ubuvuzi bw’indwara z’umubiri hagati y’abaganga babizobereyemo n’ abandi bakora uwo murimo mu turere tunyuranye tw’ igihugu; 3. kugenzura no guhugura bihoraho abaganga mu bijyanye no kurinda, kuvumbura, kuvura no gukurikirana ibikubiye mu mabwiriza ajyanye n’ uburyo bwiza bwo kwita ku ndwara zo mu mubiri na gahunda zo gutanga ubumenyi bujyanye n’ubwo buvuzi mu mashami ya kaminuza, amashuri makuru no mu bigo byigisha ubuvuzi; 4. gushyiraho no guteza imbere uburyo abaganga bavura indwara z’umubiri bakora umurimo wabo neza, bisanzuye, deux tiers (⅔) des membres effectifs. "- high level of sense of responsibility; - high level of integrity; - excellent interpersonal skills; - possess coordination, planning and organizational skills - strong leadership skills; - extensive knowledge and understanding of the rwanda governance sector; - extensive knowledge in social sciences research methodologies; - extensive knowledge in good governance principles and practices; - maturity and confidence in dealing with the staff of government institutions and private sector; - ability to seek and apply knowledge, information and best practices from multiple sectors; - excellent written communication skills, with analytic capacity and ability to synthesize relevant collected data and findings for the preparation of case studies and progress reports; - advanced computer literacy and proficiency, especially related to 135 " (e) cyangwa iyo umucuruzi w’ibyuma cyangwa amabuye by’agaciro akoze igikorwa cy’ubucuruzi kingana cyangwa kirenze 15.000.000 frw cyangwa angana na yo mu ifaranga ry’irinyamahanga, icyo gikorwa cyaba gikozwe nk’igikorwa kimwe cyangwa gikozwe mu bikorwa byinshi bigaragara ko bifitanye isano. "(e) when a dealer in precious metals or precious stones carries out a cash transaction equal to or above frw 15,000,000 or its equivalent in foreign currency; whether conducted as a single transaction or several transactions that appear to be linked. " Ibitabo by’irangamimerere byandikwamo buri mwaka kuva ku itariki ya mbere mutarama bigasozwa ku itariki ya 31 ukuboza. byerekwa buri wese ubifitemo inyungu. "The civil status registers are opened from the first january and closed on the 31st december of each year. they are open for consultation to any interested person. " Iteka rya perezida n°97/01 ryo kuwa 26/11/2012 rishyiraho umuyobozi wungirije w’ishuri rikuru ritanga inyigisho mu byerekeye imari n’amabanki "Presidential order n°97/01 of 26/11/2012 appointing a vice rector of the school of finance and banking " Ingingo ya 6: abagize umuryango umuryango rigizwe n‟ :  abanyamuryango bawushinze  abanyamuryango bawinjiyemo  abanyamuryango b‟icyubahiro. abanyamuryango nyirizina bagizwe n‟abawushinze hamwe n‟abawinjiyemo. "Article 6: membership the organization is made of :  founder members  adherent members  honorary members. effective members are composed of founders and adherent members. " Ingingo ya 36 : ibibujijwe "Article 13: interdiction " 3.500.000 frw 2.500.000 frw 1.500.000 frw 1.000.000 frw 500.000 frw 3 kuba inama y’ubutegetsi n’ubuyobozi bataritabiriye amahugurwa arebana no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi. "3,500,000 frw 2,500,000 frw 1,500,000 frw 1,000,000 frw 500,000 frw 3 failure of board and management to participate in anti- money laundering, financing terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction trainings. " 6º amabwiriza n’ingingo zishingirwaho mu gusesengura no kugereranya inyandiko z’ipiganwa harimo: "6º the procedures and criteria to be used to evaluate and compare the proposals including: " Haseguriwe ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, urwego rw’ubugenzuzi chapter iii: prudential rules and risk management of deposit-taking microfinance institution "Subject to provisions of paragraph one of this article, the supervisory authority may chapitre iii: règles prudentielles et gestion des risques d’une institution de microfinance de dépôt " Urubyiruko rwa mutagatifu karoli lwanga (ajecl) "Association of saint charles lwanga’s youths (ajecl) " 2. mu bihugu bidukikije: 60 000 frw; "2. pays limitrophes: 60 000 frw; " Abantu baretse ubwenegihugu nyarwanda ku bushake…………………………………….86 "Persons who have volontarily renounced rwandan nationality…………………………….86 " 5° abayobozi b‟udushami; 6° umwarimu umwe muri buri shami, ishuri no muri buri kigo cyihariye utorwa na bagenzi be; 7° umuyobozi ushinzwe inyigisho n‟ubushakashatsi; "6° a lecturer from each faculty, school and from each specialized centre elected by his/her colleagues; 7° the director of academic and educational affairs; " Iteka rya perezida n°34/01 ryo kuwa 03/09/2012 rigena inshingano z’inama z’ingabo z’u rwanda zifata ibyemezo, abazigize n’imikorere yazo "Presidential order nº34/01 of 03/09/2012 determining the responsibilities, composition and functioning of the decision making councils of the rwanda defence forces " 1° ku musoreshwa, nyuma y‟iminsi itanu (5), iyo ntacyo yavuze ku nyandiko ikosora; 2° nyuma y‟uko ubuyobozi bw‟imisoro bwoherereje umusoreshwa inyandiko imumenyesha ko ibisobanuro bye cyangwa se bimwe muri byo bidafite ishingiro. "1° after a period of five (5) days, in case he has not replied to the rectification note; 2° after the tax administration has sent a notification to the taxpayer declaring that none or a part of the observations or remarks of the taxpayer are upheld. " Ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: ‘’inteko rusange y’umuryango kuva ku rwego rw’intara/umujyi wa kigali, kugeza ku rwego rw’umudugudu ishinzwe cyane cyane: "‘’the main responsibilities of the rpf- inkotanyi general assembly from the provincial/kigali city level to the village level are as follows: " Icyiciro cya mbere: icyaha cya jenoside n’ibihano byacyo "Section one: crime of genocide and its penalties " Izina ry’ibiro by’ivunjisha: inshuro yoherezwaho: buri kwezi ukwezi: "Forex bureau name: frequency: monthly month: " Onatracom irebererwa na minisiteri ifite itwara rusange ry’abantu mu nshingano zayo. hagati y’iyo minisiteri n’inama y’ubuyobozi hakorwa amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa agaragaza ububasha, uburenganzira n’inshingano za buri ruhande mu kugera ku nshingano za onatracom . "Onatracom shall be supervised by the ministry in charge of public transportation. there shall be concluded a contract of performance between the ministry and the board of directors indicating powers, rights and responsibilities of each party in order for onatracom to fulfil its responsibilities. " Ingingo ya 9: inzandiko zisaba kwinjira mu muryango chapitre iii: members "Article 9: the membership application is addressed in chapter iii: des membres " 1. imiyoboro ya gazi y’amacupa yose arimo ubusa yakiriwe ngo yuzuzwemo gazi ifunze neza; 2. nta cupa ribitswe rirambitse; "1. the valves of all empty cylinders received for filling are closed properly; " Nta cyaha gihanishwa ibihano bitari biteganyijwe n‟itegeko ryatangajwe mbere y‟uko gikorwa. "No offence is punished by a penalty which was not provided for by law before the offence was committed. " Ingingo ya 5: inzego z‟ubuyobozi za rldsf icyiciro cya mbere: inama y‟ubuyobozi ingingo ya 6: inama y‟ ubuyobozi ya rldsf ingingo ya 7: ibigenerwa abagize inama y‟ubuyobozi bitabiriye inama ingingo ya 8: ibitabangikanywa no kuba mu nama y‟ubuyobozi icyiciro cya 2: ubuyobozi bukuru ingingo ya 9 : abagize ubuyobozi bukuru bwa rldsf ingingo ya 10: sitati igenga abakozi ba rldsf n‟ibigenerwa abagize ubuyobozi bukuru n‟abakozi ba rldsf ingingo ya 11: imikorere, imiterere n‟inshingano by‟inzego z‟imirimo za rldsf umutwe wa v: umutungo n‟imari ingingo ya 12: umutungo wa rldsf n‟inkomoko yawo ingingo ya 13: kwegurirwa umutungo n‟amazina ingingo ya 14: imikoreshereze, imicungire n‟imigenzurire by‟umutungo article 5: management organs of rldsf section one: board of directors article 6: board of directors of rldsf article 7: sitting allowances for members of the board of directors article 8: incompatibilities with membership of the board of directors section 2: general directorate article 9: composition of the general directorate of rldsf article 10: statute governing the staff of rldsf and benefits of members of the general directorate and the staff of rldsf article 11: functioning, organisation and responsibilites of organs of rldsf chapter v: property and finance article 12: property of rldsf and its sources article 13: transfer of property and denominations article 14: use, management and audit of the property article 5: organes de direction de rldsf section première: conseil d‟administration article 6: conseil d‟administration de rldsf article 7: jetons de présence des membres du conseil d‟administration "Article 2: other people who must attend cabinet meetings article 3: invitees article 4: days wh en cab in et convenes article 5: operation of cabinet article 6: confidentiality of cabinet proceedings article 7: ministerial orders adopted without consideration by cabinet chapter ii : secretariat to cabinet article 8 : mandate and structure of the secretariat to cabinet section one: the head of t h e s e c r e t a r i a t t o cabinet article 9: minister in prime minister’s office in charge of cabinet affairs; article 10: responsibilities article 11: the secretary general in the secretariat to cabinet section 2: departments in t h e s e c r e t a r i a t t o cabinet and their roles article 12: departments in the secretariat to cabinet article 13: role of departments article 14: role of the economic affairs department article 15: role of the social affairs department article 16: role of the governance and legal department article 17: responsibilities of the heads of each department " Umupilote mukuru w‟indege ashobora kwitabaza cyangwa kwemerera undi mukozi wo mu ndege kuboha umuntu ugomba kubohwa. "The aircraft commander may require or authorize the assistance of other crew members to seize the person to be detained. " Uwemerewe kuba umuvugizi w’umuryango « life transformation church-rwanda » (ltcr) ni bwana karera godfrey, umunyarwanda utuye i butare, umujyi wa butare, intara ya butare. uwemerewe kuba umusimbura w’uhagarariye uwo muryango ni bwana kayitare bosco, umunyarwanda utuye i nyamirambo, akarere ka nyamirambo, umujyi wa kigali. "Is agreed as the legal representative of the association “life transformation church-rwanda” (ltcr), mr. karera godfrey, of rwandan nationality, domiciled at butare, butare district, butare province. " 1° bane (4) bagize komite nyobozi; "1° four (4) members of the executive committee; " Wda igira amashami yitwa “integrated polytechnic regional centres” muri buri ntara n’umujyi wa kigali. umubare wayo ushobora guhinduka byemejwe n’iteka rya minisitiri w’intebe. "Wda shall have subsidiary integrated polytechnic regional centres in each province and kigali city. the number of these centres may be subject to change upon approval by a prime minister’s order. " Uwahawe uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yishyura mu isanduka ya leta buri mwaka amahoro ku buso yaherewe uruhushya, ku buryo bukurikira: "A mineral licensee shall pay the following respective annual fees to the state treasury for the surface area for which he/she was issued a license: " Nk‟urwego rukuru mu gihugu, kandi ruzirikana intumbero y‟abanyarwanda ijyanye n‟impinduka nziza n‟iterambere mu mibereho yabo, serivisi za perezidansi ya repubulika zifite inshingano rusange zo gukurikirana politiki zishyirwaho na guverinoma no kugenzura imikorere y‟inzego z‟ingenzi z‟igihugu mu rwego rwo guharanira ubumwe bw‟abanyarwanda, ubwigenge n‟ubusugire bw‟igihugu, iterambere mu by‟ubukungu n‟imibereho, imiyoborere myiza, umucyo mu itangwa rya serivisi nziza, kubahana no kuzuza neza inshingano. "As the highest institution of the country, and mindful of the aspirations of the rwandan people for positive change and improved quality of life, the office of the president shall have the general mission to strive to lead the government policy making process and supervise the functioning of key national institutions in order to guarantee national unity, independence and territorial integrity, socio- economic development, good governance, performance and quality of services with transparency, respect and accountability. " Ashyira mu bikorwa itegeko nº 25/2005 "Implementing the law n° 25/2005 " 2° icyemezo cy‟ubuzima cya muganga w‟amatungo gitangwa n‟umuganga w‟amatungo wo mu gihugu aturukamo; "2° veterinary health certificate issued by the veterinary authority in the country of origin; " Inteko rusange iterana kandi igafata ibyemezo bifite agaciro iyo 2/3 by‟abanyamuryango nyakuri bahari. iyo uwo mubare utuzuye, indi nama itumizwa mu minsi 15. iyo icyo gihe kigeze, inteko rusange iterana kandi igafata ibyemezo bifite agaciro iyo hari nibura ½ cy‟abanyamuryango nyakuri. "The general assembly meets and makes valuable deliberations when 2/3 of the effective members are present. if the quorum is not attained, a new summon is sent in 15 days. after that time, the general assembly meets and makes valuable deliberations if at least ½ of effective members are present. " Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. article one: appointment "All prior provisions contrary to this order are article premier: nomination " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku iteka rya perezida rigena imishahara y’abapolisi seen to be annexed to presidential order determining salary scale for police officers "Annexe to presidential order determining salary scale for police officers " Ingingo ya 77: umutungo wabonywe binyuze mu itegeko, impano n’irage "Article 77: property acquired through operation of the law, donations and bequests " Ikigo cy’imari cyangwa umuyobozi w’ikigega cy’ishoramari cy’abishyize hamwe agomba kumenya umwirondoro wa ba nyir’umutungo nyabo w’abantu bifuza gukorana ubucuruzi nawe. muri urwo rwego, afata ibyemezo byumvikana byo kugenzura imyirondoro y’abo bantu yifashishije amakuru akwiye ashobora gukura ahantu hizewe kandi higenga. "A financial institution or collective investment scheme manager shall identify the beneficial owner(s) of the persons applying to do business with it, and takes reasonable measures to verify the identity of such persons using relevant information or data obtained from reliable independent sources. " Iyo inama itumijwe bwa kabiri, umubare wa ngombwa w’abagomba kuyitabira uvugwa mu gika cya mbere ugomba kubahirizwa. "On second call the quorum mentioned in the previous paragraph shall be respected. " Ry‟iyo nyandiko, ashobora gusaba ko yishyurwa n‟uwayemeye cyangwa n‟abandi bose bafite aho bahuriye n‟iyo nyandiko bigaragara ko bayihererekanije mbere y‟uwari uyifite wujuje ibisabwa. ingingo ya 37: inyandiko icuruzwa ifatwa nk’inkimenyetso gishingiye ku nyungu "A forfeited share may be sold or otherwise disposed of on such terms and in such manner as the directors think fit, and at any time before a sale or disposition the forfeiture may be cancelled on such terms as the directors think fit article 31 " Ibivugwa mu gika cya mbere bikurikizwa hatitawe ku ngwate yatanzwe ku mwenda. article 7: non- accrual status "Article 44: conditions pour la qualification du soumissionnaire official gazette no. special of 07/09/2018 " Ingingo ya 187: kumenyesha urubanza rwerekeye itambamira "Article 187: notification of the marriage opposition judgment " - ko.a.gi.-impamira……………………………………………………………………..76 "- isonga c.t.l.m………………………………………………………………………….77 " Ubuyobozi bukuru bushinzwe gucunga koko icyateza ingorane ku kigo cy’imari zerekeye iyubahirizwa. muri urwo rwego, ubuyobozi bukuru bushinzwe gushyiraho politiki yanditse yerekeye iyubahirizwa irimo amahame y’ibanze agomba gukurikizwa n’ubuyobozi n’abakozi kandi asobanura uburyo bw’ingenzi bukoresha mu kugaragaza ibyateza ingorane no kubicunga ku nzego zose z’ikigo. "Senior management is responsible for the effective management of a bank’s compliance risk. as such, senior management is responsible for establishing a written compliance policy that contains the basic principles to be followed by management and staff and explains the main processes by which compliance risks are to be identified and managed at all levels of the organization. " 5 º kugira imyambarire iberanye n’umwuga akora; article 2: definition of a client "5 º have a dress code consistent with his/her profession; article 2: définition d’un client " - gutora abagize biro nshingwabikorwa; - gutora ba perezida na ba visi perezida ba za komisiyo zo ku rwego rw‟igihugu; - kugena no kwemeza umurongo wa politiki wa u.d.p.r; - gutegura, kwemeza no guhindura amategeko shingiro, „manifeste‟ porogaramu n‟amategeko ngengamikorere bya u.d.p.r; - gusezerera abayoboke bateshutse ku nshingano zabo; - kwemeza gahunda y‟ingamba; "- elect the members of the executive bureau; - elect the presidents and vice- presidents of national commissions; - determine and adopt u.d.p.r‟s political line; - draft, adopt and modify u.d.p.r‟s statutes, manifesto programme and internal rules and regulations; " Abasanzwe bacuruza bagomba kuba bafite uruhushya mu gihe kitarenze amezi atatu (3) uhereye igihe aya mabwiriza atangiriye gukurikizwa. "Existing business operators must obtain the license, within a period of three (3) months from the date of commencement of these regulations. " Ingingo ya 36: uburenganzira bwo kwanga igiciro cyatanzwe mu cyamunara ingingo ya 37: gusubiza ingwate y’ipiganwa "Article 36: right to object to the offered auction price article 37: restitution of the bid security " Ingingo ya 5 : uruhushya rwo kubaka "Article 5: building permit " Ingingo ya 46: gukerererwa gutanga imenyesha ry’umusoro cyangwa gutanga imenyesha rituzuye cyangwa ririmo urujijo "Article 45: tax declaration article 46: late submission, or incomplete or misleading tax declaration " Ingingo ya 15: kongererwa ububasha bushingiye ku ifasi ku munoteri wa leta "Article 15: extension of territorial competence for a notary public " 1° ishuri rya leta; 2° ishuri ry’abafatanya na leta ku bw’amasezerano; 3° ishuri ryigenga. "1º a public education institution; 2º a government-subsidised education institution; 3º a private education institution. " Itegeko rishyiraho kandi ginena imikorere n’imitunganyirize y’ikigo cya leta gishinzwe kongera ubushobozi bw’abakozi n’ubw’inzego z’imirimo......................... "Law establishing the functioning and organization of public human resource and institutional capacity development agency………………………………………… " Bw’imitangire ya raporo z’imari haba izishyikirizwa leta cyangwa inzego zishinzwe igenzura, ubwo buryo kandi bugashimangirwa n’imirimo ndetse n’inshingano bisobanutse neza by’inama y’ubutegetsi, abayobozi bakuru ndetse n’umugenzuzi wigenga. "Public and supervisory processes that is supported by clearly defined roles and responsibilities of the board, senior management and the external auditor. " Impuzamiryango ishobora gutira cyangwa gutunga ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa ikeneye kugira ngo igere ku nshingano zayo. "The organization may hire or own movable and immovable properties needed to realize its missions. " 4° kohereza mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda amateka yemera cyangwa ahakana kongererwa uruhushya rwo gukora ubushakashatsi, gucukura mine ntoya cyangwa imbago. the application for renewal shall be filed two (2) months prior to license expiry; after that period, the applicant shall be deprived of his license. "4° to send to the official gazette of the republic of rwanda orders relating to approval or disapproval of renewal of the license of research, extraction of a small mine or a concession. " Umutwe wa ii: ishyirwaho ry’inama ngishwanama n’umwanditsi w’imiti n’ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi "Chapter ii: establishment of advisory council and appointment of the registrar of agrochemicals " Inama y‟ubutegetsi ishobora gutanga indi migabane igihe icyo aricyo cyose iyiha umuntu ikanagena umubare ibona ari ngombwa ishingiye kuri iri tegeko n‟andi mategeko agenga isosiyete. "The board of directors of the company may issue shares at any time, to any person, and in any number it thinks fit under the provisions of this law and the company‟s articles of association. " W’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari (cepgl). "Community of the great lakes countries (cepgl). " 7° gushikariza abaturage kubyara abo bashoboye kurera; "6° to urge the population to be patriotic; " 5° bufite ucunga iby’abandi w’umwuga nibura umwe (1); "5° the trust has at least one (1) trustee; " 5 º n’ibiruhuko by’ingoboka n’uburyo bitangwa ku bakozi bagengwa n’amasezerano y’umurimo. "5 º circumstantial leaves and modalities for granting them for employees under employment contracts. " Umutwe wa iv: ibyerekeye umutungo ingingo ya 10: umutungo w’umuryango umuryango e.p.r ushobora gutunga cyangwa gutira ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa ukeneye kugirango ugere ku ntego zawo. "Chapter iv: assets of the organisation article 10: assets of the organisation the epr organisation may own or rent or borrow immovable and movable assists to enable it attain its mission and objectives. " A) gutegura inama za kongere y’intara n’umujyi wa kigali ; b) kugira inama inzego zisumbuye za psp kuri politiki ikwiye gukurikizwa ; c) gukurikirana uko komite y’intara ishyira mu bikorwa ibyemezo bya kongere y’intara n’iby’inzego nkuru za psp ; "A) prepare the meetings of the provincial /kigali city congress; b) advise the party’s superior organs about the appropriate politics to be followed; c) monitor how the provincial/kigali city committee implements the decisions of the provincial /kigali city congress and those of the party’s superior organs; " 1° amafaranga y’u rwanda ibihumbi magana abiri na mirongo itanu (250.000 frw) kuri perezida w’inama njyanama; "1° two hundred fifty thousand rwandan francs (frw 250,000) for the chairperson of the council; " 6° inararibonye ebyiri (2) mu bijyanye n‟ibidukikije zigenwa n‟inama njyanama y‟umurenge; "6° two (2) experts in environment matters designated by the council of the sector; " Iyo umwe mu bakorewe izo nyandiko cyangwa umwe mu batangabuhamya adashoboye gushyira umukono ku nyandiko, atera igikumwe. "If one of the concerned parties or witnesses is unable to sign, his/her fingerprint is taken. " Ingingo ya 5: imyaka fatizo yo gutangira gukora akazi "Article 5: âge minimum d’admission à l’emploi " 9° gushyiraho laboratwari y‟ikitegererezo igamije guteza imbere ubushakashatsi ku bikoresho n‟imyubakire bifitanye isano n‟ibikorwa remezo by‟imihanda, inzira za gari ya moshi, inzira z‟imodoka zigendera ku nsinga, n‟inzira zo mu mazi; "9° to put in place referral laboratories for carrying out infrastructure research on materials and construction related to roads, railways, cable cars and waterways infrastructure; " 4° abandi bagize akanama gashinzwe gukurikirana amakosa batorwa na bagenzi babo mu buryo bukurikira: "4° other members of the internal disciplinary committee elected by their peers as follows: " Urwego rw’imitegekere y’igihugu rwegerejwe abaturage rushyikiriza minisitiri raporo ngarukagihembwe na ngarukamwaka ku ishoramari, mu buryo bwa raporo zerekeye imari. "The decentralised entity submits to the minister quarterly and annual investment report through financial reports. " Akiciro ka 4: ikiguzi cy’ubwishingizi "Sub-section 4: insurance premium " Ugize “local defence” ntiyemerewe gukoresha ibikoresho ahabwa n'inzego z'ubuyobozi bwa leta mu gihe akora imirimo y'abikorera ku giti cyabo. muri icyo gihe amakosa yakora, binyuranyije n'inshingano yahawe n'umukoresha, ayaryozwa ku giti cye. "A member of local defence is not allowed to use the equipment provided by the state organs when he or she is operating in the private sector. in that case, he or she shall be liable for the faults he or she may commit contrary to his or her attributions as assigned by his or her employer. " Ashingiye ku itegeko n⁰ 20/2000 ryo kuwa 26/07/2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu ; cyane cyane mu ngingo yaryo ya 14 ; "Pursuant to law n° 20/2000 of 26/07/2000, relating to non profit making organisations, especially in article 14; " Y’amavuko, ari we witwa umuyobozi w’ubwato. icyakora, ubwato bwihuta bugomba kuyoborwa n’umuntu ufite nibura imyaka 18 y’amavuko modalities for the conduct of the inspection referred to in paragraph (1) of this article. "(1) when under way, a vessel is steered by a qualified person of not less than 16 years of age, referred to as “helmsman”. however, a high-speed vessel must be steered by a person with at 18 years of age who has a required certificate of competency, modalités de réalisation du contrôle technique visé au paragraphe (1) du présent article. " Urwego rutanga isoko rugomba guhamagarira abapiganwa kugaragaza ubushake binyujijwe mu buryo bw’ikoranabuhanga no ku rubuga rumwe rwa interineti rutangazwaho amasoko ya leta mu rwanda kugira ngo hakorwe urutonde ruhinnye rw’abapiganwa. "The procuring entity must call for expressions of interest by publishing a notice online and on the official single-portal website for public procurement in rwanda in order to establish a short list of bidders. " 3° gushyira mu bikorwa no gutangaza ibijyanye n’umutekano w’iby’indege za gisiviri; "3° implement and publish any matters in relation to civil aviation security; " Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa ncbs buha raporo komite y’ubuyobozi bukagenera kopi umunyamabanga nshingwabikorwa wa ncbs n’umugenzuzi w’imari mukuru wa guverinoma. "The internal audit of ncbs shall submit a report to the governing steering committee with a copy to the executive secretary of ncbs and the government chief internal auditor. " Ingingo ya 43: muri buri murenge wa repubulika y‟u rwanda hari komite y‟umurenge igizwe n‟aba bakurikira: "Article 43: in each sector of the republic of rwanda, there is a sector committee comprised of: " 4° nyuma yo gukorera umusoreshwa isoresha nta nteguza rihutiyeho nk'uko biteganywa mu gika cya 5 cy'iyi ngingo. "4° after the conduct of an immediate assessment without notice as described in paragraph 5 of this article. " Ibigenerwa abagize ubuyobozi bukuru n’abakozi ba rmf biteganywa n’amategeko agenga ibyo abakozi b’ibigo bya leta bagenerwa. "Benefits allocated to the members of the directorate general and staff of rfma shall be determined in accordance with legal provisions governing benefits to employees of public institutions. " 2º inyandiko igaragaza umwirondoro we wuzuye n’umubare w’iminsi akeneyemo umurinzi ugendanwa ufite intwaro. "2º a complete identification and the number of days for which he/she needs the armed bodyguard. " Umusaruro ukomoka ku ishoramari ukubiyemo ibyishyurwa mu mafaranga cyangwa mu bintu umuntu ku giti cye, nk’inyungu ku migabane, nk’igihembo cy’umuhanzi, cyangwa nk’ubukode bitishyujweho umusoro ku musaruro w’ibikorwa hakurikijwe ibiteganyijwe mu cyiciro cya 3 cy’uyu mutwe. ingingo ya 33: umusaruro ukomoka ku nyungu "Income derived from investment includes any payments in cash or in kind by an individual in the form of interest, dividend, royalty, or rent which has not been taxed as business income in accordance with the provisions of section 3 of this chapter. " Ingingo ya 48: uburenganzira bw’umuburanyi wahamagawe binyuranyije n’amategeko "Article 48: rights of a party summoned illegally " Amabwiriza y’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana ashyirwaho cyangwa ahindurwa, byaba bikozwe mu rwego rwo gusesa amasezerano, gusimbura, guhindura cyangwa kongera ingingo mu mabwiriza, atangira gukurikizwa iyo ikigo kimaze kuyemeza mu nyandiko. "Regulations of a clearing house made or amended, whether by way of rescission, substitution, alteration or addition, start to have effect upon a written approval by the authority. " Inyandiko z’irangamimerere zihabwa inomero mu bitabo byazo kandi zandikwa zikurikiranyijwe nta mwanya usigaye utanditswemo, nta gusiba cyangwa kugerekeranya inyandiko. "Civil status records are numbered in their registers and registered in the numerical ascending order, without blank spaces, erasures or alterations. " Inama y’ubuyobozi igena aho inama ya kongere izabera. ibyemezo bifatwa ku bwiganze bw’amajwi bya 2/3 by’abari mu nama bemerewe gutora. "It shall be the council to approve a member of the executive committee substituted on approval by two-thirds (2/3) of council members. " 2° iyo umugore we yabyaye: iminsi ine (4) y’akazi y’ikihuruko; "2° in case of his wife’s delivery: four (4) working days; " 5º uwahawe uruhushya atagifite umubare w’ibinyabiziga usabwa kugira ngo akore hashingiwe ku ruhushya yahawe mbere; "5º the licensee no longer has the required number of vehicles to operate under the license previously issued; " 3° amakuru yerekeye politiki n’uburyo bikurikizwa mu gucungana n’ibyateza isosiyete igihombo ; "3° information regarding risk management policies and procedures; " Ingingo ya 11: ibintu cyangwa serivisi byunganirana "Article 11 : structures " Ashyirwaho n‟icyicaro gikuru cya mouvement du graal ku rwego mpuzamahanga akaba agenzurwa n‟umuyobozi mukuru (leader) wa “mouvement du graal ku rwego mpuzamahanga cyangwa n‟undi wese ushyizweho n‟umuyobozi mukuru ngo no consensus. if there are equal votes, the chairperson shall have a deciding vote. "Will be appointed by the headquarters of the international grail movement and answerable to the leader of the international grail movement or any person appointed by the leader to supervise the society. " 1° numero imuranga yihariye; "1° a unique id; " 1° zinjiye mu rwanda ziturutse cyangwa zinyuze mu turere tw’igihugu kirimo indwara ya muryamo y’amatungo magufi yuza; "1° they are imported to rwanda from areas which are infected with the plague of small ruminants; " 1° gushaka buri gihe umuti w’ibibazo mu nzira y’ibiganiro n’ubwumvikane; "1° to always search for solution of problems through dialogue and mutual understanding; " (4) icyakora, inama idasanzwe ya komite y’umutekano itumizwa hatitawe ku gihe giteganywa mu gika cya (3) cy’iyi ngingo. "(4) however, an extraordinary meeting of the security committee is convened without taking into consideration the time period provided for in paragraph (3) of this article. " G. kwandikisha ku rwego mpuzamahanga : igihembo cyumvikanwaho mu bwisanzure. "G. procedure for international registration: freely negotiated. " Uko byamera kose iyo ndishyi ntigomba kurenga inshuro mirongo itatu (30) abarirwa utagira akazi ku mwaka. "In any case, this kind of compensation shall not exceed thirty (30) times given to unemployed person per year. " 4° mu kubahiriza amategeko y’igihugu icyo aricyo cyose agomba kubahirizwa n’umuntu utangaje ayo makuru ; "4° in compliance with the provisions of the laws of any state which are binding on a party making the disclosure; " Ingingo ya 157: icyemezo cyo gukora umurimo wo gutwara abantu cyangwa ibintu mu buryo bwa rusange mu mazi nyabagendwa "Article 157: licence for public transport on waterways " 1° gufungura konti z‟inyandiko z‟agaciro mu bitabo byayo; "1° opening of securities accounts in their books; " Icyemezo cyo gukora ubucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho nk’uhagarariye undi gihabwa gusa umuntu ku giti cye. "A license to act as a commodity exchange and related contracts dealer’s representative is only granted to an individual. " A) icyemezo cy’amavuko; "A) a birth certificate; " (e) kugena umusanzu ugomba gutangwa n’abayoboke ba udpr bitanyuranyije n’ingingo ya 61 y’aya mategeko; "(e) fix the contribution to be paid by udpr’s members in respect of article 61; " Ingingo ya 32 y‟itegeko ngenga no 02/2010/ol ryo ku wa 09/06/2010 rigena imiterere, ifasi, ububasha n‟imikorere bya komite y‟abunzi ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 32 of organic law nº 02/2010/ol of 09/06/2010 on organization, jurisdiction, competence and functioning of the mediation committee is modified and complemented as follows: " Mu iperereza n’ikurikiranacyaha, iyo kugira ngo ukuri ku byaha bifitanye isano n’umutekano w’igihugu, ibyaha bya ruswa n’ibyaha byo kunyereza umutungo wa leta bikurikiranwe kugaragare, abayobozi b’inzego za leta zishinzwe umutekano ziteganywa n’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda, urwego rw’umuvunyi n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, bashobora, babiherewe uruhushya rwanditswe n’umushinjacyaha mukuru kumva, kumenya no gufata mu majwi cyangwa mu mashusho inyandiko, interineti, ibiganiro, telegaramu, amakarita y’iposita, itumanaho ry’ubuhanga buhanitse n’ubundi buryo bwose bwo gutumanaho ku byaha bivugwa muri iyi ngingo igihe itumanaho ririmo gukorwa. "During investigations and prosecutions and for purposes of ascertaining the truth on commission of offences against national security, offences of corruption and offences of embezzlement of state property, authorities of state security organs specified by the constitution of the republic of rwanda, office of the ombudsman and rwanda investigation bureau may, under written authorization issued by the prosecutor general listen, understand and audio or video record documents, internet, discussions, telegram, postal cards, high tech communication and any other mode of communication on offences referred to in this article during communication. " Madamu muonewa anitha utuye mu mudugudu w’imena, akagari k’bibare, umurenge wa kimironko, akarere ka gasabo, mu mujyi wa kigali, ahawe uburenganzira bwo guhindura izina ministerial order n°1229/08.25 of 20 "Ms muonewa anitha domiciled in imena village, bibare cell, kimironko sector, gasabo district, in the city of kigali, is hereby authorized to change her name muonewa and replace it arrêté ministériel n°1229/08.25 du 20 " Days. at the end of the above period, the general assembly properly convenes and shall take decision, regardless to the number of participants present. article 18: the extraordinary general assembly is g g iyo bibaye ngombwa. ihamagazwa kandi i k o y o b o r w a m u b u r y o b u m w e nk ’ubw’in t eko r us ange i s anzwe. ihamagarwa mbere y’iminsi 15. impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganyijwe mu butumire. ingingo ya 19 : uretse ibiteganywa ukundi n’itegeko ryerekeye imiryango idaharanira inyungu kimwe n’aya mategeko shingiro, ibyemezo by’inteko rusange bifatwa hakurikijwe ubwiganze busesuye bw’amajwi. iyo amajwi angana, irya perezida rigira uburemere b’ababiri. ingingo ya 20 : inama rusange niyo yonyine ifite ububasha bwo: 1. kwemeza no guhindura amategeko agenga umuryango n’ababwiriza mboneza mikorere yawo. 2. guhindura imiyoborere rusange y’umuryango 3. gutora no gushyiraho abagize inama y’ubutegetsi n’iy’ubugenzuzi. 4. gushyiraho no kuvanaho uhagarariye umuryango n’abamwungirije "Article 17: the general assembly shall meet and deliberate validly when ⅔ of the effective members are present. if this quorum is not reached, a new convocation is launched within 15 days. in this term, the general assembly shall meet and deliberates validly without dependence on number of participants. article 18: the extraordinary general assembly shall take place as many times as of need. the way of it is convened and chaired in the same as those of the ordinary general assembly. the invitations shall be sent 15 day in advance. the debates shall relate only to the registered question on the agenda of the invitation. article 19: except for the cases expressly envisaged by the laws relating to the non-profit-making associations and by these statutes, the decisions of the general meeting are made on official gazette nº 17 of 26/04/2010 " Umutwe wa sena, mu nama yawo yo kuwa 10 "Done at kayonza, on 10 " 11° gukusanya, kwegeranya, gutangaza mu gihe gikwiye imibare y’ibarura yerekeye ifaranga n’imari; "11° to collect, compile, disseminate monetary and financial statistics on a timely basis; " Ingingo ya 26: sitati igenga abakozi ba cma "Article 26: statute governing staff members of cma " (e) indengabaganizi: impeta y’ishimwe y’ubwitange iteye nk’uruziga, mu mpeta hagati harimo inyenyeri y’inguni eshanu irimo uruziga rugaragaramo umuheto ufite imyambi ibiri. inyenyeri izengurutswe n’uruziga rwanditsemo hejuru “republic of rwanda” hasi “national order of bravery: indengabaganizi”. "(e) indengabaganizi: a national order of bravery, is circular shaped with a five rayed star containing in its centre an arc and two arrows. the star is surrounded by a circular band with at the header inscribed: “republic of rwanda” and “national order of bravery: indengabaganizi” at the footer. " Mu gihembwe cya mbere gikurikira isoza ry’umwaka w’ibaruramari, biro igeza ku nama "In the first quarter following the end of financial year, the bureau of reaf submits to the elders " Kugira ngo ishobore kuzuza ibisabwa byerekeye imari shingiro yose ,banki ishaka kongeramo bimwe mu bigize imari y’inyongera, byose hamwe bitagomba kurenga 100% by’imari bwite, igomba gusaba banki nkuru uburenganzira bwo kongeramo ivugururagaciro ry’amafaranga agomba kubikwa ku mitungo itimukanwa, inyandiko z’imarimberabyombi, n’imyenda y’igihe kizwi yishyurwa ku rwego rwo hasi . "In meeting the total capital requirements, a bank wishing to include elements of supplementary capital, which in the aggregate should not exceed 100% of core capital, must apply to the central bank for inclusion of any revaluation reserves on fixed assets, hybrid capital instruments and subordinated term debts. " Ikigo cy’ubwishingizi gifite andi masosiyete cyabyaye gikora raporo y’imari yacyo na raporo y’imari ikomatanyije. "An insurer with subsidiaries prepares its financial statements and consolidated financial statements. " Amasezerano y‟inguzanyo nº 4876-rw yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda ku wa 26 mata 2011 hagati ya repubulika y‟u rwanda n‟ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida), yerekeranye n„ inguzanyo ingana na miliyoni eshatu n‟ibihumbi magana cyenda z‟amadetesi (3.900.000 dts) agenewe gahunda y‟imibereho myiza rusange y‟abaturage igice cya iii, yemerewe kwemezwa burundu. "The financing agreement nº 4876-rw signed in kigali, rwanda on 26 april 2011, between the republic of rwanda and the international development association (ida), relating to the credit of three million nine hundred thousand special drawing rights (sdr 3,900,000) for the community living standards program phase iii, is hereby authorized for ratification. " (c) serivisi yatanzwe n’utanga serivisi zo kwishyurana itagizweho ingaruka n’ikosa rya tekiniki cyangwa irindi kosa. "(c) the service provided by the payment services provider was not affected by a technical error or another fault. " Iyo imigabane yatangiwe ubusabe itanzwe ku banyamigabane basanzwe hakurikijwe uburenganzira, guhamagarira rubanda kugura imigabane cyangwa se hakurikijwe ubundi buryo cyangwa se igatangwa hakurikijwe mu bundi buryo cyangwa se itangwa hakoreshejwe guha abanyamigabane imigabane mishya mu mwanya wo kubagabanya amafaranga azigamwe cyangwa inyungu itaragabanwe cyangwa inyungu ku migabane bahabwa mu nyandiko iyibemerera ariko bakazayifata nyuma: "Where the shares for which an application is being made are offered by way of rights, open offer or otherwise or allotted by way of capitalization of reserves or undistributed profits or scrip dividend to the existing shareholders: " Iteka rya minisitiri w’intebe n°64/03. ryo ku wa 08/07/2011 rishyiraho umuyobozi "Prime minister’s order n°64/03 . of 08/07/2011 appointing a director " Guverineri ashobora gukorana n’inzego zihabwa inshingano zo kureberera abakozi ba leta mu gihe ashyira mu bikorwa ububasha buvugwa mu gace ka 8° k’iyi ngingo. "The governor may collaborate with institutions mandated to manage public service supervision while exercising the powers entrusted to him/her in item 8° of this article. " Ingingo ya 25: raporo y’ubugenzuzi "Article 25: audit report " Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 62, iya 66, iya 67, iya 90, iya 92, iya 93, iya 108, iya 113 n’iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in articles 62, 66, 67, 90, 92, 93,108, 113 and 201; " Igifungo kiruta ikivugwa mu ngingo ya 654, iya 655 n‟iya 656 z‟iri tegeko ngenga; "Penalties mentioned in articles 654, 655 and 656 of this organic law may be doubled : " Uretse ibyitabwaho bisobanurwa mu ngingo kuva ku ya 4 kugeza ku ya 6 y’aya mabwiriza, banki nkuru yita no kuri ibi bikurikira mu gutanga cyangwa kutanga icyemezo cyo kwemererwa gukora: "In addition to the considerations specified in articles 4 to 6 of this regulation, the central bank shall further take into account the following as the basis of issuing or not issuing the licence: " Ingingo ya 16: ibisabwa kugira ngo umuntu yiyamamarize umwanya w’ubujyanama ku rwego rw’umurenge n’urw’akagari n’uw’umukuru w’umudugudu "Article 16: requirements for presentation of candidature for the post of a sector and cell council member and head of the village " Inama y’ubuyobozi y’inama y’igihugu y’amashuri makuru igirana amasezerano na minisiteri iyireberera yerekeye gahunda y’ibikorwa, akanateganya uburyo bw'isuzumamikorere. ayo masezerano agaragaza ububasha, uburenganzira n’inshingano bya buri ruhande mu kugeza inama y’igihugu y’amashuri makuru ku nshingano zayo. amara igihe gihwanye na manda y’abagize inama y’ubuyobozi. ashyirwaho umukono na perezida w’inama y'ubuyobozi y’inama y’igihugu y’amashuri makuru hamwe na minisitiri ufite amashuri makuru mu nshingano ze. "The national council of higher education and its supervising authority shall conclude a performance contract relating to a plan of action and which indicates evaluation modalities. such contract shall also specify the powers, rights and obligations of each party in fulfilling the mission of the national council of higher education. the same contract shall be valid for a period which is equivalent to the term of office for the members of the national council of higher education’s board of directors; and it shall be signed by the chairman of the board of directors and the minister in charge of higher education. " Ingingo ya 22: igenzura ryihariye "Article 22: special inspection " Ukora ubushakashatsi umena ibanga ry’amakuru yakusanyijwe mu bushakashatsi, aba akoze icyaha. "A researcher who discloses a secret on data collected during research commits an offence. " Icyiciro cya 3: inyungu ku bikorwa by’ubucuruzi "Section 3 : bénéfices d’affaires " (3) iyo ukora umwuga wo kuzahura ubucuruzi cyangwa gucunga igihombo atagishoboye kuzuza inshingano ze kubera impamvu ziteganywa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo, umwanditsi mukuru ni we uhita afata izo nshingano kugeza igihe hashyiriweho undi ukora umwuga wo kuzahura ubucuruzi cyangwa gucunga igihombo cyangwa ukora ako kazi mu gihe cy’agateganyo. "(3) if an insolvency practitioner is un able to perform his or her duties due to reasons provided for in paragraph (1) of this article, the registrar general takes over the management of the business until another insolvency practitioner or an interim insolvency practitioner is appointed. " Ingingo ya 50: uwemererwa kuba ushinzwe ishoramari "Article 50: license register " 1º ukoresha indege itarimo umupilote ahantu habujijwe cyangwa ntavogerwa, ibiharanga bigaragara mu gitabo cyerekana amakuru yose yerekeye iby’indege mu rwanda n’ibikenerwa mu gutwara indege mu gihugu, uretse igihe bikozwe hakurikijwe amabwiriza abigenga cyangwa uruhushya rwatanzwe n’ikigo; "1 º operates an unmanned aircraft in a prohibited or a restricted area, the particulars of which have been duly published in the rwanda aeronautical information publication, except in accordance with the conditions of the restrictions or by permission granted by the authority; " Bwana gacinya faustin yirukanywe ku mwanya w’ubuyobozi bushinzwe imari no gucunga ibintu muri minisiteri y’ibikorwa remezo. "Mr. gacinya faustin is hereby expelled from the post of the director of finances and internal resources in the ministry of infrastructure. " Icyemezo cy’iyandikwa cyangwa se kopi yacyo iriho umukono w’umwanditsi mukuru bigomba kumanikwa ahantu hagaragara neza ku cyicaro cy’ahakorerwa igikorwa cy’ubucuruzi ; d) business activity; "The registration certificate or a copy bearing the signature of the registrar general has to be displayed in a visible manner at the place of the business activity; d) activité commerciale; e) f) - trois photos passeport en couleur. " 2º umutekano w’igihugu; "2° national security; " 7° kugira uruhare mu bikorwa bigarura amahoro mu rwego mpuzamahanga, mu by’ubutabazi n’iby’amahugurwa”. "7° to participate in international peacekeeping, humanitarian assistance and training operations”. " 1 º gutanga imirongo ngenderwaho ku ntego nyamukuru kandi zihutirwa mu igenamigambi ry‟umwaka, itegurwa ry‟ingengo y‟imari n‟inyandiko zerekeye ingengo y‟imari y‟igihe giciriritse ku rwego rw‟ibanze; "1 º to provide guidance on broad strategic objectives and priorities for annual planning, budgeting, and medium term expenditure framework for the decentralized entity; " Ingingo ya 5: umuryango ufite intego yo kuvura abamugaye bo mu rwanda, kubigisha no kubafasha kwinjira mu buzima busanzwe. "Article 5: the mission of the organization is to provide quality health care to disable persons, their secularization and reintegration.. " 8° gusubiza umutungo iyo amasezerano y’ikodeshagurisha arangiye, keretse iyo ayo masezerano yongerewe igihe cyangwa uhabwa ikodeshagurisha yemeye kugura uwo mutungo; "8° to return the asset at the expiry of finance lease contract, unless the contract is further renewed or the lessee agrees to its purchase; " 2° kugira leta inama no kuyifasha mu mikoranire yayo n‟umuryango mpuzamahanga w‟indege za gisiviri; 3° guhagararira u rwanda nk‟ikigo cy‟igihugu ku rwego mpuzamahanga mu bijyanye n‟indege za gisiviri; 4° gucunga, gufata neza ibibuga byayo no gutanga serivisi zikenewe; 5° gutanga serivisi zo kugenzura ingendo zo mu kirere, amakuru ajyanye n‟iguruka ry‟indege mu kirere, serivisi yo gutanga amakuru arebana article 3: head office of rcaa "1° to inspect and foster the safe development of civil aviation in rwanda; 2° to advise and assist the government in its dealings with the international civil aviation organization; 3° to represent internationally rwanda as the national authority in respect of matters relating to civil aviation; 4° to control and maintain its airports and to provide such necessary services; 5° to provide air traffic control service, flight information service and rwanda aeronautical information service of rwanda; article 3: siège du rcaa " A) gukodesha amazu rikoreramo, ubwubatsi bw’amazu y’ no kuyafata neza ; b) guhemba abakozi b’ bahoraho ; "A) constructing the party’s buildings and ensuring their maintenance; b) paying salaries for the party’s permanent staff; " Iyo uburyo bw’ivangamutungo rusange busheshwe ku mpamvu z’ubutane cyangwa guhindura uburyo bw’imicungire y’umutungo, abari barashyingiranywe kuvanga umutungo bagabana ku buryo bungana cyangwa mu bundi buryo bumvikanye imitungo n’imyenda. icyakora, urukiko rushobora gutegeka ko agaciro article 6: management of property in the community of property regime "Where dissolution of community of property regime occurs following divorce or change in the type of matrimonial regime, those whose marriage was under the community of property regime, share equally or according to any other agreed-upon method the assets and liabilities of the community. however, the court may order article 6: gestion du patrimoine des époux mariés sous le régime de la communauté universelle " • akagereranya ibimenyetso byatanzwe n‟impande zombi ari nako agaragaza ibifite intege nke n‟impamvu ari uko abibona, byaba ngombwa akagaragaza amategeko yashingiweho na buri ruhande n‟inenge zaba zarabaye mu kuyakoresha ku kibazo kigomba gufatirwa umwanzuro; • hanyuma agafata umwanzuro ugaragaza aho ukuri guherereye, impamvu ari uko abibona, amategeko n‟ibyemezo by„inkiko bishyigikiye izo mpamvu. "• compare all the evidence given the parties and identify any weaknesses in the evidence with reasons and where appropriate, identify laws put forward by each party and indicate where they have been wrongly used by the party in addressing a legal issue. " Z'umutekano w'igihugu ahanwa hakurikijwe igitabo cy'amategeko ahana. "Information of national security interest may be punished in accordance with the penal code. " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umujyanama wa kabiri……………………………38 "Prime minister’s order appointing a second counsellor……………………………………38 " Ingingo ya 12: gukodesha ubutaka bwa leta "Article 12: state lands lease " 8º gutuma repubulika y’u rwanda ishotorwa n’igihugu cyo hanze; "8º exposing the republic of rwanda to hostility of a foreign country; " Igihe igiciro cyemejwe n’abakemurampaka kiri hejuru y’igiciro cy’agateganyo, isosiyete ihita yishyura ikinyuranyo igomba nyir’umugabane. "In case the price determined by arbitrators exceeds the provisional price, the company immediately pays the balance owing to the shareholder. " Kitarenze imyaka makumyabiri n’itanu (25) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni mirongo itanu (50.000.000 "Not more than twenty-five (25) years and a fine of not less than fifty million rwandan francs ( frw 50,000,000) but not more than seventy million rwandan francs (frw " 1° icyerekezo gihamye n’imiterere y’isoko; "1° strategic direction and market position; " Ingingo ya 18: itumizwa n’iterana ry’inama z’inama y’ubuyobozi n’ifatwa ry’ibyemezo "Article 18: convening and holding of meeting of the board of directors and decision-making procedures " Itegeko n°43/2006 ryo kuwa 05/10/2006 rigena inshingano, imiterere, n’imikorere by’ikigo cy’igihugu gitsura ubuziranenge (rbs) "Law n°43/2006 of 05/10/2006 determining the responsibilities, organisation and functioning of the rwanda bureau of standards (rbs) " Haseguriwe ibiteganywa n’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi, ikigo gishinzwe gucunga imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo gifite ububasha bwo kwishyuza ku ngufu umukoresha utarishyuye imisanzu. "Subject to the provisions of the civil, commercial, labour and administrative procedure, the entity responsible for the management of pension scheme shall have powers to carry out a forced recovery against the employer having failed to pay contributions. " Ingingo ya 7: ibindi bigenerwa ba analysts bari ku rwego rw’imirimo rwa “2.iii” "Article 7: fringe benefits for analysts on “2.iii” job classification level " 4° gukurikirana imicungire y‟abakozi ba reco akurikije amategeko; "4° ensuring the management of the personnel of reco in accordance with the law; " Iyo uwareze atanyuzwe n’umwanzuro wafashwe n’urwego yaregeye, atakambira urwego rwa komisiyo rwisumbuye hakurikijwe uko zirutana. "When the person having filed a complaint is not satisfied with the decision taken by the organ to which he or she filed the complaint, he or she appeals to the next level of the commission according to their hierarchy. " Ingingo ya 315: ibibujijwe uwasabye ifatira "Article 336: admissibility of the action for annulment of a decision " Icyiciro cya 2: gutanga umubiri w’umuntu, urugingo, ingirangingo, akaremangingo cyangwa ibikomoka mu mubiri w’umuntu "Section 2: donation of the human body, of an organ, tissue, cell or products of the human body " Urwandiko rutumira rwohererezwa ukekwa kuba yarakoze icyaha, ushinjwa cyangwa umutangabuhamya mu rubanza hatitawe ku buremere cyangwa ku bworohe by’icyaha. "A warrant to appear is issued to a suspect, an accused person or a witness in a case, irrespective of the gravity of the offence. " C) inzira zo kugenzura mu bushishozi zikoreshwa mu gusuzuma niba imigenzereze y’abo bantu bandi batanga serivisi mu rwego rw’umutekano w’ibijyanye n’ikoranabuhanga mu itangazabumenyi n’itumanaho ikwiye; "C) due diligence processes used to evaluate the adequacy of cybersecurity practices of such third party service providers; and " 6° guhorana inyandiko z’ibyakozwe byose ziri ku gihe. izo nyandiko zigomba kugaragaza nibura amakuru akurikira : "6° maintain updated proper records of all transactions. such records shall, inter alia, reflect the following information: " 4° ibirego by’indishyi zikomoka ku byaha bijyanye n’amategeko agenga umurimo, bitabangamiye ariko amategeko aha ubwo bubasha inkiko ziburanisha imanza z’inshinjabyaha iyo zaregewe ikirego cy’ikurikiranacyaha. "4° claims for damages arising out of the breach of labour laws, without prejudice to the laws which confer such jurisdiction on criminal courts if a criminal action is filed in them. " Buri muganga cyangwa umuganga w’amenyo agomba kwiyongerera ubumenyi kandi agakorerwa isuzuma ry’ubumenyi n’uburyo akora akazi ke. "Each medical doctor or dentist shall enhance his/her knowledge and be subject to a knowledge and performance assessment. " 11º ireme ry’uburezi: urwunge rugizwe n’inyigisho, uburere, ubumenyi n’ubumenyingiro bihabwa umunyeshuri, ubushobozi bw’umwarimu, igipimo learning institution; "11º education quality: a combination of courses, education, knowledge and know-how offered to a learner, the capacity of a teacher, the quantity of supérieur; " Ingingo ya 6: abashinze umuryango n’abawinjiramo ni abanyamuryango nyakuri, biyemeza kugira uruhare mu bikorwa byose by’umuryango. baza mu nama zose z’inteko rusange bafite ubureenganzira bwo gutora kandi bagomba gutanga umusanzu ugenwa n’amabwiriza ngenga mikorere y’umuryango. "Article 6: founder members and adherent members constitute the effective membership of the association. they are committed to actively participate in all the activities of the association. the attend all the meetings of the general assembly with the right to vote and have to give contribution dated by the internal regulation of the association. " Ashingiye ku itegeko n o 12/2013 ryo ku wa 22/03/2013 rigenga umurimo w’abahesha b’inkiko, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 37, iya 38, iya 39 n’iya 49; "Governing the bailiff function, especially in articles 37,38, 39 and 49; " La qualité de membre se perd soit par la mort, la démission volontaire,ou l‟exclusion motivée prononcée par l‟assemblée générale. ingingo ya8 :inshingano z‟abanyamuryango: abanyamuryango bafite inshingano kandi zo : 1. kubahiriza sitati n‟amabwiriza bya sendika, "They undertake to participate in all the activities of the society. they attend the meetings of the general assembly with deliberative voice and must pay up contributions determined by the general assembly. article 8: les membres fondateurs et les membres adhérents constituent les membres effectifs de rns. " Nyuma y‟imyaka itanu gikora, ikigo cy‟imari iciriritse cyongererwa ikindi gihe cy‟inyongera kitarenze imyaka itanu cyo gusora umusoro ku nyungu ku gipimo kingana na zero ku ijana (0%) iyo cyujuje ibivugwa mu ngingo ya 4 y‟iri iteka. article 3: extension of duration to pay corporate income tax at zero rate "After five (5) years of activities, a micro finance institution shall benefit an extension to pay corporate income tax at the rate of zero percent (0%) for a supplementary period not exceeding five (5) years if it fulfills conditions defined in article 4 " Ingengo y’imari y’inteko yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. "The budget of the fund is approved and managed in accordance with relevant legal provisions. " 3° koperative y’uburobyi; "3° fishing cooperative; " Inyungu zikomoka ku bukode bw’imashini n’ibindi bikoresho harimo ibikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi biri mu rwanda, "All revenues derived from rent of machinery and other equipment including agriculture and " Iyo icyemezo cy’ubwumvikane ku myishyurire y’umwenda kirangiye, umugenzuzi amenyesha mu nyandiko buri uberewemo umwenda uzwi irangira ryacyo kandi akanatanga imenyesha rigenewe rubanda ry’iryo rangira. "Where an arrangement terminated, the supervisor sends notice of termination to each known creditor and gives public notice of such termination. " A) kureba ko ibigo gicuruza inyandiko z‟agaciro gikurikiza ibisabwa kandi bitegetswe kugirango umurimo wacyo ukorwe m‟umucyo no mu buryo bunoze mu nyungu z‟abakiliya n‟abandi bafatanyabikorwa; "A) ensuring that discount houses adhere to prudential and mandatory requirements for the business to be conducted in safe and sound manner in the interest of clients and other stakeholders; " 2° kugira uburenganzira mu itangwa ry’ibyasigaye ku mutungo mu gihe isosiyeti isheshwe; "2° the right to share in the distribution of the surplus assets of the company upon its liquidation; " Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa reb buha raporo inama y’ubuyobozi, bukagenera kopi umuyobozi mukuru wa reb. "The internal audit service of reb submits its report to the board of directors of reb and gives a copy to the director general of reb. " (k) kubuzwa kwishyura amafaranga y’ibikorwa n’ayo kunoza imikorere mu rwego rwa tekiniki kuri sosiyite mbyeyi ndetse n’izo bafitanye isano; "(k) prohibition of payment of management and technical fees to parent companies and related parties; " 2° ishyirwa mu bikorwa ryo kwishyurana, harimo kohereza amafaranga kuri konti yishyurirwaho y’utanga serivisi zo kwishyurana ukoresha izo serivisi cyangwa kohereza ku kindi kigo gitanga serivisi zo kwishyurana iyo ayo mafaranga ari kuri konti y’ukoresha serivisi zo kwishyurana: "2° execution of payment transactions, including transfers of funds on a payment account with the user’s payment services provider or with another payment services provider, whether the funds are covered by a credit line for a payment service user: " Abanyamuryango bawushinze n'abawinjiyemo ni abanyamuryango buzuye b'umuryango. bafite uburenganzira bwose kandi barebwa n'inshingano z'umunyamuryango. ku bw'ibyo, bagize inteko rusange y'umuryango. "The founder members and adhesive members are the members of the association. they have all the rights and the duties related to membership. with this end in view, they are members of the general assembly. " Icyiciro cya 2: ibyerekeye abakozi bo mu buyobozi na tekiniki n'abakozi bunganira "Section 2: personnel administratif et technique et personnel d’appui " Ingingo ya 32 y’iteka rya perezida n° 10/01 ryo ku wa 07/03/2005 rigena uburyo igihano nsimburagifungo cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 32 of presidential order nº 10/01 of 07/03/2005 determining the modalities for the implementation of community service as alternative penalty to imprisonment is modified and complemented as follows: " Amasezerano yiswe “tripartite mutual peace and security pact” yashyiriweho umukono i kampala muri uganda ku wa 20 gashyantare 2014 ari ku mugereka yemerewe kwemezwa burundu. "The tripartite mutual peace and security pact, signed at kampala, uganda on 20 february 2014 " (d) no gushyiraho amabwiriza agamije kurinda abana ihohoterwa, guteshwa agaciro, guhutazwa cyangwa ubundi buryo ubwo ari bwo bwose bwo gufatwa nabi. "(d) put in place instructions that aim at protecting children from violence, abuse, dehumanising treatment, or any other kind of mistreatment. " 4º ibiryozwa ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe buhinnye bigomba gukurwa mu mutungo wabwo. "4º the liabilities of a limited liability partnership must be settled from its property. " Umushoramari agomba kubahiriza amategeko, amateka n’amabwiriza arengera ibidukikije. sezar ireba niba umushoramari yubahiriza ayo amategeko, amateka n’amabwiriza. "The investor must comply with laws, orders and instructions related to environmental protection. sezar shall ensure that the investor complies with those laws, orders and instructions. " - kwakira abasaba kuba abanyamu ryango bazerekwa intekorusange "……………………… ……………………… date applicant " 4° itarimo ingingo inyuranya n‟ihame iryo ariryo ryose cyangwa itegeko; "4° does not contain any provision that conflicts with any principle or law; " Ingingo ya 10: imitunganyirize y’inzego "Article 10: organes de l’organisation " Umudepite cyangwa itsinda ry’abadepite bazanye igitekerezo cyo gushyiraho ihuriro, bahabwa umwanya wo gutanga ibisobanuro bijyanye n’iryo huriro. "A deputy or a group of deputies with a view of setting up a forum or network is given the opportunity to give the explanations related to such a forum or a network. " Ingingo ya 6: imikoranire ya reaf n’ibiro bya perezida wa repubulika "Article 6: relations between reaf and the office of the president of the republic " Ryo kuwa 17/05/1983; "Of 15 may 1987; " (b) kuba ikubiyemo amakuru ya ngombwa kandi ikaba ifite imiterere yagenwe nk’uko isobanuwe mu mugereka wa 3a; "(b) contain the prescribed information and be in the prescribed form set out in annex 3a; " Umukozi wa naeb umaze iminsi irenga mirongo itatu (30) asigariyeho undi ahabwa umushahara n’ibindi bitangwa buri kwezi bijyanye n’umwanya w’uwo yasigariyeho. "An employee of naeb in an acting position for more than thirty (30) days is entitled to the salary and monthly fringe benefits in relation to the position. " Rigena imitunganyirize y‟isores…………………………………………………………………..3 "Consititution………………………………………………………………………………….30 " Kudahana abakozi n’abayobozi badafata neza abaguzi 300.000 200.000 100.000 50.000 "Failure to sanction staff and directors 300,000 200,000 100,000 50,000 " Ababerewemo umwenda bashobora gusaba urukiko mu buryo bw’ikirego ko ibyahinduwe mu masezerano yo gushyingirwa bitabagiraho ingaruka iyo babona byarabangirije. icyo kirego gisaza mu gihe cy’umwaka umwe (1) ubarwa uhereye igihe bamenyesherejwe izo mpinduka. "Creditors may file before the court a claim requesting not to be bound by such medications when they realize that the changes into the marriage contract caused prejudice to them. such a claim is prescribed after one (1) year from the date they are notified of such changes. " Amasaha y’akazi mu cyumweru muri rcaa ni mirongo ine n’atanu (45). "The weekly working hours within rcaa are forty- five (45) hours. " Icyiciro cya 4: isoko rya serivisi z’impuguke ku gukora inyigo y’ imishinga no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo technical score are opened. a proposal whose cost is above the budget ceiling is rejected and the bidder whose proposal attained the highest technical score is selected. "2º when the fixed budget method is used, only financial proposals of bidders who attained the minimum technical score are opened. a proposal whose cost is above the budget ceiling is rejected and the bidder whose proposal attained the highest technical score is selected. " Umukandida wifuza kwiyamamaza mu gitangazamakuru cya leta, abisaba icyo gitangazamakuru mu nyandiko itangirwa icyemezo cy’iyakira hasigaye nibura iminsi itanu (5) y’akazi ngo umukandida yiyamamaze, agaha kopi komisiyo. muri iyo nyandiko, umukandida agaragaza itariki n’amasaha yifuza kuziyamamarizaho niba ari kuri radiyo cyangwa televiziyo by’igihugu. "A candidate who wishes to campaign using state media applies for it through a written notice with acknowledgment of receipt addressed to such media and provides a copy to the commission at least five (5) working days before the commencement of such a campaign. the candidate indicates in such a notice the date and time he or she intends to conduct such a campaign if it is on state radio or television. " Ingingo ya 83: iteshagaciro ry’inyandiko icuruzwa "Article 63: file of performance evaluation " Ikidendezi cyo kogeramo kigomba kugira ibyumba bya serivise bikurikira: "A swimming pool facility must have rooms for the following services: " 2° icyemezo cy’iyandikishwa ry’ubutaka burebwa n’impano; "2º a certificate of merit; " 2 º amafaranga y’u rwanda ibihumbi ijana (100.000 frw) y’itumanaho rya telefoni ku mucamanza w’urukiko rw’ubujurire, buri kwezi; "2 º a telephone communication allowance of one hundred thousand rwandan francs (frw 100,000) for the judge of the court of appeal, per month; " Inyandiko y’imicungire y’umutungo ishobora guhindurwa cyangwa kurangizwa ku mwanzuro ufatiwe mu nama y’ababerewemo imyenda. "An administration deed may be varied or terminated by resolution passed at a creditors’ meeting. " Iyo hasabwa iyoherezwa ry’umuntu wahamwe n’icyaha, isaba riherekezwa n’icyemezo cy’urukiko cyangwa kopi yacyo iriho umukono wa noteri cyangwa indi nyandiko yose yemeza ko uwo muntu yahamwe n’icyaha, ikanerekana igihano yahawe, ikanagaragaza niba icyemezo cy’urukiko kigomba kurangizwa hamwe n’ibihano bitarangijwe. "In the case of request for extradition of a person convicted of an offence, the extradition request shall be accompanied by the original or a certified copy of the judgment or any other document setting out the conviction and the sentence imposed, whether the sentence is enforceable and the extent to which the sentence remains to be served. " Article 102: inyandiko z’icungamutungo n’imari "Article 102: accounting and financial records " Ingingo ya 25: gukoresha imirimo abakozi bo hanze y’ikigo "Article 55: official missions outside the country " 16. rev. gasabira emmanuel kabarore 08649928 "Ets ndamage eliab 4 268 566 0,09 " (3) amadosiye agomba kuba yuzuye kandi ajyanye n’igihe kandi akagenzurwa buri munsi. "(3) the records must be accurate and up to date and verified on a daily basis. " (1) ibintu ibyo ari yo byose bikoreshwa mu rugo n‟ibikoreshwa n‟umuntu ku giti cye bitumizwa n‟abakozi babifitiye uburenganzira cyangwa n‟abo bafitanye isano, harimo imodoka imwe batumiza mu mahanga cyangwa bagura mbere yo kwishyura amahoro ya gasutamo yishyurwa mu minsi mirongo icyenda ibintu bimaze kugera bwa mbere mu gihugu kigize umuryango cyangwa mu gihe kitarenze iminsi magana atatu na mirongo itandatu uhereye igihe byahagereye, bikemezwa n‟uhagarariye igihugu cye mu gihugu kigize umuryango, nko mu gihe abakozi babifitiye uburenganzira batasonewe nk‟uko biteganyijwe mu gace ka 4 (4) k‟igice a cya mu gace ka 5 (3) k‟igice b: "(1) household and personal effects of any kind imported by entitled personnel or their dependants including one motor vehicle imported or purchased by them prior to clearance through customs within ninety days of their first arrival in a partner state or such longer period not exceeding three hundred and sixty days from the date of his arrival, as may be approved by the commissioner in a partner state in specific cases where the entitled personnel have not been granted an exemption under item 4 (4) of part a or item 5 (3) of part b: " Ingingo ya 2: inzego z’inama zifata ibyemezo inzego z‘inama zifata ibyemezo bireba ingabo z’u rwanda ni izi zikurikira: "Decision making councils of the rwanda defence forces shall be the following: " Aya mategeko ngengamikorere atangira gukurikizwa ku munsi yemerejweho n’urwego rushinzwe kureba ko ibyemezo by’inama njyanama y’akarere byubahirije amategeko. "These rules of procedure come into force on the date of their confirmation by the organ in charge of insuring that the decisions of the district council comply with the law. " Bisabwe n’inama y’ubuyobozi cyangwa kimwe cya gatatu cy’abanyamuryango nyirizina, amategeko ashobora kuvugururwa akemezwa ku bwiganze busesuye burenga kimwe cya kabiri cy’amajwi y’abaje mu nama, hubahirijwe amabwiriza y’ishyirahamwe mu gufata ibyemezo. "At the executive committee’s instigation or at that of one third of duly registered members of the association, modification of the statutes are adopted by the absolute majority of duly registered members attending the meeting, in agreement with the quorum rules. " Ingingo ya mbere : nkuko bisabwa n‟itegeko nº 06/2012 ryo kuwa 17 gashyantare 2012 ryerekeye imitunganyirize n‟imikorere y‟imiryango ishingiye ku idini, hashinzwe umuryango witwa : itorero ry‟ivugabutumwa ry‟inshuti mu rwanda ‟‟e.e.a.r. „‟ "Article one: in accordance with the law no 06/2012 of february 17, 2012 organization, it is hereby established a religious based organization known as: evangelical friends church of rwanda “e.e.a.r.” " Igihe abagize inama y’ubuyobozi ya rbc bamara ku mirimo yabo n’uko basimburwa bigenwa n’iteka rya perezida. "The term of office of members of rbc board of directors as well as procedures for their replacement are determined by a presidential order. " Iyo hari ubujurire bwo gusuzuma, abagize akanama k‟ubujurire kigenga ku rwego rw‟igihugu baterana rimwe mu kwezi n‟igihe cyose bibaye ngombwa. "Whenever there are appeal cases to consider, members of independent review panel at the national level shall sit once a month and whenever it is deemed necessary. " Ingingo ya 8: kwemerera umugenzuzi wigenga n’igihe kwemerwa bimara "Article 8: granting and validity of accreditation issued to the external auditor " 2° gufatwa nk‟umwere kugeza igihe urukiko rubifitiye ububasha rumuhamije icyaha; "2° to be presumed innocent until proved guilty by a competent court; " Ingingo ya 10: gutumiza, kohereza mu mahanga no gucunga imyanda yifitemo imirasire yangiza "Article 10: import, export and management of radioactive waste " Urwego rubifitiye ububasha rushobora, mu gihe icyo aricyo cyose kiboneye, guhagarika no gusaka igikoresho cyose kigenewe gutwara cyangwa kubika peteroli cyangwa ibiyikomokaho, hagamijwe ko ibiteganywa n’iri tegeko byubahirizwa. "The competent authority may, at any reasonable time stop and search any means for transporting or stocking petroleum or petroleum products to ensure that the provisions of this law are complied with. " 1° amategeko n’amabwiriza ariho; "1° laws and regulations in force; " (a) mudasobwa zihagije n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga harimo imashini icapa inyandiko zo muri mudasobwa, imashini zifotora inyandiko, imashini zibara inoti n’imashini zigenzura umwimerere w’inoti; "(3) among required infrastructures, includes – (a) sufficient computers and accessories including printers, scanners, photocopiers, note counters and fake note detecting machines; " - gusana imitima y‟abanyarwanda kubera ibyabaye mu 1994; - guhamagarira urubyiruko kugira uruhare mu kubaka no kuzamura igihugu cyabo; - gukangurira abanyamuryango imirimo ibyara inyungu; "- to carry out negotiations with the state and other organization in the mobilization of the backers for the mobilization of resources; - to rebuild rwandese hearts as a result of the 1994 events; - to call upon the youth to participate in rebuilding and developing their country; - to sensitize the members to create income generating activities; " Amarisiti y‟abakandida yoherezwa n‟ishyirahamwe ry‟abakozi ku muyobozi w‟ikigo utanga icyemezo cy‟iyakira. agomba kuba aherekejwe n‟ibaruwa isinye ya buri mukandida igaragaza itanga rya kandidatire ye. "The lists of candidates shall be handed to the head of the institution who shall acknowledge receipt. they shall be accompanied with a letter signed by each candidate testifying to the submission of his/her candidature. " 4° inyandiko mvugo ya cyamunara, iyo habayeho cyamunara; "4° minutes of auction, if applicable; " Ingingo ya 85: amakosa yo kutubahiriza amategeko agenga imicungire y’imari n’umutungo bya leta n’ingaruka zayo "Article 85: faults constituting a breach of laws governing public finance management and related consequences " (sé) jenerali kabarebe james minisitiri w'ingabo "(sé) general kabarebe james minister of defence " 6° kugira inama guverinoma ku bindi byose byakwihutisha iterambere adopts: "6° to advise the government on all activities likely to fast track development adopte: " “jyewe ………………….. umwanditsi w’irangamimerere wa ……… maze kumva amasezerano ya …… na … bagiranye imbere yanjye mu ruhame rwa benshi, nshingiye kandi ku bubasha mpabwa n’amategeko, nemeje ko kuva ubu .... na ..... bashyingiranywe nk’uko amategeko abiteganya”. "”i........... the civil registrar of ......... having heard the vows made between ......... and ..........as agreed in my presence and in public, pursuant to powers conferred to me by the law, hereby declare that from today …. and ….. are married in accordance with the law”. " 7° gutegura, gukoresha no gukosora ibizamini bya leta; "7º to prepare, conduct and mark national examinations; " 4º guhabwa igihe n’ibyangombwa bikwiriye kugira ngo ategure imyiregurire ye; "4º adequate time and facilities to prepare his/her defense; " Ingingo ya 15: igihe ntarengwa mu itegurwa ry’igishushanyombonera cy’imitunganyirize y’ubutaka n’imijyi uhereye ku itangizwa kugeza gitangajwe "Article 15: maximum duration of the elaboration of a master plan for land management and urban planning from initiation to publication " Igihe uhagarariye itorero asanze ari ngombwa cyangwa abisabwe na benshi mu bagize inama y'ubuyobozi , ashobora gutumira abagenzuzi b'imali mu nama z'lnama y'ubuyobozi. article 24 "Following the legal representative's initiative or on the request of the simple majority of the management committee members, the auditors may attend the management committee meetings in an advisory capacity. ingingo ya 25 " Umwanditsi w’imiti n’ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi ashobora, amaze kubyemererwa na minisitiri ufite ubuhinzi n’ubworozi mu nshingano ze, kuha zimwe mu nshingano ahabwa n’iri teka umwe mu bagenzuzi b’imiti n’ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi. "The registrar of agrochemicals may, under authorization of the minister responsible for agriculture and animal resources, delegate some of responsibilities assigned to him/her under this order to one of inspectors of agromichals. " Ntawe ushobora gukora umwuga w’ubwavoka cyangwa gukora imirimo ijyana nawo atujuje ibyangombwa bikurikira: "Nobody can practice the profession of advocate nor other related duties without fulfilling the following requirements: " H) ibikoresho by’ubuvuzi, imiti, ibikoresho byo mu buhinzi, ubworozi, uburobyi n’inyongeramusaruro; "H) medical equipment, medicinal products, agricultural, livestock, fishing equipment and agricultural inputs; " Ingingo ya 18: inshingano za komite y‘urugaga ishinzwe iby’iyandikwa, isuzumabushobozi n’amahugurwa "Article 18: responsibilities of the registration, evaluation and education committee " Ingingo ya 10: ubufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro "Article 10: collaboration between the fund and rwanda revenue authority " Icyemezo cy‟agateganyo cy‟uko umuryango nyarwanda utari uwa leta wanditswe gihabwa umuryango nyarwanda utari uwa leta kimara amezi cumi n‟abiri (12). nyuma y‟amezi icyenda (9) uhawe icyemezo cy‟agateganyo, umuryango nyarwanda utari uwa leta ugomba gusaba ubuzimagatozi. "The temporary certificate of registration issued to national non-governmental organization shall be valid for a period of twelve (12) months. a national non governmental organisation shall apply for legal personality nine (9) months after the issue of the temporary certificate. " Umuyobozi w’ishuri agomba gufata neza amadosiye y’abanyeshuri igihe cyose bakiri kuri iryo shuri. izo dosiye zishyingurwa mu bubiko bw’ishuri kabone n’iyo abanyeshuri batakiri muri iryo shuri. "The school headmaster must take care of students’ records throughout the period in which the student is enrolled in the school. these files shall be kept in the archives of the school even when students are no longer in the school. " 07. dukuzumuremyi bosco "Mr. glen bush, secretary " 5° iz’abarazwe n’ababerewemo umwenda barega abazunguye cyangwa umwe muri bo. "5° those brought by legatees and creditors against heirs or one of them. " 9º kwemeza raporo y’ibikorwa na raporo y’imikoreshereze y’umutungo by’umwaka urangiye no kuyishyikiriza minisitiri; "9 º to approve the activity and financial reports of the previous year and submit them to the minister; " (b) ikiruhuko cyo kubyara ku mugore no ku mugabo; "(b) pregnant or breastfeeding women; " Ingingo ya mbere: ishyirwaho ry’abagize akanama "Article one: appointment of the members of the panel " Abantu bafunzwe bacungwa n’abacungagereza bambaye imyenda yabigenewe iriho matricule n’amazina yabo bafite kandi n’ibikoresho byabigenewe. "Detainees are under the surveillance of prison guards with appropriate equipment and uniform bearing their number and names. " Ingingo ya 29: ingamba zifatwa igihe hakekwa indwara yandura y’inzuki mu muzinga "Article 29: decisions on seized agrochemicals " Aya mategeko asimbuye ayo ku itariki ya 28 mata 2006, yashyizweho umukono na ministeri y‟ubutabera mu iteka ryayo n°305/05 ryasohotse mu igazeti ya leta n° 7 yo ku itariki 1 mata 1985. "These articles of association replace those of the 28th april 2006, approved by the minister of justice by the ministerial order n° 305/05, o.g n° 7 of the 1 " Abagenzuzi bwite babujijwe kugira uruhare mu gikorwa cyose cyangwa kugira aho bahurira na cyo cyangwa kwemera ikintu cyose cyangwa inyoroshyo yabangamira cyangwa yafatwa nk’ibangamira ukutabogama n’ubunyamwuga byabo mu gufata icyemezo cyangwa yabangamira inyungu z’ibigo bakorera. "Internal auditors are prohibited from participating in or having a relationship with any activity or accepting anything or any favour that may impair or is likely to be taken to impair their objectivity and professional judgement or jeopardize the interests of their institutions. " 1° kurangwa n’ikinyabupfura aho bari hose; "1° being characterized by politeness everywhere they are; " Igihano cyo kunyagwa amapeti ya gisirikare gihabwa umusirikare iyo: article 288: classification of military penalties "The penalty of stripping off military ranks is imposed on a soldier if: article 288: classification des peines militaires " Uhagarariye umunyamahanga ashobora gusaba urukiko rwo mu rwanda rubifitiye ububasha kwemera ikurikirana ry’igihombo cyo mu mahanga yashyiriweho. "A foreign representative may apply to the competent court in rwanda for recognition of a foreign proceeding in which a foreign representative has been appointed. " Incamake ikubiyemo ibintu bivugwa kuva ku gika cya (1) kugeza ku gika cya (12) by‘iyi "Cancer diseases unit (3) - director (1) - cancer diseases senior officer (2) " Gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi (rab). "For crops and livestock. " (b) gukora undi murimo yahabwa n’inama y’ubuyobozi ujyanye n’inshingano za rtda. "B) to perform other duty as may be assigned to it by the board of directors falling within the responsibilities of rtda. " Kugirango umuryango ubashe kurangiza inshingano zawo, umuryango ufite umutungo utimikanwa n‟uwimukanwa. umutungo w‟umuryango ugizwe : "To ensure the achievement of its objectives, the organization has real estate and movable property. " Iteka rya minisitiri rihindura iteka rya minisitiri nº002/13/10/tc ryo ku wa 31/07/2013 rigena imikoreshereze y’imashini y’ikoranabuhanga yemewe mu gutanga inyemezabuguzi…………3 "Ministerial order modifying the ministerial order nº002/13/10/tc of 31/07/2013 on modalities of use of a certified electronic billing machine……………………………………..3 " Uburyo bwo kwimura imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo bugenwa n’ikigo gishyiraho amabwiriza. "The modalities for transfer of pension contributions shall be determined by the regulator. " Ingingo ya 4: ifatirwa ry‟ibintu byangiza ibidukikije "Chapter iv : environmental impact assessment " Imishahara y’abakozi b’inama y’igihugu ishinzwe ubumenyi n’ikoranabuhanga igenwa hashingiwe ku mbonerahamwe y’urutonde rw’imirimo kandi hakurikijwe amahame ngenderwaho mu kubara imishahara mu butegetsi bwa leta. "Salaries for employees of the national council for science and technology shall be determined basing on the job classification and in accordance with general principles on salary calculation in public service. " Ingingo ya 170: gukoresha amakuru cyangwa amahirwe by’isosiyete "Article 170: use of company information or opportunity " Mu gihe umunyamahanga agize bene ayo masezerano y‟akazi ari mu rwanda, asaba uruhushya rw‟akazi mu gihe cy‟iminsi cumi n‟itanu (15) y‟akazi kuva ku munsi yakoreyeho ayo masezerano. "If a foreigner concludes such a contract of employment while in rwanda, he/she shall apply for the work permit within fifteen (15) working days from the date of concluding such a contract. " Ingingo ya 62: iyemezwa ry’urutonde "Article 62: approval of the list " 1º gutanga umurongo no kuyobora imirimo yo gutegura, kunoza igihe kigeze, no gushyira mu bikorwa politiki y‟igihugu y‟ishoramari rya leta, ingamba, porogaramu, ibyihutirwa kurusha ibindi, kimwe n‟amahame, amabwiriza, imirongo, uburyo n‟imikorere ngenderwaho mu gucunga ishoramari rya leta; "1° to guide and coordinate elaboration, continuous updating, and implementation of the national public investment policy, strategies, programs, priorities, as well as public investment management rules, regulations, guidelines, procedures and instruments; " (a) uwo muntu bireba yahamirijweho ikosa, cyangwa "(a) the person involved became liable to the sanction, or " Madamu nkunda laetitia agizwe umuyobozi mukuru agizwe w’ikigo gishinzwe guteza imbere ibikorwa by’iterambere mu nzego z’ibanze (loda). "Mrs. nkunda laetitia is hereby appointed director general of local administrative entities development agency (loda). " (e) kuba hari ubwishingizi bw’inkongi y’umuriro aho bishoboka; "(e) fire insurance where applicable; " Ingingo ya 35: ihazabu icibwa inzego za leta, ibigo, amashyirahamwe cyangwa imiryango, byaba ibya leta cyangwa ibyigenga bifite ubuzimagatozi "Article 35: fine applicable to state institutions, public or private companies, enterprises, associations or organizations with legal personality " (a) isosiyete ikoresha imodoka ibazwa umusoro w’ipatanti ubariwe ku gicuruzo cya buri cyicaro igira mu turere dutandukanye; "(a) a company that uses vehicles is subject to a trading license tax calculated basing on the turnover of each of its offices in different districts; " Bwana nishimwe ruth ahawe igihe cy‟amezi atatu, uhereye ku munsi iri teka ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda, kugira ngo asimbuze izina rya nishimwe ruth irya nishimwe samuel mu gitabo cy‟irangamimerere kirimo inyandiko ye y‟ivuka. "Mr nishimwe ruth is hereby given three months commencing from the date of publication of this order in the official gazette of the republic of rwanda to replace the name nishimwe ruth with nishimwe samuel in the civil registry of births. " Umuntu ufunzwe yambara impuzankano iyo – "An incarcerated person wears uniform when he or she – " 3. biro y’inama njyanama y’umujyi wa kigali ; 4. umukuru w’intara 5. umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara/umujyi wa kigali 6. abayobozi b’imirimo ku ntara/umujyi wa kigali. 7. komite nyobozi y’umuryango ku karere; "4. provincial governor; 5. executive secretary at provincial/kigali city level; " Ingingo ya 69: inshingano z’umunyamabanga w’ikigega cya leta ku birebana na komite y’ubugenzuzi "Article 69: responsibilities of the secretary to the treasury vis-à-vis audit committee " 1° bwana gihozo mivugo françois: umuyobozi w’ishami rishinzwe imihanda, prime minister’s order n° 118/03 of 07/03/2013 appointing directors of units "1° mr. gihoza mivugo françois: director of roads and bridges unit; arrete du premier ministre n° 118/03 " Iyo iminsi mirongo itatu (30) ivugwa mu ngingo ya 247 y’iri tegeko ishize nta bwumvikane bubaye, uwatsinze yiyambaza umuhesha w’inkiko amusaba kumwishyuriza. umuhesha w’inkiko ahita akora inyandikomvugo y’ifatirabwishyu mu gihe kitarenze iminsi icumi y’akazi (10) igaragaza urutonde, ubwoko n’imiterere y’ibintu bizagurishwa muri cyamunara, iyo nyandiko mvugo igatangazwa ku rubuga rw’imanza zirangizwa. "At the end of the period of thirty (30) days referred to in article 247 of this law, without reaching to an agreement, the winning party requests from the court bailiff the execution of the judgement. the court bailiff makes a statement of seizure within ten (10) working days, which shows the inventory, types and nature of the property to be auctioned, and the statement is published on the database of judgements enforcement. " 42/08.11 ryo kuwa 04/05/2010 riha ubuzimagatozi ishyirahamwe rigamije kunganira uburezi kuri bose-imanzi, “a.c.e.t./ imanzi“ kandi ryemera abavugizi bawo "Ministerial order n o 42 /08.11 of 04/05 /2010 granting legal status to the association for contribution in education for all-imanzi, “ a.c.e.t./imanzi” and approving its legal representatives " Mu nshingano za komisiyo zishinzwe iby’ ubutaka ku rwego rw’umujyi wa kigali harimo: "The responsibilities of the land commission at the city of kigali level include the following: " D) nta cyicaro afite mu rwanda ahubwo akakigira ahandi kandi abo iyo mirimo ikorerwa bayikenera cyangwa ikabagirira akamaro mu rwanda ; "D) has no headquarters in rwanda but has it elsewhere and the recipients of the services need it or benefit from them in rwanda; " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera ku wa 14/02/2018. article one: appointment "This order comes into force on the date of its signature. it takes effect as of 14/02/2018. article premier: nomination " Sosiyete zishyizweho zikurikije amategeko agenga ishyirwaho ry’amasosiyete y’abataziranye, ay’ubwishingire buhinnye cyangwa izishinzwe mu buryo bw’amakoperative ni zo zonyine zemerewe gukora imirimo y’ikodeshagurisha zikagenzurwa na banki nkuru y’igihugu ari na yo igena ibisabwa, ibinyujije mu mabwiriza kugira ngo imirimo y’ikodeshagurisha yemerwe, ikanagena andi mabwiriza ajyanye n’ibyo bikorwa. "Only public limited companies established according to laws governing public limited companies limited liability or those established in a manner of cooperatives are the only ones permitted to companies carrying out lease operations under supervision of the national bank of rwanda which shall set down through instructions, the conditions for their licensing and operations regulations. " 6° gufata ibyemezo ku bibazo byose bikomeye biri mu nshingano za nrs; "6º to decide on any crucial issues within the mission of nrs; " Bitabangamiye ibiteganywa n’ingingo ya 72 y’iri tegeko ngenga, ibyemezo by’umutwe w’abadepite bifatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abadepite bahari, uretse ibyo amategeko ateganya ukundi. "Without prejudice to the provisions of article 72 of this organic law, the decisions of the chamber of deputies are taken on an absolute majority vote of deputies present except where the law provides otherwise. " Kubera inyungu rusange no kwirinda ko indwara y’ibishyute yakwirakwira mu gace itigeze irangwamo mu mezi makumyabiri n’ane (24) ashize, ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubworozi n’ibikomoka ku matungo mu rwanda (rarda), bushingiye kuri raporo y’ubuyobozi bw’akarere, bushobora, gutegeka kubaga ingurube zose zirwaye cyangwa zikekwako zirwaye indwara y’ibishyute, ba nyirayo bagahabwa indishyi. "For the public interests and the sake of preventing the blister disease from spreading in a safe area in which it has not appeared for the last twenty four (24) months, the management of the rwanda animal resources development authority (rarda) may, basing on a report by the district authority, order that all pigs infected with blister or suspected to be infected with blister be slaughtered and their owners be given compensation. " Ingingo ya 55: inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere bya komite y’umutekano y’akarere "Article 55: responsibilities, powers, organization and functioning of the district security committee " Aba bakurikira ni bo bashobora gukora umurimo w‟umunyamwuga mu ishoramari: amabanki, ibigo by‟imari iciriritse cyangwa abandi bantu b‟abahuza mu by‟imari bagengwa cyangwa barebererwa n‟urwego rubifitiye ububasha mu rwanda kandi bakemezwa n‟ikigo cy‟isoko ry‟imari n‟imigabane ko bashobora gutunganya umurimo w‟umunyamwuga mu ishoramari cyangwa imirimo ngishwanama isabwa muri iri tegeko. "Only the following persons may act as investment managers: banks, microfinance institutions or other financial intermediaries regulated and supervised by the competent authority in rwanda and of which the capital market authority determines capacity to perform investment management or provide advisory services required under this law. " Ingingo ya 103: gukemura impaka rusange z’umurimo mu bwumvikane "Article 103: amicable settlement of collective labour disputes " Abakozi ba rssb bagengwa na stati rusange igenga abakozi ba leta n‟inzego z‟imirimo ya leta. "The staff of rssb shall be governed by the general statute for rwanda public service. " 1. gushyira mu bikorwa amabwiriza y‟inzego zisumbuye ; "1.implement the guidelines from superior organs; " Ibaruramari ry’itsinda ry’amasosiyete, ryose cyangwa igice cyaryo, rishobora gushyirwa mu ifoto y’umutungo no muri konti zigaragaza inyungu n’ibihombo byihariye bya sosiyete. "The group of companies annual accounts may be wholly or partly incorporated in the company’s particular balance sheet and profit and loss account. " Umwe mu bashyingiranywe upfakaye afite uburenganzira bwo kongera gushyingirwa.” "A widowed spouse has the right to remarry.” " 6° ibiro bihagarariye umwishingizi w’abishingizi wo mu mahanga: ni uburyo umwishingizi w’abishingizi ashyiraho ibiro mu rwanda kugirango bimuhe amakuru kandi bimuhuze n’isoko riri mu mu rwanda. ibyo biro ntibigira ubuzima gatozi, ubwigenge mu miyoborere, mu micungire y’umutungo n’abakozi bayo n’umwishingizi w’abishingizi wabishyizeho. "6° representative office for foreign reinsurer: an administrative arrangement whereby a foreign reinsurer establishes an office in rwanda to provide information and iaison activities, as well as studying markets and investment opportunities in rwanda.it does not have legal personality or management autonomy different from that of reinsurer that established it; " 12. konti ihuriweho ni konti yihariyeitandukanye na konti y’utanga serivisi zokwishyurana abikaho amafaranga ye, ishyirwaho gusa amafaranga yishyuwe n’abakiriya. 12. trust account means a separate bank account segregated from a payment service provider's own funds, in which the payment service provider is required to deposit all funds collected for clients. "21º trust account: a separate account segregated from an e-money issuer's own funds, in which the e-money issuer is required to deposit all funds collected from e-money account holders. " -kuba ari inyangamugayo ; -kuba atarahamwe n‟icyaha cya jenoside ; icy‟ingengabitekerezo ya jenoside ; icy‟ivangura n‟icyo gukurura amacakubiri ; section two: the executive of committee "-be a person of integrity; -have not been sentenced for the crime of genocide ,genocide ideology,discrimination and sectarianism; section deuxième: du comite executif " Abawinjiyemo ni ababisabye bamaze kwiyemeza gukurikiza aya mategeko, bakabyemererwa n‟inteko rusange. "Ordinary members are those who would have accepted these present statutes and accepted after a written application by the general assembly. " Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 40, iya 62, iya 66, iya 67, iya 88, iya 89, iya 90, iya 92, iya 93, iya 94, iya 95, iya 108, iya 113, iya 118, iya 176, iya 183 n’iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in articles 40, 62, 66, 67, 88, 89, 90, 92, 93, 94, 95, 108, 113, 118, 176, 183 and 201; " Amabwiriza rusange yerekeye umutekano w’ibijyanye n’ikoranabuhanga mu itangazabumenyi n’itumanaho mu bigo bigenzurwa …………………………………………………………..344 "Regulation on cyber security in regulated institutions……………………………………….344 " Umushahara w’abasirikare utangwa hakurikijwe imiterere yihariye y’imirimo ya gisirikare. "Salary of soldiers is considered in relation to the unique nature of the military service. " Ikigo gishyiraho amabwiriza kigomba kubika no gutangaza buri mwaka igitabo cy’ibigo by’imari bifite uruhushya rwo gushyiraho za konti bwite zo kuzigamira izabukuru. "The regulator shall keep and publish annually a register of financial institutions authorized to establish personal retirement savings accounts " Umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga ingengo y’imari y’urwego cyangwa ikigo kigenerwa ingengo y’imari ya leta ni: "The chief budget manager for a budget agency or entity shall be: " Mu gihe cy’iperereza, urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha rushobora gufatira imitungo yimukanwa cyangwa itimukanwa, guhagarika konti z’ukekwaho igikorwa cy’iterabwoba, imigabane ye n’ibindi byose bimuzanira inyungu hakurikijwe amategeko abigenga. "During investigation, rwanda investigation bureau may seize movable or immovable property, freeze an account of a terrorism suspect and seize his or her shares as well as other sources of his or her revenues in accordance with relevant laws. " (a) icyiciro cya 1: banki z’ishoramari; "(a) category 1: investment banks; " Minisiteri ifite abakozi ba leta mu nshingano zayo igenera komisiyo abakozi hakurikijwe amategeko abigenga. "The ministry in charge of public service shall staff the commissionin accordance with relevant laws. " Isoko ry‘ibicuruzwa ku isoko ry‘imari n‘imigabane rigomba kuba rifite amafaranga ahagije kugira ngo rishobore gukora imirimo yaryo. "The securities exchange must have financial resources sufficient for the proper performance of its functions. " Bitabangamiye ibiteganywa n’amategeko ahana, abagize inama y’ubuyobozi bagize uruhare mu micungire mibi y’ikigo cya leta cyangwa bagiteje igihombo umwe ku giti cye cyangwa bose hamwe, baryozwa amakosa bakoze, uretse ugize inama y’ubuyobozi wagaragaje mu nama ko atemera icyemezo cyafashwe, bikandikwa mu nyandiko mvugo y’inama y’uwo munsi. "Without prejudice to provisions of criminal laws, members of the board of directors getting individually or collectively involved in the mismanagement of or causing a loss to a public institution are liable for their faults, apart from a member of the board of directors who, during a meeting, dissents from a decision taken, with his or her dissent being entered in the minutes of that same day’s meeting. " Isosiyete ntiryozwa ingaruka zo kutandikisha icyemezo cy‟ihererekanya ry‟umugabane cyangwa umugabane nguzanyo mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) igihe hatabayeho uburiganya. "The company shall not, in the absence of fraud, be liable in respect of the registration of any transfer of a share, debenture within the period not exceeding thirty (30) days. " Iri teka rigena itangwa ry’uruhushya rukoreshwa mu mu bikorwa byerekeranye n’ishyamba ry’akarere cyangwa iry’umuntu, imiterere y’urwo ruhushya, ibisabwa kugira ngo rutangwe n’igihe rumara. "This order determines the issuance of a license used for the activities relating to district or private forest, its formats, conditions for its issuance and its validity. " Iteka rya minisitiri rigena uburyo bwo guhindura imikoreshereze y’ubutaka. "An order of the minister determines the modalities of the change of land use. " Nº 09/07.01 ryo kuwa 16/10/2009 "Nº 09/07.01 of 16/10/2009 " (c) umuntu ku giti cye ufite uburenganzira, washyizweho binyuze mu itegeko muri urwo rwego, bwo kuba umunyamigabane mu buryo buziguye cyangwa butaziguye akaba afite byibura imigabane ingana na makumyabiri na gatanu ku ijana (25%) by’umutungo wa fondasiyo cyangwa mu rundi rwego rwemewe n’amategeko bimeze kimwe rugengwa n’itegeko ryo hanze; "(c) any natural person(s) entitled, by virtue of a legal act designating him/her for this purpose, to become a holder, directly or indirectly, at least twenty- five per cent (25%) share in the property of the foundation or in any other comparable legal structure governed by foreign law; " Haseguriwe ibiteganywa n‟ingingo ya 13 "Incorporated on the 13 " Ingingo ya 7: kurengera uburenganzira ku mutungo bwite mu by’ubwenge by’umushoramari "Article 7: protection of intellectual property rights in relation to investment " By’abanyamuryango inama rusange ishobora kwemeza iseswa rya cnosr. mu gihe cnosr isheshwe, umutungo wayo uhabwa irindi shyirahamwe nyarwanda rya siporo rifite intego nk’izayo hakurikijwe icyemezo cy’abanyamuryango bayo. "Upon a decision by a majority of 2/3 of votes, the general assembly may decide the dissolution of cnosr. in case of dissolution, assets of cnosr shall be transferred to another rwandan sports association carrying out the same objectives according to the decision of its members. " 24° isosiyete y’umutungo bwite mu by’ubwenge: ikigo cy’ubucuruzi cyashinzwe kigamije gusa kuba nyir’umutungo bwite mu by’ubwenge; "24º intellectual property company: a commercial entity that is established for the sole purpose of owning intellectual property rights; " Imari shingiro y’isosiyete igomba guhabwa agaciro mu mafaranga y’u rwanda. "The share capital of a company shall be expressed in rwandan francs. " Ingingo ya 8: gutakaza ubunyamuryango biterwa n’urupfu, gusezera ku bushake, iseswa ry’umuryango cyangwa kwirukanwa. usezeye ku bushake amenyesha umuvugizi w’umuryango mu nyandiko cyangwa mu magambo kandi bikemezwa n’inteko rusange. icyemezo cyo kwirukana umunyamuryango gifatwa n’inteko rusange ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) by’amajwi iyo atacyubahiriza aya adherent members are physical persons who, upon request and after subscription to these statutes, shall be approved by the general assembly. honorary members may be physical or moral persons approved by the general assembly due to their appreciable support provided to the organization. they play a consultative role, but have no right to vote. "Article 8: loss of membership is caused by death, voluntary resignation, exclusion or dissolution of the association. voluntary resignation is written and addressed to the president of the executive committee and is approved by the general assembly. exclusion is adopted by the general assembly upon the two third (2/3) majority votes against any member who no longer conforms to this constitution and the internal regulations of the association. before he is inflicted the sanction of expulsion, the incriminated member shall have the right to present his defense before the general official gazette n° 29bis of 16/07/2012 " Byakira amafaranga abitswa, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 23 n’iya 24; "Governing deposit-taking microfinance institutions, especially in articles 23, 24, and 54; " Abatanga serivisi zo kohereza amafaranga bubahiriza amahame y’amategeko yerekeye ihiganwa yashyizweho mu gihugu no kwirinda imikorere irimo ikabyabubasha cyangwa akagambane muri serivisi batanga. "The money remittance services providers respect competition law principles established in the country and avoid any abusive or collusive practice. " 1º kopi y’icyemezo cy’umwuga cyatanzwe n’urugaga nyarwanda rw’ababaruramari b’umwuga (icpar) gihuje n’igihe; "1º a copy of valid practicing certificates issued by the institute of certified public accountants of rwanda (icpar); " Icyicaro cya rbc kiri mu mujyi wa kigali, umurwa mukuru wa repubulika y’u rwanda. gishobora kwimurirwa ahandi hose mu rwanda igihe bibaye ngombwa byemejwe n’inama y’abaminisitiri. "The head office of rbc is located in the city of kigali, the capital of the republic of rwanda. it may be relocated elsewhere on the rwandan territory if considered necessary, upon approval by the cabinet meeting. " Ingingo ya 134: igihe uburyozwe bw’ikigo cy’ubwishingizi budashingira ku igenagaciro ngereranya "Article 134: circumstances where liability is not based on average provision " Amategeko n’amateka bishyira mu bikorwa andi mategeko biteganywa n’amategeko yatangiye gukurikizwa mbere y’uko aya mabwiriza atangazwa mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda bitegurwa kandi bigatangira gukurikizwa mu gihe kitarenze amezi atandatu (6) nyuma y’uko aya mabwiriza atangiye gukurikizwa. "Implementing legal instruments provided for by laws that came into force before the publication of these instructions in the official gazette of the republic of rwanda shall be drafted and caused to come into force in a period not exceeding six (6) months after coming into force of these instructions. " 4° kwemeza ko ibyakozwe byujuje ibisabwa nk’uko biteganyijwe mu masezerano y’isoko; "4° to approve that the tender execution complies with the requirements of the procurement contract; " Ubuyobozi bwa gereza n’ubw’akarere gereza ibarizwamo nibwo butegura amasezerano y’imirimo ikorwa n’abantu bafunzwe, akemezwa n’urwego rw’igihugu rushinzwe imicungire ya za gereza. "The prison authorities shall, in collaboration with authorities of the district in which the prison is located, prepare the contract of employment performed by prisoners to be approved by the service. " Minisiteri y’ingabo ifite inshingano rusange yo kurinda ubusugire n’umutekano by’igihugu binyuze mu kurengera inyungu z’u rwanda, ubudahangarwa bw’imbibi zarwo no kurinda imitungo y’ibanze y’abaturage n’indangagaciro z’igihugu hubahirizwa itegeko nshinga n’amategeko mpuzamahanga. "The ministry of defence shall have the general mission of ensuring the sovereignty and defence of the country in terms of protecting rwanda’s interests, territorial integrity and protection of vital resources of the population and the national values under the ambit of the constitution and international law. " 1° amafaranga atarenga mirongo itatu ku ijana (30%) ashyirwa mu bigega by’ingoboka bya koperative; "1° an amount of not more than thirty percent (30%) is deposited into the general reserves of the cooperative; " (3) umukandida watsinze ikizamini binyuze mu ipiganwa risesuye ashyirwa mu mwanya nyuma yo gutsinda isuzumabushobozi mu bya dipolomasi. "(3) a successful candidate who passes through open competition is appointed after passing a diplomatic competency assessment. " Umuryango ubereyeho gutanga inkunga mu bikorwa bigamije kubungabunga ibidukikije, iterambere n‟imibereho myiza by‟abaturage mu bijyanye n‟ubukungu hagamijwe ubumwe bw‟abanyarwanda, uburinganire, kurwanya ubujiji n‟ubukene hagamijwe kubanisha neza abanyarwanda. "The organization exists to contribute at the rehabilitation of environment sector and socio-economic development according to a good fraternity, gender action, fought against ignorance, poverty and a good living between rwandese. " Mbere yo kugeza ikibazo cyo gusezerera perezida w’ishyaka, inama nkuru y’igihugu y’ishyaka ibanza kumusaba kwisobanura mu nyandiko, mu ibaruwa yandikiwe na visi perezida w’ishyaka ku rwego rw’igihugu. "Before taking this decision, the national council requests him the written explanations in the letter written by the deputy president. " Inzego z’imirimo mu cyaro/ frw mu mijyi y’u rwanda/ frw mu mujyi wa kigali/ frw a) abacuruzi badafite amaduka, abanyabuko rikori bakora imirimo iciriritse 4.000 6.000 8.000 "Rural area/ frw towns /frw city of kigali/ frw a) vendors without shops, small scale technicians " Uwegukanye isoko ntagomba kubakisha ibikoresho byagenwe bitabanje kwemezwa n’umugenzuzi w’imirimo. urwego rutanga isoko rushobora gukoresha ubundi buryo byemewe mu kugenzura ubwiza n’ingano y’ibikoresho. "Materials to be used by the successful bidder shall not be used without prior approval by the supervising official. the procuring entity may use any means deemed to be useful to determine the quality and quantity of materials. " Nta cyifuzo cyo kuvugurura amategeko shingiro gishobora kwemerwa gushyirwa kuri gahunda y’ibigomba kwigwa mu nteko rusange kidashyikirijwe perezida iminsi 45 "No proposal for the amendment of the constitution shall be included in the agenda of the general assembly unless notice thereof has been received by the president at least 45 " B) impapuro nyemezamwenda cyangwa izindi nyandiko bifitanye isano, zaba zishingiwe "B) debentures or debenture stock or any other similar instruments, whether secured or unsecured, " Inama y‟nyobozi niyo igena abacunga amakonti y‟umuryango. "The board of directors is in charge of naming the signatories at the association‟s accounts. " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi risinyiweho umukono. agaciro karyo gahera kuwa 09/10/2013. "This order shall come into force on the date of its signature. it takes effect as of 11/09/2013. " - imisoro yakwa ku bintu bicuruzwa value added tax "Governing value added tax " 2° minisiteri y’imari n’igenamigambi; "2° ministry of finance and economic planning; " Aya mabwiriza rusange agamije kugena uburyo ibigo bigenzurwa bigira sisitemu n’uburyo bw’ikoranabuhanga buhamye hakubiyemo umutekano w’ibijyanye n’ikoranabuhanga mu itangazabumenyi n’itumanaho bigamije kurinda, kugaragarza, gusubiza gahunda zo kuzahura zigeragezwa ku buryo buhoraho, gushyiraho uburyo bw’ubukangurambaga no gutanga amakuru ku gihe mu rwego rwo gucunga ingorane n’ifatwa ry’ibyemezo mu rwego rwo gufasha mu mirimo y’ingenzi y’ikigo kigenzurwa. "The purpose of this regulation is to ensure that regulated institutions have resilient ict including cyber security that is subject to protection, detection, response and recovery programmes that are regularly tested, incorporate appropriate situational awareness and convey relevant timely information for risk management and decision-making processes to fully support and facilitate the delivery of the regulated institution’s critical operations. " Iri tegeko rigenga gutwara abantu n’ibintu ku butaka no mu mazi. "This law governs land and waterways transport. " Buri karere kagaragaza ubutaka bugomba guterwaho amashyamba kandi kagashyira mu bikorwa gahunda y’igihugu yo gutera no gufata neza amashyamba. "Each district shall determine lands for afforestation and implement the national afforestation and forest management program. " 8º gufasha ururembo kugenzura ko inama zitangwa n’abagenzuzi zubahirizwa; "8° to assist the region in ensuring that the recommendations of auditors are observed. " Urubanza rwose rugomba gusomwa rwanditse mu gihe kitarenze ukwezi kumwe (1) uhereye igihe iburanisha ryasorejwe. iyo bitabaye ibyo umucamanza cyangwa abacamanza baruburanishije bafatirwa ibihano byerekeranye n’imyitwarire mu kazi. "The judgment must be in writing and pronounced within a period of one (1) month from the closing of the hearing. otherwise, disciplinary measures shall be taken against the judge or judges who heard the case. " Gushyirwa mu maboko ya leta ni igihano cy‟umugereka kigamije kurinda umuryango nyarwanda imigenzereze y‟isubiracyaha inyuranye no guha ababikora amahirwe yo kwisubiraho bagasubira mu muryango. "The placement under the government custody is an additional penalty intended to protect the rwandan society against the acts of persistent offenders and offer an opportunity to change their behaviour and to reintegrate into society. " Dushingiye k’u itegeko ngenga n°29/2005 ryo kuwa 31/12/2005 rigena inzego z’imitegekere y’igihugu cy’ u rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo, iya 1, iya 2 n’iya 3; "Given the organic law n°29/2005 of 31/12/2005 determining the organisation and functioning of administrative entities of the republic of rwanda, especially in its articles 1, 2 and 3; " Ingingo ya 3: gutambamira iyandikishwa ry’ibimenyetso ndangahantu "Article 3: opposition against the registration of location indicators " Ashobora kuhagota, agahita abimenyesha ubuyobozi bwa polisi. "Security shall cordon off the area and immediately inform police authorities. " G) ahagenewe kwakira abantu hafite ubushobozi bwo kwakira abantu barenga magana atanu (500); "G) publicly accessible facilities with a capacity to host more than five hundred (500) people; " (e) n’ubwoko bw’umurimo w’ubwishingizi bugiye kongerwa ku bundi bwizwe neza kub buzagira mu kwaguka no gutera imbere kwe. "(e) the class to be added is strongly designed to contribute to its growth and development. " Nº 038/01 ryo ku wa 14/02/2020 "No 081/03 of 14/08/2020 " G) ibicuruzwa byo ku isoko ry‟imari n‟imigabane; "(iii) structured products and derivatives; " Ingingo ya 12: ibikorwa bibujijwe "Article 16: prohibitions " 7° inzego zibifitiye ububasha: intumwa nkuru ya leta, inzego za leta zifite mu nshingano: "7° competent organs: attorney general, government institutions in charge of: " Iteka rya minisitiri ryemera abavugizi b‟umuryango «duharanire amajyambere y‟icyaro (duhamic – adri) » ………………………………………………………………………...30 "Ministerial order approving the change made to the legal representative of the association « action pour le développement rural intégré (duhamic – adri) » …………………………30 " (2) igice cy’itegeko cy’ingingo zinyuranye cyitwa « ingingo zinyuranye ». "(2) a division of miscellaneous provisions is entitled “miscellaneous provisions”. " 4° kwemeza amategeko ngengamikorere y’ikigo; "4° to ensure compliance with the code of ethics ; " Ikigo cyagize uruhare mu igerageza kigomba gushyikiriza urwego rushinzwe ubugenzuzi raporo z’agateganyo ku ntambwe igerageza rimaze gutera. "The participant must submit interim reports to the regulator on the progress of the test. " Ingingo ya 4: umuryango arpm ufite intego nyamukuru yo kwamamaza ubutumwa bwiza bwa yesu kristo no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. intego zawo zihariye ni izikurikira: 1) gutanga inyigisho z’agakiza hakoreshejwe radiyo, tv, ibinyamakuru, ibiterane binini, indirimbo, udutabo, sinema n’ibindi; "Abanyamuryango bawinjiramo ni abantu ku giti cyabo babisabye bamaze kwiyemeza article 4: the main mission of arpm organisation shall be to preach the good news of jesus-christ and to promote social welfare of population. its specific objectives shall be: (1) to teach good news of salvation by using radio, tv, newspapers, great crusades, concerts, booklets, films, etc..; " Ingingo ya 4: abagize komite y’abunzi n’igihe manda yabo imara "Article 4: members of mediation committee and their term of office " Ingingo ya 285: igenzura ku isosiyete ishamikiye ku yindi "Article 285 : investigation of a subsidiary company " Inteko y’urwego ishobora kwiremamo amatsinda iyo bibaye ngombwa kandi hakurikijwe inshingano zarwo. "If necessary, the council of the chancellery may divide itself into groups, considering its responsibilities. " Kugoboka ku gahato cyangwa ku bushake mu rubanza umuntu ataburanye ntibibuza urubanza rw’ iremezo gucibwa iyo rugeze igihe cyo gucibwa, kereka iyo gutandukanya urwo rwa mbere n’urwo rurushamikiyeho bishobora kugira icyo byakwangiriza uwo article 118: impossibility of forced intervention "A forced or voluntary intervention by a third party to a case shall not delay judgment of the main suit, unless separation of the case from its related intervention compromises the interests of the intervener in an irreparable manner. article 118: cas où l’intervention forcée ne peut être exercée " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 05 kamena 2008; "The senate, in its session of 05 june 2008; " Dr. rwiyereka angélique agizwe umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by‟ubuvuzi muri minisiteri y‟ubuzima. "Dr. rwiyereka angélique is appointed director general of clinical services in the ministry of health. " Ingingo ya 114: ibyubahirizwa bijyana n’igihano cyo kwirukanwa burundu ku kazi "Article 114: modalities concerning the sanction of dismissal " Iteka rya perezida ryemeza burundu amasezerano yashyiriweho umukono arusha muri tanzaniya kuwa 30 ugushyingo 2010 hagati ya repubulika z‟u rwanda, burundi, kenya, uganda na repubulika yunze ubumwe ya tanzaniya agamije kuvanaho gusoresha kabiri no gukumira forode y‟imisoro ku byerekeye imisoro ku musaruro………………………………4 "Presidential order ratifying the agreement signed on 30 november 2010 in arusha, tanzania between the republics of rwanda, burundi, kenya, uganda and the united republic of tanzania for the avoidance of double taxation and prevention of fiscal evasion with respect to taxes on income………………………………………………………………………………4 " Ingingo ya 5: imenyekanisha ribanza kugira ngo ritangweho ibitekerezo "Article 5: preliminary notification for comments " N’ubuyobozi bw’umujyi wa kigali cyangwa ubw’akarere, kopi yayo ikabikwa n’umugenzuzi w’uburezi ku murenge n’umuyobozi w’ishuri. "Kept by the authority of the city of kigali or the district, and copies are kept respectively by the sector education inspector and the head teacher of the school where the teacher is appointed. "  kwita ku bakene n‟abatindi nyakujya no kubafasha gukora udushinga duciririrtse twabafasha kwibeshaho n‟imiryango yabo; " to take care of the poor and needy and help them carrying out small projects so as to improve their living conditions within their families; " Ingingo ya 156: ikurikiranwa ry’icyaha cyakorewe ahantu hatagira igihugu kihategeka "Article 156: prosecuting an offence committed in no man’s land " Ingingo ya 6: kugaragaza indiri z’amabuye y’agaciro "Article 6: determination of minerals gross value " Abagenzacyaha ba gisirikare batoranywa mu bagize ingabo z‟u rwanda bagashyirwaho n‟iteka rya minisitiri ufite ingabo z‟u rwanda mu nshingano ze amaze kugisha inama umushinjacyaha mukuru wa gisirikare. "Military judicial officers shall be chosen from rwanda defense forces and appointed by an order of the minister in charge of rwanda defence forces after consultation with the military prosecutor general. " Imanza zaciwe burundu n’urukiko rw’ikirenga zishobora gusubirishwamo ingingo nshya n’urwo rukiko, hakurikijwe amategeko asanzwe agenga imiburanishirize y’imanza. "Final judgements rendered by the supreme court may be subject to review in the same court in accordance with legal provisions governing judicial proceedings. " Mu gusuzuma inyandiko isaba yavuzwe mu ngingo ya 3, banki nkuru yita kuri ibi bikurikira: "In considering an application submitted under article 3, the central bank shall take into account the following: " Ingingo ya 5: abashinzwe kubahiriza iri teka minisitiri w‟intebe, minisitiri w‟ubutegetsi bw‟igihugu, minisitiri w‟imari n‟igenamigambi na minisitiri w‟ubutabera / intumwa nkuru ya leta basabwe kubahiriza iri teka. "Article 5: authorities responsible for the implementation of this order the prime minisiter, the minister of local government, the minister of internal security, the minister of finance and economic planning and the minister of justice /attorney general are entrusted with the implementation of this order. " Umwarimu afite uburenganzira bwo kumenya ibikubiye muri dosiye ye y’akazi n’ubwo gusaba ubuyobozi mu nyandiko ko ibiyikubiyemo bijyana n’igihe. "A teacher enjoys the right of access to his or her personal file and the right to request, in writing, to update it. " Ingingo ya 106: iterana ry’inama ya komite n’itumizwa ryayo "Article 106: holding and convening the meeting of the committee " (l) umuyobozi w’imirimo rusange w’akarere, ari na we mwanditsi wayo. "(l) the district corporate services division manager, who is the rapporteur. " Inteko rusange itora, ku bwiganze bw‟amajwi, umwe ma banyamuryango bayo nk‟umugenzuzi w‟imari. afite inshingano zo kugenzura buri gihe imicungire y‟imari y‟umuryango. "The general assembly elects on an absolute majority of its members, a member of the organization as a financial auditor. he controls at any time the financial management of the organization. " Ingingo ya 15: imenyekanisha ry’ivumburwa rya peteroli "Article 15: notification of discovery of petroleum " (1) ibitegetswe biteganyijwe mu ngingo ya 2 y’iri teka bishobora guhindurwa cyangwa kuvanwaho hakurikijwe imyifatire y’uwahawe imbabazi. "(1) conditions provided for in article 2 of this order may be varied or lifted depending on the conduct of the beneficiary of the pardon. " Ndi mu mudugudu wa ……………, akagari ka …………………, umurenge wa ……………………., akarere ka …………………………..., ngurishije muri cyamunara umutungo ukurikira: …………………………………………… wa ……………… kugira ngo hashyirwe mu bikorwa …………………..………………………………… (inyandikompesha/icyemezo cyo kugurisha ingwate). "Whereas i am in ……………. village, ……………… cell, ……………. sector, …………………. district, i auction in public the following property: ……………………………………in order to execute ……………………… (enforcement order/permit to sell the mortgage). " Ububasha bwo kwemera bw’uhamagariwe gukora amasezerano burangira ku itariki igaragazwa mu ihamagara. "The offeree’s power of acceptance shall be terminated on the date specified in the offer. " 3° uburyo bwo gukurikirana abakozi bakoze amakosa mu kazi; 4° amahugurwa y’abakozi; 5° ubutumwa bw’akazi; 6° ikiruhuko cy’izabukuru. "3° modalities for disciplinary proceedings; 4° staff training; 5° official mission; 6° retirement. " Icyakora, ubusabe bw’iyandikishwa ry’ubutaka mu rwego rw’ishoramari cyangwa urwo kwimura abantu ku mpamvu z’inyungu rusange, bushobora gutangwa bitanyujijwe ku mukozi ushinzwe ubutaka ku rwego rw’umurenge cyangwa urw’akarere ubwo butaka buherereyemo. "However, application for land registration in the framework of investment or expropriation, may be submitted to the registrar of land titles, without passing through the staff in charge of land administration at the level of sector or district where the land is located. " Iyo mu gihe buri muntu mu bakatiwe ashobora gukurikiranwa kuri byose, ariko usaba time is ten (10) years from the date of release or from the start of the limitation period for the enforcement of penalties. "In case there are persons who are jointly and severally liable, but the person applying for dix (10) ans depuis la date de la libération ou début de la prescription des peines. " Habaho imanza zisobekeranye, iyo imanza nyinshi, zifitanye isano ku buryo ikemurwa rya rumwe, rigira ingaruka ku rundi kandi ku buryo ziramutse ziciwe, rumwe ukwarwo, urundi ukwarwo, imikirize yazo ishobora kuvuguruzanya. "Connexity occurs when many cases are linked to one another in a way that the decision in one case affects the other and if they are tried separately, they might be contradictory. " G) ibisobanuro birambuye ku ihererekanywa ry’ikoranabuhanga n’iry’ubumenyi riteganywa gukorwa; "G) details of the projected technology and knowledge transfer; " Abayobozi, abayobozi bakuru n‟ubuyobozi bafite ayo makuru yerekeye ibikorwa by‟ikigo bakoramo ku isoko ry‟imigabane babujijwe kugira undi muntu bashishikariza kugura imitungo irebwa n‟ayo makuru bazi cyangwa guhishurira undi muntu ayo makuru, harimo n‟abandi bakozi badakenera ayo makuru mu mirimo bakora. "Directors, chief executive officers and management who possess insider information are also prohibited from influencing any other person to deal in the securities concerned or communicating such information to any other person, including other members of staff who do not require such information in discharging their duty. " Ingingo ya 5: abantu bashinzwe kwishyura umusoro ku nyongeragaciro "Article 5: impôts locaux " Ingingo ya 19: abagize biro politiki ya pdi "Article 19: members of pdi political bureau " Iteka rya minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze rigena uburyo bw’imikorere y’umugenzuzi w’umurimo. "An order of the minister holding labour within his/her attributions shall determine the modalities of the functioning of the labour inspector. " Usd) agenewe umushinga wo kubaka umuhanda mpuzabihugu rusizi-rubavu ku gice cy‟umuhanda wa rubengera-gisiza, yemerewe kwemezwa burundu. pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in articles 62, 66, 67, 88, 89, 90, 92, 93, 94, 95, 108, 189, 190 and 201; "Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw‟icyongereza, pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in articles 62, 66, 67, 88, 89, 90, 92, 93, 94, 95, 108, 189, 190 and 201; " No ubwoko bw’umutungo (wimukanwa/utimukanwa) imiterere aho uherereye 1 "No type of property (movable/ immovable) nature location 1 " Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’icyongereza. "This regulation was prepared in english. " 4° komiseri umwe muri komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu; "4° the commissioner from the national commission of human rights; " 2° ibaruwa isaba uruhushya yandikiwe umuyobozi w‟akarere mu gihe ahasabwa harenga imbibi z‟umurenge. kopi y‟iyo baruwa igenerwa ikigo cy‟igihugu cya jewoloji na mine na minisitiri; "2° a licence application letter addressed to the mayor of district in case the area applied for extends beyond the sector boundaries. a copy of such letter shall be sent to rwanda geology and mines authority and the minister; " 19 000 + 0.2% y’amafaranga ari hejuru ya 8 000 000 "19 000 + 0.2% of the amount over 8 000 000 " Ingingo ya 9: uburenganzira bw’umukandida bwo kumanika ibimwamamaza "Article 8: right of the data subject to withdraw his or her consent " 4° umuyobozi wa kist ari nawe mwanditsi w’inama ; 5° abayobozi bungirije ba kist ; 6° uhagarariye abayobozi b’amashami utorwa na bagenzi be; 7° abantu batatu (3) b’impuguke mu by’uburezi, ubumenyi, ikoranabuhanga bashyirwaho na leta; 8° uhagarariye abarimu utorwa na bagenzi be; 9° uhagarariye abakozi utorwa na bagenzi be; 10° yeshuri babiri (2), umwe w’igitsina gabo undi w’igitsina gore batowe na bagenzi directors. the board of directors is the administrative and decision making organ of kist. "1° the chairperson appointed by an prime minister’s order; 2° the vice-chairperson elected among its members by his/her colleagues in its first session; 3° three (3) persons representing the government; 4° the rector of kist who is the rapporteur of the board; 5° the vice-rectors of kist; 6° the representative of the deans of faculties elected by his/her colleagues; 7° three (3) persons who are experts in the fields of education, science, technology appointed by the government; 8° the representative of lecturers elected by his/her colleagues; 9° the representative of the personnel elected by his/her colleagues; 10° two (2) students of opposite sex elected by their colleagues; d’administration. le conseil d' administration est l'organe de direction et de décision au sein du kist. " Cpa iyoborwa n’umuhuzabikorwa w’akagari kandi ikurikiranira hafi ibijyanye na politiki n’ubutegetsi n’ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo byafashwe n’inama njyanama y’umurenge, iy’akagari n’iya komite nyobozi y’akagari. "The cpa shall be chaired by the cell co- ordinator and closely monitors matters related to politics and administration including the implementation of decisions taken by the sector and cell council plus those taken by cell executive committee. " 1° gusuzuma uburemere n’ingorane byaturuka ku masezerano yo kwifashisha undi muntu mu mirimo ahari n’ashobora kubaho hashingiwe ku byemejwe n’inama y’ubutegetsi; "1° evaluating the materiality and risks from all existing and prospective outsourcing arrangements, based on the framework approved by the board; " 4° yasabye guhagarika igihe gito akanga gusubira ku murimo mu gihe ahamagawe; "4° he/she refuses to resume service when required after applying for an extended leave; " Uwitwaje sheki cyangwa undi wabiherewe uburenganzira ayishyikiriza ikigo cy’imari cyangwa ishami ryacyo kugira ngo yishyurwe. "A bearer of a cheque or any other authorised person presents the cheque to a financial institution or its branch for payment. " 9° gukomereza iburanisha ry’ibanze ku yindi tariki yagenwa; "9° proceeding with the preliminary hearing of the case to another date; " Ubuyobozi bw’imisoro bushobora gusaba umuntu wishyura umusoro ufatirwa kopi y’inyandiko zabitswe hakurikijwe igika cya 2 "The tax administration may require a person who pays a withholding tax to provide a copy of records kept in accordance with paragraph 2 " (2) ugize inama y’ubuyobozi wamenyesheje inyungu afite ku kibazo cyigwa ntiyitabira inama yiga kuri icyo kibazo. "(2) a member of the board of directors who disclosed of his or her interest in the issue to be considered does not attend the meeting deliberating on that issue. " Icyiciro cya mbere: amahame rusange agenga ishoramari "Section one: general principles governing investments " Rishyiraho kandi ritunganya ishuri chapter vi: transitional and final provisions "Establishing and organizing the kigali institute chapitre vi: dispositions transitoires et finales " Ingingo ya 160: ububasha bw’umuyobozi w’umurimo ku byerekeye ubugenzuzi bw’umurimo "Article 160: powers of the labour director in relation to labour inspection " 4° kuba umuvugizi wa komite; "4° to serve as spokesperson of the committee; " Igihe icyo ari cyo cyose mbere y’uko uberewemo umwenda wishingiwe agurisha ingwate cyangwa ayikoresha mu kurangiza inshingano bamugomba, umuntu wese ufitemo inyungu ugomba kubimenyeshwa ashobora kongera kugura ingwate mu buryo bukurikira: "At any time before the secured creditor sells the collateral or is deemed to have taken the collateral in satisfaction of the obligation secured by it, any concerned person who is entitled to receive a notice of sale may redeem the collateral by: " Mu gihe cyo gutoranya abakandida ku mwanya w’ubukomiseri, abagize komite bagenerwa amafaranga y’itumanaho atangwa inshuro imwe ku buryo bukurikira: "During the selection of candidates to the post of commissioner, the committee members are entitled once to a communication allowance as follows: " (1) umuntu uvuye, unyuze cyangwa winjiye mu rwanda afite cyangwa atwaye amafaranga yaba kashi cyangwa inyandiko mvunjwafaranga zishyurwa uzifite bifite agaciro kangana cyangwa karenze ikigero cyashyizweho agomba kubimenyekanisha cyangwa kubitangariza urwego rubifitiye ububasha. activity actually occurred. "(1) a person who leaves, transits or enters rwanda carrying or transporting currency or bearer negotiable instruments of a value equal to or exceeding a pre-set threshold must declare or disclose them to the competent authority. " F. kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu mu kwubaka amashuri, no guteza imbere uburezi. "F. participate in development efforts of the country by building schools, health centers and contributing to the promotion of education and health; " Gushyira mu mwanya umuyobozi w’ishami ry’ubugenzuzi bwite ryemezwa n’inama y’ubuyobozi, umuyobozi w’urwego rwa leta cyangwa inama njyanama y’akarere bireba hakurikijwe amategeko agenga abakozi ba leta. "The recruitment of the head of internal audit unit is approved by their respective board of directors, the executive head or district council in accordance with laws governing public service. " Icyemezo cyo kuvanaho itangaza ry’ubwandu bw’indwara ya muryamo y’amatungo magufi yuza gifatwa nyuma y’iminsi mirongo itatu (30) uhereye ku munsi itungo rya nyuma rirwaye rivaniwe mu bworozi kandi hamaze kubahirizwa ibyemezo byose byafashwe bigamijwe kwirinda no kurwanya iyo indwara. "The decision to declare that the plague of small ruminants is over shall be made after thirty (30) days from the day the last infected animal was liquidated and after all the measures taken to prevent and fight the disease in animals have been observed. " Iyo inama njyanama itumiwe ku nshuro ya kabiri mu buryo bwemewe n’amategeko uwo mubare ntuboneke, inama yemererwa guterana iyo habonetse nibura kimwe cya gatatu cy’abayigize (1/3). "When the council meeting is convened the second time in accordance with existing laws and the quorum is not realised, the meeting shall proceed if at least a third (1/3) of council members are present. " Ingingo ya 10 : ibisabwa n‟ishyirahamwe irinda shyirahamwe riba umunyamuryango ni ibi bikurikira : 1. kubahirza amategeko agenga ishyirahamwe n‟andi yihariye ; 2. kubahiriza inshingano asabwa n‟ishyirahamwe ; 3. gushishikariza ibikorwa by‟ishyirahamwe ; 4. guharanira icyatuma rigera ku ntego ryiyemeje. "The agenda of our meeting was as follows: 1.) election of the officials, 2.) identifying the name of the organisation and registered office, 3.) identifying the target group and area of focus, 4.) adoption of the statutes governing the operations of the organisation. " Ingingo ya 127: inshingano z’uwatsindiye isoko nyuma y’igemura "Article 127: after sale service by the successful bidder " 2° kumenyesha uwahawe isoko ko yacyererewe kuzuza inshingano ze, kumwereka ibyo agomba gukosora bikimara kugaragara; in contract execution, the public institution shall be represented by the supervising official in conformity with the provisions of article 92 of law n° 12/2007 of 27/03/2007 on public procurement. "2° sending notices of delays, defects to be cured to the contractor as soon as any of those events occurs; dans l‟exécution des contrats, l‟institution publique est représentée par le fonctionnaire dirigeant conformément aux dispositions de l‟article 22 de la loi n° 12/2007 du 27/03/2007 " Imicungire n‟isanwa ry‟imihanda y‟uturere n‟umujyi wa kigali yo mu rwego rwa mbere yishingirwa n‟uturere cyangwa umujyi wa kigali buri rwego ku birureba. "The management and maintenance of districts and city of kigali roads–class one shall be under the jurisdiction of the districts or the city of kigali respectively. " Itungo rikekwaho kuba ryarandujwe, rireka gufatwa gutyo, iyo igihe cy’iminsi mirongo ine n’itanu (45) kirangiye nta kimenyetso cy’indwara rikigaragaza. "Any animal, suspected to be infected, shall no longer be suspected to be so if it has not presented any symptom of the disease after fourty-five (45). " Ubushishozi bukwiye bukoreshwa mu isuzuma bugomba gukorerwa inyandiko bukongera kandi gukorwa nibura rimwe mu mwaka mu rwego rw’ikurikiranabikorwa n’igenzura ry’amasezerano yo kwifashisha undi muntu mu gukora imirimo. ikigo kigenzurwa igomba kugenzura ko amakuru "The due diligence undertaken during the assessment process shall be documented and re-performed at least annually as part of the monitoring and control processes of outsourcing arrangements. the regulated institution must ensure that the information used for due diligence evaluation is " Abayobozi bashobora guhabwa, buri wese ku giti cye, ububasha bwo gushyiraho itegeko ry’ingereka ni aba bakurikira: "Authorities to whom legislative powers may be exclusively delegated are the following: " Bwana sindikubwabo utuye mu mudugudu wa kabagendwa, akagari ka kamashashi, umurenge wa nyarugunga, akarere ka kicukiro, mu mujyi wa kigali yahinduye izina yitwaga rihinduka nshimiyimana eric kuva none. "Ms teta asifiwe domiciled at kabagendwa village, kamashashi cell, nyarugunga sector, kicukiro district, in the city of kigali changes her usual name to teta ashley from now on. " Urwego rutanga isoko rya leta rushobora kutakira inyandiko y’ipiganwa iyo rwagaragaje ko igiciro gito cyatanzwe n’ushobora guhabwa isoko gihanitse cyangwa ari gito mu buryo bukabije ugereranyije n’igiciro kiri ku isoko. "A procuring entity may reject a bid if it has identified that the lowest price provided by the potential successful bidder is extremely higher or abnormally low compared to the market price. " Ingingo ya 36: iyo umuryango usheshwe babarura umutungo wawo, bakishyura imyenda, ibisigaye byaba ibintu bitimukanwa cyangwa byimukanwa, bigahabwa undi muryango ufite intego nk’izawo. "Article 36: in the case of dissolution of the association, there shall be an inventory of the property of the association, after payment of debts, the remaining movable and immovable assets of the association shall be donated to another association with the same objectives. " Komisiyo iterana iyo haje nibura 2/3 by’abayigize. ntawe ugize komisiyo wemerewe guhagararirwa mu nama. iyo umwe mu bagize komisiyo asibye inshuro eshatu zikurikiranya nta mpamvu ifatika agaragaje, arasimburwa. "A commission member shall be replaced if he/she is absent for three consecutive times without a sufficient reason. " B) inyandiko y‘umwirondoro igize umugereka wa 2, yujujwe neza; c) fotokopi y‘icyemezo cy‘iyandikwa rya sosiyeti; "B) a filled information form set out in appendix 2; c) a copy of the applicant‘s certificate of incorporation; " Urwego rutanga isoko rwihutira guha kopi y’inyandiko y’inyongera abantu bose bahawe igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa. "The procuring entity shall promptly provide a copy of the addendum to each person to whom the procuring entity provided copies of the tender documents. " Ingingo ya 34: uburenganzira bwo kugera ahantu hose no kuhagenzura "Article 34: rights of access to any area and inspection " Inteko rusange itumizwa kandi ikayoborwa na perezida w‟ishyirahamwe. iyo adahari itumizwa cyangwa ikayoborwa n‟umusimbura we. "The general assembly is convened and chaired by the president of the association or in his absence by the first vice president. " Dushingiye ku iteka rya perezida nº 37/01 ryo kuwa 18/12/2003 rihindura kandi ryuzuza iteka rya perezida n° 72/01 ryo ku wa 08/07/2002 "Pursuant to the presidential order nº 37/01 of 18/12/2003 modifying and complementing the presidential order nº 72/01 of 08/07/2002 " (iv) kuba afite uburambe mu kazi nibura bw’imyaka itanu mu bijyanye n’amategeko cyangwa mu ibaruramari. "(iv) to have at least five years of professional experience in law or in accounting. " 5° uhagarariye polisi y’u rwanda; "5° a representative of rwanda national police; " F) gukoresha umuntu wo guhashya imyivumbagatanyo nk‟uburyo bwo kurwana intambara; "F) to use a riot control agent as a method of war; " Haseguriwe amabwiriza atangwa n’inzego zibifitiye ububasha, ba nyir’indege cyangwa ubuyobozi bw’igihugu indege iri mu kaga yanditsemo bemererwa kwinjira mu rwanda kugira ngo batange ubufasha bukenewe. "Subject to instructions issued by competent authorities, the owners of the aircraft or authorities of the state in which the aircraft in distress is registered are permitted entry into rwanda to provide the required assistance. " Mu bihugu by’amahanga, ambasade z’u rwanda ziteganya aho imihango yo gutangiza icyumweru cy’icyunamo ibera buri mwaka, hagendewe ku mirongo ngenderwaho yerekeye insanganyamatsiko igomba gukurikizwa mu gihe cyo kwibuka yagenwe na minisitiri ufite kwibuka mu nshingano ze. "In foreign countries, rwandan embassies determine the venue where the opening ceremonies of the mourning week take place each year, according to the thematic guidelines to follow during the period of commemoration established by the minister in charge of commemoration. " Iyo umuntu ashinjwa icyarimwe ibyaha byinshi bifitiwe ububasha n’inkiko zitareshya, urukiko rusumba izindi rufite ububasha bwo kuburanisha kimwe muri ibyo byaha, rufite n’ububasha bwo kuburanisha imanza z’ibyo bindi. "In case a person is charged with several offences which are under the jurisdiction of different courts, the higher court which has jurisdiction to try any of these offences is also competent to try the remaining offences. " Inama nyobozi iterana nibura rimwe mu mezi atatu n’igihe cyose bibaye ngombwa itumiwe na perezida wayo. iyo perezida adahari, inama ishobora gutumirwa ikanayoborwa n’uwungirije perezida. "The executive committee convenes whenever it is required but must meet at least once in three months. it is convened and chaired by the chairperson, or the vice- chairperson if deemed necessary. " Ingingo ya 99: ivanwaho ry’umujyanama wananiwe kuzuza inshingano ze "Article 99: dismissal of a councillor who fails to discharge his or her duties " (c) ubushobozi urwego rusaba abantu bakatiwe igihano cy’imirimo y’inyungu rusange rugaragaza mu gutegura igikorwa giteganyijwe, kugikurikirana, gusesengura umusaruro uzakivamo, kukirangiza "(c) capacity of the organisation requesting persons sentenced to the penalty of community service in preparing the projected activity, monitoring it, assessing its productivity, meeting its deadline, and " A) uburyo bwo kwishyurana butigeze butangira imirimo mu gihe cy‟amezi 12 "(a) the payment service provider has not commenced operations within 12 " Minisitiri, abigiriwemo inama n’ubuyobozi bubifitiye ububasha, abyibwirije cyangwa article 4: opposition form for intellectual property registration "The minister may, upon the empowered authority’s advice, at his/her own initiative or article 4: forme de l’opposition à l’enregistrement de la propriété intellectuelle " Mutarama 1991 abuza kuzana imyanda ihumanya muri afurika kandi agamije kugenzura itwarwa ryayo mu bihugu n‟uburyo ikorerwa muri afurika yacungwa neza yemejwe burundu kandi atangiye gukurikizwa uko yakabaye. "On the ban to import hazardous wastes into africa, the control of their cross-border movement and the management of those produced within africa is hereby ratified and becomes fully effective. " Ingingo ya 8: urwego rureberera rfl "Article 8: supervising authority of rfl " Ingingo ya 24: gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi "Article 24: exploitation sexuelle " 5° ibigo by’ubwishingizi; "5° insurance companies; " 2° uhisha cyangwa ugerageza guhisha impamvu imubuza gutora iteganywa n‟itegeko rigenga amatora; "2° conceals or attempts to conceal any reason which prevents him/ her from voting under the electoral legislation; " 2° ibaruramari ngarukamwaka ry’isosiyete: raporo ishingiye ku iyegeranyamutungo ry’isosiyete imwe cyangwa itsinda ry’amasosiyete hagamijwe kugaragaza ko habaye inyungu cyangwa igihombo; "2° annual accounts: a report that consists of a consolidated balance sheet of a company or group of companies that is designed to show profits earned or losses incurred; " Imaze kubona itegeko nº 06/2012 ryo kuwa 17 gashyantare 2012 rigena imitunganyirize n‟imikorere by‟imiryango ishingiye ku idini "In accordance with the law no 06/2012 of february 17, 2012 determining organization and functioning of religious-based organizations established the organizations known as: " Amasezerano y’isoko ashobora kurangira kubera urupfu rw’uwegukanye isoko cyangwa iyo isoko risheshwe kimwe n’iyo imirimo yerekeye iryo soko irangiye kandi ikaba yarakozwe neza. "A tender contract may be terminated due to the death of the successful bidder, the cancellation of the tender or to successful completion of the contract execution. " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. agaciro karyo gahera ku wa 30/08/2017. article 2: authorities responsible for the implementation of this order "This order comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 30/08/2017. article 2: autorités chargées de l’exécution du présent arrêté " Ingingo ya 239: ububasha bw’umwanditsi mukuru bwo guhindura inyandiko z’ishingwa ry’isosiyete "Article 239: powers of the registrar general to amend incorporation documents " Inama y’ubuyobozi ya ncbs isinyana n’umunyamabanga nshingwabikorwa amasezerano yitwa « imihigo » akubiyemo ibikorwa by’umwaka. "There shall be a performance contract “imihigo” between the steering committee and the executive secretary indicating the activities to be accomplished annually. " (b)inyandiko zikurikira zerekeye utanga umwenda: "(a) about the payment services provider: " Umwanditsi mukuru atanga amabwiriza yo gutanga uburenganzira ku ngwate nk’ikimenyetso kandi kigahererekanywa bitanyuze mu nyandiko . transfer, and the resolution sets out in full the reasons for doing so; "The registrar general makes directives providing for title to securities to be evidenced and transferred without written documents. l’enregistrement de cette dernière, et la décision indique toutes les raisons ayant motivé sa décision; " Ibijyanye n‟ifatabuguzi bireba abakozi bari ku rwego rungana cyangwa rusumba h/2. "The use of the purchase order applies to civil servants of the same level or upper level to the level h / 2. " A. gushyiraho politiki z’igihugu no gukora ingamba n’ibishushanyo mbonera bijyanye no gutwara abantu n’ibintu, ingufu, imiturire mu mijyi, iterambere ry’imijyi, gukwirakwiza amazi n’isukura n' ubumenyi bw’ikirere hagamijwe korohereza ibikorwa by’ubukungu no kugeza ku baturage ibikorwa remezo mu buryo bworoshye; "A. formulation of national policies and developing strategies and master plans relating to transport, energy, urban housing, urbanisation, water supply and sanitation and meteorology in order to ease economic activities and increase access to affordable infrastructure facilities; " Haseguriwe ibiteganywa n’iri tegeko, komisiyo ishyiraho amategeko agenga imikorere yayo. "The law that establishes the institution shall determine its responsibilities. " Muri iri tegeko, “uruhame” ni ahantu hateraniye abantu barenze babiri (2). "In this law, “public” means a place where more than two (2) people are gathered. " Umutwe wa iii: ibiteganywa muri rusange bijyanye n’ubuzima n’isuku "Chapter iii: general provisions on health and hygiene " Uwatsindiye gusarura ishyamba ahabwa uruhushya amaze kwishyura kuri konti y’akarere amafaranga yose y’ibyo yatsindiye. "The successful candidate shall be issued with the license after paying all required fees at the district account. " Ingingo ya 33: imirimo y’ingenzi n’inshingano by’ubuyobozi "Article 33: major duties and responsibilities of management " 2º inama nkuru y’ururimi n’umuco; "2º high council of language and cultural academy; " 2° umushinjacyaha mukuru wa gisirikare wungirije; "2° the deputy military prosecutor general; " Kugira ngo inkiko za gisirikare zishobore kuburanisha byemewe, umubare w’abagize inteko y’abacamanza ugomba kuba igiharwe, utari munsi ya batatu (3), bunganiwe n’umwanditsi w’urukiko. umucamanza uyobora iburanisha agomba kuba nibura ari mu rwego rumwe rwa gisirikare n’uregwa. "In order for the military courts to legally hear cases, the bench shall be constituted by an odd number of not less than three (3) judges, assisted by a court registrar. the judge presiding the bench shall be at least of the same military rank with the accused. " Ingingo ya 19: amakuru agenewe abakozi "Article 19: information for employees " Ingingo ya 17: abagize komite ncungamutungo y’ibitaro "Article 17: members of the hospital management committee " 3° impamvu zituma asaba guhindura izina; "3° grounds for the request for change of name; " Werurwe 2014, hagati ya repubulika y‟u rwanda n‟ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida), yerekeranye n‟impano ingana na miliyoni cumi n„eshanu n‟ibihunbi magana atandatu z‟amadetesi (15.600.000 dts) n‟inguzanyo ingana na miliyoni makumyabiri n‟icyenda n‟ibihunbi magana cyenda z‟amadetesi (29.900.000 dts) agenewe gushyigikira gahunda yo kurengera abatishoboye - icyiciro cya iii; "March 2014, between the republic of rwanda and the international development association (ida), relating to grant of fifteen million six hundred thousand special drawing rights ( sdr 15.600.000) and the credit of twenty-nine million nine hundred thousand special drawing rights (sdr 29.900.000) for the support to the social protection system program - phase iii…………………………………………………………………………...35 " Iyo abagize inteko bose bihanwe cyangwa biheje, hiyambazwa inyangamugayo z’inteko y’urukiko gacaca ruri hafi kandi ruhuje ububasha n’urwihanwe cyangwa rwiheje, kugeza igihe umwanzuro ufatiwe, cyangwa urubanza rwarangiye kuburanishwa. ibyo ntibibuza izo nyangamugayo zaturutse ahandi gukomeza imirimo yazo mu rukiko zisanzwemo. "When all bench members are objected to or disclaim competence, the assistance of persons of integrity from the nearest gacaca court having the same competence is sought until the decision is taken or the closure of hearings. this cannot withhold those persons of integrity from elsewhere to carry on their duties in their usual court. " 3° guhisha imisomere y’amakuru: uburyo bwa tekiniki bukoreshwa mu gutuma ibikubiye mu makuru bidasomeka k’uwo ariwe wese atagenewe; "3° encryption: technical method used to render the content of data unreadable to any person who is not authorised to access it; " Ingingo ya 231: gutambamira ishyirwa mu bikorwa ry’imirimo yategetswe "Article 231: hindering implementation of ordered works " Umugenzuzi w‟imari ushyizweho n‟ushyira imigabane ku isoko agomba kuba ari umunyamuryango w‟urugaga nyarwanda rw‟ababaruramari b‟umwuga cyangwa w‟urundi rwego ruhuza abanyamwuga rwemewe kandi agomba no kubahiriza amabwiriza mpuzamahanga agenga igenzuramari igihe cyose akora igenzuramari. relation to the originator. "An auditor appointed by an issuer shall be a member of the institute of certified public accountants of rwanda or such other recognized professional body and shall comply with the international standards on auditing in conducting the audit. " 2° kwandika izina ryahindutse mu cyemezo cy‟iyandikwa ry‟isosiyete; "2° record the change of name of the company on its certificate of registration; " Aho inama yabereye: ku cyicaro gikuru cya aelcr. isaha yo gutangira: 10h30 "Dawa head office duration 09h30 - 12h30 " Ingingo ya 6: abagize jadf "Article 6: composition de jadf " Raporo y’imari igenzuwe ndetse na raporo yaguye biguma ku rubuga rwa interineti rw’umwishingizi bireba nibura mu gihe cy’imyaka itanu (5) uhereye itariki yatangarijwe. "The annual audited financial statements and integrated report shall be available on the relevant insurer’s website for a minimum period of at least five (5) years from the date of publication. " Umukoresha aha buri muntu winjiye mu kigo aho ashobora guhura n’impanuka cyangwa indwara bikomoka ku kazi, ibikoresho byabugenewe bimurinda kandi akamuha amabwiriza y’uburyo bikoreshwa akanagenzura ko abikoresha. "An employer provides every person entering an area in an enterprise where he/she is likely to be exposed to the risk of injury or harm from contamination, with suitable protective equipment and instructions for their use and verify that they are used. " 3º gufata icyemezo icyo ari cyo cyose mu mwanya w’urwego rutanga isoko rutabanje kubimuhera uburenganzira bwanditse kandi bwerekanwa igihe cyose bibaye ngombwa; "3º taking any decision on behalf of the procuring entity without the latter's prior written consent which is presented whenever necessary; " Ingingo ya 6: ibindi bigenerwa ba directors of units bari ku rwego rwa 3.ii "Article 6: fringe benefits for directors of units on 3.ii job level "  ibarura ry’umutungo w’umuryango rikorwa n’abo inteko rusange yashinze uwo murimo hakurikijwe ubwiganze bwa 2/3 by’amajwi. ishyirwaho ry’abashinzwe kurangiza iseswa ry’umutungo "The inventory of the association‟s property shall be carried out the persons designated for that matter by the general assembly upon a 2/3 " 3º kwirinda kwerekeza igisenge, imiryango n’amadirishya by’inyubako mu cyerekezo umuyaga uturukamo; "3º to avoid putting roofs, doors and windows particulary in the direction where wind brows; " Ingingo ya 25 : uburenganzira bw’uwashinze fondasiyo "Article 25: rights of a founder " Imicungire y’iryo shyamba ikorwa hashingiwe kuri iri tegeko n’andi mategeko abigenga. "The management of the forest shall be governed by this law and other relevant legal provisions. " (a) kutandika mu bitabo byagenewe kwandikwamo amatembure y’umusoro ku byaguzwe kandi adafite ububiko bw’inyandiko cyangwa inyandiko iyo ari yo yose ibyerekeye; "(a) failing to keep tax stamp registers, records or any other related documents; " Umuntu ugomba gushyirwaho nk’umugenzuzi w’imari w’umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho agomba kuba ari umubaruramari w’umwuga ufite uburambe mu kazi kandi akora uwo mwuga. "A person to be qualified for appointment as the auditor of a commodity exchange and related contracts market intermediary must be an experienced and practising chartered accountant. " Unr byo guteza imbere abaturage; "National development; " Intumwa nkuru ya leta/ minisitiri w‟ubutabera, "The attorney general/minister of justice, " Umuntu ku giti cye cyangwa ikigo gihemba abakozi bacyo amafaranga cyangwa ibintu, bafite inshingano yo gufatira no kwishyura umusoro ufatirwa ku musaruro ukomoka ku kazi uvugwa mu ngingo ya 15 y’iri tegeko. "An individual or an entity that pays its employees in cash or in kind are responsible for withholding and paying the withholding tax on employment income referred to in article 15 of this law. " 3° iyo uwahawe uruhushya yahaye urwego ngenzuramikorere amakuru y’ibinyoma; "3° if the holder of the authorization provides false information to the regulatory authority; " Ingingo ya 3: umuryango ukorera imirimo yawo mu karere ka gasabo. igihe uzamara ntikigenwe. ushobora kandi gukorana n’indi miryango bihuje intego cyangwa kwifatanya nayo. "Article 3 : the association shall carry out its activities in the district of gasabo. it is created for an undetermined period. it may also cooperate of combine with other organizations pursuing the same objectives. " 4° gutanga ibitekerezo ku bibazo byose byerekeye akazi k’ubushinjacyaha bukuru section 2 : organisation and responsibilities of the organs of the high council of the national public prosecution authority "4° to provide opinions on any matter relating to the functions of the national public section 2 : organisation et attributions des organes du conseil supérieur de l’organe national de poursuite judiciaire " Nta muntu ushobora kuvanaho cyangwa gutegeka gukuraho imyanda yifitemo imirasire yangiza cyeretse abyemerewe mu nyandiko n’urwego ngenzuramikorere. "No person can dispose of or cause to be disposed of any radioactive waste, except with prior written approval of the regulatory authority. " (1) sosiyete z’imari iciriritse zakira amafaranga abitswa zigomba buri gihe kugira igipimo cy’amafaranga ahari atari munsi ya makumyabiri ku ijana (20%) mu gihe koperative z’imari iciriritse zakira amafaranga abitswa zigomba buri gihe kugira igipimo cy’amafaranga ahari atari chapter ii: prudential norms "(1) deposit-taking microfinance companies shall maintain a liquidity ratio of at least twenty per cent (20%) at all times while deposit-taking microfinance cooperatives shall maintain a liquidity ratio of at least thirty per cent (30%) at all times. " Ikigega nticyemerewe kugura umutungo uyu n’uyu ukekwaho kuba urebwa n’umwenda udafite uburyozwe buhinnye. no real estate investment trust under all its schemes shall have exposure to more than 15% of any single real estate project. "A scheme shall not acquire any asset which involves the assumption of any liability that is unlimited. aucune fiducie de placement immobilier ne peut, dans le cadre de tous ses fonds, avoir une participation de plus de 15% d’un projet immobilier quelconque. " Ingingo ya 8: ahandi hantu hose ho gukorera "Article 8: any other place of business " Rwanda association of travel agencies ifite intego zikurikira: "Rwanda association of travel agencies has the following objectives: " Butabazi. serivisi zose za leta zirebwa n’ubutabazi zishyira mu bikorwa amabwiriza atangwa na minisitiri zigafata ibyemezo mu korohereza uko bishoboka, iyinjira ryihuse n’iry’agateganyo ry’abakozi mu by’ubutabazi n’ibikoresho byabo bavuye mu bindi bihugu igihe bisabwe n’ikigo. "Services. all government services involved in rescue shall implement the regulations issued by the minister, and take measures to facilitate, as far as possible, the immediate and temporary entry of personnel and their equipment from other states upon request by the authority. " Umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko yongera kugira uburenganzira bwo gusubira mu rwego rw’ubucamanza nyuma y’imyaka itatu (3) uhereye igihe yemerewe guhagarika akazi mu gihe kitazwi. "A judge or member of judicial personnel regains the right to be reinstated in the judiciary after three (3) years from the date of approval of his or her leave of absence for a non-specific period. " 1° ubumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda n’uburenganzira bwa muntu ; 2° gukumira no kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside n’ibyo igaragariramo byose ; 3° gukurikirana no gushakira umuti ingaruka za jenoside ; 4° kurwanya amacakubiri mu mvugo, mu nyandiko, mu bikorwa no mu bundi buryo ubwo ari bwo bwose ; 5° ibibazo byose bijyanye no guhuza amategeko y’u rwanda n’amasezerano mpuzamahanga yemejwe n’u rwanda, ateza imbere uburenganzira bwa muntu ; 6° imiryango yita ku burenganzira bwa muntu; 7° ibibazo byose ku mikorere y’inzego z’ubutegetsi zifitanye isano no kubahiriza uburenganzira bwa muntu; 8° gusuzuma raporo ya komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu n’iya komisiyo y’igihugu yo kurwanya jenoside. "1° unity and reconciliation of rwandans and human rights; 2° prevent and fight against the ideology of genocide and all its manifestations; 3° follow up and search for solution of effects of genocide; 4° fight against discrimination in speeches, writings, in actions and in any other forms; 5° coordination of rwandan laws and international conventions that promote human rights ratified by rwanda; 6° human rights organisations; 7° functioning of the structures of administration that have relationship with respect of human rights; 8° examination of reports of the national commission for human rights and the national commission for the fight against genocide. " 5° kurinda umutekano w’igihugu; "5° protecting national security; " Aho bishoboka, komite y’ababerewemo imyenda igomba kuba irimo uhagarariye abakozi b’ubereyemo abandi imyenda. "Where applicable, the creditors’ committee must include a representative of the debtor’s employees. " (4) ikigo cy’imari gifata neza kandi kikabika inyandiko z’ibikorwa byose byakozwe mu gihe cy’imyaka icumi (10) byibura uhereye ku itariki icyo gikorwa cyarangiriyeho cyangwa ikurikira ifungwa rya konti cyangwa iry’imikoranire mu bucuruzi. hashobora kubikwa inyandiko z’umwimerere; zikabikwa muri mudasobwa cyangwa mu bundi buryo bw’ikoranabuhanga. "(4) a financial institution shall maintain and keep records of all transactions for a minimum period of ten (10) years from the date the relevant business or transaction was completed or following the termination of an account or business relationship. retention may be by way of original documents, stored on computer disk or in other electronic form. " 7° umukozi wemewe: umukozi wemejwe n‟urwego gukora igenzura ry‟ibigo by‟ubukerarugendo; "7° authorised officer: officer approved by the board to evaluate tourism entities; " Ubuzimagatozi buhawe umuryango “peace outreach initiatives (p.o.i), ifite icyicaro i kigali, akarere ka nyarugenge, umujyi wa kigali. "Legal entity is granted to the association “peace outreach initiatives”(p.o.i) that is based in kigali, nyarugenge district, kigali city. " Izindi nzego zigize urwego rw’ubutabera zidakorera ku karere zishobora kwitabira inama za komite igihe cyose zibisabye cyangwa zibisabwe. "Other organs of the justice sector which do not operate at the district level may attend meetings of the committee on their request or upon invitation. " Itsinda ry’abagenzuzi bwite rigaragariza ubuyobozi ibyo ryabonye mu gihe cy’igenzura na nyuma yaryo kugira ngo bubifateho umwanzuro ukwiye. "The team of internal auditors communicates to the authority the internal audit findings during and after the audit so that it can take appropriate action. " Igihe icyo aricyo cyose umwishingizi unanirwa kubahiriza ibijyana n‘imari shingiro nto ntarengwa yishyuwe, igipimo cy‘ubushobozi bwo kwishyura n‘ibindi bisabwa bigaragaza ko imari ihamye yoherereza ako kanya banki nkuru inyandiko yerekana impamvu zatumye ananirwa kubyubahiriza n‘ingamba ateganya gufata mu gihe kigenwe bituma yigarura ubwe mu nzira yo kubahiriza ibisabwa. "An insurer which fails to comply with the minimum paid-up capital, margin of solvency and other financial soundness requirements at any time shall immediately submit a written notice to the central bank specifying the reasons for its failure to comply and the measures it proposes to undertake within a specified time to bring itself into compliance. " Uretse ku biteganywa ukundi n‟itegeko ryerekeye imiryango idaharanira inyungu n‟aya mategeko shingiro, ibyemezo by‟inteko rusange bifatwa hakurikijwe ubwiganze busesuye bw‟amajwi. iyo amajwi angana, irya perezida rigira uburemere bw‟abiri. ingingo ya 20: inama rusange idasanzwe ihamagazwa kandi ikayoborwa mu buryo bumwe nk‟ubw‟inteko rusange isanzwe. igihe cyo kuyitumira ni iminsi 15, ariko gishobora kumanurwa ku minsi 7 iyo hari impamvu yihutirwa cyane. impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganijwe ku murongo w‟ibyigwa. "Except for the cases provided for by the law related to the non profit making associations and by the present statute, the decisions of their general assembly are made by absolute majority of votes. in case of the equality of votes, the president‟s vote counts double. article 20 : the extraordinary general assembly is summoned and chaired in the same conditions as the ordinary general assembly. the time for summoning is 15 days.but in case of extreme emergency, that time can be reduced to 7days. the debates cannot be on other than the objective of its summoning. " Amasezerano yo kwinjira mu bwishingizi ategurwa n’umuyobozi wa mmi agashyirwaho umukono hagati ye n’umuyobozi w’icyo kigo. "The director of mmi shall prepare agreements related to the admission in the insurance and sign them together with the director of the institution. " Amadevize yemewe ubusanzwe abamo amafaranga y’amahanga banki cyasabwa gukoramo ibikorwa. ayo ahanini ni amadevize banki ikoramo ibikorwa by’ubucuruzi. "Authorized currencies usually include the foreign currencies in which a bank may be asked to perform operations. these are mainly the foreign currencies in which the bank conducts commercial activities. " Yamburwa nta mpaka uburenganzira bwo kuzungura, umuzungura wese: "Determiation of the financial score of each bidder is determined: " Batorewe cyangwa bashyizwe mu nama y‟ubutegetsi aria bantu gusa bizewe kandi bazwi neza muri sosiyete. 4. barebye ko mu nama rusange no mu nama bifitanye isano, inama y‟ubutegetsi ibazwa byose kandi ifite mu nshingano zayo imiyoborere myiza kandi iboneye y‟ikigo. "4. have ensured that, in general meetings and related forums, the board is constantly held accountable and responsible for the efficient and effective governance of the institution. " 8° amabwiriza asobanura uko inyandiko z’ipiganwa zitegurwa n’uko zitangwa, harimo: "8° instructions for the preparation and submission of bids, including: " Ingingo ya 38: uruhushya rw’ubushakashatsi rutasabiwe kongerwa cyangwa guhindurwa "Article 38: research licence not subject to request for renewal or change " Amategeko y‟umutekano na none akurikizwa mu byerekeye gutwara abantu n‟ibintu, ububiko bw‟ibikoreshwa mu bucukuzi bw‟amabuye y‟agaciro na kariyeri. "Laws relating to security and safety are also applicable to transport of people and goods, storage of mining and quarrying gears and chemicals. " 2. kudashyikiriza banki nkuru inyandiko z‟imari, gutanga raporo zituzuye cyangwa gutanga inyandiko zirimo amakosa "2. failure to submit to the central bank financial documents, submitting an incomplete report or submitting erroneous documents. " 2º madamu uwingeneye joyeuse, umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe gutunganya amasoko ya leta. "2º ms uwingeneye joyeuse is, director general of rwanda public procurement authority. " 4° inyubako igaragira : ikintu kitimukanwa cyubatseho cyangwa kitubatseho kigomba korohereza no gutanga inzira; "4° servient tenement: developed or undeveloped land which is burdened with an easement; " Abahagarariye za commissions : indero n‟amashuri : rev.simparinka augustin ivugabutumwa : rev.nsabimana etienne ubugingo : rev.karemera gaspard nkemurampaka : mr.sizeli marcellin umutungo : mr.sebaravuga sebastien "Head quarters/ address: district of muhanga, diocese of kabgayi the legal representative: sr. mukandori marie remy emerthe the deputy legal representative: sr. perez gonzalez legal personality nᵒ:10/ rgb/rbo/2016 " Imiterere y’amasezerano yo kwitoza umurimo no kwimenyereza akazi mu kigo bigenwa n’iteka rya minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze. "Nature and form of apprenticeship and internship contracts shall be determined by an order of the minister in charge of labour. " Umuyobozi wa koperative udatumiza inama ku gihe nta mpamvu cyangwa unaniza abandi bafite ubushobozi bwo kuyitumiza, ucamo abanyamuryango ibice agamije inyungu ze bwite, uboshya ngo bamushyigikire mu makosa cyangwa ngo be kwitabira inama igamije gusuzuma uko umutungo wa koperative ucunzwe, agamije kugira ngo agume ku buyobozi, kunyereza umutungo cyangwa guhishira undi wese wanyereje umutungo wa koperative, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku mwaka umwe (1) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi magana abiri (200.000) kugeza kuri miliyoni imwe (1.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. "A leader of a cooperative society who fails to convene a meeting in prescribed time and without giving adequate reasons or prevents those with powers from convening it, divides members, seeks their support in his/ her wrong doing or advises the members not attend the meetings intended to examine the management of the cooperative society‟s property especially with the intention of retaining power, embezzling or protecting any other person who has embezzled the property of the cooperative society, shall be liable to a term of imprisonment of six (6) months to one (1) year and a fine of two hundred thousand (200,000) to one (1) million rwandan francs or one of these penalties. " Iyo ikigambiriwe ari ukugurana ibicuruzwa mu gihe cy’isana ryabyo kandi uko kugurana gutangirwa ubukode, amahoro abarwa hashingiwe ku mubare w’amafaranga yatanzwe ku bukode. "Where the purpose of the processing operation is the repair of temporary exports goods and such repair are carried out in return for payment, the duties are calculated based on the customs value of the repair costs. " Ihamagarwa kandi ikayoborwa na perezida w‟inama y‟ubutegetsi, cyangwa yaba adahari, bigakorwa na visi-perezida. iyo perezida na visi-perezida bombi badahari cyangwa badashoboye kuyitumiza, inteko rusange itumirwa na perezida w‟inama y‟ubugenzuzi. icyo gihe, ni nawe uyiyobora. "It is called upon and headed by the president of the administration council or in case of absence, by the vice-president. in case both the president and the vice-president are simultaneously absent or fail to convene it, the general assembly is called upon by the president of the control and evaluation commission. in that case, he/she chairs it. " Bitabangamiye ibiteganywa n’andi mategeko, umuntu ku giti cye ukora imirimo y’ubushakashatsi bw’amabuye y’agaciro cyangwa ucukura amabuye y’agaciro na kariyeri ahantu hakomye aba akoze icyaha. iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka itatu (3) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni zirindwi z’amafaranga y’u rwanda (7.000.000 frw). "Without prejudice to provisions of other laws, a natural person who undertakes minerals exploration activities or exploits mines or quarries in a protected area commits an offence. upon conviction, he or she is liable to a term of imprisonment of not less than one (1) year but not more than three (3) years and a fine of more than five million rwandan francs (frw 5.000,000) but not more than seven million rwandan francs (frw 7,000,000). " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo kuwa 23 werurwe 2006; "The chamber of deputies,in its session of march 23, 2006; " Ingingo ya 93: ishyirwaho ry’ushinzwe iperereza kuri cis "Article 93: appointment of a cis investigator " C. acunga, abumbatira kandi akarinda amafaranga ya leta, acunga umutungo, amafaranga yinjiye, amafaranga yakoreshejwe n‟imyenda by‟ikigo cya leta; "C. manages, including the safe- guarding, of public funds, the assets and for the management of the revenue, expenditure and liabilities of the public institution; " No amazina y’uwishyuwe amafaranga agomba kwishyurwa amafaranga ahawe umukono w’uwishyuwe 1 "No names of the creditor to be paid amount owed amount paid signature of the creditor paid 1 " Ryo kuwa 25/03/1992 rishyiraho umubare w‟amafaranga atangwa n‟abashaka guhinduza amazina yabo n‟uburyo yakirwa, cyane cyane mu ngingo yaryo ya mbere; "Of 25/03/1992, establishing the amount of fees to be paid for altering names and modalities for their collection, especially in article one; " Iteka rya minisitiri ryemera ihindurwa ry’amategeko agenga “itorero ry’ubwepiskopi mu rwanda diyosezi ya cyangugu” (e.e.r/dc) ………….……………………………………33 "Ministerial order approving alterations of the “episcopal church of rwanda cyangugu diocese” (e.e.r/dc) ..………………………………………………………………………33 " (c) itangazo ryanditse risobanura ko igihe uburyo bw’ikoranabuhanga butari gukora, nta mirimo ikorwa; "(c) a written notice to the effect that if the electronic system is down, no transactions are carried out; " 1° ashyize, ahinduye cyangwa asibye ibijyanye na mudasobwa, urusobe rwa mudasobwa cyangwa amakuru abitse muri mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa atabifitiye uburenganzira, bigatuma amakuru atariyo afatwa nk’amakuru y’impamo kandi atari impamo; "1° inputs, alters or deletes any computer or computer system data without authorization resulting in inauthentic data with the intent that it be considered or acted upon as if it were authentic; " Ingingo ya 35: itariki yo kumenyekanisha umusoro w’ipatanti "Article 35: date of trading licence tax declaration " 3° kubaha abayobozi b’ishuri, abarimu, ababyeyi, n’abandi banyeshuri; "3° respect of school authorities, teachers, parents and fellow students; " (x) ubwenegihugu; "(c) nationality; " Inteko y’ubukemurampaka ishobora gukemura ikibazo ishingiye ku nyandiko gusa zatanzwe n’impande zose keretse iyo hari uruhande rwasabye ko habaho iburanisha. ingingo ya 36: iburanisha "The arbitral tribunal may decide the case solely on the documents submitted by the parties unless any of the parties requests a hearing. " Imigabane ifitweho uburenganzira bwo kugura imigabane mbere y’abandi itaguzwe documents, the requirement to allot shares in accordance with shareholders’ pre-emption rights does not apply in the case of a public company. "Subject to the provisions of incorporation documents, the requirement to allot shares in accordance with shareholders’ pre-emption rights does not apply in the case of a public company. " 6 º atarahamwe n’icyaha cya jenoside. "6° not have been convicted of the crime of genocide. " Umutwe wa iv: ibisabwa byihariye kuri buri cyiciro cy’uruhushya "Chapter iv: specific requirements per license category " Ingingo ya 12: ubwoko bw’ibigo by’ubucuruzi by’utanga serivisi z’imari utakira amafaranga abitswa "Article 12: forms of businesses of the non- deposit taking financial services provider " Umuhanga mu by’imiti wanditse ashobora gusaba no guhabwa uruhushya rwo gutunga farumasi. cyakora, umuntu ku giti cye cyangwa itsinda ry’abantu bashobora gusaba no guhabwa uruhushya, ariko bagomba gukoresha umuhanga mu by’imiti wanditswe kugira ngo akore ibijyanye n’ubuhanga mu by’imiti. "A registered pharmacist may apply for and be granted a license for pharmacy ownership. however, an individual or an association of persons may apply for and be granted a license on condition to employ a registered pharmacist tasked with carrying out pharmaceutical activities. " 4.3.2.3 gahunda y’imicungire y’ibyateza ingorane ku ivunjisha "4.1.3 credit risk management program " Iyo idosiye y’ubusabe bwo kwandikisha ishoramari yuzuye, urwego rwandika ishoramari kandi rugaha umushoramari wanditswe icyemezo cy’ishoramari mu gihe kitarenze iminsi ibiri (2) y’akazi uhereye ku munsi ubusabe bwakiriweho. 4 º a project environmental impact assessment certificate; "If the application file for registration of the investment is complete, the board registers investment, and issues an investment certificate to the registered investor within two (2) working days from the date of receipt of the application. 4 º un certificat d’étude d’impact environnemental du projet ; " Ingingo ya 29: kugenzura ubwandure bw’umwuka, urusaku n’ubutigite "Article 29: control of air pollution, noise and vibration " Minubumwe ifite intego yo kubungabunga amateka, gushimangira ubumwe bw’abanyarwanda, no guteza imbere uburere mboneragihugu. "The mission of minubumwe is to preserve historical memory, to reinforce national unity, and to promote citizenship education. " «amategeko yose agenga ibigo bya leta akurikizwa kugeza ubu agomba kuba yahujwe n'iri tegeko ngenga mu gihe kitarenze umwaka umwe (1), kibarwa uhereye kuwa 30/12/2011 "«all laws governing public institutions that are in force to date shall be in conformity with this organic law in a period not exceeding one (1) year running from the date of 30/12/2011 to 30/12/2012.» " 23§2: umuryango ufite ububasha bwo gutunga, gukoresha, gucunga no kugaba umutungo. imitungo yimukanwa n‟itimukanwa iwufasha kurangiza neza intego yawo hakurikijwe itegeko ryihariye ry‟ umuryango (ingingo y‟159) n‟amasezerano diyosezi ya kabgayi yagiranye na provensi mutagatifu fransisiko igizwe na afrika- madagasikari n‟ ikirwa cya morise yashyizweho umukono muri gashyantare 2003. "23§2: the organization has the ability to acquire possess, enjoy, manage or dispose of movable and immovable property necessary for the achievement of its own object in right (ggcc art. 159) and the convention of the diocese of kabgayi province and st. francis in africa, madagascar and mauritius from february 2003. " 3. guteza imbere ibikorwa by‟iterambere by‟abahatuye; 4.gutanga urugero rwiza kubijyanye n‟isuku; 5.kwigisha abana indangagaciro nyarwanda. article 3 : "3. promote the population mainly the surrounding in development activities; 4. give good examples in sanitation; 5. teach the children the values of their identities. " Ingingo ya 48: irangira ry’ibyemejwe kwishyurwa ku ngengo y’imari "Article 48: end of temporary suspension " Ingingo ya 43: ububasha ku rwego rw’ubujurire rw’urugereko rwihariye article 35: jurisdiction in labour cases "Article 43: appellate jurisdiction of the specialized chamber with jurisdiction over article 35: compétence en matière sociale " Ubwo burengazira butuma nyirabwo acuruza, atubura cyangwa akwirakwiza ubwoko bw’igihingwa bwe cyangwa akagena undi muntu uwo ari we wese wabikora. "This right entitles the plant breeder to sell, multiply or distribute his/her plant variety or to designate any other person to do so. " Urwego ngenzuramikorere rushyiraho akanama kadasanzwe gashinzwe gusuzuma inyandiko z’ipiganwa nyuma yo kugisha inama inzego bireba. "The regulatory authority establishes an adhoc committee to evaluate the bids after consultation with concerned institutions. " Imaze gusuzuma amasezerano yerekeranye no guteza imbere no gukoresha umuhanda wa gari ya moshi uhuje n’ibipimo byemewe, mu rwego rw’imishinga ikomatanyije y’inzira y’amajyaruguru, yashyiriweho umukono i nairobi, muri kenya, ku wa 11gicurasi 2014, hagati ya repubulika ya kenya, repubulika y’u rwanda, repubulika ya sudani y’amajyepfo na repubulika ya uganda; "After consideration of the protocol on development and operation of the standard gauge railway within the framework of the northern corridor integration projects signed at nairobi, kenya, on 11may 2014,between the republic of kenya, the republic of rwanda, the republic of south sudan and the republic of uganda; " Ingingoya 38 y’amategeko shingiro y’ishyaka ps imberakuri ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "On direct taxes on income is modified and complemented as follows: " Ingingo ya 12: itangwa rya kopi y’inyandiko y’ivuka "Article 12: issuance of a copy of birth record " Icyiciro cya 2: imirimo nshinganwa ikomoka ku ishyingirwa "Section 2: obligations arising from marriage " A = umubare w’amafaranga udahinduka ugizwe n’ibiciro bidahinduka article 64: principle and formula for price adjustment "A = fixed element representing profits and overheads included in the contract price and generally in the article 64: principe et formule de la révision des prix " Ingingo ya 6: itumizwa, iterana ry’inama z’inama y’ubuyobozi n’ifatwa ry’ibyemezo "Article 16: convening and holding of meeting of the board of directors and decision-making " B) gusuzuma urutonde: urutonde ruriho ibintu byose byerekeye isubukarabikorwa ruhabwa abagize ikipe y’isubukurabikorwa kugira ngo barusubiremo kandi barebe ko ibiriho bijyanye n’igihe; "B) checklist review: recovery checklists are distributed to all members of recovery team to review and ensure that the checklist is current; " Umuntu utari umujyanama waje gukurikirana imirimo y‟inama y‟inama njyanama agenerwa aho yicara hatandukanye n‟aho abajyanama bicara. "Any member of the public who follows council sessions shall be given a separate seat from the seats of councillors in the council meetings. " Amasezerano y’umurimo yashyizweho umukono mbere y’uko iri tegeko ritangira gukurikizwa agumana agaciro kayo. "Employment contracts that were concluded before commencement of this law remain valid. " Ingingo ya 13: igenzura ry’amakonti n’inyandiko z’agaciro "Article 13: audits of accounts and securities " 2° kwishyura amafaranga y‟agateganyo harebwe igiciro cyemejwe n‟inama y‟ubutegetsi kuri buri mugabane mu minsi irindwi (7). "2° make a provisional payment following the price determined by the board of directors within seven (7) days. " Ingingo ya 97: guhanishwa igihano cyo kwirukanwa burundu ku kazi "Article 97: imposition of a dismissal " Iyo isuzuma risanze dosiye irimo ibyangombwa bisabwa kandi ahasabwa nta mbogamizi hafite, umuyobozi w‟akarere yoherereza minisitiri kopi zirindwi (7) z‟umwimerere za dosiye mu minsi itarenze itanu y‟akazi (5) kuva yakiriye dosiye yuzuye. "Whether on considering an application, the mayor of the district finds that this application contains the required elements and that the area that is applied for is without any convenience, he/she will send seven (7) original copies of the application to the minister in a period not exceeding five (5) working days counting from when he/she received a complete application. " Ingingo ya 34: uruhare rw’imiryango, amashyirahamwe cyangwa abikorera mu burezi bw’abantu bakuru "Article 34: role of organisations, associations or private stakeholders in adult education " Ikigo cy’igihugu gishinzwe amasoko ya leta gikora urutonde rw’abahejwe mu masoko kandi rugatangazwa mu binyamakuru. "The rwanda public procurement authority shall maintain and publicise a list of debarred bidders through newspapers. " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 8 ugushyingo 2004; "The chamber of deputies, in its session of november 8, 2004; " 2° kugaruza amafaranga yose yakoreshejwe n’urwego ngenzuramikorere mu ikurwaho ry’imyanda yifitemo imirasire yangiza ku muntu wagaragaweho kuba nyirabayazana. "2° recover any expenses incurred by the regulatory authority in disposing of the radioactive waste from the person found liable for the act. " Icyiciro cya 4: inshingano z’abagize komite y’ubugenzuzi n’iz’abafatanyabikorwa "Section 4: responsibilities of the audit committee members and partners " Icyakora, umugore ashobora kongera gushyingiranwa n’undi mugabo hashize iminsi magana atatu (300) yuzuye umugabo wa mbere apfuye. "However, the wife may enter into a new marriage after a period of three hundred (300) completed days from the death of her first husband. " 1° gutegura imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya unr; 2° gukurikirana ibijyanye n’imicungire y’umutungo wa unr; "1° to prepare the draft budget proposal of unr; 2° to monitor issues related to the management of the property of unr; " D) kugenzura ko serivisi z’amaposita n’ubutumwa bihuje neza n’ibyo abaturage basaba zitangwa mu gihugu hose ; "D) to ensure that practicable, reasonably postal and courier services to satisfy demand of the population are provided throughout the country ; " Itegeko n°42/2011 ryo ku wa 31/10/2011 ryerekeye umutekano w’iby’indege za gisivili ryongewemo ingingo ya 41 decies iteye ku buryo bukurikira: "In law n° 42/2011 of 31/10/2011 relating to civil aviation security is inserted article 41 decies worded as follows: " Umutungo wandikwa mu mazina y’itorero adepr rihagarariwe n’umushumba mukuru waryo. "Property is registered in the name of the adepr church represented by its senior pastor. " Ingingo ya 173: igenzura ry’akarere ko mu ntara "Article 173: supervision du district de la province " Iyo igihe kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kirenze, bifatwa nk’aho umukozi yasezerewe agahabwa impererekeza ziteganywa n’iri tegeko. "Upon expiry of the period provided for under paragraph one of this article, the employee is considered dismissed, and receives terminal benefits provided for by this law. " Umucungamutungo atorwa ku buryo buziguye n‟inteko rusange. yakira imisanzu n‟izindi mpano zose zigenewe umuryango. akurikirana ifatwa neza ry‟ibitabo by‟isanduka n‟izindi nyandiko zirebana n‟umutungo w‟umuryango. ategurira inama y‟ubuyobozi ingengo y‟imari akanakora ifoto y‟umutungo n‟imikoreshereze y‟imari, bigashyikirizwa inteko rusange. hamwe na perezida w‟umuryango ashyira umukono ku nyandiko zo kwishyura. "The treasurer is elected by universal suffrage by the general assembly. he collects dues and other resources allocated to the organization. he ensures the good performance of the cash books and other records of the organization. he prepares for the board of directors the budget and the balance sheet and income statement for the year to present to the general assembly. he signed with the president of the organization all documents for payment. " 8° kwirinda icyahungabanya icyizere rubanda rufitiye umurimo akora cyangwa cyawusuzuguza; "8° to avoid any behaviour that could undermine the dignity of the service or confidence of the population; " Ubwo butaka abutunze yarabuhawe n’ubuyobozi bubifitiye ububasha, ubwo yaguze, yahaweho impano, umurage, izungura, umunani, ingurane cyangwa isaranganya. granted freehold title irrespective of whether it is developed or not. this shall also apply to land owned by public institutions and local authorities. "That land has been granted definitely by competent authorities or acquired by purchase, donation, inheritance, succession, ascending sharing, and exchange or through sharing. public ou du domaine privé, reçoivent la pleine propriété foncière. cela s'applique également aux terres détenues par les établissements publics ainsi que des entités locales. " 5° inyungu zikomoka ku mutungo wayo; "5° interests from its property; " Inshingano zivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ntizibangamira ububasha bw’ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo bwo gushyiraho umucungamutungo w’agateganyo igihe abona ko byatuma umutungo w’isosiyete y’ubucuruzi urushaho kubyazwa inyungu kurusha ibyakorwa mu gihe cy’iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo. "The duties in paragraph one of this article are without prejudice to the liquidator’s power to appoint a provisional administrator where he or she is of the view that such appointment is likely to result in a more advantageous realization of the company’s assets than would be effected in a liquidation. " Abakozi ba rib bari mu byiciro bibiri (2) bikurikira: "Employees of rib are classified in the following two (2) categories: " Ashingiye ku itegeko n° 45/2010 ryo ku wa 14/12/2010 rishyiraho ikigo cy‟ ubwiteganyirize mu rwanda (rssb) rikanagena inshingano, imiterere n‟ imikorere byacyo, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 5, iya 6 n‟iya 12; "Pursuant to law n° 34/2010 of 12/11/2010 on the establishment, functioning and organization of rwanda correctional service (rcs), especially in articles 55, 56 and 57; " Ingingo ya 42: igihe komite ngenzuzi imara "Article 42: audit committee’s term of office " Urwego rubifitiye ububasha rwa sosiyete rugomba kumenyesha abanyamigabane indishyi zose, harimo amashimwe n’uduhimbazamushyi byishyuwe buri wese mu bagize inama y’ubutegetsi, umuyobozi mukuru, umuyobozi nshingwabikowa, undi mukozi cyangwa umuyobozi ufite inshingano zo kwita ku micungire n’ibikorwa by’isosiyete. iryo article 162: disclosure of remuneration and other benefits for directors and other employees "The company shall disclose to the shareholders the total compensation, including bonuses and incentive schemes, paid to each director, managing director, executive director and any other officer or manager who has responsibility for management and operation of current activities of the company. such disclosure must be made at article 162: divulguer les rémunérations ou autres avantages des administrateurs et des autres employés " Inyungu rusange, kwemerera umukoresha gukoresha mu rwanda umukozi w’umunyamahanga wujuje ibisabwa kuri uwo mwanya. "Interest, authorise an employer to employ a foreign employee who fulfils the requirements for the position. " R) gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amategeko arebana n’inshingano zayo. "J) follow-up on the application of laws relating to its responsibilities. " Denomination, siege social, duree, object et zone d’activite izina, icyicaro, igihe, ikigamijwe n’imbibi "Denomination, siege social, objet, duree et champs d'action " Amaze kubona ingamba zateguwe mu rwego rwo kurushaho gutera intambwe mu korohereza abacuruzi n’abashoramari mu rwanda ; "Having considered the action plan for improving doing business in rwanda ; " Ukwemera kuba guherekejwe n‟inkomyi iyo : "An acceptance is restrictive when: " Umudepite uri mu kazi k’umutwe w’abadepite cyangwa atakarimo, ugaragaweho imyitwarire n’imyifatire inyuranyije n’ubwangamugayo, ashobora gufatirwa n’inteko rusange ibyemezo bikurikira: "Any deputy displaying the conduct and discipline contrary to integrity, whether or not it is in the course of his/her duties as a member of the chamber of deputies, may be subject to any of the following disciplinary measures to be taken by the plenary assembly: " B) ibigo bya leta bikorera ku kibuga birimo gasutamo n‟ikigo gishinzwe abinjira n‟abasohoka. the law aims to: "B) state agencies operating at the airport, elle a pour objet de: " 2º gusaba utanga serivisi z’ibyemezo koranabuhanga kugaragaza inyandiko ikubiyemo umwirondoro w’umuntu urebwa n’ibyaha byakozwe mu rwego rw’ikoreshwa ry’ibyemezo koranabuhanga; "2º require from an electronic certification service provider the production of an identification document of any person in relation to any offence committed in reference to the use of electronic certification; " 7) umurimo, umukoresha cyangwa ikindi igikorwa. "7) occupation, employer or other business. " Inyokomuntu "Humanities " “komisiyo y’igihugu y’amatora ni komisiyo yigenga ishinzwe ibyerekeranye n’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze, ay’abagize inteko ishinga amategeko, aya perezida wa repubulika, aya referendumu n’ay’abandi bagenwa n’itegeko. "“the national electoral commission is an independent commission responsible for local, legislative, presidential elections and referendum and other elections determined by the law. " 10 º kumenyesha umugenzuzi w’umurimo impanuka cyangwa urupfu by’umukozi bikomoka ku kazi. "10 º to notify the labour inspector work- related accident or death of an employee. " Minisitiri w’intebe makuza bernard (sé) minisitiri w’ubutegetsi bw'igihugu, imiyoborere myiza, amajyambere rusange n'imibereho myiza y'abaturage musoni protais (sé) minisitiri w’imari n'igenamigambi musoni james (sé) minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo prof. nshuti manasseh (sé) bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika: minisitiri w’ubutabera mukabagwiza edda (sé) prime minister’s order n° 15/03 of 01/08/2006 appointing a director to the common development fund for districts, towns and kigali city "The prime minister makuza bernard (sé) the minister of local government, good governance, community development and social affairs musoni protais (sé) the minister of finance and economic planning prof. nshuti manasseh (sé) the minister of public service and labour bumaya habib andré (sé) seen and sealed with the seal of the republic of rwanda: the minister of justice mukabagwiza edda (sé) loi n° 08/2006 du 24/02/2006 portant organisation et fonctionnement du district " Amasezerano y’impano n o tf010953 "Considering the grant agreement n o tf010953 " Ingingo ya 3: ipimwa ry’indwara zanduza ku ngingo na tisi zitumizwa cyangwa zoherezwa mu mahanga "Article 3: test of contagious diseases on organs or tissues to be imported or exported " (e) «barije» bivuga ubwato bukoze ku buryo busunikwa cyangwa bukururwa n’ubundi; "(e) “barge” means a vessel designed to be pushed or towed by another; " 6. kwigisha “doctrine” nzima kandi ishingiye ku kuri no ku butumwa bwiza butavanze bwa yesu umwana w‟imana n‟umukiza w‟isi, gukomeza abizera mu gukiranuka no kwizera guhamye kugirango bakure muri kristo. "6. preach the word of god based on the true doctrine in a simpler, understandable way of the gospel of jesus christ son of god and savior of the world. strengthen believers through justice and faithfor their spiritually grow and maturity in christ. " Umuntu wese wifuza gukora umurimo w’ubwikorezi bwo mu kirere akaba ari umwenegihugu cyangwa atuye mu rwanda ashyikiriza inyandiko isaba umuyobozi mukuru kumuha icyemezo cy’ubwikorezi bwo mu kirere. "Every person who intends to operate as an air operator and who is a citizen or a resident of rwanda, files with the director general an application for an air operator certificate. " 6° gutanga no guhuza ibikorwa bya serivisi yo gushakisha no gutabara indege zagize impanuka mu kirere cy‟u rwanda; "6° to provide and co-ordinate activities of search and rescue services to aircraft in distress in rwanda airspace; " Urukiko rufite uburenganzira bwo gufata inyandiko ziherekeza ubusabe bwo kwemera nk’aho ari inyandiko mpamo mu gihe zemejwe n’ubifitiye ububasha. "The court is entitled to presume that documents submitted in support of the application for recognition are authentic if they have been legalized by a competent authority. " (1) uburyo bwo kugenzura ba nyir’umutungo nyabo butandukanye n’uburyo bwo kugenzura umukiriya. n’ubwo bwose, ibiranga umukiriya n’ibiranga nyir’umutungo nyawe bigomba kugenzurwa binyuze mu buryo bwizewe kandi bwigenga, ikigo cy’imari kigomba gufata ibyemezo bikwiye kandi byumvikana ku buryo cyumva cyizeye ko umwirondoro wa nyir’umutungo nyawe ari wo koko hashingiwe ku ngorane zishoboka zijyanye n’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga person assigned with the identity verification task knows to perform the actions and is in command of the measures to verity the authenticity of the identity, the verification of the data as well as to compare the customer to the identity presented. this will require training of the persons charged with identity verification as well as clear processes to be followed by the person in charge of the verification to be sure of the identity of the customer. "(1) the verification process for beneficial owners is different from that of the customer. although the identity of both customer and beneficial owner must be verified through an independent and reliable source, the financial institution is expected to take appropriate and reasonable measures so that they are satisfied the identity of the beneficial owner is correct, having regard to money laundering, financing of terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction risks associated with the customer and personne chargée de la vérification de l'identité sache effectuer les actions et maîtrise les mesures permettant de vérifier l'authenticité de l'identité, la vérification des données ainsi que de comparer le client à l'identité présentée. cela nécessitera une formation des personnes chargées de la vérification d'identité ainsi que des processus clairs à suivre par la personne en charge de la vérification pour être sûr de l'identité du client. " Iteka rya ministiri rigena uburyo n’ibikurikizwa mu gukemura amakimbirane ashingiye ku iyandikisha rusange ry’ubutaka no ku mbibi zabwo. "An order of the minister determines modalities and procedures for resolution of disputes related to boundaries and systematic land registration. " Umuntu wese ukora cyangwa witwara nk‟ukora imirimo yerekeye isoko ry‟imari n‟imigabane adafite icyemezo cyangwa atemerewe, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka ibiri (2) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni cumi n‟eshanu (15.000.000) kugeza kuri miliyoni mirongo itanu (50.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. "Any person who carries out or purports to carry out capital market business without a licence or approval shall be liable to a term of imprisonment of six (6) months to two (2) years and a fine of fifteen million (15, 000,000) to fifty million (50,000,000) rwandan francs or one of these penalties. " (iv) kumenya ko ubuyobozi bufata ingamba zikenewe mu kugaragaza, gupima, gukurikirana no kugenzura icyateza ingorane ku iyubahirizwa. "(iv) ensuring that management takes steps necessary measures to identify measure, monitor and control compliance risk. " Ububasha rushyiraho umusimbura, akarangiza igihe cya manda y’uwo asimbuye. "Authority appoints his/her substitute to complete his/her predecessor’s term of office. " Nta muntu ufite uburenganzira bwo gutangaza, gushyikiriza cyangwa gutanga impapuro zo gusabiraho imigabane cyangwa imigabane nguzanyo keretse : "No person shall have the right to issue, circulate or distribute any form of application for shares or debentures unless : " Ikigo gishobora, kibyibwirije cyangwa kibisabwe n’umuntu wahawe igihano, gusuzuma igihano cyo mu rwego rw’imyifatire cyatanzwe n’ikigo gishinzwe isuzuma n'iyishyurana kikaba gishobora kwemeza, guhindura cyangwa kuvanaho icyo cyemezo cy'ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana nyuma yo guha uwo munyamuryango n’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana umwanya wo kwisobanura. "The authority may, on its own motion or upon request by the person subject to sanction, review any disciplinary action taken by a clearing house and may affirm, modify or set aside the decision of the clearing house after giving the clearing member and the clearing house an opportunity of being heard. " Ingingo ya 103 : kuvana mu bworozi intama zose zavuwe zikanga gukira indwara y’ubuganga "Article 103: liquidating all incurable sheep infected with catarrhal fever " 2. kwemera amategeko ngenga y’ishyirahamwe n’andi mabwiriza agenga imikorere yaryo; "2. agree to the statutes and internal rules and regulations of the associations; " H) itunganye mu buryo bwose nk’uko provisioning are – "(h) perfect in all other ways as specified in provisions sont celles – " Inama nkuru y’ubucamanza isuzuma iyo baruwa ikayifataho icyemezo mu gihe kitarenze ukwezi kumwe (1) uhereye igihe yagereye mu bunyamabanga nshingwabikorwa bw’inama nkuru y’ubucamanza. "The high council of the judiciary shall examine such a letter and take a decision in a period not exceeding one (1) month starting from the date the executive secretariat of the high council of the judiciary received it. " Ubugenzuzi bushobora gukorwa kandi n’umuntu ku giti cye cyangwa ikigo kibifitiye ubushobozi byatoranyijwe na koperative hashingiwe ku rutonde rwemejwe n’ikigo cy’igihugu. "The audit may also be carried out by a competent person selected by the cooperative basing on the list approved by the national agency. " 2° umuntu wese wirukanywe mu rugaga rw'ababuranira abandi; "2° any person struck off the roll of advocates; " 5 º kwishyurirwa amafaranga yatanzwe ku burenganzira ku mutungo bwite mu by’ubwenge. "5 º costs incurred on intellectual property rights. " Igihe uwahanwe atishimiye igihano yahawe, cyangwa utishimiye umwanzuro wafashwe ku rwego rwa mbere, afite uburenganzira bwo kujurira mu minsi mirongo itatu (30). ubujurire bugashyikirizwa inama y‟abacidikoni ifite inshingano zo kugeza ubu bujurire mu nama ya diyoseze ari nayo ibifataho umwanzuro wa nyuma. uruhande rutishimiye umwanzuro w‟inama ya diyoseze rushobora kuregera inama the offender in accordance with the provisions of the canons of the anglican church of rwanda. "The party not satisfied with the decision made at the first level has the right to appeal within thirty (30) days. the appeal is made to the archdeacons‟ council which has the responsibility to refer the case to the diocesan council whose decision is final. the party that is not happy with the decision of the diocesan council can refer the case to the house of bishops of the province of the anglican church coupable conformément aux dispositions prévues dans les canons de l‟eglise anglicane au rwanda. " (3) ku mukozi wa leta ugengwa n’amasezerano y’umurimo utijwe cyangwa uri mu busigire, igihe cy’itizwa cyangwa cy’ubusigire ntigishobora kurenza igihe gisigaye kugira ngo amasezerano ye y’umurimo arangire. "(3) for a public servant governed by an employment contract who is on secondment or in an acting position, the secondment or the acting period does not exceed the remaining duration of his or her employment contract. " (2) dosiye isaba igomba kuba iherekejwe n’inyandiko y’ubwumvikane n’amategeko shingiro, icyemezo cy’iyandikisha, kopi yemejwe y’umwanzuro w’inama y’ubutegetsi yemerera itegurwa n’itangwa rya dosiye isaba kwemererwa gukora. "(2) the application shall be accompanied by the memorandum and articles of association, the certificate of registration, and a certified copy of the resolution of the board of directors authorizing the preparation and submission of the application. " Igihe itizwa rimara kigenwa n’umuyobozi watije umukozi wa leta. "The retirement shall be decided by the authority who appointed the public servant. " Ubugenzuzi bw‟imari bugizwe n‟abantu batatu (3) batorwa mu banyamuryango nyakuri - to recruit and dismiss personnel employed by apesek-girimpuhwe, when it is deemed necessary. "The general assembly shall appoint three (3) internal auditors for renewable term of two years employé par apesek-girimpuhwe lorsque cela est jugé nécessaire. " 1º kugirana amasezerano n’abafatanyabikorwa b’imbere mu gihugu cyangwa bo mu mahanga igamije kuzuza inshingano zayo; "1º to enter into contracts with partners within the country or abroad in order to fulfil its responsibilities; " Ingingo ya 30: uburyo bwemera ivuguruzanya "Article 30: contradictory procedure " 1º zone ya muhazi igizwe n’uturere dukora ku kiyaga cya muhazi ari two gicumbi, gatsibo, gasabo, rwamagana na kayonza, imigezi ya nyabugogo, nyabarongo engraved of the name of the cooperative and plate number. dugout canoes are prohibited. "1º muhazi zone comprises of lake muhazi surrounding districts which are gicumbi, gatsibo, gasabo, rwamagana and kayonza, the rivers of nyabugogo, pêche, et qui gravé du nom de la coopérative et du numéro de plaque. les pirogues monoxyles sont interdites. " Ingingo ya 4 : aho ukorera umuryango uzakorera aho ari ho hose ku butaka bwa repubulika y‟u rwanda.ubu dukorera i kigali, centre missionnaire lavigerie- nyarugenge, umurenge muhima, akagali ubumwe,umudugudu isangano), paruwasi ya mutagatifu petero i nyarugenge, umurenge wa kimisagara, akagali kamuhoza, umudugudu buhoro) no mu karere ka huye, maison lavigerie,umurenge wa ngoma, akagari butare, umudugudu karubanda. "Article 4: area of intervention the organization operates throughout the territory of the republic of rwanda. currently we are present in the city of kigali, centre missionnaire lavigerie, district nyarugenge, sector muhima, cell ubumwe, quarter isangano ; at the parish of st peter, district of nyarugenge, sector kimisagara, cell kamuhoza, buhoro quarter; and we are present as well in the district of huye, maison lavigerie sector of goma, cell butare, karubanda quarter. " 17º amakuru ku manza zerekeye ubutaka bwa leta; "17º information about court cases relating to state land; " 6° ayobora inama y‟abaminisitiri. icyakora, iyo perezida wa repubulika yayijemo ni we uyiyobora; "6° chair cabinet meetings. however, when the president of the republic is in attendance, he or she chairs; " Bitabangamiye ibikurikirizwa mu gushora imari y’ubwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe, ntibyemewe gushora ibirenze icumi ku ijana (10%) by’umutungo w’ubwiteganyirize mu mitungo cyangwa mu mari y’umukoresha utanga imisanzu. "Without prejudice to requirements in investment of funds of mandatory pension scheme, no more than ten percent (10%) of the assets of a pension scheme may be invested in the property or funds of the sponsoring employer. " Iri teka rishyiraho imipaka y’u rwanda, rikagena abagize komite ikurikirana imikorere y’imipaka y’u rwanda, inshingano n’imikorere byayo. "This order establishes border posts and determines the composition, responsibilities and functioning of the rwanda border posts steering committee. " 9° kubika no gucunga amafaranga y’amanyamahanga; "9° to hold and manage official foreign exchange reserves; " Atangiye gukurikizwa akimara kwemezwa. "This announcement takes effect immediately. " Iteka rya minisitiri ritanga uburenganzira bwo guhererekanya ukurikiranyweho icyaha............ n° 125/11 of 19/11/2005 "The ministerial order authorizing the transfer of a prosecuted person………………………… n° 125/11 du 19/11/2005 " Iyo icyaha kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo gikozwe ku gikanka cy’ikinyabuzima ndangasano cy’ikinyabuzima cyashyizwe ku rutonde ruri ku mugereka wa i cyangwa uwa ii y’iri tegeko, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka icumi (10) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni icumi z’amafaranga y’u rwanda (10.000.000 frw). "If the offence referred to in paragraph one of this article is committed on a trophy of a specimen of listed species in annex i or ii of this law, the penalty is a term of imprisonment of not less than five (5) years but not more than ten (10) years and a fine of not less than five million rwandan francs (frw 5,000,000) but not more than ten million rwandan francs (frw 10,000,000). " (c) icyuma gihagarika imashini zikoreshwa na moteri kigomba kuba kiri ahantu hatateza impanuka kandi gikoreshwa ku buryo bworoshye kandi bwihuse; "(c) the engine shutdown control device must be located outside the danger zone and be easily and swiftly operated; " Umutwe wa ii: ibisabwa byerekeye imikorere y’abatanga serivisi z’itangizabwishyu, iz’imenyekanishamakuru ku byerekeranye na konti zo kwishyurana, iz’ikusanyabwishyu rikoresha konti y’umucuruzi n’iz’ikusanyabwishyu "Chapter ii: operational requirements for payment initiation, payment accounts information, merchant acquiring and payment aggregation services providers " Zirebana n’uko komisiyo zihoraho zikora mu gihe zisuzuma imishinga y’amategeko. "Functioning of the standing committee when they are considering draft laws or private member’s bills. " Umuryango ntushobora guseswa bitemejwe ku bwiganze bwa 2/3 by‟abanyamuryango nyakuri bateraniye mu nteko rusange. icyo gihe, iyo imyenda imaze kwishyurwa, umutungo usigaye wegurirwa undi muryango ufite intego zisa. "Organization can be dissolved only on decision of the majority of 2/3 effective members brought together as a general assembly. in this case, the goods of organization, after auditing of the liability, will be assigned to an organization continuing of the similar objectives. " Utumiza ibicuruzwa mu mahanga uwo ariwe wese ashobora kohereza amadevize bikozwe n’umuhuza wemerewe kohereza amadevize mu mahanga kugira ngo yishyure ibicuruzwa byatumijwe mu mahanga bikoherezwa ku mwenda. "Any importer can transfer foreign currency through a licensed intermediary allowed to transfer foreign currency to cover payment of goods imported or purchased by supplier-credit. " (1) ahantu n’itariki bishyirwa mu itegeko hagamijwe kugaragaza – "(1) place and date are inserted in a legislation to indicate – " 5° ahawe uhagarariye umurwayi mu rwego rw‟amategeko. "5° where the information is released to any person who legally represents the patient. " Umucamanza ashobora, abisabwe n‟ubushinjacyaha, gutegeka ko umuntu ugaragaraho uburwayi bwo mu mutwe ku buryo byahungabanya umudendezo rusange wa rubanda, yashyirwa mu kigo cyagenewe gukurikirana indwara zo mu mutwe. "A judge may, at the request of the public prosecution, order that a person who shows signs of insanity and who poses a threat to public order be admitted to a neuropsychiatric facility. " Muri rusange, urugaga rw’abahanga mu guhanga inyubako n’urugaga rw’abahanga mu by’ubwubatsi, rugomba gukora ku buryo abitabaza imirimo y’abarugize bashobora kugirira icyizere umwuga w’ubuhanga mu guhanga inyubako cyangwa uw’ubuhanga mu by’ubwubatsi. "In general, the institute of architects and the institute of engineers must ensure that clients of their respective members rightfully maintain trust towards the architecture or engineering profession. " Ingingo ya 328: kwangiza cyangwa guta ibikoresho bya gisirikare ku burangare "Article 328: damaging or causing loss of military equipment due to negligence " Rishyiraho ikigo gishinzwe iterambere ry’ubushobozi n’umurimo rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byacyo "Establishing the capacity development and employment services board and determining its missions, organisation and functioning " 11° gukurikirana imikorere y’amahuriro y’abagize inteko ishinga amategeko; 3° to observe and implement the decisions of the plenary assembly; "11° to oversee the functioning of parliamentary networks and forums; 3° observer et mettre en exécution les décisions de l’assemblée plénière; " Ingingo ya 33: amategeko ngenga ishyirahamwe ashobora guhindurwa n’inteko rusange mu gihe cy’inama idasanzwe. imyanzuro ifatwa hagendewe ku bwiganze bw’amajwi y’abanyamuryango bitabiriye inama. "Article 33: the statutes of the association can only be modified by the general assembly when holding an extraordinary meeting. the decisions shall be taken by the absolute majority of members present. " Intego ya ur ni ugutanga uburezi bufite ireme no guhanga mu myigishirize n‘ubushakashatsi bigamije gukemura ibibazo by’abaturage, iby’abanyeshuri, iby’igihugu, iby’akarere n’iby‘isi yose. "The mission of ur is to deliver quality education and develop innovative teaching and research meant to address the problems of the population, the students, the nation, the region and the world. " Umutwe wa iii: uburenganzira mbonezamubano, ubwisanzure n’inshingano by’umwana "Chapter iii :civil rights, freedom and duties of the child " 3° kugaragaza ibikenewe byihariye mu rwego rw’imari, urwa tekiniki n’urw’imiterere y’inzego kugira ngo hubakwe ubushobozi mu ikoranabuhanga ryo kugabanya imyuka ihumanya ikirere n’ingufu zisubira no gutegura ingamba zirambye zo kugabanya imyuka ihumanya ikirere; "3° identify specific financial, technical and institutional requirements for capacity-building on greenhouse gases mitigation and renewable energy technologies and on the development of sustainable greenhouse gases mitigation measures; " Igazeti ya leta n° 06 yo ku wa 22/02/2021 "Official gazette n° 06 of 22/02/2021 " Ibiteganywa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, ntibikurikizwa ku masoko ya serivisi z’impuguke n’izitari iz’impuguke, mu masoko y’imirimo n’ay’ibicuruzwa cyangwa ibigemurwa atarengeje agaciro kagenwe n’amabwiriza agenga amasoko ya leta. "Provisions under paragraph 2 of this article shall not apply to tenders related to consultancy and non-consultancy services or works and supplies where their estimated value does not exceed a threshold established by the public procurement regulations. " 14° umuyobozi ushinzwe umuriro w’amashanyarazi muri sosiyeti y’u rwanda ishinzwe ingufu; "14° the director in charge of electricity service in rwanda energy group; " Byemejwe ku bwiganze bwa 2/3 by’amajwi, inteko rusange isanzwe ishobora gusesa ihuriro. "Upon the decision of the three-fourths majority of votes, the ordinary general assembly may pronounce the dissolution of the network. " Ingingo ya 304: gukoza isoni umukuru "Article 304: humiliation of a superior " Tegeko nº 26/2008 ryo ku wa 25/07/2008 ryemerera k w e m e z a b u r u n d u amasezerano y’umuyoboro w’inguzanyo (y’amadorari yashyiriweho umukono i new delhi mu buhindi ku w a 0 9 u k w a k i r a 2 0 0 7 , hagati ya repubulika y’u r w a n d a n a b a n k i y’ubuhindi y’ubucuruzi bw’ibyinjira n’ibisohoka mu gihugu (exim bank of i n d i a ) , y e r e k e r a n y e n’inguzanyo ingana na mi l i yo ni mak umyab i ri z ’ a m a d o l a r i y’amanyamerika (20.000.000 "A u t h o r i s i n g t h e ratification of the dollar cre dit l ine agre e me nt signed in new delhi, india o n o c t o b e r 0 9 , 2 0 0 7 , between the republic of rwanda and export-import bank of india (exim bank of india), relating to the credit of twenty million ame ri can do l l ars (us d 2 0 . 0 0 0 . 0 0 0 ) f o r t h e nyabarongo hydro power p l a n t c o n s t r u c t i o n project table of contents article one : authorization for ratification article 2 : commencement l o i n° 26/ 2008 du 25/ 07/ 2008 " Umuyobozi udatanze igisubizo ku gihe, abikurikiranwaho hakurikjwe amategeko agenga imyitwarire hashingiwe ku rwego rw’ubuyobozi ariho. icyo gihe umukozi ahita agira uburenganzira bwo kwiyambaza urwego rwakira ubujurire mu micungire y’abakozi ku kudasubizwa n’umuyobozi yatakambiye. "The authority who does not respond to the appeal within the specified time limits faces disciplinary proceedings in accordance with the code of conduct, taking into account the category of authority to which he or she belongs. in this case, the public servant reserves the right to automatically file an appeal with the public organ in charge of appeal related to the management of public servants against the authority who does not respond to his or her appeal. " 12° kugena abantu bafasha komite y’amatora mu kubara amajwi; "12° designate persons to assist the electoral committee in the counting of votes; " (4) amabwiriza ya minisitiri ufite dasso mu nshingano ze agena imiterere y’inyandiko igenderwaho mu guhiga no mu gukora isuzumabushobozi by’abagize dasso. "(4) instructions of the minister in charge of dasso put in place the model document for performance contracting and evaluation of dasso members. " Bwo kugereranya, no gufata ibyemezo bikwiye bijyanye na konti bashingiye ku nyandiko zimenyekanisha amakuru y’ingenzi zihuriweho n’abatanga amakonti zitegetswe ; "And make informed decisions about the accounts using standardized mandatory key facts statements; " Iyo uregwa yajuriye wenyine, urukiko rwajuririwe ntirushobora kongera igihano yari yagenewe mu rwego rwa mbere. "If the accused is the only person having filed an appeal, the appellate court cannot increase the penalty imposed in the first instance. " 1° umushinjacyaha mukuru wa gisirikare; 2° umushinjacyaha mukuru wa gisirikare wungirije; 3° abashinjacyaha ba gisirikare. "1° the military prosecutor general; 2° the deputy military prosecutor general; 3° the military prosecutors. " 6° “imitungo ifatwa nk’amafaranga ahari (hqla)”: imitungo ishobora guhindurwamo amafaranga ku buryo bworoshye, vuba kandi agaciro kayo kadahombye cyangwa gahombye ku rwego ruto cyane; "6° “high quality liquid assets (hqla)”: assets that can be easily and immediately converted into cash at little or no loss of value; " Abari mu nzego z’imirimo yabangamira igikorwa cy’amatora hamwe n’abari mu mirimo ya leta, bahagarika by’agateganyo imirimo yabo igihe cyo kwiyamamaza. "Persons in positions which may influence the electoral process as well as civil servants suspend the exercise of their duties during the period of electoral campaign. " Ingingo ya 10: inkurikizi zo gutanga ikirego mu rukiko "Article 10: effect of filing a case to the court " Umutwe w‟abadepite, mu nama yawo yo ku wa 25 werurwe 2015; "The senate, in its session of 25 march 2013; " 8° kutabana mu gihe kirenze amezi cumi n’abiri (12) akurikirana uhereye igihe habereye ishyingirwa nta mpamvu zifite ishingiro laws. "8° non-cohabitation for more than twelve consecutive (12) months from the day of celebration of marriage on unjustifiable " Ingingo ya 23: uburenganzira n’ibyo bateganirizwa abagize inkeragutabara bafite uburenganzira bwo kutirukanwa ku kazi basanzwe bakora mu gihe baba batinze mu kazi ka gisirikare bahamagariwe. "Article 36: leave and permission of prison guards prison guards shall be given leave and permissions according to the statutes governing civil servants. " 1º agumana icyubahiro kimukwiriye kandi ashobora kujya mu mihango ikomeye y’urukiko yabereye umucamanza bwa nyuma yambaye imyambaro y’ubucamanza; "1º maintains the honour attached to his or her status and may attend official ceremonies of the last court where he or she was a judge, in the judicial dress; " Buri mukozi abujijwe kumena amabanga y’akazi keretse byemejwe n’umukuriye mu nyandiko cyangwa mu gihe biteganywa n’amategeko akoreshwa. "Any employee is prohibited from disclosing professional secrets unless authorized by the supervisor or by applicable laws. " Umuryango nyafrika "Vision for africa " 3° gushyikiriza umwanditsi mukuru imenyesha ry’irangira. "3° deliver such notice of termination to the registrar general. " 10. “inyandiko z‟imari shingiro mberabyombi” zigizwe n’inyandiko z’imyenda zihoraho muri rusange kandi zifitanye isano ya hafi n’imari shingiro bwite nk’imigabane idashobora kongera guteganyirizwa ubwicungure, inyandiko z’imyenda zihoraho n’inyandiko z’imyenda zigomba kuguranwa; "10. “hybrid capital instruments” includes debt instruments that are essentially permanent in nature and have close similarities to equity such as irredeemable cumulative preference shares, perpetual debt instruments and mandatory convertible debt instruments; " Igihe isosiyete idahinduye izina mu gihe kigenwe mu imenyeshwa, umwanditsi mukuru ashobora kwandika isosiyete ku izina rishya yahisemo we ubwe kandi iryo zina rigafatwa nk’izina ryanditswe ry’isosiyete nk’uko biteganywa n’iri tegeko. "In case a company does not change its name within a period specified in the notice, the registrar general may register the company under a new name decided upon by himself or herself and that name is considered as the company’s registered name under this law. " Mu gihe atarahindurwa, amategeko akurikizwa ubu akomeza kubahirizwa mu ngingo zayo zose zitanyuranyije n’iri vugururwa ry’ itegeko nshinga. "All laws in force shall remain applicable as long as their provisions are consistent with this amendment of the constitution. " 3° amakuru ajyanye n’isesengura, igereranya ry’inyandiko z’ipiganwa cyangwa ibisobanuro ku isoko; "3° information relating to the evaluation, comparison of bids or clarification on tenders; " Ingingo ya 10 : umuryango ushobora gutira cyangwa gutunga ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa ukeneye kugirango ugere ku ntego zawo. "Article 10: the organization may possess or hire movable properties and real estates needed to achieve its objectives. " (c) guha abaturage amakuru nyayo kuri gahunda za leta, kubashishikariza kuzishyira mu bikorwa no gukusanya amakuru kuri izo gahunda agashyikirizwa akagari; "(c) to provide the population with reliable information about government programmes, to encourage the population to implement the programmes and collect data about such programmes and submit them to the cell; " Uruhushya rutarengeje umunsi umwe rutavanwa mu minsi y’ikiruhuko cy’umwaka rushobora guhabwa umucamanza, ku buryo bw’umwihariko, iyo amaze kwerekana impamvu ifatika ituma arusaba kandi akaruhabwa n’umukuriye mu kazi. ariko umucamanza ntashobora kurenza iminsi icumi (10) y’uruhushya mu mwaka. "An authorised absence for one day maximum which is not deductible from the annual leave may exceptionally be granted to a judge by his/her immediate superior, for duly justified reasons. however, a judge cannot benefit from more than ten (10) days of authorized absence in one year. " Bwana zigira joseph agizwe umuyobozi mukuru wa ″national ubutore development center/nkumba″. prime minister’s order n°100/03 of 27/02/2015 appointing a director general "Monsieur zigira joseph est nommé directeur général de ″national ubutore development center/nkumba″. official gazette nᵒ 11 of 16/03/2015 " Komisiyo ifite inshingano rusange zo guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu. "The commission has the general responsibility of promoting and defending human rights. " Umunyamakuru wese wanga guhitisha mu gitangazamakuru gikoresha amajwi cyangwa amajwi n‟amashusho ikosora, isubiza cyangwa igorora, ahanishwa ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi magana atatu (300.000) kugeza ku bihumbi magana atandatu (600.000). "Any journalist who refuses to publish a correction, a reply or a rectification in an audio or audio visual media shall be liable to a fine of three hundred thousand (300,000) to six hundred thousand (600,000) rwandan francs. " 1º ubwoko bw’igihingwa bwasabiwe cyangwa bwemerewe kurindwa; "1° a plant variety for which protection has been applied for or granted; " 12 º madamu ingabire hakiba marie ange, head of corporate services department muri minisiteri y’imari n’igenamigambi; "12 º ms ingabire hakiba marie ange, head of corporate services department in the ministry of finance and economic planning; " Umuvugizi mukuru révérend pasteur habihirwe edouard (sé) umuvugizi mukuru wungirije pasteur uwamurera vénantie (sé) chapter vii "Legal representative révérend pasteur habihirwe edouard (sé) vice legal representative pasteur uwamurera vénantie (sé) chapitre vii " 1° indamunite y’icumbi ingana na kimwe cya karindwi (1/7) cy’umushahara fatizo w’umukozi wa leta; "1° accommodation allowance is equal to seventh (1/7) of the basic salary of a public servant; " Igihe umuryango usheshwe, hamaze gukorwa ibarura ry‟ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa by‟umuryango no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uhabwa undi muryango bihuje intego. article 12: "In case of dissolution, after inventory of movable and immovable properties and payment of debts, the remaining assets shall be transferred to any organisation pursuing similar objectives. article 12: " Iyo abasenateri n‟abadepite bagiye mu butumwa imbere mu gihugu, buri wese ahabwa amafaranga y‟ingoboka angana n‟ibihumbi icumi by‟amafaranga y‟u rwanda (10.000 frw) n‟amafaranga ibihumbi umunani y‟u rwanda (8.000 frw) y‟ifunguro n‟ibinyobwa bidasindisha, buri munsi. "Senators and deputies while on mission within the country shall each be entitled to a per diem worth of ten thousand rwandan francs (rwf 10,000) and eight thousand rwandan francs (rfw 8,000) for food and soft drinks per day. " Ingingo ya 58: abagize biro y’inama njyanama y’akarere "Article 58: members of the bureau of the district council " 6° gutoza umunyeshuri gukora, gukunda umurimo, kugira umurava, kubahiriza igihe no gushyira imbere ubushobozi; "6º to train the learner to work, to love the work, to take their work seriously, to be punctual and to promote competence; " Ababuranyi bagomba kubyutsa inzitizi cyangwa impamvu ituma ikirego kitakirwa, mu gihe urega ataratangira gusobanura ikirego cye, usibye mu gihe itegeko ribiteganya ukundi. "Parties shall raise an objection or any reason that may lead to the inadmissibility of a claim when the plaintiff has not started explaining his/her claim, except when the law provides otherwise. " Amasezerano y’umugereka mpuzamahanga yerekeye ubudakemwa ubudakemwa bw’inyandiko iri mu ndimi eshanu ikubiyemo amasezerano mpuzamahanga mu by’indege za gisivili (chicago, 1944) yashyiriweho umukono i montreal kuwa 29 nzeri 1995 yemejwe burundu kandi atangiye gukurikizwa uko yakabaye. "The protocol relating to authentic quinquelingual text of the convention on international civil aviation (chicago, 1944), signed at montreal on 29 september 1995 is hereby ratified and becomes fully effective. " 2° mu gihe umugabane shingiro w’isosiyete ibumbye izindi ugabanyijwemo imigabane y’ibyiciro bitandukanye, umubare wose w’imigabane wa buri cyiciro ifitwe na sosiyete zishamikiye kuri iyo yindi, cyangwa imigabane y’iyo sosiyete ibumbye izindi yaguze kubo yari yarayigurishije, ntushobora na rimwe kurenga icumi ku ijana (10%) by’imigabane yose ifite muri icyo cyiciro; "2° where the share capital of the holding company is divided into shares of different classes, the aggregate number of the shares of any class held by all the subsidiaries of the holding company or by the holding company as treasury shares, must not at any time exceed 10% of the total number of the shares in that class; " Iteka rya perezida n°47/01 ryo kuwa 16/07/2015 rishyiraho umuyobozi mukuru "Presidential order n°47/01 of 16/07/2015 appointing a director general " (i) inama yatanzwe n’umunyamategeko aho bisabwa; "(i) institutional legal officer’s advice where applicable; " 9° inyungu kuri konti y’umunyamuryango. "9° interest on member accounts. " Utanga serivisi zo kwishyurana cyangwa ushinzwe imikoreshereze y’uburyo bwo kwishyurana igihe yitabaje undi muntu kugira ngo amukorere imirimo y’ingenzi, ni we uryozwa ibyakozwe n’uwo muntu, abakozi be, intumwa ye, ishami cyangwa ikigo byitabajwe mu gukora iyo mirimo. "If the payment service provider or payment system operator relies on third parties for the performance of important operational functions, they remain fully liable for any acts of their employees, or any agent, branch or entity to which activities are outsourced. " Iyo nta muntu n’umwe urimo gukora nk’umugenzuzi biturutse ku kuba umugenzuzi yaravuye mu mwanya agasiga nta muntu uwurimo, umwanditsi mukuru ashyiraho uwo gusimbura umugenzuzi wagiye mu gihe gito gishoboka. "Where no person is acting as supervisor as a result of vacation of office, the trustee acts as a provisional supervisor and appoints as soon as possible an insolvency practitioner who becomes the supervisor’s successor. " Konti z‟urwego rwa leta ntizigomba kwakirwaho inguzanyo cyangwa gutangirwaho indi avansi z‟igihe gito zitanzwe na banki nta ruhushya rwatanzwe mbere na minisitiri. "Bank accounts of a public entity shall not issue out loans or effect any temporary advances without prior permission of the minister. " Ingingo ya 27: inama yo mu nzego zose zishyirwaho binyuze mu matora atunganijwe. hakurikizwa ubushobozi muby’umwuka, imyifatire myiza no kujijuka. amatora ashobora gukorwa mw’ibanga, kuzamura ikiganza, cyangwa kwemeranya ku buryo runaka. "Article 27: all committees at all levels are settled through elections organized following the spiritual criteria, moral and intellectual be by ballot, lift hands or consensus. " - gufasha umusoreshwa gukora ibaruramari ; "- a customer focused meteorological service; " Ishingiye ku itegeko n° 47/2017 ryo ku wa 23/09/2017 rigena imitunganyirize y’imirimo y’amabanki, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 51, iya 52, iya 53, iya 54 n’iya 117 ; "Governing the organization of banking, especially in its articles, 51, 52, 53, 54 and 117; " Bwana ruzibukira alex asezerewe nta mpaka mu bakozi ba leta kubera ibura ry’umurimo. "Mr. ruzibukira alex is automatically removed from office because of job discontinuance. " Ubugwate bushobora kwemeza ko hazabaho ubwishyu bw’inshingano imwe cyangwa nyinshi zishobora gusobanurwa ku buryo bwihariye cyangwa muri rusange, kandi zishobora kuba ziriho ubu, zariho cyangwa zizabaho mu gihe kizaza. "A security interest may secure one or multiple obligations, which may be described specifically or generally, and which may be present, pre- existing or future obligations. " C) nibura mirongo itanu ku ijana (50%) by’icyiciro cy’amafoto y’ingenzi yifashishijwe yafatiwe mu rwanda, mu gihe kitari munsi y’ibyumweru bine (4), nk’uko byemejwe n’ikigo gishinzwe guteza imbere filimi mu rwanda. "C) at least fifty per cent (50%) of the principal photography schedule is filmed in rwanda, for a minimum of four (4) weeks, as certified by the rwanda film office. " 3° ukora akazi muri banki ari mu nama y‟ubuyobozi, umuyobozi, umucungamari w‟ikigo cy‟imari iciriritse kandi yarakoze ibyaha bivugwa mu ngingo ya 23. "3° an employee of the bank when she is a member of the board of directors, a director, an accountant of the micro finance institution and who committed offences prescribed in article 23. " 6° igihe icyaha cyakozwe n‟uwo uwagikorewe akomokaho cyangwa undi wese bafitanye isano kugeza ku gisanira cya karindwi; "6° the offence is committed by an ascendant of the victim or any other relative up to the seventh degree of kinship; " Icyakora, umuryango, impuzamiryango, ihuriro ry’impuzamiryango cyangwa minisiteriya ntibyemerewe kugira ibikorwa byo guharanira kugera ku butegetsi, gukoresha ibiganiro bigamije gushyigikira imitwe ya politiki cyangwa umukandida wa politiki, kwandikisha cyangwa gukoresha ubundi buryo bushyigikira abakandida bashaka kujya mu buyobozi bw’igihugu. 3° to enjoy tax exemptions in accordance with relevant laws. "An organisation, an umbrella, a forum of umbrellas, a ministry or their representatives have the right to give public opinion on matters relating to social or faith related matters. however, no organisation, umbrella, forum of umbrellas or ministry is allowed to engage in political activities in order to gain political power, organise debates to support political organisations or political candidate, register or use any other means to support candidates for any public office. " Minisitiri abanza gutanga uruhushya mbere yo gutangira gushyira mu bikorwa gahunda y‟ishoramari ry‟igihe gito ryatanzwe muri iri teka. "The approval of the minister shall be obtained before implementation of the short term investment plan provided for in this order. " Inama y’ubutegetsi isuzuma ingamba buri gihe kugira ngo imenye ko banki icunga ibyateza ingorane ku isura. "The board shall review the strategy regularly to ensure that the bank is managing the reputational risks. " 1° igenzura ku bidukikije: gukusanya ku buryo bwimbitse amakuru, gusuzuma buri gihe ku buryo bufatika uburyo bwo kurengera no gucunga ibidukikije n’ubwo kubungabunga no gukoresha umutungo kamere ku buryo burambye; "1° environmental audit: systematic documentation, periodic and objective evaluation of protection and management of the environment and of conservation and sustainable use of natural resources; " (a) kuba umuhuzabikorwa rusange wa leta ku mirimo yose iteganyijwe mu mishinga irebana n’imiturire n’imyubakire; "(a) to serve as overall project manager on behalf of the state for all projects related to housing and construction; " Iteka rya minisitiri w‟intebe rigena urwego rureberera ikigo gishinzwe guteza imbere ibikorwa by‟ iterambere mu nzego z‟ibanze (loda) rikanagena ububasha, inshingano n‟imikorere by‟inzego z „ubuyobozi zacyo..............................................................................50 "Prime minister‟s order determining the supervising authority of the local administrative entities development agency (loda) and determining the organisation, functionning and responsibilities of its management organs................................................................................50 " Iteka rya minisitiri n o 38/08.11 ryo kuwa 27/02/2012 ryemeza abavugizi b’umuryango «christian people for humanitarian action » (cpha ) "Ministerial order n o 38/08.11 of 27/02/2012 apploving the legal representatives of the association «christian people for humanitarian action » (cpha) " Guhera ku mwaka wa kane (4) kugera ku mwaka wa gatandatu (6) w’ishuri ribanza hibandwa ku bumenyi rusange butegurira umunyeshuri kwinjira mu cyiciro cya mbere cy’uburezi bwo mu mashuri yisumbuye. "From fourth (4) year to sixth (6) year of a primary school, the focus is on general knowledge which prepares the learner to enter the first cycle of secondary education. " Iteka rya perezida rigena imishahara n’ibindi bigenerwa abashinjacyaha b’umwuga, abagenzuzi, umunyamabanga mukuru n’abafasha b’ubushinjacyaha……………………….77 "Presidential order determining the salaries and fringe benefits for career prosecutors, inspectors, secretary general and assistants to prosecutors…………………………………..77 " Ingingo ya 111: iki rego gifi te ibiburanwa byinshi bishingiye ku mpamvu imwe ingingo ya 112: amafaranga aregerwa abarirwa mu mwenda munini "Article 112: claimed amount part of a bigger debt article 113: suit by several plaintiffs or against several defendants " 1° kiri mu bworozi bwagaragayemo ibiguruka byapfuye bigaragaje imwe mu bimenyetso by’indwara ry’ibicurane by’ibiguruka; "1° it is found in a poultry whose some birds died after having shown some of the symptoms of bird flu; " Bitabangamiye ibiteganywa n’iri teka, ibindi byose bireba imikorere n’imikoranire y’ubuyobozi bukuru n’abakozi biteganywa mu mategeko ngengamikorere ya rnra. "Without prejudice to the provisions of this order, all issues related to organisation and collaboration of the general directorate of rnra shall be specified in internal rules and regulations of rnra. " Air force base (kigali) 476 6466 2lt mwiza ariane 33 2/23/2017 "Air force base (kigali) 467 6457 2lt kayinamura byron 24 2/23/2017 " Ingingo ya 36: kwiregura k’umushinjacyaha "Article 36: defence of the accused prosecutor " Ingingo ya 32: gukurikirana urubanza ku rwego rw’urukiko rw’ikirenga "Article 32: proceedings before the supreme court " 20. ese waba warigeze unanirwa kwishyura umwenda wose wemejwe kandi ugomba kwishyurwa nawe nk’umwenda w’urubanza, hakurikijwe icyemezo cy’urukiko rwo mu rwanda cyangwa ahandi, cyangwa wigeze ugirana amasezerano y’ubwumvikane n’abo ubereyemo imyenda, mu myaka icumi (10) ishize? niba byarabaye, tanga ibisobanuro official gazette n° special of 04/05/2023 "20. have you failed to satisfy any debt adjudged due and payable by you as a judgment debtor under an order of a court in rwanda or elsewhere, or made any compromise arrangement with your creditors within the last ten years? if so, give particulars. ………….…………………………………………………………………………………………………………………………………………… official gazette n° special of 04/05/2023 " Ingingo ya 21: umutungo wa ncst n’inkomoko yawo "Article 21: property of ncst and its sources " 33° umuhuzabikorwa ku rwego rw’igihugu w’inama y’igihugu y`urubyiruko ; "33° the national coordinator of the rwanda national youth council; " 2º umwanditsi mukuru atabonye igisubizo cy’ubufatanye mu bucuruzi ku nyandiko imenyesha isibwa mu gitabo cyandikwamo ubufatanye mu bucuruzi; "2º the registrar general did not receive any reply from the partnership on the notice of striking-off from the register of partnerships; " Ku nzego z’ibanze, inkomoko y’imari kimwe n’imicungire yayo bigenwa n’itegeko ryihariye. "For decentralized entities, the sources of finances as well as their management shall be determined by the relevant law. " Y’aya mabwiriza, ushinzwe gutanga makuru akoresha ubushishozi bwimbitse ku mikoranire, ibikorwa by’ubucuruzi n’umuntu uwo ari we wese uturutse mu bihugu byagaragajwe nk’ibifite ingorane ziri hejuru kandi bitubahiriza uko bikwiye amahame mpuzamahanga, cyangwa bifite cyangwa byugarijwe n’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba cyangwa gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi. "Without prejudice to the provisions of article 15 of these regulations, the reporting person conducts enhanced client due diligence for business relationships and transactions with any person from countries identified as high risk and not efficiently complying with international standards or having ongoing or substantial risk of money laundering, financing of terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction. " (5) ibice bigize imikono ntibihabwa inyito. "(5) parts of signatures are not given a heading. " Amategeko shingiro y’impuzamahuriro agena uko amatora mu nama y’inteko rusange 3° have the capacity to finance services provided for under item 2°. "Bylaws of a federation provide for modalities for voting in a meeting of the general 3° avoir la capacité de financer les services visés au point 2°. " Ingingo ya 154: uburenganzira kuri raporo n'inyandiko "Article 154: rights on reports and documents " Ingingo ya 38: ububasha bwo gukora iperereza "Article 38: investigation powers " Na none kandi, iyo bigaragaye ko ibintu byagemuwe birimo bimwe bimeze neza n'ibindi bitameze neza, urwego rutanga isoko rushobora kubyanga byose, nta ndishyi uwegukanye isoko yatse, cyangwa gutoranyamo ibimeze neza akaba aribyo rwakira. amafaranga akoreshwa muri iryo toranya yishyurwa n'uwegukanye isoko. "Similarly, if it is found out that the delivered supplies include some that are in good condition and others that are not, the procuring entity may reject all of them without any compensation to the successful bidder, or sort-out and accept only those supplies which are in good condition. expenses for such sorting-out shall be borne by the successful bidder. " Ingingo ya 62: ubufatanye bw’uturere ingingo ya 63: ubutwererane hagati y’akarere n’inzego z’imitegekere zo mu mahanga "Article 62: partnership among districts article 63: cooperation between a district and foreign administrative entities " Ingingo ya 4: ifasi umuryango uzakoreramo "Article 4 : competence territorial " Urwego rubifitiye ububasha rubyibwirije cyangwa rubisabwe rushobora guhindura cyangwa gukuraho icyemezo iyo: "The competent authority may, on its own initiative or upon request, vary or discharge an order if: " C. abagenzuzi b’umutungo "C. auditors " (sé) dr gahakwa daphrose minisitiri w’uburezi (sé) makuza bernard prime minister "(sé) dr gahakwa daphrose minister of education (sé) makuza bernard premier ministre " Isuzuma ry’umuhanga mu mibare rigomba kuba rifitanye isano nuburyozwe buturuka kuri politiki / amafaranga mu mpera zumwaka w’ingengo y’imari n’impinduka iyo ari yo yose mu mwaka w’ingengo y’imari mu myenda ituruka kuri politiki y’umwishingizi cyangwa gahunda ya pansiyo bijyanye n'ikigega runaka. "The actuarial evaluation shall be related to the liabilities resulting from the policies/funds as at the end of a financial year and to any change during the financial year in the liabilities resulting from policies of the insurer or pension scheme in relation to a particular fund. " 1° ubwoko bw’igenzura rizakorwa; "1° the type of audit to be conducted; " 8° bidakomoka ku nyamaswa zirwaye cyangwa zanduye; "8° not be derived from diseased or infected animals; " Ucunga iby’abandi w’umwuga agomba gukoresha ububasha bwe mu nyungu z’abagenerwabikorwa gusa cyangwa kugira ngo intego z’ubwizerane zigerweho kandi hakurikijwe inyandiko y’ubwizerane. "A trustee must exercise his or her powers only in the interests of the beneficiaries or in furtherance of the purpose of the trust and in accordance with the trust instrument. " 4. gukurikirana imikorere y’amashyirahamwe akorera mu kagari no kuyagira inama; 5. gukangurira abaturage imirimo y’ubuhinzi n’ubworozi; 6. gushishikariza abaturange gutera amashyamba no kurengera ibidukikije, gufata neza ibikorwa remezo nk’amavuriro, amashuri, amateme n’imihanda; 7. gukangurira abaturage kurwanya isuri; 8. kuyobora inama ya cdc y’akagari no gutanga raporo yanditse muri komite nyobozi ; 9. gushishikariza abaturage n’abatishoboye by’umwihariko gukora ibikorwa bibafasha kwifasha; "4. monitor the activities of associations operating in the cell and advice them accordingly; 5. mobilise the population to engage in agriculture and livestock activities; 6. mobilise the population to plant trees, protect the environment, maintain infrastructures such as hospitals, schools, bridges and roads; 7. mobilise the population to fight soil erosion; 8. chair cell cdc meeting and submit written report to the executive committee; " Ibikorwa bisanzwe, cyane cyane serivisi zikenerwa n’abantu benshi, bishobora gukomeza gukora mu gace imihango yo kwibuka yabereyemo no mu nkengero zako. "Ordinary activities, especially those services which are needed by the public, may continue to take place in the location where the ceremonies of commemoration are being held and in its vicinity. " Umukandida wumva ko yarenganyijwe mu gihe cyo gushaka abakozi ashobora kujuririra ku rwego rwa mbere urwego rushaka umukozi mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) y’akazi uhereye ku munsi w’igikorwa cyangwa icyemezo ajuririra. "A candidate who believes that he/she is aggrieviated during the recruitment process, may appeal on the first degree to the recruiting institution within a period not exceeding three (3) working days starting from the date of the act or decision he/she is appealing against. " Ingingo ya 3 y‟iteka rya perezida n° 56/01 ryo ku wa 02/11/2012 rishyiraho imishahara n‟ibindi bigenerwa umushinjacyaha mukuru n‟umushinjacyaha mukuru wungirije, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 3 of the presidential order n° 56/01 of 02/11/2012 determining salaries and fringe benefits for the prosecutor general and the deputy prosecutor general is modified and complemented as follows: " Madamu kamagaju béatrice, umushinjacyaha wo ku rwego rwisumbuye, yirukanywe burundu ku mirimo ye mu bushinjacyaha bukuru. "Mrs kamagaju béatrice, prosecutor at the intermediate level, is dismissed from office in the national public prosecution authority. " Ikigo kigenzurwa kigomba kugira uburyo bwo gutumanaho imbere mu kigo ndetse n’abantu bo hanze yacyo mu gihe habayeho ihagarika rikomeye ry’imirimo. "A regulated institution shall have procedures designed for both internal and external communication in the event of major disruptions. " Ingingo ya 19: isuzumwa ry’imbuto "Article 19: seed testing " Icyiciro cya 2: imikorere y’inama nkuru y’ubushinjacyaha "Sous-section 2 : greffe de la cour suprême " 6º uruhushya ruhabwa sosiyete y’umuntu umwe: uruhushya ruhabwa isosiyeti y’umuntu umwe ifite nibura bisi imwe (1) ariko itarengeje bisi cumi n’icyenda (19) itanga serivisi zo guhagarara ahantu hatandukanye hahuza santeri z’ubucuruzi n’uduce tw’icyaro; "6º one-person company license: a license granted to one-person company with at least one (1) bus and not exceeding ninenteen (19) buses, providing multistep services connecting trading centres and villages in rural areas; " Kwemererwa gukurwa ku rutonde rw’abasoreshwa, ntibibuza ubuyobozi bw’imisoro kuba bwamukorera amagenzura ateganyijwe n’amategeko. "Granting cancellation of registration does not stop the tax administration from carrying out audits provided by the law. " Ashingiye ku masezerano mpuzamahanga yo ku wa 9 ukuboza 1948 yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside; "Given the international convention of december 9, 1948 on preventing and repressing genocide crimes; " (v) itangazo rimenyesha abakiriya ko bafite uburenganzira bwo guhabwa inyandiko yemeza ko baguze cyangwa bagurishije amafaranga y’amanyamahanga; (v) a notice informing the customers that they are entitled to a receipt for any purchase or sale of foreign currency made by them; and "C) a notice informing the customers that they are entitled to be issued with a receipt for any purchase or sale of foreign currency made by them; and " 6º ipaki y’itabi: agapfunyika, agafuka, agakarito cyangwa ubundi buryo bwo gupfunyika ibikomoka ku itabi hagamijwe kubigurisha; "6° package of tobacco: packaging, pouch, box or other package containing a tobacco product for sale; " Mirongo itatu na zirindwi n’ibihumbi magana inani z’amadetesi (37.800.000 dts) n’impano ingana na miliyoni mirongo itatu na zirindwi n’ibihumbi magana inani z’amadetesi (37.800.000 dts) agenewe umushinga mpuzabihugu w’urugomero rw’amashanyarazi rwa rusumo, yemejwe burundu kandi atangiye gukurikizwa uko yakabaye. "Hundred thousand special drawing rights (sdr 37,800,000) and the grant of thirty seven million eight hundred thousand special drawing rights (sdr 37,800,000) for the regional rusumo falls hydroelectric project, is hereby ratified and becomes fully effective. " Urwego ngenzuramikorere rushobora: "The regulatory authority may: " Umuryango udaharanira inyungu appeka "Non-profit-making association " 5° uhagarariye sosiyete sivile mu karere ibitaro biherereyemo utorwa na begenzi be; "5° a representative of civil society in the district where the hospital is located elected by his or her peers; " Gutumiza mu mahanga imyanda yifitemo imirasire yangiza birabujijwe. "The import of radioactive waste is prohibited. " Ingingo ya 60: umubare w’abanyamuryango shingiro usabwa "Article 60: minimum required number of founding members " Ingingo ya 44: igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda. article 40: non re-application for the legal personality "This law shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. article 40 : non renouvellement de la demande de la personnalité juridique " Amaze kubona ko iterambere ubu rituma hashyirwaho amasezerano yerekeye ibice cyangwa amazu y‟amagorofa; "Considering that new developments are bringing transactions related to parts and/or units of blocks of flats; " 3° kubuzwa gukora ubugenzuzi bw’imari muri cis. "3° prohibition from auditing the cis. " Umuryango witwa « itorero rya armee du salut mu rwanda », ukitwa « idini ». "The organisation shall be called the salvation army church in rwanda, herein the “church” " 1° gutegura no guhuza ibikorwa bya rdb; "1° to prepare and coordinate the activities of rdb; " Umusoreshwa wiyandikishije ku musoro ku nyongeragaciro agomba gushyira ahagaragara icyemezo cy’uko yiyandikishije aho akorera. "Every vat registered taxpayer must display his/her vat certificate on a visible space at the place of business. " Article 30: guhuza imikoreshereze y’ubutaka "Article 30: land use consolidation " H) “ahakorerwa umurimo’’: harimo icyicaro gikuru n’amashami y’ibiro by’ivunjisha; of buying and selling of foreign currencies; "H) “place of business”: includes head office and branches of a forex bureau; vente de devises ; " Uwishyura akoresheje inyandiko ntegekabwishyu n’uwayihererekanyije bashobora kugaragaza uwo uyitwaje azitabaza, bibaye ngombwa, kugira ngo akemure impaka igihe inyandiko izaba yanzwe cyangwa itishyuwe. "The payer of a bill of exchange and an endorser may insert in the bill of exchange the name of the referee to whom, if necessary, the bearer may resort in case the bill of exchange is dishonoured by non- acceptance or non-payment. " Kwangiza imyanya ndangabitsina bihanishwa igifungo cya burundu cy‟umwihariko. "Sexual torture shall be punishable by life imprisonment with special provisions. " Ingingo ya 15: inteko rusange iterana kabiri mu mwaka mu nama zisanzwe. inyandiko z‟ubutumire "Article 152 : business to be transacted at an annual meeting " Ingingo ya 13: uruhushya rwo kubaka "Article 13: building permit " (b) 6% ry’agaciro k’amasezerano ku masoko afite agaciro kuva kuri frw 100.000.000 kugeza kuri frw 500.000.000; "(b) 6% of the contract price whose value between frw 100,000,000 frw to frw 500,000,000; " Amashuri abanza atangirwamo inyigisho zitegurira abanyeshuri gukurikira neza amashuri yisumbuye. atangirwamo kandi inyigisho zerekeye uburere mboneragihugu, umuco mbonezabupfura, uburere bw’ubwenge n’ubw’umubiri n’ubumenyi shingiro minister, which also determines equivalence and authentication of degrees or certificates issued abroad and those issued in rwanda. "Primary education prepares pupils to easily follow secondary education. it shall also provide pupils with civic, ethics, intellectual and physical education as well as basic knowledge a pupil needs on a daily basis. " Isosiyete ikurwa mu gitabo igihe icyemezo gishyizweho umukono n‟umwanditsi mukuru kivuga ko isosiyete ikuwe mu gitabo cy‟amasosiyete. "A company shall be removed from the register of companies when a notice, signed by the registrar general states that the company is removed from the register. " Ingingo ya 114: iyishyura ry’ikiguzi cy’ubwishingizi rikozwe n’umuntu utari mu masezerano y’ubwishingizi "Article 114: payment of premium by third party to an insurance contract " Ingingo ya 483: gukoza isoni umwe mu bavugwa mu ngingo ya 482 "Article 483: slandering one of the persons mentioned under article 482 " Minisitiri w‟ubutabera/intumwa nkuru ya leta karugarama tharcisse (sé) article 2: authorities responsible for implementation of this order "Minisitiri w'ubutabera karugarama tharcisse (sé) article 2 : authorities responsible for implementation of this order " Ingingo ya 66: guha umubare igice cy’itegeko mu itegeko rihindura "Article 66: numbering a division in amending legislation " Ingingo ya 137: gutanga ibitekerezo ku mushinga w’ingengo y’imari ya leta ingingo ya 138: gusuzuma umushinga w’itegeko watowe n’umutwe w’abadepite "Article 137: providing opinion on the state finance bill " 3° asura ingo mu rwego rwo kugeza section 2: registered nurses-diploma level "3° carry out home visits for delivery of section 2 : infirmière ou infirmier enregistré-graduat " 2° gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo by’inama njyanama. "2° to monitor the implementation of the decisions of the council. " Abagize komite nyobozi batorwa n‟inteko rusange mu banyamuryango nyakuri. manda yabo ni umwaka umwe ushobora kongerwa inshuro imwe.iyo umwe mu bagize komite nyobozi yeguye ku bushake, avanywe ku mwanya we n‟inteko rusange cyangwa apfuye, umusimbuye arangiza manda ye. "The members of the executive committee are elected among effective members of the association for a mandate of one year renewable once. in case of resignation, expulsion by the general assembly or death of members of the executive committee, his successor shall finish the mandate. " Ingingo ya 37 : igenzura ry’amakuru yatanzwe muri raporo ya banki rikorwa n’umugenzuzi "Article 37: auditor’s review of the information reported by the bank " (1) isosiyete y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa igomba kuba igizwe n’inzego z’imirimo n’abakozi hakurikijwe ingano y’ikigo n’urwego rwacyo rw’imikorere. "(1) a deposit-taking microfinance company shall maintain the functions and staffing in accordance with its size and complexity. " Ibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’iteka rya perezida n° 145/01 ryo ku wa 13/04/2017 rizamura mu ntera ba komiseri, ofisiye bakuru, na ofisiye bato ba polisi y’u rwanda kigali, ku wa 13/04/2017 "Of 13/04/2017 promoting commissioners, senior officers and junior officers of rwanda national police kigali, on 13/04/2017 " Inyigisho z’imyuga n’ubumenyingiro zitangirwa mu byiciro by’amashuri y’inyuga n’ubumenyingiro hakurikijwe amategeko abigenga. "Technical and vocational training is provided at different levels of technical and vocational training schools in accordance with relevant laws. " Tekiniki rikoreshwa iyo ubwiza bw’inyandiko ari bwo shingiro. "The qualities based selection is applicable where quality is the paramount factor. " 6° mu gihe cy’izahura, gahunda yatanzwe itemewe mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30)”. "6° where in reorganization, a plan is not approved within thirty (30) days” . " Keretse iyo inteko y’ubukemurampaka ibitegetse ukundi; cyangwa "Tribunal expressly decides otherwise; or " Iri teka rigena uburyo imisanzu igenewe ikigega cyihariye cy‟ingoboka ku bwishingizi bw‟uburyozwe bw‟impanuka z‟ibinyabiziga bifite moteri bigendera ku butaka n‟izikomoka ku nyamaswa (sgf) imenyekanishwa, yakirwa, n‟uko igenzurwa. "This order determines the procedures for declaration, collection and verification of contributions to the special guarantee fund (sgf) for accidents and damages caused by automobiles and animals. " Ingingo ya 9: ibigenderwaho mu gushyira umwenda mu byiciro article 9: classification criteria "Article 9: classification criteria " Ingingo ya 48: inyungu z’ubukode zisoreshwa "Article 18: requirements for accessing old- age benefits " Ingingo ya 2: isonerwa ry’inyungu ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi "Article 2: exemption from tax on profit on agricultural and livestock activities " 7° gufata ibyemezo ku bindi bibazo mu buryo buteganyijwe n’aya mategeko cyangwa mu mategeko ngengamikorere; "7° make decisions on other problems in conformity with the provisions of these statutes or the internal rules and regulations; " Abanyamuryango bose bategetswe kujya mu nama z‟inteko rusange z‟umuryango, bataboneka kubera impamvu zikomeye bagahagararirwa n‟abo bashakanye cyangwa abandi amategeko abyemerera. iyo abashakanye bazanye mu nama y‟umuryango, umwe muri bo aba indorerezi. nyamara mu gihe cy‟impaka, perezida w‟inama, ashobora guha ijambo abagore cyangwa abagabo bari mu nama ku buryo bw‟indorerezi. "The participation in meetings of the general assembly is mandatory for all members of the organisation and in case of force majeure they can be represented at meetings by spouses or other person legally mandated. spouses of members present may be admitted as observers to meetings of the organization. however, and during the debate, the president may give the floor to such observers. " Abanyeshuri bemerewe kwiga mu mashuri makuru yigenga n’ayabafatanya na leta ku bw’amasezerano biga inyigisho zikenewe cyane zitigishwa mu mashuri makuru ya leta bashobora gusaba inguzanyo. "Students admitted to private and government- subsidized institutions of higher learning enrolled in priority educational programmes not offered by public institutions of higher learning may apply for loan from the ministry in charge of education. " Imyanda igomba kuva mu ngo nibura ishuro imwe mu cyumweru na buri munsi ahahurira abantu benshi. "Waste must be picked up from households at least once a week and every day from public place. " 3° ushyira cyangwa utuma bashyira mu ndege iri muri serivisi ikintu cyose cyayangiza, cyangwa gishobora kuyihungabanya iri mu kirere; "3° places or is an accomplice in placing in aircraft in service anything likely to cause damage to the aircraft or endanger the safety of aircraft in flight; " (d) ubushobozi n’ubumenyi mu gukoresha neza ikoranabuhanga na serivisi; "(d) the capacity and ability to effectively use technology and services; " Ingingo ya 93: kutabangamira iyishyurwa ry’umusoro ugomba kwishyurwa n’ikurikiranacyaha ku usora "Article 93: non-obstruction of the payment of the tax due and criminal proceedings against a taxpayer " “mu mategeko yose yakurikizwaga mbere y‟uko iri tegeko ngenga ritangira gukurikizwa, igihano cyo kwicwa gisimbujwe igihano cy‟igifungo cya burundu cyangwa igihano cy‟igifungo cya burundu cy‟umwihariko mu buryo buteganywa n‟iri tegeko ngenga. "“in all the legislative texts in force before the commencement of this organic law, the death penalty is hereby substituted by life imprisonment or life imprisonment with special provisions as provided for by this organic law. " Amabara n’ibirango by’imbuto bikorwa kandi bigacuruzwa hakurikijwe ibyiciro bikurikira birimo amabara y’ibirango ateye ku buryo bukurikira: "Seeds and label colours are produced and marketed under the following categories with the appropriate label colours as follows: " Umutwe wa viii: amatora ya komite y’abunzi "Chapter viii: elections of abunzi committee " Itegeko n° 21/2011 ryo ku wa 23/06/2011 rigenga amashanyarazi mu rwanda nk’uko ryahinduwe kugeza ubu ryongewemo ingingo ya 51 quater iteye ku buryo bukurikira: "In law n° 21/2011 of 23/06/2011 governing electricity in rwanda as modified to date is inserted article 51quater worded as follows: " 4 º kugaragaza uko ibikorwa by‟icyo kigega cyihariye gisabwa bizinjira muri gahunda rusange y‟igihe giciriritse. "4 º demonstrate how the activities of the proposed special fund will fit in the overall medium term plan. " Ingingo ya 9 y’itegeko n o 24/2003 ryo kuwa 14/08/2003 rigena imikorere n’imiterere y’inama y’igihugu y’urubyiruko ikuweho. "Article 9 of law n° 24/2003 of 14/08/2003 establishing the functioning and organisation of the national youth council is hereby repealed. " Urwego rw'igihugu rushinzwe ubuziranenge bw'imbuto "National seed quality control service govt " 1° inshingano za komisiyo ; 2° intego komisiyo igomba kugeraho ; 3° inkomoko y‟umutungo, imikoreshereze yawo n‟uburyo buhoraho bwo kuwugenzura ; 4° imikorere ya komisiyo. "1° responsibilities of the commission; 2° expected results of the commission; 3° the source of property, its use and the permanent audit procedure; " Ingingo ya 46: gukurikirana umwana warangije kuvurirwa mu kigo cyita ku bana bafite indwara zihariye "Article 46: follow up of the child with specific diseases after being treated in a specialized centre " Itegeko no 07/2009 ryo ku wa 27/04/2009 ryerekeye amasosiyete y’ubucuruzi nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu hamwe n’ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranye na ryo bivanyweho. "Law n°07/2009 of 27/04/2009 relating to companies as modified and complemented to date and all prior legal provisions inconsistent with this law are hereby repealed. " Ibivugwa mu gika kibanziriza iki ntibibuza uruhande rwarenganyijwe kuba rwabona indishyi mu gihe rwakoze ibishoboka byose kugira ngo rwirinde igihombo. "Provisions of the preceeding paragraph shall not preclude the aggrieved party from receiving damages in case he/she has made reasonable efforts to avoid loss. " Ingingo ya 6: insimburamubyizi n’amafaranga y’urugendo bihabwa abagize inama njyanama y’akarere bitabiriye inama y’inama njyanama "Article 6: sitting and transport allowances allocated to district council members present in the meeting of the council " Ingingo ya 2: itegurwa , isuzumwa n’itorwa ry’iri tegeko "Article 2: drafting, consideration and adoption of this law " Ibigo bitanga amafaranga ari mu buryo bw’koranabuhanga biha abafite amafaranga ari mu buryo bw’ikoranabuhanga amafaranga atari munsi ya 80% by’inyungu byabonye ku mafaranga ari mu buryo bw’ikoranabuhanga abitswe yashyizwe hamwe hatabariwemo akoreshwa mu micungire ya za konti z’amafaranga abitswe yashyizwe hamwe. ayo mafaranga asabwa aba ahuye n’asabwa ku bwoko bw’iyo konti. e-money issuers shall pass-through not less than 80% of the interest accrued on the pooled e-money float net of any fees or charges related to the administration of the pooled float accounts to e-money account holders. such fees and charges must be the standard applicable to the account type in question. "Most. the money deposited on term deposit account shall not exceed 10% of the total outstanding e-money liabilities of the e-money issuer to its e-money holders; or maturite aux maximum. l’argent investi est d’une echeance de trois mois et ne doit pas depasser dix pour cent (10%) l'encours total des obligations en monnaie électronique de l'émetteur de monnaie électronique à ses détenteurs de monnaie électronique. " Minisitiri areba ko komite z‟ubugenzuzi zikora mu bwigenge, nta marangamutima, nta kubogama kandi ko zigizwe n‟abantu badakorera ibihembo mu kigo cyangwa badafite inshingano zerekeye imari mu bindi bigo bya leta ibyo ari byo byose. "The minister shall ensure the independence, objectivity and impartiality of the audit committees and that they are constituted with members who do not have any remunerated activity in the entity or any financial responsibility in any other public entities. " Bitewe n’imiterere cyangwa n’ubwihutirwe bwabyo budasanzwe, bimwe mu bibazo bishobora kwigwa mu nama y’abaminisitiri bitagombye kunyura mu nzira za green paper na white paper, igihe minisitiri w’intebe ari ko abibona kandi byemejwe na perezida wa repubulika. "Depending on their nature or exceptional urgent circumstances, certain matters may be considered by cabinet without necessarily going through the green paper and white paper procedure on the advice of the prime minister and with the approval of the president of the republic. " 9º kwimurirwa burundu mu zindi nzego za leta; "9º permanent transfer to other public institutions; " Kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. "May seek advice on a certain item on the agenda. " No id names starting point end point length (km) status (paved or unpaved paved length unpaved length 85 dr85 kiruli-rubona-byimana-mwendo-karambo km 80.209 nr1: kiruli km 8.196 dr83: karambo 33.035 unpaved 86 dr86 gatagara-kigogo-cyabakamyi km 2.052 dr85: gatagara km 22.429: karama 22.429 unpaved 87 dr87 kinazi-busoro-butansinda km 25.735 nr7: kinazi km 78.152 nr1: butansinda 34.691 unpaved 88 dr88 nyundo-mututu-akanyaru km 50.587 nr6: nyundo km 6.938: akanyaru 6.938 unpaved 89 dr89 cyegera-nyamizi km 94.927 nr1: cyegera km 14.141 nr8: nyamizi 13.464 unpaved 90 dr90 "No id names starting point end point length (km) status (paved or unpaved paved length unpaved length 29 dr29 mizingo-arusha-gasiza km 124.330 nr2: mizingo km 85.928 nr16: gasiza 28.305 unpaved 30 dr30 jenda-mutaho-gishwati km 115.427 nr2: jenda km 14.806 dr 29: gishwati 13.008 unpaved 31 dr31 rubavu-braserie-kivumu-nyabirasi-mahoko km 147.800 nr2: rubavu km 75.018 dr23: mahoko 42.063 " “komite y‟abunzi ku rwego rw‟akagari ifite ububasha bwo gusuzuma ibibazo bishingiye ku byaha bikurikira: "“the mediation committee at the cell level shall have jurisdiction to determine cases relating to the following offences: " Ingingo ya 58: komisiyo ishinzwe abakozi ba leta "Article 58: public service commission " «iyo igenzura cyangwa iperereza rigaragaje ko umusoro ugaragara ku imenyeshamusoro ari organization and if the taxpayer‟s annual turnover exceeds twenty million (20,000,000) rwandan francs; "«if an audit or investigation shows that the amount on a tax declaration is less than the tax liability the lucratif ou si le chiffre d‟affaires annuel du contribuable dépasse vingt millions (20.000.000) de francs rwandais; " Ingingo ya 8: raporo y’ibyavuye mu icukumbura ryakozwe "Article 8: report of analysis conclusions " 14 º inzego zihagararira abakoresha: ishyirahamwe ry’abakoresha, ihuriro, urugaga rw’abakoresha n’impuzangaga; "14 º employers’ organizations: employers’ association, chamber, employer’s federation and confederations; " “ingingo ya 330 ter: agaciro k’ibikubiye mu bitabo by’irangamimerere byanditswemo mu buryo busanzwe bw’inyandiko "“article 330 ter: validity of the content of the physical civil status registers " 4.7.2.10 igenzura ry’imbere "4.3.2.2 definitions " (b) gutangaza ko kunyuranya n’ibibujijwe ari icyaha cyangwa ari ikosa; "(b) a declaration that contravention of the prohibition is an offence or a fault; and " Ihuriro ry‟igihugu nyunguranabitekerezo ry‟imitwe ya politiki rihuza imitwe ya politiki kugira ngo ishobore kungurana ibitekerezo no kubaka ubwumvikane n‟ubumwe bw‟igihugu. "The national consultative forum of political organisations brings together political organisations for the purposes of political dialogue, and building consensus and national cohesion. " Inama y’ubutegetsi y’isosiyete ikora uko ishoboboye ku buryo itariki fatizo y’ibaruraramari ya buri sosiyete iyishamikiyeho ihura n’itariki fatizo independent auditor and approved by the board of directors and signed on their behalf by two members of the board, or if there is only one member, by himself. "The board of directors of a company ensures that, special annual accounts in respect of the company as at the accounting reference date are audited by an independent auditor and approved by directors and signed on their behalf by two directors, or if there is only one member, by himself or herself. " 6° aharanira uburenganzira bw’ababana n’ibibazo byo mu mutwe; "6° advocate for the rights of people living with mental health problems; " 16° inyungu z’ubwiganze bw’imigabane: ububasha bw‟umuntu ku buryo buziguye cyangwa butaziguye burenze mirongo itanu (50%) ku ijana bwo kuyobora imicungire y‟imirimo cyangwa ubwiganze bw‟imigabane ku bandi; "16° controlling interest: a person‟s ability to hold, directly or indirectly, more than fifty percent (50%) of the power to direct the management of activities or acquisition of a majority holding; " 1. kuzamura imyumvire no gushishikariza abagore kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu; 2. gufasha abagore gutunganya imishinga ibateza imbere no gukorera mu mashyirahamwe; 3. gushishikariza abagore kwiga no kwihugura; 4. kwita ku bibazo by’abana; 5. gusesengura ibibazo by’abaturage, guhuza ibyifuzo byabo, habanje ibyihutirwa no kugeza ku murenge ibisumbye imbaraga z’abaturage mu kagari; 6. gufasha abaturage kwitabira gahunda zinyuranye z’igihugu; "3. mobilise women to join schools and training centers; 4. solve children problems; 5. analyse citizens problems, co-ordinate their wishes and aspirations in order of priority and submit to the sector all those problems the cell cannot solve; 6. mobilise the population to participate in different national programmes; " Ibyemezo by’inama y’ubuyobozi bifatwa ku bwumvikane busesuye bw’abari mu nama. iyo ubwumvikane busesuye butabonetse hakoreshwa itora, ibyemezo bigafatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abahari. iyo amajwi y’abatoye angana, ijwi rya perezida w’inama ni ryo rikemura impaka. "The decisions of the senate are made by consensus. where there is no consensus, decisions are taken upon an absolute majority vote of the members present. in case of voting tie, the chairperson has a casting vote. " Ingingo ya 31: iterana rya komite ngenzuzi y’ishuri "Article 31: meeting of the school audit committee " 3º yananiwe kugaragaza inyandiko zigaragaza ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga byakoreshejwe article 9: application and licensing fees "3º fails to provide the records of the sold used electrical or electronic equipment within the last two (2) years; or article 9 : frais de demande et ceux de licence " Ingingo ya 23: isimburwa ry’umwe mu bagize komite y’abunzi "Article 23: replacement of a member of abunzi committee " (2) leta itera inkunga y’uburyo bwo gufata amazi y’imvura bukomatanyije, kuyabika no kuyakwirakwiza hakurikijwe umwanzuro w’itsinda ry’abatekinisiye rigenzura imishinga y’inzu zihendutse zo guturamo "(2) the government supports centralised rainwater harvesting systems, storage and distribution in accordance with the recommendation of the technical assessment team approved by the national committee for approval of heures. " Gushishikariza abantu kugira ubumwe no guhuza umutima n‟imbaraga kugira ngo bashobore gufatanya mu kwiteza imbere, kwiyubakira igihugu no gushyigikira umurimo w‟imana. gukangurira abantu kwirinda no kurwanya icyo aricyo cyose cyahungabanya ubumwe bwabo kigamije kubarangaza no kubacamo ibice. "- promote unity and oneness that allow people to join hand in hand and improve their conditions of life, build their nation, and support god’s ministry. - keep the people alert against anything divisive that might affect their unity and distract them. " 4° ibiranga amasezerano ayo ariyo yose cyangwa indi nyandiko yo mu mategeko yaba ifitanye isano n’amakimbirane yavutse, mu gihe ayo masezerano cyangwa iyo nyandiko bidahari, incamake y’iryo sano; "4° identification of any contract or other legal instrument out of or in relation to which the dispute arises or in the absence of such contract or legal instrument, a brief description of the relevant relationship; " Umugenzuzi w’imari ukora igenzura mu buryo butabereye umurimo, aba akoze ikosa. "An auditor who conducts inadequate audit commits a fault. " 1. imiyoboro ibiri y’ingoboka nibura kandi buri muyoboro ukaba ushamikiye ku mwanya urimo umwuka uri mu gikoresho cyo guhunikamo; "1. two (2) pressure relief valves at least and each of them must have a direct communication with the vapour space of the storage vessel; " Southern province nyanza kibirizi and muyira 351.1 20641 "Eastern province nyagatare rwimiyaga 404.3 24325 " C. ihagaritse gukora ubucuruzi yaherewe icyemezo cyo gukora; "C. ceases to carry on the business for which the licence was granted; " (z) “ibwiriza ryo kwishyura” bivuga amabwiriza atangwa n’ukoresha serivisi zo kwishyurana asaba gushyira mu bikorwa igikorwa cyo kwishyurana; "(z) “payment order” means an instruction by a payment service user requesting for the execution of a payment transaction; " Mu bigo byose, amasaha y'akazi ni mirongo ine n’atanu (45) mu cyumweru. icyakora bitewe n’imiterere y’akazi, amasaha y’akazi mu cyumweru ashingira ku bwumvikane bw’impande zombi. "In all enterprises, the legal employment’s duration is forty five (45) hours per week. however, due to the specific nature of the work the weekly working hours shall be based upon the agreement between the two parties. " Ingingo ya 20: guha ubufatanye mu bucuruzi amakuru atari yo cyangwa ayobya ajyanye na nyir’ inyungu nyawe "Article 20: provision to a partnership of false or misleading information on the beneficial owner " Ingingo ya 6: ibikorwa intumwa zibujijwe gukora "Article 6: prohibited activities for agents " Gahunda yo kwishyura ku byiciro bitatatu bikurikiranye bibarwa uhereye igihe wahinduriwe “umwenda utujuje ibisabwa” ; "Next 3 consecutive installments, as from the time it was reclassified “substandard”. " Umuryango ugizwe n‟abanyamuryango bawushinze, abemerewe kuwinjiramo n‟abanyamuryango, b‟icyubahiro. muri abo banyamuryango harimo abarobanuriwe gukora imirimo n‟imihango y‟idini n‟abandi bakristo basanzwe. "The members of the association are the founding members, the adhesive members and the members of honor. among those members some are clergymen/women and the laic people. " Iyo ibyaha bivugwa muri iyi ngingo byagize ingaruka zivugwa mu gace ka 6° k’iyi ngingo, ubihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka icumi (10) ariko kitarenze imyaka makumyabiri (20) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni makumyabiri (20.000.000 "When the offences referred to in this article result in the consequences referred to in item 6o of this article, a person convicted thereof is liable to imprisonment for a term of not less than ten (10) years but not more than twenty (20) years and a fine of not less than twenty million rwandan francs (frw 20,000,000) but not more than twenty five million rwandan francs (frw 25,000,000). " Nta banki yemerewe guha cyangwa kwizeza guha umuntu umwe cyangwa umuntu ufitanye isano nayo avansi, inguzanyo cyangwa umwenda birenze 25% by‟imari bwite nyayo iyo banki itunze. "A bank shall not grant or promise to grant to a single person or to related parties, an advance, credit or commitment which is more than 25% of its net worth. " 6º gusuzuma no kwemeza raporo y’igihembwe ihujwe yerekeye ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’imari ya leta yateguwe na minisitiri; "6º to consider and adopt consolidated quarterly budget execution report prepared by the minister; " Tumaze kubona amasezerano yerekeye amamurika mpuzamahanga, yashyiriweho i paris kuwa 22 ugushyingo 1928; "Having considered the convention relating to international exhibitions, adopted in paris on 22 november 1928; " Igifungo kimara igihe kizwi kibarirwa ku minsi, amezi cyangwa imyaka bya kalendari isanzwe. "Fixed-term imprisonment is calculated on the basis of days, months or years of the gregorian calendar. " D. gushyikiriza inteko rusange umukandida ku mwanya w‟umunyamabanga nshingwabikorwa; e. gufata ibyemezo mu izina ry‟inteko rusange nyuma na mbere y‟uko inama zayo ziterana yisunze ububasha ihabwa nayo. "D. recommend to the general assembly a candidate for appointment as executive secretary, as and when required; e. in the interval between meetings of the general assembly, act on behalf of the general assembly within the limits of the powers delegated to it by the latter; " 2° gukurikirana no gusuzuma ishyirwa mu bikorwa rya politiki na gahunda by’igihugu binyujijwe mu : a. gukurikirana no kugeza raporo kuri perezida wa repubulika zigaragaza ishyirwa mu bikorwa rya politiki na gahunda bya leta haba mu butegetsi bwite bwa leta cyangwa mu nzego z’ibanze; "A. monitoring and submitting reports to the president of the republic on the implementation of government policies and programs in both central and local government institutions; " 3° kiri mu nzira zo guseswa cyangwa cyasheshwe; "3° is undergoing or has gone into liquidation; " Ikigega gihurizwamo amafaranga ya leta cya buri nzego za leta gifunguza konti muri banki ifite imiterere ya konti imwe nkuru muri banki nkuru y‟igihugu. "Each public entitys‟ consolidated fund shall have a bank account configuration that consists of a main bank account with the national bank of rwanda. " Ingingo ya 15: gucunga neza umutungo "Article 25: management of property " Umutwe wa iii: imikorere y’ubushinjacyaha "Chapter iii : penal provisions " Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha rushobora gutegeka ukekwaho gukora igikorwa cy’iterabwoba: "The rwanda investigation bureau may impose on the terrorist suspect: " Ingingo ya 16: inteko rusange idasanzwe iterana igihe cyose bibaye ngombwa. ihamagazwa kandi ikayoborwa mu buryo bumwe nk‟ubw‟inteko rusange isanzwe. igihe cyo kuyitumiza gishyizwe ku minsi cumi n‟itanu (15). impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganyijwe mu butumire. "Article 16: the extraordinary general assembly is convened as often as it is deemed necessary. the modalities in which it is convened and chaired are the same as for the ordinary one. the deadline to convene it is fifteen days (15). debate shall deal only with the matters on the agenda. " Minisitiri w‟ubuhinzi n‟ubworozi bazivamo christophe (sé) "Minister of agriculture and animal resources bazivamo christophe (sé) " Ingingo ya 58: "Article 58: " 2. ishyirwa k’umurongo ry’igenzura n’ubudakemwa bw’ishusho y’umutungo n’ukuri kw’ibiri kuri konti; 3. gusuzuma niba imyanzuro y’inteko rusange yarashyizwe mu bikorwa no kureba uburyo amategeko yubahirizwa ndetse n’amategeko ngenderwaho ishyirahamwe. "2. control adjustment and sincerity of balance sheets and accuracy of information on accounts; 3. check whether decisions of the general assembly were implemented and ensure compliance with the internal rules and regulations. " (c) mu ibaruwa isaba ibiciro urwego rutanga isoko rumenyesha abapiganwa niba ku giciro cy’ibikenewe haziyongeraho andi mafaranga, nk’ajyanye n’ubwikorezi, ubwishingizi, amahoro ya gasutamo n’indi misoro, kandi rukabasaba kuzabibarira mu giciro bazatanga; "(c) in the request for quotation, the procuring entity shall inform bidders of any additional costs to the initial price like transportation, insurance fees, custom duties and taxes and shall request them to include the costs in their submitted quotations; " Iyo uburyo n'intwaro byakoreshejwe cyangwa byategetswe gukoreshwa byateye urupfu rw'umuntu, igihano kiba igifungo cya burundu. "When the methods and weapons used or ordered to be used result in the death, the penalty is a life imprisonment. " Iteka rya perezida rishyiraho urwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze …….……29 "Presidential order establishing rwanda basic education board ……………………...…... 29 " (g) kudakora ubushishozi ku bucuruzi burimo umuntu ugaragara mu rwego rwa politiki; "(g) failure to conduct due diligence in the business relationship with a politically exposed person; " (a) ibyemezo byo mu rwego rw’imitunganyirize y’imirimo n’ibikoresho byifashishwa mu kugabanya uburiganya; (b) imirongo ngenderwaho mu gutanga raporo igihe habayeho uburiganya; (c) ibikoresho byo kugenzura bikoreshwa n’ingamba n’uburyo bwo gukurikirana byashyizweho hagamijwe kugabanya ubukana bw’ingorane zishobora kubaho mu rwego rw’umutekano. "(a) organizational measures and tools to mitigate fraud (b) reporting lines in cases of fraud (c) the monitoring tools used and the follow-up measures and procedures in place to mitigate security risks. " Rcs ifite inshingano zikurikira: "The rcs has the following responsibilities: " 12° inyandiko igaragaza uburyo icyemezo gitangwa: amabwiriza ashyirwaho n’utanga serivisi y’icyemezo koranabuhanga agaragaza uburyo icyo cyemezo gitangwa; "12° certification practice statement: a statement issued by an electronic certification service provider to specify the practices that are employed in issuing certificates; " 2) uwahawe uruhushya cyangwa intumwa ye bakoresha amakuru y’umufatabuguzi mu mirimo, yaba iy’ubucuruzi cyangwa ibindi bikorwa, batabanje kubyemererwa n’umufatabuguzi, bahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u rwanda miliyoni ebyiri n’ibihumbi magana atanu (2.5000.000) kuri buri simukadi. "2) a licensee or its agent who uses the subscriber’s information in any business, commercial or other transactions, without subscriber’s consent, are liable to administrative fine of two million five hundred thousand (2,500,000) rwandan francs per sim card. " Gahunda y’inyigisho z’ibanze ku bagize dasso igenwa na komite nyobozi y’akarere ifatanyije na polisi y’u rwanda. "Basic training program for dasso members shall be planned by the district executive committee in collaboration with the rwanda national police. " Indamunite z’urugendo zivugwa mu gika kibanziriza iki ntizigenerwa abakozi bari ku nzego z’imirimo za “d”, “e”, “h” na “3” boroherezwa ingendo hakurikijwe amabwiriza ya minisitiri ufite ibikorwa remezo mu nshingano ze. "The transport allowances specified in the previous paragraph shall not be granted to public servants on levels “d”, “e”, “h” and “3” whose transport is facilitated according to the instructions of the minister in charge of infrastructure. " Ahantu hagenewe gusubukurira ibikorwa mu gihe cy’ibiza hagomba: 1° kugabanya ibibazo biterwa n’ibiza kamere birimo umutingito, imyuzure, n’ibiza bituruka mu butaka; "1° minimize influences by natural hazards including earthquake, floods, geological hazards; " Ibikoresho bigomba kuba biri mu gasanduku k’ubutabazi bw’ibanze ibikoresho uko bigomba kuba bimeze umubare ibikoresho byo mu biro urutonde rw‟ibikoresho by‟ubutabazi bw‟ibanze 1 "Material characteristics quantity administrative material list of the first aid material 1 " Umugereka wa iii: ibisabwa ku bakemurampaka bo mu rwanda n’abo mu mahanga bajya ku rutonde rw’ikigo…………………………………………………………………………..87 "Annex iii: criteria for kiac panel of domestic & international arbitrators………………..87 " 2° gukoresha ku buryo busesuye umutungo ukodeshwa igihe cyose ikodesha rizamara hakurikijwe ibiteganwa mu masezerano y’ikodeshagurisha; "2° to enjoy full use of the leased asset during the entire period of the lease as provided for in the finance lease agreement; " Mbirahiriye i …………….. kuri uyu munsi wa …………/………/20…… ______________________ _______________________ umukono w’urahiye official gazette n° special of 31/03/2023 "Sworn at …………….. this …......day of …………………20…… official gazette n° special of 31/03/2023 " (i) kugira inama guverinoma mu gushyiraho politiki, amategeko n’ingamba ku byerekeye amakoperative; (b) to sensitize the population to work together in cooperatives; "(i) to advise the government on the elaboration of policies, laws and strategies in relation with cooperatives; (b) sensibiliser la population à travailler ensemble dans les coopératives ; " "Ingingo ya 2: icyicaro cy’umuryango gishyizwe i kabarore, akarere ka gatsibo, mu nt ara y ’iburas i razuba. gi s hobora kwimurirwa ahandi mu rwanda byemejwe n’inteko rusange. ingingo ya 3: umuryango ukorera imirimo yawo mu ntara y’iburasirazuba no kubutaka bwose bwa repubulika y’u rwanda. igihe uzamara ntikigenwe. ingingo ya 4 : umuryango ugamije: 1. kubungabunga ibidukikije noguteza imbere ubuzima bwiza bw’abaturage. 2 . g u t e r a a m a s h y a m b a a h a n t u h’uduharabuge cyangwa hataberanye n’ubuhinzi hagamijwe kurinda no gufata neza amasoko, kurwanya isuri no gutuma ibihe by’ikirere bimera association sans but lucratif « rwandese health environment project initiative (rhepi) » statuts chapitre premier d e n o m i n a t i o n , s i e g e social, duree et objectifs article premier : il est constitué entre les soussignés, une association sans but lucratif dénommée rwandese health environment project initiative, ""rhepi"" en sigle, régie par les présents statuts et soumise aux dispositions de la loi n° 20/2000 du 26" "Article 3: the head office of the association is established to kisaro, rulindo district, northern province.it may however be transferred elsewhere within the republic of rwanda when the general assembly so decides by 2/3 of the effective members artilce 4; association has as objectives: - promotion of rational and intensive agriculture by the conservation of water and soil with the way of « radical diging »which allow the enhancement of country foodstuff self sufficiency. - promotion of farmers trainings specifically youth. - support to the wives agricultural groups and associations supervised by c.p.p.a. " (c) gushyiraho amabwiriza agenga amatora y’abagize inzego za udpr mbere ya buri matora; "(c) to establish regulations governing the elections of members of the udpr organs before each election; " 7 º mu bigize raporo z‟imari zahujwe harimo nibura ibi bikurikira: "(2) the results published include at least the following: " Umugenzuzi w’imari agomba kugaragaza muri raporo ye niba imigenzurire bwite, uburyo n’inzira bikoreshwa n’umubitsi biteguye neza ku buryo biba bijyanye n’ibikorwa na serivisi umubitsi akora akanavuga kandi niba umubitsi abikoresha uko bikwiye, niba yarabigerageje kandi akavugurura securities, if applicable, and reconcile all assets to the books and records of custodial accounts of customers maintained by the custodian and the books and records of customers and service providers. "The internal control report must include the auditor’s opinion as to whether the internal controls, processes and procedures that the custodian has put in operation are suitably designed for the activities and services undertaken, are effectively employed, tested and revised by the physique des titres, le cas échéant, et concilier tous les actifs aux livres et registres de comptes fiduciaires des clients qui sont tenus par le fiduciaire et les livres et registres des clients et des prestataires de services. " (f) aho ibiro bikuru biherereye. mu gihe cyo gusaba uruhushya ndetse n’ikindi gihe cyose, usaba uruhushya rwo gukora agomba kugira, ahantu hadahindagurika kandi hazwi 3° legal status and governance. description of status, ownership and governance of the entity to obtain the license: "(f) the address of the head office. the applicant shall have, at the time of licensing and at all times, a fixed and identifiable place of business that is suitable in all 3° statut juridique et gouvernance. description du statut, de la propriété et de la gouvernance de l’entité pour obtenir la licence: " Ingingo ya 35: abagize biro ya pdi ku rwego rw’intara/umujyi wa kigali "Article 35: bureau at the province / city of kigali level members " Mu gihe cyo gusuzuma ishingiro ry’umushinga w’itegeko, bisabwe n’uhagarariye guverinoma cyangwa umudepite bikemezwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) by’amajwi y’abitabiriye inama, inteko rusange yemeza ko uwo mushinga w’itegeko uhita wemezwa mu nteko rusange utagombye kunyuzwa muri komisiyo ibishinzwe. "When the merits of a draft law or private member’s bill is under consideration and at the request of a cabinet representative or a deputy and after approval by a three-fifths (3/5) majority vote of members present, the plenary assembly decides immediate adoption of the draft law or private member’s bill without it going through the relevant committee process. " A) kopi ya regigistre y‟ubucuruzi b) umwirondoro na kopi y‟impamyabushobozi iriho umukono wa noteri; c) icyemezo cy‟uko hishyuwe amafaranga ibihumbi mirongo itanu adasubizwa; d) kuba afite konti muri banki, agasanduku k‟iposita, e-mail, kugira aho abarizwa n‟amasezerano y‟ubukode "A) copy of certificate of registration of business. b) curriculum vitae and a certified copy of academic certificate; c) proof of payment of fifty thousand francs non refundable d) have a bank account, postal address, e-mail, an office and rental contract " Inama njyanama iterana mu ruhame. nyamara iyo bisabwe na bibiri bya gatatu (2/3) by’abayigize bateranye, inama ishobora guterana mu muhezo. "The district council meeting is public. however, the council may meet in closed sessions if requested by two thirds (2/3) of the members present. " Urwandiko rutumira rukubiyemo ibiri ku murongo w’ibyigwa rugomba kugera ku banyamuryango nibura iminsi mirongo itatu mbere y’uko inama iterana. ibigomba gusuzumwa n’inama y’ikirenga bitegurwa article 14: the term of office of the legal representatives "The invitation tot he meeting containing the agenda may reach the members at least thirty day (30) before the meeting be held. the agenda shall be prepared by the board of administration and approaved by the general article 14: le mandat de représentant légaux " Ishingiye ku itegeko ngenga n° 53/2008 ryo kuwa 02/09/2008 rishyiraho urwego rushinzwe iterambere mu rwanda (rdb) rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byarwo nk’uko law n°33/2012 of 30/08/2012 modifying and complementing law n° 11/2009 "Pursuant to organic law n° 53/2008 of 02/09/2008 establishing rwanda development board (rdb) and determining its responsibilities, organization and functioning as modified and loi n°33/2012 du 30/08/2012 modifiant et completant la loi n° 11/2009 du 14/05/2009 relative aux suretes mobilieres " Abahuza bemerewe kohereza amadevize mu mahanga bagomba kohereza amadevize yerekeye kwivuza kw’abatuye mu gihugu herekanwe fagitire yo kwa muganga cyangwa ikigereranyo cy’agaciro kayo. "Licensed intermediaries allowed to transfer foreign currency shall transfer foreign currency related to medical care to residents, on presentation of medical bills or their estimated value. " Ushinzwe gucunga ingwate atangaza cyamunara yasubitswe nibura iminsi itanu (5) mbere y’umunsi wa cyamunara ibarwa uhereye umunsi itangazo ryatangarijweho kugera ku munsi ubanziriza uwo cyamunara izaberaho. "The receiver advertises the new auction at least five (5) days before the date of the next auction counted from the day of publication of the advert to the eve of the next auction. " Ushobora no gukorera mu bindi bihugu cyane cyane mu rwego rwo kungurana ibitekerezo n’ubufatanye n’indi miryango bahuje icyerekezo. "It can also be operational in other countries, notably for the interest of exchange and cooperation among the organization. " Koperative “cocmr” ifite icyicaro i rwarenga, umurenge wa remera akarere ka gatsibo, intara y‟iburasirazuba, ihawe ubuzimagatozi. "Legal entity is granted to the association «retrouve le sourire» that is based in rwamagana, rwamagana district, eastern province. " Ingingo ya 9: ikemurwa ry’impaka kuri raporo ya muganga ingingo ya 10: kuvuguruza raporo ya muganga ingingo ya 11 : gusuzuma raporo y’abahanga igaragaza ibyangiritse n’agaciro kabyo "Article 11: examination of experts’ report on damaged property and its value " Amabwiriza ya banki nkuru y’u rwanda agena ibisabwa ku mikorere n’ibindi bisabwa mu bwiteganyirize bwa pansiyo…………………………………………………………………...2 "Regulation of the national bank of rwanda establishing operational and other requirements for pension schemes…………………………………………………………………………...2 " 1° kwamagana urwego rutanga isoko kubera icyo rwakoze cyangwa icyemezo rwafashe kinyuranyije n’ibiteganywa n’iri tegeko cyangwa andi mategeko akoreshwa; "1° denouncing actions or decisions of the procuring entity which are contrary to the provisions of this law or other applicable rules ; " Haseguriwe ibivugwa mu gika kibanziriza iki, iyo umushinjacyaha akurikiranwaho amakosa menshi, ahabwa gusa igihano gisumba ibindi mu biteganyirijwe ayo makosa. "Subject to the provision of paragraph one of this article, if a judge is said to have committed several disciplinary faults, he/she shall be given the strongest punishment provided for those faults only. " Ubutaka bwa leta buri mu mutungo bwite wayo bugizwe na: "State lands in private domain consist of: " Umukozi umaze gutora ashyira urupapuro yatoreyeho mu gasanduku k’itora kandi agasinya imbere y’izina rye ku rutonde rw’abatora. "An employee places his or her ballot paper in a ballot box after voting and signs in front of his or her name on the list of voters. " Ingingo ya 25: abashoramari bemerewe gusaba mu gihe cy‟ibiciro by‟imigabane byashyizweho na leta "Article 25: investors eligible to make application in fixed price offer " 1° ushyingiranwa n‟undi amasezerano y‟ubushyingiranywe ya mbere agifite agaciro, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka ibiri (2) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi ijana (100.000) kugeza ku bihumbi magana atanu (500.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano; "1° enters into a second marriage while the first marriage is still valid shall be liable to a term of imprisonment of six (6) months to two (2) years and a fine of one hundred thousand (100,000) to five hundred thousand (500,000) rwandan francs or one of these penalties; " Icyemezo gitangazwa ku rubuga rw’urwego rw’ubucamanza, ku rubuga rw’imanza zirangizwa, ndetse no mu kindi kinyamakuru cyagenwe na perezida w’urukiko. "The order is published on the website of the judiciary, on the website on which cases to be executed are posted as well as in any other newspaper determined by the president of the court. " Inama zidasanzwe zishobora guterana mu gihe bibaye ngombwa. iterana ku buryo bwemewe iyo nibura 2/3 by‟ abayigize byitabirirye inama. icyemezo gifatwa ku bwiganze bw‟ amajwi y‟ abahari. iyo amajwi angana ijwi rya perezida ribarwamo abiri. "Meetings of the board shall be held once a term. they are presided by chairperson and in his absence, the vice chairperson. at least 2/3 of the members shall form a quorum. the decisions of the board are based on absolute voices opinions. if the voices are equal, the president‟ voice is duplicated. " 2° umushinga ugomba kuzuza ibisabwa kugira ngo leta itange ubufasha bwihariye mu guteza imbere amacumbi aciriritse bivugwa mu ngingo ya 5 y‟aya mabwiriza. "2° the project must fulfil eligibility criteria for affordable housing development projects specified in article 5 of these instructions ; " 1° guhuza ibikorwa bijyanye na gahunda z’imirimo yose yerekeye inyigisho n’uburere muri kist; "1° to coordinate all activities related to academic programs and education of kist; " Inama njyanama ishobora no guterana ku buryo budasanzwe iyo hari impamvu yihutirwa cyangwa bisabwe nibura na kimwe cya gatatu any person who violates instructions or a resolution of the council may be liable to an administrative fine not exceeding ten thousand rwandan francs (rw f10,000). "The council may also meet in an extraordinary session in case of emergency or upon request by at least a third (1/3) of its members who tout contrevenant aux instructions ou à une décision du conseil peut être passible d’une amende administrative ne dépassant pas dix mille francs rwandais (10.000 frw). " 4° imyenda ya buri cyiciro n’uburenganzira bujyana na cyo; "4° claims of each class and related rights; " Iri teka rigena imitunganyirize n‟imikorere y‟amashyirahamwe y‟inzego z‟imitegekere y‟igihugu zegerejwe abaturage zifite ubuzimagatozi. "This order determines the organization and functioning of associations of decentralized administrative entities with legal personality. " Iyubakwa ry’inzira ya gariyamoshi ryubahiriza nibura ibi bikurikira: "The construction of a railway conforms at least to the following: " Csd igira uburenganzira nk‟ubwo ku nyandiko ibikiye abafite uruhare muri csd mu izina rya ba nyir‟inyandiko z‟agaciro kugira ngo hubahirizwe inshingano zabo zikomoka ku mirimo bakorewe na csd. "The csd shall enjoy a similar lien in respect of the securities held for the participants on behalf of the securities holders to guarantee the due discharge of any obligation due in connection with any of the services carried out by the csd. " 3° umusoreshwa atorohereje umugenzuzi cyangwa ataratanze ibisobanuro yasabwe; "3° the taxpayer was unwilling to cooperate with an audit officer or did not provide the explanations requested; " Madamu mukarugwiza christine yemerewe guhindura amazina ya mukarugwiza christine agahinduka mukarugwiza geiss christine mu gitabo cy‟irangamimerere mu gihe cy‟amezi atatu (3) uhereye ku munsi iri teka ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y‟ u rwanda. "Mrs mukarugwiza christine is hereby authorized to change the names mukarugwiza christine to become mukarugwiza geiss christine in the register of civil status containing her birth certificate within three months (3) commencing from the date of publication of this order in the official gazette of the republic of rwanda. " Rihindura kandi ryuzuza itegeko n° 12/2009 ryo kuwa 26/05/2009 "Modifying and complementing law n° 12/2009 of 26/05/2009 " Article 2: appointment of a director article 2: nomination d‟un directeur ingingo ya 3: abanshinzwe kubahiriza iri teka "Article one: appointment of a deputy director general article 2: authorities responsible for implementation of this order article 3: repealing provision " N° 127/01 ryo kuwa 15/07/2014 "N° 127/01 du 15/07/2014 " Abagize biro ya rlrc bari mu bagize inama ngishwanama. "Members of the bureau of rlrc shall be members of the advisory council. " 11 º indobanywa y’amabuye y’agaciro: "9º money laundering: " 1° uhagarariye intara; "1° a representative of the province; " 9° gukangurira urubyiruko rw‟abanyeshuri ruri mu biruhuko gukora ibikorwa bifitiye igihugu akamaro. 10° guteza imbere umubano mwiza w‟urubyiruko rwo mu rwanda n‟urwo mu mahanga. "6° to make sure that students are well brought up and to serve as model of good conduct; 7° to participate in other activities of unr du personnel enseignant et de recherche. " (h) gukora, gutangaza no gushyiraho uburyo bwo kumenyekanisha ubushakashatsi ku mateka y’u rwanda muri rusange, no ku mateka by’umwihariko ya jenoside yakorewe abatutsi, ku bumwe bw’abanyarwanda, ku burere mboneragihugu, ku umuco, no kubaka ubushobozi bw’abakora ubwo bushakashatsi; "(h) to conduct, publish and establish mechanisms to disseminate research on history of rwanda in general and, in particular, on genocide against the tutsi, on the unity of rwandans, civic education and culture, and build the capacities of researchers; " Naho ibyemezo by‟inteko rusange isanzwe bifatwa hakurikijwe ubwiganze bw‟abanyamuryango bayigize. - accepter donations et legs ; - admettre et exclure les membres ; - décider de la dissolution de l‟organisation et de l‟affectation de ses biens. "Les décisions de l'assemblée générale ordinaire sont prises à la majorité simple des voix des membres présents. - accept donations and legacies; - admit and expel members; - decide on the dissolution of the organization and the allocation of its assets. " Umuvugizi w’umuryango kabandana claver (sé) "The legal representative kabandana claver (sé) " (sé) rév. dr.bashaka faustin umuvugizi w‟umuryango "(sé) rev.dr. bashaka faustin legal representative " Abisabwe n’umuvugizi w’umuryango «kimisagara hung-gar club» mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 11/06/2009; "Upon request lodged by the legal representative of the association « kimisagara hung- gar club » on 11/06/2009; " 9° abakozi bashinzwe kurengera abatangabuhamya n’abahohotewe; "9° staff in charge of witnesses and victims’protection; " 1° kunganira perezida wa pdi no kumusimbura igihe we na visi perezida ubifite mu nshingano ze z’ibanze badahari; "1° assist pdi president and deputize for him/her should both pdi president and vice president who is primarily concerned be absent; " 2° gukora isuzumabikorwa ry’umuganda no kubitangaho raporo; "2° to evaluate community works and report thereon; " Iyo umwe mu bagize inama y’ubuyobozi ya naeb avuye mu mirimo ye mbere y’uko manda ye irangira, urwego rubifitiye ububasha rushyiraho umusimbura, akarangiza iyo manda. "In case a member of the board of directors of naeb leaves his/her duties before the expiration of his/her term of office, the relevant authority appoints his/her substitute to complete his/her term of office. " Abisabwe n‟umuvugizi w‟« umuryango ugamije amajyambere n’iterambere rusange » (apdc) mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 17/09/2009 ; "On request lodged by the legal representative of the “association for the promotion of community development” (apdc) on 17/09/2009; " Sustainable development “risd” kiri i kigali, mu karere ka gasabo, ariko gishobora kwimurirwa ahandi igihe cyose bibaye ngombwa byemejwe n‟inteko rusange. umuryango ukorera mw‟ifasi yose ya repubulika y‟u rwanda. " gukora ubuvugizi bw‟abatishoboye kuri development “risd” is located in kigali city, gasabo district, but it can be relocated depending on need and the situation as may be determined by the general assembly. the organization carries out its activities in the whole territory of the republic of rwanda. " Nyabagendwa bugomba kuba bufite ibikoresho byifashishwa mu kubuyobora. "An organisation must have statutes that govern it. " Twemera ko icyaha cy’inkomoko ari ukwononekara kwa kamere ya buri muntu ukomoka kuri adamu, kandi ko umuntu atabasha ubwe kwikiza . 7. umuntu: twemera ko umuntu yaremwe mu ishusho y’imana, umuntu yaraguye areka gukiranuka, akaba akeneye agakiza kava ku mana. "Article 6 : the human’s nature the first man wasn‟t created in sinful nature only he could obey god‟s law.afterward he has fallen by contravaning the law and was separated from the glory of god.he because official gazette nᵒ 26 of 29/06/2015 " 6° gutegura igenamigambi rigamije kubaka ubushobozi bw’inzego n’ubw’abakozi; "6° to prepare strategic planning for institutional and human resources development; " (c) uko ubuzima bw’umwana buhagaze. "(c) the child’s health status. " 2° gukora ubushakashatsi mu byerekeye iterambere ry’inganda n’ikoranabuhanga, hashyirwaho udushami tw’igeregeza mu by’ikoranabuhanga n’inganda bikorerwamo igeragezwa no kugeza izo nganda mu cyaro; "2° to carry out industrial and technology development research through the establishment of technology incubation centres and pilot plants and rural industrialisation; " 8° guhuza ibikorwa byo gushishikariza abanyarwanda b’impunzi gutaha, kubacyura no kubasubiza mu byabo; "8° to coordinate the activities of mobilising and repatriating rwandan refugees in diaspora, and resettling them in their properties; " 12° gushaka umutungo no gukurikirana imikoreshereze yawo; "12° to mobilize resources and monitor their utilization; " Bisabwe n’inama y’ubuyobozi cyangwa kimwe cya gatatu cy’abanyamuryango nyirizina, amategeko ashobora kuvugururwa akemezwa ku bwiganze busesuye bw’amajwi y’abanyamuryango nyakuri. "At the executive committee’s instigation or at that of one third of duly registered members of the association, modification of the statutes is adopted by the absolute majority of the effective members. " Ingingo ya 128: inama z’inama njyanama z’uturere dutandukanye "Article 128: joint meetings of different district councils " Ingingo ya 16: inshingano za komite y’umudugudu komite y’umudugudu ifite inshingano zikurikira: "The following are the attributions of the village committee: " 13° gutanga amanota ku rwego rwa mbere ku bakuru b’imirimo no guha amanota ku rwego rwa kabiri abandi bakozi bo ku rwego rw’umujyi wa kigali; "13° to carry out first-level performance appraisal of heads of departments and second-level performance appraisal for other staff members of the city of kigali; " 6° kubaza no kubona amakuru ku muntu uwo ari we wese arebana n’inyubako cyangwa ahantu hakorerwa igenzura. "6° interview and obtain information from any person concerning a facility or place being inspected. " Amabwiriza ya minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano agena uburyo bwo gutwara abakozi ba leta bari mu butumwa imbere mu gihugu. "Instructions of the minister in charge of transport determines modalities of transport of public servants on official mission within the country. " Nzi ko ari icyaha gutanga ubizi cyangwa utabitekerejeho neza amakuru atari yo cyangwa ayobya yerekeranye no gusaba uruhushya rwo gukora. nzi kandi ko kudatanga amakuru afatika ku bushake cyangwa atari ku bushake bizafatwa nk’icyaha kandi bishobora gutuma ntahabwa uruhushya rwo gukora. nemeje ko, nkurikije uko mbizi, amakuru atanzwe haruguru yuzuye kandi ari ukuri kandi ko nta bindi bifatika bireba iri saba ubuyobozi bugenzura bwakenera bihari. "I am aware that it is an offence to knowingly or recklessly provide any information, which is false or misleading in connection with an application for a licence. i am also aware that omitting material information intentionally or un-intentionally shall be construed to be an offence and may lead to rejection of my application. i certify that the information given above is complete and accurate to the best of my knowledge and that there are no other facts relevant to this application of which the supervisory authority should be aware. " 4° gusuzuma ibibazo by’akarengane no kugaragaza igikwiye gukorwa; "4° to review complaints related to injustice and suggest appropriate action; " “perezida wa repubulika amaze kugisha inama inama y’abaminisitiri n’inama nkuru y’ubucamanza ashyikiriza sena urutonde rw’abakandida bangana n’imyanya y’abacamanza mu rukiko rw’ikirenga isabirwa kuzuzwa, kugira ngo ibemeze.” "“the president of the republic, after consultation with the cabinet and the high council of the judiciary, shall submit to the senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges of the supreme court, for approval.” " Mu bihe byihutirwa kandi inama y’ubuyobozi idashoboye guterana, umuyobozi wa kist ashobora gufata ibyemezo byihutirwa kugira ngo kist ishobore kurangiza inshingano zayo. "In case of emergency and if the board of directors cannot meet, the rector of kist may take decisions of urgency to enable kist fulfill its mission. " (2) ikigo cy’imari gishyiraho kandi kigashyira mu bikorwa ubugenzuzi bw’imbere n’ibindi bikurikizwa bibuza abakora ibyaha gukoresha ibikorwaremezo bye mu bikorwa by’iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba kandi akagenzura ko ibikorwa bye byubahiriza amategeko akurikizwa kandi bikajyana n’imyitwarire myiza akanabuza itangwa rya serivisi igihe hari impamvu zumvikana zatuma umuntu akeka ko ibikorwa by’imari bye bijyanye n’iyezandonke cyangwa gutera inkunga iterabwoba. "(2) a financial institution shall formulate and implement internal controls and other procedures that will deter criminals from using its facilities for money laundering and terrorist financing and ensure that business is conducted in conformity with applicable laws and high ethical standards and that service is not provided where there is good reason to suppose that transactions are associated with money laundering activities or terrorist financing. " 1° gutanga no kuvanaho iyemererwa ry’ikigo; 2° kugenzura ibikorwa by’ikigo, abakorana na byo n’abakozi babyo; "7° to approve donations, grants and bequests to the academy; 8° to monitor performance of the administration of the academy and its personnel. " Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003, nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 51, iya 62, iya 66, iya 67, iya 88, iya 89, iya 90, iya 91, iya 92, iya 93, iya 94, iya 95, iya 108, iya 113, iya 118, iya 183 n’iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in articles 51, 62, 66, 67, 88, 89, 90, 91, 92, 93, 94, 95, 108, 113, 118, 183 and 201; " Umuntu wese wahawe amafaranga y‟ibiceri, y‟inoti cyangwa impapuro zifite agaciro k‟amafaranga, bikoreshwa mu rwanda cyangwa mu mahanga, byiganywe cyangwa byahinduwe akabitwara yibwira ko bidafite inenge ariko aho ayimenyeye akabikwiza mu bandi, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka ibiri (2). "Any person who receives counterfeit or altered coins, notes or other related effects which are legal tender in rwanda or in foreign countries, and takes them without knowing that they are counterfeit, and who, when he/she discovers that they are counterfeit, circulates them among other people, shall be liable to imprisonment of six (6) months to two (2) years. " 7° gukangurira abamugana, umuryango na bagenzi be akamaro k’ubuzima bwo mu mutwe hagamijwe guhindura imyumvire y’abamugana, y’umuryango mugari n’iya bagenzi be. "7° raise awareness of importance of mental health in the community by means of communication for behavioural change to clients, community and colleagues. " Abanyamuryango b’icyubahiro bemezwa n’inama rusange, ibashyikirijwe na komite nyobozi. bashobora kugishwa inama ariko chapter ii : members "Members of the monitoring council upon request of the board of directors. their mandate is 2 " Ingingo ya 154: ibuzwa ry’ibirego bishya ku rwego rw’ubujurire "Article 154: prohibition of filing new claims at the appeal level " Ikurikije inama yo kwemeza aya mabwiriza yabereye muri hoteli classic ku wa 8 kanama 2018; "Considering the validation workshop held at classic hotel on 8august 2017; " Icyiciro cy’umutungo cyangwa umutungo ushyirwa mu ngorane zishobora kuvuka ibigo by’ubwishingizi rusange ibigo by’ubwishingizi bw’ubuzima ibigo by’ubwishingizi bw’indwara bya leta igipimo ntarengwa ku utanga ubwishingizi umwe/urundi ruhande amafaranga ahari n’abitse ku makonti 70% 50% 70% 15% inyandiko mvunjwafaranga 100% 100% 100% n/a inyandiko mvunjwafaranga z’imyenda za sosiyete (ukuyemo umwenda w’urundi ruhande bifitanye isano) 60% 50% 60% 10% umubare wose w’ishoramari rikozwe mu migabane 30% 40% 30% 10% ishoramari rikozwe mu migabane itarashyizwe ku rutonde rw’isoko ry’imari 10% 10% 10% 5% ishoramari rikorwa mu mutungo utimukanwa 30% 35% 35% 20% umutungo utimukanwa ukoreshwa na nyirawo gusa 20% 20% 20% 20% ishoramari rikorwa mu mpande bifitanye isano 10% 10% 10% 7.5% official gazette n° special of 29/06/2023 "Cash and bank deposits 70% 50% 70% 15% government securities 100% 100% 100% n/a corporate debt securities (excluding related party debt) 60% 50% 60% 10% total equity investments 30% 40% 30% 10% unlisted equity investments 10% 10% 10% 5% property investments 30% 35% 35% 20% property held for own use 20% 20% 20% 20% investments in related parties 10% 10% 10% 7.5% investments held outside rwanda (east african community excluded) 20% 20% 10% 10% investment in domestic investment funds 10% 15% 10% 5% " Ingingo ya 9 : komite ngishwanama mu by’amazi ku rwego rw’igihugu "Article 9 : national water consultative committee " Buri mukoresha wese agomba guteganya amahugurwa agenewe abakozi be mu bijyanye no kwirinda imirasire yangiza, kuyirinda abandi no kuyirinda ibidukikije. umukozi wese wahuguwe agomba guhabwa impamyabushobozi. "Any employer shall provide his/her employees with training on how to protect themselves, other people and environment against ionising radiations. each trained employee must be provided with a certificate. " Ingingo ya 26: abagize komisiyo idasanzwe n’uko batorwa "Article 26: members of an ad hoc committee and their election " Izina n'icyicaro by'umuryango "Name and head office " Inama nyunguranabitekerezo y‟abafatanyabikorwa ba jadf ku rwego rw‟igihugu ifite inshingano zikurikira: "Jadf stakeholders consultative forum at national has the following responsibilities: " (2) minisitiri ufite ikoranabuhanga mu itumanaho no guhanga ibishya mu nshingano atanga ibitekerezo ku byemezo by’inama y’inama y’ubuyobozi mu gihe kitarenze iminsi 15 kuva abishyikirijwe. iyo icyo gihe kirenze ntacyo abivuzeho ibyo byemezo biba byemejwe burundu. "(2) the minister in charge information and communication technology and innovation gives his or her views on the resolutions of the meeting of the board of directors within 15 days from receipt thereof. if this period expires before giving his or her views, those resolutions are considered definitively approved. " Ingingo ya 58: ikoreshwa ry’itegeko rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba leta "Article 58: application of the law establishing general statute for public service " Ibyaha bivugwa mu duce dukurikira biburanishwa ku rwego rwa mbere n‟urukiko rw‟ibanze : "The following offences shall be tried at the first instance by the primary court: " Isosiyete ishobora gukoresha amagambo ahinnye asanzwe azwi ko ahagarariye ijambo cyangwa amagambo y‟izina ryayo igihe cyose bitatuma habaho ukwitiranya ibintu. "A company may use a generally recognized abbreviation of a word or words in its name if it is not misleading to do so. " By’umwihariko, ibaruramari ry’itsinda ry’amasosiyete rigirwa n’amabaruramari y’umwaka akomatanyije arenze rimwe arebana na sosiyete n’itsinda rimwe ry’amasosiyete ayishamikiyeho n’andi matsinda ayishamikiyeho cyangwa rigizwe n’amabaruramari y’umwaka atandukanye arebana na buri sosiyete yabyawe n’iyo sosiyete, cyangwa zikagirwa n’inyandiko zigamije kongera amakuru yerekeye amasosiyete yabyawe n’iyo sosiyete mu ibaruramari ry’umwaka ryayo cyangwa rigategurwa mu buryo bukomatanya bumwe muri ubwo buryo. "In particular, the group of companies annual accounts may consist of more than one set of consolidated annual accounts dealing respectively with the company and one group of subsidiaries and with other groups of subsidiaries or of separate annual accounts dealing with each of the subsidiaries or of statements expanding the information about the subsidiaries in the company's own annual accounts, or any combination of those forms. " Ushaka kwiyamamariza kujya muri komite nyobozi y’akarere cyangwa iy’umujyi wa kigali, agomba kuba: "Any person wishing to compete for membership in the executive committee at district or the city of kigali shall: " (b) amazina y’abakoze ikizamini; "(b) registry of foundlings; " (2) mu mikoranire y’ubucuruzi n’umuntu w’umunyamahanga ugaragara mu rwego rwa politiki, ushinzwe gutanga amakuru, uretse gukoresha ubushishozi ku mukiriya bivugwa mu ngingo ya 17 y’iri tegeko agomba – "(2) in case of business relationship with a foreign politically exposed person, a reporting person, in addition to performing customer due diligence referred to in article 17 of this law, must – " 17° isuzuma ry’umwirondoro :igenzura rikorwa ku mwirondoro w’abahujwe 14° user: ny person using a payment instrument or receiving payment services; "17° authentication: verifying identities of parties: there should be a mutual 14° utilisateur: toute personne utilisant un instrument de paiement ou recevant des services de paiement; " Umuyobozi mukuru ashyiraho kandi agashyira mu bikorwa gahunda y’igihugu y’umutekano w’iby’indege hagamijwe kugera ku rugero rwemewe rw’umutekano mu by’indege za gisivili. "The director general establishes and implements a national aviation safety programme in order to achieve an acceptable level of safety in civil aviation. " N'ababitsi b‟impapurompamo z'ubutaka bagira, buri wese, kashi yihariye ikoreshwa mu buryo buteganyijwe n‟amategeko abigenga. "Of land titles shall have each a special seal which is used in accordance with relevant laws. " 4° gushyikiriza umuyobozi n’ikigo gishyiraho amabwiriza raporo ya buri gihembwe n’iya buri mwaka y’imirimo ashinzwe; "4° to submit to the administrator and the regulator a quarterly and annual activity report; " Ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana gifatwa nk’aho cyahagaritse gukora nk’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana iyo: 1° cyahagaritse gukoresha ikigega cy’isuzuma n’iyishyurana mu gihe cy’iminsi irenze mirongo itatu (30) keretse iyo cyabanje kwemererwa n’ikigo gukora gutyo; 2° cyahagaritse gukoresha ikigega cy’isuzuma n’iyishyurana hakurikijwe ibivugwa mu mabwiriza yatanzwe n’ikigo nk’uko bivugwa muri iri tegeko. "1° it has ceased to operate its clearing house facility for more than thirty (30) days unless it has obtained the authority’s written prior approval to do so; 2° it has ceased to operate its clearing facility under a direction issued by the authority under this law. " 2. amafaranga y‟amahanga abikijwe: amafaranga y‟amahanga afitwe cyangwa abikijwe mu yandi mabanki hanze y‟u rwanda. "2. “foreign exchange placement”: foreign exchange held or placed with other banks outside rwanda. " Inama y’ubuyobozi ya meteo rwanda ishobora gutumira mu nama yayo undi muntu ibona ko ashobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. "The board of directors of meteo rwanda may invite in its meeting a resource person from whom it may seek advice on a certain item on the agenda. " Abashinjacyaha n‟abandi bakozi bo mu bushinjacyaha bukuru bavuzwa hakurikijwe amategeko yo kuvuza abakozi ba leta. "The medical care for prosecutors and other members of staff of the national public prosecution authority shall be provided in accordance with the rules regarding medical care for public servants. " Umuyobozi ufite ububasha bwo kuzamura mu ntera afite ububasha bwo gusezerera umusirikare wese ufite uburwayi bukomeye cyangwa ubumuga hashingiwe kuri raporo y'akanama k'abaganga. "The promoting authority has the power to discharge any soldier with serious sickness or disability based on a medical commission report. " Unr, ikayashyikiriza inama y’ubuyobozi kugira ngo iyemeze; "Them to the board of directors ; " Umuyobozi mukuru wa reb afite ububasha bwo gufata ibyemezo mu micungire y’abakozi n’umutungo bya reb akurikije amategeko abigenga. ahuza kandi akayobora ibikorwa bya reb. "The director general of reb has the power of decision making in the administrative and financial management of reb in accordance with relevant laws. he or she coordinates and directs the activities of reb. " (b) banki nkuru ikuyeho ibikurikizwa mu kugezwaho serivisi; "(b) the central bank revokes the access regime; " Urwego rureberera mmi ni minisiteri ifite ingabo z’u rwanda mu nshingano. "The supervising authority of mmi is the ministry in charge of rwanda defence force. " 6° kwemeza igishushanyombonera na gahunda yo gutwara abantu n’ibintu mu mujyi wa kigali no kugenzura uko bishyirwa mu bikorwa; "6° to approve the master plan and programme for the transportation of people and goods within the city of kigali and follow up their execution; " Ingingo ya 60: raporo y’igenzura "Article 60: report of inspection " (2) amafaranga y’amahoro avugwa mu mu gika cya (1) cy’iyi ngingo atangwa inshuro imwe gusa kuri buri bwato. "(2) fees provided for in paragph (1) of this article are paid once for each boat. " Impamyabushobozi ziteganyijwe mu cyiciro cya mbere, icya kabiri n’icya gatatu by’amashuri makuru. "A public institution of higher learning is le premier, le deuxième et le troisième cycle d'enseignement supérieur. " Ikigo gishobora gufata icyemezo cyo gutanga uruhushya rwo kwica cyangwa cyo kwimura igihomora cyangwa inyamaswa iteje impagarara kibanje gusuzuma ko bikwiye no gusesengura ingaruka. "The authority may permit to eliminate or translocate a feral or problem animal after conformity and impact assessment. " Dosiye isaba uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyangwa urwa kariyeri, ishyikirizwa: 1° minisitiri iyo hasabwa uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ikigo kikagenerwa kopi; "The application for mineral or quarry license shall be submitted to: 1° the minister in case of application for a mineral license with a copy to the institution; " 4° ubwoko bw’ibiti byiganje muri iryo shyamba; "4° dominant tree species in the forest; " 5° kopi z’amasezerano ateganyijwe ikigo cy’usaba kizagirana n’abaganga, amatsinda y’abaganga biteguye gukorera mu itsinda cyangwa buri wese agakorera ukwe, ibitaro, ibikorwa remezo by’abaforomo babifitiye ubushobozi ndetse n’abandi batanga serivisi zo kwita ku buzima bikorohereza ikigo guha serivisi central bank and shall be accompanied by medical master plan. "5° copies of the applicant corporation’s proposed contracts with physicians, groups of physicians organized on a group-practice or individual-practice basis, hospitals, skilled nursing facilities and other providers of health care services enabling it to provide health services to a voluntarily enrolled population; écrit à la banque centrale et doit être accompagnée d'un plan directeur médical. " 1° imyaka mirongo itandatu (60) y’amavuko kuri ofisiye jenerali; "1° sixty (60) years of age for general officer; " Icyemezo cy‟ubwenegihugu gitangwa mu gihe uwasabye ubwenegihugu amaze kurahira. imiterere yacyo iri ku mugereka w‟iri teka. "The certificate of nationality shall be issued after the applicant has taken oath. the format of the certificate is attached to this order. " Umuntu wese uri mu ndege cyangwa ugerageza kwinjira mu ndege yitwaje cyangwa yahishe intwaro, ibisasu, ibiturika cyangwa ibindi bintu byatera inkongi y’umuriro, aba akoze icyaha. "Any person who, while on board, or while attempting to board, any aircraft, possesses or conceals a weapon, a bomb, an explosive and flammable materials, commits an offence. " (d) mu gihe itsinda ry’ubwato rigizwe n’ubwato busunikwa buhabwa imbaraga n’ubwato bubiri cyangwa bwinshi buteganye, umuyobozi mukuru w’iryo tsinda ni umuyobozi mukuru w’ubwato butanga imbaraga nyinshi kuruta ubundi. "(d) in the case of a pushed convoy propelled by two or more pushers side-by-side, the boatmaster of the pusher providing the main propulsion is the boatmaster of the convoy. " Inama mpuzabikorwa ya paruwase igizwe n’umushumba wa paruwase, umukozi ushinzwe ibikorwa bya paruwase akaba ari na we mwanditsi w’inama; abashumba n’abavugabutumwa bayobora amatorero. "The parish coordination meeting is composed of the parish pastor, parish operation officer who is the secretary of the council, pastors and evangelists responsible for churches. " Nyamara, iyo inteko rusange igamije kumva ibisubizo by’ibibazo mu magambo, abadepite batanze ibyo bibazo cyangwa ababahagarariye ni bo bonyine gusa bafite uburenganzira bwo kwandikwa kuri lisiti ya mbere, naho abandi badepite bose babyifuza bashobora kwiyandikisha kuri lisiti ya kabiri hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 19 y’iri tegeko ngenga. "However, where a plenary sitting is devoted to answers to oral questions, only the deputies or their representatives who submitted such questions shall have the right to register on the first list, while other deputies who wish to be registered may do so on the second list in accordance with provisions of article 19 of this organic law. " N‟iya 31 ukuboza 1994 rikagena ububasha, imiterere n‟imikorere byacyo cyane cyane mu ngingo yaryo ya 16; "December 1994 and determining its organization, powers and functioning especially in article 16; " Umusoreshwa agomba gutanga amakuru yasabwe mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye igihe yakiriye inyandiko imusaba gutanga amakuru, keretse gusa iyo agaragaje ingorane zifatika yahuye na zo mu gutegura no gutanga amakuru asabwa. "A taxpayer must provide the requested information within fifteen (15) working days from the date of receipt of the request except where the taxpayer presents sound reasons to explain events which hindered the preparation and provision of the required information. " 4.3.3 ishami ry’igenzura ry’imbere ryagombye kuba rishoboye kuzuza inshingano zaryo ribyibwirije mu mashami yose, mu maserivisi no mu mirimo ya banki. rigomba kwisanzura mu kwerekana ibyo ryabonye no kubimenyekanisha imbere. "4.3.3 the internal audit department shall be able to exercise its assignment on its own initiative in all departments, establishments and functions of the bank. it must be free to report its findings and appraisals and to disclose them internally. " Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 20 n’iya 21 "Subject to provisions of articles 2 and 11 " Ugize inama y’ubutegetsi n’umwanditsi w’isosiyete bagomba kugenzura ko icyo gitabo kibitswe neza kandi ko cyandikwamo ibi bikurikira: "A director and a company secretary must ensure that the register is properly kept and the following particulars are entered in it: " Igihe ugenewe ibihabwa abiteganyirije apfuye, amafaranga yagombaga guhabwa ahabwa abo asize babifitiye uburenganzira bagaragaje ibyangombwa bisabwa. "In case of death of a beneficiary, all due benefits are paid to the eligible survivors upon presentation of required documents. " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya article one : ratification "This order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the article premier : ratification " Icyiciro cya 2: kuvana abantu mu gihugu ugamije kubacuruza "Section 2: trafficking persons out of the country " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’iburengerazuba………………………………………………………………………...59 "Prime minister’s order appointing the executive secretary of the western province …59 " Bibiri bya gatatu (2/3) by’amafaranga avuye mu musaruro abagize komisiyo ku rwego rw’uturere n’imijyi babyaza imitungo idafite bene yo ashyirwa kuri konti ntakorwaho ifungurwa muri banki nkuru y’igihugu. naho amafaranga angana na kimwe cya gatatu (1/3) abikwa kuri konti isanzwe muri banki iri hafi kugira ngo azavemo ayo gufata neza igikodeshwa kimwe n’agahimbazamusyi gahabwa abagize komisiyo. "Two thirds (2/3) of the amount collected from the production the members of the commission get from the abandoned property at the level of the district, town or municipality are deposited on a fixed account opened at the national bank. the monies equivalent to a third (1/3) shall be deposited on a current account in the nearest bank so that it is effectively used to manage the rented property as well as to pay the allowances to the members of the commission . " By’umwihariko, minisiteri ishinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri ifite inshingano zikurikira: "Particularly, the ministry in charge of cabinet affairs shall have the following responsibilities: " Umukozi ashobora, mu gihe bisabwe n’umukoresha, gukora amasaha y’ikirenga iyo: "An employee may, upon request by the employer, work overtime if: " Repubulika y’u rwanda. "République du rwanda. " Iyo ku mpamvu izo ari zo zose, umudepite watorewe kuri lisiti y’umutwe wa politiki avuye mu murimo we w’ubudepite, perezida w’umutwe w’abadepite abimenyesha komisiyo y’igihugu y’amatora mu gihe kitarenze iminsi cumi (10) kugira ngo itangaze amazina y’umudepite usimbura. "Where a deputy elected on the list of a political organisation leaves his or her function as a deputy on any grounds, the speaker of the chamber of deputies shall inform the national electoral commission in a period not exceeding ten (10) days to enable it to declare the names of the new deputy. " Igiretanyo………………………………. "Fax …………………………………………………………………….. " 8.8.41. ikigo minisitiri ufite amashuri makuru mu nshingano ze amenyesheje ko ukwemererwa gukora kwacyo kw‟agateganyo kwarangiye cyangwa ukwemererwa gukora kw‟agateganyo cyangwa kwa burundu kwacyo kwasheshwe kigomba: a) mu gihe kitarenze iminsi cumi n‟ine (14) ibarwa uhereye igihe minisitiri w‟uburezi yabimenyesherejeho, ikigo kigomba kumenyesha abanyeshuri bacyo ko iyandikwa ryacyo ryarangiye cyangwa ryasheshwe ndetse n‟ingamba cyafashe kugira ngo inyungu zabo ziteganywa n‟iri teka zidahungabana; "8.8.41 an institution that has been notified by the minister in charge of higher education that its provisional operating agreement has lapsed or that its provisional operating agreement or definitive operating agreement has been cancelled must: a) inform its students within 14 days from the date of the minister of education‟s notice that its registration has lapsed or been cancelled and notify the students of the arrangements that will be made to safeguard their interests in terms of this regulation; " Umutwe wa vi: ingingo zisoza ingingo ya 29 : uburyo aya mategeko shingiro azubahirizwa kimwe n’ibindi bidateganyijwe nayo bizasobanurwa ku buryo burambuye mu mabwiriza ngengamikorere y’umuryango yemejwe n’inteko rusange ku bwiganze busesuye bw’amajwi. "Chapter vi: final provision article 29: the modalities for the implementation of these articles of association as well as any matter that is not catered for here shall be elaborated in the internal rules and regulations of the association to be approved by a majority vote of the general assembly. " Umugereka wa 3 w’amabwiriza rusange n° 67/2023 yo ku wa 14/06/2023 yerekeye ubwishingizi bw’ikishingirwa kinini n’iyoroherezwa ry’ubwishingizi hashingiwe ku bushobozi bw’isoko "Annex 3 regulation n° 67/2023 of 14/06/2023 relating to underwriting of large risks and market capacity facilitation " Komite nyobozi y’urwego rwegerejwe abaturage igomba gusuzuma umushinga w’ingengo y’imari mbere yo kuwushyikiriza inama njyanama. umushinga w’ingengo y’imari ugomba kuba ugizwe n’ikiguzi cya serivisi, umushinga cyangwa gahunda bishya, hamwe n’isesengurabukungu ryabyo mu gihe giciriritse. "The executive committee of a decentralised entity must review the draft budget before submission thereof to the council. the draft budget must comprise the costing and economic analysis, in a medium-term perspective, of any new service, project or program. " (iv) ingano n’imiterere by’ibikorwa byo kwishyurana; "(iv) taille et profil des transactions; " Imenyekanisha ry’uko inyandiko ishobora gucuruzwa yanzwe ryanyujijwe mu iposita cyangwa mu bundi buryo bw’itumanaho bwemewe, rikomeza kugira agaciro nubwo inyandiko y’imenyekanisha yazimira. "A notice of dishonour of a negotiable instrument which is duly addressed through the post office or any recognised means of communication continues to be valid even if the notice of dishonour disappears. " 1º abakozi bo mu by’indege za gisiviri; "1° insurance brokers; " Umuhesha w’inkiko w’umwuga aryozwa ku giti cye amakosa yakoze mu kazi ke, kabone n’iyo yaba akorera hamwe n’abandi, bitabangamiye kuba yakurikiranwa ku byaha yakoze mu mirimo ye. "A professional bailiff shall be liable for any fault committed during the performance of his/her duties though in association with others, notwithstanding to his/her liability for any offence committed during the exercise of his/her duties. " 4° “indishyi”: bivuga guhagarika cyangwa gusonerwa uburyozwe, haba mbere cyangwa nyuma y’uko bubaye; "4° ""indemnify "": means relieve or excuse from liability, whether before or after the liability arises; " Amabwiriza n° 001/fic/2023 yo ku wa 26/06/2023 yerekeye imenyekanisha ry’amafaranga cyangwa inyandiko mvunjwafaranga zishyurwa uzifite byambukiranya umupaka …….…….. 2 "Regulation n° 001/fic/2023 of 26/06/2023 relating to the declaration of cross-border cash or bearer negotiable instruments ………………………………………….………….………….. 2 " Iyo raporo y’akarengane igomba kuba igaragaza aho ako karengane gashingiye n’impamvu nta zindi nzira zo kugakemura zihari. "The report on injustice must contain facts evidencing such injustice and the reasons for the impossibility of other remedies. " Aya mabwiriza yateguwe mu rurimi rw’icyongereza. "These instructions were drafted in english. " Ingingo ya 31: kwemeza no gutangaza raporo y’igenagaciro "Article 31: approval and publication of the valuation report " 3° 3° inyandikompesha: inyandikotegeko igaragaza uburenganzira umuntu agomba guhabwa n’umubereyemo umwenda cyangwa ikindi cyose agomba kwishyurwa haba ku bushake cyangwa ku ngufu z’amategeko; "3° 3° enforcement order: a legal instrument evidencing a claim or any receivables whether voluntary or by force of the law; " Komisiyo irigenga kandi ishinzwe gutegura no gukoresha amatora y’inzego z’ibanze, ay’abagize inteko ishinga amategeko, aya perezida wa repubulika n’aya referendumu n’andi matora itegeko ryagenera iyo komisiyo. "The commission is independent and it is responsible for preparing and organising, grassroots, parliamentary and presidential elections, referendum and other elections the law may determine for the commission. " Ingingo ya 162: ibikorwa bibujijwe umudepite bibangamira ubwigenge mu nshingano ze "Article 162: acts prohibited for a deputy which compromise his/her independence in the performance of his/her duties of office " Ingingo ya 24: ihindurwa ry’amategeko shingiro aya mategeko ashobora guhindurwa byemejwe n’inteko rusange kubwiganze busesuye article 21: quorum meetings of the executive committee "The present constitution can be amended on the decision of the general assembly on absolute article 21 : quorum des réunions du comité exécutif " Ingingo ya 11: imiterere, imikorere n’inshingano by’inzego z’imirimo za rmh "Article 11: organization, functioning and responsibilities of the organs of rmi " 3° gutanga ibitekerezo ku myubakire y’amashuri, kuyafata neza no kuyashakira ibikoresho ; sector level who serves as its rapporteur; "3° to provide views regarding the construction, maintenance and equipment of schools; niveau du secteur qui en est le rapporteur; " C) kugenzura no kugira imicungire myiza y’ibyateza ingorane byose bijyanye n’amasezerano yo gukoresha undi muntuyagira ingaruka zikomeye ku kigo hashingiwe ku buryo bwagutse bw’ikigo; "D) monitoring and maintaining effective control of all risks from its material outsourcing arrangements on an institution-wide basis; " Ingingo ya 39: amatungo acururizwa mu isoko "Article 39: animals sold at the marketplace " 8° gukora izindi nshingano zose zijyanye no kwishyurana. "8° to perform all other settlement obligations. " 7° ifasi: ibihugu cyangwa imiryango mpuzamahanga umuyobozi w’ibiro by’ububanyi n’amahanga ahagarariyemo u rwanda; "7° area of jurisdiction: countries or international organisations in which a head of diplomatic mission is officially accredited to; " Ingingo ya 20: inteko rusange idasanzwe ihamagazwa kandi ikayoborwa mu buryo bumwe nk‟ubw‟inteko rusange isanzwe. igihe cyo kuyitumira ni iminsi 10, ariko gishobora kumanurwa ku minsi 7 iyo hari impamvu yihutirwa cyane. impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganijwe ku murongo w‟ibyigwa. ingingo ya 21: inyandiko-mvugo z‟inteko rusange zishyirwaho umukono na perezida w‟inama hamwe n‟umunyamabanga w‟umuryango. igice cya kabiri: inama y’ubuyobozi ingingo ya 22: inama y‟ubuyobozi igizwe na:  perezida ariwe muvugizi w‟umuryango;  visi-perezida akaba n‟umuvugizi wungirije w‟ umuryango;  umwanditsi n‟umubitsi w‟umuryango umuvugizi w‟umuryango niwe muhuzabikorwa wawo, inshingano ze zisobanurwa mu mabwiriza ngengamikorere y‟umuryango. ishobora kongerwa. iyo umwe mu bagize inama y‟ubuyobozi yeguye ku bushake, avanywe ku mwanya we n‟inteko rusange cyangwa apfuye, umusimbuye arangiza manda ye. article 20 : the extraordinary general assembly is summoned and presided in the same conditions as the ordinary general assembly. the time for summoning is 10 "Article 20 : the extraordinary general assembly is summoned and presided in the same conditions as the ordinary general assembly. the time for summoning is 15 days. but in case of extreme emergency, that time can be reduced to 7days. the debates cannot be on other than the objective of its summoning. article 21 : the minutes of the meetings of the general assembly are signed by the president and secretary of the association. section two: board of dierctors article 22 : the board of directors is composed of:  president: legal representative;  vice-president: assistant legal rpresentative;  secretary;  treasurer;  advisors. " Urukiko rukuru rugomba gufata icyemezo mu minsi mirongo itatu (30) uhereye igihe ikirego cyagereye mu bwanditsi bw’urukiko. "The high court shall decide on the case within thirty (30) days from the date of submission of the complaint to the court’s registrar. " 6° kubika amakuru ajyanye n’inshingano zayo; "6° to keep data related to its mission; " Icyakora, iyo hari abakandida nibura babiri (2) banganyije amajwi kandi bahatanira umwanya wa nyuma kugira ngo umubare wa ngombwa w’imyanya uboneke, hakoreshwa irindi tora hagati y’abanganyije amajwi mu gihe kitarenze iminsi itatu (3). in case there is only one seat remaining to be allocated and several lists have got the same number of remaining votes, that seat is given to the list which obtained the highest number of votes. "However, when there are at least two (2) candidates with equal number of votes while in competition for the last slot to get the required number of seats, another round of elections is conducted between those with equal number of votes within a period of three (3) days. dans le cas où il ne reste qu’un seul siège à attribuer et si plusieurs listes obtiennent le même nombre de suffrages restant, ce siège est attribué à la liste qui aura recueilli le plus grand nombre de suffrages. " 26° andi makuru banki nkuru ibona ko ari ngombwa kugira ngo isuzume ubusabe bwo gukora umurimo wa hmo. "26° other information which the central bank finds necessary to review an application for hmo business. " Umubitsi agomba gukora ibishoboka kugira ngo yoroshye imikorere y’igenzura n’isuzuma rikorerwa aho akorera cyangwa imikorere y’ibindi bikorwa ngenzuramikorere bikorwa n’ikigo ibyo kandi akabikora yemerera ababishinzwe kwinjira aho akorera kandi agatanga n’ubufasha ku bakozi ikigo cyagennye. "The custodian shall facilitate on‐site surveillance and inspection and other regulatory activities undertaken by the authority allowing access to the custodian’s premises and provide support to designated authority’s personnel. " Ingingo ya 40: raporo za komite y‟umutekano "Article 40: security committee reports " Ingingo ya 30: guha agaciro iyandikisha ry’uburenganzira mu isangiramutungo ryakozwe "Article 30: search to control movement of goods in transit " Ingingo ya 107: ibindi bihano "Article 107: other penalties " 3° gutanga ibitekerezo ku nyigo zerekeye isoko ry’umurimo n’ibarurishamibare rirebana na byo; "3° to provide opinion on studies regarding labour market and related statistics; " 1° inyigo irambuye y’umushinga irimo imicungire y’umushinga n’amasezerano y’uburyo uzaterwa inkunga y’imari; article 5: application for approval "1° comprehensive project study including project management and financing arrangements; article 5: demande d’autorisation " Nk‟uko bisabwa na minisitiri cyangwa biteganywa mu ruhushya rw‟ubucukuzi bw‟ amabuye y‟agaciro, uwahawe uruhushya agomba: "As prescribed by the minister or as provided for in the conditions to a mineral licence, the holder of a mining licence shall: " Minisiteri y’umutekano mu gihugu ifite inshingano rusange yo gutunganya no kureberera polisi ndetse no kugena uburyo bwo kurinda umutekano w’abantu n’ibyabo hagendewe ku itegeko nshinga no ku mategeko mpuzamahanga. "The general mission of the ministry of internal security shall be to organise and oversee policing and security of people and of their property under the ambit of the constitution and international law. " Umwenda uvuguruye uri mu cyiciro cy’«imyenda iri mu gihombo» ukomeza gushyirwa mu cyiciro cy’«igihombo» keretse: "A restructured credit in the “loss” category will continue to be classified “loss” unless: " Inteko rusange igizwe n’abanyamuryango bose. niyo rwego rukuru rw’umuryango. "The general assembly is composed of all members of the organisation. it is the high organ of the organisation. " 3. umubare w‟abanyamuryango nibura makumyabiri (20) ku ishyirahamwe ry`abakozi n‟icumi (10) ku mashyirahamwe y`abakoresha; "3. a minimum membership of twenty (20) members for a trade union and ten (10) members for an employers' professional organization; " I. urutonde rurambuye rugaragaza: "I. a tabular list of: " 11° kwitabira inama z’inama y’ubuyobozi no kuba umwanditsi; "11° to attend the meetings of the board of directors and act as a rapporteur; " Mu byerekeye uburezi bwo mu mashuri, leta: "With regard to formal education, the government: " C) gutora komite nyobozi, itsinda ngenzuramutungo n`utunama twihariye ndetse ikanagena igihe bazamara; "C) to elect the modifications of the director committee, those of the auditors, specialized commissions as well as to put an end to their mandate; " Urusaku urwo ari rwo rwose rugomba kubahiriza amabwiriza y’ubuziranenge yashyizweho n’ubuyobozi bubifitiye ububasha. "Any noise emission must comply with standard regulations set by competent authority. " Ingingo ya 2: inyito y’ihuriro "Section 2 : prêt d’études " C) abakira, abacunga n’abagenzura imari n’umutungo wa leta; "C) officals in charge of receiving, managing and controlling public finance and property; " Uyu muryango ushamikiye kuri ellel ministries international ufite icyicyaro mu bwongereza. "This organization is affiliated with ellel ministries international registered in united kingdom. " Abagize komite ishinzwe ubugenzuzi bashyizweho n’inama y’abanyamigabane subsection 3: rights of creditors and shareholders during liquidation "Members of a committee of inspection chosen by creditors’ or shareholders’ meeting take office immediately. sous-section 3 : droits des créanciers et des actionnaires pendant la liquidation " Iyo, ku mpamvu iyo ariyo yose, umudepite watorewe ku ilisiti y’umutwe wa politiki cyangwa ishyirahamwe ry’imitwe ya politiki avuye mu murimo we w’ubudepite, perezida w’umutwe w’abadepite abimenyesha komisiyo mu gihe kitarenze iminsi icumi (10) kugira ngo itangaze amazina y’umudepite usimbura. "Where, for any reason, a deputy elected under the list of a political organisation or from a coalition of political organisations is no longer exercising his or her duties as a deputy, the speaker of the chamber of deputies informs the commission within (10) days for announcement of the names of a deputy who should replace his or her. " Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 2 "The chamber of deputies, in its session of 2 " Akurikiranwe. "Observed. " 2º inyito rusange mpuzamahanga ya buri rusobe rw‟ imiti, mu gihe ibyo bitashobotse inyito y‟urusobe ku mbonerahamwe y‟amasezerano mpuzamahanga; "2º the common international denomination (cid) of each substance and in case of absence of such a denomination, the determination of the substance in the international convention tables; " Icyiciro cya mbere: inzego zishinzwe imitunganyirize y’imijyi n’imyubakire "Section one: structures in charge of urban planning and building " Ingingo ya 46: aho gukorera ingingo ya 47: guha intumwa z’abakozi amakuru ya ngombwa ingingo ya 48: kwakirwa n’umuyobozi w’ikigo ingingo ya 49: kwakirwa n’umukoresha "Article 44: function of registrar of court article 45: particular functions of the chief registrar article 46: registrar in charge of seized property article 47: registrar of court in charge of advising parties article 48: bailiff registrar article 49: appointment of registrars of courts " Mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) ibarwa uhereye igihe urutonde rw’ibanze rwatangarijwe, umuntu urebwa n’igikorwa cyo kwimura abantu ku mpamvu z’inyungu rusange afite uburenganzira bwo gusaba urwego rwakoze urutonde kurusubiramo, kandi akagaragaza impamvu. "Within fifteen (15) days from the publication of the initial list of persons to be expropriated, any person affected by expropriation in the public interest shall have the right to apply to the organ having made the list for its review and indicate the grounds for his/her application. " Umutwe wa ii: amahame rusange y’uburenganzira bw’umwana "Chapter ii : general principles relating to the rights of the child "  imyanya ihagararamo ikinyabiziga ingana na m 2.5 x m 5.0 "Elastic bandages 10 cm x 5 m 15 " Ingingo ya 6 : inzego z’ubuyobozi za ralsa "Article 6: management organs of ralsa " Amakuru yerekeye ibikorwa n’imari by’umufatabwishingizi uwo ari we wese bishobora gukoreshwa cyangwa bikagaragazwa gusa iyo bimaze kwemezwa mu nyandiko n’uwafashe ubwishingizi cyangwa igihe kubitangaza bisabwa n'itegeko. "Business and financial information about any policyholder may be used or made available to third parties only with prior written consent of the policyholder or when disclosure is required by law. " 2º ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye bwishyura amafaranga bubereyemo abandi bantu batari abafatanyabikorwa babwo; "2. a management buy-out involving a majority of the employees of the offeree; " Ingingo ya 113 y‟itegeko n° 10/2013 ryo ku wa 08/03/2013 rigena sitati y‟abacamanza n‟abakozi b‟inkiko ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: "Article 113 of law n° 10/2013 of 08/03/2013governing the statutes of judges and judicial personnel is modified and complemented as follows: " Urwego ngenzuramikorere rugomba gufata icyemezo mu minsi makumyabiri (20) ibanziriza irangira ry’igihe uruhushya rumara rugifite agaciro. "The regulatory authority must make its decision within twenty (20) days prior to the expiration of the valid license. " Ingingo ya 7: inyandiko n’amakuru asabwa iyo ubusabe ari ubwo guhabwa uruhushya "Article 7: documents and information required if the application is for obtaining license " Ingingo ya 33: umubare w’intebe zihabwa buri risiti "Article 33: allocating seats to lists of candidates " Minicom ifite intego yo guteza imbere ubucuruzi mpuzamahanga n’ubw’imbere mu gihugu, amasosiyeti y’ubucuruzi n’amakoperative bifite ubushobozi bwo guhangana ku isoko, ndetse no guteza imbere ishoramari n’uburenganzira bw’abaguzi. "Minicom has the mission of leading the development of external and internal trade, competitive companies and cooperatives on the market and promotion of investment and consumer rights. " (1) inyandiko y’ibyemezo by’inama y’inama y’ubuyobozi ya nirda ishyirwaho umukono n’abayigize inama ikirangira, kopi yayo ikohererezwa minisiteri ifite inganda mu nshingano mu gihe kitarenze iminsi itanu. "(1) a document of resolutions of the meeting of the board of directors of nirda is signed by its members immediately after the end of the meeting, and a copy thereof is sent to the ministry in charge of industry within five days. " 3° amakuru ku ruhande rwafashwe cyangwa rwazafatwa na leta, iyindi leta cyangwa umuryango mpuzamahanga, kubera ibiganiro mpuzamahanga biba ubu ndetse n’ibizaba mu gihe kizaza; "3º information on the positions adopted or to be adopted by the state, another state or an international organization for the purpose of present or future international negotiations; " Inama y‟ubutegetsi kandi igomba gukora isuzuma rizwi, nyaryo kandi rinyuze mu mucyo ku birebana n‟imikorere y‟umuyobozi w‟ubuyobozi bukuru (ceo) n‟iy‟abandi bayobozi bakuru b‟ingenzi kandi ibyo ikabikora ishingiye ku mikorere ya sosiyete no ku bwitange bagaragaza mu guteza imbere imikorere yabo no mu kugena gahunda bagenderaho mu buyobozi bwabo. "The board must also conduct a formal, rigorous and transparent evaluation of the performance of the ceo and the key top management based on the company's performance and their success in meeting personal development and leadership plans. " Inama y’igihugu y’urugaga icunga umutungo w’urugaga, ishobora kandi gushyiraho no gutera inkunga ibikorwa bitagamije inyungu byo guteza imbere ubuhanga mu by’imiti. "The national council board shall manage the property of the council and may organize and subsidy non-profit activities designed to promote pharmacy profession. " N°182/08.11 ryo kuwa 20/12/2011 "N°182/08.11 du 20/12/2011 " 2° amafaranga yo kwakira abashyitsi mu kazi angana n’ibihumbi magana abiri y’u rwanda (200.000 frw) buri kwezi anyura kuri konti y’urwego bireba ; "3° office entertainment allowance of two hundred thousand rwandan francs (frw 200,000) per month transferred to the bank account of rppa; " Imirimo y’ikodeshagurisha yerekeranye n’umutungo utimukanwa yandikwa n’umubitsi w’inyandiko z’ubutaka. kubera iyo mpamvu, ukodesha agurisha agomba kwerekana amasezerano y’ikodeshagurisha nyakuri. "Lease operations involving immovable property shall be registered by the registrar of land title deeds. in this regard, the lessor shall produce a valid copy of the contract of lease . " 3° kinaniwe kubahiriza ibisabwa n’iri tegeko; "3° fails to comply with the requirements of this law; " Ikigo gishobora kubuza umuntu ufite icyemezo cyangwa wemerewe gukora bimwe mu bikurikira: 1° kugura cyangwa kugurisha ibyo ari byo byose ataherewe icyemezo cyangwa chapter vi: powers of intervention "Article 29: prohibited transactions the authority may prohibit a licenced or approved person from doing any of the following: 1° entering into any selling or buying chapitre vi: pouvoirs d‟intervention " Ingingo ya 4: itangwa ry’ikarita n’igihe imara "Article 4: issuing of the card and period of validity " 3° gushyikiriza abafite uruhare mu kigega, abashoye imari mu kigega n’urwego rw’ubugenzuzi inyandiko z’ishingwa rya cis n’inyandiko ihamagarira abashoramari kugura imigabane mu kigega; "3° to issue and avail copies of the formation documents of a cis and prospectus to participants or investors in the scheme and the regulatory authority; " Agaciro k’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga kagenwa hakurikijwe ibiteganywa mu ngingo ya 48 kugera ku ya 54 "The customs value of exported goods shall be determined in accordance with the provisions of article 48 to article 54 " Amafaranga ateganywa gukoreshwa ategurwa n’urwego rw’ubutegetsi bwite bwa leta n’urwego rwegerejwe abaturage hashingiwe ku mutungo uhari n’imirongo ngenderwaho ikubiye mu mabwiriza ya minisitiri. "Expenditure projections are prepared by a central government entity and a decentralised entity, basing on the available resources and the guidelines included in the instructions of the minister. " Iyo ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye buri mu gihe cy’iseswa kandi umufatanyabikorwa umwe akaba ari we usigaye mu bufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye, inyandiko irebana n’ikusanya n’igabagabana ry’umutungo ifatwa nk’iyashyizweho umukono ku buryo bwemewe iyo iriho umukono w’uwo mufatanyabikorwa. "If a general partnership is being wound up and there is only one partner remaining in the general partnership, the document relevant to winding up procedure is validly signed if it is signed by that partner. " Buri musirikare ufite abo ayobora abazwa amabwiriza yose yahaye abasirikare ayobora. "Any military personnel in a command position assumes full responsibility for all orders he/she gives to his/her subordinates. " Ingingo ya 10 : ubutaka bw’umuntu ku giti cye "Article 10: individual land " Umukoresha arinda umukozi, uwitoza cyangwa uwimenyereza umurimo gufata mu ntoki ibikomoka ku butabire bishobora kumuteza ibyago. "An employer protects his or her employee, intern or apprentice from manually handling chemical products that may cause risk to him or her. " (s) “ingorane zaturuka ku kudakurikiza amategeko” bivuga ibyateza ingorane biriho cyangwa byabaho ku nyungu n’imari shingiro biturutse ku kutubahiriza cyangwa kudakurikiza amategeko, amabwiriza, imikorere yagenwe cyangwa ibipimo ngenderwaho by’imyitwarire byashyizweho n’urwego positions of a deposit-taking microfinance institution will be adversely affected by movements in market rates or prices such as interest rates, foreign exchange rates, equity prices, credit spreads and/or commodity prices resulting in a loss to earnings and capital; "S) “compliance risk” means the current and prospective risk to earnings or capital arising from violations of, or non-conformance with laws, rules, regulations, prescribed practice, or ethical standards issued by the regulator from time to time and other applicable legislation. it also arises in situations where the laws or rules du hors bilan de l’institution de microfinance de dépôt sera négativement affectée par la fluctuation des taux du marché ou les prix tels que le taux d’intérêt, le taux de change, les prix des capitaux propres, la répartition du crédit et ou les prix des produits résultant de la perte aux profits et au capital; " Ingingo ya 6: igenzura ry‟uburyo ibikoresho birimo “asbestos” bikurwa ku nyubako "Article 6: inspection of removal of asbestos materials from the building " Ingingo ya 5 : umuryango ugizwe n‟abanyamuryango nyakuri, abazawinjiramo n‟abanyamuryango b‟icyubahiro. abanyamuryango nyakuri ni abashyize umukono kuri aya mategeko shingiro ; kimwe n‟undi muntu wese, cyangwa umuryango uzawinjiramo nyuma y‟isinywa ry‟aya mategeko. bafite uburenganzira bumwe n‟inshingano zimwe ku birebana n‟umuryango. abanyamuryango b‟icyubahiro n‟abantu ku giti cyabo cyangwa imiryango bemerwa n‟inteko rusange kubera ibyiza by‟akarusho bakoreye umuryango. "Article 5 : the organization is composed of the founder members adherent and honorary members. founder members are the persons who signed these statutes. are also effective members those who will join the organization after the signing of these statutes. they all have the same rights and duties in the association. the honorary members are all physical or moral people chosen by general assembly because of the special significant services done to the organization. " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umujyanama mu by’amategeko…………………..27 "Prime minister’s order appointing legal advisor…………………………………………...27 " Rigena iyandikwa ry'abaturage n'itangwa ry'ikarita ndangamuntu ku banyarwanda ryongewemo ingingo ya 13 iteye ku buryo bukurikira : "Determining the organisation and responsibilities of each of the military services of rwanda defence forces is complemented by article 37 bis worded as follows: " Ingingo ya 2: ivanwaho ry’inkiko gacaca "Section 2: tenue de l’audience " 8° amakuru ku manza yaba arega cyangwa aregwamo. "8° information on pending litigation cases if any. " 2. inyandiko-mvugo y`abanyamuryango bagize inama rusange bashinze article one: purpose of this order "Assistant commissioner article one: purpose of this order " Ingingo ya 9: gukora amasashe n’ibikoresho bikozwe muri pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe "Article 9: manufacturing of plastic carry bags and single-use plastic items " Amategeko agenga sosiyete "Civil society policy " Aya mategeko azatangira gukurikizwa umunsi azaba yashyizweho umukono na minisitiri w‟ubutabera. "The present statutes shall come into force on the date of approval by the ministry of justice. " Aya mabwiriza agena uburyo bwo kumenyekanisha no kwishyura umusoro ku bihembo n’umusoro ku nyongeragaciro ku gihembwe. "These instructions determine modalities of declaration and payment of pay as you earn and value added tax on a quarterly basis. " N°45/01 ryo kuwa 29/07/2011 "N°45/01 du 29/07/2011 " Ingingo ya 90: ikemurwa ry’ibibazo bitewe no gufunga burundu ishuri rikuru ry’abafatanya na leta ku bw’amasezerano "Article 90: resolution of issues arising from permanent closure of a government- subsidized institution of higher learning " 20/03/2004 rigena imiterere, ububasha n’imikorere by’inama nkuru y’ubucamanza, nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu; "20/03/2004 determining the organization, powers and functioning of the superior council of the judiciary as modified and complemented to date; " Umuyobozi w’ishami rifite imicungire y’abakozi mu nshingano ni we mwanditsi w’inama y’inama nkuru ya polisi y’u rwanda. "The head of the department in charge of legal affairs is the rapporteur of the rwanda national police senior management council. " 2° ibihumbi magana abiri na mirongo itanu (250.000) by’amafaranga y’u rwanda yo gushyingura. "2° two hundred fifty thousand (250,000) rwandan francs, as funeral expenses. " Muri aya mabwiriza, ijambo “umuhanga” rivuga umunyamwuga ufite ubumenyi bwihariye ku ngingo runaka yabonye biturutse ku kuba yarabyize, ku burambe ku kazi, cyangwa ku mahugurwa yahawe, witabazwa n’urukiko, agatanga raporo urukiko rwakwifashisha mu gufata icyemezo. "In these instructions, the term “expert” means a professional who has special knowledge of a certain subject, acquired through formal education, professional experience or training, appointed by a court for the purpose of submitting a report that may serve as a basis to the court in making a decision. " A. ibyemezo by‟inzego z‟ubuyobozi "Modalities for decision-making " Ingingo ya 232: iyandikisha ry’isosiyete y’inyamahanga "Article 232: registration of a foreign company " Umutwe wa mbere : - izina, - intebe - igihe uzamara - intego yawo ingingo ya 1: hakurikijwe itegeko n°20/2000 ryo kuwa 26/07/2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu n‟itegeko-ngenda n° 01/85 ryo kuwa 25 "Chapter one: -name -head office, -duration, -purpose article 1: in accordance with law n° 20/2000 of 26/07/2000 " 1° guhishura, kwegeranya no gufata amakuru anyuzwa mu muyoboro koranabuhanga afite aho ahuriye n’itumanaho runaka mu gihe cyagaragajwe; "1° disclosure, collection or recording of the electronic traffic or log data associated with a specified communication during a specified period; " (k) “ugize inama y’ubutegetsi wigenga” bivuga umwe mu bagize inama y’ubutegetsi udafite inshingano z’ubuyobozi mu kigo gitanga serivisi zo kwishyurana kandi wujuje ibiranga ugize inama y’ubutegetsi wigenga nkuko biteganywa n’amabwiriza ashyiraho ibiranga abagize inama y’ubutegetsi bigenga mu bigo by’imari; "(k) “independent director” means a member of the board who does not have any management responsibilities within the payment service provider, and fulfills all characteristics provided for in the directive determining characteristics of the independent directors in financial institution; " N°18/01 ryo kuwa 05/03/2011 "N°11/2011 of 18/05/2011 " Amaze kubona ko bamwe mu bahoze ari abanyapolitiki b’igihugu na bamwe mu bahoze ari abakozi ba leta bakenera icyemezo cy’imirimo yakozwe kubera impamvu zitandukanye harimo no kubarirwa amafaranga y’imperekeza; "Considering that certain former political leaders and public servants need certificates of services for different purposes including the computation of final benefits; " Ingingo ya 25: komisiyo ishinzwe iterambere n’imibereho myiza "Article 25: commission for development and social affairs " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. agaciro karyo gahera ku wa 13/07/2023. "This order comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 13/07/2023. " Ingingo ya 8: gutakaza ubunyamuryango biterwa n‟urupfu, gusezera ku bushake, kwirukanwa cyangwa iseswa ry‟umuryango. usezeye ku bushake yandikira perezida w‟umuryango, bikemezwa n‟inteko rusange. "Article 8: membership right is lost through death, voluntarily resign, exclusion or dissolve of the organization. the voluntarily resign is sent in writing to the president of the association and submitted for approval by the general assembly. " 4° usaba yarigeze gukurikiranwaho ibirego nshinjabyaha, mbonezamubano cyangwa ibifitanye isano n’uruhushya kubera impamvu z’amakosa arebana n’ubukungu, arebana n’ibidukikije cyangwa ibikorwa by’uburiganya; "4° the applicant has a history of significant criminal, civil or license violations for economic, environmental, or fraudulent acts; " Iteka rya perezida rishyiraho ugize inama y’ubuyobozi muri sonarwa………………..81 "Presidential order appointing a member of the board of directors insonarwa………...81 " Umutwe wa mbere: ibidukikije kamere "Chapter one : natural environment " Ingingo ya 105: kubahiriza ikoreshwa ry’ingengo y’imari "Article 105: budget execution compliance " 6° gukora jenoside cyangwa ibyaha byo mu ntambara. "6° the commission of genocide or crimes against humanity. " 3º kwambura icyemezo cy’uburenganzira umushakashatsi wari wagihawe; section 2: plant breeder’s rights "2° a registrar of plant breeder’s rights; " Iv. inyandiko nto zigizwe n’inyuguti “bnr” n’umubare “1000” mu gashumi k’icyatsi gahindura ibara mu mutuku bitewe n’icyerekezo ifashwemo kari mu ruhande rw’ibumoso. "Iv. a windowed security thread in which the micro text reads “bnr” and the number “1000” changes colour red to green depending on the disposition, located on the left side of the note. " 3° guhagararira reaf mu gihugu no mu mahanga; "3° to represent reaf within the country and abroad; " 2° igitabo cy’imigabane; where the shareholder gives written notice of an objection, the company: "Where the shareholder gives written notice of an objection, the company: " 1º abakozi ba rib kugeza ku rwego rwa director of unit cyangwa abandi bari ku rwego rumwe bakorera ku cyicaro cya rib; "1º employees of rib up to the level of director of unit or equivalent who work at the head office of rib; " N’umwanditsi w’urukiko rw’ubucuruzi; "The registrar of the commercial court; " Mmi ifite ububasha bukurikira: "Mmi has the following powers: " Ingingo ya 54: uburenganzira bw’uwakorewe icyaha mu ibazwa "Article 54: rights of a respondent in case of the claimant’s default " 2° “umupaka”: ahantu hagenwe n‟amategeko, umuntu anyura yinjira cyangwa asohoka mu gihugu; "2° “ border post ”: a place prescribed by law where a person passes when entering or exiting the country; " By’abakagize. ibyemezo byako bifatwa hakurikijwe ubwiganze busesuye iyo hatabonetse ubwumvikane bw’abakagize. ingingo 25: inteko rusange ishyiraho buri mwaka umugenzuzi w’imari umwe cyangwa babiri bafite inshingano yo kugenzura buri gihe imicungire y’imari n’indi mitungo by’umuryango no kuyikorera raporo. bafite uburenganzira bwo kureba mu bitabo n’inyandiko z’ibaruramari z’umuryango ariko batabijyanye hanze y’ububiko. "Article 25: the general assembly annually elects one or two internal auditors. their attributions are just to audit any times the funds management and organization patrimony and produce reports. they have all rights to check financial documents but not shift them to any other place. " Madamu mbabazi k. comfort agizwe umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga no guteza imbere abakozi ba leta muri minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo. prime minister’s order n°92/03 of 23/03/2016 appointing a director general "Mrs. mbabazi k. comfort is hereby appointed director general of public service management and development in the ministry of public service and labour. arrete du premier ministre n°92/03 " Ingingo ya 7: ibikorwa by’ingenzi bigenwa n’amabwiriza ya komisiyo y’igihugu y’amatora "Article 7: principales operations régies par les instructions de la commission nationale electorale " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho umunyamabanga wa mbere……………………………..52 "Prime minister’s order appointing a first secretary …………………………………………….52 " Itegeko n° 34/2001 yo ku wa 5/07/2001 ryerekeye impunzi nk' uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu n‟izindi ngingo zose z‟amategeko zibanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. "Law n° 34/2001 of 5/07/2001 relating to refugees as modified and complemented to date and other prior legal provisions contrary to this law are hereby repealed. " Ingingo ya 36: kwandikisha ubutaka bwa leta "Article 36: registration of state lands " Ingingo ya 30: kwemera hakoreshejwe telefoni cyangwa ubundi buryo bw’itumanaho busa na bwo kwemera hakoreshejwe telefoni cyangwa ubundi buryo bwa ngombwa bw’itumanaho magirirane offeror that the performance has started; "13° use of e-ticketing or any other automated fare collection mode as determined by the regulatory authority; " 2° batanga inyigisho zigenewe abantu bakuru bakurikiza amabwiriza n’integanyanyigisho bitangwa na leta. "2° provide education designed for adults in accordance with regulations and curricula provided by the government. " Buri sosiyete igomba kumenyekanisha muri raporo yayo ngarukamwaka kandi ku buryo bugaragara politiki yayo y‟imishahara n‟ibihembo, ingano yabyo n‟uruhurirane rwabyo ndetse n‟uburyo ikurikiza mu kugena ibihembo n‟imishahara by‟abagize inama y‟ubutegetsi n‟abandi bayobozi bakuru bayo. sosiyete igomba kumenyekanisha amakuru arebana na politiki zayo z‟imishahara n‟ibihembo kugira ngo ifashe abashoramari "Each company must provide clear disclosure of its remuneration policy, level and mix of remuneration, and the procedure for setting remuneration for the board and top management in the company's annual report. " Umuyobozi ufite ububasha mu rwego rwa leta ashobora gutanga ububasha ku wundi mukozi wa leta. iteka rya perezida rigena uburyo ububasha butangwa mu butegetsi bwa leta. "A competent authority in a public institution may delegate powers to another public servant. a presidential order determines modalities for delegation of powers in public service. " Ingingo ya 9: ubunyamuryango butakara kubera urupfu, gusezera ku bushake, kwirukanwa cyangwa guseswa k‟umuryango. "Article 8: the membership is lost by the death, the voluntary resignation, the exclusion or the dissolution of association. " Umutwe wa viii: imyifatire "Chapter ii: conduct " Minisitiri ufite imari mu nshingano ze atanga buri mwaka amabwiriza y‟uburyo inzego z‟ubutegetsi bwite bwa leta zitegura amabwiriza arebana n‟ibikorwa ndetse n‟imikoreshereze y‟amafaranga agenewe inzego z‟ibanze. "The minister in charge of finance shall issue every year instructions on modalities under which central government entities shall issue instructions relating to the activities and use of funds allocated to decentralized entities. " 9° ushyingura dosiye y’akazi itarangiye mu gihe atabiherewe uburenganzira n’umuyobozi umukuriye mu kazi; "9° closes an uncompleted dossier without authorization from the competent authority; " E) ubushake bwo gufata ikindi kigo cyangwa ishuri "E) the intent to acquire another entity or institution. " Iyo amaze kwakira ikirego, umwanditsi mukuru w’urukiko atumiza ababuranyi bombi, agashyikiriza uregwa imyanzuro 2° the date on which the claim is filed; "After having received the claim, the chief registrar shall call the two parties, and remit to the defendant the plaintiff’s submissions 2° la date d’introduction de la demande ; " (3) amafaranga avugwa mu gika cya (2) cy’iyi ngingo ashyirwa kuri konti y’urwego rwa leta rufite imisoro n’amahoro mu nshingano. "(3) the fees referred to under paragraph (2) of this article are deposited on the account at the state organ in charge of taxes and revenue. " Ingingo ya 13: uko iterana, n‟uko ifata ibyemezo "Article 13: designation of meeting and deliberation " Impapuro mpeshamwenda wo kubaka ibikorwaremezo 15 "Having reviewed the statutes of aiper of 15 " Minisitiri w’ubutabera n’imikoranire y’inzego, "The minister of justice and institutional relations, " 2° visi-perezida utorwa na bagenzi be mu bayigize mu nama yayo ya mbere ; "2° the vice-chairperson elected among its members by his/ her colleagues during its first meeting ; " Iyo umuvugizi n‟abamwungirije baburiye rimwe bagize izindi mpamvu zibabuza gutumira inteko - to review and approve moral and financial reports presented by the leaders at the end of their term of office; "In the event of simultaneous absence or impediment of the legal representative and the - examiner et approuver les rapports présentés par les différents organes ; " (a) gushyiraho ibipimo ntarengwa k’ubucucike bw’inguzanyo bijyanye n’urugero rw’ingorane zijyanye n’ibikorwa banki iba yemeye kwirengera, ibyayiteza ingorane n’uburyo imari shingiro ya banki ihagaze; no "(a) establish thresholds for credit concentrations risk, reflecting the bank’s risk appetite, risk profile and capital strength; and " Ingingo ya 62: umutungo wa udpr "Article 62: udpr property " Kugira ngo umuntu agirwe umufasha w’ubushinjacyaha ukuriye abandi ku rwego rwisumbuye, agomba kandi kuba afite uburambe mu kazi nibura bw’imyaka ibiri (2) mu by’amategeko. "In order to be appointed as a chief assistant to prosecutors at intermediate level, the candidate must also have a working experience of at least two (2) years in legal field. " Inama nyobozi igizwe n’umuvugizi w’itorero, umwungirije, umunyamabanga nshingwabikorwa n’abajyanama batowe n’inama y’ikirenga mu bajyanama bayo baturutse mu nama z’umwaka ku buryo bungana. "The board of directors shall be composed of the legal representatives, the executive secretary and the members elected by the general conference from its members delegated equally by its annual conferences. " 3° nta kurikirana, ishyirwa mu bikorwa cyangwa indi nzira y’amategeko bishobora gutangizwa cyangwa gukomeza kuri iyo sosiyete y’ubucuruzi cyangwa imitungo yayo keretse iyo ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo abyemeye mu nyandiko cyangwa bafite icyemezo cy’urukiko. icyakora ibi ntibibangamira uburenganzira bw’uberewemo umwenda wahawe ingwate gufatira no kubyaza umusaruro umutungo w’uwahombye yahaweho ingwate; "3° no proceedings, execution or other legal process may be commenced or continued against the company or its property except with the liquidator’s written consent or with the order of the court. however, the provisions of the preceding paragraph do not affect the right of a secured creditor to take possession of and realise any property in the bankrupt’s estate over which that creditor has a charge; " Banki nkuru, ikoresheje amabwiriza rusange, igena ibigenderwaho na banki mu gihe igirana amasezerano n’abantu bafitanye isano na yo cyangwa abakiriya bahujwe n’inyungu. "The central bank, by regulations, determines conditions that a bank considers when dealing with a bank-related party or interconnected parties. " Iyo mirimo ikorwa nk’uko biteganywa n’amategeko abigenga. "Such services are carried out in accordance with relevant legal provisions. " O kuba ifite ibyumba bibiri. icyumba cya mbere kigomba gutwikira ku bushyuhe bungana byibura na 850 °c naho icyumba cya kabiri kigatwikira kuri 1000°c byibura; "O have double chambers. the primary chamber should operate with at least 850º c and the secondary chamber with at least 1000º c; " B. kuba ari ngufiya ariko zikubiyemo byose; "B. are concise but complete; " Inama nkuru ya ppc iterana nibura rimwe mu mezi atandatu n’igihe cyose bibaye ngombwa mu nama idasazwe, bisabwe na kimwe cya gatatu (⅓) cy’abayigize. "Ppc’s high council meets at least once every six months and whenever necessary in an extraordinary session upon request by one- third (⅓) of its members. " Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubworozi n’ibikomoka ku matungo mu rwanda (rarda), butanga buri gihe cyose amabwiriza ajyanye n’ingendo, kwimura no gutwara amatungo; ubucuruzi no gutwara ibikomoka ku matungo bitandukanye bishobora kuba intandaro y’ikwirakwizwa ry’indwara zavuzwe mu ngingo ya 3 y’iri tegeko. "The rwanda animal ressources development authority (rarda) shall give on a regular basis instructions governing movements, shifting and transport of the livestock; commerce and transport of livestock products likely to be the source of the spreading of the diseases described in article 3 of this law. " (2) inama ya komite nyobozi y’umudugudu iterana kabiri mu kwezi n’igihe cyose bibaye ngombwa. iteranira ku biro by’umudugudu cyangwa ahandi mu ifasi y’umudugudu hagenwe na komite nyobozi. "(2) the meeting of the village executive committee is held twice a month and whenever necessary. it is held in the village office or at any other place in the village constituency determined by the village executive committee. " Ibikorwa byo kwishyura ntibikorerwa kuri konti zagenewe kwakira amafaranga ya leta. "Such cases are not subject to payment of court fees. " Imiterere n’imikoreshereze y’umutungo w’ishuri rikuru bigenwa n’inama y’ubuyobozi yaryo ishingiye ku ndangagaciro zishyirwaho n'inama y'igihugu y'amashuri makuru, cyane cyane mu byerekeye urugero rw’amafaranga atangwa n’abanyeshuri, urw’inyongera igenerwa abarimu n’abashakashatsi n’urw’amafaranga agenerwa imirimo rusange y’ishuri rikuru. "The nature and utilization of a higher learning institution’s funds and assets are based upon standards that are established by the national council for higher learning education especially on determining tuition fees, honorary fees for the teaching and research staff, and the funds allocated to general activities of the institution. " Ingingo ya 12: inzego z’ubuyobozi za bnr "Article 12: management organs of nbr " Ishingiye ku masezerano mpuzamahanga yo mu 1999, agamije guhagarika gutera inkunga iterabwoba yemejwe n’inteko rusange y’umuryango w’abibumbye, yemejwe burundu n’iteka rya perezida n° 43/01 ryo ku wa 14/04/2002; "Pursuant to the 1999 international convention for the suppression of the financing of terrorism adopted by the united nations general assembly ratified by the presidential order n° 43/01 of 14/04/2002; " Urwego rwa leta rushaka gukoresha ubutaka bwa leta budakoreshwa n’urundi rwego rwa leta, rushyikiriza minisiteri idosiye y’ubusabe bw’uburenganzira bwo gukoresha ubwo butaka. "A state organ that intends to use state land not used by any other state organ, submits to the ministry an application file for the rights to use the land. " 3° isosiyete y’ubucuruzi yiteguye kwandukurwa mu gitabo cy’amasosiyete y’ubucuruzi. "3° the company is ready to be removed from the register. " Ingingo ya 17: uruhushya rwo kuroba hagamijwe ubushakashatsi article 8: importation of aquaculture gears and fishing equipment "Article 17: license for fishing with an aim to carry out scientific research article 8: importation des engins et du matériel d’aquaculture et de pêche " Ingingo ya 19: kugaragaza agaciro k’ibyangiritse cyangwa igihombo "Article 19: indication of the value of the damaged property or the loss caused " Nyuma yo kubarura amajwi, iyo ingingo ibuze amajwi ya ngombwa, umujyanama cyangwa komisiyo yize umushinga w‟amabwiriza cyangwa uwuhagarariye, babinyujije ku muyobozi w‟inama njyanama, bashobora gusaba ko iyo ngingo isubizwa muri komisiyo secret ballot shall be used if requested by at least two-thirds (2/3) of councillors present in the meeting or while taking decisions on individuals. "If, after counting votes, an item does not obtain the required number of votes, a councillor or the commission which considered the draft instructions or their representative, through chairperson of the council may request that the item be referred back to the commission to be le scrutin secret est utilisé sur demande d‟au moins deux tiers (2/3) des conseillers présents à la réunion ou lorsque le conseil doit prendre une décision sur des personnes. " Abagize inama njyanama y’akarere bafite uburenganzira bwo kujya mu nama z’inama njyanama y’umurenge batorewemo, ariko ntibatora mu ifata ry’ibyemezo. "The district council members shall have the right to attend council meetings of sectors from which they were elected. however they shall not vote on any decisions taken. " Umutwe wa ix: ibisabwa isosiyete nyamahanga ifite icyicaro mu rwanda "Chapter ix: requirements for an international company with headquarters in rwanda " (i) inyandiko yerekana abafatanyabikorwa b’iryo shuri, iyo bahari; "(i) a document showing the partners of the education institution if any; " 5° inshingano n'ubugenzuzi mu rwego rwo gucunga ibyateza ingorane z'ibanze, iz'imishinga n'imikorere; "5° responsibility and oversight for managing strategic, project and operational risks; " Minisitiri w‟intebe, minisitiri ushinzwe umuryango w‟afurika y‟iburasirazuba na minisitiri w‟ubucuruzi n„inganda basabwe arusha, tanzania, on 20 november 2009; "The prime minister, the minister of east african community and the minister of trade and industry are entrusted with the arusha en tanzanie, en date du 20 " Ibyakozwe hashingiwe ku itegeko nº 16/2010 ryo ku wa 07/05/2010 rigena uburyo bw’ihererekanyamakuru ku myenda mu rwanda bigumana agaciro kabyo. "Acts performed under law nº 16/2010 of 07/05/2010 governing credit information system in rwanda remain valid. " Ingingo ya 20: inzego z’ urugaga association "Article 20: organs of the bar association " Ingingo ya 11: ibigenerwa abatozwa kuba abacungagereza "Subsection 2: training for caregivers " Rosemary museminali minisitiri w‟ububanyi n‟amahanga n‟ubutwererane "Rosemary museminali minister of foreign affairs and cooperation " Ingingo ya 9: igenzura ry’imitangire y’amasoko n’iry’iyubahirizwa ry’amasezerano "Article 9: auditing the conduct of procurement proceedings and contract execution " Ingingo ya 8: uburenganzira n‟inshingano by‟abanyamuryango "Article 8: rights and obligations of members " Umunsi wo kugena uburenganzira bw’abanyamigabane ku mpamvu iyo ari yo yose, uretse kugena uburenganzira bwo kumenyeshwa cyangwa gutora mu nama, ni igihe cy’ihagarika ry’ibikorwa, ku munsi wa nyuma abagize inama y’ubutegetsi bafatiye umwanzuro ubyerekeye. "The date for the determination of shareholders rights for any purpose except determining the right to receive notice of or to vote at a meeting is at the close of business on the day on which the directors pass the resolution relating thereto. " 4° kugaragaza inshingano z’ubuyobozi no gushyiraho abantu bafite ubushobozi n’inararibonye bibafasha kuyobora ibikorwa bya sosiyete y’iyongeramari ku nguzanyo yo kubaka inzu mu buryo bwiza kandi bufite akamaro; "4° define the duties of management and appoint those persons who are competent, qualified and experienced to administer the mortgage refinance company’s affairs effectively and soundly; " Ibindi bikorwa by’ubuvuzi mmi yishingira byakwiyongera kuri urwo rutonde bigenwa n’iteka rya minisitiri w’intebe. "The order of the prime minister determines other medical services that mmi covers which may be added on the list. " Ingingo ya 17: inshingano za biro ya komisiyo "Article 17 : responsibilities of the bureau of the commission " Ingingo ya 64: ikiruhuko cyo kubyara "Article 64: maternity leave " G) kuvugurura amategeko shingiro awugenga cg kuwusesa "3. to change the password of iecms account " Iri teka rishyiraho uburyo n’inzira bikurikizwa mu guhindura izina. rigena kandi icyemezo cy’iyandikwa ry’izina ry’inyongera ry’amasezerano y’idini. "This order establishes modalities and procedures for change of name. it also determines the registration certificate of additional name of religious vows. " - gutegura inama z‟inteko rusange; - kugirana imishyikirano n‟indi miryango igamije ubutwererane no gushaka inkunga; - gushaka, gushyiraho no gusezerera abakozi bo mu nzego zo hejuru z‟umuryango. "- prepare the session of the general assembly - negotiate financial support with the partners; - recruit, nominate and dismiss the personnel of different services of the association. " Inyandiko z‟agaciro zinjijwe muri konti zihererekanywa hakurwa cyangwa hongerwa agaciro kazo kuri konti. "Book-entry securities are transferred by debits and credits between security accounts. " Bitabangamiye ibiteganywa n‟iri tegeko kandi byemejwe n‟ababuranyi ndetse hanakurikijwe amabwiriza yashyizweho n‟ikigo, ikigo gishobora gukoresha ubwunzi cyangwa ubundi buryo bwo gukemura impaka igihe icyo ari cyo cyose mbere cyangwa mu gihe cyo gukemura impaka, hagamijwe guteza imbere uburyo bwo gukemura impaka. "The centre may, without prejudice the provisions of this law, with the agreement of parties and in accordance with rules made by the centre, employ mediation, conciliation or other alternative dispute resolution at any time before or during the arbitration proceedings for the purposes of encouraging settlement of disputes. " 3° mu gihe igenzura rya mbere ryakozwe ku kibazo cyihariye, ubuyobozi bw’imisoro bukaba 1 º provide tax auditors with appropriate working environment; "3° if the first audit was issue-oriented and the tax administration wants to conduct a comprehensive audit; 1 º mettre à la disposition des auditeurs d’impôts un lieu convenable de travail; " 3° gufata ibyemezo byihutirwa igihe inama y’igihugu y’ubumenyi n’ikoranabuhanga itabashije guterana, bikemezwa burundu n’inama y’igihugu y’ubumenyi n’ikoranabuhanga mu nama ikurikira; "3º to take urgent decisions in case the national science and technology council is unable to meet. such decisions are approved by the next meeting of the national science and technology council; " Umuryango uzakorera mu rwanda hose ariko inteko rusange ishobora kwemeza ko ibikorwa by’umuryango birenga imbibi z’u rwanda, ku bwiganze bw’amajwi ya 2/3 by’abanyamuryango banditse. "The organisation shall operate its activities throughout the territory of the republic of rwanda. however, the general assembly may decide to extend its activities across the national frontiers upon the decision of 2/3 of the registered members. " Umwe mu bagize komite y’abunzi ashobora kuvanwa burundu ku mirimo ye n’abamutoye, igihe bigaragaye ko atagishoboye kuzuza inshingano ze. "A member of the abunzi committee may be relieved from office by the electoral college if it is evident that he/she is no longer able to fulfil his/her duties. " Ingingo ya 129: ibyo umwishingizi agomba kuba yujuje "Article 129: requirements for a guardian " Amashuri y‟abafatanya na leta ku bw‟amasezerano ntagira ubuzimagatozi bwite. "Government subsidized schools have no own legal personality. " Ingingo ya 15: ibisabwa ku bemezi aba baha‟i bo mu rwanda kubo uyu muryango ushingiye ku idini ubashyiriweho, uzagirwa n‟abantu bose barengeje imyaka 15, batuye mu rwanda, abo « national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda » izaba yemeye ko bafite ibisabwa n‟ukwemera n‟ibikorwa bya ki baha‟i, bisabwa n‟igipimo gikurikira cyatangajwe n‟umurinzi w‟ukwemera : kwemera byuzuye urwego rwa bab, integuza ya baha‟u‟llah, uwatangije idini, na abdu‟l-baha, urugero nyakuri rw‟idini baha‟i; kwemera bidasubirwaho no kumvira ibyo ikaramu yabo yahishuye byose; kumvira nta shiti no gukomera ku ngingo zose z‟umurage wa abdu‟l-baha no kumva neza no kwemera byuzuye n‟imiterere y‟imitegekere ya ki baha‟i kw‟isi hose. abantu batuye mu gice cy‟inteko y‟ubutungane y‟umurenge yemejwe n‟inteko y‟ubutungane y‟igihugu, bashobora kugaragaza ukwemera kwabo ku nteko y‟ubutungane y‟umurenge izabandika; abatuye hanze y‟uduce nkutwo , bazandikwa hakurikijwe uburyo buzashirwaho n‟inteko y‟igihugu. "Article 15: qualifications of believers the baha'is of rwanda, for whose benefit this religious-based organisation is established, shall consist of all persons of the age of 15 years or over resident in rwanda who are accepted by the “national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda” as possessing the qualifications of baha'i faith and practice required under the following standard set forth by the guardian of the faith: full recognition of the station of the bab, the forerunner; of baha'u'llah, the author; and of 'abdu'l-baha, the true exemplar of the baha'i religion; unreserved acceptance of, and submission to, whatsoever has been revealed by their pen; loyal and steadfast adherence to every clause of 'abdu'l-baha's sacred will; and close association with the spirit as well as the form of baha'i administration throughout the world. those residing in the area of jurisdiction of any local spiritual assembly recognized by the national assembly may declare their faith to, and be enrolled by, the local spiritual assembly; those living outside any such area of local baha'i jurisdiction shall be enrolled in such manner as shall be prescribed by the national assembly. article 14 : caractère spirituel des élections afin de préserver le caractère et l'objectif spirituels des élections baha'ies, la pratique des nominations ou de toute autre méthode électorale nuisible à l'atmosphère de silence et de prière d'une élection, ne seront pas permises, de sorte que chaque électeur puisse voter uniquement pour ceux que la prière et la méditation l'auront inspiré à soutenir. " Wa kigali ariko ushobora kwagurira ibikorwa byawo mu tundi turere tw‟u rwanda byemejwe n‟inteko rusange. igihe uzamara ntikigenwe. "City, but can extend the activities in other areas of rwanda upon decision of the general assembly. it is created for underdetermined duration. " Inshingano z‟ingenzi za komite n‟izi zikurikira: "The main responsibilities of the committee shall be the following: " (e) “nyir’umutungo nyawe” umuntu ku giti cye utunze ku buryo nyakuri cyangwa se ugenzura umukiriya cyangwa undi muntu ku giti cye igikorwa cyakorewe. harimo kandi umuntu ufite uruhare runini ku mutungo w’umuryango ufite ubuzimagatozi cyangwa undi muryango ushingiye ku masezerano; "(e) “beneficial owner” a natural person who ultimately owns or controls a client or the natural person on whose behalf a transaction is conducted. it also includes those persons who exercise ultimate effective control over a legal person or legal arrangement; " 1° abyibwirije cyangwa abisabwe n’umwe mu baburanyi, kuvuga ko nta bubasha afite bwo kuburanisha urubanza yaregewe; "1° at his / her own initiative or at the request of one of the parties, rule that he/she has no jurisdiction over the case referred to him/her; " Umukozi wa leta uri mu igeragezwa agira uburenganzira bw’ibanze nk’ubw’umukozi wa leta warangije neza igeragezwa. "A public servant under the probation period shall enjoy the same basic rights as any public servant who successfully completed the probation period. " Umutwe w‟abadepite mu nama yawo yo kuwa 22 kamena 2009; umutwe wa sena mu nama yawo yo kuwa 30 kamena 2009; we, kagame paul, president of the republic; "The chamber of deputies, in its session of 22 june 2009; the senate, in its session of 30 june 2009; nous, kagame paul, président de la république ; " Abigeze kuba perezida naba visi perezida ba pdi biyongera kubavugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo bagakomeza kuba mu bagize biro politiki ya pdi kugeza ho bo ubwabo bisabiye kutabamo cyangwa barasezeye muri pdi cyangwa se inteko nkuru isanze badakwiye kubamo bitewe n’uko batitwaye neza mugihe bari kuri iyo myanya. "Former pdi presidents and vice presidents are also be members of the political bureau along with members referred to under paragraph one of this article and continue to be members of pdi political bureau unless they personally choose to resign from the political bureau or pdi or the congress disqualifies them due to any form of misconduct they showed in the course of the discharge of such duties. " Amabwiriza agenga iby'amasomo n'ubushakashatsi ashyirwaho n'inama y'ubutegetsi bw‟ishuri rikuru ry‟itumanaho « fondation margrit fuchs » (escom), ateganya ingingo zerekana imikorere y'ibice byayo, mu rwego rw'amasomo. "Academic regulations adopted by the administration board of the high school of communication «margrit fuchs foundation» (escom) specifies the rules of functioning of its units at the academic level. " Umwanditsi mukuru akosora amakosa y’imyandikire cyangwa ibiburamo byakozwe mu gihe cy’iyandikisha. "The registrar general shall correct clerical errors or omissions made in a registration. " (i) ubucuruzi bw’usora bujyanye no gucumbikira abantu; "(i) the taxpayer’s business involves provision of accommodation services; " Iri tegeko rigena inshingano, imiterere n’imikorere by’ikigo cya leta cyigisha iby’ubuyobozi n’imicungire y’abakozi n’ibintu, cyitwa “ rwanda institute of administration and management” riam mu magambo ahinnye y’ururimi rw’icyongereza . "This law determines the responsibilities, organisation and functioning of rwanda institute of administration and management, abbreviated as riam. " Igihe cyose ari ngombwa, ikigo cyangwa uwo cyabihera uburenganzira gishobora kugenzura uko ucunga ububiko bw'ibicuruzwa bwahawe icyemezo yubahiriza ibikubiye muri iri tegeko no mu mabwiriza agenga icyemezo cye. "The authority or a person it may designate may, whenever necessary, inspect on how any licensed warehouse operator complies with provisions of this law and terms and conditions of his/her license. " Urwego ngenzuramikorere rushobora, nyuma yo gusuzuma dosiye isaba, mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) y’akazi rumaze kwakira dosiye, kumenyesha no gusaba uwasabye gutanga amakuru y’inyongera cyangwa inyandiko zihariye rubona ko zikenewe; "The regulatory authority may upon scrutiny of the license application, within five (5) working days after the receipt of the application, notify and require the applicant to furnish such additional information or particular documents as considered necessary; " 4° ubwumvikane bushobora gutuma habaho, mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, ukutubahiriza ibiteganywa n’amategeko agenga imisoro mu rwanda. "4° an arrangement that may result, directly or indirectly in the abuse of the provisions of tax laws in rwanda. " Ingingo ya 5: isobanura "Article 5 : interprétation " 12° urwego rw’ubugenzuzi: banki nkuru y’u rwanda, ikigo gishinzwe isoko ry’imari n’imigabane cyangwa urundi rwego rwahabwa n’itegeko ububasha bwo kugenzura abatanga serivisi y’imari mu rwanda; "12° regulatory authority: national bank of rwanda, capital market authority or any other authority that may be empowered by the law to regulate financial service providers in rwanda; " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. agaciro karyo gahera ku wa 12/09/2018. article one: renewal of term of office of the president of the commercial high court "This order comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 12/09/2018. article premier: renouvellement du mandat du président de la haute cour de commerce " Icyakora, ibiteganywa mu gika kibanziriza iki ntibibangamira uburenganzira bw’uberewemo umwenda wahawe ingwate bwo gufatira no kubyaza umusaruro umutungo w’uwahombye yahaweho ingwate. "However, the provisions of the preceding paragraph do not affect the right of a secured creditor to take possession of and realise any property in the insolvent estate over which that creditor has a charge. " Ingingo ya 2: «itorero ry‟imana ry‟isezerano rishya mu rwanda edntr» rifite intego zikurikira: - kwamamaza ubutumwa bwiza bwa yesu kristo nkuko biri muri bibilia yera; - guteza imbere uburezi mu rwanda; - kwita ku mibereho myiza y‟abaturage; - kwita ku rubyiruko no ku majyambere yarwo, - guteza imbere itangazamakuru (radio, televiziyo). "- to proclaim the good news of jesus christ as it is contained in the holly bible; - to promote education in rwanda; - to promote social welfare; - to foster youth development; - to promote media (radio, television) etc. " Cyangwa uturuka ku kugira uruhare muri ibyo byaha; "Or from an act of participation in such crime; " -akanama k‟abagenzuzi. . "-the board of auditors " Umusirikare w’umugore afite uburenganzira bw'ikiruhuko cyo kubyara kingana n'iminsi mirongo icyenda (90) y’indangaminsi nyuma yo kubyara. icyakora, mu gihe kitari hejuru y’iminsi mirongo itatu (30) y’indangaminsi isigaye ngo nyir’ubwite abyare, ashobora gutangirira icyo kiruhuko igihe icyo aricyo cyose. "Any female soldier is entitled to a maternity leave of ninety (90) calendar days after her delivery. however, she may start her leave at any time within thirty (30) calendar days before delivery. " Ingingo ya 37: amasezerano yerekeranye n’imitungo itimukanwa "Article 37: contracts on immovable property " (2) umukozi ushinzwe igorora yambara impuzankano yambarwa mu birori – "(2) a correctional officer wears ceremonial uniform in – " Tanga amakuru akurikira (niba ahari): "Provide the following particulars, if applicable – " 3° isosiyete isanzwe iriho ishobora guhindurwa igice cy’isosiyete ibumbye ibice birinzwe, iyo ibyemerewe mu nyandiko y’ubwimvikane cyangwa mu mategeko shingiro byayo. "3º an existing company may, if it is authorised by its memorandum and articles of association, be converted into a protected cell company. " (2) hagomba gufatwa ibyemezo n’uburyo bukurikizwa bukarishye igihe hakoreshwa ikoranabuhanga rishya kandi hakorwa ibikorwa by’ubucuruzi bikorwa abantu batarebana. "(2) stringent measures and procedures shall be undertaken while using new technologies and non-face-to-face business transactions. " Ingingo ya 7: imiterere y’uruhushya rwo gutwara ipikipiki ingingo ya 8: kwambara ingofero y’umutekano "Article 7: form of the motorcycle driving licence article 8: wearing a helmet " 12° umukozi ugengwa n’amasezerano y’umurimo ; 13° umwe mu nzego zishinzwe amatora; "12° an employee working under an employment contract; 13° a member of electoral organs; " 9° uhagarariye urugaga rw‟abikorera ku rwego rw‟intara; "9° to chair meetings with the district staff; " Iyo inama nkuru y’urugaga isanze uwimenyerezaga ataragaragaje ubushobozi, imwongerera igihe cyo kongera kwimenyereza umwuga kingana n’amezi atandatu (6). "When the national council board finds the internee’s evaluation not satisfactory, it extends the internship for a period of six (6) months. " 2° gufata, kubuza amahwemo cyangwa gukura inyamaswa mu ndiri zazo, kuzigirira nabi, kuzitwara, kuzizerereza, kuzikoresha, kuzitunga, kuzigurisha cyangwa kuzigura; "2° capturing, stressing or removing animal species from their habitat, harming them, transporting, hawking, utilising, possessing, selling or purchasing them; " Ku rwego rw‟akagari, komite y‟ibidukikije yifashishije abafite mu nshingano zabo ibidukikije n‟isuku mu midugudu, ishinzwe: "At cell level, the environment committee in collaboration with the persons in charge of environment and hygiene at the villages shall have the following responsibilities: " Abanyamuryango bawinjiyemo ni abemeye aya mategeko shingiro nyuma yo kubisaba mu nyandiko umuvugizi wawo kandi bakabyemererwa n‟umwanzuro w‟inteko rusange y‟umuryango, bashoborakubaumuntukugiticye, umuryangocyangwaikigo bifite ubuzima gatozi. "Adherent members are members who have freely adhered to these statutes after a written application filed to the legal representative and who have been accepted upon a decision of the general assembly, they may be individuals or organizations with legal personality. " Ubutumire bw’inteko rusange bugomba kuba buriho gahunda y’inama kandi bukagera ku banyamuryango iminsi cumi n’itanu mbere yuko inteko iterana bisanzwe, na mbere y’iminsi irindwi iyo inteko igiye guterana bidasanzwe. "The invitations to the general meeting are handled 15 days before for the ordinary meeting and 7 " 5° igabanywa ry’isosiyete ikorera imbere mu gihugu hagamijwe gushyiraho amasosiyete abiri cyangwa menshi akorera imbere mu gihugu. "5° splitting of a resident company into two or more resident companies. " 3° yishyuwe kuri serivisi umuntu udafitanye isano n’undi, mu buryo no mu bihe bimwe yari kwifuza kwishyura kuri iyo serivisi mu gihe ayihawe n’undi muntu badafitanye isano cyangwa yashoboraga kuba yarikoreye mu bucuruzi bwe bwite; "3° the fee is charged for a service that an independent person in comparable circumstances would wish to pay for such a service if performed by an independent person or would have performed in-house for itself; " N° 113/01 ryo kuwa 26/11/2012 "N° 113/01 du 26/11/2012 " Isaba ryo guhindura izina ry’isosiyete: "An application to change the name of a company: " Ingingo ya 90: kwishyura imishahara y’abakozi "Article 90: paying workers " Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw‟icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa article one: authorisation for ratification "This law was prepared in english, considered and adopted in kinyarwanda. article premier : autorisation de ratification " Ibihano bivugwa mu gika cya 2 n’icya 3 "Sanctions referred to under paragraphs 2 and 3 " Iteka rya perezida rishyiraho igiceri gishya cy‟amafaranga mirongo itanu y‟amanyarwanda (50frw) gifite agaciro mu rwanda…………………………………………………………25 "Presidential order issuing a new fifty rwandan francs (rwf 50) coin as legal tender in rwanda……………………………………………………………………………………….25 " Abagize inama y‟ubuyobozi ntibemerewe gukora umurimo ugenerwa igihembo muri rmh. "Members of the board of directors shall not be allowed to perform any remunerated activity within rmh. " Ingingo ya 34: imitunganyirize y’ubugenzuzi bukuru bw’inkiko "Article 34: organisation of the inspectorate general of courts " Iyo kumvikana bidashobotse, ikirego gishobora gushyikirizwa urukiko rubifitiye ububasha. "When conciliation efforts fail, the dispute may be taken before the competent court. " Bwana bizimana servilien agizwe umuyobozi wungirije ushinzwe amahugurwa mu kigo ngororamuco giteza imbere imyuga. "Mr. bizimana servilien is appointed deputy director in charge of training in rehabilitation and vocational skills development center. " Ingingo ya 67 : ifatira "Chapter seven :dissolution " (b) nomero y’igenzura ry’amafaranga yoherejwe; "E) tax identification number; " (f) gukurikirana imikorere y’inama ngishwanama ku rwego rw’umurenge no gusuzuma raporo zayo. "(f) to monitor the functioning of the advisory council at sector level and analyse its reports. " Umutwe wa iii : inzego n‟imiterere ya sendika rnmu ingingo ya 10: inzego za rnmu zubatse mu buryo bukurikira:  kongere y‟igihugu;  inama nkuru;  biro nshingwabikorwa ku rwego rw‟igihugu;  abagenzuzi b‟umutungo (3);  biro ku rwego rw‟ibitaro n‟akarere;  uhagarariye sendika mu kigo aho akazi gakorerwa. "Section 3: referral hospital and district executive bureau article 20: there shall be referral hospital and district executive bureau, responsible for implementation of rnmu business at district level, answerable to national executive bureau the district executive bureau shall be consisting of the following:  chairperson  v/chairperson;  secretary;  treasurer;  commissioner in charge of social affairs and gender;  commissioner in charge of education and research. " (1) uburyo bwo kwishyurana bwagenwe bugomba kugira gahunda zo gucunga uko imirimo ikomeza ziberanye n’imiterere, ingano n’urusobe by’imirimo y’uburyo bwo kwishyurana bwagenwe, kandi bugashyira mu bikorwa vuba kandi neza izo gahunda mu gihe serivisi zigize ibibazo, harimo ibiterwa n’abatanga serivisi. "(1) the designated payment system should have in place adequate business continuity management programs that are appropriate to the nature, scale and complexity of the business of the designated payment systems, and implement such programs quickly and effectively in the event of service disruptions, including those caused by service providers. " Uruhushya rwo gushakashaka rushobora kongererwa inshuro imwe (1) mu gihe kitarenze imyaka ine(4) kandi uwaruhawe ashobora gusabwa gusubiza igice cy’ahantu hatangiwe uruhushya. "An exploration licence may be renewed once for a period not exceeding four (4) years and a licence holder may be requested to relinquish a part of the licensed area. " Ubuzimagatoi buhawe umuryango: assocoation of ugandans in rwanda ( a.u.r)”, ufite icyicaro cyawo mu karere ka nyarugenge, umujyi wa kigali. "Legal status is hereby granted to the “association of ugandans in rwanda (a.u.r)” that is situated in nyarugenge district, kigali city. " (sé) musoni james minisitiri w‟ibikorwa remezo (sé) musoni james minister of infrastructure "(sé) musoni james minister of infrastructure (sé) musoni james ministre des infrastructures " (5.2) inama y’ubutegetsi cyangwa itsinda ryahawe inshingano nayo rishinzwe: "(5.2) the board, or a committee delegated by it, is responsible for: " Y y ingingo ya 54: ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri vugururwa ingingo ya 55: igihe ivugururwa ritangira gukurikizwa a rt ic le 53: t ra ns it iona l provision article 54: repealing of inconsistent provisions article 55: commencement abrogatoire article 55 : entrée en vigueur ivugururwa ryo ku wa 13/8/2008 ry’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo ku wa 04 "Article 4: repealing of inconsistent provisions article 4: disposition abrogatoire ingingo ya 5: igihe iteka ritangira gukurikizwa article 5: commencement article 5: entrée en vigueur " Inyandiko y‟imbanzirizamushinga y‟itegeko rigena ingengo y‟imari ya leta iba irimo kandi ibyashingiweho mu kugena uko amafaranga azinjira mu ngengo y‟imari n‟uko azakoreshwa muri gahunda za leta n‟imishinga y‟ishoramari y‟ibanze ya leta, hagaragazwa ibi bikurikira: "The budget framework paper of the state finance bill shall also contain assumptions underpinning the expenditure and revenue forecasts and an explanation of the government‟s expenditure and public investment priorities, providing the following details: " Uretse ibiteganywa ukundi n‟itegeko ryerekeye imiryango idaharanira inyungu kimwe n‟aya mategeko shingiro, ibyemezo by‟inteko rusange bifatwa hakurikijwe ubwiganze busesuye bw‟amajwi. iyo amajwi angana, irya perezida article 12 : the ordinary general assembly shall be convened at least once in one year. invitations with agenda are addressed to members 30 days prior to the issue of the general assembly. "Apart from specific cases mentioned in the national law governing non-profit making organization or in this constitution, the decisions in the general assembly shall be taken by the absolute majority of members. in case of equality article 12 : l‟assemblée générale se réunit une fois par an en session ordinaire. les invitations contenant l‟ordre du jour sont remises aux membres au moins 30 jours avant la réunion. " (i) gutanga ibitekerezo ku micungire, imikorere n’imyitwarire by’abakozi ba rdb; "(i) to give opinions on management, performance and conduct of rdb staff; " Bwana gatabazi thomas agizwe umuyobozi wungirije w‟ishuri rikuru ry‟ubumenyi n‟ikoranabuhanga rya kigali ushinzwe imari n‟ubutegetsi "Mr. gatabazi thomas is appointed vice rector of kigali institute of science and technology in charge of administration and finance " 14° guteza imbere umuco w’ubutore mu banyarwanda b’ingeri zose; "14° to promote the culture of ubutore to rwandans of all walks of life; " Uwemerewe kuba umuvugizi w'umuryango «association pour la defense des ecritures saintes (ades)», ni bwana sahinkuye uwizeyimana, umunyarwanda, article one: name and head office of the association "Ingingo ya mbere: izina n‟icyicaro by‟umuryango article one: name and head office of the association article premier: dénomination et siège de l‟association " Umutungo wanditswe mu buryo buteganywa n’igika cya mbere cy’ingingo ya 47 y’iri teka ntushobora gutezwa cyamunara n’urwego rusoresha bidatangiwe uburenganzira n’umwanditsi mukuru. "The property registered in accordance with paragraph one of article 47 of this order cannot be auctioned by the tax administration without authorisation by the registrar general. " Umuntu wese ukora imirimo y’ivunjisha ku butaka bwa repurika y’u rwanda, yaba abyikorera cyangwa abikora mu izina ry’undi muntu, atabifitiye uruhushya rwo gukora rutangwa na banki nkuru ahanwa hakurikijwe ingingo z’ igitabo cy’amategeko ahana. "Any person who engages in forex bureau activities on his own account or on behalf of a third party within the territory of the republic of rwanda without license issued by the central bank, shall be penalized in accordance with the provisions of the penal code. " - umubitsi; - umuyobozi nshingwabikorwa; - abajyanama bane. "Nd deputy legal representative - 4 advisers. " Ingingo ya 70: umutekano wo mu nzira ya gariyamoshi n’uburyo bwo kuyigendamo "Article 70: railways safety and traffic " Uburyo bw’ubwiteganyirize bushingiye ku bigenerwa abiteganyirije bizwi bugomba buri gihe kuba bufite impuguke mu mibare y’ubwiteganyirize yashyizweho itegura buri mwaka raporo y’igenagaciro ry’impuguke mu mibare y’ubwiteganyirize ikayishyikiriza urwego rw’ubugenzuzi mu gihe kitarenze amezi atatu (3) nyuma y’impera z’umwaka w’ingengo y’imari bireba. "A defined benefit pension scheme shall at all times have an appointed actuary who shall prepare on annual basis an actuarial valuation report and shall submit it to the supervisory authority within three (3) months after the end of the reference financial year. " Ubwimvikane busesuye ; gushyira ukuboko hejuru ; guhamagara buri wese mu izina rye ; kwandika mu ibanga. "1. absolute majority; raising the arm up; calling evenyone by name; secret ballot. " Ingingo ya 13: kurinda no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima "Article 13: protection and conservation of biological diversity " 4° gutuma u rwanda rufatwa nk’ihuriro mu rwego mpuzamahanga mu byerekeye itangazabumenyi n’itumanaho na za serivisi zisakaza amakuru; "4° to establish rwanda as a major global centre and hub for communications and multimedia information; " Ingingo ya 37: inkurikizi y’ubwumvikane "Article 37: effect of compromise " Iyo igihe cy’amezi atandatu (6) kirangiye, uwabikije ibicuruzwa agomba kugena uburyo bushya bwo kubimenyekanisha. "At the latest upon expiry of the six (6) months storage period, the depositor shall assign the goods a new customs procedure. " Kwiyandikisha ku rwego bikorwa mu gihe cy’umwaka umwe uhereye igihe aya mabwiriza atangirira gukurikizwa cyangwa se ikindi gihe kirenze icyo gishobora kugenwa n’urwego. kwiyandikisha bikorwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hifashishijwe inyandiko iteganywa n’urwego. "The registration to the centre is done within one year starting from the entry into force of these regulations or such other longer period as the centre may permit. registration is done electronically using a registration template provided by the centre. " Gutakaza ubunyamuryango biterwa np gusezera ku bushake, kwirukanwa, gutakaza uburenganzira bwo kuba ishyirahamwe ridagaranira inyungu ku munyamurngo, cyangwa guseswa k‟urugaga. "Loss of membership is caused by voluntary resignation, exclusion, loss of legal status by the member or by the dissolution of the federation. " Icyemezo cy’iyandikishwa ry’ubutaka gishobora kuba kimwe mu bwoko bukurikira: "A certificate of land registration may be in one of the following types: " 6° “ifoto y’umutungo ngarukamwaka”: ifoto y‟umutungo ngarukamwaka igomba gukorwa ikurikije uko iri tegeko ribiteganya; ikagirwa n‟inyandiko iyo ari yo yose bayomekaho cyangwa se igomba gusomwa hamwe nayo; "6° “annual return”: annual return required to be filed under this law and including any document attached to or intended to be read with the return; " Umutwe wa vi: uburyo n’igihe ntarengwa cyo gutanga raporo ku bikorwa by’ubucuruzi bikemangwa "Chapter vi: modalities and time limit for submission of a report of suspicious transactions " Ingingo ya 24 : ibyemezo by‟inama nkuru y‟igihugu bishyirwa mu nyandiko iriho umukono wa perezida n‟iy‟umwanditsi. "Article 24: the decisions of the national council are expressed within the minutes written down and signed by both the president and the reporter. " Ingingo ya 20: inteko rusange ishyiraho buri mwaka abagenzuzi b‟imari babiri bafite inshingano yo kugenzura buri gihe imicungire y‟imari n‟indi mitungo by‟umuryango no kubikorera raporo. bemerewe kureba mu bitabo n‟inyandiko by‟ibaruramari by‟umuryango ariko batabijyanye hanze y‟ububiko. "Article 20: the general assembly shall appoint annually two financial auditors committed to control at any time the management of financial accounts and other properties of the association and give report. they have access, without carrying them outside, to the books and accounting documents of the association. " Inyandikomvugo y‟inama ishyirwaho umukono na perezida n‟umwanditsi bayo, ikemezwa mu nama ikurikira. kopi y‟inyandikomvugo yohererezwa minisitiri ureberera csr mu gihe kitarenze iminsi cumi n‟itanu (15) guhera umunsi yemerejweho. "The minutes of the meeting shall be signed by the chairperson and its secretary, and it shall be approved in the following meeting. the copy of minutes shall be sent to the minister in charge of csr in a period not exceeding fifteen (15) days from the date of its approval. " Bisabwe na minisitiri w‟ubucuruzi n‟inganda; "On proposal by the minister of trade and industry; " Iteka rya minisitiri w’intebe n° 069/03 "Prime minister’s order no 009/03 " Icyiciro cya 1: abafite imigabane "Section one: objectives " 5 º kwemeza amategeko ngengamikorere ya cma; "5º to approve the rules of procedure of cma; " Abantu bahunze mu kivunge bashobora guhabwa sitati y'ubuhunzi mu buryo rusange kandi nta kindi basabwe. icyemezo nk‟icyo gifatwa na minisitiri. "Refugees in mass influx situations may be unconditionally granted prima facie refugee status. such a decision shall be taken by the minister. " 1° ikibazo cy’amakimbirane akomeye mu nzego zifata ibyemezo; "1° matters of serious conflict within the decision- making bodies; " Ingingo ya 10 : ububasha bw’urukiko gacaca bushingiye ku ifasi "Article 10 : competence of the gacaca court based on the territory " Impamvu zo kudatanga icyemezo cy‟agateganyo cy‟iyandikwa ry‟ umuryango ushingiye ku idini ni izi zikurikira: "Reasons for refusing to issue a temporary registration certificate to a religious-based organisation shall be the following: " C. gushyiraho uburyo bwo kubika inyandiko zigaragaza inkunga zitangwa n'abafatanyabikorwa mu iterambere; d. guteza imbere ubufatanye bwa za guverinoma mu bijyanye n’imicungire results shall be considered in the design of new initiatives; "D. promoting intergovernmental relations in disaster management through state conception de nouvelles initiatives ; " 2° umwirondoro wuzuye w‘utanze ikirego, amazina, umwuga, imyaka na nimero y’irangamuntu ye, umudugudu, akagari, umurenge, akarere atuyemo hamwe na e-mail na article 22: appealing against a decision to refuse to register a claim "2° the claimant’s full identity, names, profession, age and identity card number, his/her village, cell, sector, district of residence, e-mail and telephone number via which he/she article 22: appel contre la décision de refus d’acter la demande " Umunyango wita ku bantu bose ariko by‟umwihariko ufitiye umumaro abanyamuryango bawo. "The organization benefits all people but its members in particular. " 1º gukurikirana no guhuza ishyirwa mu bikorwa ry’imirimo ya buri munsi ya cma; "1º to follow up and coordinate the implementation of the daily business activities of cma; " Leta y’u rwanda ishobora, mu gihe cy’umwaka uhereye igihe isaba ry’ubwenegihugu nyarwanda ryemerewe, kwanga ko umunyamahanga cyangwa umuntu udafite ubwenegihugu washyingiranywe n’umunyarwanda abona ubwenegihugu nyarwanda iyo isanga atabukwiye. "The government of rwanda can within a period of one year from the day the request of rwandan nationality was accepted, reject the alien or stateless person married to a rwandan from acquiring the rwandan nationality if it deems it unworthy. " Abagize inkeragutabara bitabira amahugurwa n’inyigisho bya gisirikare mu buryo bugenwa n’umugaba mukuru w’ingabo”. "Reservists undergo military courses and trainings as determined by the chief of defence staff”. " Ibisabwa biheza abandi bikurikizwa hagati y’abanyamahanga batanga serivisi zo kohereza amafaranga n’intumwa yabo isanzwe ikwirakwiza serivisi no hagati y’abatanga serivisi zo kohereza amafaranga n’intumwa zisanzwe birabujijwe. "Exclusivity conditions between international remittance providers and its primary agent, and between remittance service providers and agents are prohibited. " Mu itora, buri muntu atora inshuro imwe gusa. gutora bikorerwa mu bwihugiko uretse igihe biteganyijwe ukundi n’iri tegeko ngenga. "A person votes only once. voting is carried out in the polling booth unless otherwise provided by this organic law. " 5. kugira inama abayoboke hagamijwe kwirinda amakimbirane hagati yabo; "5. to give advice to party members with a view to preventing conflicts among them; " Umutwe wa ii: imigenzereze ibangamiye, ikumira cyangwa ibuza ihiganwa "Chapter ii: practices undermining, preventing or restricting competition " Ingingo ya 11: ituze n’umudendezo ku bantu n’ibikorwa byabo "Article 11: order and safety to persons and their activities " Ishingiye ku masezerano yabereye i washington muri leta zunze ubumwe za amerika kuwa 03 werurwe 1973, yerekeye icuruzwa rikorerwa hagati y’ibihugu ku bwoko bwenda gucika bw’inyamaswa n’ibimera mu gasozi, nk’uko bwemejwe burundu n’iteka rya perezida n° 211 ryo kuwa 25/06/1980 ; "March 1973 on international trade in endangered species of wild flora and fauna as ratified by the presidential order n° 211 of 25/06/1980; " Inama y’abakomiseri itegura urutonde rw’inzego z’imirimo za komisiyo zikemezwa n’iteka rya minisitiri w’intebe abisabwe na minisitiri. "The council of commissioners shall prepare the organizational structure of rlrc to be approved by a prime minister’s order upon request by the minister. " Igihe icyaha giteganywa mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo gikozwe n‟ishyirahamwe iryo ariryo ryose rihanishwa guseswa. "In case the offence referred to in paragraph one of this article is committed by any association, it shall be subject to dissolution. " Amagororero correctional facilities "Governing correctional services " Umushinga w‟ingengo y‟imari ivuguruye washyikirijwe inama njyanama na wo ugaragaza mu buryo burambuye uko ingengo y‟imari y‟ingoboka yihutirwa yakoreshejwe. "The revised budget estimates submitted to the council shall also provide details on how the emergency reserve budget has been utilized. " Umenyekanisha ibikorwa bye atanga ibisabwa byerekeranye n’ibikorwa akora nk’uko biteganijwe muri iri teka mu gihe abisabwe. "Any declarant shall present all the requirements relating to his/her activities as required by this order if requested. " Ingingo ya 228: inshingano z’abagize inama y’ubutegetsi bafitiye abanyamigabane ubwabo n’ibirego bwite company "Article 228: responsibilities of directors owed to the shareholders personally and personal suits by shareholders " (a) iyubahirizwa rya politiki, uburyo bw’imikorere n’ubugenzuzi byo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kugenzura niba both the originator and the beneficiary are financial institutions acting on their own behalf. "(a) the compliance with policies, procedures and controls to combat money laundering, terrorist financing and financing of proliferation of weapons of mass destruction and to assess whether le donneur d’ordre et le bénéficiaire sont tous deux des institutions financières agissant pour leur propre compte. " Icyakora, ku birebana n’ababerewemo imyenda ifite ingwate, igihe gitegerezwa ngo habe hatangwa ikirego kimara amezi atandatu (6) abarwa uhereye ku munsi ikirego gisaba itangira ry’ikurikirana ry’igihombo cyatangiwe. icyo gihe gishobora kongerwa inshuro zitarenze eshatu (3). "However, in relation to secured creditors, the stay for application lasts for six (6) months from the date of application for commencement of reorganization. this period may be renewed three (3) times at most. " Ibyemezo byafashwe n'abagize ubwiganze bw'abanyamuryango ba «bureau social de gitarama» kuwa 30/12/2009 no kuwa 15/05/2010 byo guhindura ingingo ya 1, iya 2, iya 3, iya 4 n‟iya 13, z'amategeko agenga umuryango, n'abavugizi bawo biremewe. "The resolutions passed by the majority members of the association «bureau social de gitarama» on 30/12/2009 and 15/05/2010 to modify the articles 1, 2, 3, 4 and 13 of the association's statutes and change the legal representatives, are hereby approved. " 1° gushaka amakuru, gucunga, kuvugurura, kugenzura no kuyobora imirimo y’ubwiteganyirize bwa pansiyo; 2° gushaka amakuru, gucunga cyangwa kugenzura imirimo imwe cyangwa yose y’abatanga serivisi z’ubwiteganyirize; "1° investigate, manage, reorganize, control and conduct the business of the pension scheme; " 1° gushyiraho uburyo bwo gukumira impanuka zo mu muhanda n’igihe zibayeho zikagenzwa neza kugira ngo uwaziteje ahanwe hakurikijwe amategeko ; "1° to develop mechanisms to prevent road accidents and, when they occur, thoroughly investigate them so that the offender be punished in accordance with law; " 3. gusimbura umuvugizi igihe yagize impamvu cyangwa adahari ; "3. replace the spokesperson in case of absence or for any other justifiable reason; " Isaba rishobora kandi kugaragaza: "The request may also include: " 750 + 0.5% y’amafaranga ari hejuru ya 50 000 "750 + 0.5% of the amount over 50 000 " Ibikorwaremezo bizashyirwa akareba niba biberanye na ho inzitizi zihari ; ingero zikenewe, agatekereza akanashyira mu nyandiko imiterere y’ibikorwaremezo byo gutunganya amazi yakoreshejwe ; "Suitability, limitations and sizing requirements and designs wastewater treatment systems; " 8º ububiko rusange: aho babika intambi n‟ibijyana na zo mu rwego rw‟igihugu; "8º national store: site in which explosives and their accessories are stored at the national level; " (f) guhagarika gariyamoshi aho bitagoranye kubera kuvuka, urupfu cyangwa gukomereka k’umuntu byabereye muri gariyamoshi. "(f) to stop the train at the most convenient place due to birth, death or injury of a person occurring on board the train. " 7 º ikosa rikomeye: ikosa rikozwe n’umukozi, hashingiwe ku employers in their complaint or requests; "7 º gross misconduct: misconduct by an employee based on the severity d’autres employeurs dans leurs revendications ou demandes ; " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera ku wa 03/02/2015. "This order shall come into force on the date of its signature. it takes effect as of 08/06/2015. " 2° kugenzura ko inyungu z’abaturiye umushinga zitaweho; "2° jeopardize the interest of its depositors; " Icyo gihe kibarwa, ku wakatiwe igihano cy’ihazabu, kuva ku munsi imikirize y’urubanza rumuhana rutagishoboye gusubirwaho, naho ku wakatiwe igifungo kuva ku munsi yafunguriweho burundu cyangwa kuva ku munsi yaboneyeho ifungurwa ry’agateganyo iyo atigeze aryamburwa. "Such time shall run from the date the conviction becomes final for a person sentenced to a fine and in case of a person sentenced to imprisonment, from the date of final release or that of release on parole that has not been revoked. " (4) ku birebana n’imyenda minini, ibitagaragara mu ifoto y’umutungo bivunjwamo imyenda bihwanywe hakoreshejwe uburyo bwo kuvunja inguzanyo busanzwe bukoreshwa mu kubara umutungo bwite ugabanyijweho ibyateza ingorane ku byerekeye ingorane zaterwa no kutishyurwa kw’inguzanyo, n’igipimo/umubare ntagibwa munsi wa 10%. "(4) for the purpose of the large exposures, off-balance sheet items will be converted into credit exposure equivalents through the use of credit conversion factors set out in the risk weighted assets measure for credit risk, with a minimum limit of 10%. " Umushoramari wakodesheje ubutaka bwa leta ntiyemerewe guhindura ibikorwa bijyanye n’icyo yari yakodeshereje ubutaka na leta bitemejwe n’urwego rubifitiye ububasha. "The investor granted state land lease is not allowed to change the activities related to his or her initial purpose for state land lease without prior approval of the competent organ. " D) umushahara fatizo mu byiciro by’imirimo bigenwa n’iteka rya minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze; "D) the minimum wage in categories of occupations determined by an order of the minister in charge of labour; " 1° gushyira mu byiciro ubukana bw’ikibazo bishingiye ku bipimo byashyizweho mbere; "1° the classification of an incident’s severity based on pre-defined criteria; " Ingingo ya 93: imiterere y’ingingo y’ikigamijwe "Article 93: structure of a provision on purpose " - guteza imbere imibereho myiza y’urubyiruko hifashishijwe imishinga y’amajyambere. "- promoting the well-being of the youth through the developmental micro projects of development " Inteko rusange iterana rimwe mu mwaka mu nama isanzwe,ihamagawe n`umuvugizi w`umuryango cyangwa umusimbura we. "The general assembly meets once a year in ordinary session upon convocation by the legal representative` s organization or its substitute. " Ingingo ya 2: ibikoresho ku bafite ubumuga "Article 2: materials for disabled persons " Ibikorwa byose bijyanye n’imiburanishirize y’imanza cyangwa ibindi byose byari byaratangiye mbere cyangwa byarimo bikorwa mbere y’uko iri tegeko ritangira gukurikizwa bikomeza gukurikiranwa hakurikijwe itegeko n° 07/2009 ryo ku wa 27/04/2009 ryerekeye amasosiyete y’ubucuruzi nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu . "All acts relating to ongoing proceedings or all other acts already undertaken or in progress prior to the commencement of this law continue their process according to n°07/2009 of 27/04/2009 " Isuzumabushobozi ry’ugize dasso rishingira ku musaruro w’ibikorwa yagezeho n’imyitwarire yagaragaje muri uwo mwaka w’isuzuma. "Performance appraisal of a dasso member is based on achieved results and the conduct manifested during the year of evaluation. " Impushya zose zo kwamamaza zatanzwe n’urwego rw’akarere (gasabo, kicukiro na nyarugenge) cyangwa se zatanzwe n’umujyi wa kigali zivanyweho n’aya mabwiriza. "All advertising permissions issued by the district organ (gasabo, kicukiro and nyarugenge) or by the city of kigali are hereby annulled by these instructions. " Umuntu wese, ku bw’inabi, utera undi ikintu icyo ari cyo cyose gishobora article 118: unintentional bodily harm "Any person who, in bad faith, throws any object at another person which may article 118: lésions corporelles involontaires " Gishamikiye kuri khi; 5° abayobozi b‟udushami; 6° umwarimu umwe muri buri shami, ishuri no muri buri kigo cyihariye utorwa na bagenzi be; 7° umuyobozi ushinzwe inyigisho; 8° umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi; 9° umuyobozi w‟inkoranyabitabo ya khi; 10° umunyeshuri umwe uhagarariye ishyirahamwe rusange ry‟abanyeshuri biga muri khi ufite mu nshingano ze ibijyanye n‟inyigisho; 11° umunyeshuri umwe muri buri shami, buri shuri na buri kigo gishamikiye kuri khi utorwa na bagenzi be. "5° heads of departments; 6° a lecturer from each faculty, school and from each specialised centre elected by his/her colleagues; 7° the director of academic affairs; 8° the director for research; 9° the director of the library of khi; 10° the student representing the general association of students of khi and who is in charge of academic affairs ; " Article 7 : enregistrement d’un contribuable qui exerce diverses activités. ingingo ya 8: kwiyandikisha ku byerekeye inyungu zikomoka kw’ishoramari article 8 : registration for investment income "7° facilitation of the sale of the crops to buyers. article 8: payment for the inputs " Interuro ya ii: amahame rusange "Title ii: general principles " C. gushyiraho no kuvugurura politiki n’ingamba birebana n’imari hagamijwe kugira urwego rw’imari ruhamye kandi rukora uko bikwiye; "C. developing and reforming financial policies and strategies to create a vibrant and dynamic financial sector; " Article 11: the general assembly shall be convened and presided over by president of the execuctive committee. in his absence, by vice-president of the association. in case of simultaneous unavailability, or intended absence, the general assembly shall be convened upon a written request of 1/3 of effective members. the assembly elects an ad hoc president. ingingo ya 12: inteko rusange iterana rimwe mu mwaka mu nama isanzwe. inzandiko z’ubutumire zikubiyemo ibiri ku murongo w’ibyigwa zishyikirizwa abanyamuryango nibura mbere y’iminsi 30. "Article 11: the general assembly shall be convened and presided over by the president of the executive committee. in his absence, by the vice president of the association. in case of simultaneous unavailability, or intended absence, the general assembly shall be convened upon a written request of 1/3 of effective members. the assembly elects an ad hoc president. " Nta nkurikizi ku nzego za leta, iz’intara cyangwa iz’umujyi wa kigali, iz’uturere cyangwa iz’imijyi zakoresheje imitungo idafite bene yo kuva ku wa 19 nyakanga 1994 kugeza ku wa mbere werurwe 2000. "There shall be no liability on state institutions, province or city of kigali and districts or towns or municipalities which used abandoned property that have no owners from july 19,1994 to march 1, 2000. " Intumbero y‟umuryango ni ugusohoza iyi ntego ishingiyeku ku nshingano nkuru twasigiwe na yesu yo guhindura amahanga n‟inshingano y‟itorero yo kubwiriza ubutumwa bwiza, kuvura abafite imitima ikomeretse, kubohora ababoshye. umuryango ushyize imbere ivugabutumwa, gukiza abafite ibikomere, kubohora ababoboshye ndetse no gutoza no kwigisha abigishwa nyakuri.. "Our mission is to fulfill this vision in accordance with the great commission of jesus and the calling of the church to proclaim the kingdom of god by preaching the good news, healing the broken-hearted and setting the captives free. we are, therefore, committed to evangelism, healing, deliverance, discipleship and training. " Bisabwe na perezida w’urugaga rw’abahesha b’inkiko b’umwuga mu ibaruwa ye nº 051/pba/usc/2020 yo ku wa 03/03/2020; "Upon request by the president of the professional bailiffs association in his letter nº 051/pba/usc/2020 of 03/03/2020; " Ubutaka umuntu yarazwe, yazunguye, yaguze, yahawe nk’impano, yahawe nk’ingurane, ubwo akomora ku isaranganya cyangwa yahawe n’ubuyobozi bubifitiye ububasha mu buryo bwemewe n’amategeko, abutunga hakurikijwe bumwe mu buryo bwo gutunga ubutaka bukurikira: "A person who acquired land through inheritance, succession, purchase, donation, exchange, land sharing or legal grant by competent authorities, owns it in accordance with one of the following tenure modalities: " Bwana habiyakare alexandre ubarizwa mu kagari ka rugenge, umurenge wa muhima, akarere ka nyarugenge, umujyi wa kigali, ahawe uburenganzira bwo guhindura amazina ya habiyakare alexandre agahinduka habiyakare abeid mu gitabo cy'irangamimerere kirimo inyandiko ye y'ivuka. "Mr. habiyakare alexandre domiciled in rugenge cell, muhima sector, nyarugenge district, kigali city, is hereby authorized to change the names habiyakare alexandre to become habiyakare abeid in the register of civil status containing his birth certificate. " (5) umukiriya yiyemeza gukora ibikorwa byo mu rwego rw’imari birenze ubushobozi bwe. "(5) the customer enters into a financial commitment that appears beyond his or her means. " Abayigize: - abahagarariye leta 5; - abahagarariye sendika z’abakozi 5; - abahagarariye amashyirahamwe y’abakoresha 5. 18 "- chairman: minister of labour: - members: • 5 representatives of the government; • 5 representatives of workers’ unions; • 5 representatives of employers’ professional bodies. " Banki nkuru y’u rwanda imenyesha abashinzwe uburyo bwo kwishyurana n’abagira uruhare mu buryo bwo kwishyurana bo mu rwanda cyangwa mu mahanga barebwa n’ibyerekeye iseswa ry’ikigo kigira uruhare mu buryo bwo kwishyurana kuri uwo munsi w’akazi kandi, ntibirenze itangira ry’umunsi same business day, and no later than the start of the next business day and served on any other settlement agent that requires notification and the national bank of rwanda immediately notifies all relevant system operators in rwanda or abroad of the winding-up proceedings. "The national bank of rwanda notifies relevant domestic and foreign system operators and participants about the voluntary winding-up of a participant on the same business day and in any case, no later than the start of the next business day of the winding up resolution taking effect. " Iyo amaze kuzuza dosiye ye mu buryo buvugwa muri iyi ngingo, urega yuzuza inyandiko (fiche) yo gutanga ikirego asanga mu bwanditsi bw‟inkiko cyangwa ku murongo w‟ikoranabuhanga yifashishije mu gutanga ikirego. "After the plaintiff has completedhis file in conformity with this article, he/she must fill out a form filing his claim, which can be found in the court registry, or using the same electronic means used while filing his claim. " Ibivugwa mu bika bibanziriza iki ni na byo bikurikizwa mu gihe uwareze ari we utaritabye. "The provisions of the preceding paragraphs shall also apply in the case of the plaintiff‟s failure to appear. " Komite imaze kumenyeshwa na guverinoma ihagarariwe na minisiteri ko hari umwanya w’ubukomiseri utarimo umuntu, ifite inshingano yo gutoranya abakandida ku mwanya w’ubukomiseri, igashyikiriza guverinoma urutonde rw’abo yahisemo, ibinyujije kuri minisiteri. mbere yo gutangira gutoranya abakandida, komite itegura ingengabihe y’akazi ikayimenyesha minisiteri na komisiyo. "The committee after being notified by the government represented by the ministry that there is a vacant post of a commissioner, it has the mission of selecting candidates to the post of commissioner and submit to the government the list of selected candidates through the ministry. prior to starting the selection of candidates, the committee elaborates its working schedule and submits it to the ministry and the commission for information. 2° comité: le comité de sélection des candidats commissaires à la commission; " Buri kigo, ishami n’agashami byacyo byishyura amahoro y’isuku rusange. "Each institution, its branch and sub branch shall pay public cleaning service fees. " (g) kwishyuza umwishingizi w’ikinyabiziga gifite moteri kigendera ku butaka cyateje impanuka, iyo amenyekanye, amafaranga yo kuvuza uwahohotewe sgf yakoresheje n’indishyi zahawe uwahohotewe cyangwa abandi babifitiye uburenganzira; "(g) to recover from the insurer of the automobile that caused the accident, if identified, the medical expenses incurred by sgf for the victim and the amount of compensation paid to the victim or other entitled persons; " Minisitiri yifashisha akanama k’ubujurire, gashyirwaho n’iteka rya minisitiri. "The minister shall be assisted by an appeals commission established by a ministerial order. " Siporo igamije kubungabunga ubuzima bw'abantu, kurushanwa, kongera ubukungu, kugira uruhare mu guteza imbere indangagaciro ziranga umuco n’imibereho y’abantu, ubusabane, kubahana no guhuza imbaga. "Sport aims at keeping the people’s vitality, competing, contributing to the economic development, promoting community socio- cultural values, conviviality, mutual respect as well as serving as a mobilisation tool. " (c) gufata inyandikomvugo z’inama z’inama ngishwanama ku rwego rw’igihugu n’iza komite tekiniki; "(c) to take minutes of the meetings of the advisory council at national level and of the technical committee; " Gihe bnr yizeye ko izo nzego zifite ubushobozi bwo kurinda ibanga ry’amakuru atanzwe, cyangwa ikindi kigo hashingiwe ku masezerano mpuzamahanga u rwanda rwashyizeho umukono; "Satisfied that such agencies have the capacity to protect the confidentiality of the information disclosed or any other agency pursuant to an existing international treaty signed by rwanda; " Ingingo ya 24: agaciro k’ihererekanya ry’uburenganzira ku butaka "Article 24: validity of the transfer of land rights " Ingingo ya 58: ubuhuza mu bwishingizi buciriritse "Article 48: attribution fiduciaire " Igazeti ya leta n° idasanzwe yo ku wa 15/06/2023 "Official gazette n° special of 15/06/2023 " Inama ya sena akademiki ya kist iterana mu buryo bwemewe n’amategeko iyo hari directors the annual report on all academic, research and education activities in kist; "The meeting of the academic senate of kist shall legally meet if at least two d’administration le rapport annuel de toutes les activités académiques, de recherche et d’éducation au kist; " Umuntu utaye urwandiko rw‟inzira azishyura kimwe cya kabiri cy‟ikiguzi cyarwo gisanzwe cyiyongera ku kiguzi gisanzwe cy‟urwandiko rw‟inzira kugira ngo abone urundi. "A person who loses a travel document shall be required to pay the penality which is equivalent to a half the fee of that travel document in addition to the normal fee of the travel document. " 1° culture solide du risque; 2° ibyateza ingorane banki yiyemeje kwirengera byasobanuwe neza hifashishijwe inyandiko igaragaza ibyateza ingorane banki yiyemeje kwirengera (ras); "2° a well-developed risk appetite articulated through the risk appetite statement (ras); " Amasezerano, ibikorwa, umutungo wimukanwa n’utimukanwa, imyenda n’amazina by’ibigo bikurikira byeguriwe ur: "Contracts, activities, movable and immovable assets, liabilities and denominations of the following institutions are hereby transferred to ur: " Ingingo ya 12: ibuzwa ry’ihererekanya ry’inyandiko ishobora gucuruzwa "Article 12: prohibiting endorsement of a negotiable instrument " (d) utanga serivisi zo kohereza amafaranga afite uburyo akoresha bwo gutunganya amakuru y’ibiro byose afite akoreramo. "(e) the money remittance service provider has integrated the systems to process information of all its outlets. " Ingingo ya 17: umwepiskopi "Article 17: the bishop " A. guteza imbere uburyo bwo kwihangira imirimo binyuze cyane cyane mu bigo bito n’ibiciriritse; "A. promoting entrepreneurship development with special focus on small and medium enterprises; " 7. kubika inyandiko zose z’ibyakozwe mu gihe cy’imyaka icumi nibura (10) uhereye igihe byakorewe. "7. store all records of transactions for a minimum period of ten (10) years from the date of transaction. " Ingingo ya 9 : sacrement a) umubatizo twemera yuko umubatizo ugenewe abizera gusa kandi ko ugereranywa n‟urupfu no ku zuka kwa kristo .kwibizwa mu mazi menshi mu izina rya data wa twese.n‟iry‟ umwana n‟iry‟umwuka wera.byerekana kwizera kwacu kuri muri kristo yesu wadupfiriye agahabwa, nyuma y‟iminsi itatu akazuka .umwizera akwiye kubatizwa mbere yo kuba urugingo rw‟itorero no gusangira ifunguro ry‟ umwami yesu .1abakorinto 11:23, matayo 28:10-20 ; mariko 16;ibyakozwe n‟intumwa 2:38; abaroma 6:3. "Article 9 : sacraments a)the baptism the baptism is only reserved to believers.it is the symbol of the death and resurrection of jesus christ ;the immersion in the name of the father and son and holy spirit.this is the testimony of our faith in jesus christ who died because of our sins,buried and raised up from the death to life the third day. every believer must be baptised before being member of the body of christ which is the church to participate to lord‟s supper : 1cor 11 :23 ; mat 28 :10-20 ; mark 16 ; acts 2 :38 ; rom 6 :3 " 10° gukorana no gufatanya n’izindi nzego zishinzwe umutekano imbere no hanze y’igihugu; "10° to co-operate and collaborate with other security organs inside and outside the country; " Dusubiye ku iteka rya perezida n° 30/01 ryo ku wa 29/06/2007 rigena umubare nyakuri w‟imyaka y‟ubukode bw‟ubutaka, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 6; "Reviewed presidential order n° 30/01 of 29/06/2007 determining the exact number of years of land lease, especially in article 6; " Haseguriwe ibiteganywa n’andi mategeko ahana, umuntu wese ukoresha umwana bigatuma atiga mu mashuri y’uburezi bw’ibanze, aba akoze ikosa. ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u rwanda atari munsi y’ibihumbi magana abiri (200.000 frw) ariko atarenze ibihumbi magana atanu (500.000 "Subject to the provisions of other penal laws, any person who employs a child and thus prevents the child from studying in basic education institutions, commits a fault. he or she is liable to an administrative fine of at least two hundred thousand rwandan francs (frw 200,000) but not exceeding five hundred thousand (frw 500,000) and the child is sent back to the education institution. " Inama y‟ababerewemo imyenda, umucungamutungo mu gihe cy‟igihombo n‟ababerewemo imyenda bari mu ikurikirana ry‟igihombo bagira uburenganzira bwo kumvwa mbere y‟uko iyo mirimo y‟ikurikiranwa ihagarikwa. "The creditors' assembly, the administrator and the creditors of the assets involved in the insolvency proceedings shall be heard prior to discontinuation. " Ingingo ya 23: iyakira ry’imenyekanishamutungo "Article 23 : transfer dáction " Ingingo ya 15 : abayigize "Article 15 :members " Ingingo ya 45: ibiranga izina rihabwa ubwoko bw’igihingwa "Article 45: plant variety denomination " 2° igitsina cye; "2° gender; " 1° ku yandi masezerano, ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa ibindi byumvikanwaho ku isoko ry’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho bikorwa n’isoko ry’ibicuruzwa by’ibanze "1° any agreement, transaction or arrangement entered into on the commodity exchange and related contracts operated by the commodity exchange and related contracts where the agreement, transaction or " Ingingo ya 39: igikorwa cyangwa icyemezo giteshwa agaciro n’ikigo cy’igihugu "Article 39: annulment of an act or decision by the national agency " 6° ibirego byose byerekeye uburyozwe bushingiye ku zindi mpamvu zitari iz’amasezerano cyangwa ibisa n’amasezerano, iyo ibyangijwe byatewe n’igikorwa cyangwa imyitwarire y’ubutegetsi cyangwa se bikaba byarangijwe n’ibikorwa by’imirimo rusange; "6° actions relating to damages based on grounds other than contractual or quasi contractual , if the damage is as result of an act or omission of the administration or due to public interest activities; " Ingingo ya 24: igihe ntarengwa cyo kubika amakuru "Article 24: time limit for data conservation " Inyubako zigenewe ibikorwa byo kwita ku buzima nk’ibitaro, ibigo nderabuzima, laboratwari n’ibigo bigenewe kwita ku buzima bw’abantu, aho kubyarira ndetse n’aho kwita ku buzima bwo mu mutwe. "Buildings used for health care, including hospitals, clinics, health centers, laboratories and specialized care centers, such as birthing centers and psychiatric care centers. " Urwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi rusurwa kuva ku wa mbere kugeza ku cyumweru, guhera saa moya (7h00) za mu gitondo kugeza saa kumi n’imwe za ni mugoroba (17h00). "A memorial site for the genocide against the tutsi is visited from monday to sunday, from seven (7:00 am) to five (5:00 pm). " Igihe umuntu yabuze ku buryo kwemeza urupfu rwe bidashidikanywaho n’aho umurambo we waba chapter ii: termination of legal personality "When a person disappears such that his/her death is established beyond doubt, even if his/her body chapitre ii : fin de la personnalite juridique " Ibyerekeye gutanga umutungo w‟umuryango bikorwa ari uko bibanje kwemerwa n‟inama ya porovensi ibikora mu izina ry‟inteko ya porovensi hakurikijwe ibiteganywa n‟amategeko ngengamikorere y‟umuryango. provided for by article 27 of the law n° 06/2012 of 17/02/2012 determining organization and functioning of religion-based organizations. she might fulfill as well as the conditions provided for by the internal rules and regulations of the organization. "Deeds meant for the disposal of the property of the organization shall require the consent from the provincial council whose powers to do so emanate from the provincial chapter in accordance with the internal rules and regulations of the organization. conditions stipulées à l‟article 27 de la loi n° 06/2012 du 17/02/2012. elle doit en outre satisfaire au règlement d‟ordre intérieur de l‟organisation « sœurs bernardines d‟oudenaarde ». les modalités de désignation, de révocation ou de résignation de la représentante légale et de son conseil sont régies par le droit propre de l‟organisation. " 7° gutegura urutonde rw’abakozi ba rcs basabirwa kuzamurwa mu ntera, article 33: responsibilities of the executive commissioners office "7° to prepare a list of rcs officers proposed to be promoted, dismissed or removed from office; article 33: attributions du commissariat exécutif " 1° perezida na visi-perezida batorwa mu babyeyi batari muri komite y‘inteko rusange y‘ishuri; "1° the chairperson and deputy chairperson elected from among parents who are not members of the school general assembly committee; " Byemejwe n‟abagize ubwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) by‟amajwi, inteko rusange ishobora gusesa umuryango, kuwufatanya n‟undi cyangwa kuwomeka ku wundi muryango bihuje intego. "Upon decision by the majority of 2/3 of members present, the general assembly can declare the dissolution of the association, merge it with another association or associate it to any other association having the similar objectives. " Iteka rya minisitiri w’intebe rigena, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco ………………………………220 "Prime minister’s order determining organisational structure, salaries and fringe benefits for employees of the national rehabilitation service…………………………………..…………220 " Ikigo gikora nk’intumwa zishobora gutanga serivisi y’imari iyo ari yo yose mu zikurikira nk’uko byakumvikanwaho by’umwihariko hagati yazo n’ikigo : the legal entities acting as agents may provide any of the following financial services as may be specifically agreed with the institution: les entités juridiques agissant comme les agents peuvent fournir n’importe lequel des services financiers suivants selon une convention spécifique entre eux et l’institution: 1° gukusanya amakuru y’abakiriya yifashishwa mu gufungura konti; 1° collect account opening information from customers; 1° collecter les informations des clients pour l’ouverture de compte; 2° kubitsa no kubikuza amafaranga; 2° cash deposit and cash withdrawals; 2° dépôts et retraits d’argent; 3° kwishyura inyemezabwishyu; 3° cash payment of bills; 3° paiement d’argent liquide de factures; 4° kwishyura amafaranga ya pansiyo n’ay’ingoboka; 4° cash payment of retirement and social benefits; "D. ikindi gikorwa cyose cyakwemerwa na banki nkuru. d. any other activity as central bank may approve. d. toute autre activité que la banque centrale peut approuver. ikigo gikora nk’intumwa zishobora gutanga serivisi y’imari iyo ari yo yose mu zikurikira nk’uko byakumvikanwaho by’umwihariko hagati yazo n’ikigo : the legal entities acting as agents may provide any of the following financial services as may be specifically agreed with the institution: les entités juridiques agissant comme les agents peuvent fournir n’importe lequel des services financiers suivants selon une convention spécifique entre eux et l’institution: a. gukusanya amakuru y’abakiriya yifashishwa mu gufungura konti; a. collect account opening information from customers; a. collecter les informations des clients pour l’ouverture de compte; b. kubitsa no kubikuza amafaranga; b. cash deposit and cash withdrawals; b. dépôts et retraits d’argent; c. kwishyura inyemezabwishyu; c. cash payment of bills; c. paiement d’argent liquide de factures; d. kwishyura amafaranga ya pansiyo n’ay’ingoboka; d. cash payment of retirement and social benefits; " Kubera iyo mpamvu, banki nasiyonali y’u rwanda irasaba abafite izo noti bose kwihutira kuzihinduza aho ikorera mu kiyovu no mu mashami yayo aho ari hose kimwe no mu yandi mabanki abegereye (harimo na banki z’abaturage) mbere y’iriya tariki. "The public is invited to exchange these banknotes at the national bank of rwanda at its offices in kiyovu and in its branches or the nearest commercial banks (including banques populaires) before that date. " (a) ku bwato butwara abantu: "(a) for a passenger vessel: " Kugira ngo ushinzwe gutanga serivisi z’amaposita kuri bose ashobore gukwirakwiza serivisi mu gihugu hose agomba guhuza ibiro by’iposita bye n’ibikenewe kandi akabyongera, agirana amasezerano y’ubufatanye n’abakorera mu gihugu hose, zaba inzego cyangwa ibigo bya leta, baba abikorera ku giti cyabo, ashakisha uburyo bwiza bwo guhuza ubucuruzi akora n’imibereho myiza y’abaturage. "To distribute services across the national territory, the postal operator in charge of the universal services must adapt and develop its postal office, in particular by concluding partnership conventions with public or private companies operating across the country for the sake of best economic and social cohesion. " Ingingo ya 51: kwinjira mu nyubako hakoreshejwe imbaraga "Article 51: forceful entrance into buildings " Ikigo gifite ububasha busesuye bwo kugenzura abakora ubucuruzi mu gutwara abantu n‟ibintu mu kirere mu rwanda aho ari ho hose n‟igihe icyo ari cyo cyose kandi gifite ububasha bwo kugenzura amadosiye yose akoreshwa muri ubwo bucuruzi, hagamijwe kureba ko bwubahiriza amategeko abugenga cyangwa amabwiriza akubiye mu migereka ku masezerano y‟i chicago. "The authority shall have full powers to monitor persons who conduct commercial air transport services in rwanda wherever and whenever and it shall have also the powers to access any documents related to such services in order to ensure that such commercial services are conducted in accordance with applicable laws or regulations provided for in annexes to the chicago convention. " 4° gusuzuma cyangwa gukurikirana inguzanyo cyangwa imyenda yatanzwe; "4° to review or monitor existing loans or credits; " Iteka rya minisitiri nº139/08.11 ryo kuwa 23/08/2011 riha ubuzimagatozi umuryango «annointed center ministries of rwanda» (a.c.m.r) kandi ryemera abavugizi bawo "Ministerial order nº139/08.11 of 23/08/2011 granting legal status to the association « annointed center ministries of rwanda» (a.c.m.r) and approving its legal representatives " Ingingo ya 14: ibishingirwaho mu gusaba ubwenegihugu nyarwanda butangwa hashingiwe ku bumenyi cyangwa ku mpano byihariye "Article 14: conditions for applying for rwandan nationality by acquisition on special skills or talent grounds " Uwemerewe kuba umusimbura wa mbere w'uhagarariye umuryango ni madamu niwenkunda cathérine, umunyarwandakazi uba i kigali, akarere ka kacyiru, umujyi wa kigali. "Has been accepted in his capacity as first deputy legal representative of the same association, mr nibishaka aimable, of rwandan nationality, resident in kigali, kacyiru district, kigali city; " Ku birebana n’umugabane uwo ari wo wose uvugwa muri iyi ngingo: "With respect to any share referred to in this article: " Iteka rya perezida n°03/01 ryo kuwa 03/05/2012 rishyiraho igiceri gishya cy’amafaranga mirongo itanu y’amanyarwanda (50 frw) gifite agaciro mu rwanda "Presidential order n°03/01 of 03/05/2012 issuing a new fifty rwandan francs (rwf 50) coin as legal tender in rwanda " 1° sena n’umutwe w’abadepite; "1° un head of department; " Hatitawe ku gika cya mbere cy’iyi ngingo, umusoro wa nyakabyizi utangwa ku gipimo cyihariye cya cumi na gatanu ku ijana (15%). icyakora, mu kubara umusoro wa nyakabyizi, amafaranga atarenze ibihumbi mirongo itatu (30,000 frw) ku kwezi, asoreshwa ku ijanisha rya zeru (0%). "Notwithstanding paragraph one of this article, income from a casual labourer is subject to tax on the special rate of fifteen percent (15%). however, in computing casual labourer’s tax, an income not exceeding thirty thousand (30,000 " (b) atacyujuje ibisabwa; "(b) he or she no longer meets the requirements; " 6° igitekerezo cy’impuguke mu mibare y’ubwishingizi ku byerekeye amafaranga y’ingoboka ateganyijwe agereranyijwe n’igihe cyashize; "6° an actuarial opinion on the adequacy of past estimates of insurance technical liabilities; " Bwana mugume nathan agizwe umuyobozi mukuru ushinzwe itumanaho mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu rwanda (rbc). "Mr. mugume nathan is hereby appointed director general of communication in rwanda biomedical center (rbc). " Abashinzwe kuyobora amatora n’abandi bahagarariye izindi nzego zigira uruhare mu matora, bagomba kugira imyifatire ituma amatora abera mu mucyo. "Electoral officials and other officials representing organs involved in the electoral process shall behave in such a way as to allow elections to be conducted in transparency. " O akanyerezo (-): gakoreshwa mu kiganiro kugira ngo berekane ihererekanywa cyangwa iyakuranwa ry‟amagambo. "O square brackets ([ ]): they are used to enclose an observation or a comment in a quotation. " Uburyo bwo kwemererwa kuba umunyamuryango w‟ishyirahamwe bugenwa n‟amategeko ngengamikorere. "The conditions of admission as member of the association are determined by the internal order regulation. " Usaba kurindirwa ubwoko bw’igihingwa ku buryo bwemewe mu rwanda akaba yari yarabisabye mu kindi gihugu bihuriye ku masezerano mpuzamahanga yerekeranye n’uburenganzira bw’abashakashatsi bakora amoko y’ibihingwa, ashobora gusaba ko ubusabe bwe bushingira ku itariki yandikishije mu gihugu yasabiyemo bwa mbere. "A person applying for the plant variety protection in rwanda after applying for the same protection in another country which is signatory to an international convention related to plant breeder’s right to which rwanda is party may request that the date of his first application be taken as the date of application in rwanda. " 4° urwego rwa kane: ubumuga buhoraho burengeje 75%. "4° 4th category: permanent disability exceeding 75%. " 4º gushyira mu bikorwa ingengo y’imari ya cma; "4º to execute the budget of cma; " 19° gukora ibarura n’urutonde rw’umutungo w’ubutaka bwose bw’igihugu, imiterere yabwo n’icyo bukoreshwa no kuba umubitsi n’umucunzi w’amakarita yose y’igihugu n’amakuru yose arebana n’ayo makarita; "19° to compile an inventory of all national land resources, their quality and use, act as the registrar and custodian of all national maps, and all land related information; " E) gusaba banki nkuru gusura ahazakorwa ibikorwa by’ibiro by’ivunjisha mu gihe kitarenze amezi atatu nyuma yo kubona urwandiko rumenyesha. "E) invite the central bank to visit the proposed business premises in a period not less than three months upon receipt of the letter of intent. " 5° kugirana amasezerano y’ubufatanye the findings to foster the development of the country; "5° to conclude cooperation agreements with diffusion des résultats pour le développement du pays ; " Umugereka wa mbere : amafaranga atangwa kuri buri sitasiyo n’ibikorwaremezo by’ahagemurwa ibikomoka kuri peteroli "Annex one: applicable fees per station or bulk fuel delivery facility " (x) kugira inama guverinoma ku bindi byakwihutisha iterambere ry’imiturire n’imyubakire; "(x) to advise government on other activities which can fast track housing and construction development; " 3° gukora ku buryo imirimo yose ikorerwa mu biro byose by’ikigo yubahiriza ibisabwa byose n’iri tegeko; 4° gushyiraho umuyobozi mukuru n’umukozi mukuru ushinzwe ibyerekeranye n’ikoranabuhanga babifitiye ubushobozi; 5° kwitwararika ko ikigo gihorana buri gihe ubugenzuzi bw’imbere kandi bukora neza; "3° ensure that the activities conducted in all offices of the credit bureau are in full conformity with this law; 4° appoint a competent chief executive officer and chief information technology officer; " 17° umufatabuguzi wa nyuma: umufatabuguzi wifitiye ibikoresho bituma abona serivisi zitangwa n’umuyoboro w’itumanaho koranabuhanga ariko udatanga imiyoboro y’itumanaho rusange cyangwa udaha abantu serivisi z’itumanaho koranabuhanga "17° end-user: a user owning a terminal equipment for the purpose of receiving services from electronic communication network but not providing public communications networks or publicly available electronic communications services; " Ubunyamabanga bw‟imitegekere ya diyakonia buyoborwa na adminisitarateri generali n‟abakuriye amashami bashirwaho na komite nyobozi y‟umuryango. ubunyamabanga bw‟imitegekere ya diyakonia bugizwe na: - administrateri generali ; -umujyanama uhoraho ushinzwe ibibazo bitandukanye; -usshinzwe ubutegetsi n‟imari -ushinzwe iterambere no gucunga imishinga; -ushinzwe uburere n‟uburezi bwa gikristo, president. "The diaconal administrative secretariat is a body headed by general adminstrator nominated by executive committee the diaconal administrative secretariat is composed of audit regulary: - general administrator; -permanent advisor in charge of cross cutting issues; -in charge of administration and finance; -in charge of development and projects management ; - in charge of christian education, trainings and son absence par son vice président. "  abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri nomero za telefone igendanwa zikurikira: ……………………………………. . " for additional information, please call the following mobile telephone number: ……………………………………. . " Iyo ushinzwe gutanga amakuru atabashije kubona ibisabwa mu gihe cyo gushyira mu bikorwa ingamba z’ubushishozi ku mukiriya, akora ibi bikurikira: "Where a reporting person is unable to comply with customer due diligence measures, he or she undertakes the following: " 4° kwihekura; "4° revocation; " Ingingo ya 25 : kuregera inkiko "Article 25: referral to courts " Interuro ya iv: inzira zo kujurira "Title iv: procedures for appeal " Iri tegeko rishyizeho ikigo cy‟ ubwiteganyirize mu pursuant to organic law n° 06/2009/ol of 21/12/2009 establishing general provisions governing public institutions; "Pursuant to organic law n° 06/2009/ol of 21/12/2009 establishing general provisions governing public institutions; " Guhererekanya uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri bisabwa urwego rwatanze urwo uruhushya, dosiye isaba guhererekanya iba igizwe nibura n’inyandiko zikurikira: "Application for transfer ofa mineral and quarrylicense shall be addressedto the organ that issued the license and shall include at least the following documents: " Ingingo ya 104: ibisabwa mu mazu y’ubucuruzi section iii : hygiene in car wash site "Article 104: requirements for commercial buildings section iii: hygiene dans les stations de lavage de vehicules " 6° kwegurira:uburyo utanga ikodeshagurisha cyangwa uhabwa ikodeshagurisha aha undi muntu uburenganzira n’inshingano bikubiye mu masezerano y’ikodeshagurisha; "6° assignment: act by which the lessor or the lessee transfers his/her rights and obligations under the finance lease agreement to the third party; " Ingingo ya 17: ubusonerwe bwo gusaba uruhushya rwa serivisi zo kwishyurana "Article 17: application for license for an insurance broker " Ahawe igihano. "Discipline. " Umutungo wa leta ntushobora gukoreshwa mu mikorere cyangwa mu nyungu z’umutwe wa politiki igihe bitateganyijwe n’itegeko. "No government assets shall be used in the activities or interest of a political organization unless the law so provides. " Iteka rya minisitiri n° 25/11 ryo kuwa 04/05/2007 ritanga uburenganzira bwo guhindura izina "Ministerial order n° 25/11 of 04/05/2007 authorising change of name " 2° gukomeza, hakurikijwe ibikenewe mu izahura ry’ubucuruzi, ubucuruzi bw’isosiyete; "2° continue, to the extent necessary for the reorganization, the business of the company; " Iyo kwigomeka ku buyobozi byakozwe n’abantu benshi bitwaje intwaro kandi batabanje kubijyamo inama, igihano kiba igifungo kirenze imyaka itatu (3) ariko kitarenze imyaka itanu (5). "If rebellion is committed by several armed persons and without prior consultation among themselves, the penalty that applies is liable to imprisonment for a term of more than three (3) years and not more than five (5) years. " 4° gutekereza no gutanga ibitekerezo ku bibazo byose bya politiki zerekeye kongera ubushobozi bw’abakozi n’ubw‘inzego z’imirimo ; "4° to initiate and give views on any issues relating to policies of increasing human resource and institutional capacity; " 1° hatanzwe amakuru atari yo kugira ngo urwo ruhushya rutangwe; "1° false information has been supplied in order to obtain the license; " (2) urutonde rw’abantu bashyigikiye umukandida wigenga rugomba kugaragaza kuri buri muntu ibi bikurikira: "(2) the list of persons supporting the independent candidate indicates the following for each of them: " 1° mbere y’uko basinya cyangwa bahindura amasezerano y’umwenda cyangwa y’ubwishingizi; 2° bikozwe buri mwaka cyangwa inshuro zagenwe hasuzumwa ikomeza ry’umwenda cyangwa ibyishingiwe. "1° before entering into, or modifying, a credit agreement or insurance contract; 2° on annual basis or more frequent basis to assess ongoing credit or insurance exposures. " Umutwe wa ii: intego, inshingano n’ububasha bya fic "Chapter ii: mission, responsibilities and powers of fic " Inama y’ishami ni rwo rwego rushinzwe inyigisho, ubushakashatsi n’uburezi ku rwego rw‘ishami. "The department council is the organ responsible for academic affairs, research, and education at the department level. " Ingingo ya 355: agaciro k’ibyakozwe "Article 355: validity of acts performed " Ingingo ya 53: inshingano yo kuregera urukiko article 45: prohibition of renunciation after acceptance "Article 53: duty to file an application with the court article 45: interdiction de renonciation après acceptation " Ihumanya cyangwa déchets dangereux” cyangwa itangazo ryihanangiriza nka “icyitonderwa, warning, avertissement” cyangwa “itonde, caution, attention”. "Umuntu wifuza gukusanya no gutwara déchets dangereux” or warning or caution statements such as “ icyitonderwa, warning, avertissement “or “itonde, caution, attention”. " Ingingo ya 33: ibintu ntarengwa ku gishoro cya banki "Article 33: restriction on investment of banks " 35° uruhushya rwo gusenya: inyandiko yemera isenywa ry’inyubako cyangwa ry’igice cyayo itangwa n’urwego rw’ubuyobozi rubifitiye ububasha; "35° demolition permit: document issued by a competent administrative authority authorizing demolition of all or part of a building; " I. kwemera impano n‟indagano, byagenewe itorero. "- donations and legacies given to the congregation. " 5. ese itsinda ry’ibigo cyangwa kimwe mu bigo bibishamikiyeho bikora amasesengura yemewe agamije guhangana n’ibyateza ingorane mu ikoranabuhanga n’itangazabumenyi mu itumanaho (ict)? omekaho raporo iheruka y’isesengura ry’ibyateza ingorane urweg rwa ict. "5. does the group/ or any of its subsidiaries carry out formalized ict risk assessments? attach the latest ict risk assessment report " Iteka rya perezida n° 83/01 ryo ku wa 12/07/2019 rishyiraho umuyobozi mukuru wungirije "Presidential order n° 83/01 of 12/07/2019 appointing a deputy vice chancellor " Mbere yo gutangira imirimo bashinzwe, umuvunyi mukuru n'abavunyi bungirije barahirira imbere ya perezida wa repubulika, hari inteko ishinga amategeko n'urukiko rw'ikirenga indahiro iteganywa mu ngingo ya 61 y’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo ku wa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu. "Before taking up their office, the ombudsman and deputy ombudsmen shall take the oath of office provided for in article 61 of the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, before the president of the republic, in the presence of the parliament and the supreme court. " 1° gushyiraho ingamba zo kurwanya isuri n’izo kurwanya ubuhumane bw’ubutaka biturutse ku miti, ifumbire, imiti ikoreshwa mu buvuzi bw’abantu n’ubw’inyamaswa n’ibindi byose byemerewe gukoreshwa; "1° to establish measures for controlling soil erosion and soil pollution by chemical substances, fertilisers, human and veterinary medicines and others which are allowed for use; " Ingingo ya 26: isakaza rya raporo ya nic "Article 26: dissemination of the report of nic " Imbago za burundu zishingwa hakurikijwe ikarita y‟ibipimo ndangahantu iba iri ku mugereka w‟iteka rya minisitiri ritanga uruhushya. "Definitive boundaries shall be fixed in conformity with the topographic map annexed to the ministerial order granting the license. " Perezida w’urukiko rw’ikirenga agomba kuba afite ubwenegihugu nyarwanda bw’inkomoko kandi nta bundi bwenegihugu agomba kuba afite. "The president of supreme court must be of rwandan nationality by origin and must not hold any other nationality. " (a) kuba zubahirije ibiteganywa article 37: eligible persons for creating a social well-being institution "(a) to comply with the laws and article 37 : personnes éligibles pour créer un établissement social public " Mu isuzuma ry’isaba rya banki ryo gukora igishoro kinini, banki nkuru igomba kubanza kureba niba icyo gishoro: "In assessing the major investment application of a bank, the central bank must ensure that the bank’s investment shall not: " 2° kugaragaza ko agomba kwishyura uwo mwenda cyangwa gutanga amafaranga angana n’umwenda w’umusoro cyangwa amahoro hakurikijwe amasezerano yagiranye n’umusoreshwa; "2° indicate that he or she is required to pay the debt or give the funds against the tax or fee liability, under the terms and conditions of the contract with the taxpayer; " Ingingo ya 26: inshingano z’inteko nkuru "Article 26: responsibilities of the executive organ " 30. umuhuza: umuntu wese wabiherewe uburenganzira, hakurikijwe ingingo z’iri tegeko, uhuza impande zifitanye impaka rusange akazifasha kuzikemura; "30. arbitrator: one or several persons designated in accordance with the provisions of this law, to resolve collective labour disputes arising between the parties; " Abashinzwe gutanga amakuru bagomba kugaragariza ishami rishinzwe iperereza ku mari igikorwa cyose gifite agaciro k‟amafaranga ari munsi y‟ikigero kivugwa mu gika cya mbere, iyo icyo gikorwa ari kimwe mu bindi bikorwa bifitanye isano cyangwa bisa n‟aho bifitanye isano, kandi igiteranyo cyabyo byose gifite agaciro karenga icyo kigero. ingingo ya 19 : gahunda z’abashinzwe gutanga amakuru zerekeye kurwanya iyezandonke "Reporting authorities must indicate to the financial investigation unit all transactions equivalent to the amount less than the threshold indicated in paragraph one, if they are part of a whole of transactions which are or seem to be linked and the total of which would exceed the threshold. " 2° hakumirwe iyangizwa ry’umutungo w’umuntu uwo ari we wese uri ahakorerwa ubushakashatsi cyangwa ubucukuzi bwa peteroli. "2° avoiding damage or destruction over any property belonging to any person in the petroleum exploration or production area. " Ingingo ya 24: kumenyesha banki nkuru ko habayeho ukutubahiriza ingingo zirebana no kugira uruhare rugaragara "Article 24: disclosure to the central bank of any violation of provisions relating to significant holding " 2º cumi n’umunani ku ijana (18 %) ku bindi bicuruzwa na serivisi byose. "2° eighteen (18%) percent for other goods and services. " Inyandiko isaba uru rwandiko rw‟inzira ishyikirizwa ubuyobozi bukuru, cyangwa ibiro byabwo biri mu karere usaba atuyemo cyangwa se ahandi hagenwa n‟umuyobozi mukuru. "The application shall be submitted to the directorate general or to its office in the district where the applicant resides. " Iteka rya minisitiri ritanga uburenganzira bwo guhindura izina (sarambuye love)……..67 "Ministerial order authorising name alteration (sarambuye love)………………………..67 " Icyiciro cya ii: ukwimurwa, ukuvanwa muri polisi ujyanwa ahandi n’ugutizwa ingingo ya 23: iyimurwa ry’umupolisi iyimurwa, ukurwa mu mutwe ujya mu wundi cyangwa ukurwa mu murimo ushyirwa mu wundi murimo bitabangamiye ububasha bw’inzego zitanga akazi, bikorwa na ensipegiteri jenerali wa polisi. iyimurwa ku kazi mu mutwe wa polisi cyangwa muri serivisi bitabangamiye izindi nzego zitanga akazi, rikorwa na komanda w’umutwe cyangwa umuyobozi wa serivisi akabimenyesha ensipegiteri jenerali wa polisi. ingingo ya 24: isimbura ry’agateganyo ensipegiteri jenerali wa polisi agena abapolisi basimbura by’agateganyo abadahari, ashobora kandi kwegurira ubwo bubasha undi mupolisi this order, administrative, logistical and technical services shall be created within police units as well as other services which can be provided by police officers who have other ranks, following the resolution of the police high council. police officers appointed in these services mentionned in the paragraph one of this article shall be entitled to a bonus determined by the minister in charge of the police after consultation with the police high council. section ii: secondment, transfer and detachment "Ingingo ya 21: iringaniza ry’imirimo n’intera za polisi iringaniza ry’imirimo y’ubuyobozi n’intera za polisi riteye ku buryo bukurikira : umurimo ipeti inspector general of police: deputy commissioner general- officers shall have their matriculation numbers and others police officers also have their own. any police officer promoted from a category to another category with a different number, shall be given another number corresponding to that category. article 20: organ empowered to award ranks commissioners and officers of rwanda national police shall be promoted by the president of the republic. officer cadets shall be commissioned to the rank of assistant inspector of police by the president of the republic after their successful completion of the training. " Amasosiyete n’amakoperative bikora imirimo y'imari iciriritse byemejwe n’inzego zibifitiye ububasha bisora umusoro ku nyungu z’amasosiyete ku gipimo cya zeru (0%) mu gihe cy’imyaka itanu (5), guhera igihe byemerewe. "Companies and cooperatives that carry out micro finance activities approved by competent authorities pay corporate income tax at the rate of zero percent (0%) for a period of five (5) years from the time of their approval. " Ingingo ya 19: inteko rusange ifite ububasha bukurikira: -kwemeza no guhindura amategeko shingiro n’amabwiriza ngenga mikorere y’umuryango; -gutora no kuvanaho abagize inama y’ubuyobozi, abagenzunzi b’imari n’abahagarariye umuryango imbere y’amategeko; "Article19 : the general assembly has the following powers : -to adopt and to modify the constitution and internal regulation of the association; -to appoint and to dismiss members of the board of directors, the auditors and the legal representatives of the association; " N’amakosa yo mu kazi yoroheje bitewe n’uburemere bwayo. "Petty disciplinary faults according to their gravity. " Ingingo ya 3: ubusobanuro bw’amagambo article 3: definitions "Article 3: definitions article 3: definitions " 6° impaka ku birebana n’imisoro n’amahoro; "6° disputes related to taxes and duties; " 5° gutegura inshamake ya raporo yoherezwa muri minisiteri ifite umuganda mu nshingano zayo. "5° to make a summary report of the reports to be submitted to the ministry in charge of community works. " Iyo igenzura rigaragaje ko hari umutungo utamenyekanishijwe cyangwa hari uwagaragarijwe agaciro gatandukanye n‟ukuri, hakorwa iperereza. "If the verification reveals that part of the property was not declared or was undervalued or overvalued, an investigation shall be carried out. " Abagize inama y‟ubutegetsi bitabiriye inama z‟inama y‟ubutegetsi, bahabwa amafaranga agenwa n‟iteka rya perezida. "Members of the board of directors who are present in the meeting of the board of directors shall receive sitting allowances determined by a presidential order. " Ingingo ya 17 : abagenzuzi b’imari inteko rusange ishyiraho abanyamuryango batatu (3) bagenzura umutungo mu gihe cy‟imyaka itatu ishobora kongerwa, bagaterana buri gihe mbere y‟uko inama y‟ubutegetsi yiga ibibazo by‟umutungo w‟amafaranga iterana.ucunga umutungo niwe uyobora inama y‟abagenzuzi. iyo komisiyo igenzura umutungo ni urwego rubazwa kandi rugahamagarirwa gutanga ibitekerezo ku bibazo byose birebana n‟umutungo w‟amafaranga nko ku bijyanye no kwiga ingengo y‟imari n‟uko uwo mutungo uhagaze. "Article 17: financial commission a financial commission of three members, designated by the general assembly for a mandate of 3 renewable years, meets before every board of directors having to treat financial questions. it is presided by the steward who is the financial administrator. it is notably a consultative organ, named to give its opinions on all financial questions, for the survey of the budgetary forecasting and the financial states of the organization. " Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk‘uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 112 , iya 113 n’iya 121; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in articles 112, 113, and 121; " Nta muntu wemerewe kugura ubwishingizi hanze y’u rwanda, keretse iyo byemewe n’amategeko. "No person is allowed to place insurance outside rwanda, except where permitted by law. " (2) ku cyiciro cyo gusuzuma ubusabe, igihe gisabwa ngo ubusabe bube bwamaze gusuzumwa giterwa n'uko bwuzuye, urusobe rw’ibikubiyemo, ndetse n'ibisabwa by'ubugenzuzi n'amategeko byihariye birebana. bitewe n’ibisobanuro by’ukuntu igerageza rikora, usaba yemerewe kugira ibyo ahindura mu busabe bwe (urugero: kugaragaza neza imbago ntarengwa) nyuma yo kungurana ibitekerezo na cma, maze akongera akabutanga: (6) safeguards and remediation measures. "(2) at the evaluation stage, the time required to fully assess the application depends on its completeness and complexity, and the specific legal and regulatory requirements involved. due to the explanatory of the sandbox approach, the applicant is allowed to make adjustments to the application for resubmission (for example, refining the boundary conditions) after discussing with cma: " 2° iyo bigaragara ko ababerewemo imyenda batemeye bazabona byinshi muri gahunda y’icungwa ry’umutungo kuruta ibyo babona iyo habaho iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo w’isosiyete y’ubucuruzi. "2° it is clear that dissenting creditors will receive as much under the reorganization plan as they would in the company’s liquidation. " 2° uko amakarita azakorwa; "2° how the maps will be designed ; " Icyiciro cya 2: isuzuma rikomeye ry’imyirondoro y’umukiriya "Section 2: authentification forte du client " Buri mwaka, buri kigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa gishyikiriza banki nkuru inyandiko z’imari zemejwe bitarenze itariki ya 30 mata y’umwaka ukurikira umwaka utangwaho raporo. "Each year, every deposit-taking microfinance institution submits the audited financial statements to the central bank not later than 30th april of the year following the year being reported. " 10° umunyamabanga wa perezida w’urukiko rw’ikirenga; "10º the vice president of the supreme court ; " (e) fotokopi y’indangamuntu cyangwa ya pasiporo igifite agaciro; "(d) an identification card or valid passport; " 1° iyo inama isuzuma ingingo afitemo inyungu bwite; "1° if the meeting considers an item of his or her personal interest; " Imaze kubisuzuma no kubyemeza ; bimaze kwemezwa na sena mu nama y’inteko rusange yo kuwa 18/04/2008; twategetse kandi dutegetse: ingingo ya mbere: ishyirwaho ry’ abakomiseri abakomiseri muri komisiyo y’igihugu yo kurwanya jenocide bashyizweho ku buryo bukurikira : dr. misago kanimba : perezida tuyisenge christine : visi perezida dusingizemungu jean pierre mukantaganzwa domitille dr. rusanganwa françois xavier itangishaka bernard mukamazimpaka hilary ingingo ya 2: abashinzwe ishyirwa mu bikorwa ry’ iri teka minisitiri w’intebe, minisitiri w’imari n’igenamigambi na minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo basabwe kubahiriza iri teka. ingingo ya 3: ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije naryo zivanyweho. ingingo ya 4: igihe iteka ritangira gukurikizwa iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’ u rwanda. agaciro karyo gahera kuwa 18/04/2008. kigali, kuwa 25/04/2008 "Determining the organization and functioning of the public service commission, especially in article 9 ; after consideration and approval by cabinet in its session of 12/03/2008; after approval by the senate in its plenary session of 18/04/2008; have ordered and hereby order : article one: appointment of commissioners the commissioners in the p ubl ic s ervice commission are hereby appointed as follows : niyibizi bonaventure :president kanakuze jeanne d’arc : vice president mukasine marie claire ndahimana emmanuel mugarura alexis bayigamba madeleine dr. nyarwaya paul article 2: authorities responsible for the implementation of this order the prime minister, the minister of finance and economic planning and the minister of public service and labour are entrusted with the implementation of this order. article 3: repealing of inconsistent provisions all prior provisions contrary to this order are hereby repealed. article 4: commencement this order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 18/04/2008. kigali, on 25/04/2008 " 2º inyandiko y’umugenzi yemeza ko azongera gusohokana izo ntwaro no kutazikoresha mu rwanda. "2º a travel document certifying that he/she will again exit with the arms, and not to use them in rwanda. " 9° kuba yaratsinze ipiganwa rikoreshwa n’inama nkuru y’ubucamanza. "9° to have passed the test of recruitment organized by the high council of the judiciary. " C) gutora uhagarariye urubyiruko n’uhagarariye abagore. "C) elect a youth’s and a women’s representative. " Nº 018/2020 ryo ku wa 16/10/2020 "Nº 018/2020 of 16/10/2020 " (2) amasoko ya leta atanzwe hadakoreshejwe ikoranabuhanga mu masoko ya leta atangirwa raporo binyuze mu ikoranabuhanga mu masoko ya leta mu gihe kitarenze iminsi itatu kuva igihe – "(2) public procurements conducted out of the e-procurement is reported through e- procurement within three working days from the date of – " Ingingo ya 10: inshingano za sosiyete zitanga serivisi z‟itumanaho "Article 10: duties of communication service providers " Ingingo ya 48: kubika inyandiko "Article 38: listing " Ingingo ya 8: amafaranga y’ubutumwa hanze y’igihugu iyo umugenzuzi mukuru wa gender n’umugenzuzi mukuru wa gender wungirije bagiye mu butumwa hanze y’igihugu, amafaranga y’ubutumwa bahabwa abarwa hakurikijwe ibiteganywa n’iteka rya perezida rishyiraho amabwiriza agenga ubutumwa mu mahanga. "Article 8: per diem for official missions abroad where the chief gender monitor and the deputy chief gender monitor go on missions abroad, allowances shall be calculated according to the presidential order regulating official missions abroad. " Ubusabe bw’igihugu cy’amahanga bwanditse muri rumwe mu ndimi zemewe mu butegetsi bugaragaza ibi bikurikira: "The request from a foreign state drafted in one of the official languages indicates the following: " A) gutwara abantu ku nzira y'ubutaka mu matagisi n'amabisi yabiherewe uruhushya n'itegeko rigenga ibinyabiziga binyura mu muhanda kandi bifite ubushobozi bwo gutwara abantu cumi na bane (14) bicaye cyangwa barenga; "A) transportation of persons by road in a bus and a coach licensed under the law on vehicles in traffic and which have a seating capacity for fourteen (14) persons or more; " Nta muntu wemerewe kugira cyangwa gutanga, mu buryo buziguye cyangwa butaziguye, umugabane munini cyangwa umugabane utuma aganza abandi muri sosiyete y’iyongeramari ku nguzanyo yo kubaka, atabanje kubihererwa uburenganzira na banki nkuru. "No person shall acquire or transfer directly or indirectly a significant holding or controlling interest in a mortgage refinance company without prior authorization of the central bank. " Iteka rya minisitiri w’intebe rigena urwego rureberera naeb. "A prime minister’s order determines the supervising authority of naeb. " Ingingo ya 5: urutonde rw'ibiyobyabwenge byoroheje urutonde rw’ibiyobyabwenge byoroheje n’urusobe rw’imiti ikoreshwa nkabyo n’ibinyobwa bitemewe bifatwa nk’ibiyobyabwenge byoroheje rugabanyijwemo utwiciro dukurikira: 1° inzoga zikozwe mu buryo budakurikije ibisabwa n’amabwiriza y’ubuziranenge n’andi mategeko; "The list of simple narcotic drugs, psychotropic substances, precursors and unauthorised drinks considered as simple narcotic drugs are is subdivided in the following subcategories: 1° alcoholic drinks produced without complying with standards and other laws; " Ingingo ya 269: kwigana, guhindura amafaranga cyangwa ibyitiranywa nayo cyangwa kubikwirakwiza "Article 269: counterfeit, falsification or alteration of currency or monetary signs or their distribution " Icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na polisi y’u rwanda cyamburwa uwagihawe kubera imwe mu mpamvu zikurikira: "A licence to provide private security services issued by rwanda national police is revoked for any of the following reasons: " Dushingiye ku itegeko nº 43/2015 ryo ku wa 29/08/2015 rishyiraho komisiyo ishinzwe kunganira inteko ishinga amategeko mu ivugururwa ry’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo ku wa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, rikanagena inshingano, imiterere n'imikorere byayo, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 9, iya 10, iya 11 n’iya 14; "Establishing the support commission to parliament for the review of the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date and determining its mission, organization and functioning, especially in articles 9, 10, 11 and 14; " Prof. nick huls agizwe umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo mu ishuri rikuru ryo kwigisha no guteza imbere amategeko. "Prof. nick huls is hereby appointed vice rector in charge of academic affairs in the institute of legal practice and development. " N° 108/01 ryo ku wa 30/09/2015 "N° 108/01 du 30/09/2015 " Inteko rusange ya mbere y’urugaga itumizwa kandi ikayoborwa na minisitiri. iyo nama kandi ni yo itora ubuyobozi bwa mbere bw’abagize inama "The first meeting of the general assembly of the association shall be convened and chaired by the minister. it is during this session that the first " 3° kugira inama uturere ku bikorwa by’amajyambere; "3° to advise districts on development activities; " Umuntu wese uhamwe n‟icyaha cy‟ihohoterwa kivugwa mu gika cya 2 n‟icya 3 cy‟ingingo ya 4 "Defendants falling within the second category referred to in the first (1st), second (2nd) and third (3rd) paragraph of article 11 " 3° inyandiko zinyuranyije n’amategeko n’imigenzo myiza. "3° documents inconsistent with the law and good morals. " Ingingo ya 34: gutangaza ibiciro "Article 35: affichage des prix " Ingingo ya 13: umutungo wa rssb n‟inkomoko yawo article 6: management organs of rssb "Article 13: property of rssb and its source article 6: organes de direction de rssb " Umutwe wa iv: inzego z‟imiyoborere, imitunganyirize y‟imirimo ya tekiniki, na gahunda y‟ibarura rusange "Chapter iv: administrative structure, technical organisation and schedule of census activities " Ingingo ya 134: itegurwa, isuzumwa n’itorwa ry’iri tegeko "Article 134: drafting, consideration and adoption of this law " Amabwiriza rusange no 65/2023 yo ku wa 25/04/2023 agenga abatanga serivisi z’imari batakira amafaranga abitswa………………………...…………………………………………...…..111 "Regulation no 65/04/2023 of 25/04/2023 governing non-deposit taking financial services providers………………………...…………………………………………...……………...111 " Ishingiye ku itegeko n° 47/2001 ryo ku wa 18/12/2001 rihana icyaha cy‟ivangura n‟icyo gukurura amacakubiri; "Considering law nº 12/2001 of 24/01/2001 establishing and imposing respect of the graveyards; " Ingingo ya 41: kohereza isaba "Article 41: transmission of request " 1° imiterere y’ubwoko bw’ibikorwa, serivisi ndetse n’ubushobozi hashingiwe ku bwiyongere no ku ngano y’isoko afite; "1° a description of the nature of the business, products and performance by growth and market share; " Perezida wa repubulika atangiza intambara. perezida wa repubulika ashyira umukono ku masezerano yo guhagarika no kurangiza intambara. "The president of the republic declares war. he or she signs armistice and peace agreements. " 8° atarakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6). "8° not to have been definitively sentenced to a term of imprisonment equal or exceeding six (6) months. " Umwishingizi agomba guhorana inyandiko zose cyangwa akandukura mu buryo bwuzuye inyandiko zose zijyanye n‘ibikorwa by‘ubwishingizi mu gihe nibura cy‘imyaka cumi (10) uhereye ku gihe amasezerano agereye ku gihe cyagenwe, ku gihe amasezerano yasheshwe, igihe icyateganyijwe mu masezerano cyubahirijwe, cyangwa nyuma y‘urupfu rw‘uwishingiwe, iyo ari amasezerano y‘ubwishingizi bw‘igihe kirekire cyangwa nyuma y‘impanuka iyo ari amasezerano y‘ubwishingizi bw‘igihe kigufi. "An insurer shall maintain all records or accurate transcriptions of all records relating to insurance transactions for a minimum period of ten (10) years from the maturity, cancellation, surrender or realization of the policy or after the death of the insured, in case of long-term insurance policy or after the date of loss, in case of short- term insurance policy. " (i) imbonerahamwe y’uburyo amafaranga asohoka n’uko yinjira, keretse igihe usaba yifuza gutanga serivisi zoroshya uburyo bwo kwishyurana (pis) gusa; "(i) a diagram of flow of funds, unless the applicant intends to provide payment initiation services (pis) only; " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera ku wa 14/05/2015. "This order shall come into force on the date of its signature. it takes effect as of 14/04/2015. " Ishami rishinzwe iperereza ku mari rikora urutonde rw‟abantu cyangwa imiryango bifite amafaranga yafatiriwe n‟ibigo bishinzwe imari n‟abandi bantu barebwa n‟iri tegeko, rikayigeza ku mushinjacyaha mukuru. "The financial investigation unit shall set the list of persons, entities or organizations whose funds are frozen by the financial organisms and other persons subject to this law and submit it to the prosecutor general. " Imiterere ya gahunda z‟ingengo y‟imari ku rwego rwa leta yemezwa na minisiteri hakoreshejwe inyandiko yabugenewe. "The budget programme structure for a public entity shall be approved by the ministry using a template designed for the purpose. " Ingingo ya 20: uburenganzira ku burezi "Article 20: right to education " Mu itegeko ngenga n°17/2003 ryo kuwa 07/7/2003 rigenga itora rya perezida wa repubulika n’iry’abagize inteko ishinga amategeko hongewemo ingingo ya 88 bis iteye itya : ingingo ya 88 bis : "Governing presidential and parliamentary, there is a hereby added article 88 bis worded as follows: " Ingingo ya 116: gusaba urukiko gutanga amabwiriza yo gutanga amafaranga yose yagarujwe "Article 116: application to the court for directions as to the disposal of the net amount recovered. " Gahunda yo kwishyura inguzanyo itangira ku munsi inguzanyo yatanzwe, keretse iyo umuguzi wa serivisi y’imari ahawe igihe cyo kutishyura. "The valid repayment schedule of the loan shall start by the disbursement date unless the financial service consumer is given grace period or moratorium period. " Buri munyamuryango wa koperative afite uburenganzira bwo kuyivamo. "The ordinary shareholders possess a pre-emption right. " E) buri muntu wifujwe ko yaba mu nama y‟ubuyobozi cyangwa umukozi mukuru w‟ikigo kivutse agomba kuba akwiriye uwo mwanya hakurikijwe ibigenderwaho biri mu mabwiriza n°03/2008 yerekeye ibisabwa mu kwemerera amabanki gukora; "E) every person proposed as a director or an officer in the new organization complies with “fit and proper” criteria in accordance with the regulation n 0 " Impamyabumenyi yemewe mu rwanda ivugwa mu gace ka 2° k’igika cya mbere cy’iyi ngingo ni iba yaratanzwe n’ikigo cyo kwigisha cyemewe mu rwanda, cyangwa impamyabumenyi yemejwe n’inzego zibifitiye ububasha mu byerekeranye n’igereranya before the commencement thid law ; however, refugees living in rwanda for five (5) years are exempted from the five-year residence condition ; "The recognized degree in rwanda provided for in point 2° of the paragraph one of this article shall be either the one delivered by an institution of education recognized in rwanda, or the one recognized to be equivalent by competent organs in matters of equivalence of depuis au moins cinq (5) ans avant l’entrée en vigueur de la présente loi ; les réfugiés vivant au rwanda étant toutefois dispensés de cette condition de résidence pendant cinq (5) ans ; " 2° umwana yavutse hashize iminsi magana atatu (300) nyuma y’urubanza rwemeza kuba ahantu hatandukanye mu gihe cy’urubanza rw’ubutane cyangwa rwemeza gutana by’agateganyo; "2° the child was born after three hundred (300) days following the judgment granting separation of residence of spouses involved in divorce proceedings or legal separation; " Abagenerwabikorwa: ni abanyarwanda muri rusange, cyanecyane urubyiruko "The beneficiaries: all rwandese in particular the youth. " Umukozi wunganira abashinjacyaha ashyirwaho n‟umushinjacyaha mukuru amaze gutsinda and dismissed by the high council of the national public prosecution authority. "After succefully passing the recrutement test, an assistant of prosecutors is appointed by the nommés et révoqués par le conseil supérieur de l‟organe national de poursuite. " Umutwe wa gatandatu: ibyerekeye ingingo zisoza "Chapitre 6 : dispositions finales " (3) iyo impamvu yatumye icyemezo cyangwa uruhushya bivugwa muri iyi ngingo bihagararikwa by’agateganyo itakiriho, urwego rufite mu nshingano kugenzura imikorere ruvanaho icyemezo cyo kubihagarika by’agateganyo. "(3) when the reason for suspension of the license or authorization referred to in this article no longer exists, the entity in charge of regulation cancels the suspension decision. " 4º gushyira mu bikorwa ingengo y’imari no gucunga umutungo wa hec ; "4° to ensure the budget implementation and management of property of hec; " Ingingo ya 28: indishyi zishingiye ku bumuga cyangwa urupfu "Article 28: compensation due to incapacity or death " Iyo hari impamvu zituma nta gushidikanya ko ibimenyetso bya ngombwa bitakwegeranywa hadakoreshejwe uburyo bwa gihanga, ubushinjacyaha bushobora gusaba urukiko gutegeka ko hakoreshwa uburyo bwa gihanga. icyo cyemezo kigira agaciro mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30). urukiko rushobora, rubisabwe n’ubushinjacyaha, kongera icyo igihe ho indi minsi mirongo itatu (30) cyangwa ikindi gihe rubona ko ari ngombwa. "If the prosecution authority has reasonable grounds to believe that essential evidence cannot be collected without the use of scientific method, it may request the court to order for the use of a forensic method. the order is valid for a period of thirty (30) days. the court may, upon application made by organ in charge of prosecution, extend that period for a further period of thirty (30) days or to such other period as it considers necessary. " Intara/umujyi wa kigali: ni urwego mu muryango w‟abayisilamu mu rwanda. imbibi zarwo zingana n‟imbibi z‟intara/umujyi wa kigali mu nzego bwite za leta. "Province/kigali city: is an organ in rwanda muslm community. its bounderies equal to the ordinary bounderies of the province/kigali city within state structures. " A) gutwara abantu ku nzira y'ubutaka mu matagisi n'amabisi yabiherewe uruhushya n'itegeko rigenga ibinyabiziga binyura mu muhanda kandi bifite ubushobozi bwo gutwara abantu 14 bicaye cyangwa barenga; "A) transportation of persons by road in bus and coach licensed under the law governing the law on vehicles in traffic and having a seating capacity for fourteen persons or more; " Ingingo ya 324: kumenyekanisha impinduka y’intumwa y’isosiyete "Article 324: filing a notice that a company’s authorised agent has changed " Ingingo ya 29: ingengo y’imari ya reb "Article 29: budget of reb " Dr nyemazi jean pierre wari umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubuzima yemerewe guhagarika akazi mu gihe kitazwi. "Dr nyemazi jean pierre who was permanent secretary in the ministry of health is granted a leave of absence for non-specific period. " Ingingo ya 9: ibikorwa binyuranijwe n’iri teka "Article 9: activities inconsistent with this order " 4° uberewemo umwenda n’isosiyete ibumbye ibice birinzwe iyo ubusabe bureba igice cy’isosiyete; "6 º to possess a recommendation letter issued by a chamber where an employers’ association is affiliated; " Gikwiriye kugira ngo hakemurwe ibibazo bituruka ku ntege nke zo kugenzura, kutubahiriza amategeko, politiki n’ibindi bibazo bigaragazwa n’ubugenzuzi bw’imbere n’indi mirimo yo kugenzura; "Control weaknesses, non- compliance with laws, regulatory requirements, policies and other problems identified by the internal audit and other control functions; " Umwana udafite ibimuranga bizwi, leta ifite inshingano zo kumufasha kubigira. "Where a child has no known identity, the government has obligation to help him/her to obtain them. " (1) nta kigo cyemerewe gusaba abanyamuryango ngo biyandikishe, kwandika abanyamuryango cyangwa gutanga serivisi nk’ikigo gishinzwe gucunga ubwishingizi bw’ubuzima (hmo) keretse kimaze kubona icyemezo cyo gukora gitanzwe n’urwego rw’ubugenzuzi. "(1) no company shall solicit enrolment of members, enrol members or deliver prepaid health care services by, through or in a health maintenance organization (hmo) until it has received a license from the supervisory authority. " Abakozi bo ku myanya y’imirimo iri ku rwego rwa h/2 kujyana hejuru bashyirwa muri iyo myanya n’abayobozi babifitiye ububasha. "Public servants with positions at level h/2 and above are appointed by competent authorities. " 3º inyenyeri ya zahabu ku wayoboye umutwe wisumbuyeho. "3º a gold star for higher formation commander. critères d’attribution " (11) «ingoboka rusange»: amafaranga abitswe ateganyirijwe ibihombo bitaramenyekana cyangwa bishobora kubaho, bikabarwa hashingiwe ku debtor’s inability to satisfy his obligations to a bank; "(11) “general provision”: loss reserve for impairment held against losses not yet identified or potential losses, estimated l’incapacité d’un débiteur de d’honorer ses obligations envers une banque; " (ii) 150.000 frw ku bwato bufite ubushobozi bwo gutwara ibintu bifite uburemere buri hejuru ya toni eshanu ariko butarenze toni 20; "(ii) frw 150,000 for a vessel whose carrying capacity is greater than five tons, but not more than 20 tons; " Umunyamabanga agomba gufata inyandiko mvugo igihe cy‟inama ya komite article 20: responsabilité "This nomination shall terminate the mandate of the executive committee article 29 : " Ingingo ya 52: imyaka y’ikiruhuko cy’izabukuru "Article 52: retirement age " Minisitiri w’ubutabera/intumwa nkuru ya leta karugarama tharcisse (sé) article 4: commencement "The minister of justice/attorney general karugarama tharcisse (sé) article 4 : entrée en vigueur " Iyo mu gikorwa, ibyumvikanyweho n’abantu bafitanye isano bitandukanye n’ibyo abandi badafitanye isano bumvikanyeho mu buryo bw’ubucuruzi kandi mu bihe bisa n’ibyo aba mbere barimo, abafitanye isano birinda gushyiraho igiciro cyashoboraga kubabera bombi igihe bakoranaga igikorwa, icyo gikorwa nk’uko cyateguwe n’umusoreshwa gishobora kwirengagizwa ku mpamvu z’imisoro. muri icyo gihe, mu buryo bw’ipiganwa risesuye, icyo gikorwa gifatwa nk’aho kitabaye. "If the arrangements made in relation to a transaction between related persons differ from those arrangements between independent persons behaving in a commercially rational manner in comparable circumstances, they refrain from determining the price that is acceptable to both of the parties at the time of entering into the transaction, the transaction as structured by the taxpayer may be disregarded for tax purposes. in such a case, the arm’s length position would be as if the transaction had not occurred. " 3º amafaranga yo kwakira abashyitsi mu kazi angana n‟ibihumbi magana abiri y‟u rwanda (200,000 frw) buri kwezi anyura kuri konti z‟urwego bireba.” "3ᵒ office guest entertainment allowance of two hundred thousand rwandan francs (200,000 rwf) per month shall be transferred to the institution‟s account.” " Iteka rya perezida nº40/01 ryo kuwa 07/09/2012 rishyiraho imishahara n’ibindi bigenerwa umuvunyi mukuru n’ umuvunyi wungirije "Presidential order n˚40/01 of 07/09/2012 .fixing the salaries and fringe benefits for the chief ombudsman and the assistant ombudsman " Iyo abagize komite y’ubuzima n’umutekano ku kazi bamaze gutorwa, bagomba guhabwa amahugurwa ahagije mu byerekeye ubutabazi, bagahabwa ibikoresho bakenewe kugira ngo izo nshingano zuzuzwe kandi ibyo bikoresho bigomba gufatwa neza buri gihe kandi hagashyirwaho uburyo bwo kubitanga. "Members of the workplace health and safety committee shall after their election, trained in first aid provision and shall be provided with the equipment required for the discharge of such duties and the equipment shall be well preserved and its provision ensured. " Ingingo ya 11: ivanwaho ry‟ingingo zinyuranye n‟aya mabwiriza "Article 11: enforcement of these instructions " Dushingiye ku myanzuro y’inama ya komite nyobozi y’inzibacyuho yateraniye i kigali ku wa 13/09/2021 tumaze kubisuzuma no kubyemeza tuvuguruye amategeko shingiro statutes of the pentecostal church of rwanda – adepr church "Pursuant to the resolutions of the transitional executive committee meeting held in kigali on 13/9/2021, after consideration and adoption, we revised the adepr church statuts de l’église de pentecôte du rwanda – église adepr " Amategeko ngengamikorere ya za gereza ateganya uburyo iyi ngingo ishyirwa mu bikorwa. "Internal rules and regulations of prisons shall establish the modalities for the application of this article. " Ingingo ya 47: kuvanirwaho uburyozwe "Article 47: leave " 4° ishuri rikuru: urwego rw‘uburezi rutanga inyigisho z‘ubumenyi rusange, iz’imyuga cyangwa iz’ikoranabuhanga n‘ubushakashatsi nyuma y‘inyigisho zitangirwa mu mashuri yisumbuye; "4° institution of higher learning: educational institution that offers general, technical or technological and research education programmes at the post-secondary level; " 5° yujuje ibisabwa biteganywa mu ngingo ya 9 y’iri tegeko. "5° he or she fulfils the conditions provided for in article 9 of this law. " Ibyishyurwa bibazwe mu mafaranga y‘amahanga "Foreign exchange reevaluations " Ingingo ya 4: intego z’umuryango umuryango ugamije: guteza imbere uburere bw‟abana n‟abakuru mu byerekeye imyitozo ngororangingo, umuco, ubwenge no gukunda igihugu. "Article 4: objectives of the organization the organization has as objective: the promotion of physical, moral, intellectual and civic education of children and adults. " Ingingo ya 60: uburenganzira n’inshingano by’abakora iperereza ku mpanuka y’indege "Article 60: rights and obligations of investigators on aircraft accidents or incidents " 2° uburenganzira, inshingano cyangwa uburyozwe bukomoka ku masezerano, ibikorwa cyangwa ubwumvikane byakozwe mu rwego rwo gutanga serivisi zo kwishyurana. "2° a right, obligation or liability arising under any such agreement, transaction or arrangement in terms of payment service provision. " 1º ubutaka buriho ibiyaga cyangwa imigezi byashyizwe ku rutonde n’iteka rya minisitiri ufite umutungo kamere w’amazi mu nshingano; "1º lands occupied by lakes or rivers as listed by an order of the minister in charge of water resources; " 12° minisitiri ufite ibikorwaremezo mu nshingano ze; "12° the minister in charge of infrastructure; " Iteka rya minisitiri rigena zone zikorerwamo ubworozi bwo mu mazi n‟uburobyi................70 "Ministerial order determining aquaculture and fishing zones ………………………………70 " Lisiti y’itora ihoraho. icyakora buri mwaka iravugururwa. ivugurura rya lisiti y’itora rikorwa hakurikijwe amabwiriza ya komisiyo y’igihugu y’amatora. "The electoral list is permanent. however, it is updated at an annual basis. updating the electoral list is carried out in accordance with the instructions issued by the national electoral commission. " -twebwe, abanyamuryango b‟ umuryango centre marembo twiyemeje gukomeza ibikorwa byawo, tukaba duhinduye kandi twemeje amategeko shingiro y‟umuryango wa akurikira : "-we, members of the association « centre marembo” have amended and adopted the constitution of the association: " Aya mabwiriza rusange agenga ishyirwa mu byiciro n’iteganyirizagihombo by’inguzanyo mu bigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa hagamijwe kumenya uko zihagaze, kuzikurikirana, no gufata ingamba zikwiye zo gucunga ingorane zaterwa no kutishyurwa kw’inguzanyo zatanzwe. "This regulation governs classification and provisioning for credits of deposit-taking microfinance institutions to ensure their prompt identification, their monitoring and undertake adequate measures to manage credit risk. " Serivisi y’imari, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 2 n’iya 24; "Governing payment system, especially its articles 6, 15 and 55; " Icyiciro cya mbere: gucuruza abantu "Section one: human trafficking " (2) ushinzwe gutanga amakuru agomba gukora raporo ku bikorwa byose bikemangwa birimo n’igikorwa cy’ubucuruzi cyageragejwe gukorwa, hatitawe ku ngano y’amafaranga y’icyo gikorwa cy’ubucuruzi. "(2) a reporting person must report all suspicious transactions, including an attempted transaction, regardless of the amount of the transaction. " Minisitiri …………………………..; ashingiye ku itegeko no 32/2016 ryo ku wa 28/08/2016 rigenga abantu n’umuryango, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 42; ashingiye ku iteka rya minisitiri no 001/07.01 ryo ku wa 17/01/2017 rishyiraho uburyo n’inzira bikurikizwa mu guhindura izina, amaze kubona ibaruwa ya …………………………………….. yo ku wa ………………….. isaba uburenganzira bwo guhindura izina risanzwe ryanditse mu gitabo cy’irangamimerere; "Pursuant to law nº 32/2016 of 28/08/2016 governing persons and family, especially in article 42; pursuant to ministerial order no 001/07.01 of 17/01/2017 establishing modalities and procedures for change of name; " Asubiye ku iteka rya minisitiri w’intebe no 36/03 ryo ku wa 27/02/2015 rigena inshingano, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi muri minisiteri y’imicungire y’ibiza n’impunzi (midimar); "Having reviewed prime minister’s order no 36/03 of 27/02/2015 determining mission and functions, organizational structure, salaries and fringe benefits for employees in the ministry of disaster management and refugee affairs (midimar); " Akiciro ka 6: komite ngenzuzi "Sub-section 6: arbitration committee " Ingingo ya 56: urupfu rw’umukozi wa rcaa "Article 56: death of a rcaa employee " 4° kuri buri wese mu bahagarariye umutwe wa politiki imbere y’amategeko: "4° for each legal representative of the political organization : " Ingingo ya 23: itegurwa ry’imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari article 14: procedure by which the council of commissioners holds meetings and mode of taking decisions "Article 14: procedure by which the council of commissioners holds meetings and mode of taking decisions " Ku bijyanye no kugura intwaro, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera akorana n’ibigo by’ubucuruzi bw’intwaro byemewe na polisi y’u rwanda. "With regard to the acquisition of arms, a private security service provider collaborates with companies selling arms, that are approved by rwanda national police. " Ambasaderi nkurunziza william agizwe ambasaderi w’u rwanda mu bwongereza. "Ambassador nkurunziza william is hereby appointed rwandan high commissioner to united kingdom. " Haseguriwe ibiteganyijwe n’ingingo ya 63 y’iri tegeko, kugira ngo umuntu atorerwe kuba umwe mu bagize komite nyobozi y’akarere agomba kubona ubwiganze burunduye bw’amajwi y’abagomba gutora. iyo ku nshuro ya mbere ntawe ushoboye kubona ayo majwi, itora risubirwamo hagatorwa hagati ya babiri (2) ba mbere babonye amajwi aruta ay’abandi, noneho ku nshuro ya kabiri (2) hagatorwa uwabonye ubwiganze burunduye bw’amajwi. iyo banganyije amajwi, hakoreshwa tombola. "Without prejudice to provisions of article 63 of this law, in order for the candidate to be elected as a member of the district executive committee, he or she is required to obtain the absolute majority vote of all eligible voters. if no one obtains such vote during the first round, another round of elections is organized between the two candidates with the highest votes, and on the second round, the candidate with the absolute majority votes wins. in case of tie, drawing lots shall be applied. " Ingingo ya mbere : ishyirwaho ry’umuyobozi mukuru w’ingengo y’imari y’igihugu "Article premier : nomination d’un directeur general du budget national " Ingingo ya 252: gukora igenagaciro ry’ibyafatiriwe "Article 252: evaluation des biens saisis " Guhererekanya inyandiko ishobora gucuruzwa bishobora gukorwa ku mugereka cyangwa kuri kopi y’inyandiko ishobora gucuruzwa kandi bigira agaciro nk’iyo byakorewe ku nyandiko ishobora gucuruzwa y’umwimerere. "An endorsement may be done on allonge or copy of a negotiable instrument and it is considered to be written on the original negotiable instrument itself. " Uburyo abagize ubunyamabanga bukuru bashyira mu bikorwa inshingano zabo za buri munsi bigenwa n’amategeko ngengamikorere ya rib. "Procedures followed by members of the general secretariat in performing their daily responsibilities are determined by internal rules and regulations of rib. " Ingingo zirebana n’umukemurampaka wihutirwa ntabwo zikoreshwa iyo impande zumvikanye ubundi buryo bwakoreshwa kugirango zibone ibyemezo by’agateganyo cyangwa byihutirwa n’ibindi bisa n’abyo mbere y’uko ubukemurampaka butangira cyangwa order. the arbitral tribunal may modify, terminate or annul the order or any modification thereto made by the emergency arbitrator. "The emergency arbitrator provisions shall not apply if the parties have agreed to another pre-arbitral procedure that provides for the granting of conservatory, interim or similar measures or the parties have agree to opt out of the emergency arbitrator provisions. l'ordonnance. le tribunal arbitral peut modifier, résilier ou annuler l'ordonnance ou de toutemodification rendue par l'arbitre d'urgence. " Viza y‟ubukerarugendo ituma umunyamahanga asura u rwanda ku mpamvu z‟ubukerarugendo, gushaka akazi, gusura inshuti kwivuza cyangwa se izindi mpamvu z‟igihe gito zitari izo gukora. "A tourist visa enables a foreigner to visit rwanda for tourism, seek employment, visit friends, medical treatment or other short term non work purposes. " Mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) nyuma yo kugezwaho raporo y’igenagaciro, urwego rwimura rugomba gufata umwanzuro kuri raporo yakozwe n’abagenagaciro "Within fifteen (15) days after the submission of the valuation report, the expropriator shall decide on the report prepared by valuers and publish it for the information of relevant parties in " Ibaruramari ry’itsinda ry’amasosiyete ntirireba ibi bikurikira: "Committees of the association are the following: " 5° ushinzwe gucunga ibyateza umutekano mucye wizewe wabigize umwuga (oscp); "5° offensive security certified professional (oscp); " Umuntu usaba akazi agomba kandi gufotoza mu buryo bubika kopi y’ikoranabuhanga kandi akohereza indangamuntu ye y’umwimerere cyangwa ikiyisimbura na kopi y’impamyabumenyi 2º job level and number of vacant job positions; "Any job applicant must also scan and send his/her original national identity card or its equivalent and a copy of his/her degree to the recruiting institution using e-recruitment process. 2º le niveau d’emploi et le nombre de postes d’emploi vacant; " Buri kigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa kigenzurwa buri mwaka n’umugenzuzi wigenga uri ku rutonde rw’abagenzuzi bigenga bemewe n’urwego rw’ubugenzuzi. "Every deposit-taking microfinance institution is audited each year by an external auditor who is on the list of external auditors accredited by the supervisory authority. " 7° kugaragaza ko abakozi b’ikindi kigo badafatwa nk’abakozi b’ikigo ; "7° state that staff of the third party is not considered staff of the institution; " Imicungire y’ibyateza ingorane ku nguzanyo ni inzira yo gukumira inkurikizi ku kigo cy’imari zerekeye ikintu kijyana n’icyateza ingorane. muri iyo nzira harimo kugaragaza, kumva, gusesengura ibyateza ingorane y’ibihombo no gufata ingamba zikwiye. "Credit risk management is the way to contain the repercussions for the bank of events associated with this risk. it consists of identifying, understanding and assessing the risk of losses and taking the appropriate steps. " Kugeza ibyanditswe biziranenge kuri buri muntu mu rurimi n‟imyandikire ashobora gusoma no gusobanukirwa kandi ku giciro kimushobokeye. umuryango wa bibiliya uteganya kubigeraho binyuze mu bufatanye bw‟amatorero yose na kiliziya gatolika. "To provide the holy scripture to every person in the language and format each can readily and understand and at an affordable price. the bible society attempts to achieve this in close cooperation with all churches. " (d) iyo usaba ari banki cyangwa sosiyete y‟ubwishingizi cyangwa se indi sosiyete yose ikorerwa igenzura, hagomba gutangwa ibaruwa usaba yahawe n‟ikigo ngenzuramikorere kibifitiye ububasha igaragazako nta nzitizi imubuza gusaba; "(d) in the case where the applicant is a bank or an insurance company or any other regulated corporate body, a letter of “no objection” from the relevant regulatory authority; and " (i) imenyekanisha ry’umubare w’amafaranga cyangwa agaciro k’inyandiko mvunjwafaranga yishyurwa uyifite bitwawe bitari byo; "(i) a misrepresentation of the amount of cash or the value of bearer negotiable instrument being transported; " 4° uretse iyo urukiko rubona ko bidakwiye, urutonde rw’ibibazo bigomba kwigwaho; "4° unless the arbitral tribunal considers it inappropriate, a list of issues to be determined; " Ingingo ya 185: igabanya ry’ibyavuye mu mutungo binyuze mu nyungu ku migabane "Article 185: distribution by means of dividend " Iteka rya minisitiri w’intebe rigena imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi b’ishuri rikuru ry’u rwanda ry’imyuga n’ubumenyingiro...…………...… 412 "Prime minister’s order determining organisational structure, salaries and fringe benefits for employees of the rwanda polytechnic higher learning institution………………...……...........412 " Abandi bagize inama ngishwanama ni aba bakurikira : "Other members of the advisory council are the following : " Icyiciro cya xiii: isuku aho imodoka zinywera amavuta "Section xiii: hygiene at the petrol stations " Umusanzu ni wo shingiro ry’ubwishingizi. imisanzu mu bwishingizi bw’indwara bucungwa na mmi itangwa n’umukozi n’umukoresha. uhinduye umukoresha kandi yari asanzwe yishingirwa na mmi ashobora kuguma mu bwishingizi hakurikijwe amasezerano y’umukoresha mushya na mmi. "The subscription fee is the basis of the insurance. contributions in a medical insurance managed by mmi are shared between employer and the employee. " Ingingo ya 27: amategeko y‟ishyirahamwe ahindurirwa mu nama idasanzwe y‟inteko rusnge itumirijwe icyo igomba gushyira ku murongo w‟ibizigwa n‟inama. iryo hindurwa rihama byemejwe ku bwiganze bw‟amajwi y‟abanyamuryango bahari. "Article 19: resolutions of the general meeting shall be signed by the general manager and such other members that the company may appoint and shall be kept in a special register to be found at the company‟s head-office. " 5° kugira umutungo ugamije gukoreshwa, mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, mu nyungu z‟ako gatsiko; "5° owning property reserved to be used, directly or indirectly, in the interest of that group; " Ikintu cyahindutse cyaba ikirebana n'umusoreshwa cyangwa imirimo ye bigomba kumenyeshwa mu nyandiko, mu minsi irindwi (7), ubuyobozi bw'imisoro guhera igihe ihinduka ryagaragariye. "Any changes, whether related to the taxpayer or his or her activities shall be notified in writing to the tax administration within seven (7) days from the day of the notice of the change. " Iri teka rigena imitunganyirize n’imikorere ya komite ishinzwe amajyambere ku rwego rw’akagari, urw’umurenge n’urw’akarere. muri iri teka, komite ishinzwe amajyambere yitwa cdc mu magambo ahinnye y’igifaransa. "This order determines the organisation and functioning of the community development committee at cell, sector and district level. in this order, the development committee shall be called «community development committee/comité de développement communautaire». its french acronym shall be «cdc». " Ingingo ya 2: gusaba gushinga isosiyete "Article 2: application for incorporation of a company " Abagize komite nyobozi batorwa mu ibanga kandi ku bwiganze burunduye bw'amajwi. abagize komite nyobozi batorerwa manda y'imyaka itanu (5) ishobora kongerwa rimwe (1) gusa. "Members of the executive committee shall be elected by secret ballot at an absolute majority vote. members of the executive committee shall be elected for a term of office of five (5) years, renewable only once (1). " Umutwe wa 2: ingingo zisoza "Chapitre 2 : dispositions finales " Mu gihe cy’iburanisha, abacamanza bambara umwambaro wabugenewe ugenwa n’icyemezo cya perezida w’urukiko rw’ikirenga abyumvikanyeho n’inama nkuru y’ubucamanza. mu gihe cy’iburanisha abacamanza ba gisirikare in case a judge is reappointed after cessation of office, he/she shall be required to take the oath of office afresh. "During court proceedings, judges shall be subject to a dress code determined by an order of the president of the supreme court after consultation with the high council of the judiciary. during court proceedings, military judges shall en cas de réintégration d’un juge qui avait cessé ses fonctions, il prête à nouveau serment. " (a) isano n’ububasha mu by’amategeko, nk’ikimenyetso kigaragaza ko umuntu yatumwe gukora imirimo runaka, ububasha bwo guhagararira uruhande 3.000.000 frw 2.000.000 "D) similar information on the procedure for acceptance of individual customers. 3,000,000 000 " Imirimo yose ikozwe, ingamba uwatsindiye isoko afata n’amafaranga ajyanye no gushyira mu bikorwa imirimo, harimo iyerekeye gutuma ubutaka butariduka, works is taken. "All works executed, measures taken successful bidder and costs inherent in the execution of works, including those intended to prevent the subsidence of the ground, displacement and " H) gutanga izindi serivisi no gukora indi mirimo y’inyongera hakurikijwe ibikenewe ku isoko n’ibiteganyijwe mu rwego rw’imari; "H) provide other additional services and products as required by market and financial perspective; " 4° zaciwe hashingiwe ku kimenyetso, inyandiko cyangwa imyanzuro byatanzwe nyuma yo gupfundikira urubanza kandi hatabayeho gusubukura iburanisha; "4° are decided based on evidence, a document or submissions that were presented after the conclusion of the hearing without any reopening of the hearing; " 2° ibikorwa ndetse n’imyitozo bya gisirikare; "2° military operations and drills; " Ni na ko bigenda k’ushinjwa wari ufunze, wakatiwe igihano cy’igifungo, mu gihe cyose icyo gifungo yakatiwe kiri munsi cyangwa kingana n’igihe amaze afunze by’agateganyo. "The same applies to the accused held in provisional detention sentenced to a term of imprisonment which is less than or equal to the time spent in provisional detention. " Iteka rya perezida rishyiraho abagize inama y’ubuyobozi y’ikigo gishinzwe ubuzima mu rwanda (rbc) ………………………………………………………………………………85 "Presidential order appointing members of the board of directors of rwanda biomedical center (rbc)…………………………………………………………………………………85 " Gufunguza konti muri banki hanze y‟igihugu bikozwe n‟urwego rwa leta cyangwa ikigo cya leta bibanza kwemezwa n‟umubaruramari mukuru. "Opening of bank account outside the country by a public entity and public institution shall require prior approval of the accountant general. " B. ikigo kibona ko ari ngombwa mu kugera ku ntego zacyo; "B. the authority considers necessary in the furtherance of its objects; " 4° ibyishyurwa umukozi kubera ko yakoze mu buryo budasanzwe; "4° payments to the employee working in exceptional conditions of employment; " Iyo sosiyete itanga serivisi zo gucunga umutungo igomba gushyiraho uburyo buboneye bw‘igenagaciro n‘igereranya. muri byo twavuga ikigero fatizo nyacyo hashingiwe ku ntego z‘ishoramari z‘umukiriya n‘ubwoko bw‘ibicuruzwa byo ku isoko ry‘imari n‘imigabane biri mu mutungo w‘umukiriya kugira ngo umukiriya uhabwa serivisi ashobore kumenya imikorere ya sosiyete. "When providing portfolio management services a firm shall establish an appropriate method of evaluation and comparison such as a meaningful benchmark, based on the investment objectives of the client and the type of capital market instruments included in the client portfolio, so as to enable the client for whom the service is provided to assess the firm‘s performance. " Ingingo ya 10: imicungire y’imishahara no guhemba "Article 10: salary and remuneration management " Ingingo ya 202 : ibindi bihano "Article 202: other penalties " Komite nyobozi mu mikorere yayo ishobora kwifashisha utunama tw’impuguke. "The executive committee may be assisted by technical teams. " Iteka rya minisitiri ryerekeye imibereho myiza y’umwana………………………...………....2 "Ministerial order relating to the child well-being………………………...………....…………2 " Hashingiwe ku cyemezo cyo ku wa 26/02/2020; "Reference is made to the decision of 26/2020; " Icyakora, iyo uwagarutse mu bwiteganyirize bwa pansiyo agomba kongera guhabwa amafaranga y’ingunga imwe, ayishyurwa hakuwemo ayo yahawe mbere. "However, if the member having re-joined the pension scheme becomes once again entitled to a lump-sum pension allowance, he/she shall be given such allowance after deduction of the amount previously received. " E) inshingano zo gucunga banki ubwayo n’ibikurikizwa byerekeye imibare n’igabana ry’imari shingiro; "E) responsibilities for managing individual and procedures relating to the calculation and allocation of capital ; " 3° gutegura ku rwego rwayo ibyifuzo n’ibitekerezo. "3° to formulate at its level propositions and opinions. " Ingingo ya 105: ikoreshwa ry’umutungo wa sendika cyangwa uw’ishyirahamwe ry’abakoresha "Article 105: use of trade union’s or employer’s organisation property " Inshingano, imitungo yimukanwa n’itimukanwa, imyenda n’amadeni byari iby’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ingufu, amazi n’isukura (ewsa) byeguriwe, mu gihe kitarenze amezi atandatu (6), amasosiyete y’ubucuruzi akurikira: "Responsibilities, movable and immovable property as well as claims and debts of rwanda energy, water and sanitation authority (ewsa) shall, within a period not exceeding six (6) months, be transferred to the following commercial companies: " Ingingo ya 41: gushyiraho amatsinda yihariye y’inama ya koleji "Article 41: establishing specialised committees of the college council " Kugira ngo inama ya komisiyo iterane hagomba kuboneka nibura bitatu bya gatanu (3/5) by’abayigize. "For the committee meeting to be held, at least three-fifths (3/5) of its members must be present. " Impinduka nyuma y’igurisha zishobora guterwa n’impamvu zikurikira: "Post-sale adjustments may result from the following reasons: " Ingingo ya 44: isimburwa rya perezida w’urukiko "Article 44: replacement of the president of the court " Ibikorwa bijyanye n‟imiyoboro y‟amazi bikorwa ku buryo bukurikira: "Activities related to water drainage system shall be performed as follows: " 4º yitwa imbuto ifite icyemezo ku nkomoko ya kabiri iyo ari imbuto ikomoka ku ituburwa ry’imbuto ya mbere ifite icyemezo; "4º it is called certified seed second generation if it is a generation directly derived from the multiplication of certified seed first generation; " 1° umusoro ugomba kwishyurwa; 2° inshingano yo gufatira umusoro; 3° inshingano yo gukora imenyesha ry'umusoro ufatirwa. "1° tax liability; 2° the obligation to withhold tax; 3° the obligation to file a declaration of a tax withheld. " Yego. ni ngombwa cyane kugaragaza amakuru y’ingenzi arebana n’abahuza mu bwishingizi no kuba hariho ubundi buryo bwo kwishingirwa butangwa ni ikigega cyihariye cy’ingoboka nk’uko uru rugero rubigaragaza kandi mu nyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi hagashyirwamo amakuru yerekeye imiterere, ibikorwa, inshingano n’amakimbirane bishobora guturuka ku kazi k’umuhuza mu bwishingizi mu gihe agurisha serivisi y’ubwishingizi. ayo makuru ashobora kwandikwa mu nteruro nk’iyi: iyi serivisi itanzwe n’umukozi ubifitiye ububasha uhagarariye . bahabwa za komisiyo zishingiye ku bwinshi bw’imisanzu ituruka kuri serivisi bagurisha haba kuri wowe cyangwa ku bandi bakiriya. abakozi babifitiye ububasha bagomba gukorana ubushishozi n’umwete igihe muganira kuri serivisi kandi bagashyira inyungu zawe hejuru y’izabo bwite. niyo ibazwa ibijyanye n’ibyo ukorerwa n’abaduhagarariye babifitiye ububasha. "Yes, it is paramount importance to address the material regarding insurance intermediaries and the existence of coverage under the special guarantee fund and respectively mention in the kfs information regarding the status, responsibilities, obligations and potential conflicts that are part of an insurance intermediary involvement in the purchase of insurance and can be formulated as follow: this product is provided through a licensed agent who represents . they are paid by commissions based on the volume of premiums on products that they sell to you and other customers. licensed agents are required, under the law, to act with care and diligence when dealing with you and to place your interests above their own. is accountable to you for the actions of our licensed agents. " 2° igikorwa kirambye: igikorwa cyose gikorerwa ku butaka kikaba cyarenza iminsi ijana na makumyabiri (120) kikiburiho; "2° long term act: any activity performed on land and likely to remain there for more than one hundred and twenty (120) days; " Iteka rya minisitiri w‟intebe rigena urwego rureberera wda n‟icyiciro irimo. "The advisory committee shall be chaired by the minister in charge of education and comprise réalisation de la mission de wda. " Nta gihe kigenwe bategetswe kumara mu kazi kabo. "There shall be no determined period they shall spend in service. " 9° “ikinyabiziga”: ikinyabiziga gifite moteri gikoreshwa mu gutwara abantu cyangwa ibintu ku butaka, ariko cyane cyane mu mihanda. "9° “vehicle”: machine usually with wheels and engine, which is used for transporting people or goods on land, especially on roads. " Nta mukandida ku mwanya w’umuyobozi wemerewe gutangira imirimo ye muri banki mbere y’uko banki nkuru imwemerera gushyirwaho. "A proposed director shall not assume any duties in a bank without approval of his or her appointment by the central bank. " 42° umubare wihariye uranga isosiyete: umubare umwanditsi mukuru agenera isosiyete mu gihe cy’ishingwa ryayo; "42° company’s registered code: a number that is allocated to a company by the registrar general upon its incorporation; " Haseguriwe ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, iyo bitabangamiye ishingano ze, umukozi wa leta ashobora gusinya amasezerano y’umurimo n’abakoresha batandukanye, mu nzego za leta cyangwa iz’abikorera, abiherewe uruhushya mu nyandiko n’urwego rwa leta akorera. "Subject to provisions of paragraph one of this article, a public servant may, when it is not likely to impede the performance of his or her duties, sign employment contracts with different employers, whether in the public or private sector, subject to prior written authorisation by the public institution he or she works for. " Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwo kubungabunga no kuvugurura amakuru y’umukiliya n’aya nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u rwanda miliyoni icumi (10.000.000frw). "If a reporting person who fails to establish procedures to maintain and update the information of the client and the beneficial owner has branches countrywide, the reporting person is liable to an administrative fine of seven million rwandan francs (frw 7,000,000). " 2° ahantu hakomye: ahantu hagaragajwe neza, habugenewe kandi hacungwa hagamijwe kubungabunga mu gihe kirekire ibidukikije n’indiri z’urusobe rw’ibinyabuzima zibishamikiyeho n’indangagaciro z’umuco; "2° protected area: clearly defined geographical space, dedicated and managed for long term conservation of nature with associated ecosystem services and cultural values; " 1 º pasiporo isanzwe: ihabwa umunyarwanda wese wujuje ibisabwa; "1° ordinary passport: issued to any rwandan who meets the requirements; " Igice cya 2: komite nyobozi ingingo ya 15: komite nyobozi ni urwego nyubahiriza- tegeko rw’umuryango, igizwe na perezida w’umuryango n’abanyamuryango batanu: visi perezida, umubitsi, umwanditsi n’abajyanama babiri. batorwa n’inteko rusange mu gihe cy’imyaka itanu, bashobora kongera gutorwa. abagize komite nyobozi batorwa mu bagize inteko rusange, hakurikijwe ubumenyi n’ubushobozi bafite bujyanye n’ibyo bazakora mu mirimo yabo bashinzwe muri komite. "Section 2: executive committee article 15: the executive committee is the executive organ of moucecore. it is composed of the president of moucecore and other five members: vice president, treasurer, secretary and two counselors. they are elected by the general assembly for a renewable term of five years. executive committee members are elected among general assembly committee on the basis of their knowledge and skills. " Kubyemeza; "Garanties ; " 3° amahugurwa y’igihe kirekire: inyigisho zimara cyangwa zirengeje igihe cy’amezi atandatu (6) kandi zikaba zitanga impamyabumenyi yo mu rwego rw’imyigishirize y’amasomo. "3º long term training: training lasting for a period of six (6) months or more leading to an award of the conventional academic certifications. " Ingingo ya 36: gutoranya impuguke ku giti cyayo "Article 36: selection of individual consultant " (b) afite ubushobozi bugenwa n’amategeko. ubwo bushobozi bugumaho igihe cyose amasezerano y’ubutumwa amara; "(b) have a legal capacity. the legal capacity is maintained for the duration of the agency agreement; " Ingingo ya 4: gucunga parikingi "Article 4 : gestion des parkings " Buri mezi atandatu (6), intumwa ikorera raporo umucamanza wafashe icyemezo imumenyesha uko ibintu bimeze. akibona iyo raporo, uwo mucamanza ashobora gutanga igihano gishya cyangwa akavanaho icyemezo cyari cyafashwe, abisabwe article 36: decision of dissolution of a private company, enterprise, association or organization with legal personality "Every six (6) months, the representative shall submit to the judge who made the decision a report on the situation. on receipt of this report, the judge may impose a new sentence or decide to lift the decision which had been made upon request by the public prosecution. article 36: décision de dissolution d‟une société, d‟un établissement, d‟une association ou d‟une organisation de droit privé dotés de la personnalité juridique " 5° gutegura no kugeza ku nama y‟ubuyobozi umushinga w‟igenwa ry‟inyongera ku mushahara w‟abarimu, abashakashatsi n‟abandi bakozi muri sfb. uburyo inyongera itangwa bugenwa n‟amategeko ngengamikorere ya sfb; "5° to prepare and submit to the board of directors the proposal of how to determine salary and benefits of academic and research staff as well as for other sfb personnel. the modalities of granting of the benefits is determined by internal rules and regulations of sfb; " Umugenzuzi w’amakuru cyangwa utunganya amakuru bagomba gutangaza umwirondoro w’umukozi ushinzwe kurinda amakuru bwite kandi bakawumenyesha urwego rugenzura. "The data controller or the data processor must publish the contact details of the personal data protection officer and communicate them to the supervisory authority. " (sé) 12 mukantambara rose (sé) 13 mukakigeli seraphina 0783545954 "(sé) 72 shema xaverina founder member 0788530444 (sé) " Ubwoko bw’igihingwa bufatwa nk’ubushya mu gihe, kugeza ku itariki uburenganzira bw’umushakashatsi chapter vi: protection of a new plant variety and plant breeder’s rights "A plant variety is deemed new where, on the date of filing the application for protection, seed, plant material or chapitre vi: protection d’une nouvelle variete vegetale et des droits d’obtenteur " 1. uruhushya rwo gukora rwatanzwe n‟igihugu gikomokamo mu gihe usaba kwemererwa ari ikigo cy‟umubucuruzi cy‟ikinyamahanga. urwo ruhushya ruherekezwa n‟icyemezo gitanzwe n‟urwego rw‟ubugenzuzi rw‟aho akomoka rwemerera usaba kwemererwa, ko ashinga ikigo gitanga servisi zo kwishyurana mu rwanda; "1. a license to operate in the home/base countrywhere the applicant is a subsidiary of a foreign company, accompanied with the letter of no objection from the home regulatory authority recommending the applicant to establish a company providing payment services in rwanda; " Umutwe wa ii: imicungire y’amashyamba ya leta akomye adafite amategeko yihariye ayagenga "Chapter ii: management of protected state forest not governed by special laws " Bwana nkumbuyinka r. yves yemerewe guhindura amazina ya nkumbuyinka r. yves akayasimbuza aya birere yves mu gitabo cy’irangamimerere kirimo inyandiko ye y’ivuka, mu gihe cy’amezi atatu, uhereye ku munsi iri teka ritangiweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. "Mr. nkumbuyinka r. yves is hereby authorized to alter the names of nkumbuyinka r. yves with birere yves in the civil registry containing his bith certificate within three months from the date of publication of this order in the official gazette of the republic of rwanda. " Banki nkuru ishyiraho amabwiriza rusange agenga uko inyandiko z‟agaciro z‟abakiliya zikoreshwa, by‟umwihariko ayo mabwiriza agomba kugaragaza uburyo umukiliya yemera ko zikoreshwa. "The central bank shall set up regulations governing conditions under which securities of clients can be used, in particular the regulations shall identify modalities under which the client's consent to use them shall be given. " Umukuru w’umuryango umunyamabanga karuhimbi marie immaculée (sé) ayigihugu marie claire (sé) "President secretary mrs.umuhoza marie claire (sé) mrs. mukandereye clèmentine (sé) " 3 º yubahiriza imiterere ya gahunda y‟ingengo y‟imari yemejwe, harimo umusaruro uteganyijwe n‟ibipimo bigaragza uburyo ibikorwa bizagerwaho; "3 º be in accordance with approved budget programme structure that includes performance targets and indicators; " 1° guhuza ibikorwa byose by’inzego z’imirimo zishinzwe imikorere y’abakozi bunganira inkiko; subsection 4: general secretariat "1° co-ordinate all activities of the organs in charge of the management of support staff of courts; sous-section 4: secrétariat général " 5° imbogamizi zabayeho mu gihe cyo gukora imirimo n’uburyo ibibazo byakemuwe, igihe byatwaye, n’ingaruka byaba byaragize ku ishyirwa mu bikorwa ry‘amasezerano; "5° challenges encountered during execution and suggested solutions, the time it took to resolve those challenges and consequences on the performance of the contract; " Ingingo ya 3: amafaranga y’ikiguzi cyo gusuzuma no kwemeza ubwoko bw’igihingwa bushya "Article 3: fees for testing and certification of a new plant variety " Umusoro ku mutungo utimukanwa utarishyuwe ni umwenda ushobora kuregerwa mu nkiko zibifitiye ububasha. "Fixed asset tax which remains unpaid is a debt which can be claimed before competent courts. " 10° gufata ibyemezo ku bibazo byose bikomeye biri mu nshingano za rwb. "10° to make decisions on all critical matters falling under the responsibilities of rwb. " 19. ku kazi: aho abakozi bakorera. iyo umukoresha akora cyangwa ayobora imirimo ibiri itandukanye idafite aho ihuriye bitewe n’uko ingana n’icyo igamije, buri murimo ufatwa nko ku kazi hihariye. ku kazi kandi hashobora kuba mu rugendo, n’aho umukozi akorera igihe ari mu butumwa; "19. workplace: places where workers carry out their services. where an employer carries out or directs two or several operations that are independent due to their size or mission each of these operations constitutes a separate workplace. a workplace may also be a place where one travels to or where the worker performs his/her functions while on mission; " Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono. agaciro karyo gahera ku wa 12/11/2014. article 2: authorities responsible for the implementation of this order "This order shall come into force on the date of its signature. it takes effect as of 12/11/2014. article 2 : autorités chargées de l’exécution du présent arrêté " Inzego z’abarimu bo muri tvet ni izi zikurikira: "Categories of tvet teachers are as follows: " Rishyiraho urutonde rw’ibibaya bibujijwe kubakwamo "Table 1: list of prohibited plains to constructions " Ibyemezo biro y’urwego rw’ubucamanza ifata bisanzwe biri mu nshingano z’inama nkuru y’ubucamanza byemezwa burundu n’inama nkuru y’ubucamanza mu nama yayo ya mbere ikurikira ifatwa ryabyo. iyo ibyo byemezo bitemewe bita agaciro. "Decisions that are taken by the bureau of the judiciary which are ordinarily within the competence of the high council of the judiciary shall be validated by the high council of the judiciary in the first subsequent meeting. should there be no validation, such decisions shall be considered nommés par cet organe; " Abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashinze umuryango ushingiye ku idini witwa “ united christian church”, u.c.c mu magambo ahinnye y‟icyongereza. ugengwa n‟itegeko n o "A religious-based organization «united christian church (u.c.c)».......................83 " 5° umukozi ushinzwe ubugenzuzi bw‟amashyamba; "5° officer in charge of forest inspection and monitoring; " Icyakora, uburenganzira bwo gusaba ko amakuru bwite asibwa ntibukurikizwa iyo itunganywa ryayo rikenewe kubera: "However, the right to request the erasure of personal data does not apply to the extent that processing is necessary: " 102 kibirizi-muyira 4863456;4737122, 486864;4738753, 487735;4740865, 488698;4742476 "-1,904,138,904 2,245,049,462 " Ingingo ya 61: ibigize inzira ya gariyamoshi "Article 61: railway components " Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 119, iya 120, iya 121 n’iya 201; "June 2003, as amended to date, especially in articles 119, 120, 121 and 201; " (1) umuntu ukora igihano cy’imirimo y’inyungu rusange ushaka guhindura aho abarizwa amenyesha akarere ko ashaka kwimuka. "(1) a person who executes the penalty of community service who wishes to change his or her residence informs the district that he or she wishes to relocate. " Umutwe wa ix: abanyeshuri ba unr "Chapter ix: students of unr " Iteka rya perezida n° 056/01 ryo ku wa 19/10/2022 rishyiraho abakomiseri "Presidential order n° 056/01 of 19/10/2022 appointing commissioners " Umuryango ushingiye ku idini: national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda (n.s.a.b.r.) ……………………………………………………….60 "Organisation fondée sur la religion: national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda (n.s.a.b.r.) ……………………………………………………….60 " Bitabangamiye amabwiriza yerekeye ibisabwa byerekeye ubushobozi bwo kubona amafaranga article 14: liquidity requirement "Without prejudice to the regulation on liquidity requirement for banks, the central bank shall, by article 14: exigence de liquidité " Ingingo ya 3: kugendera kuri gahunda z’igihugu za ict "Article 3: alignment with national ict plans " Iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byateye indwara cyangwa kudashobora kugira icyo umuntu yikorera ku buryo budahoraho, igihano kiba igifungo kitari (frw 500,000) and not more than one million rwandan francs (frw 1,000,000) or only one of these penalties. "If assault or battery has caused illness or non-permanent incapacity to work, the penalty is imprisonment for a term of not less than ten (10) years and not more than rwandais (500.000 frw) mais n’excédant pas un million de francs rwandais (1.000.000 frw) ou de l’une de ces peines seulement. " Polisi y’u rwanda ishobora kugota no gusaka ahantu hagamijwe kubungabunga umutekano, iyo ibona ari ngombwa. "Rwanda national police may cordon off and search an area for the purpose of ensuring safety, if considered necessary. " Ingingo ya 22: imikoranire hagati y’urwego rureberera, inama y’ubuyobozi n’urwego nshingwabikorwa "Article 22: collaboration between the supervising authority, the board of directors and the executive organ " Mu gihe hari ugushidikanya ku cyemezo icyo ari cyo cyose mu byavuzwe mu ngingo ya 6, iya 7 n’iya 8 z’iri teka, ubuyobozi bw’ubwiteganyirize bushobora gukora iperereza rigamije kugenzura ukuri kw’icyo cyemezo cyatanzwe. "In case of doubt on any documents referred to in articles 6, 7 and 8 of this order, the social security administration may carry out investigations to ascertain the authenticity of the document provided. " Banki nkuru y’u rwanda, mu ngingo zikurikira yiswe “banki nkuru”, itegetse ibi ibikurikira: "The national bank of rwanda, hereinafter referred to as “central bank”, decides the following: " 3º mu gihe hatangiye inzira zo guhagarika cyangwa kwambura uruhushya, uwahawe uruhushya agakosora ibyateye itangizwa ry’inzira, urwego ngenzuramikorere rushobora kureka iyo nzira yo guhagarika cyangwa kwambura uruhushya; "3º if during the course of the suspension or revocation procedure, the licensee remedies the alleged violations that gave rise to the procedure, the regulatory authority may terminate the procedure to suspend or revoke the license; " Perezida w’umutwe w’abadepite, ashyikiriza mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) komisiyo ihoraho ibifite mu nshingano zayo umushinga w’itegeko wavuye muri guverinoma cyangwa watanzwe n’umudepite cyangwa itsinda ry’abadepite, iyo article 129: consideration of the merits of draft laws or private member’s bills "The speaker of the chamber of deputies submits to the relevant standing committee a draft law or a bill initiated by a deputy or a group of deputies within five (5) days of the closing of debates on its merits in the plenary sitting. however, if deemed article 129 : examen de l’opportunité des projets ou propositions de loi " 53° umwanditsi w’isosiyete: umuntu ushyirwaho n’urwego rubifitiye ububasha rw’isosiyete ufite mu nshingano kureba ko ibikorwa by’isosiyete bikurikiza ibiteganywa n’amategeko; "53° company secretary: a person appointed by a competent authority and responsible, among other things, for ensuring that the company’s business activities comply with the legal provisions; " Iyo ugize inama y’ubutegetsi ashyizweho, isosiyete imenyesha abanyamigabane umuyobozi ugize inama y’ubutegetsi washyizweho, aho yabaye mu bagize inama y’ubutegetsi mu gihe cy’imyaka itanu (5) ishize, uburambe mu kazi afite n’ibyo asanzwe akora. iryo menyekanisha rikorwa buri gihe iyo hashyizweho ugize inama y’ubutegetsi na rimwe nibura buri mwaka, kandi buri gihe rigomba gushyirwa mu nyandiko itumira abanyamigabane mu nama ngarukamwaka. "When a director is appointed, the company shall disclose to the shareholders the director’s all other current directorships, directorships held in the past 5 years, working experience and occupations. such disclosure must be made upon the appointment of each director and thereafter at least once annually and shall in any event be included in the notice to shareholders of each annual meeting of shareholders. " 1) byemejwe na perezida w‟ umuryango abyibwirije 2) byemejwe n‟inama y‟ubutegetsi 3) bisabwe n‟inama y‟ubugenzuzi 4) bisabwe na kimwe cya kane cy‟abanyamuryango asanzwe "2) upon board of directors decision; 3) upon request by the supervisory board; 4) upon request by one quarter of effective members. " Abanyamabanga bakuru b’inteko ishinga amategeko mu ibaruwa imwe, bashyikiriza umunyamabanga mukuru w’inteko ishinga amategeko y’umuryango wa afurika y’iburasirazuba inyandiko n’ibyemezo byose bikubiyemo ibitekerezo by’inteko ishinga amategeko ku mishinga y’amategeko n’ibindi bibazo bifitanye isano n’inteko ishinga amategeko y’umuryango wa afurika y’iburasirazuba. "The clerks to both chambers of the parliament transmit, through a co-signed letter, to the clerk to the east african legislative assembly all documents and decisions pertaining to the deliberations of the plenary assembly on bills and other issues pertaining to the east african legislative assembly. " (2) koperative y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa ifite imari shingiro idahagije ni ifite igipimo cy’imari shingiro kiri munsi ya cumi na gatanu ku ijana (15%) ariko kitari munsi ya cumi na kabiri ku ijana (12%). "(2) an undercapitalized deposit-taking microfinance cooperative is one having capital adequacy ratio less than fifteen percent (15%) but not less than twelve percent (12%). " Ingwate y’ipiganwa itangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hagati y’ikoranabuhanga mu masoko ya leta n’uburyo bw’ikoranabuhanga ry’ikigo cyatanze iyo ngwate. "Submission of the tender security is done electronically between the e-procurement and the internal electronic system of the institution issuing the security. " Umutwe wa iv: inzira ya gariyamoshi "Chapter iv: railway " 7° uhererekanya, utiza, utanga cyangwa ugurisha uruhushya agambiriye gutuma undi muntu abona uko agera, ahantu ntavogerwa; "7° transfer, lend, give or sell his or her permit to another person with the intention of enabling that other person to gain access to a security restricted area; " Amashuri makuru yigenga ni ayo leta yemeranya n’abayashinze ku birebana n’imiterere, imitunganyirize n’imikorere, ariko akagira ubwigenge mu micungire yayo. "Private higher learning institutions are those institutions whose nature, functioning and organisation are subject to an agreement entered in between their founders and the government but such institutions shall enjoy management autonomy. " E. amahame y’imiyoborere y’isosiyete y’imari ibumbye izindi agaragaza imirimo n’inshingano by’inama y’ubuyobozi, komite zayo n’abayobozi bakuru; "E. corporate governance charter of the financial holding company stating the roles and responsibilities of the board, its committees and the senior management; " Umutungo w‟umuryango ugizwe n‟imisanzu y‟abanyamuryango, impano, imirage n‟imfashanyo zinyuranye, n‟umusaruro uva mu bikorwa by‟umuryango. ingingo ya 11 : "The assets come from the contributions of the members, donations, legacies, various subsidies and revenues generated but the activities of the association. article 11: " Umuntu uhabwa uruhushya rwo gusarura ishyamba ry’akarere atoranywa binyuze mu ipiganwa rikoreshwa hakurikijwe amategeko n’amabwiriza abigenga. "The district forest harvesting licensee shall be selected through an open competitive tender organized according to relevant laws and regulations. " Minisitiri w‟ubutabera/intumwa nkuru ya leta karugarama tharcisse (sé) the minister of public service and labour murekezi anastase (sé) "The minister of justice karugarama tharcisse (sé) le ministre de la fonction publique et du travail prof. nshuti manasseh (sé) " Iteka rya minisitiri n°012/11.30 "Ministerial order nº02/08.11 " Ingingo ya 23: ibigenerwa abagize inama y’ubuyobozi ba rfa bitabiriye inama article 15: duties of the deputy chairperson of the board of directors of rfa "Article 23: sitting allowances for members of the board of directors of rfa article 15: attributions du vice- président du conseil d’administration du rfa " 3° inkunga y’ubwisungane mu kwivuza ituruka k’uguhamagara kuri telefone n’uburyo ishyikirizwa ubwisungane mu kwivuza. "3° the subsidies to the community-based health insurance scheme levied on telephone calls and modalities of payment of the contribution to the scheme. " Ingingo ya 15: ububasha bwo gusubirishamo urubanza "Article 15: powers to review judgements " Inyandiko z’ishingwa rya cis zishobora kuvugururwa hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko abigenga cyangwa amabwiriza yerekeye itangwa ry’impushya za cis. "The formation documents of cis may be amended in accordance with the provisions of relevant laws or cis licensing regulations. " Ingingo ya 87: ihinduka ry’uburenganzira "Article 87: variation of rights " Turamenyesha ko uwitwa rubayiza ahobantegeye assouman mwene mugabo mauridi na muratwa jacqueline, utuye mu mudugudu wa biryogo, akagari ka biryogo, umurenge wa nyarugenge, akarere ka nyarugenge, mu mujyi wa kigali yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ari yo rubayiza ahobantegeye assouman akitwa rubayiza assouman mu gitabo cy'irangamimerere. impamvu atanga yo guhinduza izina ni uko ari izina rimutera ipfunwe. "We inform the public that the named ahobantegeye jacqueline, daughter of hategeka and nyirajyambere beathe, domiciled at kabizoza village, agateko cell, jali sector, gasabo district, in the city of kigali applied for the authorization of the change of name from her current name ahobantegeye jacqueline to be called agahozo jacqueline in the national population registry. the reason for the change of name is that it is an undesired name. " 4º izindi nyandiko zose zisabwa ku ruhushya rwo kwinjiza imbuto mu gihugu. "4º all other required documents for the seeds import permit. " (ii) iyo habayeho gushidikanya ku byerekeranye no kumenya niba abantu bavugwa mu gace ka (a) ari bo ba nyir’umuntungo nyabo, ikigo cy’imari cyangwa umuyobozi w’ikigega cy’ishoramari cy’abishyize hamwe agomba kubona amakuru aranga buri wese ku giti cye mu bantu bafite ububasha bwo kugenzura ubuyobozi bw’ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye. "(ii) to the extent that there is doubt as to whether the natural person(s) under subparagraph (a) are the beneficial owners, the financial institution/collective investment scheme manager should obtain the particulars of the natural persons exercising ultimate control over the management of the general partnership. " 2° hatangwa amafaranga menshi ku migabane imwe kurusha indi yo mu rwego rumwe keretse: "2° of a greater amount in respect of some shares in a class than other shares in that class except where: " 4° guhuza ibikorwa n’imikorere by’inzego z’ubuyobozi bwa rp; "4° to coordinate activities and the functioning of organs of rp; " Ingingo ya 112: kujuririra icyemezo cyo gufunga cyangwa gufungura by’agateganyo "Article 112: appealing against a court order of provisional detention or provisional release " 4 gushyiraho ugize inama y’ubutegetsi n’ugize ubuyobozi batabanje kwemerwa na banki nkuru 500.000 300.000 "6. engaging a director and management member who has not been vetted or approved by the central bank 500,000 300,000 " Ingingo ya 22: abagize inama y‟ubuyobozi batorwa n‟inteko rusange mu banyamuryango nyakuri. manda yabo imara igihe cy‟imyaka itatu gishobora kongerwa. 0fficial gazette n°14 of 05/04/2010 "The members of the board of directors are elected among effective members of the association for a mandate of 3 years renewable. official gazette nº11 of 14/03/2011 " 2. abanyamuryango baryinjiyemo: ni abasabye kuryinjiramo kandi bakiyemeza kugengwa n’aya mategeko, bakemerwa n’inteko rusange; 2. adherent members are physical persons who, upon request and after subscription to this statute, are agreed by the general assembly; "Article 7: are founding members, interns of these constitutions. are ordinary members the physical persons who, upon request and after subscription to the present statues, shall be agreed by the general assembly. " Iteka rya minisitiri ritanga uburenganzira bwo guhindura izina………………………...38 "Ministerial order authorising name alteration…………………………………………..38 " Usora komiseri mukuru yongereye igihe cyo kumenyekanisha umusoro ntacibwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi ivugwa muri iyi ngingo, keretse mu gihe yaba atubahirije igihe yongerewe. "A taxpayer to whom the commissioner general granted extension for submitting tax declaration is not subject to administrative fine referred to in this article unless the taxpayer failed to respect the extension period. " Ishingiye ku masezerano mpuzamahanga yerekeye uburenganzira bw’umwana yemerejwe i new york ku wa 20 ugushyingo 1989 nk’uko yemejwe n’iteka rya perezida no 773/16 ryo ku wa 19 nzeri 1990 no ku masezerano adahatirwa y’inyongera ku masezerano yerekeye uburenganzira bw’umwana, ku birebana n’igurishwa ry’abana, kubashora mu busambanyi no kubakoresha mu mikino y’urukozasoni, nk’uko yemejwe n’iteka rya perezida no 31/01 "Pursuant to the convention on the rights of the child, adopted in new york on 20 november 1989, as ratified by the presidential order no 773/16 of 19 september 1990 and the optional protocol to the convention on the rights of the child on the sale of children, child prostitution and child pornography adopted in new york on 25 may 2000, as ratified by the presidential order no 31/01 of 26/2/2006; " Iyo umuyobozi wa komite nyobozi adahari cyangwa agize impamvu imubuza gukora, asimburwa n’umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. iyo bombi badahari, asimburwa n’umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage. "If the chairperson of the executive committee is absent or unable to discharge his/her duties, he/she shall be replaced by the vice mayor in charge of economic development. in the absence of both of them, he/she shall be replaced by the vice mayor in charge of social affairs. " Ingingo ya 67: konti imwe rukumbi y’ikigega cya leta "Article 67: treasury single account " Ibikorwa bidasanzwe bishishikariza ishoramari ku bashoramari banditse "Special incentives for registered investors " 5.000.000 frw 4.000.000 frw 3.000.000 frw 1.000.000 frw 1.000.000 frw 2 kudashyikiriza fic raporo z’ibikorwa bikemangwa na raporo yo kubika cyangwa kubikuza amafaranga. "5,000,000 frw 4,000,000 frw 3,000,000 frw 1.000.000 frw 1,000,000 frw 2 failure to submit reports on suspicious transactions and cash transaction to the fic. " Iteka rya perezida rihindura iteka rya perezida n° 59/01 ryo kuwa 27/12/2005 rishyiraho indamunite n’ibindi bigenerwa abanyacyubahiro bakuru b’igihugu……………………………………………... n° 59/01 of 27/12/2005 "Presidential order modifying presidential order n° 59/01 of 27/12/2005 on allowances and other frince benefits to be allocated to state top political appointees……………………………………….. n° 59/01 du 27/12/2005 " Ingingo ya 76: kuvanirwaho umusoro "Article 76: waiver of tax " (f) «bisi» bivuga ikinyabiziga gikora imirimo yo gutwara abantu, gifite ubushobozi bwo gutwara abantu 25 "(f) “bus” means a vehicle used for the transport of people and whose carrying capacity is at least 25 people; " Iyo komite y’ababerewemo imyenda idashobora gukora kuko hari umwanya w’uyigize udafite uwurimo umucungamutungo w’agateganyo cyangwa umucungamutungo atumiza inama rusange y’ababerewemo imyenda cyangwa abanyamigabane kugira ngo buzuze komite y’ababerewemo imyenda. "Where the creditors’ committee is unable to act by reason of vacancy in the committee, the provisional administrator or the administrator convenes a general creditors’ or shareholders’ meeting to fill the vacancy on the creditors’ committee. " Iri tegeko rigenga umurimo mu rwanda. "This law regulates labour in rwanda. " 11º kubika ku bw‟uburiganya ikintu cy‟undi watoraguye, iyo icyo kintu kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000 "11º fraudulently keeping of another person‟s found item, if the value of such an item does not exceed five million (5,000,000) rwandan francs; " 5° kubika amafaranga ya sosiyete y’ubucuruzi agatandukanywa n’andi mafaranga afite cyangwa agenzura; "5° to keep company money, separate from other money which he or she holds or is under his or her control; " Ingengo y’imari y’umwaka n’ivugururwa ryayo by’isosiyeti y’ubucuruzi ya leta n’iby’urwego rwihariye mu micungire y’imari n’umutungo bya leta, byemezwa n’inzego bireba, hakoreshejwe uburyo bwagenwe n’amategeko ngengamikorere yabyo. "The annual budget of a state-owned company and of a special organ in terms of public finance management and revision thereof are approved by their respective competent organs, following the procedure prescribed in their respective internal regulations. " Ingingo ya 36: ishyirwa mubikorwa ry’aya mategeko n’ibindi bitavuzwe bizagaragara mu mategeko ngenga mikorere yemewe n’inteko rusange y’umuryango. "Article 33: the modalities of implementing these statutes and any other lacking provisions shall be determined in the internal rules and regulations adopted by the general assembly. " Umunyamabanga nshingwabikorwa asaba inzego zishamikiye ku rwego rw‟ibanze zigenerwa ingengo y‟imari gutegura no kumugezaho gahunda y‟uko amafaranga azakoreshwa. "The executive secretary shall require subsidiary entities that are entitled to the budget to prepare and submit a detailed annual expenditure plan. " 9° umuhuzabikorwa w’urwego rwunganira ubuyobozi bw’akarere mu gucunga umutekano (dasso) ku rwego rw’akarere; "9º district administration security support organ (dasso) coordinator; " 6° gutangaza no gukwirakwiza ibyavuye mu ibarura rusange nk‟uko byemejwe na komisiyo y‟igihugu ishinzwe ibarura. "6° publish and disseminate the general census results as approved by the national census commission. " Ugize dasso uhawe cyangwa utorewe umurimo utabangikanywa no kuba mu bagize dasso asezera ku mirimo ye yo muri dasso mu nyandiko bitarenze amasaha mirongo ine n’umunani (48). "A dasso member who is appointed or elected on a post that is incompatible with membership of dasso shall resign from dasso activities in writing not later than forty- eight (48) hours. " Ingingo ya 24: uburenganzira bw‟ucunga umutungo mu izina ry‟abandi "Article 24 : right to possess assets " Ingingo ya 33: parikingi y’abikorera "Article 33: private parking " -visi perezida akaba n‟umuvugizi wungirije -umunyamabanga mukuru, ashinzwe imiyoborere n‟imikorere y‟ibiro bya sypelgaz; -umubitsi akaba ashinzwe gucunga umutungo wa sypelgaz; -umujyanama rusange akaba ashinzwe by‟umwihariko uburinganire bw‟ibitsina byombi n‟urubyiruko; -umujyanama mu mategeko akaba ashinzwe by‟umwihariko ubushakashatsi; -abayigize batorerwa manda y‟imyaka 4 "-treasurer, responsible of financial and sypelgaz asset management; -general advisor, especially in charge of gender and youth employment; " Inyandikomvugo y'inama z'lnteko rusange zishyirwaho umukono article 23: the minutes of the general assembly "The minutes of the general assembly shall be signed jointly by the chairman of the meeting article 23: des procès verbaux des réunions de l'assemblée générale " Iyo ishuri rikuru ryigenga cyangwa ishami ryaryo rifunzwe burundu bisabwe na nyiraryo, agaragaza mu nyandiko mbere y’uko rifungwa uburyo yakemuye ibibazo birebana n’abanyeshuri, abarimu n’abandi bakozi, imyenda n’amasezerano yagiranye n’abandi. "Where a private institution of higher learning is permanently closed upon request by its owner, he or she makes a written statement prior to the closure, indicating how issues related to learners, teaching staff and other members of staff, liabilities and agreements with third parties have been resolved. " Icyiciro cya mbere: ikirego gisaba gukuraho ibyemezo by’ubutegetsi n’iburanisha ry’urubanza mu mizi yarwo article 171: time limit to apply for review "Section one: application for annulment of administrative decisions and full jurisdiction action article 171: délai pour former le recours en révision " Ingingo ya 18: abakozi bakoraga muri rbs "Article 18: rbs former staff members " C) umukinnyi ubaye uwa mbere mu guhuza imyanya yose ku ikarita cyangwa igikoresho, cyangwa uhuje urutonde ruzwi rw‟imibare, amashusho cyangwa ibimenyetso ku ikarita cyangwa igikoresho atsindira igihembo; "C) a player who is first to match all the spaces on the card or device, or who matches a specified set of numbers, pictures or symbols on the card or device, wins a prize; " Mu byigwa n’inama y’ubuyobozi mu gihembwe cya mbere cy’umwaka, harimo kwemeza raporo y’imari n’iy’ibikorwa article 17: convening and holding of meeting of the board of directors and modalities for decision-making "Items to be considered by the board of directors in the first quarter of the year include the approval of the financial and article 17: convocation et tenue de la réunion du conseil d’administration et modalités de prise de décisions " (sé) 5 gasigwa faustin "(540) phostoxin " 7° kubika amafaranga y’isosiyete y’ubucuruzi agatandukanywa n’andi mafaranga afite cyangwa agenzura; "7° to keep company money, separate from other money which he or she holds or is under his or her control; " Umwanditsi mukuru w’urukiko rwaciye ku rwego rwa nyuma urubanza rw’ikirego kigamije gushaka se cyangwa nyina w’umwana amenyesha imikirize y’urubanza umwanditsi w’irangamimerere w’aho inyandiko y’ivuka y’umwana iri n’uw’aho iy’uwemejwe ko ari we mubyeyi we iri.” "The chief registrar of the court that decided the paternity or maternity case in the last instance provides information related to the judgment of the case to the civil registrar of the place where child’s birth record is kept and that of the place where the birth record of the person established as the child’s parent is kept.” " Ingingo ya 14: inshingano z’umuyobozi mukuru "Article 14: attributions du directeur général " Ubunyamabanga nshingwabikorwa bw’umurenge bugizwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa n’abandi bakozi ba ngombwa bashyirwaho n’inama njyanama y’akarere binyujijwe mu ipiganwa kandi hashingiwe ku mbonerahamwe y’imirimo ya buri murenge yemejwe n’inzego zibifitiye ububasha. "The sector executive secretariat comprises of the executive secretary and other essential staff appointed by the district council through competition and in accordance with the organizational chart of each sector approved by relevant organs. " Ibintu by’umuntu ufunzwe bikubiyemo ibi bikurikira: "Personal belongings of an incarcerated person include the following: " Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. after approval by senate in its plenary session of 11/09/2015; "All prior provisions contrary to this order are hereby repealed. plénière du 11/09/2015; " Ingingo ya 5 : forumuigizwe n`abanyamuryango bayishinze, abayinjiramo n`abanyacyubahiro. "Article 5: the forum is composed of founding members, adherent members and honorary members. " Ingingo ya 25: gucumbikira abantu bafunzwe mu byiciro "Article 25: accommodation of incarcerated persons in categories " 4° ibikorwa biboneye bitezwa imbere. "4° efficient operations are promoted. " Abatowe bazaba bakuriwe n‘inama y‘abacidikoni, ikaba ariyo izajya iregerwa n‘ufite ikibazo cyangwa yo ubwayo yamenya ikibazo ikaba yasaba urwego ngenza kibazo (investigator) gukora amaperereza kuri iki kibazo bagakora raporo yanditse igomba gushyikirizwa inama y‘abacidikoni. inama y‘abacidikoni niyo izafata icyemezo cyo gukurikirana ikibazo cyangwa uwakoze ikosa. igeza ku itsinda nkemurampaka ikibazo ngo igifateho umwanzuro cyangwa uwakoze ikosa ngo afatirwe icyemezo hakurikijwe ibiteganywa na kanoni ariyo mategeko ngenga mikorere y‘itorero angilikani mu rwanda. "The two teams shall operate under the responsibility of the archdeacons’council that receives complaints from the offended party. the council can also request the diocesan investigators to investigate an issue brought to its attention, and submit a written report to the council. it is the archdeacons’ council that decides on pursuing the case or the offender. it refers the case to the diocesan conflict managers for decision or for appropriate measure against the offender in accordancewith the provisions of the canons of the anglican church of rwanda. " Ryo ku wa 28/02/2020 rigena inshingano, n’imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi muri minisiteri y’ubuzima (minisante) "Of 12/08/2020 determining mission, responsibilities, organizational structure, salaries and fringe benefits for employees of ministry of health " Igazeti ya leta n° idasanzwe yo ku wa 17/06/2022 "Official gazette n° special of 17/06/2022 " Ingingo ya 16: ibigize imari shingiro yose "Article 16: composition du capital total " Umutwe wa ii : ibishingirwaho mu kwemererwa "Article 2: basis for recruitment " Umutwe wa vi: umutungo n’imari bya naeb "Chapter vi: property and finance of naeb " 7° gukora, gutangaza no gushyiraho uburyo bwo kumenyekanisha ubushakashatsi ku mateka y’u rwanda muri rusange no ku mateka ya jenoside yakorewe abatutsi, ku bumwe bw’abanyarwanda no ku burere mboneragihugu, no kubaka ubushobozi bw’abakora ubwo bushakashatsi; and programmes for preservation of history and national unity. "7° to conduct, publish and establish mechanisms to disseminate research on history of rwanda in general and on genocide against the tutsi, the unity of rwandans and civic education, and to build the capacities of researchers; " "Impaka zivutse zerekeye ishyirwa mu bikorwa ry’iyi ngingo n’iry’iya 83 z’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu zikemurwa n’urukiko rw’ikirenga.""" "Disputes relating to the application of this article and article 83 of the constitution of the republic of rwanda of june 4, 2003 as amended to date, shall be adjudicated by the supreme court.” " 15° uruhushya: icyemezo giha utanga servisi uburenganzira bwo gukora imirimo runaka cyangwa gutanga serivisi; "15° license: an authorization allowing an operator to conduct certain activities and/or provide services; " Muri iri tegeko, aho umuntu atuye bisobanura ahantu yanditse mu bitabo by’irangamimerere cyangwa aho yahisemo kujya abarizwa. "As used in this law, the term “domicile” means the place where a person is registered in civil registers or address where he/she choses to be accessed. " ……………………………………………………………………………………………………… ……………………………………………………………………………………………………… ……………………………………………………………………………………………………… 5. itariki n’aho wavukiye: ……………………………………………………………………………………………………… ……………………………………………………………………………………………………… 6. (1) ubwenegihugu :………………… (2) aho utuye :…………… (igihugu) (igihugu) kuva: ………………………… kuva:……………………… (umwaka) (umwaka) 7. aho ubarizwa: (1) aho ukorera ubucuruzi bwawe muri iki gihe (mu rwanda kuva……………) (hanze y’u rwanda kuva...……) ……………………………… …………………………… ……………………………… …………………………… ……………………………… …………………………… ……………………………… …………………………… (2) aho utuye muri iki gihe : (mu rwanda kuva…………...…) (hanze y’u rwanda kuva………) ……………………………… …………………………… ……………………………… …………………………… ……………………………… …………………………… "7. addresses: (1) present business address (rwanda since……………) (outside rwanda since...……) ……………………………… …………………………… ……………………………… …………………………… (2) present residential address: (rwanda since…………...…) (outside rwanda since………) ……………………………… …………………………… " 16° gutegura cyangwa kuvugurura gahunda y’ubutabazi, amaze kujya inama n’intumwa z’abakozi, irimo ibi bikurikira: "16° to prepare or revise an emergency plan after consulting employee’s representatives that includes the following: " D. d. imipaka iri ku mbibi za repubulika y’u rwanda na repubulika y’u burundi "D. d. border posts between the republic of rwanda and the republic of burundi " Abagize inama y’ubuyobozi, abakozi ba bnr bakora mu buryo buhoraho cyangwa budahoraho n’undi wese wamenye ibanga kubera imirimo akorana na bnr, bagomba kugira ibanga ry’akazi. "Members of the board of directors, permanent or casual staff of nbr and any other person who obtained confidential information as a result of their office at nbr, are required to keep professional secrecy. " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’iteka rya minisitiri w’intebe n° 074/03 ryo ku wa 12/08/2020 rigena imboneramwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi b’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu rwanda "Seen to be annexed to prime minister’s order nº 091/03 of 14/08/2020 determining organizational structure, salaries and fringe benefits for employees of rwanda biomedical centre " Ubutumwa bw’imbere mu gihugu ntiburenza iminsi mirongo itatu (30) ikurikirana. "Official mission within the country does not exceed thirty (30) consecutive days. " Twebwe abayobozi b‟iyo mirenge ibiri,dusanze ko abatuye iyo mirenge bose badashobora kuba abanyamuryango ba sacola,twitoyemo abantu cumi na babiri bazahagararira abaturage bose,baturutse muri buri murenge; "As leaders of these sectors, we found that all the people from these sectors cannot belong to sacola association .therefore we have appointed 12 people with the mandate of representing local population from each sector. " Byemejwe n’umugaba w’ikirenga, abisabwe na minisitiri ufite ingabo z’igihugu mu nshingano ze, umusirikare ubaye intangarugero mu kazi ahabwa imidari n’ibindi bimenyetso by'ishimwe bitangwa muri rdf. ashobora kubihabwa akiri mu kazi, yaragiye mu kiruhuko cy’izabukuru cyangwa yaritabye imana. "Upon the request of the minister in charge of defence and upon approval by the commander-in-chief of rdf, medals and other honorary distinctions are awarded to a military personnel who has served honorably. he/she may be awarded during active service, after retirement or posthumously. " 13° imikino y’amahirwe: umukino wose ukinwa hakoreshejwe amakarita, utubumbe tw’impande nyinshi, amatike, ibikoresho cyangwa ibintu byose bikoresha ingufu za mekanike, iz’amashanyarazi cyangwa elegitoroniki cyangwa imashini y’amafaranga, umutungo, sheki, igurizwa cyangwa ikarita y’igurizwa cyangwa ikintu cyose gisimbura agaciro cyangwa imikino aho umubare w’amafaranga cyangwa ikindi kintu cy’agaciro cyategewe ku kintu ariko ikizavamo kitaramenyekana; "13° gaming activities: any game played with cards, dices, tickets, equipment or any mechanical, electronic or electromechanical device or machine for money, property, cheque, credit or credit card or any representative of value or a game where a sum of money or representative of value is risked on an occurrence for which the outcome is uncertain; " Koperative ishobora gukurirwaho icyemezo kiyihagarika by’agateganyo bisabwe n’inama y’ubuyobozi yayo cyangwa abanyamuryango bifuza gukomeza imirimo yabo bakurikiza amategeko kandi bizeza gukosora imikorere yabo. "A cooperative may benefit from the cancellation of the suspension decision at the request of its board of directors or members of the cooperative willing to pursue their activities in conformity with the laws and promising to improve their functioning. " Ibibazo bisaba kugombora ibyafatiriwe bishyikirizwa urukiko rufite ububasha bwo gukemura ikibazo cy’umwenda ifatira ryashingiyeho. "Applications for lifting of seizure shall be filed in the court which is competent to try the case on which the seizure is based. " Ldcf yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda ku wa 16 ukwakira 2013 hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida) gihagarariye ikigega cy’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, yerekeranye n’impano ingana n’ibihumbi mirongo ine na bitanu na magana abiri n’atandatu z’amadolari y’abanyamerika (45.206 usd) agenewe gutegura umushinga ugamije kugarura ishusho kamere y’amashyamba no kuyabungabunga; "Ldcf signed in kigali, rwanda on 16 october 2013, between the republic of rwanda and the international development association (ida) acting as administrator of least developed country fund, relating to the grant of forty five thousand two hundred six american dollars (usd 45,206) for the preparation of the landscape approach to forest restoration and conservation project; " Abayobozi b’inzego za leta zishinzwe umutekano nk’uko ziteganywa n’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda _rête bonyine bemerewe gusaba icyemezo cyo gukora igenzura ry’itumanaho. "Only government authorities of the relevant security organs as provided for by the constitution of the republic of rwanda shall be authorized to apply for an interception warrant. " Ingingo ya 113: imiterere y’inyandiko zikoreshwa mu kwinjiza no gusohora amafaranga "Article 113: format of documents used in revenue collection and expenses " Agaciro k’umugabane kemezwa n’inyandiko yerekana umubare n’agaciro kawo mu mafaranga yakiriwe, kandi uwo mugabane wandikwa mu izina ry’umunyamuryango. "The value of a share is certified by a receipt of acknowledgement issued for the sum paid and the inscription of such a share is made in the member’s personal name. " Ingingo ya mbere : iyimurwa rya ofisiye jeneral n‟itangwa ry‟ipeti "Article one: transfer of a general officer and conferring of rank " 5° kubika igitabo n’inyandiko zijyanye na cyo ku cyicaro cyabo mu rwanda; "5° keep the register and supporting documents at its registered office in rwanda; " Buri munyamuryango nyakuri asabwa gukora ibi bikurikira: "Every effective member is expected to meet the following obligations: " Iyo hari ibyo ababuranyi batumvikanyeho, bahabwa itariki yo kuburana, raporo igasinywaho n’impande zose ndetse n’umwanditsi. "If there are matters in respect of which parties fail to reach a compromise, parties are notified of the hearing date, and a report thereon is signed by all parties and the registrar. " 1. izina ry’usaba kwemererwa:……………………………………………… aho iposita ibarizwa (icyicaro gikuru):…………………………………………………… aho utuye nimero ya terefoni:…………………………………imeyiri:…………… aho ubarizwa :…………………………………………………………………. ubwenegihugu: …………………………………………………………… shyiraho ifoto ngufi ……………………………………………… "1. name of individual applicant:…………………………………………………… postal address (head office):……………………………………………………… residential address telephone no:…………………………………e-mail:…………… physical address:…………………………………………………………………. nationality: …………………………………………………………… attach a passport size photo………………………………………………… 2. if it is a company: name of company:……………………………………………. " Inteko rusange idasanzwe y‟umuryango « ordre des peres carmes dechaux au rwanda » yateraniye i butare kuwa 3/04/2013 , yemeje ivugururwa ry‟amategeko shingiro y‟umuryango wabonye ubuzimagatozi hakurikijwe iteka rya minisitiri no 325/05 ryo kuwa 1/04/1986, mu buryo bukurikira: "The extraordinary general assembly of the organization « ordre des peres carmes dechaux au rwanda » meeting in butare on 3/04/2013, adopts amendments to the constitution of the said organization that has obtained legal personality by ministerial order no 325/05 of 1 " Ingingo ya 14: gusaba guhererekanya uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro "Article 14: application for transfer of a mineral licence " Ingengabihe yandikwa n‟umukoresha mu rurimi rw‟ikinyarwanda no muri rumwe mu zindi ndimi zikoreshwa mu butegetsi bwa leta akayishyiraho itariki n‟umukono, akayimanika ahabigenewe kugira ngo abakozi bireba bayimenye. "The timetable shall be drawn by the employer and shall be written in kinyarwanda and in one of the other official languages. the employer shall date, sign and display the timetable on the staff notice board. " 2° imiterere y’imigabane y’isosiyete ikomatanyije izindi igaragaza: "2° the share structure of the amalgamated company, specifying: " 4° kigo cyigenga gifitanye amasezerano na leta; "4° établissement public ; " Urwego rushinzwe ubugenzuzi rumenyesha ikigo cyasabye ko cyemerewe kugira uruhare muri gahunda y’igerageza ry’ibanze mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi imaze article 58: application process "The regulator shall inform an applicant of its eligibility to participate in the pilot programme within fifteen (15) working days of receiving a complete application. article 58: processus de demande " 17 º kwirukanwa nta mpamvu: gusesa amasezerano y’umurimo bikozwe n’umukoresha nta mpamvu ifite ishingiro cyangwa bidakurikije uburyo buteganywa n’amategeko; "17 º unfair dismissal: termination of employment contract by the employer without legitimate reasons or respecting procedures provided for by law; " Perezida w‟inteko itora abadepite b‟u rwanda muri eala atangaza ibyavuye mu itora rikirangira. "The president of electoral body shall pronounce the results of the election of rwanda members of eala immediately after closure of the polls. " Ingingo ya 13: amafaranga y’ingoboka mu bwizigame bw’igihe kirekire "Article 13: reserves in the long- term savings scheme " Ingingo ya 15: gutangaza raporo y’umwaka y’ikigega article 6: premiums paid to the fund "Article 15: publication of the fund’s annual report article 6: primes payées au fonds " Abakozi bakoreraga farg bashyirwa mu myanya hakurikijwe amategeko agenga abakozi ba leta. "Public servants that were employed by farg are placed in accorandance with laws governing public servants. " 1° ibisabwa muri rusange bivugwa muri iri teka cyangwa amabwiriza yerekeye ishyirwa ryaryo mu bikorwa ; "1° the general conditions defined by this order or regulations relating to its application; " Urwego rusoresha rushobora gusaba inzego za leta amakuru mu nyandiko. "The tax administration may request written information from public institutions. " 1° gutanga inama mu buryo bwa tekiniki kuri komite ngishwanama ya politiki; "1° to advise technically the policy consultative committee; " 4° guha umushinjacyaha mukuru, buri kwezi na buri gihe cyose bibaye ngombwa, raporo ikubiyemo uko imirimo y’ubushinjacyaha yagenze, ibyagezweho n’ingorane zabayeho; "4º to submit to the prosecutor general, monthly and whenever considered necessary, a report on prosecution activities indicating achievements and challenges encountered; " Ingingo ya 18: amakimbirane yose avutse mu muryango cyangwa hagati y’inzego zawo agomba gukemurwa n’akanama gashinzwe gukemura amakimbirane. iyo ubwo buryo bunaniranye, utanyuzwe abishyikiriza inzego z’ubutabera bw’u rwanda zibifitiye ububasha. "Article 18: any conflict that arises in the organisation or among its organs shall be resolved by the conflict resolutions council. in case this procedure fails, the case must be filed to the competent court of rwanda. " Ingingo ya 5 : umuntu ushobora gusinya imenyekanisha article 5: person allowed to sign the declaration "Article 5: person allowed to sign the declaration " (11.2) izo politiki n’inzira zikurikizwa zigomba kuba zikubiyemo imirongo ngenderwaho yo kumenya imyifatire ndetse no kurinda amasezerano yerekeranye n’abandi batanga serivisi harimo uko bishoboka kose imirongo ngenderwaho mu gusuzuma: "(11.2) such policies and procedures must include relevant guidelines for due diligence and/or contractual protections relating to third party service providers including to the extent applicable guidelines addressing: " Icyemezo kigomba kuba cyanditse kandi kikamenyeshwa buri wese kireba. "The decision shall be in writing and notified to every person concerned. " 31° bwana bimenyimana jean louis, umushinjacyaha ku rwego rw’ibanze. "31° mr bimenyimana jean louis, prosecutor at primary level. " Biro ya komisiyo itorerwa igihe cyingana n’icy’abagize njyanama. "The commission bureau shall have a mandate equivalent to that of the council members. " Mugorucyeye aurelie trésorière (sé) "The legal representative soeur urusaro drocelle (sé) " 4° gukora ku buryo kwamamaza biba ibikorwa byo kwizerwa bigamije guhemba abakiliya; "4° to ensure that promotions are trustworthy programs to reward customers; " Ashingiye kuri politiki yo guteza imbere inganda mu rwanda yo muri mata 2011; "Considering the policy to develop industry in rwanda of may 2011; " 3° umuntu ugenerwa inyungu hakoreshejwe ubushishozi ariko iyo nyungu ye ikaba itari yaragaragajwe cyangwa yaragennwe mbere; "3° a person to whom a personal interest is attributed by reason of discretionary power but that interest has not been identified or determined beforehand; " (1) ibintu na serivisi bikurikira bisonewe umusoro ku nyongeragaciro: "(1) fees levied on services and certificates delivered by decentralised entities are the following: " Ingingo 6: ibikenewe mu gusaba uruhushya rwo kubaka "Article 6: required conditions for building permit application " 24° kugira inama guverinoma ku bindi byose byakwihutisha iterambere ry‟imiturire n‟imyubakire. "24° to advise government on all other activities which can fast track housing and construction development. " Iteka rya perezida rishyiraho ambasaderi w’u rwanda muri nigeria……………………….16 "Presidential order appointing a rwandan high commissioner to nigeria………………….16 " Ikigo cy’abikorera gitanga serivisi z’umutekano icyo ari cyo cyose cyifuza gushaka impuguke ikigira inama cyangwa ihugura abarinzi kigomba, mbere y’uko iyo mpuguke itanga iyo nama cyangwa ayo mahugurwa, gushyikiriza polisi y’u rwanda ibi bikurikira: "Any security service provider which intends to seek advisory services or security trainings from an expert must, before such advice or security trainings are offered, submit the following to rwanda national police: " Iyo nyir’ubwite abyanze, umukozi wa gasutamo yitabaza umushinjacyaha ubifitiye ububasha ugena umuganga wo gusuzuma uwo muntu. "In case the person concerned refuses, the customs officer requests the public prosecutor of the competent jurisdiction who will designate a doctor charged with carrying out the examination. " Mu gihe ikigo kigenzurwa kitubahiriza ibiteganywa n’aya mabwiriza rusange, "The senate and providing advice in respect thereof; " B. gushyiraho no kumenyekanisha ibipimo ngenderwaho bikoreshwa mu buvuzi; "B. setting up and disseminating standards applicable to health sector; " Odette nishyirembere 1 " oya:1 " The notary uwitonze nasira (sé) a.s. n° 43066 "Th day of november two thousand and seven. the notary uwitonze nasira (sé) a.s. n° 43020 " 4° kwigisha abayoboke baryo n‟abenegihugu muri rusange gukora politiki igendera kuri demokarasi; "4° educate its members in particular and rwandan citizens in general on the need to engage in democracy- oriented politics; " Bwana munyazikwiye jérôme agizwe umuyobozi w’ubutegetsi n’imari muri minisiteri y’imicungire y’ibiza no gucyura impunzi. "Mr. munyazikwiye jérôme is hereby appointed director of administration and finance in ministry of disaster management and refugee affairs. arrete du premier ministre n° 56/03 " Ashingiye ku itegeko n°20/2000 ryo ku wa 26/07/2000 ryerekeye uimiryango idaharanira inyungu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 8, iya 9, iya 10 n‟iya 20; "Pursuant to law n°20/2000 of 26/07/2000, relating to non profit making organizations, especially in articles 8, 9, 10, and 20; " 12. kugura, kwakira nk’impano cyangwa umurage, gukodesha cyangwa kubona mu bundi buryo no gukoresha umutungo wimukanywa n’utimukanwa cyangwa inyungu iwuturutseho iri mu rwanda cyangwa mu mahanga; "N. to purchase, take, receive, lease as lessee, take by gift, devise or bequest otherwise acquire, and to own, hold use and otherwise deal in and with any real or personal property, or any interest therein situated in or out of rwanda. " Twebwe………………………...........…………(ugize inama y’ubutegetsi ), ….… cyangwa umufatanyabikorwa…………… duhamije ko amakuru yose atanzwe muri ubu busabe no mu nyandiko zometseho ari ukuri. "I …………………………....... and …………………………………. declare that all information given in this application and in the attached documents are correct. " Ingingo ya 18: kubika inyandiko "Article 18: seizure " Ingingo ya 5: amakuru n’inyandiko za ngombwa "Article 5: information and supporting documents " Ingingo ya 10: inshingano z’ubuyobozi bw’imisoro "Article 10: responsibilities of the tax administration " Ingingo ya 91: gukusanya no guhuza raporo za ecd "Article 91: collecting and compiling ecd reports " Ikiguzi cy‟amahugurwa cyishingirwa n‟umukoresha cyangwa umukozi cyangwa bombi bafatanyije. "The costs of training and upgrading shall be borne by the employer, the employee or by cost sharing. " (i) umunyamigabane ufite uruhare rugaragara; "(i) a significant shareholder; " Ryo ku wa 27/07/2015 rishyiraho head of department "Du 27/07/2015 portant nomination de chef de department " Uko umwaka urangiye umucungamari akora ibarura rusange ry‟umutungo wa sosiyete, agakora ifoto y‟umutungo n‟umubaruro w‟inyungu n‟ibihombo. "At the end of each year, the board of director shall draw up a general inventory containing the reflection of moveable and immovable assets of all debts of the company as well as profit and loss account and a balance sheet. " Ingingo ya 28: ibikoresho "Article 28: equipment " A. amasezerano yo kwishingira igihombo cy‘umuntu wishingiwe mu gihe uwo umuntu yinjiye mu masezerano y‘ingwate; b. amasezerano y‘ingwate ajyana n‘ubudahemuka, ajyana no gutunganya neza imirimo yasezeranwe, ingwate mu bijyana n‘ubuyobozi, ingwate mu bijyana n‘ubukode cyangwa mu byerekeye gasutamo cyangwa se andi masezerano nk‘ayo mu by‘ubugwate; c. inguzanyo: amasezerano yishingira igihombo ku muntu wishingiwe mu gihe yananiwe kwishyura uwo abereyemo umwenda uwo ariwe wese cyangwa biturutse ku kunanirwa kwishyura umwenda (ku bundi buryo butarebana n‘ubushobozi bwo kwishyura) bw‘uwo awubereyemo igihe cya ngombwa cyo kwishyuriraho. 9. ubwishingizi bunyuranye: bivuga umurimo umwishingizi yiyemezamo, amaze guhabwa ikiguzi cy‘ubwishingizi, gutanga ibyateganyijwe mu masezerano mu gihe habaye impanuka iteganyijwe mu masezerano nk‘impanuka ibaye yerekeye icyo aricyo cyose debts of any person or to make good any obligations of that person in the event of the failure of that person to pay his debts or make good his obligations in case of: a) contracts against risks of loss to the person insured in case of such person entering guarantee contracts; b) contracts of fidelity bonds, performance bonds, administration bonds, bail bonds or custom bonds or similar contracts of guarantee; or c) credit: contracts against risks of loss to the person insured in case of insolvency of any debtor of such person or from the failure other than through solvency of any such debtor to pay his or her debt when due and payable. "(iii) no prohibition. there shall not exist any temporary restraining order, preliminary or permanent injunction, final judgment, law or regulation prohibiting the consummation of this agreement or the transactions contemplated hereby, or, to the knowledge of any party, any pending or threatened action by any governmental authority or private party prohibiting or seeking to prohibit the consummation of this agreement or the transactions contemplated hereby. (iv) regulatory approvals. all requisite approvals for consummation by the investor and the company of the transactions contemplated by this agreement shall have been obtained, and all waiting periods required by law shall have expired. (v) requirement of material adverse effect. the obligation of the company to consummate the transactions contemplated by this agreement shall not be terminated because of the breach of or inaccuracy in any representation, warranty or covenant made in or pursuant to this agreement by the investor unless such breach or inaccuracy has caused or is reasonably likely to cause a material adverse effect on the company. (vi) legal opinion. rfid’s external counsel providing a legal opinion in a form acceptable to rfid regarding the validity and enforceability of the mechanism for representation of the shareholders and the powers of their representatives as provided for in the articles of association of the company. (vii) legal opinion. rfid’s external counsel providing a legal opinion in a form acceptable to rfid regarding the validity of the contribution on the new shares to the extent this was paid for by consideration part ii. (viii) approval. all internal corporate approvals of the investor (including approval of the executive board of rabobank nederland, the investors’ parent company, having been obtained for this agreement and the transactions contemplated by this agreement. (ix) payment by the investor. the investor shall have delivered to the company documentary evidence of execution of a bank transfer of immediately available funds in favour of the company to the account of the company at bnr (national bank of rwanda), in the amount of frw. 5 bn (five billion rwandan francs). 7. actions by the company and the investor after the closing 7.1confidentiality from the date of this agreement, and whether or not the agreement has been terminated, all confidential information, as defined above, furnished by each party hereto to the other or to any of its affiliates or to any of its or any of its affiliates' representatives, shall be treated as the sole property of the party furnishing the information, and the receiving party shall not disclose such information to a third party or directly or indirectly at any time use such information for any competitive or other commercial purpose other than as contemplated by the agreement, and, if the transactions contemplated hereby shall not occur, the party receiving the information or any of its affiliates or representatives, as the case may be, shall, upon request, return to the party which furnished such information, or destroy, all documents or other materials containing, reflecting or referring to such information, and shall keep confidential all such information for the period hereinafter referred to. the obligation to keep such information confidential shall continue for five years from the date hereof, or, if the agreement is terminated, five years from such later date. in the event that either party or any of its affiliates or representatives is requested or required in the context of a litigation (by oral questions, interrogatories, requests for information or documents, subpoenas, civil investigative demands or similar process) to disclose any confidential information, the party or its affiliate or its representative so requested or required will directly or through the party of such affiliate or representative, if practicable and legally permitted, prior to providing such information, provide the other party with notice of each such request or requirement so that the other party may seek an appropriate protective order or other remedy or, if appropriate, waive compliance with the provisions of this agreement. if, in the absence of a protective order or the receipt of a waiver hereunder, the party or affiliate or representative so requested or required is, in the written opinion of its counsel, legally required to disclose confidential information to any governmental authority, the party or affiliate or representative so required shall disclose that portion of the confidential information which it is advised in writing by such counsel it is legally required to so disclose to such tribunal or authority or similar body without liability to the other party hereto for such disclosure. the parties and their affiliates and representatives will exercise reasonable efforts, at the expense of the party who disclosed such confidential information to the other party, to obtain assurance that confidential treatment will be accorded the information so disclosed. " Ingingo ya 38: ububasha bw’umupilote mukuru w’indege "Article 38: powers of aircraft commander " Ingingo ya 22: inshingano z’ikigo cy’itumanaho article 22: responsibilities of telecommunication operator "Article 22: responsibilities of the board of directors . article 22: les responsabilités du conseil d’administration " Umutwe wa iii: ubushinjacyaha bwa gisirikare "Chapter iii: military prosecution department " (1) iminsi y’ikiruhuko rusange ku bakozi mu by’ububanyi n’amahanga bakorera mu biro by’ububanyi n’amahanga ni iyashyizweho mu rwanda n’iyashyizweho mu gihugu bakoreramo. "(1) official public holidays for diplomatic officers appointed in diplomatic missions are those established in rwanda and in the host country. " Ingingo ya 11: amafaranga y’itumanaho "Article 11: communication fees " Umukozi uri mu kiruhuko cy’umwaka akomeza kugira uburenganzira bushingiye ku masezerano ye y’umurimo. "An employee on annual leave continues to have the rights accruing from his/her employment contract. " Iyo buri sosiyete ishyiraho uburyo bukurikizwa mu gufata ibyemezo no mu gukoresha uburenganzira, igomba gushingira ku ihame ry‟uko buri mugabane umwe ugomba kugira ijwi rimwe. abanyamigabane bari mu cyiciro kimwe cy‟imigabane bagomba kugira ubureganzira bungana mu ifatwa ry‟ibyemezo. kuzaba abanyamigabane bagomba guhabwa amakuru yerekeye uburenganzira mu ifatwa ry‟ibyemezo ku birebana n‟ibyiciro byose by‟imigabane. "In establishing the voting procedures and rights for companies, the principle of one share, one vote must guide every company. within a class of shares, all shareholders must have the same voting rights. information regarding the voting rights of all classes of shares must be available to potential shareholders. " 3. abayobozi b'amashami n'abayobozi b'ibigo; 4. abayobozi b'udushami; 5. umwarimu umwe wabweguriwe muri buri shami no muri buri kigo, utorwa na bagenzi be; "3. the deans of faculties and the directors of centres; 4. the heads of the departments; 5. one professor elected by his peers in each faculty or centre; " Ingingo ya 5: inama z’inama y’ubuyobozi "Article 5: regulatory body " -gukangurira abanyamuryango n’abandi bafatanyabikorwa kugira uruhare mu gushishikariza iterambere no gushyira mu bikorwa politiki zirebana no kurwanya sida, malaria,igituntu,indwara zitandura; "-to enhance greater participation of members and other stakeholders to advocate for development and implementation of policies and laws on hiv/aids, malaria, tb,non comunicable diseases; " 4°amafaranga y‟ishyingura cyangwa y‟ibyakoreshejwe mu kuraga ku mutungo w‟urimo umwenda wapfuye; "4°funeral and testamentary expenses made on the property of the deceased debtor; " Ingingo ya 59: umunyeshuri wa unr "Article 59: student of unr " Itorero gikirisitu ry‟abapantekoti mu rwanda (ecpr) ………………………………..86 "Pentecostal christian church in rwanda (pccr) ………………….…….……………..86 " Haseguriwe ibivugwa mu gika kibanziriza iki, ushyira ku isoko inyandiko z’agaciro chapter v: monitoring of public offers of securities rated by credit rating agencies and human resource management "Chapter v: monitoring of public offers of securities rated by credit rating agencies and human resource management " Ingingo ya 9: kubika amakuru y’ikigo gifite ubuzima gatozi "Article 9: recording corporate body information " (c) kuba mu gihe cy’amezi atandatu akurikirana cyarabashije kubikira abakiriya bacyo amafaranga ari munsi ya 1.000.000.000 frw; na "(c) having outstanding electronic money liabilities of for six consecutive months less than frw 1,000,000,000; and " Hagati y’ubuyobozi bukuru bwa ur n’inama y’ubuyobozi ya ur hakorwa amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa agaragaza nibura inshingano za buri ruhande n’ibyangombwa bikenewe kugira ngo ur igere ku nshingano zayo. "A performance contract shall be concluded between the the senior management of ur and the board of governors of ur relating to action plan, indicating at least responsibilities of each party and necessary requirements in order for ur to fulfill its mission. " (2) abagize komite nyobozi bavugwa mu gika cya (1)(a)(vi) cy’iyi ngingo batorera mu ifasi bazamukiyemo. "(2) members of the executive committee referred to in paragraph (1)(a)(vi) of this article cast their votes in the constituency in which they were first elected. " 4° kugenzura no gusuzuma mu mudendezo amakuru atangwa n’ubuyobozi ku nzego zitandukanye; "4° to provide an independent and objective oversight and review of the information raised by management at different levels; " Umuntu wese, utangaza, hakoreshejwe uburyo ubwo ari bwo bwose, amagambo yavuzwe, yahinduwe agatangazwa uko atavuzwe cyangwa se amashusho n‟amafoto by‟umuntu byagaragajwe uko bitafashwe, ntagaragaze ko binyuranyije n‟uko byafashwe, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku mwaka umwe (1) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni imwe (1.000.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. "Any person who publishes, by any means, an unoriginal version of a person‟s statements, spoken or pictures and photos without explicitly stating that it is an unoriginal version shall be liable to a term of imprisonment of six (6) months to one (1) year and a fine of one million (1,000,000) to five million (5,000,000) rwandan francs or one of these penalties. " 2° udasubiza ibyo banki nkuru y’u rwanda imubajije, usubiza ibyo azi ko atari byo cyangwa utanga amakuru atari yo kandi abizi; "2º does not respond to the request of the national bank of rwanda for information or who knowingly provides false information; " Igihe cy’ubukode kigenwa hashingiwe ku miterere y’umushinga n’igenamigambi ry’imikoreshereze y’ubutaka ariko ntigishobora kurenga imyaka mirongo icyenda n’icyenda (99). "The term of lease depends on the nature of the project and the land use plan but cannot exceed ninety-nine (99) years. " 4° aho icyicaro cy‟isosiyete kiri mu rwanda cyangwa iminsi n‟amasaha y‟akazi ku bagana isosiyete; "4° the situation of the registered office in rwanda or of the days and hours during which it is open and accessible to the public; " Ingingo ya 21 : aya mategeko ashyirwa mubikorwa uhereye ku itariki yashiriwe ho umukono. "Article 21: these laws shall come into force on the day of its signature. " 32º urwego rushinzwe kwemeza ubuziranenge: urwego rushyirwaho n’itegeko rushinzwe kwemeza ubuziranenge bw’ibicuruzwa cyangwa ibigemurwa cyangwa urwego rwemewe ku rwego mpuzamahanga rushyirwaho n’ihuriro mpuzamahanga rishinzwe kwemeza ubuziranenge; "32º recognized certification body: a body established by law to offer certification services of goods or supplies or an accredited certification body whose accreditation is traceable to international accreditation forum; " Ingingo ya 5: ivanwaho ry’ingingo zinyuranye n’iri teka ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanweho. ingingo ya 6: igihe iteka ritangira gukurikizwa iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. "All prior provisions contrary to this order are hereby repealed. article 6: commencement this order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. " (1) utanga serivisi zo gutanga konti zo kwishyuriraho agomba gukora isuzuma rikomeye ry’umukiriya iyo ukoresha serivisi zo kwishyurana– "(1) a payment account issuance payment services provider must apply strong customer authentication where a payment service user – " Ingingo ya 5: urutonde rw’imirimo "Article 5: area of activities " Mbere yo gukoresha ibizamini, urwego rukeneye abakozi rugomba kugaragaza urutonde rw’abakandinda bemerewe gukora ikizamini n’urutonde rw’abatemerewe gukora ikizamini n’impamvu batatoranijwe. "Before the examination, the recruiting institution shall publish a list of candidates who have been selected for examination, and those who have not been selected to seat for the examination and the reason why. " 1º ubugande bwo kwivumbagatanya: agatsiko k’abantu kagaragazwa n’igitero cyako kibasiye abantu n’ibintu, inkongi n’ubwangizi cyangwa ubusahuzi bugamije kwiganzura abategetsi bariho cyangwa gusenya ubutegetsi bwemewe; "1º insurrection movement: a movement of persons manifested by its attack against persons and property, by fire, devastation or looting intended to overthrow the incumbent authorities or the established government; " Ikabikwa mu bubiko rusange bw’intwaro mbere yo gutwikwa cyangwa gusenywa mu buryo ubwo ari bwo bwose. "And recorded in the appropriate register before any destruction takes place. " Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 14, iya 24, iya 29, iya 64, iya 69, iya 70, iya 88, iya 90, iya 91, iya 106, iya 120, iya 121, iya 122 n’iya 176; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 2003 revised in 2015, especially in articles 14, 24, 29, 64, 69, 70, 88, 90, 91, 106, 120, 121, 122 and 176; " Dosiye isaba kwemererwa gukora, ariko umwe mu bafite imigabane myinshi akaba atujuje ibisabwa kugira ngo yemererwe nk’uko biteganyijwe ku mugereka wa 2, ntiyakirwa. "An application, in which one of the substantial shareholders does not satisfy the fit and proper person criteria as determined by the appendix 2, shall be rejected. " Icyakora, iyo kwemera byanditswe ku nyandiko ntegekabwishyu kandi uwishyura akamenyesha uyitwaje agaragaza ko yiteguye kumwishyura, uyitwaje na we akabyemera, icyo gihe kwemera inyandiko ntegekabwishyu biba byuzuye no kuyisesa ntibiba bigishobotse. "However, where an acceptance is written on a bill of exchange and the payer gives notice to the bearer who so accepts, the acceptance of the bill of exchange then becomes complete and irrevocable. " 2° leta iteganya mu ngengo y’imari inkunga igenewe gufasha imitwe ya politiki n’abakandida bigenga mu bikorwa byo kwiyamamaza. "2º the government provides in the budget grants for political organisations and independent candidates to support campaign activities. " 6. guteza imbere ubufatanye no gukorera hamwe n‟ indi miryango n‟ amashyirahamwe yo mu gihugu n‟ ayo hanze yacyo bihuje imigambi; "5. develop collaboration and solidarity links with other national and international associations pursuing similar aims; " (c) gushyiraho uburyo bwo guhana amakuru ku karengane na ruswa hagati y’inzego zigize inama ngishwanama ku rwego rw’umurenge; federation at the sector level; "(c) to put in place modalities for information sharing on injustice and corruption between member institutions of the advisory council at secteur privé au niveau du secteur; " (5) inama njyanama y’akarere yemeza ko umwe mu bagize biro avuye mu mwanya we binyunze mu matora hakurikijwe ubwiganze burunduye bw’amajwi y’abajyanama bateraniye mu nama idasanzwe y’inama njyanama y’akarere. "(5) the district council confirms the cessation of duties of a member of the bureau through an absolute majority of the votes of the councillors meeting in an extraordinary session. " Ingingo ya 27: ikurikiranacyaha mu nkiko "Article 27: prosecution in courts " Umutwe wa v : kuvugurura amategeko "Chapter v: law amendment " Icyiciro cya 3: imiyoboro, serivisi n’umutungo udahagije "Section 3: deposits, loans and investments " Ugushyingo 1994; "December 1994; " 1° ku bushake bwo gutera cyangwa kurwanya abashinzwe umutekano, bigaruriye intwaro cyangwa amasasu ku mugaragaro cyangwa rwihishwa; "1° in order to attack or resist security forces, carry apparent or hidden arms or ammunition; " Ku munsi w’itora, agomba gushyira ahagaragara cyangwa kwambara icyemezo yahawe. "He or she is required to put in the open or to wear an attestation provided on the voting date. " C) aho banki igenzura yonyine indi banki mu buryo buziguye cyangwa butaziguye, banki iyibyara igomba kubahiriza yo ubwayo no mu buryo buhujwe ibisabwa byerekeye imari- shingiro ya ngombwa. "C) where a bank directly or indirectly controls another bank on a solo basis, then the parent bank shall comply with the capital adequacy requirements on a solo and consolidated basis. " Iyo urwego rw’ubuyobozi rw’ubwiteganyirize bushingiye ku bigenerwa abiteganyirije bizwi rwiga kw’ikoreshwa ry’amafaranga y’ikirenga ateganyijwe mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, rugomba kwita ku nyungu z’uwiteganyirije n’iz’umukoresha utangira umukozi imisanzu mu bwiteganyirize. "Where a governing body of a defined benefit scheme considers the use of surplus referred to in paragraph one of this article, it shall take into account both the interests of the beneficiaries and the sponsoring employer of the scheme. " Inyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi igomba gushyirwa ahagaragara nk’inyandiko yihariye cyangwa igafatwa nka paji ya mbere, iya kabiri n’iya gatatu mu nyandiko igaragaza imiterere ya serivisi. nanone kandi umwishingizi ndetse n’abahuza mu bwishingizi bagomba gusigarana gihamya y’uko inyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi yahawe umukiriya hifashishijwe ukwemera k’umukiriya ko yayakiriye yanditse nyandiko isaba ubwishingizi, cyangwa se inyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi iriho umukono we cyangwa se ikaba ikubiye muri dosiye isaba ubwishingizi. aho inyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi yashyirwa hose, amagambo « inyandiko imenyekanisha ry’amakuru y’ingenzi » (cyangwa se andi asa na yo mu rurimi inyandiko yanditsemo) agomba gufata umwanya ugaragara ku gice cyo hejuru cya buri rupapuro. "Any remittance service provider shall identify the sender or the designed recipient of a remittance transfer on the basis of an official or other reliable means of identification and where the remittance transfer transaction is conducted on behalf of a third party, the identity of the third party shall also be established. tout prestataire de services de transfert d’argent doit identifier l’expéditeur ou le bénéficiaire désigné d’un transfert d’argent sur base d’un moyen officiel ou autre moyen d’identification fiable et lorsque l’opération de transfert d’argent est effectuée pour le compte d’un tiers, l’identité du tiers doit également être établie. " Amacupa ava n’amacupa afite imiyoboro yangiritse cyangwa iva agomba kujugunywa kandi mu buryo butanga umutekano. imiyoboro iva cyangwa yangiritse igomba gusanwa cyangwa gusimbuzwa. "Leaking cylinders and cylinders with damaged or leaking valves shall be safely vented. leaking or damaged valves shall be repaired or replaced. " Ingingo ya 33: inshingano zo gutanga raporo "Article 33: reporting requirements " Umukozi mukuru ushinzwe ikoranabuhanga cyangwa uhagariye uwo murimo agomba kuba afite impamyabushobozi mu ikoranabuhanga mu itumanaho n’imyaka itatu y’uburambe mu buyobozi; "The chief information officer or the head of such function shall be a holder of a professional certificate in information technology and at least three years of experience in managerial position. " Kwamamaza ntibigomba gukorwa, mu buryo burenganya, butesha icyizere, bunegura cyangwa bwibasira igicuruzwa kimwe cyangwa byinshi, serivisi, kwamamaza, amasosiyete cyangwa ibigo, cyangwa bukabya ku miterere cyangwa akamaro k’itandukaniro hagati y’abapigana. "Advertisements must not, unfairly, discredit, disparage or attack one or more products, services, advertisements, companies or entities, or exaggerate the nature or importance of competitive differences. " Ubereyemo abandi imyenda cyangwa undi muntu wese ukomeza gukora imirimo y’ubucuruzi cyangwa gukoresha ububasha bw’ubuyobozi kandi azi neza ko hashyizweho ukora umwuga wo kuzahura ubucuruzi cyangwa gucunga igihombo aba akoze icyaha. "A debtor or any other person who continues in business or exercises the managerial power having full knowledge of the appointment of an insolvency practitioner commits an offence. " Igihe itizwa rimara kigenwa na perezida wa repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga wa rdf. "The duration of secondment is determined by president of the republic and commandant- in-chief of rdf. " Ingingo ya 10: ibiranga isosiyete public company "Article 10: characteristics of a public company " Umuyobozi ufite ububasha bwo kuzamura mu ipeti ryisumbuye umusirikare ashobora kumushyira mu kiruhuko cy’izabukuru mu gihe hasigaye imyaka itanu (5) kugira ngo yuzuze imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. "The authority entrusted with the powers to promote to a higher rank a soldier may provide early retirement to him or her within five (5) years before the retirement age. " Iyo icyemezo cyo gutanga umutungo cyafashwe kireba umutungo utimukanwa, icyo cyemezo kigira agaciro uhereye igihe cyandikiwe n’umubitsi w’impapurompamo z’ubutaka. "If the order relates to immovable property, it takes effect when registered with the registrar of land titles. " 1° amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi: amasezerano yanditse hagati y’abafatanyabikorwa yerekeye uburenganzira n’inshingano byabo, imikoranire n’ibindi birebana n’ubufatanye mu bucuruzi; "1° partnership agreement: a written arrangement between partners as to their rights and duties, to other working relationships and to the affairs of partnership; " 2° urubanza rujuririwe n’urukiko rwaruciye; "2° the court having delivered the judgement; " Iyo bibaye ngombwa, umushinjacyaha ashobora kwandika inzandiko zose za ngombwa zitumira abantu cyangwa gusaba inkiko gutegeka igenzura ry’imibereho y’umwana hubahirijwe amategeko asanzwe. "Where necessary, the prosecutor can issue all necessary warrants or order judicial supervision in compliance with rules of general law. " Minisitiri cyangwa umuyobozi wa komite nyobozi w’urwego rw’ibanze ashobora, buri wese ku bimureba, bitewe n’impamvu iyo ari yo yose yerekeye ibisabwa byerekeye imari, consolidated fund in a decentralized entity. "The minister or the chairperson of the executive committee of the decentralized entity may, respectively, in case of any reason related to financial exigencies, suspend décentralisée. " Iyo fondasiyo idatangiye gukora kugeza uwayishinze apfuye cyangwa ikigo gifite ubuzimagatozi gihagaze, ku bireba inkunga yatanzwe n’uwayishinze, fondasiyo ifatwa nk’iyari yaratangiye gukora mbere y’uko uwayishinze apfa cyangwa mbere y’uko ikigo gifite ubuzimagatozi kiretse kubaho. "If a foundation does not become effective until the death of the founder or after the termination of a legal entity, with regard to the contributions of the founder, a foundation is considered to have come into force before his or her death or before the termination of the legal entity. " 7. gushyikirana na rubanda no kuba intangarugero mu bikorwa byo kujijura rubanda; "7. be approachable to the public and be a model in the activities of educating the people; " Abagize ishyirahamwe barimo ibice bitatu: abanyamuryango barishinze, abanyamuryango bajemo nyuma, abanyamuryango b‟icyubahiro. "The association comprises three categories of members namely: - founder members - adhesive members - honorary members. " Utanga serivisi y’imari ntagomba kurenza umubare w’amafaranga y’umwenda utarishyuwe akurikira: "A financial service provider must not exceed the following amount of outstanding debt: " 4° ushakira inyungu mu ibikorwa by‟urukozasoni by‟undi muntu; "4° pursues interests by involving another person in indecent acts; " 1º ikigo cyangwa isosiyeti bitari ibya leta; article 11: violence against a survivor of genocide "1° a non-government entity or company; article 11: violence contre un rescapé du génocide " Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri ishinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri ni we munyamabanga w’inama y’abaminisitiri. akurikirana kandi agahuza ibikorwa by’amashami y’imirimo agize minisiteri ishinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri. reflect the following characteristics: "The permanent secretary in the ministry in charge of cabinet affairs shall be the secretary to cabinet. he/she shall supervise and coordinate the activities of the departments of the ministry in charge of cabinet affairs. " Kuri buri mwanya w’abagize inama y’abavunyi, guverinoma ishyikiriza sena amazina y’umukandida wumvikanyweho mu nama y’abaminisitiri kugira ngo imwemeze. "For each position of the members of the ombudsmen council, the government shall submit to the senate the names of the candidate agreed upon by cabinet for approval. " (q) amabwiriza yanditse yerekeye kwishyura serivisi zihabwa indembe zikozwe n’utanga serivisi wundi udafitanye amasezerano cyangwa ukorana n’ikigo; "(q) written procedures for payment of emergency services provided by service provider other than a participating provider; " Ingingo ya 18: itora rya biro ya komite y’abunzi ku rwego rw’umurenge "Article 18: election of executivecommittee " Umuranguzi cyangwa umudandaza akorera uwo mwuga ahantu hemejwe n’umuyobozi ubifitiye ububasha kandi agomba kugira buri gihe inyemezabuguzi ku musaruro w’imbere mu gihugu n’icyemezo cy’inkomoko y’ibicuruzwa byaturutse hanze y’igihugu. "The wholesaler or retailer conducts his or her business on a site approved by the competent authority and must always have invoices for products locally produced and a certificate of origin for imported products. " Banki nkuru y‟igihugu irasonewe ku bikorwa byose yakora bijyanye n‟isoko ry‟imari n‟imigabane bivugwa muri iri tegeko. "The central bank of rwanda is exempted for any activity it may conduct with regard to the capital market referred to under this law. " Umutwe wa v: ibyerekeye igenzura n’iperereza "Chapter v: audit and investigations " (iii) kugaragaza neza uburyo ba nyir‟imigabane ishingiye ku ngwate y‟umutungo cyangwa abacunga umutungo (xiv) the amount of eligible assets in default as a percentage of the total amount of asset backed securities being offered and the amount of eligible assets in default as a percentage of the credit enhancement; "(xii) the outstanding principal balance or anticipated collections over a definite period from the eligible assets as a percentage of the total amount of asset backed securities being offered; " 1° guhuza ibikorwa bijyanye na gahunda z’imirimo yose yerekeye imyigire, imyigishirize, isuzumabumenyi, uburere n’ubushakashatsi; "1° to coordinate activities in connection with all programs related to learning, teaching, evaluation, education and research duties; " - kwishyurira prime holdings 9.738.000.000 "- remboursement dette de prime holdings 9.738.000.000 " 1 gushyira mu bikorwa igikorwa cyo kwishyurana uwishyura atabyemeye nk’uko biteganywa n’aya mabwiriza rusange 100.000 "7. an application for license renewal which does not respect the set deadline 100,000 " (h) igihe umuhuza mu bwishingizi usanzwe ashobora gusesa amasezerano; "(h) circumstances under which an insurance agent can terminate the contract; " - umuvugizi ; - umugizi wungirije wa mbere ; - abajyanama bateganywa n’amategeko shingiro y’umuryango. "- the legal representative; - the first deputy legal representative ; - councillors provided for by this constitutions of the organisation " Inyubako zose zitangirwamo serivisi zigomba guteganya aho abafite ubumuga bahagarika ibinyabiziga byabo hihariye, byaba ibifite moteri cyangwa ibitayifite, hegereye ubwinjiriro rusange, hakanateganywa kandi uburyo bwatuma ufite ubumuga atabarwa, yitabara cyangwa atabaza mu gihe bibaye ngombwa kandi mu buryo bwihuse. "All buildings offering services must provide special parking space for vehicles of persons with disabilities, whether motorized or non-motorized. these spaces should be near main entrances with facilities to enable the rescue, self assistance, calls for help when necessary of persons with disabilities in an expeditious way. " Iteka rya minisitiri no2096/08.25 ryo kuwa 15/09/2016 ritanga uburenganzira bwo guhindura amazina "Ministerial order no 2096/08.25 of 15/09/2016 authorising change of names " 9º kugaba igitero ku baturage b'abasiviri cyangwa ku mitungo yabo, uzi neza ko bazakigwamo, bazahakomerekera cyangwa imitungo yabo ikangirika ku buryo bukabije "9º intentionally launching an attack against the civilian population or their property in the knowledge that such attack will cause incidental loss of life, injury to civilians or atteintes graves à l’intégrité physique ou à la santé; " Umuyobozi ushinzwe imicungire y’abakozi ntashobora kuba umwe mu bagize akanama gashinzwe gukurikirana amakosa. "The head of human resources cannot be a member of the internal disciplinary committee. " ‘’biro politike ku rwego rw’igihugu igizwe n’abanyamuryango baturuka mu nzego n’ibyiciro bikurikira. "‘’the political bureau at national level comprises members at the following levels: " Umubare ugereranije w'amafaranga, yishyuwe ku bintu, nk'ibihembo cyangwa mu buryo ubwo aribwo bwose, yatangiwe sosiyete cyangwa igomba kwishyura kubera imirimo yakozwe ngo ishingwe, ugeze ku mafaranga miliyoni imwe (1.000.000). "The rough amount of fees, expenses, remunerations or charges, under whatever form, that are bearable by the company or taxable to it following its incorporation amount approximately to six hundred thousand rwandan francs. " Inyandiko zikubiyemo gahunda y‘ibyigirwa mu nama byohererezwa abanyamuryango byibuze mbere y‘iminsi cumi n‘itanu (15). "Invitations containing the agenda of the meeting shall be sent to members 15 days prior to convening the meeting; " Urugereko ruburanisha abana ruca imanza rumaze kumva umwana, abatangabuhamya, ababyeyi, umuhagarariye cyangwa ushinzwe kumurinda, ubushinjacyaha n’umwunganira. ni rwo ruburanisha abo bafatanyije icyaha cyangwa ibyitso bye byujuje imyaka y’ubukure igihe rusanze ari ngombwa. "A specialized chamber for minors shall adjudicate the case after hearing the minor, witnesses, his/her parents, guardian or custodian, the public prosecution and his/her legal counsel. it shall also try his/her co-accused or accomplices having reached the age of majority, if it considers it necessary. " 2. -guteza imbere imibereho myiza y‟abaturage hitaweho amajyambere ashingiye mu bikorwa bibyara umusaruro no guharanira kurengera ibidukikije; "2. -to contribute to the welfare promotion in view of economic development through the productivity works and environment protection; " Ingingo ya 6: abashinze umuryango n’abawinjiramo nibo banyamuryango nyakuri. bafite uburenganzira n’inshingano bingana ku bireba umuryango. biyemeza kugira uruhare mu bikorwa byose by’umuryango. baza mu nama z’inteko rusange article 4: l’association a pour objet de: a)contribuer à la promotion de l’éducation morale, physique, intellectuelle et culturelle; b) créer et développer des écoles maternelles, primaires, secondaires et supérieures; c) soutenir toutes les activités susceptibles d’aider l’association à atteindre ses objectifs. "Article 6: les membres fondateurs et les membres adhérents constituent les membres effectifs de l’association. ils ont les mêmes droits et obligations envers l’association. ils prennent l’engagement de participer à toutes les activités de l’association. ils assistent aux article 4: the association has the following objectives: a)to contribute to the promotion of moral, physical, intellectual and cultural education; b)to create and develop nursery, primary, secondary and university schools in compliance with the legislation into force in rwanda; c) to support all activities that may help the association reach its objectives. " Mine iciriritse igomba kugira ikigereranyo cy’umusaruro w’amabuye y’agaciro kingana no kuva kuri kimwe cya kabiri cya toni (½t) kugeza kuri toni eshatu (3t) mu kwezi. icyo ikigereranyo kigaragazwa na raporo y’ubushakashatsi cyangwa raporo z’umusaruro iyo ari mine yigeze gucukurwa. "An artisanal mine must have an estimated production of minerals from a half tonne (½ t) to three tonnes (3t) a month. this estimated production shall be determined by the exploration report or the production reports if the site used to be mined. " 3° gahunda za leta zishyirwa mu bikorwa n‟urwego zigera ku ntego n‟ingamba zigamijwe; "3° the government programs executed by the entity achieve intended objectives, goals and targets; " Aya mabwiriza agenga imikorere ya parikingi zishyuzwa zo ku mihanda y‟umujyi wa kigali. "These instructions regulate the parking spaces on the roadsides chargeable in the city of kigali. " Abafite ubumuga bashobora kwigana n’abandi biga mu rurimi rwigishwamo abandi mu cyiciro cy’amashuri barimo. "Language of instruction of persons with disabilities who can follow their education with other learners shall be the same as that of the respective education cycle. " Iteka rya minisitiri n° 20/13 ryo kuwa 03/05/2005 ryerekeye ubugenzuzi bwa farumasi "Ministerial decree n° 20/13 of 03/05/2005 related to the inspection of pharmacies " Ingingo ya 43: ibikorwa na serivisi bishya cyangwa birimo guhanga udushya "Article 43: new or innovative products and services " Ingingo ya 13: abagize ubuyobozi bukuru bwa farg "Article 13: composition of the directorate general of farg " Inyungu. ingingo ya : 2 "Nd vice-president: 2 " Ahantu hose hakorerwa akazi hagomba kuba hasukuye, nta bireka bihari bituruka ku miyoboro y’amazi cyangwa ahandi. "Every work place shall be kept in a clean state, free from effluvia arising from any drain or other places. " Ingingo ya 26: ibyubahirizwa bijyana n’igihano cyo guhagarikwa by’agateganyo mu gihe kitarenze amezi atatu (3) adahemberwa "Article 26: modalities concerning the sanction of suspension for a period of three (3) months maximum without pay " Aya mabwiriza yuzuza amabwiriza ya minisitiri n o 19 yo ku wa 3/11/2012 yerekeye itunganywa n‟icuruzwa ry‟umuceri mu rwanda. "These instructions complement the ministerial instructions n o 19 of 3/11/2012 on rice processing and trading in rwanda. " *harebwa amafaranga ari mu mabanki adashobora gukoreshwa cyangwa kubikwa mu buryo ubwo aribwo bwose. izina ry‟umuyobozi......... icyo ashinzwe: "*refers to demand and call deposits held with other banks which should not be committed or earmarked in any way. " Ushinzwe gutanga amakuru udashyira mu bikorwa gahunda y’amahugurwa n’iy’ubukangurambaga ku bakozi be mu rwego rwo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi aba akoze ikosa kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u rwanda miliyoni eshatu (3.000.000 frw). "A reporting person who fails to implement training and awareness programs for his or her staff on combating money laundering, the financing of terrorism and the financing of proliferation of weapons of mass destruction commits a fault and is liable to an administrative fine of three million rwandan francs (frw 3,000,000). " 1° gutegura politiki y’igihugu y’imitunganyirize y’imijyi n’imyubakire; "1 º to put in place a national urban planning and building policy; " 2° 6 iyo uwahohotewe afite imyaka iri hagati ya 20 na 29; "2° 6 where the victim is aged between 20 and 29; " 2° kwemeza amabwiriza rusange n’amabwiriza bnr ishobora gushyiraho ishingiye ku mategeko ngenderwaho; "2° to approve regulations and directives that nbr may issue under existing laws; " 3 º urwego rwo kwinjiza no gukoresha amafaranga mu ngengo y‟imari ; "(iii) development finance institution; " Wda ifite ubuzimagatozi n‟ubwigenge mu miyoborere, mu micungire y‟umutungo n‟abakozi bayo kandi icungwa hakurikijwe amategeko rusange agenga ibigo bya leta. "Wda shall have legal personality, administrative and financial autonomy and shall be managed in accordance with general provisions governing public institutions. " Imaze gusuzuma amasezerano ya bamako yo ku wa 30 mutarama 1991 abuza kuzana imyanda ihumanya muri afurika kandi agamije kugenzura itwarwa ryayo mu bihugu, n’uburyo ikorerwa muri afurika yacungwa neza; "After considering the bamako convention of january 30, 1991 on the ban to import into africa of hazardous wastes, the control of their cross-border movement and the management of those produced within africa; " Abagenerwabikorwa n`umuntu uwo ariwe wese by`umwihariko abanyamuryango, imfubyi n`abapfakazi. "The beneficiaries are all the human being, especially, the members, the orphans and the widows. " 3° inama ya fondasiyo yafashe icyemezo cyo kuyisesa mu buryo bwubahirije amategeko shingiro. "3° in case the foundation council has adopted a valid resolution of dissolution in compliance with the charter. " Banki nkuru ishobora gushingira kuri izi mpamvu zikurikira nk’izoroshya cyangwa izongera uburemere bw’ikosa mu kugena igihano: "The central bank may take into consideration the following factors as mitigating or aggravating in case of determination of the sanction: " Iyo habaye impinduka ku mutungo utimukanwa, agaciro k’umutungo kiyongereye cyangwa kagabanutse ku gipimo kiri hejuru ya makumyabiri ku ijana (20%) hagati mu cyiciro cy’isuzuma ry’umusoro, umusoreshwa amenyekanisha mu rwego rusoresha mu gihe cy’ukwezi kumwe (1) impinduka zabayeho n’agaciro k’uwo mutungo utimukanwa. "If, due to changes to immovable property, the value of that property increases or decreases by more than twenty percent (20%) within an assessment cycle, the taxpayer submits within a period of one (1) month, a new tax declaration to the tax administration with all changes thereof and the value of the immovable property. " 1° amafaranga y‟ubukode ukodesha abereyemo umusoreshwa kugeza ku mafaranga yose y‟ubukode bwose; "1° rent owed by a tenant to the taxpayer up to the amount of rent owed; " 12° gukora isuzumamikorere ry’abakozi. "12° to process the staff evaluation. " Igikorwa cy‟ubucuruzi gihambaye gifitanye isano n‟isosiyete bivuga: "A major transaction in relation to a company shall mean: " 2° gusaba inyandiko zayifasha kurangiza inshingano zayo; "2° to request for documents which may help the committee to achieve its mission; " Igihe cy’ubuzime bwo kwishyura umushahara, indamunite n’imperekeza ni imyaka ibiri (2). igihe cy’ubuzime kibarwa uhereye ku munsi umwarimu yagombaga kubona umushahara, minister in charge of education upon request of the mayor of the city of kigali or the mayor of the district. "The limitation period for payment of salary, allowances and terminal benefits is two (2) years. the limitation period is counted from the date on which a teacher had to receive the ayant l’éducation dans ses attributions à la demande du maire de la ville de kigali ou du maire du district. " Bwana nsengiyumva jean baptiste agizwe umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi n‟imenyekanisha muri minisiteri y‟ibiza no gucyura impunzi. "Mr. nsengiyumva jean baptiste is hereby appointed director of research and public awareness in the ministry of disaster management and refugees. " 3° kumenya ko inyandiko mvugo z’inama z’abanyamigabane b’isosiyete cyangwa iz’inama y’abagize inama y’ubutegetsi y’isosiyete zanditswe neza kandi ko ibitabo byose biteganywa n’amategeko shingiro byanditsemo kandi bibitswe neza; "3° to ensure that minutes of the meetings of shareholders or the board of directors are well prepared and that registers provided for by the articles of association are accurately kept; " 4° kuyobora no gukurikirana imicungire y’abakozi ba rfl akurikije amategeko; "4° to direct and monitor the management of rfl staff in accordance with laws; " Uwarazwe ku rwego urwo arirwo rwose, uwo bashakanye, umubyeyi we, umwana we cyangwa umuvandimwe we bahuje nibura umubyeyi umwe ntibashobora gufatwa nk’abatangabuhamya mu irage. "A legatee at any level, his/her spouse, parent, child or sibling who has at least a parent in common with him/her shall not be witnesses to any deed relating to a will. " 8 º inyandiko zerekeranye n‟ububiko bw‟ibintu n‟ubundi buryo busa na bwo bwo kubarura umutungo uri mu bubiko; "8 º store records and similar inventory systems; " Bikorewe i rwamagana, kuwa 19/05/2009 "19 mutarama 2009 19 january 2009 " 6° kuba banki ishingwa ari sosiyeti ihamagarira rubanda kuyiguramo imigabane ifite uburyozwe bugarukira ku migabane cyangwa koperative kandi yiyandikishije muri repubulika y’u rwanda; "6° the bank being established is a public company limited by shares or a cooperative registered in the republic of rwanda; " (b) gutegura raporo za buri mwaka zishyikirizwa biro politiki y’akarere; "(b) preparing annual reports to be submitted to the district’s political bureau; " 2° kwemeza raporo y'ibikorwa n‟iy‟imikoreshereze y‟umutungo by‟umwaka urangiye yatanzwe na komite nyobozi mbere y‟uko ishyikirizwa inzego bireba; "2° approving the activity plan and annual budget report submitted by the exective committee before it is submitted to the relevant authorities; " Abavugwa mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo batorerwa igihe cy‟imyaka itatu (3) gishobora kongerwa inshuro imwe gusa. "Persons mentioned in paragraph one of this article shall be elected for a three (3) year term of office renewable only once. " Isubikagihano ntiribuza gutanga amagarama y’urubanza n’indishyi z’akababaro. ntirinabuza kwamburwa uburenganzira umuntu abuzwa kubera igihano yahawe. nyamara, ukwamburwa uburenganzira bivaho iyo igihano cyataye agaciro. "Suspension of penalty does not prevent the payment of court fees and damages. nor does it extend to the deprivation of rights as a result of conviction. however, deprivation of rights ceases to have effect on the date the offence becomes null and void. " Nta na rimwe igiteranyo cy’igishoro mu migabane y’andi masosiyete kigomba kurenga 60% by’imari shingiro bwite ya banki. "The aggregate investment in equity shares of other companies by a bank shall not at any time exceed 60% of bank’s core capital. " Itegeko ryihariye rigena ibijyanye n'ubukemurampaka. "A specific law shall govern arbitration. " Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y'u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003, nk'uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 62, iya 66, iya 68, iya 88, iya 89, iya 98 igika cya 3, iya 112, iya 121, iya 189, iya 190 n'iya 201; "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in articles 62, 66, 68, 88, 89, 98 paragraph 3, 112, 121, 189, 190 and 201 ; " (sé) sheikh harerimana mussa fazil minisitiri w‟umutekano mu gihugu "(sé) sheikh harerimana mussa fazil minister of internal security " Ingingo ya 3 : ibyerekeye intego y‟umuryango "Article 3 : objet social " Iteka rya perezida rikura ku mirimo ye umushinjacyaha mukuru wa repubulika………... n° 44/01 ryo kuwa 10/07/2006 "Presidential order removing a prosecutor general of the republic……………………….. n° 44/01 of 10/07/2006 " C) urwego rwa gatatu: 40 % yabarirwa to 75%; "To 40%; " (sé) 8 ndabarishye daniel 0788753069 "- 395,887,068 " Inama y’ubuyobozi ya rwanda fda ishobora gutumira mu nama yayo umuntu wese ibona ko ashobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. "The board of directors of rwanda fda may invite in its meeting any person from whom it may seek advice on a certain item on the agenda. "  kwitagatifuza kw‟abanyamuryango, biciye mu bikorwa bindi binyuranye by‟urukundo, biteganywa n‟ijambo rigize umurage yezu kristu yasigiye intumwa ze na kiliziya muri rusange. "-live the sanctity of the community life by means of other charities, recommended to the church and its apostles by our lord jesus christ. " Iri tegeko ngenga rishyiraho igiswahili mu ndimi zikoreshwa mu butegetsi. "This organic law establishes kiswahili as an official language. " Ingingo ya 129: ibisabwa umuntu wiyamamariza umwanya w’ubujyanama ku murenge cyangwa ku kagari "Article 129: requirements for standing as a candidate in the election of members of the sector or cell council " Iyo amasezerano y’ubwishingizi akubiyemo ingingo yemerera ikigo cy’ubwishingizi kutishyura indishyi ikigo cy’ubwishingizi ntigishobora kwanga kwishyura indishyi iyo umufatabwishingizi agaragaza ko: "Where an insurance contract includes a provision that has the effect of enabling an insurer not to pay a claim, an insurer cannot refuse to pay the claim, if the policyholder proves that: " Abahagarariye ubutegetsi bw’umurimo bitabira iyo nama ku rwego ngishwanama. "Counsellors give advice to the executive commitee. " Inkeragutabara zigira imitwe n’abantu ku giti cyabo, biteguye kunganira ingabo z’igihugu zikora uwo mwuga nk’akazi gahoraho igihe bahamagawe. "The reserve force provides units and individuals to stand ready to support the rwanda defence forces in active service when they are called upon. " Hashingiwe ko nomero zikoreshwa mu itumanaho ari umutungo w’ingirakamaro kandi w’imbonekarimwe ukoreshwa mu rwego rw’igihugu, bikaba ari ingenzi mu mikoreshereze myiza, mu micungire no mu itangwa rya nomero mu buryo bukwiye hagamijwe itangwa rya serivisi z’itumanaho; imaze kuyasuzuma no kuyemeza mu nama yayo yo ku wa 23/01/2018; "Considering that numbering is a valuable and scarce national resource, which is essential for efficient use and effective management and assignment to provide telecommunication services; " 1. gor represented by mr vincent munyeshyaka (sé) "3. ocir the represented by philbert munyandinda (sé) " Isubiye ku bihembo mbonera by‟abavoka byemejwe n‟urugaga rw‟abavoka rwa kigali kuwa 05/12/2001; "Having reviewed the scale of remuneration of the kigali bar association established on 05/12/2001; " Kugirango ugere ku ntego zawo. "Achieving its objectives. " Kumubuza kujya mu ndege; "Prevent him or her from boarding the aircraft; " Iteka rya ministiri w’intebe rishyiraho inshingano, imiterere n’imikorere bya komite mpuzabikorwa y’igihugu ishinzwe gushakisha no gutabara. rigena kandi abagize iyo komite na manda yabo. "A prime minister’s order shall determine the responsibilities, organization and functioning of the national search and rescue coordination committee. it shall also determine members of that committee and their term of office. " Igomba kuba ari ingwate ya banki, ingwate itanzwe n’ikigo cy’imari cyemewe cyangwa urwandiko rwishingira ubwishyu rudasubirwaho. "It may be paid in form of a bank security, a guarantee issued by an authorized financial institution or an irrevocable letter of credit. " Umukuru w’umudugudu, amaze kubyumvikanaho n’abagize komite nyobozi, ashyikiriza ubunyamabanga nshigwabikorwa bw’akagari raporo y’ukwezi ikubiyemo ibyakozwe mu kwezi kurangiye n’ibiteganyijwe gukorwa mu kwezi gutaha. "The head of the village, after consultations with members of the executive committee, submits to the executive secretariat of the cell a monthly report on the activities carried out in the previous month and the activities planned for the following month. " Ishingiye ku itegeko nshinga rya law nº 46/2009 of 30/12/2009 "Law nº 46/2009 of 30/12/2009 " N‟ibikorwa by‟umuryango. kuba umunyamuryango w‟icyubahiro bitangwa n‟inteko rusange. "A member of the local defence shall be characterised by good conduct. "  ikorwa ry’isuzuma ry’umusaruro ;  gahunda yo guteganya isimburana. " conduct performance reviews; and  engage in successor planning. " 4º kugerageza gukora jenoside ; "4º attempt to commit genocide; " Akawumenyesha mu ncamake impamvu zatumye abasenateri batemera umushinga w’itegeko. "Stating in brief the reasons senators have disapproved of it. " 1° icyemezo cy’igihombo: icyemezo cy’urukiko cyemeza igihombo kandi gishyiraho umuntu uragijwe ibintu by’ubereyemo abandi imyenda; "1° bankruptcy order: an order of the court declaring bankruptcy and appointing a trustee of a debtor’s estate; " Iteka rya minisitiri rigena gahunda n‟ingamba zigamije kurengera no gufasha abana babana cyangwa bagizweho ingaruka na virusi itera sida ………………………………………………3 "Ministerial order determining programs and strategies to ensure protection and assistance to children infected or affected by hiv/aids……………………………………………………….3 " Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’itegeko n° 76/2013 ryo kuwa 11/9/2013 rigena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere by'urwego rw'umuvunyi "Seen to be annexed to law n o 76/2013 of 11/9/2013 determining the mission, powers, organization and functioning of the office of the ombudsman " 2 impamyabushobozi : inyandiko ihamya ibyo umuntu yize gukora bimuha ubumenyingiro butuma abona umurimo cyangwa awihangira; "2 certificate: a document that attests to a person‟s learned practical knowledge enabling him/her " Inshingano yo gutanga umusoro ntirangirana cyangwa ngo ikererezwe n‟uko nyiri umutungo utimukanwa yabuze atagennye umuhagararira cyangwa undi muntu ucunga uwo mutungo utimukanwa mu izina rye. iyo intambwe zose zumvikana zo gushakisha no kumenya aho nyiri umutungo utimukanwa aherereye zakozwe, urukiko rubifitiye ububasha rugafata icyemezo ko uwo nyiri umutungo utimukanwa adashobora kuboneka, wegurirwa urwego rw‟ibanze uwo mutungo ubarizwamo hakurikijwe itegeko rigena imicungire y‟imitungo itimukanwa itagira beneyo. "Tax liability shall not be terminated or deferred by the disappearance of an owner of a fixed asset, where that owner has disappeared without leaving behind a proxy or other person to manage that asset on his or her behalf. if, after all reasonable steps have been taken to locate the owner, a competent court has ruled that the owner of that fixed asset cannot be found, the asset shall be forfeited to the decentralized entity where it is located in accordance with the law relating to management of abandoned property. " (a) ibaruwa y’umugenga w’ingengo y’imari isaba kandi isobonura ku buryo burambuye impamvu iryo soko rikenewe mu gihe cy’ubusabe; "(a) provide a request letter from the chief budget manager explaining in details the reasons the tender is needed at the time of the request; " Iyo umunyamabanga nshingwabikorwa adahari asimburwa n’umwe mu bayobozi bamukurikira mu ntera ugenwa na komite nyobozi. "In the absence of the executive secretary, he/she shall be replaced by one of the directors immediately below him/her designated by the executive committee. " Ingingo ya 34: ibangamirwa ry’umuguzi umuguzi aba abangamiwe igihe cyose mu masezerano yakozwe hatabayeho uburinganire ku buryo bugaragara hagati y‟uburenganzira n‟inshingano y‟abagiranye amasezerano. "The consumer is prejudiced whenever there is no tangible fairness in the agreements between the rights and obligations of parties to the contract. " Ingingo ya 12: ibisabwa mu gutanga raporo no kubika inyandiko "Article 12: reporting requirements and records keeping " Igitabo gikubiyemo ibikurikizwa mu guhabwa ubufasha bwerekeye inzu zihendutse zo guturamo kigena ibindi bipimo fatizo by’ibikorwa remezo. "The operational procedures manual on affordable housing determines other standards of infrastructure. " Umuntu wese ukoresha cyangwa utegeka gukoresha ku mwanzi uburyo cyangwa intwaro bibujijwe n'amategeko n'imico bikurikizwa mu bihe by'intambara n'amasezerano mpuzamahanga u rwanda rwemeje burundu, aba akoze icyaha. iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka cumi n’itanu (15) ariko kitarenze imyaka makumyabiri (20). "Any person who uses or orders use, against the enemy, of methods or weapons expressly forbidden by the laws and customs applicable in armed conflict, as well as international conventions ratified by rwanda, commits an offence. upon conviction, he/she is liable to imprisonment for a term not less than fifteen (15) years and not more than twenty (20) years. " Iyo ku munsi w‟isomwa ry‟urubanza hari umuburanyi utitabye kandi yari yaramenyeshejwe igihe ruzasomerwa, isomwa ryarwo rigasubikwa, ntibiba ngombwa ko yongera kumenyeshwa umunsi isomwa ry‟urubanza ryimuriweho. ntashobora no kwitwaza ko atamenye umunsi isomwa ry‟urubanza ryimuriweho asobanura impamvu zatumye atubahiriza ibihe biteganywa n‟amategeko mu kwiyambaza inzira z‟ubujurire. "If one of the parties is not present on the date of judgement and they were notified of said date, and if the matter is postponed,it will not be necessary to inform the party of the new date. that party cannot cite failure to attend on the date of the judgement as a reason for not complying with the time limits of appeal. " - gutora no kuvanaho umuvugizi n‟abavugizi bungirije w‟umuryango; "- to elect and dismiss the legal representative and vice-legal representatives, the executive secretary and deputy executive secretary; " Ingingo ya mbere: icyemezo cyo guhindura izina ry‟umuryango "Article one: decision of altering the name of the association " Inzego z‟impuzamiryango ni: 1 inteko rusange; 2 inama y‟ubuyobozi ; 3 inama y‟ubugenzuzi; 4 urwego rushinzwe gukemura amakimbirane; 5 ubunyamabanga nshingwabikorwa. "The organs of the umbrella are: 1 the general assembly; 2 the board of directors; 3 the auditing committee; 4 the organ in charge of conflict resolution; 5 the executive secretariat. " Ibikorwa byose birebana no kwishimisha n’imyidagaduro, imikino, imyigaragambyo n’ibindi bikorwa byose bitera urusaku bibujijwe gukorerwa aho imihango yo kwibuka yabereye. "All entertainment and leisure activities, sports, strikes and other noisy events are prohibited at the venues where commemoration activities are held. " 3° guha fondasiyo icyemezo cy’iyandikwa ryayo. "3° deliver to the foundation a certificate of registration. " Ingingo ya 8: gutangira amasezerano y’umihigo "Article 8: beginning of the performance contract " 1. itsinda rishinzwe ubuyobozi ryabaye umuhuza hagati y‟inama y‟ubutegetsi n‟ubuyobozi kandi ryunganiye umuyobozi mukuru mu kuyobora no kugenzura umurimo w‟ubuyobozi wose w‟ikigo "Executive committee (if any) mandate of executive committee 1. the executive committee has been the link between the board and management and has assisted the chief executive officer to guide and control overall direction of business of the institution. " Icyiciro cya 2: ibindi bigenerwa abagenzuzi b’ inkiko ingingo ya 10: umugenzuzi mukuru w’ inkiko uri ku rwego rw’ imirimo rwa f n’ abagenzuzi b’ inkiko bari ku rwego rw’imirimo rwa g/1.iv umugenzuzi mukuru w’inkiko n’abagenzuzi b’inkiko bagenerwa buri wese ibi bikurikira: "Section 2: fringe benefits for inspectors of courts article 10: inspector general of courts on level f and inspectors of courts on level g/1.iv article 5: juges de carrière aux postes de niveau e : juge à la cour suprême, président de la haute cour et président de la haute cour de commerce " Mu nama ya mbere y’inteko rusange y’igihembwe gisanzwe, umutwe w’abadepite wemeza ibiri ku murongo w’ibyigwa mu gihembwe cyose. ibiri ku murongo w’ibyigwa bimenyeshwa abadepite kimwe n’abantu bose, hakoreshejwe uburyo butandukanye nko gukoresha itangazamakuru n’ umurongo wa interineti w’umutwe w’abadepite. "In the first sitting of the plenary assembly of the ordinary session, the chamber of deputies approves the agenda of the whole session. the items on the agenda are communicated to all deputies and the public through different ways like media and the web site of the chamber of deputies. " Inama y‟ubutegetsi nirwo rwego rukuru mu miyoborere y‟ ishuri rikuru. igizwe naba bakurikira: "The board of directors shall be the highest decision-making organ of the higher learning institution. it is composed of the following: " Inama ya biro y’inama njyanama iterana rimwe mu kwezi n’igihe cyose bibaye ngombwa. "The meeting of the council bureau shall convened once a month and whenever necessary. " Inshingano z’ingenzi za cma ni izi zikurikira: "Key responsibilities of cma are the following: " 2° gutegura no gushyikiriza inama y’ubuyobozi imbanzirizamushinga w’ingengo y’imari izakoreshwa mu mwaka ukurikira na raporo y’ingengo y’imari y’umwaka ushize; 3° gushyira mu bikorwa ingengo y’imari no gucunga umutungo wa fer; 4° gukurikirana imicungire y’abakozi ba fer akurikije amategeko; "2° preparing and transmitting to the board of directors the draft budget of the following year and the financial report for the previous year; 3° executing the budget of fer and managing its resources; 4° monitoring the performance of the employees of fer in accordance with the law; " Ingingo ya 94: ingaruka zo gutanga amakuru atari ukuri ku bw’uburiganya "Article 94: effects of fraudulent misrepresentation " Guverinoma ishyikiriza umutwe w'abadepite raporo y’amezi atandatu yerekeye imikoreshereze y’ingengo y’imari mu nzego z’ubutegetsi bwa leta, ikagenera kopi umugenzuzi mukuru w’imari ya leta. "The government submits to the chamber of deputies a six month report on the execution of the budget in the government institutions and reserves a copy to the auditor general of state finances. " 1° amasezerano yo ku rwego rw‟igihugu; "1° national contracts; " Mu gihe uwacuruzaga intambi n‟ibijyana na zo ahagaritse uwo murimo agomba kubimenyesha minisitiri ufite umutekano mu nshingano ze mu minsi cumi n‟itanu (15). "An authorized dealer of explosives and their accessories shall inform the minister in charge of security of the termination his/her business within fifteen (15) days. " Umukozi wa leta agomba kandi guhita amenyekanisha uwamutumye imigendekere y‟inama yahagarariyemo urwego akorera. "A public servant must report to his/her supervisor about the meeting proceedings in which he/she represented his/her institution. " - abunzubumwe bukinanyana……………………………………………………...85 "- peace house.…………………………………………………………………85 " Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 112, 113, iya 121 "Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in articles 112, 113, 121 " Ingingo ya 95: ihanwa ry’icyaha cyibasiye inyokomuntu "Article 95: punishment for the crime against humanity " Urwego nshingwabikorwa rwa nrs rugizwe n’umuyobozi mukuru ushyirwaho n’iteka rya perezida n’abandi bakozi bahabwa akazi hakurikijwe amategeko abigenga. "The executive organ of nrs is composed of the director general appointed by a presidential order and other staff members appointed in accordance with relevant laws. " Iyo ibiteganywa n'imirage ibiri cyangwa myinshi bivuguruzanya, hubahirizwa ibikubiye mu irage riherutse gukorwa. "Where the provisions of two or more wills are inconsistent with one another, those contained in the most recently drawn up will prevail. " Article 14: the general assembly may also be convened in other extra-ordinary circumstance. it may follow the ordinary modalities of summon. it may be convened 15 days in advance. the agenda as mentioned in the invitation will be the only item to be discussed. ingingo ya 15: uretse ibiteganywa ukund n’itegeko ryerekeye imiryango idaharanira inyungu kimwe n’aya mategeko shingiro, ibyemezo by’ inteko rusange bifatwa hakurikijwe ubwiganze busesuye bw’amajwi.iyo intamajwi angina, irya perezida rigira uburemere bw’abiri. "Article 14: the general assembly may also be convened in any other extra-ordinary circumstance. it may follow the ordinary modalities of summon. it may be convened 15 days in advance. the agenda, as mentioned in the invitation, will be the only item to be discussed. " Inama y’ubuyobozi ya rfa igizwe n’abantu barindwi (7) bashyirwaho n’iteka article 9: performance contract "The board of directors of rfa is composed of seven (7) members appointed article 9: contrat de performance " Iyo abayobozi bakuru bari ku rwego rwa “d”, “1.iv” na “2.iii” bagiye mu butumwa bw’akazi imbere mu gihugu bakoresheje imodoka zabo, leta ibagenera indamunite y’urugendo hakurikijwe amabwiriza ya minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano ze. "When senior officials positioned on “d”, “1.iv” and “2.iii” job levels go on official mission inside the country with their vehicles, the state pay them mileage allowances in accordance with instructions of the minister in charge of transport. " (m) no kurangwa n’ivangura mu mirimo ye. "(m) to be characterised by discrimination in his or her duties. " Iteka rya perezida rishyiraho ikigo cya leta gikora imirimo itari iy’ubucuruzi rigena abagize urwego nshingwabikorwa rwacyo. "A presidential order establishing a non- commercial public institution determines members of its executive organ. " (c) umwirondoro w’abayobozi n’uwa ba nyiri umutungo b’ibanze/ abagenzuzi b’ikigo kiba gihagarariwe. "C)identity of management and principal owners/ controllers of accompany being represented. " 4° gukumira imyitwarire n’imikorere inyuranye n’ipiganwa ishobora kuba ihishe mu bikoresho byamamaza ibyo ari byo byose. "4° to prevent any possible anti- competitive behaviour and practice that may be hidden in any promotional package. " 1° gushyiraho no kuvanaho abagize akanama k’amasoko ya leta amaze kugisha inama ubuyobozi bw’ urwego rutanga isoko; "1° to appoint and dismiss members of the tender committee upon advice by the management of the procuring entity; " (4) umubare usimbura nomero ya sdid ushobora kuvaho igihe bibaye ngombwa bisabwe na nyir’ubwite. "(4) a sdid number token can be revoked where necessary at the data subject’s request. " (2) igihano cy’imirimo y’inyungu rusange gishobora gutangwa gisimbura ikindi gihano cy’iremezo. muri icyo gihe, gitangwa ku buryo bukurikira: "(2) the penalty of community service may be imposed in lieu of another principal penalty. in that case, it is imposed as follows: " Inyandiko yemeza ko ikigo cyemeye igikorwa cyo guhamagarira rubanda kugura imigabane no kwemerera imigabane ku gice cy‟isoko ry‟imari n‟imigabane gitanga inyungu zihoraho. "A statement that the authority has approved the public offering and listing of the securities at the fixed income securities market segment of a securities exchange. " Ikigo gifite ububasha bwo gutanga ibyemezo ku bibuga by‟indege mpuzamahanga no gushyiraho amabwiriza agenga imikoreshereze y‟ibyo bibuga by‟indege. "The authority shall have the power to issue international airdromes certificates and to establish safety standards for the use of such airdromes. " Abisabwe n'umuvugizi w‟umuryango «transformational leadership center» mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 17/01/2011; "On request lodged by the legal representative of the association «transformational leadership center» on 17/01/2011; " Isosiyete ishobora, iyo amategeko shingiro ayigenga abiteganya, gutanga ibice by‟imigabane bizatuma inshingano, ibyo umuntu yongererwa cyangwa agabanyirizwa bireshya n‟iby‟umugabane wuzuye cyangwa itsinda ry‟imigabane. "A company may, where its articles of association so provides, issue fractions of shares which shall have corresponding fractional liabilities, limitations, preferences, privileges, qualifications, restrictions, rights and other attributes as those which relate to the whole share of the same class or series of shares. " Iyo umucungamutungo w’uwahombye akuwe ku mirimo ye, urukiko rushobora gufata icyemezo cya ngombwa kigamije kurinda imitungo y’uwahombye, harimo no gufata icyemezo rusaba umucungamutungo w’uwahombye wirukanywe ku mirimo ye gutanga inyandiko z’imicungire y’umutungo, izindi nyandiko n’andi makuru ya ngombwa yabigenewe. "Where a trustee is removed from office, the court may make an appropriate order for the preservation of the bankrupt’s estate, including an order requiring the removed trustee to make available any accounts, records or other information necessary for that purpose. " Ubunyamabanga bwa jadf bukorera ku rwego rw‟akarere mu nyubako z‟ubuyobozi bwako. "District jadf secretariat shall operate at the district level within district administrative premises. " Ubutaka bwateguwe budafite ibikorwaremezo by’ibanze 1 kugeza kuri 2 "Serviced land without basic infrastructure 1 to 2 " “mu gihe cy‟igenzura, ubuyobozi bw‟imisoro busabwa kumenyesha, mu nyandiko, umusoreshwa ibi bikurikira: "“in case of audit, the tax administration is required to inform in writing, the taxpayer the following: " Umuvugizi wungirije wambere pastor pangras gafirigi sé "First vice legal representative pastor pangras gafirigi sé " 1° inkurikizi zo kwibeshya zituma gushyira mu bikorwa amasezerano byamubera umutwaro uremereye ; "1° the effect of the mistake is such that performance of the contract would be a heavy burden on him/her ; " Interuro ya iv: abagenzuzi b'imari "Title iv : auditors " (e) ubutaka bukorerwaho ibikorwa by’ubuhinzi, iby’ubworozi cyangwa iby’amashyamba, iyo bufite ubuso bungana cyangwa buri munsi ya hegitari ebyiri; "(e) land used for agricultural, livestock or forestry activities whose area is equal to or less than two hectares; " Cya mbere cy’iyi ngingo, gifatwa hakurikijwe inzira ikoreshwa mu kubashyiraho. kwegura ku murimo k’umuvunyi mukuru cyangwa umuvunyi wungirije bigezwa kuri perezida wa repubulika mu nyandiko, sena ikagenerwa kopi. iyo perezida wa repubulika atagize icyo abivugaho mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30), ukwegura kuba kwemewe. "3º kuba bazwiho kugira ubushishozi n’ubushobozi bwo kurangiza paragraph one of this article shall follow the same procedures of their appointment. the resignation of the ombudsman or deputy ombudsmen shall be tendered in writing to the president of the republic, and a copy reserved to the senate. if the president of the republic is silent within a period of thirty (30) days, the resignation shall be presumed to have been accepted. " A. amafaranga yinjira ava ku misoro 167 473 100 000 "A. recettes fiscales 167 473 100 000 " Icyiciro cya mbere: ubuyobozi bw’urukiko rw’ikirenga "Section one: management of the supreme court " Iri tegeko rishyiraho urugaga nyarwanda rw’abakora imirimo ishamikiye ku buvuzi rikanagena imiterere, imikorere n’ububasha byarwo. "This law establishes the rwanda allied health professions council and determines its organisation, functioning and competence. " (b) amakuru kuri buri wese uteganyirizwa kuba mu bagize inama y’ubutegetsi, ugize komite zatowe, abagize ubuyobozi n’abafite imigabane igaragara iyo ari umuntu ku giti cye nk’uko asabwa mu mugereka wa 3 w’aya amabwiriza rusange; "(b) information for each of the proposed director, member of elected committees, member of management and significant shareholder if it is an individual as per the personal declaration form set out in annex 3 of this regulation; " Ingingo ya 82: guhungabanya umutekano ku kibuga cy’indege "Article 82: destabilizing security at the airport " Iyo agomba gusimburwa, umutwe wa politiki akomokamo utanga undi mukandida wo kumusimbura akemezwa n’inama rusange. umusimbura arangiza manda y’uwo asimbuye. "When he/she has to be replaced, the political organisation he/she belongs to presents another candidate to replace him/her and such a candidate must be approved by the general assembly. the substitute completes the remaining term of the replaced member. " 2° guhita ihagarika imirimo ya banki iseswa uretse iya ngombwa ikenewe gusa mu buryo bw’iseswa; "2° immediately cease the operations of the bank except for those strictly necessary for its liquidation; " 3° ibipimo by’izamuka ry’imishahara; "3° wage growth rates; " (4) ibyerekeranye n’ubuziranenge bw’ubwato bukoreshwa mu kurinda igihugu n’umutekano bireba inzego zishinzwe kurinda igihugu n’umutekano. "(4) matters related to the standards for vessels used for national defence and security purposes fall under competence of national defence and security organs. " Nta muntu ushobora, atabyemerewe na banki nkuru, gukorera umwishingizi cyangwa umwishingizi w’abishingizi nk’umuhuza mu murimo w’ubwishingizi cyangwa w’ubwishingizi bw’abishingizi nyamara uwo mwishingizi cyangwa umwishingizi w’abishingizi atemerewe gukorera mu rwanda ashingiye ku itegeko ryerekeye imitunganyirize y’umurimo w’ubwishingizi ndetse n’amabwiriza arishyira mu bikorwa. "No person shall, without the approval of the central bank, act as an insurance intermediary for an insurer or reinsurer in respect of any insurance business that the insurer or reinsurer is not entitled to carry on in rwanda under law on organization of insurance business and its implementing regulations. " 3° umuyobozi w’umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru za leta; "3° chief of defence staff; " - kuba gucuruza ibikoresho by’ikoranabuhanga yarabigize umwuga kandi yanditse mu gitabo cy’umwanditsi mukuru; - kwemera amategeko ngenga ishyirahamwe n’andi mabwiriza agenga imikorere yaryo; - kwemera kugira uruhare rutaziguye mu ishyirwa mu bikorwa ry’intego ry’ishyirahamwe; "- should be a professional in information technology business and duly registered in rwanda. - agree to the statutes and internal rules of the association; - accept to actively participate in achieving the objectives of the association; " Igihe umuti ukuwe ku isoko, uruganda rwawukoze cyangwa uruhagarariye bagomba gushyiraho ingamba zihamye kugira ngo ucike burundu ku isoko. "Where the drug is withdrawn from the market, the manufacturer or its representative shall make sure that the drug is totally withdrawn from the market. " Ingingo ya 80 : "Article 80 : " Ingingo ya 23: abagize inama nkuru y’ururimi n’umuco na manda yabo "Article 23: composition of the high council of language and cultural academy and term of office of its members " Uwagenwe kuba umwishingizi afite uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga inshingano yahawe n’inama y’ubwishingire. "The chosen guardian is free to accept or refuse the responsibility conferred by the guardianship council. " Africa new life ministries n‟umuryango wa gikristo ugamije ibi bikurikira: a) gushinga amatorero yo kuramya imana ; b) kubwiriza ubutumwa bw‟umwami wacu yesu kristo no gutegura abigishwa; c) gukora ibikorwa byo kwita ku bana n‟imiryango itishoboye; d) gushinga amashuri ashingiye ku burere bwa gikristo; e) gushinga amavuriro no guteza imbere ubuvuzi. article 3: scope of activities "Africa new life ministries (anlm) is a christian religious organization, which has the aim of: a) church communities for the worship of god; b) to preach the gospel of our lord jesus christ and make disciples; c) to provide acts of compassion to vulnerable children and families; d) to establish christian based schools and educational institutions; e) to provide modern health care. article 3: du champ d’application de l’organisation " Iteka rya minisitiri w’intebe n° 004/03 ryo ku wa 28/02/2023 "Ministerial order n°2034/08.25 " Nzeri 2013 saa kumi n’ebyiri (06:00) za mu gitondo. "Th september at 6.00 " Amabwiriza rusange agenga ihinduka ry’imigabane, ikomatanya n’ihererekanya ry’imitungo n’imyenda ku bishingizi n’abishingizi b’abishingizi………………………………….…….100 "Regulation governing change in shareholding, amalgamation and transfer of portfolio of insurers and reinsurers………………………………….…………...………………………100 " “perezida w’urukiko rw’ibanze cyangwa umucamanza wabiherewe ububasha, aburanisha ibirego byihutirwa biri mu bubasha bw’urwo rukiko“. "“the president of the lower instance court or an authorized judge shall hear urgent cases which fall within the jurisdiction of such courts.” " Ingingo ya 16: inama y’ubutegetsi umuryango ugizwe n‟inama y‟ubutegetsi igizwe na: - perezida umwe ari nawe muvugizi w‟umuryango ; - visi perezida wa mbere umwe ariwe muvugizi wungirije ; - visi perezida wa kabiri ariwe muvugizi wa kabiri wungirije - abajyanama babiri ; - umwanditsi; - umubitsi imirimo y‟abagize inama y‟ubuyobozi ntihemberwa by‟umwihariko ; "Article 16: the board of directors the organization is governed by a board of directors composed of: - a president who is the legal representative; - a first vice president who is the first deputy legal representative; - a second vice president who is the second deputy legal representative; - a secretary ; - a treasurer; - two advisors. the function of the board of directors does not give rise to any compensation. " Ingingo ya 81: ubwigenge n’ifatwa ry’imyanzuro ya komite "Article 81: independence of and decision- making by the committee " 1º kugira ishoramari cyangwa ibikorwa binini kandi birambye mu rwanda; "1º to have substantial sustainable investment or activities in rwanda; " Hashingiwe ku itegeko n° 01/2011 ryo ku wa 10/02/2011 rigenga isoko ry’imari n’imigabane mu rwanda nk’uko ryahinduwe kugeza ubu; "Having reviewed law n° 01/2011 of 10/02/2011 regulating capital market in rwanda as modified to date; " 2° kwemeza amategeko ngengamikorere ya rcs; "2° approving the internal rules and regulations of rcs; " Umutungo wa orinfor ukoreshwa gusa ibiteganywa n’iri tegeko. "The patrimony of orinfor shall only be used in regard to provisions of this law. " 3º umwanditsi mukuru atanyuzwe n’impamvu zatanzwe zo kudasiba ubufatanye mu bucuruzi mu gitabo cyandikwamo ubufatanye mu bucuruzi. "3º the registrar general was not satisfied with the reasons as to why the partnership should not be struck-off from the register of partnerships. " Ingingo ya 29: inzu nsanganyasi y’ubutabera aho aya mategeko aha « national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda » ububasha bwihariye kandi bwo gufata icyemezo akanayiha n‟ubuyobozi nshingwabikorwa bw‟ikirenga mu bijyanye byose n‟ibikorwa n‟imirimo y‟ukwemera kwa ki baha‟i mu rwanda, byumvikane ko icyemezo cyose gifashwe, cyangwa igikorwa cyose giteganywa muri izo nzira bizoherezwa uko bimeze kose k‟unzu nsanganyasi y‟ubutabera ngo ibisubiremo kandi ibyemeze bidasubirwaho. "Article 29: universal house of justice where the “national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda” has been given in these by- laws exclusive and final jurisdiction, and paramount executive authority, in all matters pertaining to the activities and affairs of the baha'i cause in rwanda, it is understood that any decision made or action taken upon such matters shall be subject in every instance to ultimate review and approval by the universal house of justice. " Ukuboza 1970 arebana n’ihanwa ry’ibikorwa by’ifatira ry’indege binyuranyije n’amategeko nk’uko yemejwe n’iteka rya perezida n° 289/16 ryo ku wa 15 gicurasi 1987; "December 1970, as ratified by presidential order n° 289/16 of 15 may 1987; " (a) igiteranyo cy’ibihombo; "(i) a meeting hall; " Ingingo ya 30: inshingano za komite ngishwanama mu iterambere ry’akagari "Article 30: responsibilities of the risk management committee " Iri teka rigena imiterere n’imikorere by’ubugenzuzi bw’umurimo n’uburyo bwo gukemura impaka zishingiye ku murimo. "This order determines the organisation, functioning of labour inspection and procedure of settlement of labour disputes. " 9. gushyira mu bikorwa ingengo y’imari y’ikigo; "9. to ensure the execution of the authority budget; " Iyi viza isabirwa ku biro bihagarariye u rwanda mu gihugu usaba atuyemo, ku murongo wa interinet, ku buyobozi bukuru cyangwa ahandi hagenwa n‟umuyobozi mukuru. "This visa shall be applied for at rwandan diplomatic mission in the applicant‟s country of residence, online, at the directorate general, or other place as may be determined by the director general. " (f) acp ruyenzi teddy: uhagarariye polisi y’u rwanda; "(f) acp ruyenzi teddy: representative of rwanda national police; " Ingingo ya 150: inshingano z’umuyobozi w’umujyi wa kigali section 2: responsibilities, organization and functioning of management organs of the city of kigali "Article 150: responsibilities of the mayor of the city of kigali section 2: attributions, organisation et fonctionnement des organes de direction de la ville de kigali " 7.2. ishuri rikuru rigomba kugira gahunda y‟ibikorwa yerekana imikoranire yaryo na rubanda n‟uburyo ribihuza n‟ibyo ryigisha. "7.2.every institution must have a strategic plan that spells out how it will conduct community related activities that are linked to the teaching and learning; " Ingingo ya 6: itangwa ry’amakuru urwego rusoresha rwasabye inzego za leta "Article 6: provision of information requested by the tax administration from public institutions " Urukiko rushobora kandi, ku mpamvu yagaragajwe, gukuraho ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo w’ubufatanye mu bucuruzi no gushyiraho undi. "Also, the court may, on cause being shown, remove a partnership liquidator and appoint another. " 13 kunanirwa gushyiraho itariki nyayo yo gukura amafaranga kuri konti n’itariki nyayo yo gushyira amafaranga kuri konti hakurikijwe ibiteganywa n’aya mabwiriza rusange 200.000 "Failure to determine the debit value date and the credit value date in accordance with provisions of this regulation 200,000 omission de déterminer la date de valeur du débit et la date de valeur du crédit conformément aux dispositions du présent règlement " Umuntu wese usinda ku mugaragaro, mu muhanda, mu kibuga, mu nzira, mu kabari, mu nzu y’imikino cyangwa ahandi hose hateranira abantu, aba akoze icyaha. iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’iminsi umunani (8) ariko kitarenze amezi abiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi y’ibihumbi makumyabiri (20.000 frw) ariko atarenze ibihumbi ijana (100.000 "Any person who is drunk in public, in the streets, squares, paths, bar, in a gymnasium or any other public places, commits an offence. upon conviction, he/she is liable to imprisonment for a term of not less than eight (8) days but not more than two (2) months and a fine of not more than twenty thousand rwandan francs (frw 20,000) and not more than one hundred thousand rwandan francs (frw 100,000) or only one of the penalties. " Ingingo ya mbere: hashyizweho ku gihe kitazwi ishyirahamwe ry‟abakoresha ryitwa: «rwanda live animals and meat export organisation (rameo)», mu we, members of employer‟s professional "Article one: hereby established, for unlimited period, an employer‟s professional organization: «rwanda live animals and meat export organisation nous, membres de l‟organisation patronale " Amazu afungirwamo abantu agomba kuzuza ibyangombwa by‟ibanze bifasha kubungabunga ubuzima bw‟uyafungiwemo kandi bidahungabanya umutekano we. mubyo ayo mazu agomba kuba yujuje harimo ibi bikurikira: "Custody facilities must have basic requirements which help to safeguard a detainee‟s life and not be harmful to his/her security. " (j) gukurikirana imiyoborere y’utugari tugize umurenge no kutwongerera ubushobozi; "(j) to monitor the governance of the cells of the sector and strengthen their capacity; " Ikigo gifite uburenganzira bwo kwinjira ahantu hose nta nkomyi, kujya kugenzura indege zose za gisiviri, inyandiko, ibibuga by’indege, ibikoreshwa n’abatwara abantu n’ibintu mu kirere, ibikoreshwa na za serivise zireba ibigendera mu kirere, ibigo bitoza gutwara indege, ibigo bikora ibyo kwita ku ndege ndetse n’ahandi hantu ha ngombwa, kimwe n’ahantu h’ibikorwa byerekeranye n’indege za gisiviri hadapfa kugendwa hari mu rwanda kigamije kureba ko ibiteganywa n’iri tegeko, amabwiriza arebana na ryo ndetse n’imigereka yo article 21: validation of licenses and certificates issued by other countries "The authority shall have the right to unhindered access to inspect all civil aircraft, documents, aerodromes, air operator facilities, air navigation services and air traffic services, aviation training center, aircraft maintenance center and other relevant facilities, as well as normally restricted civil aviation-related sites within rwanda for the purposes of ensuring compliance with this law, regulations issued under this law and applicable annexes to the chicago convention. article 21: validation de permis et certificats délivrés par d’autres pays " Akiciro ka 4: inkurikizi z’ubutane "Sous-section 4: effets du divorce " Ingingo ya 60: igihe cyo gutanga ikiruhuko cy’ingoboka "Article 60: period for granting circumstantial leave " 2° abagize inama njyanama z’imirenge igize umujyi wa kigali.” "2° council members from sectors of the city of kigali.” " Urutonde rw‟abantu magana atandatu (600) bashyize umukono cyangwa igikumwe ku ilisiti y‟abashyigikiye umukandida wigenga rugomba kugaragaza kuri buri muntu: "The list signed or fingerprinted by at least six hundred (600) voters supporting the independent candidate shall indicate for each person: " Iteka rya ministiri nº98/08.11 ryo kuwa 20/06/2011 ryemera ihindurwa ry’amategeko agenga umuryango «gateway international missions rwanda » (gimi rwanda ) "Ministerial order nº98/08.11 of 20/06/2011 approving the modification made to the statutes of the association “gateway international missions rwanda” (gimi rwanda)” " Inama y’ubuyobozi bukuru bw’ingabo igizwe n’umugaba mukuru w’ingabo, abagaba b’ingabo n’ababungirije . ingingo ya 6: inama y’abakuru b’ingabo z’u rwanda n’abayigize "The joint command council shall be composed of the chief of defence staff, service chiefs and their deputies. article 6: rwanda defence forces command and staff council and its composition " Komite mpuzabikorwa ifite inshingano zikurikira: "The council shall have the following functions: " 2° gusubiza amafaranga yakoreshejwe ku gikoresho icyo aricyo cyose cy’ikoranabuhanga cyatangiweho amakuru yasabwe. "2º reimbursement of charges of any information communication and technology material in which the information were given. " Mu mezi atatu (3) akurikira impera z’umwaka w’ingengo y’imari, umuyobozi mukuru wa cma ashyikiriza inama y’ubuyobozi raporo y’ibikorwa n’iy’imikoreshereze y’ingengo y’imari kugira ngo iyemeze. "Within three (3) months following the closure of the financial year, the chief executive officer of cma submits to the board of directors the activity report and budget execution report for approval. " Uruhushya rutarengeje umunsi umwe (1) rutavanwa mu minsi y’ikiruhuko cy’umwaka rushobora guhabwa umukozi wa leta, iyo amaze kwerekana impamvu ifatika ituma arusaba kandi akaruhabwa n’umukuriye mu kazi. "Authorized absence for (1) one day maximum not deducted from annual leave may be granted to a public servant by his/her immediate supervisor, for duly justified reasons. " Uburyo bw’igenzura bugomba gutuma habaho itandukana rikwiye ry’imirimo kugira ngo hatezwe imbere uburyo bwo kugenzurana kandi butabangamirana kandi hirindwe igongana ry’inyungu. "The internal controls system must provide for appropriate segregation of duties to promote checks and balances and avoid conflicts of interest. " 1° ubugenzuzi bukorerwa ikigo cy’imari n’abagenzuzi ba banki nkuru bukagaragaza amakosa yakozwe ; cyangwa ; "1° inspection of the financial institution and observance of contraventions by the central bank inspectors; or " Bitabangamiye ubuzime buteganywa n’amategeko, ibikurikiranwa na komisiyo nta gihe ntarengwa bigira kugira ngo hagaragazwe ukuri, kandi hakurikizwe amategeko. "Subject to the extinction provided by law, cases prosecuted by the commission shall not be subject to any time limits in order to discover the truth and enforce the law. " (b) niba ufite ibikorwa by’imikino y’amahirwe cyangwa uwo bireba mu buyobozi bwe, yaba yarigeze asabwa gufata ingamba zo gukosora amakosa; "(a) if a payment system operator or payment service provider agrees to carry out a remedial programme which may include redress to compensate those who have suffered a loss; " 3. gusobanurira urubyiruko ruri mu mashuri, urutari mu mashuri n‟abanyarwanda muri rusange isano iri hagati y‟ubwiyongere bw‟abaturage n‟ibidukikije; 4. gukangurira abanyeshuri n‟urubyiruko kumenya uburenganzira bwabo ku buzima bw‟imyororokere no kwirinda inda z‟indaro, icyorezo sida n‟izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina; 5. gukora ubuvugizi ku bibazo by‟urubyiruko no kugira uruhare mu itegurwa n‟ishyirwa mu bikorwa bya gahunda zireba urubyiruko. "3. explain to the youth attending school, those who do not attend school and rwandans in general the relationship between population growth and environment; 4. sensitise students and youth on their reproductive rights and rights to fight unwanted pregnancies, aids pandemic and other sexually transmitted infections; " Ingingo ya 48: uburenganzira bw’umucungagereza uri mu mahugurwa icyiciro cya 6: ihagarika ry’umurimo "Article 15: permissible fees for services article 6: demande d’agrément " (b) ku bwato butwara ibintu: "(b) for a cargo vessel: " Ingengo y'imari y‟umwaka y‟ikigo cya leta yemezwa n‟urwego rwacyo rufata ibyemezo mbere y‟itariki ya 30 kamena ya buri mwaka w'ingengo y‟imari. "The annual budgets of a public institution shall be approved by its decision making organ before the 30 june of each fiscal year. " 1 º icyaha cy’ibanze gihanishwa igifungo kiruta ikivugwa mu ngingo ya 23 n’iya 24; "1 º if the principal offence is punishable by a term of imprisonment higher than the one in articles 23 and 24; " Ingingo ya 4: inshingano z'ishuri "Article 4: responsibilities of the school " D. itanga amakuru y’inyongera nk’izina ry’uwahawe uruhushya, igihe uruhushya rumara, ibisabwa mu kongeresha igihe uruhushya rumara, aho zone iherereye, metero n’imbibi zayo, ibipimo by’ikarita, impapuro z’ibarura ry'umutungo uri muri zone n’imikoreshereze y’iyo zone. "D. provide such supplementary information as the name of the licensee, the license duration, license- renewal conditions, geographical location, specific metes and bounds, map coordinates, and property registrations of the zone, and usage of the said zone. " 001 kugera ku 10 000 000 "10.000.000.001 " Rmi ifite ubuzimagatozi n’ubwigenge mu miyoborere, mu micungire y’umutungo n’abakozi bayo kandi icungwa hakurikijwe amategeko rusange agenga ibigo bya leta. "Rmi shall have legal personality, administrative and financial autonomy and be managed in accordance with general provisions governing public institutions. " Inama njyanama y’urwego rw’imitegekere y’igihugu rwegerejwe abaturage igomba, nibura rimwe mu mwaka, gusuzuma umusaruro w’ishoramari ry’urwo rwego. "The council of a decentralised entity must review the performance of the decentralised entity’s investments at least once in a year. " Ingingo ya 6: inzandiko zisaba kwinjira mu muryango zohererezwa perezida w‟umuryango, bikemezwa n‟inteko rusange ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) by‟abanyamuryango nyakuri bahari. "Article 6: the written applications for affiliation are sent to the president of the organization and are approved by the two-third(2/3) of majority members participating to the general assembly. " Uberewemo umwenda n’umuntu ku giti cye ntashobora gushyirwaho cyangwa gukora nk’umugenzuzi w’ ubwumvikane bw’umuntu ku giti cye cyangwa umucungamutungo w’uwahombye w’umutungo we. "A creditor of an individual may not be appointed or act as a supervisor of an individual’s arrangement or as a trustee of his or her estate. " Ifasi y‟u rwanda ni ubusesure bw‟ubutaka, inzuzi, ibiyaga, ikirere bya repubulika y‟u rwanda kugeza ku mbibi zayo na za ambasade z‟u rwanda mu bindi bihugu. "The rwandan territory refers to the land, rivers, lakes and air space within the boundaries of the republic of rwanda and rwandan embassies in other countries. " Urukiko rufata icyemezo ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) y’akazi iburanisha ripfundikiwe. "The court delivers a decision within three (3) working days of the closure of the hearing. " Muri iri tegeko, ufite ubumuga ni umuntu wese wavutse adafite ubushobozi bujyanye n‟ubuzima nk‟ubw‟abandi cyangwa wabutakaje biturutse ku ndwara, impanuka, intambara cyangwa izindi mpamvu zishobora gutera ubumuga. "In this law, a disabled person is any individual who was born without congenital abilities like those of others or one who was deprived of such abilities due to disease, accident, conflict or any other reasons which may cause disability. " A) - inimero y’iyandikwa ry’igikorwa b) cy’ubucuruzi ; c) - amazina y’uwiyandikisha ; d) -izina ry’ubucuruzi, igikorwa cy’ubucuruzi e) gikorerwamo n’iry’umucuruzi ; f) - isobanura rigufi kandi ryumvikana ry’igikorwa cy’ubucuruzi cyandikishijwe ; g) - icyicaro cy’ubucuruzi n’aho bukorerwa ; "- -registration number of the business activity; b) - names of the registered person ; c) - business name, name of the business d) activity and name of the trader; e) - brief and precise description of the registered business activity ; f) - the company head office and the place of business; g) - the date on which the registration certificate was issued ; h) - signature and stamp of the registrar general or his/her representatives ; - category of the commercial activity. " Ingingo ya 27: uruhushya rwo gukora ubushakashatsi ku murage ndangamuco "Article 27: authorisation of research on cultural heritage " Imodoka zitwara ibintu bishobora guteza inkongi z’umuriro zigomba kubanza kugenzurwa mbere yo gukoreshwa ndetse zikanagenzurwa buri mwaka; "The vehicles transporting inflammable materials must be inspected before their use and each year; " Icyiciro cya 3: gutegura politiki zigenga ibipimo by’ubushobozi bwo kwishyura "Section 3: developing rating policies " Icyo gihe inteko rusange iterana batitaye ku mubare wa ngombwa. "The general meeting is constituted of all shareholders regardless of the number of shares held.. " Kugera ku 2 500 000 "2.500.000 " 1°. gusuzuma raporo y’umuyobozi wa d- reit kugira ngo harebwe impamvu habaye ikererwa mu kurangiza; "1°. examining the report of the d-reit manager in order to consider the reasons of the delay in completion; " Ubwo burenganzira bugumaho igihe cyose umwenda wa gasutamo utarishyurwa. "The lien can be executed as long as the debt is not paid. " Ingingo ya mbere: uburenganzira bwo guhindura amazina bwana brejnev muhizi utuye mu kagari ka shyembe, umurenge wa murambi, akarere ka karongi, intara y’iburengerazuba, ahawe uburenganzira bwo guhindura amazina ya brejnev muhizi agahinduka brejnev muhizi muhire mu gitabo cy’irangamimerere kirimo inyandiko ye y’ivuka. "Mr brejnev muhizi domiciled in shyembe cell, murambi sector, karongi district, western province, is hereby authorized to alter the names brejnev muhizi to become brejnev muhizi muhire in the register of civil status containing her birth certificate. " 1° gutegura imbanzirizamushinga y‟ingengo y‟imari ya kie; 2° gukurikirana ibijyanye n‟imicungire y‟umutungo wa kie ; 3° gukurikirana ibijyanye no gutanga akazi, gushyira abantu mu myanya, kuzamura mu ntera ndetse no kwirukanwa kw‟abakozi b‟ubutegetsi bwite bwa kie; "1° to prepare the draft budget proposal of kie; 2° to monitor issues relating to property of kie; 3° to ensure issues relating to recruitment, appointment, promotion as well as dismissal of administrative personnel of kie; " 3º ubucuruzi bw‟ibiyobyabwenge; "3º drug trafficking; " (1) ikigo cy’imari kigomba gushyiraho politiki yumvikana kandi yizwe neza igenga imyitwarire ikwiriye intumwa. iyi politiki igomba nibura kuba ikubiyemo ibigenderwaho by’ibanze mu kumenya intumwa, uburyo bwo kugenzura buri gihe imyitwarire yazo ikwiriye, ibyo bigakorwa nyuma y’igihe cyagenwe runaka kimwe n’urutonde rw’ibimenyetso mpuruza by’ibanze ndetse n’ingamba zo gukosora ibitagenda neza hagamijwe imicungire iboneye y’intumwa. "(1) a financial institution is required to put in place a clear, well-documented agents due diligence policy. this policy, at least, contains initial agents due diligence, their regular due diligence checks, to be performed at specified intervals and a list of early warning signals and corrective actions to ensure proactive agent management. " Abisabwe n’umuvugizi w’“umuryango uharanira amajyambere mu misozi miremire y’akarere ka mukura” (adehamu) mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 09/01/2009; "Upon request lodged by the legal representative of the association “action de développement en hautes altitudes de mukura” (adehamu) on 09/01/2009; " B) impamvu zateye ikibazo: [mu gusobanura impamvu nyazo zitera ikibazo gihari, ubushakashatsi butanga ibisubizo ku bibazo bikurikira:] 1. ni ibiki bitera iki kibazo? 2. ni iyihe myitwarire (ibikorwa cyangwa ibidakorwa) itera ikibazo? 3. ni nde (ni ayahe matsinda, abantu ku giti cyabo, ibigo bifite ubuzima gatozi, inzego) nyirabayazana w’ikibazo cyangwa ufite imyitwarire iteye ikibazo? 4. iyi myitwarire igaragarira he, ryari, gute, kandi mu kihe gihe? 5. ni bande cyangwa izihe nzego bitiza umurindi iyo myitwarire iteye ikibazo? 6. ni nde uhura n’ingaruka z’iki kibazo cyangwa imyitwarire iteye ikibazo kandi mu buhe buryo? "3. who (which target groups, individuals, legal persons, institutions) is responsible for the problem or is engaged in problematic behaviour? 4. where, when, how and under which circumstances is this behaviour taking place? 5. what parties or institutions are contributing to the problematic behaviour? 6. who and in which ways is affected by this problem or problematic behaviour? " Abagize inama y’ubuyobozi ya reb bafite manda y’imyaka ine (4) ishobora kongerwa inshuro imwe gusa. "The term of office of board members of reb shall be four (4) years which may be renewed once only. " Imicungire y’umutungo kamere w’amazi ikorwa hagendewe ku mbibi z’ibibaya n’ibyogogo byabyo, hakurikijwe amahame y’imicungire y’amazi ikomatanyije. "The management of water resources is undertaken within hydrographic boundaries of lakes and their catchments in accordance with integrated water resources management principles. " Amasezerano y’umurimo hagati y’umukozi n’umukoresha yo ku rwego rwa kabiri (2) agengwa n’iri tegeko. "The subcontract between an employee and an employer is governed by this law. " Perezida w’urugereko rw’urukiko rukuru ashyirwaho n’inama nkuru y’ubucamanza ibisabwe na perezida w’urukiko rw’ikirenga. commercial court are appointed by the high council of the judiciary upon proposal of the president of the supreme court. "The president of a chamber of the high court is appointed by the high council of the judiciary upon proposal of the president of the supreme court. de commerce sont nommés par le conseil supérieur de la magistrature sur proposition du président de la cour suprême. " Umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari ya leta umaze kwemezwa n’inama y’abaminisitiri, minisitiri awugeza ku nteko ishinga amategeko imitwe yombi yateranye bitarenze itariki ya 15 kamena ya buri mwaka. "The minister, following cabinet’s approval of the state finance bill, presents it before both chambers of parliament, in a joint sitting, no later than 15 june of each year. " Inyungu zose ku myenda itishyurwa neza zabariwe mbere mu mutungo ariko ntizakirwe zigomba guhindurwa kandi zikandikwa kuri konti y’inyungu zahagaze kugeza igihe zishyuriwe n’uwasabye umwenda. "All interest on non-performing credit facilities previously accrued into income but uncollected must be reversed and credited into interest in suspense account until paid by the borrower. " Uwabikijwe ibicuruzwa aryozwa itakara ryabyo n‟ingaruka zijyanye nabyo kubera ko atabifashe neza nk‟uko nyirabyo yari kubyitaho iyo aba ariwe uhari muri icyo gihe. "The warehouseman is liable for loss of or injury to goods caused by his/her failure to exercise the care and diligence in regard to them as a careful and vigilant owner who would have been present at that moment. " 7° undi mukozi wese ufite inshingano zishobora kugongana n’inshingano z’intumwa z’abakozi mu kigo; "7° any other employee with responsibilities that can conflict with the responsibilities of employees’ representative; " 6. gushyikirana n‟ubuyobozi bw‟akarere n‟abayobozi b‟indi mitwe ya politiki mu karere. "6. to establish good relationship with public authorities at village level and with the leaders of other political organisations. " Buri munyamuryango ashobora kuva mu muryango ku bushake bwe.umunyamuryango ashobora gukurwa mu muryango iyo yitandukanije n‘imyizerere n‘amahame ya ear n‘ay‘iyi diyoseze. article 3: headquarters "Every member can voluntarily withdraw from membership of the diocese. he/she can also be excluded from the diocese when there is failure to conform to canonical laws and principles of the article 3: du siège " 12º inshinga: ijambo rikoreshwa mu nteruro rikagaragaza cyangwa rikumvikanisha igikorwa cyangwa imimerere ya ruhamwa ; "12º verb: word used in a sentence in order to express an action or a state of the subject ; " 43. umushahara w’ibanze: amafaranga umukozi ahabwa kubera akazi aba yakoze mu masaha y’akazi yagenwe hatarimo andi mashimwe; "43. basic salary: an amount of money paid to a worker for the job performed during ordinary working hours, but which does not include various allowances and bonuses; " Ingingo ya 25: igenagaciro k’ibyangiritse "Article 25: assessment of the damage " Mu rwego rwo kubungabunga no kurengera ibidukikije, inzego z’ibanze zishinzwe by’umwihariko: "In the framework of conservation and protection of the environment, decentralised entities are particularly responsible for: " (2) polisi y’u rwanda ishobora guha abagize dasso, igihe bibaye ngombwa, ibindi bikoresho bikenerwa mu gucunga umutekano, ikanagena imikoreshereze n’imicungire yabyo. "(2) the rwanda national police may provide dasso members, in case of need, with other necessary equipment for maintaining security and determine their use and management. " 3° uzungura, uhagarariye abandi cyangwa abasigarana umutungo w’abantu bavugwa mu gace ka 1o n’aka 2o tw’iyi ngingo. "3° respective successor, heir, a personal representative or estates of the persons mentioned in items 1o and 2o of this article. " Kugira ububasha bwo gukora inshingano zijyanye n‟akazi mu butegetsi bwa leta bishingira ku itegeko cyangwa inyandiko yashyizweho umukono n‟umuyobozi ukuriye umukozi. "Competent authority to discharge duties in public service bases on laws or a document signed by a supervisor of a public servant. " Minisiteri ishinzwe ubutaka itegura intizo y’ubutaka cyangwa amasezerano yo gukodesha ubutaka bwa leta. "The ministry in charge of land elaborates the land concession or contract on lease of state land. " 2° agaciro cyangwa inkurikizi z’ihererekanya cyangwa ukundi kwikuraho umutungo w’ubwizerane; "2° the validity or effect of transfer or other disposition of trust property; " Abagize akanama k‟ubujurire bahabwa insimburamubyizi igihe cyose bateranye. "The members of the council of appeal shall be entitled to a per diem for each meeting. " 15° gutegura imihigo no kuyisinyana na komite nyobozi; 16° gukora indi mirimo yose yasabwa na komite nyobozi ijyanye n‟inshingano ze. "10° preparing and following up the training programmes for the staff and evaluating their performance; 11° performing any other duties as may be assigned by the bureau of the academy with regard to the mission of the academy. " (2) urwego rwa leta rufite mu nshingano iterambere ryo gutwara abantu n’ibintu rushobora kugena ibindi bisabwa n’uburyo bwo guhererekanya ubwato. "(2) the public entity in charge of transport development may determine other requirements and modalities for vessel transfer. " - gutora abagize biro y‟akarere; - gutora ba perezida na ba visi perezida ba za komisiyo zo ku rwego rw‟akarere; - kugena ingengo y‟imari y‟akarere; - kwemeza raporo z‟umwaka zishyikirizwa biro politiki; - the members of all the bureaus of sectors constituting the district. "- elect the members of the district bureau; - elect the presidents and vice-presidents of district commissions; - determine the district budget; - approve annual reports to be submitted to the political bureau; - des membres de tous les bureaux des secteurs du district. " Abantu bakurikira bagize inama y’ubuyobozi y’ikigo cya gisirikare cy’ubwishingizi ku ndwara (mmi): 1° madamu niyigena alphonsine, presidential order n°119/01 of 26/11/2012 appointing members of the board of directors of the military medical insurance "The following persons are hereby appointed as members of the board of directors of military medical insurance (mmi): 1° mrs. niyigena alphonsine, arrete presidentiel n°119/01 du 26/11/2012 portant nomination des membres du conseil d’administration de l’assurance maladie des militaires " Iyo umukozi yitabye imana kubera impanuka y‟akazi cyangwa indwara iturutse ku kazi, urwego yakoreraga rugenera umuryango we amafaranga y‟amanyarwanda avugwa mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo bitabujije ko hakwiyongeraho amafaranga y‟ubwishingizi atangwa n‟ikigo gishinzwe ubwiteganyirize bw‟abakozi mu rwanda, hakurikijwe amategeko abigenga. "When the death of a public servant is caused by work accident or disease caused by work, the employer shall allocate funeral indemnity to the family of the deceased employee specified in paragraph one of this article without prejudice to additional payment by rwanda social security board of the deceased insurance allowances in accordance with relevant laws. " Ingingo ya 31: abakozi "Article 31: staff " 8° gutegura umushinga w’amabwiriza ngengamikorere hamwe n’amategeko ngengamikorere ya rwb yemezwa n’inama y’ubuyobozi ya rwb; "8° to prepare the draft of the procedures manual and the internal rules and regulations of rwb to be approved by the board of directors of rwb; " Ikigo cy‟igihugu gishinzwe imiyoborere (rgb) ni rwo rwego rushinzwe guhuza ibikorwa bya jadf ku rwego rw‟igihugu, yifashishije inama nyunguranabitekerezo y‟abafatanyabikorwa n‟ubunyamabanga bwa jadf ku rwego rw‟igihugu; "The rwanda governance board (rgb) is the institution in charge of coordination of jadf activities at national level, through tstakeholders consultative forum and national jadf coordination secretariat. " Frw) kugeza ku mafaranga y’u rwanda miliyari imwe (1.000.000.000 "Million (1,000, 000) rwandan francs. " (a) gukora ibishoboka byose kugira ngo bagire ibanga mbere y‟uko gupiganira kugura imigabane yose ya sosiyete imenyeshwa rubanda hifashishijwe itangazo ritangwa hakurikiwe aya mabwiriza; "(a) take the greatest care to preserve absolute confidentiality before the takeover offer becomes public knowledge through an announcement made in accordance with these regulations; " Kugira uruhare mu bikorwa bibogamye bikorerwa abaguzi 300.000 200.000 100.000 50.000 "Involvement in unfair practices to consumers 300,000 200,000 100,000 50,000 " Komisiyo y‟igihugu y‟amatora ifatanya kandi n‟izindi nzego mu gutegura no gutanga inyigisho mboneragihugu muri rusange.” "The national electoral commission shall also collaborate with other institutions in preparing and providing civic education in general”. " (sé) kagame paul perezida wa repubulika kigali, on 13/08/2018 "(sé) kagame paul president of the republic kigali, le 13/08/2018 " C) uburenganzira ku mushahara; "C) the right to salary; " Umuntu wese, uzi neza ko adashobora kwishyura, waka ikintu cyose gikoreshwa ntikibe kicyongeye gukoreshwa cyangwa gusubizwa, aba akoze icyaha. "Any person who, knowing that he/she is unable to pay, orders for any item which cannot be re-used or returned back, commits an offence. " C) ubufatanye hagati y‟umujyi wa kigali n‟akarere ako ariko kose, kaba ako mu mujyi wa kigali cyangwa ako mu ntara. "C) a partnership between the city of kigali and any district from either the city of kigali or from any province. " 4° gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry‟imyanzuro y‟inama rusange y‟inama y‟igihugu y‟abantu bafite ubumuga; "4° monitoring the implementation of general assembly resolutions of the national council of persons with disabilities; " (3) iyo agaciro ku isoko k’ibintu cyangwa serivisi kagomba kugenwa ku bintu cyangwa serivisi byihariye, cyangwa ku mutungo utunzwe n’umuntu, ako gaciro kagenwa hifashishijwe agaciro ku isoko k’ibyo bintu cyangwa serivisi article 34: market value of goods or services "(3) if the value of goods and services on the market is to be determined on specific goods or services or on the value of a person’s acquisitions, the value is determined in consideration of the market value of those goods or services or of such acquisitions as article 34 : valeur marchande des biens ou services " E. gushyira mu bikorwa gahunda y‟ibikorwa yemejwe n‟inteko rusange no gutegura raporo ya buri mwaka y‟ibikorwa directed by the general assembly. "E. implement the action plan approved by the general assembly and shall be responsible for the preparation of an annual report on être réalisée par l'assemblée générale. " Icyiciro cya mbere: inyandiko z’inzira n’amabwiriza yazo yihariye "Section one: travel documents and respective regulations " Bwishingize bashyirwa mu byiciro hakurikijwe inzego zikurikira: "Divisions are classified into the following categories: " Ingingo ya 40: uruhare mu byemezo "Article 40: influence in decisions " 13. kwemeza uko amafaranga yakoreshejwe mu mwaka ushize no kugena ingengo y’imari y’umwaka ; "1. the income and expenses of the last budgetary year; " Ingingo ya 105: amasezerano y’ubwishingizi ashingiye ku gipimo fatizo "Article 105: index-based insurance contract " 13º iriba rya peteroli: ahantu kamere hafite imiterere yihariye haboneka peteroli; "13° petroleum reservoir: a discrete area where petroleum naturally accumulates; " Utandukanya umushongi agenzura niba umushongi wujuje ubuziranenge bukenewe. 4° minister: minister in charge of health; "The plasma fractionator assesses if plasma comply with the needed quality. 4° ministre : ministre ayant la santé dans ses attributions ; " Ingingo ya 4: umuryango ugamije: a) kwamamaza ubutumwa bwiza b’umwami wacu yesu kristo binyuze mu biterane by’ivugabutumwa, amahugurwa ku byerekeye iyobokamana,filime zamamaza ijambo ry’imana, cyane izerekeye inyigisho za, udutabo dukubiyemo ijambo ry’imana gushinga amatorero, kwigisha bibiliya na tewologiya; b) guharanira ubumwe n’imbaraga y’abakristo; "Article 4: the organization has the following objectives: a) to propagate the gospel of our lord jesus christ through evangelism assemblies, religious trainings, films relating to the word of god, especially about teachings of jesus, booklets containing the word of god, implantation of churches, teaching bible and theology; " Uburyo abandi bayobozi bakuru n’abandi bakozi bakora akazi k’iperereza barahira buteganywa na sitati yihariye igenga abakozi general. "The method of oath taking of other senior officials and other staff members in charge of intelligence shall be determined by the special statute générales. " Ingingo ya 5: uburinzi "Article 5: security " (k) « inyubako yagenewe inganda » bivuga inyubako igenewe ibikorwa by’inganda yubatswe ubuyobozi bubifitiye ububasha bubitangiye uruhushya kandi bwarayitangiye n’uruhushya rwo gutangira gukoreshwa; "(k) “industrial building” means a building for which the competent authority has authorized the construction for industrial purposes and has issued the occupancy permit; " Gufatira umusaruro cyangwa umutungo mbere y’uko ubu burenganzira burangira bibugumishaho kugeza igihe ibintu byimukanwa bigurishirijwe. "The seizure of income or property before the expiration of the lien preserves the lien until the movable property is sold. " 3° raporo y’ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’imari ku gice cy’uwo mwaka w’ingengo y’imari; "3° the mid-year budget execution report of the fiscal year in progress; " Ingingo ya 13 : amafaranga yishyurwa mbere yo guhabwa uruhushya article 13: license fees article 13: frais de license ingingo ya 14 : amafaranga y`ubugenzuzi article 14: oversight fee article 14: les frais de surveillance ingingo ya 15: imiterere y’icyemezo cyo gukora article 15: nature of a license article 15: nature de l'agrément ingingo ya 16: kuvugurura uruhushya rugifite agaciro ubu article 16: renewal of the existing license "Article 10: technical requirements for e-waste recycling article 11: validity of license article 12: license renewal article 13: license application evaluation article 14: license application proceedings " 4° abavandimwe b’uwapfuye basangiye umubyeyi umwe; "4º family parentage; " Mu gihe habaye ivugururwa, isosiyete yeguriwe ifite uburenganzira bwo gukomereza ku mafaranga y’igicumbi n’azigamwe n’isosiyete yeguriye indi ibyayo, hakurikijwe ibisabwa byagombye gukurikizwa n’isosiyete yeguriye indi ibyayo nk’aho ivugururwa ryaba ritarabayeho. isosiyete yeguriwe yishingira uburenganzira n’inshingano by’isosiyete yeguriye indi ibyayo ku birebana n’ayo mafaranga y’igicumbi n’azigamwe. "In case of reorganization, the receiving company is entitled to carry over the reserves and provisions created the the transferring company, subject to the conditions that would have applied to the transferring company as if the reorganization did not taken place. the receiving company assumes the rights and obligations of the transferring company in respect of such reserves and provisions. " Uburyo bw’isuzumabushobozi n’ibijyana na ryo bigenwa hashingiwe ku mategeko agenga isuzumabushobozi ku bakozi ba leta. "Modalities for performance appraisal and related benefits are determined in accordance with laws governing performance appraisal for public servants. " Ku bagize inama nkuru y’ubucamanza batorwa, amatora aba ari uko hari nibura bitatu bya kane (¾) by’abagize inteko itora. batorwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abahari. amatora akorwa mu ibanga. "For members of the high council of the judiciary subject to elections, elections are held if at least three quarters (3/4) of the electorate are present. the members are elected by an absolute majority of the votes of members present. elections are conducted through a secret ballot. " Inama y'ubutegetsi y’umwishingizi ishobora gushyiraho komite yihariye ishinzwe imyitwarire ikwiye n’iyubahirizwa ry’amategeko rifite inshingano zikurikira: "The board of an insurer may establish a separate committee on ethics and compliance, with the following responsibilities: " 1. kubahiriza ibyemezo by’inama rusange y’ihuriro; "1. observing decisions of the general assembly; " Nta sosiyete y’imari ibumbye izindi igomba kwegukana cyangwa kugira inyungu cyangwa uburenganzira ku mitungo itimukanwa aho yaba iherereye hose. "No financial holding company shall acquire or hold interests in or rights over immovable property, wherever they may be situated. " Ingingo ya 17: amoko y’ikiruhuko "Article 17: types of leave " Nta faranga rishobora gusohoka ritabanje gusinyirwa n’umubitsi, umunyamabanga hamwe na perezida wa psp ku rwego bireba, kandi byemejwe na komite nyobozi y’urwo rwego. "Not even a penny is to be released without the signature of the chairperson or the treasurer, the secretary general and the psp chairperson at the level of the organ concerned, upon the approval of the executive committee of such organ. " “ingingo ya 12: ibiro by’umugaba w’urwego rw’inkeragutabara "“article 12: office of the reserve force chief of staff " Rw’ubugenzuzi mu gihe kitarenze amezi atanu (5) uhereye ku munsi yakiriweho. "Exceeding fifteen (15) working days from the day of its approval. " Uru rwego rushobora guterana mu nteko idasanzwe iyo bibaye ngombwa kandi bisabwe n ‘abagize komite nshingwa bikorwa cyangwa n ‘abandi banyamurya-ngo. "The general assembly may also be convened for an extraordinary session when necessary if the executive committee or other members request it " Ingingo ya 46: ububasha bwa banki nkuru ku bijyanye n’ihererekanya ry’amakuru n’ibindi bihugu "Article 46: powers of the central bank over cross-border data flows " Buri mutwe wa politiki cyangwa ishyirahamwe ry’imitwe ya politiki, bigomba gutanga ilisiti ntakuka y’abakandida. "Any political organisation or coalition of political organisations shall introduce a closed list of its candidates. " Ingingo ya 28: gushyikiriza inama y’abaminisitiri ubusabe bwo gusubirana ubwenegihugu nyarwanda bw’inkomoko "Article 28: submission of application for recovery of rwandan nationality by origin to the cabinet " Ingingo ya 12: gutanga uruhushya rwo gusarura ishyamba ry’umuntu "Article 12: issuance of a license to harvest a private forest " A) gusobanurira abo bunganira uburyo ubwunzi bugenda no kubashishikariza kwitabira ibiganiro; "A) explain the process to their clients and encourage them to participate in the dialogue; " Ingingo ya 7 : ugutakaza ubunyamuryango "Chapter vii: dissolution " 3) amakuru y’ingenzi: amakuru agomba gutangazwa hakurikijwe aya mabwiriza kandi iyo adatangajwe cyangwa hagatangazwa atari ukuri, ahindura cyangwa agira ingaruka ku isuzuma cyangwa ku cyemezo umuntu afata ayashingiyeho mu gihe cy’ifatwa article 2: definitions "3) material information: information which is required to be disclosed under this regulation; and if not disclosed or misstated, changes or influences the assessment or decision of a person relying on the disclosure concerned for the purposes of making investment or other economic decisions. " Ingingo ya 25: imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa rtb "Article 25: use, management and audit of the property of rtb " -agashya manyagiro sacco……………………………………………………….99 "- inganza sacco………………………………………………………………….77 " Amasezerano y’impano nº h 260-rw yashyiriweho umukono i washington d.c. muri leta zunze ubumwe za amerika ku wa 19 ukuboza 2006, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida), yerekeranye n’impano ya gatatu ingana na miliyoni mirongo itatu n’eshatu n’ibihumbi magana inani y’amadetesi (33.800.000 dts), igenewe kunganira gahunda yo kurwanya ubukene (prsg iii) yemerewe kwemezwa burundu. "The grant agreement n° h 260-rw signed in washington dc, united states of america , on 19th december 2006, between the republic of rwanda and the international development association (ida), relating to the third grant of thirty three millions eight hundred thousand special drawing rights (sdr 33,800,000) for the poverty reduction support (prsg iii) is hereby authorized for ratification. " Ufite ikibazo ashaka ko gikemurwa na komite y‟abunzi agishyikiriza, mu mvugo cyangwa mu nyandiko, umunyamabanga nshingwabikorwa w‟akagari cyangwa umusimbura we, akacyandika mu gitabo cy‟ibibazo bishyikirizwa komite y‟abunzi. umunsi yashyikirijwe ikibazo yuzuza organic law shall have no effect on the public action, except that the public prosecution may use it as evidence against the accused. "A party that wants his/her case to be examined by the mediation committee shall submit it verbally or in writing to the executive secretary of the cell council or his/her substitute for him/her to register it on the cause list held by the mediation committee. on the day of registration of the l‟article 9 de la présente loi organique n‟a aucun effet sur l‟action publique, sauf que l'organe national de poursuite judiciaire peut s‟en servir comme preuve à charge contre l‟auteur présumé de l‟infraction. " Ingingo ya 14: kumenyekanisha urutonde rw’ibihano by’umuryango w’abibumbye "Article 14: dissemination of united nations sanctions list " 6° zitaburanishijwe mu ruhame kandi nta muhezo wategetswe. "6° are not tried in public while no in-camera hearing is ordered. " Ingingo ya 56: ishyirwaho ry‟intumwa idasanzwe "Article 56 : nomination du commissaire spécial " (g) kwemeza ibigomba kugenderwaho n’abantu cyangwa amashami agira uruhare mu micungire ya buri munsi ya gahunda y’ubwishingizi bw’abishingizi; "(g) to approve terms of reference for the individuals or departments involved in the day-to-day management of the reinsurance program; " Ingingo ya 19: ubugenzuzi bw imari ubugenzuzi bw‟ imari bugizwe n‟abantu babiri batorwa n‟inteko rusange mu gihe cy‟ imyaka itatu ishobora kongerwa, gaterana mbere ya buri nama y‟ubuyobozi yiga ibijyanye n‟ imari. ni urwego ngishwanama ruhamarirwa gutanga ibitekerezo ku bibazo byose bijyanye n‟ imari, cyane cyane ku nyigo y‟ ingengo y‟ imari n‟ imiterere y‟ imari igenzura imicungire y‟umutungo w‟umuryango kandi igategura raporo igeza ku nteko rusange ngo iyemeze "Article 19: financial audit the financial audit committee is formed by two members elected by the general assambly for a renewable three/ year term meets before each board of directors‟ meeting which deals with financial matters. it is a consultative body called upon to give advice on all financial matters, especially about budget provisions and financial statements. it oversees the asset management of the organization and prepares an annual report for the board of directors to the general assembly for approval. " 1° yandika kandi agatanga imiti ivura mu mutwe hakurikijwe amabwiriza ngenderwaho; "1° prescribe and administer psychotropic drugs in accordance with established standards and protocols; " Dushingiye ku itegeko n°94/2013 ryo ku wa 25/01/2014 ryemerera kwemeza burundu amasezerano y’impano nº tf014169 yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda kuwa 15 ukwakira 2013 hagati ya repubulika y’u rwanda na banki mpuzamahanga y’iterambere ihagarariye ikigega gishinzwe ibidukikiye ku rwego rw’isi (gef), presidential order n°07/01 of 27/01/2014 on the ratification of the grant agreement n° tf014169 "Authorising the ratification of the grant agreement nº tf015345 ldcf signed in kigali, rwanda on 16 october 2013, between the republic of rwanda and the international development association (ida) acting as administrator of least developed country fund, arrete presidentiel n° 06/01 du 27/01/2014 portant ratification de l’accord de don n° tf015345 ldcf signe a kigali, au rwanda le 16 " Komite nyobozi ishinzwe: 1. gushyira mu bikorwa ibyemezo article 22: duties of the executive committee "The executive committee is in charge of: 1. implementing recommendations article 22 : attributions du comité exécutif " Umubare wa ngombwa kugira ngo inama y’inama ya rlea iterane ni bibiri bya gatatu (2/3) by’abayigize. icyakora, iyo inama itumijwe ubwa members of the council of rlea are also not allowed, either individually or through companies in which they hold shares, to bid for tenders of rlea. "A quorum for a meeting of the council of rlea consists of two thirds (2/3) of its members. however, when a meeting is convened for the les membres du conseil de rlea ne sont non plus autorisés, soit individuellement ou par le biais des sociétés dont ils sont actionnaires, de soumissionner aux marchés de rlea. " Umubare, amazina n’imiterere y’umudugudu bya buri karere bigenwa n’iteka rya minisitiri ufite ubutegetsi bw’igihugu mu nshingano ze ashingiye ku cyemezo cy’inama njyanama y’akarere. "The number, names and boundaries of the villages in each district shall be determined by a decree of the minister having local government in his/her attributions on the basis of the district council decision. " Iteka rya perezida rishyiraho amabwiriza ya ngombwa yerekeye amatora y’abagize inzego z’inkiko gacaca”. "A presidential order shall determine the modalities for the organisation of the elections of members of the organs of gacaca courts” " Icyicaro cya rfa kiri mu karere ka ngororero mu ntara y’iburengerazuba. gishobora kwimurirwa ahandi hose mu rwanda igihe bibaye ngombwa byemejwe n’iteka rya minisitiri w’intebe. "The head office of rfa is located in ngororero district, western province. it may be relocated elsewhere on the rwandan territory when considered necessary upon approval by a prime minister’s order " Buri kigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa kigomba guhabwa uruhushya na banki nkuru mbere yo guha inguzanyo isosiyete gifitemo ishoramari. "It is advisable for, the issuer to obtain an investment grade rating from a reputable credit rating agency before the issuance of the municipal bonds. " Ingingo ya 13: uburobyi bw’umwidagaduro "Article 13: pêche sportive " (sé) kagame paul perezida wa repubulika kigali, on 10/05/2013 "(sé) kagame paul president of the republic kigali, le 10/05/2013 " Itegeko n° 20/2005 ryo ku wa 20/10/2005 rishyiraho imiterere, imitunganyirize n'imikorere y’amashuri makuru "Law n° 20/2005 of the 20/10/2005 governing the organisation and functioning of higher education " 3.ibyerekeye inshingano "3. des attributions " Hashingiwe ku mategeko akurikizwa muri repubulika y’u rwanda, cyane itegeko n0 51/2001 ryo ku wa 30 ukuboza 2001 rishinga amategeko agenga umurimo mu ngingo zaryo za 142 kugeza ku ya 151 zivuga ibijyanye n’amashyirahamwe y’umwuga y’abakozi n’ayabakoresha, hashinzwe ishyirahamwe ryitwa “adr” mu magambo ahinnye y’igifaransa. "In accordance with the legal provisions in force in the republic of rwanda, namely law n° 51/2001 of 30/12/2001 establishing the labour code, especially in its articles 142 to 151 relating to employees professional organizations, there is hereby established an association to be known as “rwanda association of customs clearing agents”, adr in short, hereinafter referred to as “the association”. " (3) imibare yandikwa mu magambo aho – "(3) numbers are drafted in words where – " (h) uburyo bw’isuzumamikorere ku bakozi; "(h) le processus d'évaluation du personnel; " G) igikoresho kijyamo imyanda gipfunduzwa ikirenge; h) ubwiherero bw’abagabo n’ubw’abagore kandi bukarangwa n’isuku; i) aho kubika ifarini n’ibindi bikoresho by’imigati hatagera ubuhehere (humidity). "H) clean and separate lavatories for men and women; i) storage room for flours and other consumables which is humidity-free. " Iyo umukoresha asezereye umukozi umwe cyangwa benshi kubera impamvu zivugwa mu gika cya 3 cy’iyi ngingo, ashyira ku rutonde abakozi bateganywa gusezererwa hakurikijwe ubushobozi ku murimo, amashuri, uburambe muri icyo kigo n’umubare w’abantu bemewe n’amategeko buri mukozi atunze. "In case an employer proceeds with individual or collective dismissal on the grounds provided for under paragraph 3 of this article, he/she places employees on the list of those to be dismissed based on performance, professional qualification, experience in the enterprise and legally recognized dependents of each employee. " Ingingo ya 10: umubare wa ngombwa w’abagize inteko itora ku rwego rw’umudugudu "Article 10: number of members " A. inteko rusange b. inama y‟ubuyobozi c. ubunyamabanga nshingwabikorwa d. abangezuzi bw‟imari "A. the general assembly b. the board of directors c. the executive secretariat d. audit committee " Umutwe ii : ingengabihe y'akazi "Chapter ii : working schedule " Indahiro y’abahagarariye umuryango (declaration) "Declaration d'election " B. cyagabanutse uburemere bwacyo kubera kwegerana n’ibindi, ubusaze cyangwa guhondagurwa; "B. it has been considerably reduced in weight by natural abrasion, wear and tear; " Ingingo ya 27: ibyemezo by’imanza zaciwe ku bidateganyijwe muri aya mategeko shingiro y‟umuryango, haziyambazwa amategeko akurikira: itegeko ngenga n°55/2008 ryo kuwa 10/09/2008, rigenga imiryango idaharanira inyungu (igazeti ya leta n°23 yo kuwa 1/12/08); itegeko n°6/2012 rigena imitunganyirize n‟imikorere objectifs analogues à ceux déterminés à l‟article 3 des présents statuts. l‟affectation des biens est décidée en assemblée générale extraordinaire, à la majorité des deux tiers des membres. "Article 27: jurisprudence toute question non prévue dans les présents statuts sera réglée conformément aux lois suivantes : loi organique n°55/2008 du 10/09/2008, régissant les organisations non gouvernementales (j.o. n°23 du 1/12/08) ; loi n°6/2012 portant organisation et having similar objectives to those laid down in article 3 of these statutes. the allocation of assets is determined in an extraordinary general meeting by a majority of two thirds of the members. " 278. umurenge wa gihango 279. umurenge wa manihira 280. umurenge wa murunda 281. umurenge wa mushubati 282. umurenge wa mukura 283. umurenge wa rusebeya "- b. l. harbert international contractors. llc 820 shades creek parkway birmingham, alabama, usa 35209 " Ashingiye ku iteka rya perezida n°155/01 ryo kuwa 31/12/2002 rishyiraho sitati igenga polisi y'igihugu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 80 n'iya 83; "Given the presidential order n°155/01 of 31/12/2002 on statutes governing national police, especially in its articles 80 and 83; " F. ibyavuye mu nyigo y‟imiterere y‟amabuye nk‟uko biteganywa mu gace ka (a) na (e); "F. the geological interpretation of the records maintained under items (a) and (e); " Ingingo ya 8: ikigega gihurizwamo amafaranga y’ubutegetsi bwite bwa leta "Article 8: consolidated fund for central government " Cy‟iyandikisha ry‟ ubugwate urimo umwenda akagenera kopi uberewemo umwenda. "Certificate of registration of security interest to the debtor and give a copy to the creditor. " Iteka rya minisitiri w’intebe n°28/03 ryo kuwa 20/05/2009 "Ministerial order n° 28 of 19/03/2009 " Ingingo ya 18: ahakorerwa imirimo "Article 18: place of business " Inteko rusange ishyiraho buri myaka ibiri inama y‟ubugenzuzi igizwe n‟abagenzuzi babiri bafite inshingano yo kugenzura buri gihe imiyoborere, imicungire y‟ imari n‟indi mitungo by‟ umuryango no kuyikorera raporo.bafite uburemganzira bwo kureba mu bitabo n‟ izindi nyandiko z‟ ibaruramari "The general assembly appoints annually two auditors committed to control at any time the management of finances and other properties of the organization and make report. they have official gazette n°25 of 21/06/2010 " Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho first counsellor ……………………………………30 "Prime minister’s order appointing a first counsellor ………………………………………..30 " Mu gihe umuyobozi wa gariyamoshi ari mu kazi, afite inshingano zikurikira: "When performing his or her duties, the train driver has the following responsibilities: " Iyo bibaye ngombwa kandi bigaragara ko umurimo, igikorwa cyangwa umushinga, utari ku rutonde ruri ku mugereka w’iri teka, ushobora kugira ingaruka mbi ku bidukikije, ikigo cy’igihugu cyo kubungabunga ibidukikije cyangwa undi muntu kibihereye uburenganzira bwanditse gishobora gusaba nyirayo ko hakorwa isuzumangaruka ku bidukikije. "When it is necessary and evident that a work, activity or a project, not listed on the annex to this order, may have a negative impact on the environment, rwanda environment management authority or any other person given a written authorization by that authority may request the owner to conduct an environmental impact assessment. " 3°umuyobozi w‘akarere mu izina ry’akarere; "3° the mayor in the name of the district; " Iyo nyir’imigabane asabye gukoresha uburenganzira bwe buteganywa mu ngingo ya 240 y’iri tegeko, isosiyete ishobora gusaba urukiko gutegeka ko isonerwa ibisabwa kugira ngo hagurwe imigabane ye ku mpamvu z’uko: "Where a shareholder seeks to exercise his or her rights under article 240 of this law, a company may apply to the court for an order that it should be exempted from the requirement to purchase his or her shares on the grounds that: " Ingingo zidateganyijwe muri aya mategeko agenga koperative zizashyirwa mu itegeko ry’umwihar iko rya koperative kandi hakazi fash ishwa itegeko ritunganya amakoperative mu rwanda. "The company shall be subjected to the legislation governing companies in force in rwanda and by these articles of association. " 7. iyo impande zigiranye amasezerano y’inguzanyo igihe cyo kwishyura kitazwi kubera ko kizaterwa n’igikorwa kizaba mu gihe kizaza (urugero: ku nguzanyo y’ubuhinzi, itariki yo kugurisha umusaruro), ese ubwishyu buzakoreshwa bute mu gihe cyo kubara igipimo cy’ijanisha ry’inyungu mbumbe ku mwaka n’amafaranga acibwa ku nyungu? ugomba gufata ko (hakurikijwe ingingo ya 8 y’aya mabwiriza) ubwishyu buzatangwa ku itariki ya nyuma bugomba gukorerwaho hakurikijwe amasezerano y’inguzanyo. ibi bishobora kuba itariki yashyizwe mu masezerano ku bw’iyi mpamvu cyangwa umunsi wa nyuma w’igihe inguzanyo izamara. "7. at the time the credit contract is entered into, the due date of a repayment is unknown because it will depend on a future event (e.g. for a farm / crop loan, the date a relevant crop is sold). how should this repayment be taken into account when calculating the apr and interest charges? " Ewsa ishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu bibaye ngombwa, kugira ngo igere ku nshingano zayo, byemejwe n‟iteka rya minisitiri w‟intebe. "Ewsa may have branches elsewhere in the country if deemed necessary, in order to fulfill its mission, upon approval by an order of the prime minister. " Iteka rya perezida n°30/01 ryo kuwa 27/01/2014 rishyiraho visi perezida wa komisiyo y‟igihugu y‟itorero "Presidential order n°30/01 of 27/01/2014 appointing a vice president of national itorero commission " (2) ushinzwe gutanga amakuru agomba gukora ku buryo amashami ye n’ibigo afitemo imigabane myinshi bimushamikiyeho byo hanze bishyira mu bikorwa gahunda z’ubugenzuzi bw’imbere hagamijwe kurwanya iyezandonke, kurwanya gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi zihuye n’ibisabwa mu gihugu cye, igihe hari ibisabwa by’ibanze biri ku kigero cyoroheje ugereranyije n’ibyo amategeko yo mu gihugu cye yemera. "(2) a reporting person must ensure that its foreign branches and majority- owned subsidiaries apply internal control programmes for the fight against money laundering, terrorist financing or financing of proliferation of weapons of mass destruction that are consistent with the home country requirements, where the minimum requirements of the host country are less strict than those of the home country, to the extent that host country laws and regulations permit. " Ibivugwa mu gika kibanziriza iki ntibireba umutungo w’abashyingiranywe mu buryo bw’ivangamutungo rusange, keretse umwe muri bo agaragaje ko impamvu zatumye habaho ifatira batari bazumvikanyeho. icyakora, impamvu zigaragazwa ntizireba uburyozwe budashingiye ku masezerano. "Provisions of the preceding paragraph are not applicable to the property of spouses married under the regime of community of property unless one spouse proves that there had been no mutual consent on the causes that led to seizure. however, reasons given do not apply in case of civil liability. " Ingingo ya 33 : "Article 33 : " C. gahunda y’ibikorwa nibura y’imyaka itatu (3) ya mbere; "C. an action plan for at least the first three (3) years; " 6° itariki icyemezo gifatiweho; "6° the date of taking of the decision; " 6° gushyiraho ushinzwe cyangwa itsinda rishinzwe gucunga amasezerano y’isoko; "6° to appoint the procurement contract manager or procurement contract management team; " Kubahiriza iri teka. "The implementation of this order. " 3° guharanira kurinda ishema, uburenganzira, umutekano n’ubuzima bwiza bw’abantu bakorerwaho cyangwa bakora ubushakashatsi kandi agomba gutanga raporo ku gikorwa icyo ari cyo cyose kibangamiye iyi nshingano; "3° to strive to protect the dignity, rights, security and health of the research subjects or the researchers, and shall report any activities that contradict of this requirement. " 1° wogereza amabuye y’agaciro mu migezi, inzuzi n’ibiyaga; "1° washes minerals in streams, rivers and lakes; " Isosiyete y’imari ibumbye izindi ntiyemerewe kwimura uruhare rugaragara mu migabane y’imari shingiro yayo keretse ibanje kubyemererwa mu nyandiko na banki nkuru. "A financial holding company shall not transfer a significant shareholding of its share capital except with the prior written approval of the central bank. " 7 º inyandiko za banki, raporo zo guhuza imibare ku makonti byaba bikoreshejwe intoki cyangwa ikoranabuhanga cyangwa byombi; "7 º bank statements, reconciliation statements whether in manual or in electronic or both; " 2° igenagaciro ry’ingwate mu gihe cy’igurisha ryagenwe n’umugenagenagaciro ku mutungo utimukanwa wemewe. "2° current report of the valuation of the mortgage done by a certified real property valuer. " Umuntu utubahiriza amategeko arebana n’umusoro ku nyongeragaciro acibwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi ku buryo bukurikira: "The forms of money laundering are as follows: " D. umukozi umwe uhagarariye abo mu cyiciro cy’imirimo yunganira. "(b) the deputy vice-chancellor in charge of operations. " Umutekano w’ibijyanye n’ikoranabuhanga mu itangazabumenyi n’itumanaho ni inshingano z’abagize inama y’ubutegetsi n’ubuyobozi bukuru. "Cyber security governance must be the responsibility of the board of directors and senior management. " Uruhushya rwo kubaka rusabirwa inyubako yose uretse: "A building permit shall be required for all buildings except for the following: " 8 º ikigo cy’ubukorikori gishamikiye ku kindi kigo: ikigo cyifatanyije n‟ikindi kigo gikora imirimo itandukanye iy‟ubucuruzi n‟ ibyara inyungu. "O a subsidiary craft firm: a craft firm joined to another firm involved in commercial and other income generating activities. " Umukoresha ashyikiriza ikigo cya leta gifite ubwiteganyirize bwa pansiyo mu nshingano zacyo imisanzu yakusanyije bitarenze itariki ya 15 y’ukwezi gukurikira uko yatangiye imisanzu. "The employer shall send to the public entity in charge of pension scheme collected contributions not later than the 15th day of the month following the month to which such contributions relate. " Muri iyi ngingo, ikibazo cy’insobe ni ikibazo gisaba iperereza ryimbitse, ubugenzuzi cyangwa uruhare by’abantu bo hanze. indi mirongo ngenderwamo yerekeye ibibazo by’insobe ivugwa mu buryo burambuye mu amabwiriza rizashyirwaho n’urwego rw’ubugenzuzi. "For the purpose of this article, a complex complaint shall involve complaints that require more investigation, audit or engagement of external parties. more guidelines on complex complaints shall be detailed in the directive that will be issued by the supervisory authority. " 29. gutunganya : kwimura ibigega byo guhunikamo bihari, gushyiraho ibindi bigega byo guhunikamo, gushyiraho aho buzurizamo gazi mu nyubako z’ububiko mu kirundo, gusimbura ibigega byo guhunikamo aho ubushobozi bwose bwo guhunika bwiyongereye, gusenya cyangwa kubaka uruganda rwose rwa gazi cyangwa inyubako yo guhunikamo mu kirundo aho ubushobozi bwo guhunika bwiyongereye cyangwa aho inyubako zubatse hahindutse; "29. upgrade: the relocation of existing storage tanks, installation of additional storage tanks, installation of filling unit to the bulk storage facility, replacement of storage tanks where there is an increase in total storage capacity, total demolition and rebuilt of an lpg plant or bulk storage facility where there’s either increase in capacity or change of location of the facilities; " Umubitsi bwana kayihura fabrice 45/54 "Treasury of association mr. kayihura fabrice 45/54 " Ry’amabwiriza, ubwiza n’ubushobozi bwo gukorera mu kirere kw’ibikoresho ndetse n’ubushobozi bw’abahugura; "Airworthiness of the equipment, and competency of the instructors; " 9° urundi rwego rw’umurimo w’ubwishingizi bw’ubuzima rushobora kugenwa na banki. "9° any other class of life insurance business that the bank may determine. " Ingingo ya 5: umuryango ugizwe n’abanyamuryango nyakuri, abanyamuryango b’icyubahiro cyangwa abanyamuryango nterankunga. abanyamuryango nyakuri ni abawushinze n’abaje nyuma bakemererwa n’inteko rusange. "Article5: the association is composed of effective members, honorary members and sponsors. effective members are founder members and adherent members approved by the general assembly. " Kora mworozi………………………………………………………………………………82 "- kotagaru……………………………………………………………………………….88 " Abagize inama y’ubutegetsi bashobora gusaba mu buryo bwihariye kugura imigabane iyo, hiyongereye ku bisabwa n’ingingo ya 178 "The members of the board of directors may make a special offer to acquire shares only if in addition to complying with requirements of article 178 of this law the directors have " Iyo urukiko rwemeje ko gutambamira ishyingira bifite ishingiro, ishyingira rikomeza guhagarara kugeza igihe bigaragariye ko ibyangombwa byari bibuze kugira ngo ishyingira ribe bibonetse cyangwa se ko impamvu zabuzaga iryo shyingira zitakiriho. "If the court confirms the opposition, the marriage celebration continues to be suspended until the necessary requirements for marriage celebration are met or if the obstacles are eliminated. " Iteka rya minisitiri ryemerera “university of global health equity” (ughe) gutangira gukora………………………………………………………………………………………...70 "Arrêté ministériel accordant accréditation à “university of global health equity” (ughe)………………………………………………………………………………………70 " Amategeko ngengamikorere ya ur agena ibyerekeye imikorere y’inama y’ishami. "The rules of procedure of abi determine the functioning of management organs. " 4° urubanza rusobekeranye n’urundi rukiburanishwa mu rundi rukiko. "4° the dispute is interconnected with another case already pending before another court. " 6° “ikigo cyangwa sosiyeti bitanga serivisi z’itumanaho”: ikigo cyangwa sosiyeti bitanga serivisi y‟iposita cyangwa y‟itumanaho. "6° “communication service provider”: any institution or company which provides a postal or telecommunication service. " 3º inguzanyo zitangwa na leta n’imigabane leta ifata mu bigo ku mpamvu z’intego zigamijwe 1º tax revenues; "3º government lending subventions and shares in parastatals for attaining specified purposes. 1º recettes fiscales; " 2° umukozi wa leta warangije neza igihe cy’amezi atandatu (6) cy’isuzumwa ku mukozi utangiye akazi, wongeye kwinjizwa mu mwanya w’umurimo ufite inshingano zisa n’iz’uwo yari arimo. "2° a public servant who has successfully completed a probationary period of six (6) months, and he or she is again recruited to a job position with duties similar to the previous ones. " Umukozi wa tpir cyangwa w’urwego wakoze iperereza ashobora no kubazwa ku buryo iperereza ryakozwe ndetse no ku makuru yakusanyijwe ubwo ryakorwaga. "The relevant investigator of the ictr or of the mechanism may also be examined with regard to the circumstances of the investigations conducted and information obtained during when it was being conducted. " Turamenyesha ko uwitwa kanyabitaro gad mwene kanyabitaro boniface na uzamukunda bonifride, utuye mu mudugudu wa rugeshi, akagari ka bukinanyana, umurenge wa cyuve, akarere ka musanze, mu ntara y'amajyaruguru yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ari yo kanyabitaro gad, akitwa mutezimana gad mu gitabo cy'irangamimerere. impamvu atanga yo guhinduza izina ni uko ari izina yiswe n'ababyeyi. "We inform you that the named nsengimana steven, son of semajangwe faustin and mukandoli aliette, domiciled at nyagashenyi village, ndatemwa cell, kiziguro sector, gatsibo district in the eastern province applied for the authorization of the change of name from his current name nsengimana steven to be called munyangeyo steven in the national population registry. the reason for the change of name is that it is a family name. " Imishahara y’abakozi ba npsc igenwa hashingiwe ku mbonerahamwe y’urutonde rw’imirimo kandi hakurikijwe amahame ngenderwaho mu kubara imishahara mu butegetsi bwa leta. "Salaries for employees of npsc are determined basing on the job classification and in accordance with general principles on salary calculation in public service. " 2° abatanga serivisi z’imiyoboro ku bigo bikoresha imiyoboro y’itumanaho koranabuhanga; "2° network service licensees that provide services to those using electronic communications networks; " Ikirego kiziguye ntigishobora kurangizwa bitemejwe n’urukiko. iyo uko kwemezwa bibayeho, urukiko rushobora, nyuma yo gutegeka ko mu gihe rubona ko ari ngombwa, ku bijyanye n’amafaranga gusaba ko uwareze yishyura umubare w’amafaranga yose azakoreshwa. "A derivative suit may not be settled without the approval of the court. if such approval is granted, the court may, after it considers it necessary, make such order as to costs, to require that the applicant pay all the amount to be incurred. " 5° gukurikirana ibyerekeye irangamimerere n’iyandikwa ry’abaturage; "6° to proceed to public auction and its statement; " Umutwe wa v. guhinduka kw’amategeko "Chapter v. statutes modifications " 12° gushyiraho no gushyira mu bikorwa uburyo bw‟igenzura n‟isuzuma ry‟urwego; "12° designing and implementing the monitoring and evaluation framework for the sector; " Rapep ifite ubuzimagatozi n’ubwigenge mu micungire y’umutungo n’abakozi bayo. "Rapep has legal personality and financial and administrative autonomy. " Nº76/03 ryo kuwa 08/07/2011 "Nº76/03 of 08/07/2011 " 5° gukumira no gukemura amakimbirane ashobora kuba hagati y’abanyamuryango ubwabo no hagati y’abanyamuryango n’abatari abanyamuryango b’urugaga; "5° to prevent and resolve conflicts that may occur amongst members of the association and between members and non- members; " Dushingiye itegeko n°41/2013 ryo kuwa 16/06/2013 rishyiraho komisiyo y’igihugu y’itorero rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byayo cyane cyane mu ngingo yaryo ya 20; bisabwe na minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo; inama y’abaminisitiri yateranye kuwa 11/09/2013 "Establishing the national itorero commission and determining its mission, organisation and functioning especially in article 20; on proposal by the minister of public service and labour; after consideration and approval by the cabinet in its session of 11/09/2013 " Umunoteri ubifitiye ububasha yemerewe kwemeza ko inyandiko y’iheshabubasha yo gukora mu izina ry’undi muntu umwe cyangwa benshi yahawe umuntu umwe cyangwa benshi ari ukuri. "The competent notary shall be qualified to certify the authenticity of a power of attorney issued to one or more persons in order to act on behalf of one or more persons. " Ingingo ya 49: ishyirwaho, izamurwa mu ntera cyangwa ivanwa ku mirimo by’abarimu n’abashakashatsi ba sfb "Article 49: appointment, promotion or dismissal from duties of lecturers and researchers of sfb " 1° kuyobora neza imicungire y’icyicaro gikuru cya polisi aharindira umutekano, ahagirira isuku, afata neza inyubako, anayobora abakozi bahakora; "1° to ensure proper management of the police headquarters by providing security, ensuring cleanliness, maintaining facilities and managing personnel working in the unit; " Ingingo ya 86: ituze mu cyumba cy‟inama "Article 86: order in the council meeting room " Ingingo ya 204: imiterere y’inama njyanama y’akagari "Article 204: organisation of the cell council " Ya 56 y‟itegeko ngenga nº16/2003 ryo kuwa 27 "56 of the organic law n o 16/2003 of 27 " Uwo mwenda utangwa n'ubuyobozi bw'umujyi wa kigali bumaze kubyumvikanaho n'ubuyobozi bwa polisi y' u rwanda. "The uniform shall be issued by the city of kigali authorities after consultation with the rwanda national police authorities. " Iteka rya perezida n° 32/01 ryo kuwa 17/05/2010 rikuraho ukwifata kwa repubulika y‟u rwanda ku iyubahirizwa ry‟ingingo ya 4 y‟amasezerano y‟inyongera ku masezerano yerekeye impunzi, yashyiriweho i new york ku wa 31 mutarama 1967 "Presidential order n° 32/01 of 17/05/2010 lifting the reservation issued by the republic of rwanda on article 4 of the additional protocol to the convention relating to the status of refugees, adopted in new york on 31 january 1967 " 1° inama y‟abakomiseri; 2° biro ya komisiyo; 3° ubunyamabanga buhoraho. "1° the council of commissioners; 2° the bureau of the commission; 3° the permanent secretariat. " Umuhuza afasha buri ruhande gutandukanya ibyo rufitemo inyungu, ibyo rukeneye n’ibyo rwaba rufitiye uburenganzira mu mategeko. "The mediator facilitates both parties to differentiate between interests and needs from rights they ought to have under the applicable law on the other hand. " Umutwe wa ii: inshingano z’ingabo z’u rwanda icyiciro cya mbere : inshingano rusange ingingo ya 10: inshingano z’ingabo z’u rwanda ingabo z‟u rwanda zifite inshingano zikurikira: 1° kurinda ubusugire n‟ubwigenge bw‟igihugu; "Chapter ii: missions of the rwanda defence forces section one: overall mission article 10: missions of the rwanda defence forces the rwanda defence forces shall have the following missions: 1° to defend the territorial integrity and national sovereignty of the republic; " C. ushyira ku isoko inyandiko agomba kwerekana ingengabihe y‟imikoreshereze y‟amafaranga avuye mu nyandiko mvunjwafaranga "C. the issuer shall present time-table for utilization of bond proceeds " Twategetse kandi dutegetse: umutwe wa mbere: ingingo rusange "Have ordered and hereby order: chapter one: general provisions " Umubitsi wegurira undi inshingano hakurikijwe ibivugwa mu bika bibanziriza iki aryozwa serivisi, ibicuruzwa, ibikorwa n’inshingano yeguriwe igihe uweguriwe ububasha ari umuntu ufatanya ibikorwa n’umubitsi cyangwa umukiriya. "A custodian delegating under the preceding sections shall remain liable for the services, products, activities and obligations that it has delegated if the delegate is an affiliated person of the custodian or customer. " Umukozi wa leta agomba kwirinda imyitwarire yose ibangamira akazi ke cyangwa akazi k‟abo bakorana nko: "A public servant must desist from engaging in behavior that disrupts with his/her work or other workmates, such as: " Icyiciro cya mbere : uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda "Section one : license to possess and carry firearms " Minisitiri agirana amasezerano y’ubufatanye n’izindi nzego za leta y’u rwanda, imiryango ikora mu by’indege ikorera mu rwanda n’inzego z’ubuyobozi bw’ibindi bihugu bushinzwe gukora iperereza ry’impanuka z’indege, kugira ngo, igihe bibaye ngombwa, haboneke ubufasha bw’inzobere mu gukora iperereza n’ibikoresho nkenerwa. "The minister signs a memorandum of understanding with other rwandan government’s institutions, aviation industry organizations in rwanda, as well as aircraft accident investigation authorities in other states, as a means of obtaining assistance in the form of qualified investigators and facilities when required. " Umuntu uhamijwe n’urukiko gukora kimwe mu byaha bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni ebyiri (2.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 frw). "Any person convicted of any one of the offences referred to under paragraph one of this article, is liable to imprisonment for a term of not less than five (5) years and not more than seven (7) years and a fine of not less than two million rwandan francs (frw 2,000,000) and not more than five million rwandan francs (frw 5,000,000). " Ingingo ya 60: isubiranwa ry‟umushinga w‟itegeko rikozwe na guverinoma cyangwa abadepite bawutangije "Article 60: withdrawal of a bill or a private bill by the government or deputies " Kuvanwaho burundu k’umwe mu bagize komite nyobozi y’akarere bikorwa n’inama njyanama y’akarere hakoreshejwe itora kandi bikemezwa nibura na bibiri bya gatatu (2/3) by’amajwi y’abari muri iyo nama y’inama njyanama the end of the period of six (6) months, he or she does not receive that salary from the time he or she begins earning a new salary. "The dismissal of a member of the district executive committee is done by the district council through elections and after approval by at least a two third (2/3) vote of the members present in that district council meeting who are eligible to vote. mois il cesse de recevoir ce salaire dès réception de son nouveau salaire. " "Ingingo ya mbere: icyo aya mabwiriza agamije article one: the purpose article premier: objet aya mabwiriza rusange agamije gushyiraho amategeko agenga iyemezwa ry’ishyirwaho ry’intumwa zitanga serivisi z’imari ndetse n’amabwiriza yo kwitwararika mu byerekeye imirimo ikorwa n’intumwa. this regulation aims at establishing rules governing the approval of the appointment of agents providing financial services and the prudential rules for the operations of the agents. le présent règlement vise à établir les règles régissant l’approbation de la nomination des agents prestataires de services financiers ainsi que des règles prudentielles concernant les opérations des agents. ingingo ya 2: ibisobanuro by’amagambo article 2: definitions article 2: définitions muri aya mabwiriza rusange, uretse aho biteganywa ukundi, amagambo akurikira asobanura: in this regulation, unless the context otherwise requires, the following terms and expressions shall mean: dans le présent règlement, à moins que le contexte ne l’exige autrement, les termes et expressions repris ci-après signifient: 1. amasezerano y’ubutumwa bisobanura amasezerano, ashingiye ku bwizerane abayagize bafitanye, aho “ikigo” giha uburenganzira undi muntu ariwe “intumwa”, bwo kumukorera akazi mu izina no mu nyungu ze. ibikorwa iyi ntumwa ikora yubahiriza aya masezerano, bibazwa ikigo nkaho aricyo cyabikoze. 1. agency agreement means a legal contract creating a fiduciary relationship whereby ""the institution"" agrees that the “agent” acts for and on behalf of him or her. actions of the agent binds the institution to later agreements made by the agent as if the principal had himself personally made the later agreements. 1. « contrat d’agence » désigne un accord qui crée une relation de confiance par lequel « l’institution» et « l’agent » conviennent que l’agent agisse au nom et pour le compte du représenté. les actes de l’agent effectués ultérieurement dans ce cadre engagent le représenté comme si c‟est lui qui les a posés. 2. « intumwa » bivuga ikigo cyangwa umuntu ku giti cye uha serivisi z’imari umuguzi mu izina ry’ikigo hakurikijwe amasezerano y’intumwa. intumwa ishobora gutangira serivisi ahantu hamwe cyangwa ku biro byinshi byayo. intumwa ishobora kugira amasezerano mu buryo butaziguye hamwe n’ikigo cyangwa umuhuza w’intumwa wagiranye amasezerano n’ikigo yo gutanga serivisi. 2. “agent” means a natural or legal person that provides financial services to customers on behalf of an institution under an agency agreement. it may serve customers at one or multiple agent points. the agent may be under contract with the institution directly or with a agent network manager which is in turn under contract with the institution; 2. « agent » signifie toute personne morale ou physique qui fournit les services financiers aux clients au nom de l’institution suivant le contrat de mandat. il peut servir les clients à un ou multple points d’agence. l’agent peut avoir le contrat direct avec l’institution ou avec gestionnaire de réseau d’agents, qui a aussi le contrat l’institution. official gazette nᵒ 12 of 20/03/2017" "Ingingo ya 3: abarebwa n’aya mabwiriza rusange article 3: scope article 3: champ d’application aya mabwiriza rusange agomba gukurikizwa n’ibigo byifuza cyangwa bitanga serivisi z’imari hifashishijwe intumwa. this regulation shall apply to the institutions that wish or provide financial services through the agents. le présent règlement s’applique aux institutions qui fournissent ou sont désireuses de fournir les services financiers à travers des agents. umutwe wa ii: kwemererwa gutanga serivisi z’imari hifashishijwe intumwa chapter ii: approval for conducting financial services through agents chapitre ii: approbation pour mener des services financiers par le biais des agents ingingo ya 4: uburyo bwo kwemeza intumwa article 4: approval process article 4: processus d’approbation buri kigo cyifuza gutanga serivisi z’imari hifashishijwe intumwa kigomba kubisaba no kubanza kubyemererwa mu nyandiko na banki nkuru. every institution seeking to conduct financial services through agents shall apply and obtain the prior written approval of the central bank. toute institution désireuse de mener des services financiers par le biais des agents doit en faire la demande et obtenir l’approbation préalable écrite de la banque centrale. ubusabe buvugwa mu gika (1) cy’iyi ngingo bugomba gukorwa hakurikijwe uburyo busobanuwe muri aya mabwiriza rusange ndetse n’ingamba ziyashyira mu bikorwa. the application referred to in the paragraph (1) of this article shall be carried out in the form and manner specified in this regulation and its implementing measures. la demande dont mention est faite dans l’alinéa (1) du présent article est faite dans la forme et la manière spécifiée dans le présent règlement et dans ses mesures d’application. ingingo ya 5: ibisabwa mu kwemeza intumwa article 5: requirements for approval article 5: les conditions d’approbation buri kigo cyifuza gutangira gukoresha intumwa kigomba, gushyikiriza icyarimwe banki nkuru amakuru akurikira: every applicant institution seeking to start use of agents shall on a one off basis, submit the following information to the central bank: toute institution qui désire commencer à utiliser des agences doit de façon unique soumettre à la banque centrale des informations suivantes: 1° umubare w’intumwa cyifuza n’uburyo bwo guhuza ibikorwa byazo muri buri ntara mu gihe cy’imyaka itatu; 1° proposed number and coordination of agents per province over a three-year period; 1° proposition du nombre et de la coordination d’agents par province pour une période de trois ans ; 2° serivisi zizatangwa binyuze ku ntumwa; 2° services to be provided through agents; 2° des services à fournir par le biais des agents; 3° ibyiciro by’intumwa hakurikijwe ibiteganywa n’aya mabwiriza rusange, kandi zikaba ziri ihuriro ry’intumwa, serivisi zatanzwe na buri 3° categories of agents within the terms of this regulation being part of the agents network, services provided by each 3° des catégories d’agents dans les termes du présent règlement faisant partie du réseau d’agents, de services fournis par official gazette no.03 of 21/01/2019 " Kwamamariza ku mashusho yo ku mpapuro, ntibyemewe kuyamanika ku nkuta z’inzu, ku nkuta zirinda imikingo, ku biti biteye hirya no hino mu mujyi no ku nkingi z’amashanyarazi. "Advertisement on paper posters is prohibited on the walls of houses, retaining walls, on the trees in the city as well as on electricity poles. " Yemeje amategeko shingiro y’itorero méthodiste libre mu rwanda mu buryo bukurikira : "Do hereby adopt the constitution of the eglise méthodiste libre au rwanda as follows: " Inyubako zagenewe imirimo n’ibikorwa by’uburezi nk’amashuri abanza, ayisumbuye cyangwa amashuri makuru wongeyeho n’aho abanyeshuri bacumbikirwa. "Building designed for various activities in a primary, secondary, or higher educational system and including living areas for students, such as dormitories. " Ashingiye ku itegeko n° 86/2013 ryo kuwa 11/09/2013 rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba leta, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 100 n‟iya 101; "Pursuant to law n° 86/2013 of 11/09/2013establishing the general statutes for publicservice, especially in articles 100 and 101; " 3° kwihutira gutabara no guhuza ibikorwa by’ubutabazi iyo habaye amakuba, ibyago cyangwa impanuka; "3° to immediately intervene and coordinate humanitarian activities in case of calamities, disasters or accidents; " 4° gutora abahuzabikorwa ba za komisiyo zihoraho muri biro politiki; "4° elect the coordinators of permanent commissions of the political bureau; " (15) umukiriya ntiyemera gushora imari mu nyandiko mvunjwafaranga zikwiye kurushaho mu gihe izo nyandiko mvunjwafaranga zakenera ko hakoreshwa uburyo bwa cdd/kyc bunoze kurushaho. "(15) the customer refuses to invest in more appropriate securities when those securities would require a more enhanced cdd/kyc procedure. " - andi mafaranga yinjira ku bucuruzi n'amahanga 1.000.000.000 "- other export duties 1,000,000,000 " Bwana bagabo isaie agizwe umujyanama wa kabiri muri ambasade y’u rwanda i luanda. "Mr. bagabo isaie is hereby appointed second counselor of rwanda embassy in luanda. " 21 º inyandiko z’agaciro faranga: umutungo uwo ari wo wose wacuruzwa, haba amafaranga nyayo ahari, inyandiko igaragaza imigabane, cyangwa uburenganzira bukomoka ku masezerano bwo kwakira cyangwa gutanga amafaranga cyangwa ikindi kintu gihwanyije agaciro n‟amafaranga ; "21 º financial instrument: a tradable assets of any kind, either cash, evidence of an ownership interest in shares, or a contractual right to receive or deliver cash or cash equivalent; " Umusirikare abika ibanga ry’akazi hakurikijwe amategeko. of his or her last rank and medals during national official ceremonies. "A soldier keeps professional secrecy in accordance with the law. cérémonie, les insignes de son dernier grade ainsi que les médailles. " Y’iri teka, irimo amakuru atandukanye, akoreshwa n’inzego zibifitiye ububasha agafasha nyirayo koroherezwa muri za serivisi zitandukanye ahabwa haba mu nzego za leta cyangwa iz’abikorera. iyo ndangamuntu igira agaciro k’imyaka icumi (10) guhera igihe yatangiwe. "The integrated smart identity card is an identity card that has international standardized dimensions as mentioned in article 4 of this order, containing various informations used by different relevant authorities and help the owner to get various services in public or private sectors. the identity card is valid for ten (10) years from the time of its issuance. " C. umunyamabanga nshingwabikorwa w‘umurenge; "C. the trustee; " Iyo umubitsi mukuru w‟impapurompamo z‟ubutaka agize impamvu zituma ataboneka ku mirimo ye asigarirwaho n'umubitsi w'impapurompamo z'ubutaka ukorera mu biro "In case the chief registrar of land titles is absent from work for various reasons, he/she shall be replaced by the registrar of land titles attached to his/her office. " Banki nkuru ishobora gusaba banki iyo ari yose kongera ibipimo ntagibwa munsi bisabwa ku mari shingiro ya banki, ishingiye ku mpamvu nyinsi zirimo izi zikurikira: "The central bank may require higher minimum capital ratios for an individual institution based on, but not limited to any one or more of the following criteria: " Kugira ngo umuntu agirwe umushinjacyaha mukuru, umushinjacyaha mukuru wungirije kimwe n‟umushinjacyaha wo ku rwego rw‟igihugu, agomba kuba yujuje ibiteganywa n‟ingingo ya 10 y‟iri tegeko. "In order to be appointed as a prosecutor general, deputy prosecutor general or a national prosecutor, the candidate must fulfil the requirements specified in article 10 of this law. " Ingingo ya 302: ibihano ku bujura bukoreshejwe kiboko cyangwa ibikangisho umuntu wese ukoze ubujura bukoreshejwe kiboko cyangwa ibikangisho ahanishwa igifungo kuva ku myaka itatu (3) kugeza ku myaka itanu (5) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda yikubye inshuro kuva kuri eshanu (5) kugeza ku icumi (10) z‟agaciro k‟icyibwe. iyo kiboko cyangwa ibikangisho byakoreshejwe ubujura, byateye indwara cyangwa kubuza umuntu kugira icyo yikorera ku buryo budahoraho, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7). "Frw). fifteen (15) years and a fine of not less than three million rwandan francs (frw 3,000,000) and not more than five million rwandan francs (frw 5,000,000). if assault or battery has resulted in an incurable illness, permanent disability to work, full loss of function of an organ or serious mutilation, the penalty is imprisonment for a term of not less than ten (10) years and not more than fifteen (15) years and a fine of not less than three million rwandan francs (frw 3,000,000) and not more than five million rwandan francs (frw 5,000,000). " 2° rugenzura ko abarugize biyubaha, bagira ibanga kandi ari indakemwa mu kazi kabo. "2° the council shall ensure self-respect, integrity and professional secrecy of its members. " Ingingo ya mbere: uburenganzira bwoguhindura amazina "Article one: authorisation to change the names " 4° afite gahunda y’ishoramari ry’imari shingiro hakurikijwe amabwiriza ya banki nkuru agenga ishoramari ry’abatanga serivisi z’ibiro by’amakuru ku myenda; "4° to have an investment plan of the capital that complies with the central bank regulation governing investment of operators of credit bureaus; " Minisitiri ategura kandi agashyikiriza umutwe w’abadepite binyuze mu nama y’abaminisitiri, raporo ihujwe y’amezi atandatu ku ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’imari ya leta. "The minister shall prepare and submit through cabinet, a mid-year consolidated budget execution report to the chamber of deputies. " Inyandikomvugo y‟inama ishyirwaho umukono na perezida n‟umwanditsi bayo, ikemezwa mu nama ikurikira. kopi yayo article 19: invitation of any resourceful person to meetings of the board of directors "Minutes of the meetings shall be signed by its chairperson and the rapporteur and approved in the following meeting. its copy article 19 : invitation d’une autre personne à consulter aux réunions du conseil d’administration " Ingingo ya 6: gusaba uruhushya umuntu usaba uruhushya rw‟uburobyi cyangwa kongerewa igihe agomba kugaragaza amazi azakoreramo n‟ubwoko bw‟uburobyi azakora. umuyobozi utanga uruhushya afite institution involved in any activity aimed at conducting research on aquatic life of water organisms, provided that he/she has authorization from the minister in charge of aquaculture and fisheries. "Article 6: application for a license any person who applies for fishing license or its renewal shall specify the water body and type of fishing for which the application is made. the issuing authority has the right to institution engagé dans une activité visant à mener une recherche sur le milieu aquatique ou sur la vie des organismes aquatiques, pourvu qu‟il dispose d‟une autorisation du ministre ayant l‟aquaculture et la pêche dans ses attributions. " Amashuri yigenga ni: "Private schools are: " 7.3.5. umukuru w‟igenzura ry‟imbere agomba nanone gushyira imicungire yigenzura mu igenamigambi ry‟igenzura. igenamigambi ry‟igenzura rigomba kemerwa n‟inama ya komite y‟igenzura, rikemezwa n‟inama y‟ubutegetsi kandi rigomba kuba rishobora guhinduka kugirango rijyane n‟impinduka zerekeye ibyihutirwa cyangwa bikenewe. e) 7.4. igitabo cy’igenzura "7.3.5. the head of internal audit should also include management audit in the audit plan. the audit plan must be endorsed by the board audit committee, approved by the board and should be flexible to respond to changing priorities or needs. " O kopi y‟indangamuntu y‟uwamugize umwana. "O copy of identity card of the adopter. " 9° ibintu cyangwa imirimo ijyana no gushyingura cyangwa gutwika umurambo bigenwa n'iteka rya minisitiri; "9° any goods or services in connection with burial or cremation of a body provided by an order of the minister; " 15° komite itoresha: komite igizwe na perezida w’ibiro by’itora n’abahuzabikorwa b’ibyumba by’itora ; "15° polling committee: a committee composed of the chairperson of the polling station and coordinators of polling rooms; " (a) impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu ikoranabuhanga n’itumanaho n’impamyabushobozi y’umwuga bifitanye isano; "(a) a bachelor’s degree in information technology or computer science and a related professional certificate; and " Umuntu wese ufite icyemezo cyangwa wemerewe, umukozi cyangwa umuyobozi w‟ikigo gifite icyemezo cyangwa cyemerewe utanga ku mugenzuzi w‟imari amakuru y‟ibinyoma cyangwa ayobya yaba abizi cyangwa abikoranye uburangare, ahanishwa igihano cy‟igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka ibiri (2) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda angana na miliyoni eshanu (5, 000,000) cyangwa kimwe muri ibyo bihano. "Any licensed or approved person and any officer or manager of a licensed or approved body, who knowingly or recklessly furnishes an auditor with false or misleading information, shall be liable to a term of imprisonment of six (6) months to two (2) years and a fine of five million (5, 000,000) rwandan francs or one of these penalties. " 4° kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire; "4° to have good conduct and morals; " Ingingo ya 13: iyishyurwa ry’imisanzu "Article 13: summoning " 4° adahejwe cyangwa adahagaritswe mu gupiganira amasoko ya leta; "4° has not been debarred or suspended from participating in public procurement; " Twebwe, abagize ishyirahamwe « young ict entrepreneurs association (ite)», "List of members of « young ict entrepreneurs association (ite) » " (b) adakoze ubushishozi ku muntu ugaragara mu rwego rwa politiki mu buryo bwimbitse ndetse n’imiryango yabo cyangwa abo bakorana harimo: "(b) fails to undertake enhanced customer due diligence in a relation with politically exposed person, his or her family or close associates, including: " “ingingo ya 30: gukoresha ibendera ry’igihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko "“article 30: unlawful use of the national flag " Imirimo yoroheje yo kwita ku nyubako, yo gusana cyangwa yo kubaka ishobora gukorwa na ba nyir‟inyubako ubwabo cyangwa ishyirahamwe ryabo mbere yo kubona uruhushya rutangwa n‟ubuyobozi bubifitiye ububasha. mu gihe imirimo ikorwa isaba uruhushya, ishyirahamwe risabwa kubona urwo ruhushya. "Non-complicated maintenance, repair and construction works may be performed by the property owners themselves or by the association, prior to an authorization issued by competent authorities. when performing certain types of activities subject to licensing, it is required that the association obtains authorization. " Bibonywe kugira ngo bibe umugereka w’iteka rya minisitiri w’intebe n° 21/03 ryo kuwa 29/11/2006 rishyiraho abashinjacyaha bafite ububasha mu gihugu hose. "Seen to be attached to the prime minister’s order n° 21/03 of 29/11/2006 appointing the procecutors with jurisdiction over the whole country. " Ingingo ya 11: umushahara n‟ibindi bigenerwa umucamanza mu rukiko rw‟ibanze "Article 11: salary and other fringe benefits for the judge of the primary court " Kureba ko ibipimo by‟igenzura no gukurikirana ko ibikorwa by‟ikigo ku isoko ry‟amafaranga byubahirizwa, ikigo gicuruza inyandiko z‟agaciro gishyikiriza raporo banki nkuru buri munsi, buri cyumweru, buri gihembwe mu buryo banki nkuri yagenye. "To ensure compliance with controlling ratios and also monitor its activities in the money market, a discount house shall submit to the central bank daily, weekly, monthly and quarterly returns in the format prescribed by the central bank. " Ingingo ya 227: igura rikozwe n’isosiyete "Article 227: purchase by company " Iyo intumwa ya leta cyangwa avoka wigenga uburanira urwego rwa leta afite dosiye igaragaramo amakosa yateje leta igihombo n‟uwagiteje cyangwa abagiteje, yihutira kuregera urukiko rubifitiye ububasha kugira ngo umutungo wa leta ugaruzwe, kereka iyo ugomba kuregwa yamenyeshejwe ko agiye kuregwa agasaba ko habanza kubaho ubwumvikane. "If a state attorney or an independent advocate who pleads on behalf of the government organ has a file that contains one or more persons that caused loss to the state, he/she shall file the suit in order to recover the assets of the state, unless the person or persons to be sued was/ were notified of the case and requested for prior out-off court settlement. " Madamu ingabire assumpta agizwe umuyobozi mukuru wa local government inspection muri minisiteri y’ubutegetsi bw‘igihugu. "Mrs. ingabire assumpta is appointed director general of local government inspection in the ministry of local government. " “ikigo” bivuga ikigo gishinzwe isoko ry‟imari n‟imigabane cyashyizweho n‟itegeko n°11/2011 "“authority” means the capital markets authority established by the law no 11/2011 " Muri rusange, ikigega gishinzwe gukurikirana, gukusanya no gusaranganya inkunga mu barokotse jenoside yakorewe abatutsi n’ibindi byaha byibasiye inyokomuntu, haherewe ku batishoboye kurusha abandi. "In general, the fund shall be responsible for the monitoring, collection and distribution of contributions for the survivors of the genocide against the tutsi and other crimes against humanity, starting with the needy. " Abayobozi b'amashami n'abashinzwe ibigo batorwa n'abarimu n'abashakashatsi, buri wese ku rwego rwe. bashyirwaho n'inama y’ubutegetsi bw‟ishuri rikuru ry‟itumanaho « fondation margrit fuchs » (escom), ibisabwe na sena. bashyirirwaho igihe cy'imyaka itatu gishobora kongerwa rimwe gusa. "The deans of faculties and the directors of centres are elected by lecturers and researchers. they are appointed by the administration board of the high school of communication «margrit fuchs foundation» (escom) on the recommendation of the academic senate. their three (3) year mandate is renewable only once. " 3º itegeko rya gasutamo: itegeko rigenga imicungire ya za gasutamo ry‟umuryango w‟ibihugu bya afurika y‟iburasirazuba; "3º customs legislation: east african community customs management act; " Ushinga fondasiyo cyangwa uwashinzwe kurangiza irage, mu gihe ari fondasiyo yashinzwe hakoreshejwe irage, utangira gukora ibikorwa bya fondasiyo atarayandikisha, aba akoze ikosa. "A founder or an executor, for the case of a foundation established by will, who carries out the activities of a foundation without having it registered, commits a fault. " Komite iterana rimwe mu mezi atatu n’igihe cyose bibaye ngombwa, itumijwe na perezida wayo cyangwa, igihe adahari, agize impamvu zimubuza, igatumizwa na visi-perezida. ubutumire bushyikirizwa abagize komite iminsi umunani y’akazi mbere y’itariki inama izaberaho. "The committee meets once in three months or variably at many times upon the chairman’s request or the vice- chairman’s demand in case the chairman is absent or unable to attend. the invitation for the meeting is to be sent to the respective members at least within eight working days before the date of the planned meeting. " 1° ibihumbi bitanu by’amafaranga y’u rwanda (5.000 frw) ku mahugurwa atarengeje iminsi cumi n’ine (14); "1° five thousand rwandan francs (5,000 frw) for a training of a period not exceeding fourteen (14) days; " “umucamanza wese uteshutse ku nshingano ze cyangwa ku mategeko mbonezamyitwarire y‟abacamanza ahanishwa, hakurikijwe uburemere bw‟ikosa yakoze, bikozwe mu nyandiko kimwe mu bihano bikurikira: "“any omission or failure by a judge to perform his/her duties or comply with the code of conduct of judges shall be punished through a written notice, according to its level of seriousness, with one of the following sanctions: " (1) ugize inama y’ubuyobozi wese agomba kuba yujuje ibisabwa mu byerekeranye n’ubunyangamugayo n’ubushobozi kandi ntabwo agomba kuba ari umuntu ushobora kuba yagirana amakimbirane ashingiye ku nyungu mu mirimo ye nk’umwe mu bagize inama y’ubuyobozi y’utanga serivisi zo kwishyurana. "(1) any member of the board of directors must satisfy the fit and proper criteria and does not present potential conflicts of interest in relation to board members’ role in the payment service provider. " - gukora raporo y‟ibyakozwe mu mwaka urangiye; - gutegura ingengo y‟imari igomba gushyikirizwa inteko rusange; - gushyikiriza inteko rusange ingingo z‟amategeko n‟amabwiriza ngenga mikorere zigomba guhindurwa. "- to prepare the annual activity report for the previous year; - to prepare the budget proposal to be submitted to the general assembly; - to submit to the general assembly amendment proposals to constitution and internal rules and regulations. " Inama rusange y’ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki; "The general assemby of the national consultative forum of political organisations; " Ingingo ya 3: ivanwaho ry’ingingo y’itegeko ingingo ya 17 y’itegeko n° 54/2010 ryo kuwa 25/01/2011 rishyiraho ikigo gishinzwe ubuzima mu rwanda (rbc) rikagena 4° national centre for blood transfusion (cnts); "Establishing rwanda biomedical center (rbc) and determining its mission, 4° le centre national de transfusion sanguine (cnts); " Abisabwe na ninkabandi marie chantal mu ibaruwa ye yakiriwe kuwa 29/09/2015; "On request lodged by ninkabandi marie chantal received on 29/09/2015; " Imirimo n’imyanya y’imirimo bijyana na buri rwego rw’imirimo mu butegetsi bwa leta igaragazwa ku mbonerahamwe y’urutonde rw’imirimo. 16° job position: a single and physical position where a public servant is appointed in order to carry out duties related to his/ her job; "13° job position: a single and physical position where a public servant is appointed in order to carry out duties related to his or her job; " 3° gukangurira urubyiruko rwo mu mashuri kurwanya amacakubiri n‟ibindi bikorwa byose byaruganisha mu bitarufitiye akamaro; 4° guhuriza hamwe urubyiruko rwo mu mashuri hakoreshejwe uburyo bunyuranye nk‟amahugurwa, imikino, imyidagaduro n‟ibiganiro mbwirwaruhame bigamije kugeza ku rubyiruko inyigisho zubaka; 5° gukangurira urubyiruko rwo mu mashuri kwita no kubungabunga ibidukikije; "4. instil into the youth the culture of patriotism, hard work to ensure increased production; 5. encourage the youth to attend school and various training programmes; 6. mobilise the youth to have interest in and participate in sports and games; 7. sensitise the youth about the dangers of hiv/aids and other pandemics; 8. mobilise the youth to form associations; 9. organise various sports competitions taking into consideration various categories like women, youth, the elderly and handicapped; " 10.5. umunyamuryango wese, utora cyangwa uw’icyubahiro, asibwe nta mpaka ku rutonde kandi akaba yari yaravanywe mu bagize komite mpuzamahanga y’imikino ya olempiki cyangwa akaba atubahiriza aya mategeko shingiro cyangwa amategeko ngengamikorere. "10.5. immediate removal from the list of any member, effective or honorary member who had already been expelled from the international olympic committee or who would violate these statutes or the internal rules and regulations. " Ingingo ya 14: icyaha mpuzamahanga n’icyaha cyambuka imbibi "Article 14: international crime and transnational crime " Umujyi wa kigali ufite ububasha bwo gushinga ibyapa byawo, ukabikodesha cyangwa ugaha isoko rwiyemezamirimo ubicunga; "The city of kigali has the powers to install and manage its own billboards or award a tender to a private operator to manage them; " Ingingo ya 21: guhererekanya amafaranga "Article 21: money transfer " Agashyirwa kuri konti yabigenewe. "On which it is registered. " Abakandida bemerewe gukora ikizamini bamenyeshwa amatariki, isaha n’ahantu ikizamini kizakorerwa nibura iminsi ibiri (2) mbere y’ikorwa ry’ikizamini. "The shortlisted candidates are informed on the date, time and venue for the examination at least two (2) days before examination. " Ingingo ya 9: ubuyobozi bwa komite z’ubutaka "Article 9: administration of land committees " Ingingo ya 191: gutwara imizigo mu bwato yateza ibyago nta ruhushya "Article 191: transport of dangerous cargoes on board a vessel without permission " 3. gufata ibyemezo no gutanga amabwiriza byihutirwa ku bibazo bidashobora gutegereza ko kongere y‟igihugu iterana; "3. take the decisions and instruct on urgent problems which shall not wait for the national congress meeting; " Ingingo ya 50: ibigenerwa abagize komisiyo "Article 50: executive committee " Abashinjacyaha bagengwa n’amasezerano y'umurimo ni abashinjacyaha bakora ku buryo budahoraho mu bushinjacyaha bukuru. bunganira ubushinjacyaha bukuru mu gihe kigenwa n’amasezerano abagenga bagirana n’umushinjacyaha mukuru bimaze kwemezwa n’inama nkuru y’ubushinjacyaha. "Prosecutors governed by a contract of employment are prosecutors who work on a temporary basis in the national public prosecution authority. they assist the national public prosecution authority for a period set out in a contract concluded between them and the prosecutor general after approval by the high council of the national public prosecution authority. " Mu gihe hari umukandida umwe (1) rukumbi mu matora, uwo mukandida atsinda amatora ari uko atowe ku bwiganze busesuye bw‟amajwi y‟abatoye. "When there is only one (1) candidate in elections, he or she is considered to have won elections if he or she obtains absolute majority of valid votes cast. " Nº139/08.11 ryo kuwa 23/08/2011 "Nº139/08.11 of 23/08/2011 " Mu gihe cyo kwandika lisiti y’itora; abasirikare, abapolisi n’abanyeshuri bandikwa kuri lisiti y’itora y’akagari barimo hakurikijwe amabwiriza ya komisiyo y`igihugu y`amatora. "When registering on the electoral list, students, military and police personnel are registered on the electoral list of the cell in which they reside in accordance with the instructions issued by the national electoral commission. " Ingingo ya 14 : gahunda y’umutekano y’ihoteri cyangwa sosiyete ishinzwe gutanga ibiryo byo mu ndege "Article 14: hotel and catering enterprise security programme " Ingingo ya 728: gukoza isoni umukuru "Article 728: contempt against a superior " 1° umusoro ku musaruro w’umuntu ku giti cye; 2° umusoro ku nyungu z’amasosiyete; 3° imisoro ifatirwa; 4° umusoro ku nyongeragaciro; 5° umusoro ku mutungo w'ibinyabiziga bifite moteri n'amato. "1° personal income tax; 2° corporate income tax; 3° withholding taxes; 4° value added tax ""vat""; 5° property tax on vehicles and boats. " Buri gihembwe, minisitiri ategura kandi agashyikiriza inama y’abaminisitiri raporo ihujwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’imari. "On a quarterly basis, the minister shall prepare and submit a consolidated budget execution report to cabinet. " 1° utanga serivisi zo kwishyurana atatanze izo serivisi mu gihe cy’amezi cumi n’abiri (12) akurikirana uhereye ku itariki yahereweho uruhushya; "1° the payment service provider has not provided the services within twelve (12) consecutive months from the date on which the license was granted; " Imanza zose zijuririwe cyangwa zisubirishijwemo ingingo nshya mu rukiko rw’ikirenga zikorerwa ibanzirizasuzuma mu buryo no mu nzira biteganywa n’iri tegeko ngenga. "All cases subject to appeal or application for review before the supreme court shall be screened in accordance with modalities and procedures under this organic law. " Itegeko rishyiraho komisiyo y’u rwanda ishinzwe ivugururwa ry’amategeko (rlrc) rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byayo…………………………………….......67 "Law establishing the rwanda law reform commission (rlrc) and determining its mission, organization and functioning……………………………………………………….67 " Ingingo ya 4: ishyirwaho ry‟ isangiramutungo ku nyubako "Article 4: mortgage registration " 5 º gukoresha amatembure y’umusoro ku bicuruzwa atagenewe; "5° using tax stamps on products for which they are not intended; " Inyandiko mvugo z‟inama z‟inteko rusange n‟iz‟inama y‟ubuyobozi zishyirwaho umukono n‟umuyobozi w‟inama hamwe n‟umunyambanga " director  programs assistant  weapons management  public procurement  public relations & communication  legal advisor  administrative assistant " (d) kugena ingano y’igihombo cyabaho mugihe ibiciro by’imigabane n’irindi shoramari binyuranye n’ibipimo ntarengwa byerekeye umutungo nyawo mu madovize ikigo cyafashe; na "(d) determining the size of the loss that would be incurred should the prices of shares and other investments move against the net open position the institution has taken; and " Iteka rya minisitiri rigena amazu afungirwamo abakekwaho ibyaha bakurikiranywe n‟ubugenzacyaha bwa gisirikare……………………………………………………………63 "Ministerial order determining custody facilities for suspects being investigated by the military judicial police………………………………………………………………………63 " Ingingo ya 50: guhamagarira rubanda kugura imigabane n’imigabane nguzanyo "Article 50: public invitation to subscribe for shares and debentures " 10° ubundi buryo ubwo ari bwo bwose bw’ihererekanya hakurikijwe uburyo n’inzira biteganywa n’amategeko. "10° any other transfer means in conformity with conditions and methods provided for by laws. " Perezida na visi perezida b’urukiko rukuru rw’ubucuruzi bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe n’umutwe w’abadepite cyangwa sena ku bwiganze bw’amajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho n’inteko ishinga amategeko, imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) by’amajwi y’abagize buri mutwe. "The president and the vice president of the commercial high court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the chamber of deputies or the senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each chamber of the parliament, in a joint session. " -uhagarariye urubyiruko -uhagarariye ivugabutumwa "- representative of missionaries - the loaded of evangelism " Ingengo y’imari y’ubutegetsi bwite bwa leta itorwa n’umutwe w’abadepite, mu gihe ingengo y’imari y’inzego z’ibanze yemezwa n’inama njyanama zazo mbere y’uko umwaka w’ingengo y’imari bijyana utangira. "The budget of central government shall be adopted by the chamber of deputies, while the budget of decentralized entities shall be adopted by their respective councils before the beginning of the fiscal year to which they relate. " Icyakora minisiteri ifite abakozi mu nshingano zayo hamwe na minisiteri ifite imari mu nshingano zayo zikomeza kugishwa inama mu gihe giciriritse kigenwa n’itegeko rishyiraho ikigo cya leta gikora imirimo y’ubucuruzi. "However, the ministry in charge of public service and the ministry in charge of finance are required to continue consulting for a mid-term period determined by the law establishing the commercial public institution. " Abagize inama y‟ubutegetsi batoye kwibumbira hamwe kw‟amasosiyete bahereye kuri iyi ngingo 7° the consideration that the holders of those shares are to receive instead of shares of the amalgamated company; "The directors who vote in favour of a resolution of amalgamation under this article shall sign a 7° la contrepartie que les détenteurs de ces actions doivent recevoir en lieu et place des actions de la société fusionnée; " Urwo rwego rugizwe n’abantu batanu (5) batorwa n’inteko ya psp kuri buri rwego bariho. batorerwa manda y’imyaka ine ishobora kwongerwa. . "That organ is made up of five (5) persons elected. the psp congress at each level. their mandate is four year renouvelable. " - kwegura kubushake - kwirukanwa, byemejwe n'inteko rusange; - guseswa kw’ishyirahamwe cla. "- death; - voluntary resignation; - exclusion; - dissolution of the association. " Ingingo ya 14: icyiciro cy’uruhushya rw’uburobyi bw’umwidagaduro n’imikoreshereze yarwo "Article 14: category of sport fishing license and modalities of its use " Ingingo ya 21: aya mategeko shingiro azatangira kubahirizwa akimara gushyirwaho umukona n‟abagize sinode ya e.e.r.- d/by. "Art.21: these statutes shall come into force on the date of their signature by the members of synod of e.e.r.-d/by. " E) urwego rushinzwe kunga no gukemura impaka, gusuzuma amakimbirane hagati y’abayoboke no gusobanura amategeko shingiro, amatgeko ngengamikorere; "E) the organ in charge of mediation and conflict resolution, examination of misunderstandings between members and interpretation of its statutes and internal rules; " Rigena amabwiriza mu by’indege za gisivili; "Establishing regulations governing civil aviation; " Inyandiko zose za ngombwa zirimo amasezerano, ibitabo, inyandiko z’ibaruramari na regisitiri z’inyandikomvugo kugira ngo arangize inshingano ze; "Charter, code of ethics, procedure manuals and to monitor their compliance; " Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 55 y’iri tegeko, iyo biro y’urwego rw’ubucamanza ihaye umucamanza amanota agayitse, yandika n’ibaruwa isaba inama nkuru y’ubucamanza kumusezerera ku kazi. "Of this law, if the bureau gives to a judge poor performance, it shall also write to the high council of the judiciary requesting to dismiss that judge. " Ingingo ya 11 : ibigize dosiye y’ ubusabe bw’ubufasha bwihariye bwa leta mu mushinga wo guteza imbere amacumbi aciriritse "Article 11: content of the application file for special support from the government for affordable housing development project " Itegeko rigena imitunganyirize y’isoresha……………………………………………………… "Law establishing the customs system…………………………………………………….. " Ikirego gisaba irangizwa ry’ubwumvikane ku myishyurire y’umwenda gishobora gutangwa n’uwahombye utarahanagurwaho umwenda, umucungamutungo w’uwahombye cyangwa undi muntu uwo ari we wese ugomba kucyubahiriza. "An application for the termination of an arrangement may be made to the court by the individual who is an undischarged bankrupt, the trustee of his or her estate or any person who is bound by it. " Muri iri tegeko amagambo akurikira asobanura ibi bikurikira: 1° amasezerano yo kugeza ibicuruzwa na serivisi ku baguzi: amasezerano atuma umuntu ugemura yiyemeza gushyikiriza cyangwa kugeza ibicuruzwa cyangwa serivisi ku baguzi binyuze mu buryo bw‟igurisha, igurana, ubukode cyangwa ikodesha- gurisha n‟ibindi bifitanye isano n‟ubucuruzi; "In this law, the following terms shall have the following meanings: 1° supply contract: a contract under which a supplier agrees to supply goods or provide services to consumers by way of sale, exchange, rental or leasing and any other business-related form; " ―umukiriya‖ bivuga umuntu ukoresha, uteganya cyangwa ushobora guteganya gukoresha serivisi iyo ari yo yose itanzwe n‘umuntu wahawe icyemezo cyangwa wemerewe gukorera ku isoko ry‘imigabane; "―client‖ in relation to a licensed or approved person means a person who is using, or who is or may be contemplating using, any of the services provided by the licensed or approved person; " Ikigo nsuzumabushobozi cyakoze raporo suzumabushobozi ishyirwa mu bigize inyandiko ihamagarira rubanda kugura imigabane kandi kikaba cyaremeye ko iyo raporo view of the scheme and adequate disclosures to enable the investors to make informed decision. "The appraising agency, whose appraisal report forms part of the offer document and has given a written consent for the inclusion of the appraisal report in the offer document, shall be liable for any informations exactes et fideles sur le fonds et des informations adéquates pour permettre aux investisseurs de prendre une décision éclairée. " Rubayiza ahobantegeye assouman ………………………………………………….100 "Musonera besca olivine………………………………………………………………..140 " 7 º gutegura raporo yerekeye ikigega cy‟imari ya leta buri kwezi, buri gihembwe na buri mwaka ikubiyemo ibyakozwe byose kuri konti y‟ikigega gihurizwamo amafaranga ya leta na za konti zihariye muri banki nkuru y‟igihugu igaragaza kandi amafaranga yose yinjiye, ubwishyu bwose n‟amafaranga yoherejwe, amafaranga yatangiranywe n‟amafaranga asigaye kuri konti bitarenze tariki ya 15 "7 º to prepare monthly, quarterly and annual treasury reports containing all transactions through the consolidated fund account and special bank accounts with the national bank of rwanda indicating all revenues, all payments and transfers, openning and closing balances by the 15 " Ashingiye ku itegeko n° 27/2013 ryo ku wa 24/05/2013 rigena imiterere, imitunganyirize n'imikorere by’amashuri makuru, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 10 n’iya 15; "Governing the organisation and functioning of higher education, especially in articles 10 and 15; " Byerekeranye na konti zo kwishyurana, iz’ikusanyabwishyu rikoresha konti y’umucuruzi n’iz’ikusanyabwishyu "Relating to positioning of beehives, honey harvesting equipment and issuance of beekeeping certificate " Umushinga w’inyubako ukorwa hifashishijwe inyandiko zikurikira: "The architectural project shall be carried out using the following documents: " Ingingo ya 31: impaka zishobora kuvuka hagati y‟abanyamuryango ndetse no kudahuza mu misobanurire y‟aya mategeko zizajya zikemurwa n‟inkiko zo mu rwanda zibifitiye ububasha. "Article 31: any dispute relating to the interpretation of these statutes or any litigation which can occur between the members of association will be sliced by the courts of competent jurisdiction of the republic of rwanda. " Ingingo ya 696: gufasha imfungwa cyangwa umugororwa gutoroka "Article 696: aiding a detainee or a prisoner to escape " 4° abakora mu nzego z’umutekano; "4° security officers; " Nyuma y‟iyandikwa ry‟ishyirahamwe rifite ubuzima gatozi, isangiramutungo ku nyubako ryandikwa mu izina ry‟ishyirahamwe hakurikijwe imyandikire y‟ubutaka. buri gice cy‟isangiramutungo hamwe n‟uruhare rwacyo mu bintu bihuriweho cyandikwa ukwacyo kandi kikaba umutungo utimukanwa wihariye bikurikije aya mabwiriza. "After the registration of the association acting as a legal person, the condominium shall be registered in the name of the association according to modalities for land registration and each private unit together with its co-share in the common elements shall be registered separately and shall constitute a separate private real property according to these instructions. " Komite nyobozi ishinzwe : -gushyira mu bikorwa ibyemezo n‟ibyifuzo by‟inteko rusange ; -kwita ku micungire ya buri munsi y‟umuryango ; -gukora raporo y‟ibyakozwe mu mwaka urangiye ; "The board of directors is charged: - to carry out the decisions and the recommendations of the general assembly; - to follow the daily management of association; - to write the annual report of the past exercise; " 1° gushyiraho umubitsi wigenga wo kubika umutungo wacyo; 2° gushyiraho umugenzuramari wo kugenzura imari buri mwaka akanashyikiriza ibitekerezo bye ikigo cy‟isoko ry‟imari n‟imigabane; 3° gushyikiriza buri muntu uzaba umushoramari kopi y‟amategeko agenga ikigega. "1° to engage an independent custodian to hold its assets; 2° to engage an auditor to conduct an annual audit and submit his/her opinion to the capital market authority; " - amabwiriza agenga imigabane ishingiye ku ngwate y‟umutungo………………………….2 "- regulation on asset backed securities……………………………………………………….2 " 4° gutunga ibyangombwa byemewe n’amategeko bijyanye n’uwo mutungo. "4° to keep valid titles to the asset. " Sena igira ingengo y’imari yayo, kandi ikagira ubwigenge mu micungire y’imari n’abakozi byayo. "The senate has its own budget and enjoys financial and administrative autonomy. " Urukiko rushobora gutangaza umutungo w’ubwizerane n’umutungo utari uw’ubwizerane iyo ubwizerane butaye agaciro kuri bimwe. "The court may also declare the trust property and what property is not trust property in case a trust is partially invalid. " 7° umukiliya: umuntu ufunguriwe idosiye n’ikigo; "11° customer: a consumer of electric power; " Umutwe wa v: inshingano z’abagaba b’ingabo n’ababungirije "Chapter v: responsibilities of chiefs of staff and their deputies " N° 163/03 ryo ku wa 12/09/2019 "N° 163/03 du 12/09/2019 " Iyo ababerewemo imyenda bose bamaze kwishyurwa nyuma y‟igabana rya nyuma, umucungamutungo ashyikiriza ibyasagutse ugomba kwishyura. "If all creditors are paid after the final distribution, the administrator shall submit the surplus amount to the debtor. " Iyi politiki igomba gushyirwaho kandi igashyirwa mu bikorwa ibangikanye n’ibikurikizwa mu gucunga ibyateza ingorane ku nguzanyo bituma ibikorwa byose by’inguzanyo bigenda neza hakurikijwe imigirire ishishoje mu bucuruzi. "These policies must be developed and implemented parallel with credit risk management procedures that make it possible for all credit operations to be performed in accordance with prudent commercial practices. " Inama mpuzabikorwa ifite inshingano zikurikira: "Issues the following guidelines: " Ingingo ya 23: ibihano bihabwa uwiyamamaje mu buryo butemewe n’amategeko umukandida wiyamamaje mu buryo butemewe n‟amategeko cyangwa n‟iri teka, avanwa mu bakandida agashyikirizwa inzego z‟ubutabera zibifitiye ububasha kugira ngo article 21: electoral campaign supervisor "Any candidate who campaigns through procedures contrary to laws or this order shall be removed from the list of candidates and shall be taken to competent judicial article 21: superviseur de la campagne électorale " -imaze kubona intego z‟umuryango “ishuri rya tewolojiya rya butare nk‟uko zigaragara mu iteka rya minisitiri n° 285/01/just ryo institut protestant des sciences humaines de butare” (ipshb) "-considering the aims of the association « ecole de théologie de butare » (e.t.b) as stipulated in the ministerial order n° o.g. n° 18 of 04/05/2009 " 4° isoko ry‟imigabane cyangwa umukozi w‟iguriro ry‟imigabane; "4° a stock exchange or an officer of a stock exchange; " Bwana kaweesi shema paul bosco ubarizwa mu mudugudu w‟umurimo, mu kagali ka karugira, umurenge wa kigarama; akarere ka kicukiro, mu mujyi wa kigali; ahawe uburenganzira bwo guhindura amazina kaweesi shema paul bosco agahinduka shema paul mu gitabo cy‟irangamimerere kirimo inyandiko ye y‟ivuka. "Mr kaweesi shema paul bosco domiciled in umurimo village, karugira cell, kigarama sector, kicukiro district, kigali city; is hereby authorized to change the names kaweesi shema paul bosco to become shema paul in the registry of civil status containing his birth certificate. " Nyir‟ishuri ryigenga ashobora gusaba mu nyandiko ko ishuri rye rihinduka iry‟abafatanya na leta ku bw‟amasezerano. "The owner of a private school may request in writing for changing his/her school into a government subsidized school. " Mbere yo gutangira umurimo wa gisirikare, umukandida ofisiye arahirira imbere ya perezida wa repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga wa rdf muri aya magambo: "Before commencing military service, an officer cadet swears the following oath before the president of the republic and commander- in-chief of rdf: " Ishami rishinzwe imikoranire y‟inzego za leta ku mikoreshereze y‟ingengo y‟imari muri minisiteri rikora akazi k‟ubunyamabanga bwa igfrf. "The fiscal decentralization unit in the ministry shall serve as the secretariat for igfrf. " Itegeko ryerekeye ubugwate ku mutungo utimukanwa………………………………………….34 "Law on compensation for damages caused by animals………………………………………44 " Akatirwe burundu; 2° “gutoroka” bivuga kuva kw‟imfungwa aho yari ifungiwe mu buryo ubwo ari bwo bwose butemewe n‟amategeko. "Iyo hakoreshejwe intwaro iturika, ikintu sentence; 2° “escape” means the act of a detainee, illegally leaving the detention place in a way contrary to law. " Kigali, kuwa 01/04/2009 "Kigali, avril 2009 " A) igikorwa cyose cyagambiriwe kinyuranyije n’amategeko mpanabyaha gishobora kubangamira ubuzima, umutekano, umudendezo, gukomeretsa bikomeye cyangwa guteza urupfu rw’umuntu uwo ari we wese, umubare runaka cyangwa itsinda ry’abantu cyangwa cyangiza cyangwa gishobora religious, governmental, entertainment, recreational or similar place that is so accessible or open to the public; "A) any deliberate act which is a violation of the criminal laws and which may endanger the life, physical integrity or freedoms of, or cause serious injury or death to, any person, any number or group of persons or causes or may cause damage to public or private property, officiel, ludique, récréatif ou autre qui est ainsi accessible ou ouvert au public; " 1° ishyamba cyimeza ridafite amategeko yihariye arigenga; "1° a natural forest which is not governed by special laws, and; " Uretse raporo ivuzwe mu ngingo ya 10 y’iri teka, polisi ikora kandi inyandikomvugo y’ibura ry’intwaro, amasasu cyangwa ibindi bizikoreshwamo kopi igahabwa uwari utunze intwaro, amasasu cyangwa ibindi bizikoreshwamo byabuze. "Despite the police report provided for in article 10 of this order, the police shall make a judicial police report of loss of a firearm, ammunitions or other related materials and a copy of the latter shall be given to the owner of the lost firearms, ammunitions and other related materials. " Ingingo ya 24: isosiyete ifite ubuzima gatozi bwite "Article 24: company as a distinct legal entity " Ingingo ya 41: ibisabwa kugira ngo amasezerano adafite ingurane agire agaciro article 31: reasonable means of acceptance "Article 41: validity requirements for contracts without consideration article 31: moyen raisonnable d’acceptation " Umuyobozi mukuru wa rtb afite ububasha bwo gufata ibyemezo mu micungire y’abakozi n’umutungo bya rtb akurikije amategeko abigenga. ahuza kandi akayobora ibikorwa bya rtb. "The director general of rtb has the power of decision making in the administrative and financial management of rtb in accordance with relevant laws. he or she coordinates and directs the activities of rtb. " Ababuranyi basabwa gufatanya n’umuhuza nta buriganya kugira ngo igikorwa cy’ubwunzi cyihute mu buryo bwose bushoboka. "The parties work with the mediator in good faith to speed up the process where possible. " 3) usaba uruhushya yakatiwe n’inkiko ku manza z’inshinjabyaha, yanyuranyije n’ibiteganywa n’uruhushya rwo mu rwego rugenzurwa urwo ari rwo rwose, yakoze ibikorwa by’uburiganya mu rwanda cyangwa mu bindi bihugu; "3) the applicant has history of bad criminal record, license violations of any regulated sector, or fraudulent acts within rwanda or other countries; " N° 47/01 ryo kuwa 16/08/2006 "N° 47/01 du 16/08/2006 " Ingwate igenwa hashingiwe ku gaciro k’ibyangijwe n’icyaha hitawe ku myitwarire myiza ukurikiranyweho icyaha azwiho n’ubuyobozi bw’ibanze bw’aho atuye kandi no kuba atarigeze akatirwa n’urukiko. "Bail is determined in consideration of the damages caused by the offence, the good conduct of the suspect attested by the local authority of his or her residence and on whether he or she has never been condemned by a court. " Umutwe wa ii: ubwoko bw’amashuri, ibice n’ibyiciro by’uburezi "Chapter ii: types of education institutions, parts and categories of education " Umutungo wa jadf ukomoka ku mpano ucungwa hakurikijwe amasezerano cyangwa amategeko abigenga. "Jadf finances from donations shall be managed following what is stipulated in the donation agreement or related laws and regulations. " 1° raporo y’uko imari ihagaze ku mpera z’igihe kirebwa; "1° the statement of financial position at the end of the concerned period; " Umugenzuzi w’imari w’ikigo ashobora kwegura atanze abikoze mu nyandiko y’integuza yoherereza sosiyete icunga ishoramari mu mutungo utimukanwa n’ikigega cy’ishoramari mu mutungo utimukanwa. "The auditor of the scheme may resign by giving a three months written notice to the real estate investment management company and to the real estate investment trust. " Icyakora, iminsi y’ikiruhuko umukozi yagiye ahabwa n’ikigo cy’amahugurwa ikurwa mu kiruhuko cye cy’umwaka, agafata ikiruhuko cy’umwaka kingana n’iminsi isigaye. "However, holidays awarded to an employee by the training institution are deducted from his or her annual leave and he or she is entitled to the remaining days. " Ingingo ya 65: inshingano yo korohereza ukora iperereza "Article 65: obligation to facilitate the investigator " Mu bijyanye na sisitemu ya sdid, urwego rubifitiye ububasha rufite inshingano zikurikira: "In matters relating to the sdid system, the competent authority has the following responsibilities: " Mu gihe uburenganzira cyangwa inyungu by’ucuruza itumanaho koranabuhanga cyangwa undi muntu wese byabangamiwe n’igikorwa kijyanye n’itumanaho koranabuhanga kinyuranyije n’iri tegeko, ikibazo gishyikirizwa urwego ngenzuramikorere kugira ngo rugisuzume. "In the event the rights or benefits of an electronic communications operator or any person have been violated in an act linked with electronic communications against this law, the matter is referred to the regulatory authority for examination. " (4) banki nkuru ishobora gusuzuma niba iyo miterere ihagije kandi ishobora gusaba ko hagira ibihindukamo. "(4) the central bank may assess whether such structure is adequate and may require modifications. " (3) urwego rw’ubugenzuzi rufite uburenganzira bwo kwaka amakuru y’inyongera yerekeye amasezerano (b) adequate retrocession arrangements are in place, so that each insurer participating in the reinsurance pool only retains the levels of risk in accordance with its risk management framework and reinsurance strategies; "(3) the supervisory authority reserves the right to request further details of reinsurance arrangements and copies of (b) des accords de rétrocession adéquats sont en place, de sorte que chaque assureur participant au pool de réassurance ne conserve que les niveaux de risque conformes à son cadre de gestion des risques et ses stratégies de réassurance; " Buri gihembwe ndetse n’igihe cyose bibaye ngombwa, umuhuzabikorwa w’ikigo aha umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe igororamuco raporo y’ibikorwa, akagenera kopi minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze. "Each quarter and whenever considered necessary, the coordinator of the center submits to the director general of the national rehabilitation service an activity report and provides a copy to the minister in charge of rehabilitation. " Ingingo ya 221: telefoni yiyohereza ubwayo ku muntu "Article 221: automatic call forwarding " 3° uburyo bwerekeye kugaragaza ibipimo by’ibyago byo guhura n’ingorane, ingaruka zazo, ndetse n’ubushobozi; "3° scoring systems for impact, probability and ability; " 3° icyaha gisabirwa iyoherezwa ryakorewe hanze y‟ubutaka bw‟ibihugu byombi kandi, hakurikijwe amategeko ya repubulika y‟u rwanda, inkiko z‟u rwanda zidafitiye ubushobozi ku byerekeranye n‟ibyaha byakorewe hanze y‟ubutaka bw‟u rwanda, harebwe impamvu; "3° the offence for which the extradition is requested has been committed outside the territory of either country and for which, according to the legislation of the republic of rwanda, the rwandan juridictions are not competent with regard to the offences committed outside its territory in comparable circumstances; " Mbere yo gutanga uruhushya, urwego rubifitiye ububasha rwita kuri politiki n’amabwiriza bya leta bijyanye n’ubucuruzi bwa peteroli n’biyikomokaho. "Before granting the license, the competent authority shall consider the policy and rules of the government on petroleum and petroleum products trade. " Y’imari amenyeshwa iryo kosa hanyuma ayo mafaranga yiyongereyeho agakurwaho mu gihe kitarenze amasaha atandatu (6) uhereye igihe amafaranga yiyongereyeho, igihe iryo kosa ryabonekeye cyangwa igihe ikibazo cy’umuguzi cyakiriwe. iyo hari amafaranga yishyuwe kubera iryo kosa ryavuzwe, ahita akurwaho hamwe n’amafaranga yiyongereyeho; "1° in case of debit, the financial service consumer shall be notified of such error and the amount debited shall be refunded in a period not exceeding six (6) hours from the time of debit, discovery of the error or receipt of consumer’s claim; " Iri teka rigena umunsi w’itora n’igihe cyo kwiyamamaza mu itora rya perezida wa repubulika ryo mu mwaka wa 2017. "This order determines the polling day and the election campaigns period for the presidential election of 2017. " Igihe perezida adahari, abyibwirije cyangwa bisabwe mu nyandiko nibura na kimwe cya gatatu (1/3) cy’abayigize. "Chairperson in case of absence of the chairperson or upon written request of at least one third (1/3) of its members. " Umugereka wa i: uburyo bw’agateganyo bukurikizwa mu kwemera inyandiko ihamagarira rubanda kugura imigabane mu rwego rwo gushyira ku isoko ibicuruzwa byo ku isoko ry’imari n’imigabane bibyara inyungu ihoraho ku rwego rw’akarere "Annex i: proposed prospectus approval procedure for issuance of regional fixed income securities " Ingingo ya 75: isenywa ry’indege yose yangiritse cyangwa ibice byayo byangiritse "Article 75: destruction of damaged aircraft or parts thereof "